- 1 Â
IJAMBO RYâIBANZE
Itegeko Nshinga rishya rya Repubulika yâu Rwanda ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulika yâu Rwanda yo ku wa 04 Kamena 2003.
Kubera impamvu zâingenzi, ubu iryo Tegeko Nshinga rimaze kuvugururwa inshuro enye: Ivugururwa rya mbere ryabaye ku wa 02 Ukuboza 2003, irya kabiri ku wa 08 Ukuboza 2005, irya gatatu ku wa 13 Kanama 2008 nâirya kane ku wa 17 Kamena 2010.
Ivugururwa rya mbere nâirya kabiri byari bigamije cyane cyane kugaruka ku mitunganyirize yâUbuyobozi nâinshingano zâinzego za Leta cyane cyane izâUbutabera nâurwego rwâUmuvunyi hakurikijwe ibyagaragajwe mu gutangira gushyira mu bikorwa Itegeko Nshinga. Yibanze kandi no guhuza Itegeko Nshinga nâimitegekere mishya yâIgihugu cyâ u Rwanda.
Ivugururwa rya gatatu ryibanze cyane mu gutunganya bimwe mu bibazo bitahise bikemurwa nâayo mavugururwa yombi, cyane cyane ikibazo cya manda zâAbagize
Inzego Nkuru zâIgihugu zari zigejeje igihe cyo kurangira; gukemura ikibazo cyo gutuma Itegeko Nshinga rigira ubwinyagamburiro nâingingo zâinzibacyuho zari zigejeje igihe cyo guhuzwa nâaho Igihugu kigeze.
Ivugururwa rya kane ryibanze cyane cyane gukemura ikibazo cyerekeranye nâuko Itegeko Nshinga ryatowe muri 2003 ryasobanuraga ibintu mu buryo burambuye, bityo uko hagize igihinduka nko mu kunoza imikorere yâUrwego runaka bikaba ngombwa ko rivugururwa. Iri vugururwa kandi ryibanze no guhindura uburyo abayobozi bakuru bâIgihugu bashyirwaho, kugabanya umubare wâamategeko ngenga, gukuraho manda za bamwe mu
INTRODUCTION
The new Constitution of the Republic of Rwanda was published in the Official Gazette of the
4thRepublic of Rwanda on June 2003.
Due to important reasons, the mentioned Constitution has been amended four times: The first
2ndAmendment was published on December 2003, the second one on 8th December 2005, the third one on 13th August 2008 and the fourth one on 17 June 2010.
The first and second amendments concerned essentially the review of the organization and the attributions of State organs especially those in the Justice Sector and the Office of the Ombudsman following loopholes which were noticed in the implementation of the Constitution and its harmonization with the newly created administrative entities of Rwanda.
The third amendment dealt especially with resolving issues that were not immediately solved by the previous amendments especially: issues relating to the terms of office of some senior authorities in the main State organs whose terms had reached their expiry date; Flexibility of the Constitution; and other transition provisions that needed to be updated to the current status of the country.
Finally, the fourth amendment intended especially to avoid that the Constitution goes into details with the consequence that any change in the organization of a given organ would give rise to the amendment of the Constitution. This amendment also changed procedures with regard to modalities of appointing senior officials, to reduce the number of organic laws, to remove terms of office for some judges and prosecutors and to rename some
AVANT PROPOS
La nouvelle Constitution de la République du Rwanda a été publiée au Journal Officiel de la République du Rwanda le 04 juin 2003.
Pour des raisons majeures, ladite Constitution vient de subir quatre révisions respectivement le 02 décembre 2003, le 08 décembre 2005, le 13 août 2008 et le 17 juin 2010.
Les deux premiĂšres rĂ©visions ont portĂ© essentiellement sur lâorganisation et les attributions des organes de lâEtat spĂ©cialement ceux relatifs Ă la justice et Ă lâOffice de lâOmbudsman constatĂ©s dans la mise en application de la Constitution et sur son adaptation aux nouvelles entitĂ©s administratives du territoire national.
La troisiĂšme rĂ©vision a revu des questions non rĂ©solues par les amendements constitutionnels prĂ©cĂ©dents, notamment : le mandat de certaines hautes autoritĂ©s des organes de lâEtat ; la flĂ©xibilitĂ© de la Constitution, et lâadaptation de certaines dispositions transitoires au contexte du moment.
Enfin, la quatriĂšme rĂ©vision a eu pour but de rĂ©soudre la question des dĂ©tails contenus dans la Constitution de 2003 qui exigeaient des amendements chaque fois que survenaient des modifications mineures, notamment dans lâorganisation dâun tel ou tel autre Organe. La prĂ©sente rĂ©vision a Ă©galement revu la procĂ©dure de nomination des hautes autoritĂ©s du pays, le nombre de lois organiques, le mandat de certains juges et
- 2 Â
bacamanza nâabashinjacyaha ndetse no guhindura inyito za zimwe mu nzego za Leta.
Mu rwego rwo korohereza abakoresha Itegeko Nshinga rya Repubulika yâu Rwanda, Minisiteri yâUbutabera yasanze ari ngombwa guhuriza hamwe izi mpinduka zose zabaye ku Itegeko Nshinga ryo ku wa 04 Kamena 2003.
Bityo, uku guhuriza hamwe Itegeko Nshinga nâamavugurura yarikozweho bikaba bifite inyungu yo kugira inyandiko yâItegeko Nshinga ribumbiye hamwe yoroshye gukoresha kurusha kwitabaza Amagazeti ya Leta ya Repubulika yâu Rwanda uko ari atanu.
Ako gatabo ni ako gukoresha umunsi ku wundi. Ntigasimbura Itegeko Nshinga nkâuko ryagiye ritanganzwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika yâu Rwanda.
Tharcisse KARUGARAMA
Minisitiri wâUbutabera / Intumwa Nkuru ya Leta
State organs.
In order to make it easy for the users of the Constitution of the Republic of Rwanda, the Ministry of Justice put special emphasis on consolidating different constitutional provisions into one instrument, which incorporated all changes made to the Constitution of 4th June 2003.
In that regard, this consolidation of the Constitution and its amendments shall have a clear benefit of having one consolidated instrument which is easier to use compared to having the Constitution and its amendments in five separate Official Gazettes of the Republic of Rwanda.
The booklet serves for day to day use. In any way, it shall not replace the Constitution as it has been previously published in Official Gazette of the Republic of Rwanda.
Tharcisse KARUGARAMA
Minister of Justice/Attorney General
officiers de poursuite judiciaire ainsi que lâappellation de certains organes de lâEtat.
Etant donnĂ© que la lecture des dispositions constitutionnelles Ă©parses nâest pas aisĂ©e pour les utilisateurs de ce texte, le MinistĂšre de la Justice a procĂ©dĂ© Ă la coordination de cet important texte en un document unique, en incorporant les derniĂšres rĂ©visions susmentionnĂ©es dans le texte initial de la Constitution du 04 juin 2003.
Ainsi cette coordination de la Constitution et ses rĂ©visions aura le mĂ©rite certain de mettre Ă la disposition des usagers un texte unique dâusage facile au lieu et place de cinq diffĂšrent Journaux Officiels de la RĂ©publique du Rwanda.
Le livret est dâusage courant. Il ne remplace pas la Constitution tel quâelle a Ă©tĂ© auparavant publiĂ©e au Journal Officiel de la RĂ©publique du Rwanda.
Tharcisse KARUGARAMA
Ministre de la Justice / Garde des Sceaux
- 3 Â
Itegeko Nshinga rya Repubulika yâu Rwanda ryo ku wa 04 Kamena 2003 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 4 Kamena 2003)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 01 ryo ku wa 02 Ukuboza 2003 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 2 Ukuboza 2003)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 02 ryo ku wa 08 Ukuboza 2005 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 8 Ukuboza 2005)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 03 ryo ku wa 13 Kanama 2008 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 13 Kanama 2008)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 04 ryo ku wa 17 Kamena 2010 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 17 Kamena 2010)
IRANGASHINGIRO
Twebwe, Abanyarwanda,
1.Nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe ikanashyirishwa mu bikorwa nâabayobozi babi n'abandi bose bayigizemo uruhare, igahitana abana bâu Rwanda barenga miliyoni ;
2.Twiyemeje kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside nâibyo igaragariramo byose, ndetse no kurandura burundu amacakubiri ashingiye ku moko, ku turere n'andi macakubiri ayo ari yo yose;
3.Twiyemeje kurwanya ubutegetsi bwâigitugu dushyiraho inzego za demokarasi nâabayobozi twihitiyemo nta gahato ;
4. Dushimangiye ko ari ngombwa kubumbatira no guharanira ubumwe nâubwiyunge bwâAbanyarwanda bwashegeshwe na jenoside yakorewe Abatutsi nâingaruka zayo ;
5.Tuzirikanye ko amahoro nâubumwe bwâAbanyarwanda ari byo nkingi ikomeye yâamajyambere
Constitution of the Republic of Rwanda of 04 June 2003 (O.G. special number of 4 June 2003)
Constitutional Amendment n° 01 of 2 December 2003 (O.G. special number of 2 December 2003)
Constitutional Amendment n° 02 of 8 December 2005 (O.G special number of 8 December 2005)
Constitutional Amendment n° 03 of 13 August 2008 (O.G. special number of 13 August 2008)
Constitutional Amendment n° 04 of 17 June 2010 (O.G. special of 17 June 2010)
PREAMBLE
We, the People of Rwanda,
1. In the wake of the genocide against the Tutsi that was organised and supervised by unworthy leaders and other perpetrators and that decimated more than a million sons and daughters of Rwanda;
2.Resolved to fight the ideology of genocide and all its manifestations and to eradicate ethnic, regional and any other form of divisions;
3.Determined to fight dictatorship by putting in place democratic institutions and leaders freely elected by ourselves;
4. Emphasizing on the necessity to strengthen and promote national unity and reconciliation which were seriously shaken by the genocide against the Tutsi and its consequences;
5.Conscious that peace and unity of Rwandans constitute the essential basis for national economic
Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 (J.O. n° spécial du 04 juin 2003)
Révision Constitutionnelle n° 01 du 02 décembre 2003 (J.O. n° spécial du 02 décembre 2003)
Révision Constitutionnelle n° 02 du 08 décembre 2005 (J.O. n° spécial du 08 décembre 2005)
Révision Constitutionnelle n° 03 du 13 août 2008 (J.O. n° spécial du 13 août 2008)
Révision constitutionnelle n° 04 du 17 juin 2010 (J.O. n° spécial du 17 juin 2010)
PREAMBULE
Nous, Peuple Rwandais,
1. Au lendemain du gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi, planifiĂ© et supervisĂ© par des dirigeants indignes et autres auteurs, et qui a dĂ©cimĂ© plus dâun million de filles et fils du Rwanda ;
2. RĂ©solus Ă combattre lâidĂ©ologie du gĂ©nocide et toutes ses manifestations ainsi quâĂ Ă©radiquer les divisions ethniques, rĂ©gionales et de toute autre forme;
3.DĂ©cidĂ©s Ă combattre la dictature en mettant en place des institutions dĂ©mocratiques et des autoritĂ©s librement choisies par nous-mĂȘmes;
4.Soulignant la nĂ©cessitĂ© de consolider et promouvoir lâunitĂ© et la rĂ©conciliation nationales durement Ă©branlĂ©es par le gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi et ses consĂ©quences ;
5.Conscients que la paix et lâunitĂ© des Rwandais constituent le fondement essentiel du
- 4 Â
yâIgihugu nâiterambere ryâAbanyarwanda ;
6.Twiyemeje kubaka Leta igendera ku mategeko, ishingiye ku iyubahiriza ryâuburenganzira bwâibanze bwa muntu, demokarasi ishingiye ku bitekerezo bya politiki binyuranye, gusaranganya ubutegetsi nta bwikanyize, ubworoherane no gukemura ibibazo binyuze mu mushyikirano ;
7. Dushingiye ku mahirwe dufite yo kugira Igihugu kimwe, ururimi rumwe, umuco umwe nâamateka maremare dusangiye bigomba gutuma tugira imyumvire imwe yâaho tugana ;
8. Tumaze kubona ko ari ngombwa gushaka mu mateka yacu amaze imyaka amagana imigenzereze myiza yarangaga abakurambere bacu igomba gushingirwaho kugira ngo Igihugu kibashe kubaho no kugira ubwisanzure ;
9. Twongeye guhamya ko twiyemeje gukurikiza amahame yâuburenganzira bwa Muntu nkâuko ateganywa nâAmasezerano yâUmuryango wâAbibumbye yo ku wa 26 Kamena 1945, Amasezerano Mpuzamahanga yo ku wa 9 Ukuboza 1948 yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside, Itangazo Mpuzamahanga ryâUburenganiza bwa Muntu ryo ku wa 10 Ukuboza 1948, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye guca burundu ivanguramoko iryo ari ryo ryose yo ku wa 21 Ukuboza 1965, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye uburenganiza mu byâubukungu, imibereho myiza nâumuco yo ku wa 19 Ukuboza 1966, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye Uburenganzira mu byâimbonezamubano na politiki yo ku wa 19 Ukuboza 1966, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye guca burundu ivangura iryo ari ryo ryose rikorerwa abagore yo ku wa 1 Gicurasi 1980, Amasezerano Nyafurika yerekeye Uburenganzira bwa Muntu
development and social progress;
6.Resolved to build a State governed by the rule of law, based on respect for fundamental human rights, pluralistic democracy, equitable power sharing, tolerance and resolution of issues through dialogue;
7. Considering that we enjoy the privilege of having one country, a common language, a common culture and a long shared history which ought to lead to a common vision of our destiny;
8. Considering that it is necessary to draw from our centuries-old history the positive values which characterized our ancestors that must be the basis for the existence and flourishing of our Nation ;
9. Reaffirming our adherence to the principles of human rights enshrined in the United Nations Charter of 26 June 1945, the Convention on the Prevention and Punishment of the crime of Genocide of 9 December 1948, the Universal Declaration of Human Rights of 10 December 1948, the International Convention on the Elimination of All forms of Racial Discrimination of 21 December 1965, the International Covenant on Economic, Social and Cultural Rights of 19 December 1966, the International Covenant on Civil and Political Rights of 19 December 1966, the Convention on the Elimination of all Forms of Discrimination against Women of 1 May 1980, the African Charter of Human and Peoplesâ Rights of 27 June 1981 and the Convention on the Rights of the Child of 20 November 1989;
développement économique et du progrÚs social du pays;
6. Résolus à bùtir un Etat de droit fondé sur le respect des libertés et droits fondamentaux de la personne, la démocratie pluraliste, le partage équitable du pouvoir, la tolérance et la résolution des problÚmes par le dialogue;
7. ConsidĂ©rant que nous avons le privilĂšge d'avoir un mĂȘme pays, une mĂȘme langue, une mĂȘme culture et une longue histoire commune qui doivent nous conduire Ă une vision commune de notre destin;
8. ConsidĂ©rant quâil importe de puiser dans notre histoire multisĂ©culaire les valeurs positives qui ont guidĂ© nos ancĂȘtres et indispensables Ă lâexistence et Ă lâĂ©panouissement de notre Nation ;
9. RĂ©affirmant notre attachement aux principes des droits de la personne humaine tels quâils ont Ă©tĂ© dĂ©finis par la Charte des Nations Unies du 26 juin 1945, la Convention des Nations Unies du 9 dĂ©cembre1948 relative Ă la prĂ©vention et Ă la rĂ©pression du crime du gĂ©nocide, la DĂ©claration universelle des droits de lâhomme du 10 dĂ©cembre 1948, la Convention contre toutes formes de discrimination raciale du 21 dĂ©cembre 1965, le Pacte International relatif aux droits Ă©conomiques, sociaux et culturels du 19 dĂ©cembre 1966, le Pacte International relatif aux droits civils et politiques du 19 dĂ©cembre 1966, la Convention sur lâElimination de toute les formes de Discrimination Ă lâĂ©gard des femmes du 1 mai 1980, la Charte africaine de droits de lâhomme et des peuples du 27 juin 1981 et la Convention relative aux droits de lâenfant du 20 novembre 1989 ;
nâubwâAbaturage yo ku wa 27 Kamena 1981 nâAmasezerano Mpuzamahanga yerekeye uburenganzira bwâumwana yo ku wa 20 Ugushyingo 1989;
10. Twiyemeje guharanira ko haba uburenganzira bungana mu Banyarwanda no hagati yâAbagore nâAbagabo bitabangamiye amahame y'uburinganire n'ubwuzuzanye bwabo mu iterambere ry'Igihugu ;
11. Twiyemeje guharanira kongera ubumenyi nâubushobozi bwâabakozi, kurwanya ubujiji, guteza imbere ikoranabuhanga no guharanira amajyambere nâimibereho myiza yâAbanyarwanda;
12. Tumaze kubona ko nyuma yâigihe cyâinzibacyuho, u Rwanda rugomba kugengwa nâItegeko Nshinga rigizwe nâibitekerezo byatanzwe nâAbanyarwanda ubwabo ;
Twemeje muri referendumu iri Tegeko Nshinga kandi ni ryo tegeko risumba ayandi muri Repubulika y'u Rwanda:
INTERURO YA MBERE: IBYEREKEYE LETA NâINKOMOKO YâUBUTEGETSI BWâIGIHUGU
UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE INGINGO RUSANGE
Ingingo ya mbere: Leta yâu Rwanda ni Repubulika yigenga kandi ubutegetsi bwose ni yo buturukaho, ishingiye kuri demokarasi, igamije guteza imbere abaturage, kandi ntishingiye ku idini.
Ishingiro rya Repubulika ni « ubutegetsi bwa rubanda, butangwa na rubanda kandi bukorera rubanda ».
Ingingo ya 2: Ubutegetsi bwose bukomoka ku mbaga yâAbanyarwanda.
Nta gice cyâAbanyarwanda cyangwa se umuntu ku giti cye ushobora kwiha ubutegetsi.
- 5 Â
10. Committed to ensuring equal rights between Rwandans and between women and men without prejudice to the principles of gender equality and complementarity in national development;
11. Determined to develop human resources, to fight ignorance, to promote technological advancement and the social welfare of the people of Rwanda;
12. Considering that after the Transition period, Rwanda shall be governed by a Constitution comprising ideas expressed by Rwandans themselves;
Now hereby adopt, by referendum, this Constitution as the supreme Law of the Republic of Rwanda:
TITLE ONE: THE STATE AND NATIONAL SOVEREIGNTY
CHAPTER ONE: GENERAL PROVISIONS
Article One: The Rwandan State is an independent, sovereign, democratic, social and secular Republic;
The principle governing the Republic is "government of the people, by the people and for the people".
Article 2: All the power derives from the people.
No group of Rwandan people or an individual can vest in themselves the exercise of power.
10. EngagĂ©s Ă assurer lâĂ©galitĂ© des droits entre les Rwandais et entre les hommes et les femmes, sans porter prĂ©judice au principe de lâapproche « gender » et Ă la complĂ©mentaritĂ© pour le dĂ©veloppement national ;
11. DĂ©cidĂ©s Ă assurer le dĂ©veloppement des ressources humaines, Ă lutter contre lâignorance, Ă promouvoir la technologie, le progrĂšs et le bien-ĂȘtre social de la population rwandaise;
12. ConsidĂ©rant quâau terme de la pĂ©riode de transition, le Rwanda doit se doter dâune Constitution issue des choix exprimĂ©s par les Rwandais eux-mĂȘmes;
Adoptons par rĂ©fĂ©rendum la prĂ©sente Constitution qui est la loi suprĂȘme de la RĂ©publique du Rwanda :
TITRE PREMIER: DE LâETAT ET DE LA SOUVERAINETE NATIONALE
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS GENERALES
Article premier: LâEtat Rwandais est une RĂ©publique indĂ©pendante, souveraine, dĂ©mocratique, sociale et laĂŻque.
Le principe de la République est "le gouvernement du peuple, par le peuple et pour le peuple".
Article 2 : Tout pouvoir émane du peuple.
Aucune partie du peuple rwandais ni aucun individu ne peut sâen attribuer lâexercice.
- 6 Â
Ubutegetsi bwâIgihugu ni ubw'imbaga y'Abanyarwanda, bakoresha ubwabo binyuze muri referendumu cyangwa binyuze ku babahagarariye.
Ingingo ya 3 (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005)
Igihugu cyâu Rwanda kigabanyijemo Inzego z`Imitegekere yâIgihugu zigenwa nâitegeko ngenga kandi rikanashyiraho umubare, imbibi nâimiterere yazo.
Itegeko rigena imitunganyirize nâimikorere yâizo nzego.
Ingingo ya 4: Umurwa Mukuru wa Repubulika yâu Rwanda ni Umujyi wa Kigali.
Itegeko rigena, imiterere, imitunganyirize n'imikorere y'Umujyi wa Kigali.
Umurwa Mukuru ushobora kwimurirwa ahandi mu Rwanda byemejwe nâ itegeko.
Ingingo ya 5: Ururimi rwâ Igihugu ni Ikinyarwanda.
Indimi zikoreshwa mu butegetsi ni Ikinyarwanda, Igifaransa nâIcyongereza.
Ingingo ya 6 Ibiranga Igihugu cyâu Rwanda ni ibendera, intego, ikirango cya Repubulika nâindirimbo yâIgihugu.
Ibendera ryâIgihugu rigizwe nâamabara atatu: icyatsi kibisi, umuhondo nâubururu.
Ibendera rigizwe nâamabara akurikira uvuye hasi uzamuka: habanza ibara ryâicyatsi kibisi, rikurikirwa nâibara ryâumuhondo, kandi ayo mabara yombi yihariye icya kabiri cyâibendera ryose. Igice cya kabiri cyo hejuru kigizwe nâibara ryâubururu rishushanyijwemo izuba nâimirasire yaryo yâibara ryâumuhondo wa
National sovereignty belongs to rwandans who shall exercise it directly by way of referendum or through their representatives.
Article 3 (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
The Territory of Rwanda is divided into administrative entities determined by an Organic Law which determines their number, their boundaries and their organisation
A Law shall determine the organisation and the functioning of those entities.
Article 4: The Capital of the Republic of Rwanda is the City of Kigali.
A Law shall determine the organization and functioning of the City of Kigali.
The Capital can, by Law, be transferred elsewhere within Rwanda.
Article 5: The national language is Kinyarwanda.
The official languages are Kinyarwanda, French and English.
Article 6: The national symbols of Rwanda are the flag, the motto, the seal and the national anthem.
The national flag is made up of three colours: green, yellow and blue.
The flag comprises the following colours from the bottom to the top: a green strip, followed by a yellow strip both of which cover half the flag. The upper half is blue and bears on its right hand side the image of the sun with its rays of golden yellow. The sun and its rays are separated by a blue ring.
La souverainetĂ© nationale appartient au peuple rwandais qui lâexerce directement par la voie du rĂ©fĂ©rendum ou par ses reprĂ©sentants.
Article 3 (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Le territoire national est divisé en entités administratives établies par une loi organique qui fixe en outre leur nombre, leurs limites et leurs structures.
Une loi fixe lâorganisation et le fonctionnement de ces EntitĂ©s.
Article 4: La Capitale de la République du Rwanda est la Ville de Kigali.
Une loi détemine l'organisation et le fonctionnement de la Ville de Kigali.
Une loi peut transferer la Capitale ailleurs sur le territoire national.
Article 5: La langue nationale est le Kinyarwanda.
Les langues officielles sont le Kinyarwanda, le Français et lâAnglais.
Article 6: Les symboles nationaux sont le drapeau, la devise, le sceau et lâhymne national.
Le drapeau national est formé de trois couleurs: le vert, le jaune et le bleu.
Le drapeau est constituĂ©, de bas en haut, dâune bande de couleur verte, suivie dâune bande de couleur jaune qui couvrent la moitiĂ© du drapeau. La moitiĂ© supĂ©rieure est de couleur bleue portant dans sa partie droite lâimage du soleil avec ses rayons de couleur jaune dorĂ©e. Le soleil et ses rayons sont sĂ©parĂ©s par un anneau bleu.
zahabu riri ku ruhande rwâiburyo. Iryo zuba nâimirasire yaryo bitandukanyijwe nâuruziga rwâibara ryâubururu.
Itegeko rigena imiterere, ibisobanuro, imikoreshereze n'iyubahirizwa by'ibendera ry'Igihugu.
Intego ya Repubulika ni: UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU.
Ikirango cya Repubulika kigizwe nâuruziga rwâicyatsi kibisi nâipfundo ryâumugozi wâiryo bara upfunditse hasi, ahagana hejuru hakabamo inyandiko « REPUBULIKA YâU RWANDA ». Munsi yâipfundo handitse amagambo agize intego ya Repubulika « UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU ». Izo nyandiko zose zanditse mu nyuguti zâumukara ku ibara ryâumuhondo.
Ikirango cya Repubulika kigizwe kandi nâamashusho akurikira: izuba, imirasire yaryo, ishaka nâikawa, agaseke, uruziga rwâubururu rufite amenyo nâingabo ebyiri, imwe iri iburyo indi iri ibumoso.
Imiterere, ibisobanuro, imikoreshereze nâuburinzi byâibirango bishyirwaho nâitegeko.
Indirimbo yâIgihugu ni:" RWANDA NZIZA".
Imiterere n'iyubahirizwa by'Indirimbo y'Igihugu biteganywa n'Itegeko.
Ingingo ya 7 : Buri muntu afite uburenganzira ku bwenegihugu.
Ubwenegihugu burenze bumwe buremewe.
Ntawe ushobora kwamburwa ubwenegihugu nyarwanda bwâinkomoko.
Ntawe ushobora kuvutswa ubwenegihugu bwe cyangwa
- 7 Â
A Law shall determine the characteristics, significance, usage and ceremonials of the national flag.
The motto of the Republic is: UNITY, WORK, PATRIOTISM.
The Seal of the Republic is made up of a circular green rope with a green knot at the base, bearing on its upper part, the imprints « REPUBULIKA Y'U RWANDA ». At the bottom of the knot is the motto of the Republic: « UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU ». All these inscriptions are in black against a yellow background.
The Seal of the Republic also bears the following ideograms: the sun with its rays, a stem of sorghum and a branch of a coffee tree, a basket, a blue wheel with teeth and two shields one on the right and one on the left.
The characteristics, significance, usage and protection of the Seal shall be determined by a Law.
The national anthem is "RWANDA NZIZA".
The characteristics and ceremonies of the National Anthem shall be determined by a Law.
Article 7: Every person has a right to nationality.
Dual nationality is permitted.
No person may be deprived of Rwandan nationality of origin.
No person shall be arbitrarily deprived of his or her nationality or
Une loi dĂ©finit les caractĂ©ristiques, les significations, lâusage et le cĂ©rĂ©monial du drapeau national.
La devise de la République est: UNITE, TRAVAIL, PATRIOTISME.
Le sceau de la RĂ©publique est formĂ© dâune corde verte en cercle avec un nĆud de mĂȘme couleur vers le bas et portant, Ă sa partie supĂ©rieure, les mentions «REPUBULIKA YâU RWANDA». En bas du nĆud se trouvent les mentions de la devise de la RĂ©publique «UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU». Toutes ces mentions sont Ă©crites en noir sur un fond jaune.
Le sceau de la RĂ©publique porte Ă©galement les idĂ©ogrammes suivants : le soleil avec ses rayons, une tige de sorgho et une branche de cafĂ©ier, un panier, une roue dentĂ©e de couleur bleue et deux boucliers lâun Ă droite, lâautre Ă gauche.
Les caractéristiques, les significations, l'utilisation et la garde des sceaux sont définies par une loi.
Lâhymne national est: "RWANDA NZIZA".
Les caractéristiques et le cérémonial de l'hymne national sont déterminés par une loi.
Article 7: Toute personne a droit à la nationalité.
La double nationalité est permise.
La nationalitĂ© rwandaise dâorigine ne peut ĂȘtre retirĂ©e.
Nul ne peut ĂȘtre arbitrairement privĂ© de sa nationalitĂ© ni du droit de
- 8 Â
uburenganzira bwo guhindura ubwenegihugu ku buryo bunyuranyije nâamategeko.
Abanyarwanda cyangwa ababakomokaho bavukijwe ubwenegihugu bwâu Rwanda hagati yâitariki ya 1 Ugushyingo 1959 nâiya 31 Ukuboza 1994 kubera guhabwa ubwenegihugu bwâamahanga basubirana batagombye kubisaba ubwenegihugu iyo bagarutse gutura mu Rwanda.
Abantu bose bakomoka mu Rwanda n'ababakomokaho bafite uburenganzira bwo guhabwa ubwenegihugu bwâu Rwanda, iyo babisabye.
Ibigomba gushingirwaho mu guhabwa ubwenegihugu bw'u Rwanda, kubugumana, kubukoresha no kubutakaza bigenwa n'itegeko ngenga.
Ingingo ya 8: Itora ni uburenganzira bwâabenegihugu bose ku buryo bungana.
Itora rikorwa mu buryo butaziguye cyangwa buziguye kandi mu ibanga, keretse iyo Itegeko Nshinga cyangwa irindi tegeko biteganya ubundi buryo.
Abanyarwanda bose, bâibitsina byombi, bujuje ibyangombwa bisabwa nâamategeko bafite uburenganzira bwo gutora no gutorwa.
Itegeko rigena ibigomba kubahirizwa nâuburyo bukoreshwa mu matora.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE AMAHAME REMEZO
Ingingo ya 9: Leta yâ u Rwanda yiyemeje kugendera ku mahame remezo akurikira no gutuma yubahirizwa:
1. kurwanya ingengabitekerezo ya
of the right to change nationality.
Rwandans or their descendants who were deprived of their nationality between 1st November 1959 and 31 December 1994 by reason of acquisition of foreign nationalities automatically reacquire Rwandan nationality if they return to settle in Rwanda.
All persons originating from Rwanda and their descendants shall, upon their request, be entitled to Rwandan nationality.
The conditions of acquisition, retention, enjoyment and deprivation of Rwandan nationality shall be determined by an Organic Law.
Article 8: Suffrage is universal and equal for all citizens.
Suffrage is direct or indirect and secret, unless the Constitution or another Law provides otherwise.
All Rwandan citizens of both sexes who fulfil the requirements provided for by the law have the right to vote and to be elected.
A Law shall determine the conditions and modalities for the conduct of elections.
CHAPTER II : FUNDAMENTAL PRINCIPLES
Article 9: The State of Rwanda commits itself to conform to the following fundamental principles and to promote and enforce the respect thereof:
1. fighting the ideology of
changer de nationalité.
Les Rwandais ou leurs descendants qui, entre le 1er novembre 1959 et le 31 dĂ©cembre 1994, ont perdu la nationalitĂ© rwandaise suite Ă lâacquisition dâune nationalitĂ© Ă©trangĂšre sont dâoffice rĂ©intĂ©grĂ©s dans la nationalitĂ© rwandaise s'ils reviennent s'installer au Rwanda.
Les personnes d'origine rwandaise et leurs descendants ont le droit dâacquĂ©rir la nationalitĂ© rwandaise, s'ils le demandent.
Les conditions dâacquisition, de conservation, de jouissance et de perte de la nationalitĂ© rwandaise sont dĂ©finies par une loi organique.
Article 8: Le suffrage est universel et égal pour tous les citoyens.
Le suffrage est direct ou indirect et secret sauf si la Constitution ou une autre loi en dispose autrement.
Tous les citoyens rwandais des deux sexes qui remplissent les conditions lĂ©gales, ont le droit de voter et dâĂȘtre Ă©lus.
Une loi détermine les conditions et les modalités des consultations électorales.
CHAPITRE II: DES PRINCIPES FONDAMENTAUX
Article 9: LâEtat Rwandais sâengage Ă se conformer aux principes fondamentaux suivants et Ă les faire respecter :
1. lutte contre lâidĂ©ologie du
- 9 Â
jenoside nâibyo igaragariramo byose;
2. kurandurana n'imizi amacakubiri ashingiye ku bwoko, akarere nâibindi no gushyira imbere ubumwe bwâAbanyarwanda;
3. gusaranganya ubutegetsi nta bwikanyize;
4. kubaka Leta igendera ku mategeko nâubutegetsi bwa demokarasi ishingiye ku bitekerezo bya politiki binyuranye, uburinganire bwâAbanyarwanda bose n'ubw'abagore n'abagabo, ibyo bigashimangirwa nâuko abagore bagira nibura mirongo itatu ku ijana byâimyanya mu nzego zifatirwamo ibyemezo;
5. kubaka Leta iharanira imibereho myiza yâabaturage no gushyiraho uburyo bukwiye kugira ngo bagire amahirwe angana mu mibereho yabo;
6. gushaka buri gihe umuti wâibibazo mu nzira yâibiganiro nâubwumvikane busesuye.
INTERURO YA II : IBYEREKEYE UBURENGANZIRA BWâIBANZE BWA MUNTU, UBURENGANZIRA NâINSHINGANO BYâUMWENEGIHUGU
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE UBURENGANZIRA BWâIBANZE BWA MUNTU
Ingingo ya 10 : Umuntu ni umunyagitinyiro kandi ni indahungabanywa.
Leta nâizindi nzego zâubutegetsi zifite inshingano ndakuka zo kumwubaha, kumurinda no kumurengera.
genocide and all its manifestations;
2. eradication of ethnic, regional and other divisions and promotion of national unity;
3. equitable sharing of power;
4. building a state governed by the rule of law, a pluralistic democratic government, equality of all Rwandans and between women and men reflected by ensuring that women are granted at least thirty per cent of posts in decision making organs;
5. building a State committed to promoting social welfare and establishing appropriate mechanisms for ensuring social justice;
6. the constant quest for solutions through dialogue and consensus.
TITLE II: FUNDAMENTAL HUMAN RIGHTS AND RIGHTS AND DUTIES OF THE CITIZEN
CHAPTER ONE : FUNDAMENTAL HUMAN RIGHTS
Article 10: The human person is sacred and inviolable.
The State and all public administration organs have the absolute obligation to respect protect and defend him or her.
génocide et toutes ses manifestations ;
2. Ă©radication des divisions ethniques, rĂ©gionales et autres et la promotion de lâunitĂ© nationale;
3. partage équitable du pouvoir;
4. Ă©dification dâun Etat de droit et du rĂ©gime dĂ©mocratique pluraliste, lâĂ©galitĂ© de tous les Rwandais et l'Ă©galitĂ© entre les femmes et les hommes reflĂ©tĂ©e par l'attribution d'au moins trente pour cent des postes aux femmes dans les instances de prise de dĂ©cision ;
5. Ă©dification dâun Etat vouĂ© au bien-ĂȘtre de la population et Ă la justice sociale ;
6. recherche permanente du dialogue et du consensus.
TITRE II: DES DROITS FONDAMENTAUX DE LA PERSONNE ET DES DROITS ET DEVOIRS DU CITOYEN
CHAPITRE PREMIER: DES DROITS FONDAMENTAUX DE LA PERSONNE
Article 10: La personne humaine est sacrée et inviolable.
LâEtat et tous les pouvoirs publics ont lâobligation absolue de la respecter, de la protĂ©ger et de la dĂ©fendre.
- 10 -
Ingingo ya 11 : Abanyarwanda bose bavukana kandi bagakomeza kugira ubwisanzure, uburenganzira nâinshingano bingana.
Ivangura iryo ari ryo ryose rishingiye nko ku bwoko, ku muryango, ku nzu, ku gisekuru, ku ibara ryâumubiri, ku gitsina, ku karere, ku byiciro byâubukungu, ku idini cyangwa ukwemera, ku bitekerezo, ku mutungo, ku itandukaniro ryâumuco, ku rurimi, ku bukungu, ku bumuga bwâumubiri cyangwa ubwo mu mutwe no ku rindi vangura iryo ari ryo ryose, rirabujijwe kandi rihanwa nâamategeko.
Ingingo ya 12 : Umuntu wese afite uburenganzira bwo kubaho. Ntawe ushobora kuvutswa ubuzima mu buryo bunyuranyije nâamategeko.
Ingingo ya 13 : Icyaha cya jenoside, ibyaha byibasiye inyokomuntu n'ibyaha by'intambara ntibisaza.
Guhakana no gupfobya jenoside bihanwa nâitegeko.
Ingingo ya 14 : Imibereho yâabasizwe iheruheru na jenoside yakorewe Abatutsi nâiyâabandi batishoboye (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Leta, mu bushobozi bwayo, iteganya ibikorwa byihariye bigamije imibereho myiza yâabasizwe iheruheru na jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu Rwanda kuva ku wa 1 Ukwakira 1990 kugeza ku wa 31 Ukuboza 1994, abantu bafite ubumuga, abatindi nyakujya, abageze mu zabukuru nâabandi batagira kivurira.
Ingingo ya 15: Umuntu wese afite uburenganzira bwo kudahungabanywa ku mubiri no mu mutwe.
Ntawe ushobora kwicwa urubozo, gukorerwa ibibabaza umubiri,
Article 11: All Rwandans are born and remain free and equal in rights and duties.
Discrimination of whatever kind based on, inter alia, ethnic origin, tribe, clan, colour, sex, region, social origin, religion or faith, opinion, economic status, culture, language, social status, physical or mental disability or any other form of discrimination is prohibited and punishable by Law.
Article 12: Every person has the right to life. No person shall be arbitrarily deprived of life.
Article 13: The crime of genocide, crimes against humanity and war crimes are not subject to prescriptive period.
Revisionism, negationism and trivialisation of genocide are punishable by the Law.
Article 14: Welfare of victims of genocide against the Tutsi and other needy persons (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The State shall, within the limits of its capacity, take special measures for the welfare of the survivors who were rendered destitute by genocide against the Tutsi committed in Rwanda from October 1st, 1990 to December 31st, 1994, the disabled, the indigent and the elderly as well as other vulnerable groups.
Article 15: Every person has the right to physical and mental integrity.
No one shall be subjected to torture, physical abuse or cruel, inhuman or
Article 11: Tous les Rwandais naissent et demeurent libres et égaux en droits et en devoirs.
Toute discrimination fondĂ©e notamment sur la race, lâethnie, le clan, la tribu, la couleur de la peau, le sexe, la rĂ©gion, lâorigine sociale, la religion ou croyance, lâopinion, la fortune, la diffĂ©rence de cultures, de langue, la situation sociale, la dĂ©ficience physique ou mentale ou sur toute autre forme de discrimination est prohibĂ©e et punie par la loi.
Article 12: Toute personne a droit Ă la vie. Nul ne peut ĂȘtre arbitrairement privĂ© de la vie.
Article 13: Le crime de gĂ©nocide, les crimes contre lâhumanitĂ© et les crimes de guerre sont imprescriptibles.
Le révisionnisme, le négationnisme et la banalisation du génocide sont punis par la loi.
Article 14: Bien-ĂȘtre des victimes du gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi et des autres personnes les plus nĂ©cessiteuses (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
LâEtat, dans les limites de ses capacitĂ©s, prend des mesures spĂ©ciales pour le bien-ĂȘtre des rescapĂ©s dĂ©munis Ă cause du gĂ©nocide perpetrĂ© contre les Tutsi commis au Rwanda du 1er octobre 1990 au 31 dĂ©cembre 1994, des personnes handicapĂ©es, des personnes sans ressources, des personnes ĂągĂ©es ainsi que dâautres personnes vulnĂ©rables.
Article 15: Toute personne a droit à son intégrité physique et mentale.
Nul ne peut faire lâobjet de torture, de sĂ©vices, ou de traitements cruels,
- 11 Â
cyangwa ngo akorerwe ibikorwa byâ ubugome, ibikorwa bidakwiye umuntu cyangwa bimutesha agaciro.
Ntawe ushobora gukorerwaho igerageza atabyiyemereye. Uburyo bwo kubyemera kimwe nâubwâiryo gerageza bugenwa nâitegeko.
Ingingo ya 16 : Abantu bose barangana imbere yâamategeko. Itegeko ribarengera ku buryo bumwe nta vangura iryo ari ryo ryose.
Ingingo ya 17 : Uburyozwacyaha ni gatozi ku wakoze icyaha. Kuryozwa indishyi bigengwa n'itegeko.
Ntawe ushobora gufungirwa kutubahiriza inshingano zishingiye ku mategeko mbonezamubano cyangwa ayâubucuruzi.
Ingingo ya 18 : Ubwisanzure bwa muntu bwubahirizwa na Leta.
Ntawe ushobora gukurikiranwa, gufatwa, gufungwa cyangwa guhanirwa icyaha keretse mu gihe biteganywa nâamategeko akurikizwa mu gihe icyaha akurikiranyweho cyakorewe.
Kumenyeshwa imiterere n'impamvu z'icyaha ukurikiranyweho, kwiregura no kunganirwa ni uburenganzira budahungabanywa mu bihe byose, ahantu hose, mu nzego zose z'ubutegetsi, iz'ubucamanza n'izindi zose zifata ibyemezo.
Ingingo ya 19: Umuntu wese afatwa nkâumwere ku cyaha aregwa igihe cyose kitaramuhama burundu mu buryo bukurikije amategeko, mu rubanza rwabereye mu ruhame kandi ruboneye, yahawe uburyo bwose bwa ngombwa bwo kwiregura.
Ntawe ushobora kuvutswa kuburanira imbere yâumucamanza
degrading treatment.
No one shall be subjected to experimentation without his/her informed consent. The modalities of such consent and experiments are determined by Law.
Article 16: All human beings are equal before the law. They shall enjoy, without any discrimination, equal protection of the Law.
Article 17: Criminal liability is personal. Civil liability is determined by a Law.
No one shall be imprisoned on the ground of inability to fulfil obligations arising from civil or commercial Laws.
Article 18: The person's liberty is guaranteed by the State.
No one shall be subjected to prosecution, arrest, detention or punishment unless provided for by laws into force at the time the offence was committed.
The right to be informed of the nature and cause of charges and the right to defence are absolute at all levels and degrees of proceedings before administrative, judicial and all other decision making organs.
Article 19: Every person accused of a crime shall be presumed innocent until his or her guilt has been conclusively proved in accordance with the law in a public and fair trial in which all the necessary guarantees for defence have been made available.
No one shall be denied the right to appear before a competent judge to
inhumains ou dégradants.
Nul ne peut faire lâobjet dâexpĂ©rimentation sans son consentement. Les modalitĂ©s de ce consentement et de cette expĂ©rimentation sont rĂ©gies par la loi.
Article 16: Tous les ĂȘtres humains sont Ă©gaux devant la loi. Ils ont droit, sans aucune distinction, Ă une Ă©gale protection par la loi.
Article 17: La responsabilité pénale est personnelle. La responsabilité civile est définie par la loi.
Nul ne peut ĂȘtre dĂ©tenu pour non exĂ©cution dâobligations dâordre civil ou commercial.
Article 18: La libertĂ© de la personne est garantie par lâEtat.
Nul ne peut ĂȘtre poursuivi, arrĂȘtĂ©, dĂ©tenu ou condamnĂ© que dans les cas prĂ©vus par la loi en vigueur au moment de la commission de lâacte.
Etre informé de la nature et des motifs de l'accusation, le droit de la défense sont les droits absolus à tous les états et degrés de la procédure devant toutes les instances administratives et judiciaires et devant toutes les autres instances de prise de décision.
Article 19: Toute personne accusĂ©e dâune infraction est prĂ©sumĂ©e innocente jusquâĂ ce que sa culpabilitĂ© soit lĂ©galement et dĂ©finitivement Ă©tablie Ă l'issue d'un procĂšs public et Ă©quitable au cours duquel toutes les garanties nĂ©cessaires Ă sa dĂ©fense lui auront Ă©tĂ© accordĂ©es.
Nul ne peut ĂȘtre distrait, contre son grĂ©, du juge que la loi lui assigne.
- 12 Â
itegeko rimugenera.
Ingingo ya 20: Kudakurikizwa kwâitegeko mpanabyaha ku byaha byakozwe ritarajyaho (Ivugururwa nÂș 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ntawe ushobora gukurikiranwa, gufatwa, gufungwa cyangwa guhanirwa ibyo yakoze cyangwa atakoze, iyo amategeko yâIgihugu cyangwa amategeko mpuzamahanga atabifataga nkâicyaha igihe byakorwaga.
Ntawe ushobora guhanishwa igihano kiruta icyari giteganyijwe n'amategeko mu gihe yakoraga icyaha.
Ibyaha nâibihano bijyanye na byo biteganywa nâitegeko ngenga.
Ingingo ya 21: Ntawe ushobora gukorerwa ubugenzurwe keretse mu bihe no mu buryo buteganyijwe nâitegeko, kubera impamvu zishingiye ku ituze rusange ryâabaturage cyangwa ku mutekano wâIgihugu.
Ingingo ya 22: Imibereho bwite yâumuntu, iyâumuryango we, urugo rwe, ubutumwa yohererezanya nâabandi ntibishobora kuvogerwa mu buryo bunyuranyije nâamategeko; icyubahiro nâagaciro ke mu maso yâabandi bigomba kubahirizwa.
Urugo rwâumuntu ntiruvogerwa. Ntihashobora gukorwa isakwa mu rugo cyangwa kurwinjiramo kubera impamvu z'igenzura nyirarwo atabyemeye, keretse mu bihe no mu buryo biteganyijwe nâamategeko.
Ibanga ryâamabaruwa nâiryâitumanaho ntirishobora kuzitirwa keretse mu bihe no mu buryo biteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 23 : Buri Munyarwanda afite uburenganzira bwo kujya aho ashaka hose no gutura aho ari ho hose mu
hear his/her case.
Article 20: Non retroactivity of criminal law (Amendment nÂș 04 of 17/06/2010)
No one shall be subjected to prosecution, arrest, detention or punishment on account of any act or omission which did not constitute a criminal offence under national or international law at the time it was committed.
No one shall be punished with a heavier penalty than the one that was prescribed under the Law at the time when the offence was committed.
Offences and related penalties shall be determined by an Organic Law.
Article 21: No person shall be subjected to security measures except as provided for by Law, for reasons of public order and State security.
Article 22: The private life, family, home or correspondence of a person shall not be subjected to arbitrary interference; his/her honour and good reputation shall be respected.
A personâs home is inviolable. No search of or entry into a home may be carried out without the consent of the owner, except in circumstances and in accordance with procedures determined by Law.
Confidentiality of correspondence and communication shall not be subject to waiver except in circumstances and in accordance with procedures determined by Law.
Article 23: Every Rwandan has the right to move and to circulate freely and to settle anywhere in Rwanda.
Article 20: Non rĂ©troactivitĂ© de la loi pĂ©nale (RĂ©vision nÂș 04 du 17/06/2010)
Nul ne peut ĂȘtre poursuivi, arrĂȘtĂ©, dĂ©tenu ou condamnĂ© pour des actions ou omissions qui ne constituaient pas une infraction dâaprĂšs le droit national ou international au moment oĂč elles ont Ă©tĂ© commises.
Nul ne peut ĂȘtre infligĂ© dâune peine plus forte que celle qui Ă©tait prĂ©vue par la loi au moment oĂč lâinfraction a Ă©tĂ© commise.
Les infractions et les peines y afférentes sont déterminées par une loi organique.
Article 21: Nul ne peut ĂȘtre soumis Ă des mesures de sĂ»retĂ© que dans les cas et selon les formes prĂ©vus par la loi, pour des raisons dâordre public ou de sĂ©curitĂ© de lâEtat.
Article 22: Nul ne peut faire lâobjet dâimmixtion arbitraire dans sa vie privĂ©e, sa famille, son domicile ou sa correspondance ; son honneur et sa rĂ©putation doivent ĂȘtre respectĂ©s.
Le domicile dâune personne est inviolable. A dĂ©faut de son consentement, nulle perquisition ou visite domiciliaire ne peut ĂȘtre ordonnĂ©e que dans les cas et selon les formes prĂ©vus par la loi.
Le secret de la correspondance et de la communication ne peut faire lâobjet de dĂ©rogation que dans les cas et les formes prĂ©vus par la loi.
Article 23: Tout citoyen rwandais a le droit de se déplacer et de se fixer librement sur le territoire national.
Rwanda.
Buri Munyarwanda afite uburenganzira bwo kuva mu gihugu nâubwo kukigarukamo.
Ubwo burenganzira buzitirwa gusa nâitegeko ku mpamvu zâituze rusange ryâabaturage nâumutekano wâIgihugu, kugira ngo icyahungabanya abaturage gikumirwe cyangwa abari mu kaga barengerwe.
Ingingo ya 24: Buri Munyarwanda afite uburenganzira ku Gihugu cye.
Nta Munyarwanda gucibwa mu Gihugu cye.
ushobora
Ingingo ya 25: Uburenganzira bwo guhabwa ubuhungiro bwemewe mu buryo buteganywa nâamategeko.
Koherereza ikindi gihugu abanyamahanga bakoze ibyaha, byemewe gusa iyo bikurikije amategeko cyangwa amasezerano mpuzamahanga u Rwanda rwemeye.
Ariko nta Munyarwanda ushobora kohererezwa ikindi gihugu kimukurikiranyeho icyaha.
Ingingo ya 26: Ugushyingiranwa (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ugushyingiranwa kâumugabo umwe nâumugore umwe gukorewe mu butegetsi bwa Leta ni ko kwemewe.
Icyakora, ugushyingiranwa kâumugabo umwe nâumugore umwe gukorewe mu mahanga mu buryo bwemewe nâAmategeko yâIgihugu basezeraniyemo kuremewe.
Ntawe ushobora gushyingirwa atabyemeye ku bushake bwe, yaba uw'igitsina gore cyangwa uw'igitsina gabo.
Abashyingiranywe bafite uburenganzira nâinshingano bingana mu gihe cyo gushyingiranywa, igihe
- 13 Â
Every Rwandan has the right to leave and to return to the country.
These rights shall be restricted only by the law for reasons of public order or State security, in order to deal with a public menace or to protect persons in danger.
Article 24: Every Rwandan has the right to his/her country.
No Rwandan shall be banished from the country.
Article 25: The right to asylum is recognized under conditions determined by the Law.
The extradition of foreigners shall be permitted only so far as it is consistent with the Law or international conventions to which Rwanda is a party.
However, no Rwandan shall be extradited.
Article 26 : Marriage (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Civil monogamous marriage between a man and a woman is the only recognized.
However, the monogamous marriage between a man and a woman contracted outside Rwanda in accordance with the Law of the country of celebration of the marriage shall be recognized.
No person may be married without his/her free consent.
Parties to a marriage have equal rights and obligations upon and during the subsistence of their
Tout citoyen rwandais a le droit de quitter librement son pays et dây revenir.
Lâexercice de ce droit ne peut ĂȘtre limitĂ© que par la loi pour des raisons dâordre public ou de sĂ©curitĂ© de lâEtat, pour parer Ă un danger public ou pour protĂ©ger des personnes en pĂ©ril.
Article 24: Tout Rwandais a droit Ă sa Patrie.
Aucun citoyen rwandais ne peut ĂȘtre contraint Ă lâexil.
Article 25: Le droit dâasile est reconnu dans les conditions dĂ©finies par la loi.
Lâextradition des Ă©trangers nâest autorisĂ©e que dans les limites prĂ©vues par la loi ou les conventions internationales auxquelles le Rwanda est partie.
Toutefois, aucun Rwandais ne peut ĂȘtre extradĂ©.
Article 26 : Mariage (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Le seul mariage civil monogamique entre un homme et une femme est reconnu.
Toutefois, le mariage monogamique entre un homme et une femme contractĂ© Ă lâĂ©tranger conformĂ©ment Ă la loi du pays de cĂ©lĂ©bration du mariage est reconnu.
Nul ne peut contracter un mariage que de son libre consentement.
Les Ă©poux ont les mĂȘmes droits et les mĂȘmes devoirs pendant le mariage et lors du divorce.
- 14 Â
babana nâigihe cyo gutandukana.
Itegeko rigena gukurikizwa, uburyo zâubushyingiranwe.
ibigomba nâingaruka
Ingingo ya 27: Umuryango, ari wo shingiro kamere ryâimbaga yâAbanyarwanda, urengerwa na Leta.
Ababyeyi bombi bafite uburenganzira nâinshingano zo kurera abana babo.
Leta ishyiraho amategeko nâinzego bikwiye bishinzwe kurengera umuryango, by'umwihariko umwana na nyina, kugira ngo umuryango ugire ubwisanzure.
Ingingo ya 28: Umwana wese afite uburenganzira bwo kurengerwa ku buryo bwihariye nâumuryango we, abandi banyarwanda na Leta, bitewe n'ikigero n'imibereho arimo nkâuko biteganywa nâamategeko yâu Rwanda ndetse nâamategeko mpuzamahanga.
Ingingo ya 29: Buri muntu afite uburenganzira ku mutungo bwite, waba uwe ku giti cye cyangwa uwo afatanyije nâabandi.
Umutungo bwite, uwâumuntu ku giti cye cyangwa uwo asangiye nâabandi ntuvogerwa.
Ntushobora guhungabanywa keretse ku mpamvu zâinyungu rusange mu bihe no mu buryo buteganywa nâamategeko kandi habanje gutangwa indishyi ikwiye.
Ingingo ya 30 : Umutungo bwite w'ubutaka n'ubundi burenganzira ku butaka bitangwa na Leta.
Itegeko rigena uburyo bwo kubutanga, kubuhererekanya no kubukoresha.
marriage and at the time of divorce.
A Law shall determine the conditions, forms and consequences of marriage.
Article 27: The family, which is the natural foundation of Rwandan society, is protected by the State.
Both parents shall have the right and responsibility to bring up their children.
The State shall put in place appropriate legislation and institutions for the protection of the family, in particular mother and child in order to ensure that the family flourishes.
Article 28: Every child is entitled to special measures of protection by his/her family, society and the State that are necessary, depending on the status of the child, under national and international law.
Article 29: Every person has a right to private property, whether personal or owned in association with others.
Private property, whether individually or collectively owned, is inviolable.
The right to property may not be interfered with except in public interest, in circumstances and procedures determined by Law and subject to fair and prior compensation.
Article 30: Private ownership of land and other rights related to land are granted by the State.
A Law specify the modalities of acquisition, transfer and use of land.
Une loi détermine les conditions, les formes et les effets du mariage.
Article 27: La famille, base naturelle de la sociĂ©tĂ© rwandaise, est protĂ©gĂ©e par lâEtat.
Les deux parents ont le droit et le devoir d'éduquer leurs enfants.
L'Etat met en place une législation et des institutions appropriées pour la protection de la famille, de l'enfant et de la mÚre en particulier, en vue de son épanouissement.
Article 28: Tout enfant a droit, de la part de sa famille, de la sociĂ©tĂ© et de lâEtat, aux mesures spĂ©ciales de protection quâexige sa condition, conformĂ©ment aux droits national et international.
Article 29: Toute personne a droit à la propriété privée, individuelle ou collective.
La propriété privée, individuelle ou collective, est inviolable.
Il ne peut y ĂȘtre portĂ© atteinte que pour cause dâutilitĂ© publique, dans les cas et de la maniĂšre Ă©tablis par la loi, et moyennant une juste et prĂ©alable indemnisation.
Article 30: La propriété privée du sol et d'autres droits réels grevant le sol sont concédés par l'Etat.
Une loi en détermine les modalités d'acquisition, de transfert et d'exploitation.
- 15 -
Ingingo ya 31: Umutungo wa Leta ugizwe nâumutungo rusange nâumutungo bwite wa Leta ndetse nâumutungo rusange n'umutungo bwite wâinzego zâubutegetsi bwâibanze za Leta.
Umutungo rusange wâIgihugu ntushobora gutangwa keretse ubanje gushyirwa mu mutungo bwite wa Leta.
Ingingo ya 32: Buri wese agomba kubaha umutungo wa Leta.
Igikorwa cyose kigamije konona, gusenya, kurigisa, gusesagura no kwangiza uwo mutungo, gihanwa nâamategeko.
Ingingo ya 33: Ubwisanzure mu bitekerezo, mu kubigaragaza, mu mutimanama, mu guhitamo idini, mu gusenga no kubigaragaza mu ruhame burengerwa na Leta mu buryo buteganywa nâamategeko.
Kwamamaza ivangura rishingiye ku isanomuzi, ku karere, ku bwoko cyangwa ku macakubiri ayo ari yo yose bihanwa nâamategeko.
Ingingo ya 34: Ubwisanzure bwâitangazamakuru (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ubwisanzure bwâitangazamakuru nâubwo kumenya amakuru buremewe kandi bwubahirizwa na Leta.
Ubwisanzure bwo kugaragaza ibitekerezo nâubwo kumenya amakuru ntibugomba kubangamira ituze rusange rya rubanda nâimyifatire iboneye, uburenganzira bwâumwenegihugu bwo kugira icyubahiro nâagaciro mu maso yâabandi, ubwo kutagira uwivanga mu mibereho ye bwite nâiyâumuryango we; bwemerwa kandi iyo butabangamiye irengerwa ryâurubyiruko nâabana.
Uko ubwo bwisanzure bukoreshwa
Article 31: The property of the State comprises of public and private property of the central Government as well as the public and private property of decentralized local government organs.
The public property of the State is inalienable unless there has been prior transfer thereof to the private property of the State.
Article 32: Every person shall respect public property.
Any act intended to cause sabotage, vandalism, corruption, embezzlement, squandering or any tampering with public property shall be punishable by Law.
Article 33: Freedom of thought, opinion, conscience, religion, worship and public manifestation thereof is guaranteed by the State in accordance with conditions determined by Law.
Propagation of ethnic, regional, racial or discrimination or any other form of division shall be punishable by Law.
Article 34: Freedom of press and information (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Freedom of press and freedom of information are recognized and guaranteed by the State.
Freedom of speech and freedom of information shall not prejudice public order and good morals, the right of every citizen to honour, good reputation and the privacy of personal and family life. It is also guaranteed so long as it does not prejudice the protection of the youth and minors.
The conditions for exercising such
Article 31: La propriĂ©tĂ© de l'Etat comprend le domaine public et le domaine privĂ© de lâEtat ainsi que le domaine public et le domaine privĂ© des collectivitĂ©s publiques dĂ©centralisĂ©es.
Les biens du domaine public sont inaliĂ©nables sauf leur dĂ©saffectation prĂ©alable en faveur du domaine privĂ© de lâEtat.
Article 32: Toute personne est tenue de respecter les biens publics.
Tout acte de sabotage, de vandalisme, de corruption, de détournement, de dilapidation ou toute atteinte au bien public est réprimé par la loi.
Article 33: La libertĂ© de pensĂ©e, dâopinion, de conscience, de religion, de culte et de leur manifestation publique est garantie par l'Etat dans les conditions dĂ©finies par la loi.
Toute propagande à caractÚre ethnique, régionaliste, raciste ou basée sur toute autre forme de division est punie par la loi.
Article 34 : LibertĂ© de la presse et de lâinformation (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
La libertĂ© de la presse et la libertĂ© de lâinformation sont reconnues et garanties par lâEtat.
La libertĂ© dâexpression et la libertĂ© dâinformation ne doivent pas porter atteinte Ă lâordre public et aux bonnes mĆurs, Ă la protection des jeunes et des enfants ainsi quâau droit dont jouit tout citoyen Ă lâhonneur, Ă la bonne rĂ©putation et Ă la prĂ©servation de lâintimitĂ© de sa vie personnelle et familiale.
Les conditions dâexercice de ces
- 16 Â
biteganywa nâamategeko.
Hashyizweho urwego rwigenga rwitwa «Inama Nkuru yâItangazamakuru». Itegeko riteganya inshingano, imiterere nâimikorere byarwo.
Ingingo ya 35: Uburenganzira bwo kwishyira hamwe buremewe, kandi ntibubanza gusabirwa uruhushya.
Bukoreshwa hakurikijwe ibiteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 36 : Uburenganzira bwo guteranira mu nama zâituze kandi nta ntwaro buremewe iyo bitanyuranyije nâamategeko.
Ntibubanza gusabirwa uruhushya keretse igihe biteganyijwe nâitegeko kandi biteganywa gusa ku byerekeye amakoraniro yo hanze, ahagenewe kugerwa nâabantu bose, nâahateranira abantu benshi na bwo kandi bitewe nâimpamvu zo kurengera umutekano, ituze rusange rya rubanda cyangwa kurinda ubuzima bwâabantu.
Ingingo ya 37 : Umuntu wese afite uburenganzira bwo guhitamo no gukora umurimo umunogeye.
Iyo abantu bakora umurimo umwe kandi bafite ubumenyi nâubushobozi bumwe bagomba guhembwa kimwe nta vangura iryo ari ryo ryose.
Ingingo ya 38 : Uburenganzira bwo gushyiraho ingaga zâabakozi, kurengera no guteza imbere inyungu zâumwuga bafitiye uburenganzira buremewe.
Buri mukozi ashobora kurengera uburenganzira bwe abinyujije mu rugaga rwâabakozi mu buryo buteganywa n'amategeko.
Buri mukoresha afite uburenganzira bwo kwinjira mu muryango wâabakoresha.
freedoms shall be determined by Law.
There is hereby established an independent institution known as the âMedia High Councilââ. A Law shall determine its responsibilities, organization and functioning.
Article 35: Freedom of association is guaranteed and shall not require prior authorization.
Such freedom shall be exercised under conditions determined by Law.
Article 36: Freedom of peaceful assembly without arms is guaranteed if it is not inconsistent with the law.
Prior authorization shall only be necessary if the Law so requires and solely in the case of assembly in the open air, in a public place or on a public road, to the extent that such is necessary in the interests of public safety, public order or public health.
Article 37: Every person has the right to free choice of employment.
Persons with the same competence and ability shall have a right to equal pay for equal work without any discrimination.
Article 38: The right to form trade unions for the defence and the promotion of legitimate professional interests is recognized.
Every worker may defend his/her rights through trade union action under conditions determined by Law.
Every employer has the right to join an employersâ organization.
libertés sont fixées par la loi.
Il est créé un organe indépendant dénommé le « Haut Conseil des Médias ». Une loi détermine ses missions, son organisation et son fonctionnement.
Article 35: La libertĂ© dâassociation est garantie et ne peut ĂȘtre soumise Ă lâautorisation prĂ©alable.
Elle sâexerce dans les conditions prescrites par la loi.
Article 36: La liberté de se rassembler en des réunions pacifiques et sans armes est garantie dans les limites fixées par la loi.
Lâautorisation prĂ©alable nâen est demandĂ©e que dans des cas prĂ©vus par une loi et uniquement pour des rassemblements en plein air, sur la voie publique ou dans des lieux publics, et pour autant que des raisons de sĂ©curitĂ©, de lâordre public ou de salubritĂ© lâexigent.
Article 37: Toute personne a droit au libre choix de son travail.
A compétence et capacité égales, toute personne a droit, sans aucune discrimination, à un salaire égal pour un travail égal.
Article 38: Le droit de former des syndicats pour la dĂ©fense et la promotion des intĂ©rĂȘts professionnels lĂ©gitimes est reconnu.
Tout travailleur peut dĂ©fendre ses droits par lâaction syndicale dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
Tout employeur a droit dâadhĂ©rer Ă une association des employeurs.
- 17 -
Ingaga zâumurimo zâabakozi nâamashyirahamwe yâabakoresha bifite uburenganzira bwo kugirana amasezerano rusange cyangwa yihariye agenga imikoranire yabyo. Uburyo ayo masezerano akorwa bugenwa nâitegeko.
Ingingo ya 39 : Uburenganzira bwâabakozi bwo guhagarika imirimo buremewe kandi bukoreshwa hakurikijwe amategeko abugenga; ariko ubwo burenganzira ntibushobora guhungabanya uburenganzira bwâundi ku murimo kuko bwemerewe buri wese
Ingingo ya 40 : Umuntu wese afite uburenganzira ku burezi.
Ubwisanzure mu kwiga no kwigisha buremewe mu buryo buteganywa nâamategeko.
Kwiga amashuri abanza ni itegeko kandi ni ubuntu mu mashuri ya Leta.
Ku mashuri afashwa na Leta, uburyo bwo kwigira ubuntu mu mashuri abanza buteganywa nâitegeko ngenga.
Leta ifite inshingano yo gushyiraho uburyo bwihariye bworohereza abantu bafite ubumuga kwiga.
Itegeko ngenga rigena imiterere yâ uburezi.
Ingingo ya 41 : Abenegihugu bose bafite uburenganzira n'inshingano ku buzima bwiza. Leta ifite inshingano zo kubakangurira ibikorwa bigamije ubuzima bwiza no kubafasha kubigeraho.
Ingingo ya 42 : Umunyamahanga wese uri muri Repubulika y'u Rwanda mu buryo bwemewe nâamategeko afite uburenganzira bwose uretse umwihariko wâabenegihugu nk'uko
Trade unions and employersâ associations have the right to enter into general or specific agreements regulating their working relations. The modalities for making these agreements shall be determined by a Law.
Article 39: The right of workers' to strike is permitted and shall be exercised within the limits provided for by the Law, but the exercising of this right should not interfere with the freedom to work which is guaranteed for every individual.
Article 40: Every person has the right to education.
Freedom of learning and teaching shall be guaranteed in accordance with conditions determined by law.
Primary education is compulsory. It is free in public schools.
The conditions for free primary education in schools subsidised by the Government shall be determined by an Organic Law.
The State shall have the duty to take special measures to facilitate the education of disabled people.
An Organic Law shall determine the organization of Education.
Article 41: All citizens have the right and duties relating to health. The State shall have the duty of mobilizing the population for activities aimed at promoting good health and to assist in the implementation of these activities.
Article 42: Every foreigner legally residing in the Republic of Rwanda shall enjoy all rights save those reserved for nationals as determined under this Constitution and other laws.
Les syndicats des travailleurs et les associations des employeurs sont libres dâavoir des conventions gĂ©nĂ©rales ou spĂ©cifiques rĂ©gissant leurs relations de travail. Les modalitĂ©s relatives Ă ces conventions sont dĂ©finies par une loi.
Article 39: Le droit de grĂšve des travailleurs est reconnu et sâexerce dans les conditions dĂ©finies par la loi, mais lâexercice de ce droit ne peut porter atteinte Ă la libertĂ© du travail reconnue Ă chacun.
Article 40: Toute personne a droit Ă lâĂ©ducation.
La libertĂ© dâapprentissage et de l'enseignement est garantie dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
L'enseignement primaire est obligatoire. Il est gratuit dans les établissements publics.
Pour les Ă©tablissements subventionnĂ©s par lâEtat, les conditions de gratuitĂ© de lâenseignement primaire sont dĂ©terminĂ©es par une loi organique.
LâEtat a lâobligation de prendre des mesures spĂ©ciales pour faciliter lâenseignement des personnes handicapĂ©es.
Une loi organique dĂ©finit lâorganisation de lâĂ©ducation.
Article 41: Tous les citoyens ont des droits et des devoirs en matiĂšre de santĂ©. L'Etat a le devoir de mobiliser la population pour les activitĂ©s de protection et de promotion dâune bonne santĂ© et de contribuer Ă leur mise en Ćuvre.
Article 42: Tout étranger qui se trouve réguliÚrement sur le territoire de la République du Rwanda jouit de tous les droits à l'exception de ceux réservés aux nationaux tels que
biteganyijwe nâiri Tegeko Nshinga nâandi mategeko.
Ingingo ya 43 : Mu gukoresha uburenganzira nâubwisanzure, buri wese azitirwa gusa nâitegeko rigamije kwemera no kubahiriza uburenganzira nâubwisanzure bwâabandi ndetse nâimyitwarire iboneye, umutuzo rusange nâimibereho myiza muri rusange biranga igihugu kigendera kuri demokarasi.
Ingingo ya 44 : Ubutegetsi bwâUbucamanza, bwo murinzi wâuburenganzira nâubwisanzure bwa rubanda, bwubahiriza iyo nshingano mu buryo buteganywa nâamategeko.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE UBURENGANZIRA NâINSHINGANO BYâUMWENEGIHUGU
Ingingo ya 45 : Abenegihugu bose bafite uburenganzira bwo kujya mu buyobozi bwose bwâIgihugu, baba babukoresheje ubwabo, cyangwa se babinyujije ku babahagarariye bihitiyemo nta gahato, hakurikijwe amategeko.
Abenegihugu bose bafite uburenganzira bungana bwo kujya mu mirimo ya Leta hashingiwe ku bumenyi nâubushobozi bwabo.
Ingingo ya 46: Umwenegihugu wese afite inshingano zo kutagira uwo avangura no kugirana na bagenzi be imibanire igamije kubumbatira, guharanira no gushimangira ubwubahane, ubufatanye nâubworoherane hagati yabo.
Ingingo ya 47: Abenegihugu bose bafite inshingano zo kugira uruhare mu iterambere ryâIgihugu bitabira umurimo no kubumbatira amahoro, demokarasi, ubutabera n'uburinganire mu mibereho yâabaturage no kugira uruhare mu kurengera Igihugu
- 18 Â
Article 43: In the exercise of rights and enjoyment of freedoms, every person shall only be subjected to the limitations set by the Law in order to ensure the recognition and respect of othersâ rights and freedoms, good morals, public order and social welfare which characterize a democratic society.
Article 44: The judiciary as the guardian of rights and freedoms of the public shall ensure respect thereof in accordance with procedures determined by Law.
CHAPTER II : RIGHTS AND DUTIES OF THE CITIZEN
Article 45: All citizens have the right to participate in the government of the country, whether directly or through freely chosen representatives in accordance with the Law.
All citizens have the right of equal access to public service in accordance with their competence and abilities.
Article 46: Every citizen has the duty to relate to other persons without discrimination and to maintain relations conducive to safeguarding, promoting and reinforcing mutual respect, solidarity and tolerance.
Article 47: All citizens have the duty to participate, through work, in the development of the country; to safeguard peace, democracy, social justice and equality and to participate in the defence of the motherland.
prévus par la présente Constitution et d'autres lois.
Article 43: Dans lâexercice de ses droits et dans la jouissance de ses libertĂ©s, chacun nâest soumis quâaux limitations Ă©tablies par la loi en vue dâassurer la reconnaissance et le respect des droits et libertĂ©s dâautrui et de satisfaire aux justes exigences de la morale, de lâordre public et du bien ĂȘtre gĂ©nĂ©ral, dans une sociĂ©tĂ© dĂ©mocratique.
Article 44: Le Pouvoir Judiciaire en tant que gardien des droits et des libertés publiques, en assure le respect dans les conditions définies par la loi.
CHAPITRE II: DES DROITS ET DES DEVOIRS DU CITOYEN
Article 45: Tous les citoyens ont le droit, conformĂ©ment aux rĂšgles Ă©dictĂ©es par la loi, de participer librement Ă la direction des affaires publiques de leur pays, soit directement, soit par lâintermĂ©diaire de reprĂ©sentants librement choisis.
Tous les citoyens ont un droit Ă©gal dâaccĂ©der aux fonctions publiques de leur pays, compte tenu de leurs compĂ©tences et capacitĂ©s.
Article 46: Tout citoyen a le devoir de considĂ©rer son semblable sans discrimination aucune et dâentretenir avec lui les relations qui permettent de sauvegarder, de promouvoir et de renforcer le respect, la solidaritĂ© et la tolĂ©rance rĂ©ciproques.
Article 47: Tous les citoyens ont le devoir de contribuer par leur travail à la prospérité du pays, de sauvegarder la paix, la démocratie, la justice sociale et de participer à la défense de la patrie.
cyabo.
Itegeko rigenga ibyerekeye gukorera Igihugu mu gisiviri cyangwa mu gisirikare.
Ingingo ya 48 : Mu bihe ibyo ari byo byose, umwenegihugu yaba umusiviri cyangwa umusirikare, afite inshingano yo kubaha Itegeko Nshinga, andi mategeko nâamateka yâIgihugu.
Afite uburenganzira bwo kudakurikiza amabwiriza ahawe nâumutegeka mu gihe ayo mabwiriza abangamiye ku buryo bukomeye kandi bugaragara uburenganzira nâubwisanzure bwa muntu.
Ingingo ya 49: Uburenganzira nâinshingano byo kuba ahantu hadafite ingaruka mbi ku buzima nâinshingano yo kurengera ibidukikije (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Umuntu wese afite uburenganzira bwo kuba ahantu hadafite ingaruka mbi ku buzima kandi hatunganye.
Umuntu wese afite inshingano yo kurengera, kubungabunga no guteza imbere ibidukikije. Leta yishingira kurengera ibidukikije.
Itegeko ngenga rigena uburyo bwo kurengera, kubungabunga no guteza imbere ibidukikije.
Ingingo ya 50: Umwenegihugu wese afite uburenganzira ku biteza imbere umuco wâigihugu.
Hashyizweho Inteko nyarwanda y'ururimi nâumuco.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byayo.
- 19 Â
A Law shall organize national service, whether civil or military.
Article 48: In all circumstances, every citizen, whether civilian or military, has the duty to respect the Constitution, other Laws and regulations of the country.
He/she has the right to defy orders received from his/her superior authority if the orders constitute a serious and manifest violation of human rights and public freedoms.
Article 49: Right and duty to a clean and healthy environment and the duty to protect it (Amendment nË 04 of 17/06/2006)
Every person has a right to a clean and healthy environment.
Every person has the duty to protect, safeguard and promote the environment. The State shall ensure the protection of environment.
An Organic Law shall determine the modalities for protecting, safeguarding and promoting the environment.
Article 50: Every citizen has the right to activities that promote national culture.
There is hereby established the Rwanda Academy of Language and Culture.
A Law shall determine its responsibilities, organization and functioning.
Une loi organise le service national, civil ou militaire.
Article 48: Tout citoyen civil ou militaire a, en toute circonstance, le devoir de respecter la Constitution, les autres lois et rĂšglements du pays.
Il est dĂ©liĂ© du devoir dâobĂ©issance, lorsque lâordre reçu de lâautoritĂ© supĂ©rieure constitue une atteinte sĂ©rieuse et manifeste aux droits de la personne et aux libertĂ©s publiques.
Article 49: Droit et devoir Ă un environnement sain et satisfaisant et devoir de le protĂ©ger (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Toute personne a droit Ă un environnement sain et satisfaisant.
Toute personne a le devoir de protĂ©ger, de sauvegarder et de promouvoir lâenvironnement. LâEtat veille Ă la protection de lâenvironnement.
Une loi organique définit les modalités de protéger, de sauvegarder et de promouvoir l'environnement.
Article 50: Tout citoyen a droit aux activités de promotion de la culture nationale.
Il est créé une Académie rwandaise de langue et de culture.
Une loi détermine sa mission, son organisation et son fonctionnement.
- 20 -
Ingingo ya 51: Kurengera imigenzo gakondo, umuco wâIgihugu nâinzibutso za jenoside yakorewe Abatutsi (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Leta ifite inshingano zo kurengera no guteza imbere imigenzo myiza gakondo, ishingiye ku mibereho no ku mitekerereze gakondo ndetse no ku biranga umuco wâIgihugu muri rusange, mu gihe bitabangamiye uburenganzira bwa Muntu, ituze rusange nâimyifatire iboneye. Leta ifite kandi inshingano yo kwita ku mutungo ndangamurage wâIgihugu no ku nzibutso za jenoside yakorewe Abatutsi.
INTERURO YA III: IBYEREKEYE IMITWE YA POLITIKI
Ingingo ya 52: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005)
Imitwe ya politiki myinshi iremewe.
Imitwe ya politiki yujuje ibyangombwa bisabwa nâamategeko, yemerewe gushingwa no gukora mu bwisanzure; igomba kubahiriza Itegeko Nshinga nâandi mategeko ndetse nâamahame ya demokarasi, kandi ntihungabanye ubumwe bwâAbanyarwanda, ubusugire nâumutekano byâIgihugu.
Imitwe ya politiki igira uruhare mu kwigisha abenegihugu gukora politiki igendera kuri demokarasi, gutora no gutorwa, ikanakora ku buryo abagore nâabagabo bagira amahirwe angana mu myanya nâimirimo itorerwa ya Leta.
Inzego zâubuyobozi bwâimitwe ya politiki zigira icyicaro ku rwego rwâIgihugu. Itegeko ngenga rigenga imitwe ya politiki rigena icyicaro cyâubuyobozi bwazo ku zindi nzego zâimitegekere yâigihugu
Ingingo ya 53: Abanyarwanda bafite uburenganzira
Article 51: Safeguarding cultural traditions and memorial sites of genocide against the Tutsi (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The State shall have the responsibilities to safeguard and to promote positive values based on cultural traditions and practices so long as they do not conflict with human rights, public order and good morals. The State shall equally have the responsibilities to preserve national cultural heritage as well as memorials and sites of genocide against the Tutsi.
TITLE III: POLITICAL ORGANIZATIONS
Article 52: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
A multi-party system of government is recognized.
Political organizations fulfilling the conditions required by Law are permitted to be formed and to operate freely; they must abide by the Constitution and other Laws as well as democratic principles and they should not destabilise national unity, territorial integrity and security of the nation.
Political organizations shall participate in the education of citizens on politics based on democracy and elections and operate in such a manner as to ensure that women and men shall have equal access to elective offices.
The leadership organs of political organizations shall have offices at the national level. The Organic Law governing political organizations shall determine their offices at other levels of administrative entities.
Article 53: Rwandans are free to join political
Article 51: Sauvegarde des valeurs traditionnelles, de la culture et des sites mémoriaux du génocide perpetré contre les Tutsi (Révision n° 03 du 13/08/2008)
LâEtat a le devoir de sauvegarder et de promouvoir les valeurs nationales fondĂ©es sur les traditions et la culture dans la mesure oĂč elles ne sont pas contraires aux droits de la personne, Ă lâordre public et aux bonnes mĆurs. LâEtat a Ă©galement le devoir de veiller Ă la conservation du patrimoine culturel national ainsi que des mĂ©moriaux et sites du gĂ©nocide perpetrĂ© contre les Tutsi.
TITRE III: DES FORMATIONS POLITIQUES
Article 52: (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Le multipartisme est reconnu.
Les formations politiques remplissant les conditions lĂ©gales se forment et exercent librement leurs activitĂ©s, Ă condition de respecter la Constitution et les lois ainsi que les principes dĂ©mocratiques et de ne pas porter atteinte Ă lâunitĂ© nationale, Ă lâintĂ©gritĂ© du territoire et Ă la sĂ©curitĂ© de lâEtat.
Les formations politiques concourent Ă lâĂ©ducation politique dĂ©mocratique des citoyens ainsi quâĂ lâexpression du suffrage et prennent les mesures nĂ©cessaires en vue dâassurer lâĂ©gal accĂšs des femmes et des hommes aux mandats Ă©lectoraux et aux fonctions Ă©lectives de lâEtat.
Les structures dirigeantes des formations politiques ont leurs siĂšges au niveau national. La loi organique rĂ©gissant les formations politiques dĂ©finit les siĂšges de leurs structures dirigeantes au niveau dâautres entitĂ©s administratives du pays.
Article 53: Les Rwandais sont libres dâadhĂ©rer
- 21 Â
bwo kujya mu mitwe ya politiki bihitiyemo cyangwa ubwo kutayijyamo.
Nta munyarwanda ushobora gukorerwa ivangura ku mpamvu zâuko ari mu mutwe wa politiki uyu n'uyu cyangwa ko nta mutwe wa politiki arimo.
Ingingo ya 54: Imitwe ya politiki ibujijwe gushingira ku isanomuzi, ku bwoko, ku muryango, ku nzu, ku gisekuru, ku karere, ku gitsina, ku idini, cyangwa ku kindi kintu cyose cyatuma habaho ivangura.
Buri gihe imitwe ya politiki igomba kugaragaramo ubumwe bwâAbanyarwanda, uburinganire nâubwuzuzanye bwâabagore n'abagabo haba mu gushaka abayoboke, gushyiraho inzego zâubuyobozi, mu mikorere no mu bikorwa byayo.
Ingingo ya 55: Sena ishobora kurega umutwe wa politiki wateshutse bikomeye ku nshingano zikubiye mu ngingo ya 52, iya 53 nâiya 54 zâiri Tegeko Nshinga mu Rukiko Rukuru; habaho ubujurire, bukabera mu Rukiko rw'Ikirenga.
Bitewe nâuburemere bwâikosa ryâUmutwe wa politiki ryagaragajwe, urukiko rushobora gufata kimwe mu bihano bikurikira, bitabangamiye izindi ngingo zerekeranye no gukurikiranwa mu bucamanza :
1° kuwihaniza ku mugaragaro ; 2° guhagarika ibikorwa byawo
mu gihe kitarenze imyaka ibiri ;
3° guhagarika ibikorwa byawo mu gihe cya manda yose yâabadepite;
4° kuwusesa.
Igihe icyemezo ndakuka cyafashwe nâurukiko ari icyo gusesa umutwe wa politiki, abagize Umutwe wâAbadepite batowe baturutse mu
organizations of their choice or not to join them.
No Rwandan shall be subjected to discrimination by reason of membership of a given political organization or on account of not belonging to any political organization.
Article 54: Political organizations are prohibited from basing themselves on race, ethnic group, tribe, lineage, region, sex, religion or any other division which may lead to discrimination.
Political organizations must constantly reflect the unity of the people of Rwanda, gender equality and complementality, whether in the recruitment of members, putting in place organs of leadership and in their operations and activities.
Article 55: The Senate may lodge a complaint with the High Court against a political organization which has grossly violated the obligations contained in the provisions of Articles 52, 53 and 54 of this Constitution. In case of appeal, the appeal shall be heard by the Supreme Court.
Depending on the gravity of the violation proved, the Court may, without prejudice to criminal prosecution, impose any of the following sanctions against the political organization found guilty of the violation:
1° formal warning; 2° suspension of activities for a
period not exceeding two years;
3° suspension of activities for the whole Parliamentary term;
4° dissolution.
In the event that the final decision of the Court of last instance is the sanction of dissolution of a political organization, the Members of the
aux formations politiques de leur choix ou de ne pas y adhérer.
Aucun Rwandais ne peut faire lâobjet de discrimination du fait quâil appartient Ă telle ou telle formation politique ou du fait quâil n'a pas d'appartenance politique.
Article 54: Il est interdit aux formations politiques de sâidentifier Ă une race, une ethnie, une tribu, une lignĂ©e, une rĂ©gion, un sexe, une religion ou Ă tout autre Ă©lĂ©ment pouvant servir de base de discrimination.
Les formations politiques doivent constamment reflĂ©ter lâunitĂ© nationale et la promotion du «genre» dans le recrutement de leurs adhĂ©rents, la composition de leurs organes de direction et dans tout leur fonctionnement et leurs activitĂ©s.
Article 55: Tout manquement grave dâune formation politique aux obligations contenues dans les dispositions des articles 52, 53 et 54 de la prĂ©sente Constitution est dĂ©fĂ©rĂ© Ă la Haute Cour par le SĂ©nat ; en cas d'appel, la Cour SuprĂȘme est saisie.
Sans prĂ©judice des autres poursuites Ă©ventuelles, la cour peut prononcer, Ă lâĂ©gard de la formation politique fautive et suivant la gravitĂ© du manquement, lâune des sanctions suivantes :
1° lâavertissement solennel ; 2° la suspension dâactivitĂ©s pour
une durĂ©e nâexcĂ©dant pas deux ans ;
3° la suspension dâactivitĂ©s pour toute la durĂ©e de la lĂ©gislature ;
4° la dissolution.
Lorsque la décision en dernier ressort de la cour consiste en la dissolution de la formation politique, les membres de la Chambre des
- 22 Â
mutwe wa politiki washeshwe bahita bakurwa ku mwanya wâubudepite.
Hakoreshwa itora ryo gushyiraho ababasimbura bagomba kurangiza igice cya manda cyari gisigaye iyo kirenze umwaka umwe.
Ingingo ya 56: Ihuriro ryâIgihugu Nyunguranabitekerezo ryâImitwe ya Politiki
(Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ihuriro ryâIgihugu Nyunguranabitekerezo ryâImitwe ya Politiki rishyizweho ku mpamvu yo gutuma imitwe ya politiki yungurana ibitekerezo, igira uruhare mu kubaka ubwumvikane nâubumwe bwâIgihugu.
Ingingo ya 57: Imitwe ya politiki yemewe ibona inkunga ya Leta.
Itegeko ngenga rigena uburyo imitwe ya politiki ishyirwaho, imikorere yayo, imyitwarire y'abayobozi bayo, uko ibona inkunga ya Leta kimwe nâimiterere nâimikorere yâIhuriro nyunguranabitekerezo ryâimitwe ya politiki.
Ingingo ya 58: Isangira ryâubutegetsi (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika na Perezida wâUmutwe wâAbadepite ntibashobora guturuka mu mutwe umwe wa politiki.
Chamber of Deputies elected on the ticket of the dissolved political organization shall automatically lose their parliamentary seats.
By-elections shall be held to replace Deputies of the dissolved political organization if the remaining period of their mandate is more than one year.
Article 56: National Consultative Forum of Political Organizations
(Amendment nË 04 of 17/06/2010)
A National Consultative Forum of Political Organizations is hereby established for purposes of national political dialogue, consensus building and national cohesion.
Article 57: Political organizations which are duly registered shall be given grants by the State.
An Organic Law shall determine the modalities for the establishment of political organizations, their functioning, the conduct of their leaders, the manner in which they shall receive state grants as well as the organization and functioning of the Forum of Political organizations.
Article 58: Power sharing (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic and the Speaker of the Chamber of Deputies shall not belong to the same political organization.
Députés élus sous le parrainage de la formation politique dont la dissolution est prononcée sont automatiquement déchus de leurs mandats parlementaires.
Des Ă©lections partielles ont lieu afin dâĂ©lire leurs remplaçants qui achĂšvent le terme du mandat restant Ă courir si celui-ci est supĂ©rieur Ă un an.
Article 56: Forum National de Concertation des Formations Politiques
(RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Forum National de Concertation des Formations Politiques est créé en vue de promouvoir un dialogue politique national dans la recherche dâun consensus et la cohĂ©sion nationale.
Article 57: Les formations politiques légalement constituées bénéficient d'une subvention de l'Etat.
Une loi organique dĂ©finit les modalitĂ©s de crĂ©ation des formations politiques, leur organisation et fonctionnement, l'Ă©thique de leurs leaders, les modalitĂ©s dâobtention des subventions de l'Etat et dĂ©termine l'organisation et le fonctionnement du Forum de concertation des formations politiques.
Article 58: Partage du pouvoir (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s ne doivent pas provenir dâune mĂȘme formation politique.
- 23 -
Ingingo ya 59: Imirimo itabangikanywa no kujya mu Mitwe ya Politiki (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Abacamanza, abashinjacyaha, abasirikare, abapolisi n'abakozi bo mu Rwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano ntibemerewe kujya mu mitwe ya politiki.
INTERURO YA IV IBYEREKEYE UBUTEGETSI
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE INGINGO RUSANGE
Ingingo ya 60: Inzego z'Ubutegetsi bwa Leta ni izi zikurikira :
1° Ubutegetsi Nshingamategeko;
2° Ubutegetsi Nyubahirizategeko;
3° Ubutegetsi bwâUbucamanza.
Ubu butegetsi uko ari butatu buratandukanye kandi buri butegetsi burigenga, ariko bwose bukuzuzanya. Inshingano, imiterere nâimikorere yabwo biteganywa nâiri Tegeko Nshinga.
Leta igomba gukora ku buryo imirimo yo mu Butegetsi Nshingamategeko, Nyubahirizategeko nâiyâubwâUbucamanza ikorwa nâabayifitiye ubushobozi nâubunyangamugayo bihagije kugira ngo buri wese ku bimureba abashe kuzuza inshingano zahawe ubwo butegetsi uko ari butatu.
Ingingo ya 61: Indahiro yâabayobozi (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Abayobozi bose Itegeko Nshinga nâandi mategeko biteganya ko barahira mbere yo gutangira imirimo yabo, barahira muri aya magambo:
Article 59: Functions incompatible with the active membership of political organizations (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Judges, prosecutors, members of the Rwanda Defence Force, members of Rwanda National Police and members of National Intelligence and Security Service shall not be members of political organizations.
TITLE IV: BRANCHES OF GOVERNMENT
CHAPTER ONE : GENERAL PROVISIONS
Article 60: The branches of government are the following :
1° the legislature;
2° the executive;
3° the judiciary.
The three branches are separate and independent from one another but are all complementary. Their responsibilities, organization and functioning are defined by this Constitution.
The State shall ensure that the exercise of Legislative, Executive and Judicial power is vested in people who possess the competence and integrity required to fulfil the respective responsibilities accorded to the three branches.
Article 61: Oath of office of authorities (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
All authorities required by Constitution and other Laws to swear before taking office, shall take an oath in the following words:
Article 59: Fonctions incompatibles avec lâadhĂ©sion aux formations politiques (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les juges, les Officiers de Poursuite Judiciaire, les membres des Forces Rwandaises de Défense, les membres de la Police Nationale du Rwanda ainsi que les membres du Service National de Renseignements et de Sécurité ne peuvent adhérer à des formations politiques.
TITRE IV: DES POUVOIRS
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS GENERALES
Article 60: Les Pouvoirs de lâEtat sont les suivants :
1° le Pouvoir Législatif;
2° le Pouvoir Exécutif;
3° le Pouvoir Judiciaire.
Ces trois pouvoirs sont séparés et indépendants l'un de l'autre mais ils sont complémentaires. Leurs attributions, organisation et fonctionnement sont définis dans la présente Constitution.
LâEtat doit veiller Ă ce que les mandats et fonctions au sein des pouvoirs LĂ©gislatif, ExĂ©cutif et Judiciaire soient exercĂ©s par des personnes ayant les capacitĂ©s et lâintĂ©gritĂ© nĂ©cessaires pour sâacquitter, dans leurs domaines respectifs, des missions confĂ©rĂ©es Ă ces trois pouvoirs.
Article 61: Serment des autoritĂ©s (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Toutes les autoritĂ©s auxquelles la Constitution et dâautres lois exigent de prĂȘter serment avant dâentrer en fonction, prĂȘtent serment en ces
âI, âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ.,
solemnly swear to the Nation that I shall:
1° remain loyal to the Republic of Rwanda;
2° uphold the Constitution and other Laws;
3° safeguard the basic individual human rights and the interests of the Rwandan people;
4° work for the consolidation of national unity;
5° diligently fulfil the responsibilities entrusted to me;
6° never use the powers conferred on me for personal ends.
Should I fail to honour this oath, may I face the rigours of the Law.
So help me God ».
CHAPTER II: THE LEGISLATURE
Section One: The Parliament
Sub-section One: General provisions
Article 62: Legislative power is vested in a Parliament consisting of two chambers:
1° the Chamber of Deputies, whose members shall have the title of « Deputies »;
2° the Senate, whose members
«Jyewe ,âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ,
ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro:
1° ko ntazahemukira Repubulika yâu Rwanda ;
2° ko nzubahiriza Itegeko Nshinga nâandi mategeko;
3° ko nzaharanira uburenganzira bw`ibanze bwa muntu n`ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro;
4° ko nzaharanira ubumwe bwâAbanyarwanda;
5° ko nzakorana umurava imirimo nshinzwe;
6° ko ntazakoresha ububasha mpawe mu nyungu zanjye bwite.
Nintatira iyi ndahiro, nzabihanirwe nâamategeko.
Imana ibimfashemo ».
UMUTWE WA II: IBYEREKEYE UBUTEGETSI NSHINGAMATEGEKO
Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye Inteko Ishinga Amategeko
Akiciro ka mbere : Ibyerekeye ingingo rusange
Ingingo ya 62: Ubutegetsi Nshingamategeko bushinzwe Inteko Ishinga Amategeko igizwe nâImitwe ibiri :
1° Umutwe wâAbadepite, abawugize bitwa « Abadepite »;
2° Umutwe wa Sena, abawugize
- 24 Â
termes:
«Moi,âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ.,
je jure solennellement Ă la Nation :
1° de garder fidélité à la République du Rwanda ;
2° dâobserver la Constitution et les autres lois ;
3° de veiller aux droits fondamentaux de la personne et aux intĂ©rĂȘts du peuple rwandais ;
4° dâĆuvrer Ă la consolidation de lâunitĂ© nationale ;
5° de remplir loyalement les fonctions qui me sont confiées;
6° de ne jamais utiliser les pouvoirs qui me sont dévolus à des fins personnelles.
En cas de parjure, que je subisse les rigueurs de la loi.
Que Dieu mây aide ».
CHAPITRE II: DU POUVOIR LEGISLATIF
Section premiĂšre : Du Parlement
Sous-section premiĂšre: Des dispositions communes
Article 62: Le Pouvoir Législatif est exercé par un Parlement composé de deux Chambres :
1° la Chambre des Députés, dont les membres portent le titre de « Députés»;
2° le Sénat, dont les membres
- 25 Â
bitwa « Abasenateri ».
Inteko Ishinga Amategeko ijya impaka ku mategeko ikanayatora. Ishyiraho amategeko ikanagenzura imikorere ya Guverinoma mu buryo buteganywa nâiri Tegeko Nshinga.
Ingingo ya 63: Iyo bidashoboka rwose ko Inteko Ishinga Amategeko iterana, Perezida wa Repubulika ashyiraho muri icyo gihe amategeko-teka yemejwe nâInama yâAbaminisitiri, kandi ayo mategeko-teka agira agaciro kâamategeko asanzwe.
Ayo mategeko-teka ahita ata agaciro iyo atemejwe nâInteko Ishinga Amategeko mu gihe ishoboye kongera guterana mu gihembwe gikurikira.
Ingingo ya 64: Umuntu wese mu bagize Inteko Ishinga Amategeko aba ahagarariye Igihugu cyose; ntabwo aba ahagarariye gusa abamutoye cyangwa abamushyizeho, cyangwa se umutwe wa politiki wamutanzeho umukandida mu matora.
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ntibagendera ku mabwiriza yâuwo ari we wese, igihe batora.
Uburenganzira bwo gutora ni ubw'umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ku giti cye.
Ingingo ya 65: Itangira ryâimirimo yâabagize Inteko Ishinga Amategeko (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Mbere yo gutangira imirimo, abagize Inteko Ishinga Amategeko barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, ataboneka bakarahirira imbere ya Perezida wâUrukiko rwâIkirenga.
Mu ntangiriro ya buri manda yâabagize Inteko Ishinga Amategeko, inama ya mbere ya buri Mutwe iharirwa itora rya Biro
shall have the title of « Senators ».
The Parliament shall deliberate and pass Laws. It shall legislate and oversee action of the Executive in accordance with the procedure determined by this Constitution.
Article 63: In the event of the absolute impossibility of Parliament holding session, the President of the Republic during such period shall promulgate decree-laws adopted by the Cabinet and those decree-laws shall have the same effect as ordinary Laws.
These decree-laws become null and void if they are not adopted by Parliament at its next session.
Article 64: Every Member of Parliament represents the whole nation and not just those who elected or nominated him or her or the political organization on whose ticket he/she stood for election.
Any imperative mandate is null and void.
The right of vote of a member of Parliament is ad personam.
Article 65 : Taking office for members of the Parliament (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Before taking office, members of the Parliament shall take an oath before the President of the Republic and, in case of his/her absence, before the President of the Supreme Court.
On commencement of each term of office for members of the Parliament, the first sitting of each Chamber shall be devoted to the
portent le titre de « Sénateurs ».
Le Parlement Ă©labore et vote la loi. Il lĂ©gifĂšre et contrĂŽle lâaction du Gouvernement dans les conditions dĂ©finies par la prĂ©sente Constitution.
Article 63: Lorsque le Parlement est dans lâimpossibilitĂ© absolue de siĂ©ger, le PrĂ©sident de la RĂ©publique prend des dĂ©crets-lois adoptĂ©s en Conseil des Ministres et ayant valeur de lois ordinaires.
A défaut de confirmation par le Parlement à sa plus prochaine session, les décrets-lois perdent toute force obligatoire.
Article 64: Chaque membre du Parlement reprĂ©sente la Nation et non uniquement ceux qui lâont Ă©lu ou dĂ©signĂ©, ni la formation politique qui lâa parrainĂ© Ă lâĂ©lection.
Tout mandat impératif est nul.
Le droit de vote dâun membre du Parlement est personnel.
Article 65: EntrĂ©e en fonction des membres du Parlement (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Avant dâentrer en fonction, les membres du Parlement prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique et, en son absence, devant le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme.
A lâouverture de chaque lĂ©gislature, la premiĂšre sĂ©ance de chaque Chambre est consacrĂ©e Ă lâĂ©lection de son Bureau composĂ© du PrĂ©sident
- 26 Â
igizwe na Perezida na ba Visi Perezida. Itumizwa kandi ikayoborwa na Perezida wa Repubulika mu gihe cy'iminsi cumi n'itanu (15) nyuma y'itangazwa ry'amajwi.
Mbere yo gutangira imirimo, abagize Biro ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika.
Abagize Biro ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko, inshingano zabo nâuburyo inama zabo ziterana biteganywa mu itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe.
Ingingo ya 66: Kugira ngo buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko uterane ku buryo bwemewe hagomba kuba hari nibura bitatu bya gatanu byâabawugize.
Inama za buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko zibera mu ruhame.
Ariko, buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ushobora kwemeza, ku bwiganze burunduye bwâamajwi y'abawugize bitabiriye inama, ko inama ibera mu muhezo, iyo bisabwe na Perezida wa Repubulika, Perezida wa buri Mutwe cyangwa kimwe cya kane cyâabawugize, cyangwa se na Minisitiri wâIntebe.
Ingingo ya 67: Imitwe yâInteko Ishinga Amategeko iteranira mu Murwa Mukuru wâIgihugu, mu Ngoro zabugenewe, keretse bibujijwe nâinzitizi ntarengwa zemejwe nâUrukiko rwâIkirenga rubisabwe na Perezida wâUmutwe wâInteko bireba. Igihe Urukiko rw'Ikirenga na rwo rudashobora guterana, Perezida wa Repubulika yemeza aho inama iteranira akoresheje itegeko-teka.
Icyemezo cyafatiwe mu nama iteranye itatumijwe, nta murongo wâibyigwa watanzwe, cyangwa
election of the Bureau composed of the Speaker and Deputy Speakers. It shall be convened and presided over by the President of the Republic within fifteen (15) days after the publication of the election results.
Before taking office, members of the Bureau of each Chamber of the Parliament shall take oath before the President of the Republic.
The composition of the Bureau of each Chamber of the Parliament, their responsibilities as well as modalities for holding sessions shall be determined by the Organic Law establishing internal rules of each Chamber.
Article 66: The quorum required for each Chamber of Parliament shall be at least three fifths of its members.
The sittings of each Chamber of Parliament are public.
However, each Chamber of Parliament may decide, by absolute majority of the members present, to sit in camera at the request of either the President of the Republic, the President of Senate or the Speaker of the Chamber of Deputies or a quarter of the members of either Chamber or the Prime Minister.
Article 67: The Chambers of Parliament shall hold their sessions in the Capital City, each at its respective Chambers designated for the purpose except in cases of force majeure confirmed by the Supreme Court upon request by the President of the Chamber concerned. In the event that the Supreme Court itself is unable to hold session, the President of the Republic shall determine by decree- law the place where the Parliament shall hold session.
Decisions taken in sessions in respect of which there has either been no convocation or no agenda
et des Vice-Présidents. Elle est convoquée et présidée par le Président de la République endéans quinze (15) jours de la publication des résultats du scrutin.
Avant dâentrer en fonction, les membres du Bureau de chaque Chambre du Parlement prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique.
La composition du Bureau de chaque Chambre du Parlement, ses attributions et les modalités de siéger sont déterminées par la loi organique portant rÚglement d'ordre intérieur de chaque Chambre.
Article 66: Pour siéger valablement chaque Chambre du Parlement doit compter au moins trois cinquiÚmes de ses membres.
Les séances de chaque Chambre du Parlement sont publiques.
Toutefois, chaque Chambre du Parlement peut, Ă la majoritĂ© absolue de ses membres prĂ©sents, dĂ©cider de siĂ©ger Ă huis clos Ă la demande soit du PrĂ©sident de la RĂ©publique, soit du PrĂ©sident de la Chambre ou dâun quart de ses membres, soit du Premier Ministre.
Article 67: Les Chambres du Parlement siĂšgent dans la Capitale, dans leurs palais respectifs sauf en cas de force majeure constatĂ©e par la Cour SuprĂȘme saisie par le PrĂ©sident de la Chambre concernĂ©e. Si la Cour SuprĂȘme ne peut se rĂ©unir Ă son tour, le PrĂ©sident de la RĂ©publique dĂ©cide du lieu par dĂ©cret-loi.
Est nulle de plein droit, toute délibération prise sans convocation ni ordre du jour ou tenue hors du
- 27 Â
yabaye mu gihe kitari icyâibihembwe, cyangwa se yabereye ahantu hatari mu Ngoro zabugenewe, nta gaciro na kamwe kigira, usibye ibivugwa mu gika kibanziriza iki.
Ingingo ya 68: Imirimo itabangikanywa nâumurimo wâugize Inteko Ishinga Amategeko (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Nta muntu wemerewe kuba icyarimwe mu bagize Umutwe wâAbadepite no mu bagize Sena.
Kuba Umudepite cyangwa Umusenateri ntibishobora kubangikanywa no kuba mu bagize Guverinoma.
Itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko rigena indi mirimo itabangikanywa no kuba umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko.
Itegeko ngenga rigena ibigenerwa abagize Inteko Ishinga Amategeko.
Ingingo ya 69: Ubudahungabanywa bwâabagize Inteko Ishinga Amategeko nâimikurikiranirwe yabo (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Nta nâumwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ushobora gukurikiranwa, gushakishwa, gufatwa, gufungwa cyangwa gucirwa urubanza azira ibitekerezo yagaragaje cyangwa uko yatoye mu gihe akora imirimo ashinzwe.
Nta nâumwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ukekwaho icyaha cyâubugome cyangwa gikomeye ushobora gukurikiranwa cyangwa gufatwa bidatangiwe uburenganzira nâUmutwe wâInteko arimo binyujijwe mu nzira yâamatora ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâabitabiriye inama keretse afatiwe mu cyuho akora icyaha cy'ubugome cyangwa yarakatiwe
has been distributed or which take place during periods outside the approved time of sessions or outside the designated Chambers shall be null and void, save as is provided in the preceding paragraph.
Article 68: Incompatibility with the office of a member of the Parliament (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
No person shall at the same time be a member of the Chamber of Deputies and the Senate.
The office of a Deputy or a Senator is incompatible with the office of a member of the Cabinet.
The Organic Law establishing internal rules of each Chamber of the Parliament shall determine other offices which are incompatible with the office of member of the Parliament.
An Organic Law shall determine the benefits to which members of the Parliament are entitled.
Article 69: Immunity for members of the Parliament and procedures of their prosecution (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
No member of the Parliament shall be prosecuted, pursued, arrested, detained or judged for any opinions expressed or by reason of how he/she votes during the exercise of his/her duties.
No member of the Parliament suspected of a felony or misdemeanour may be prosecuted or arrested without the authorisation of the Chamber to which he/she belongs by voting with a majority of two thirds (2/3) of members present except where a member of the Parliament is caught in flagrante delicto committing a felony or a court of law has passed a final
temps des sessions ou hors des siĂšges des Chambres du Parlement, sauf, dans ce dernier cas ce qui est prĂ©vu Ă lâalinĂ©a prĂ©cĂ©dent.
Article 68: IncompatibilitĂ© avec la fonction de membre du Parlement (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Nul ne peut appartenir à la fois à la Chambre des Députés et au Sénat.
La fonction de Député ou de Sénateur est incompatible avec celle de membre du Gouvernement.
La loi organique portant rÚglement d'ordre intérieur de chaque Chambre du Parlement détermine les autres incompatibilités avec la fonction de membre du Parlement.
Une loi organique fixe les avantages alloués aux membres du Parlement.
Article 69: ImmunitĂ© des membres du Parlement et procĂ©dures de leur poursuite (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Aucun membre du Parlement ne peut ĂȘtre poursuivi, recherchĂ©, arrĂȘtĂ©, dĂ©tenu ou jugĂ© suite aux opinions ou votes Ă©mis par lui dans lâexercice de ses fonctions.
Aucun membre du Parlement suspectĂ© dâavoir commis un crime ou un dĂ©lit ne peut ĂȘtre poursuivi ou arrĂȘtĂ© que sur autorisation de la Chambre dont il est membre procĂ©dant par Ă©lection Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) des membres prĂ©sents sauf en cas de flagrant dĂ©lit dâinfraction de crime ou en cas de condamnation dĂ©finitive.
- 28 Â
igihano ku buryo budasubirwaho.
Iyo atari mu gihembwe, hatumizwa igihembwe kidasanzwe kubera iyo mpamvu.
Umuntu wese mu bagize Inteko Ishinga Amategeko wakatiwe igihano ku buryo budasubirwaho nâurukiko kubera icyaha cyâubugome ahita asezererwa mu Mutwe wâInteko arimo, byemejwe nâUrukiko rwâIkirenga.
Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ushobora guteganya, mu itegeko ngenga rigena imikorere yawo, amakosa akomeye atuma umwe mu bawugize akurwa ku mirimo byemejwe nâabagize uwo Mutwe. Icyo gihe, icyemezo cyo kumukuraho gifatwa ku bwiganze bwa bitatu bya gatanu (3/5) byâabagize Umutwe wâInteko bireba.
Ingingo ya 70: Iterana ryâImitwe yâInteko Ishinga Amategeko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ibihembwe bisanzwe byâImitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko bibera ku matariki amwe.
Nyamara inama za buri Mutwe nâibihembwe bidasanzwe biterana hakurikijwe itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe wâInteko.
Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko ntishobora guteranira hamwe, keretse iyo hari ibibazo Itegeko Nshinga riyitegeka gusuzumira hamwe, cyangwa iyo hari imigenzo iteganywa nâamategeko ihuriraho cyangwa se imihango yâIgihugu igomba kwitabira.
Iyo Inteko Ishinga Amategeko isuzumira hamwe ikibazo Imitwe yombi ihari, Perezida wâUmutwe wâAbadepite ni we uyobora inama, yaba adahari ikayoborwa na Perezida
sentence against him/her.
When it is not in session, an extraordinary session shall be convened for that purpose.
Any member of the Parliament convicted of a felony by a court of law of last instance shall be automatically stripped off his/her parliamentary seat, after confirmation by the Supreme Court.
Each Chamber of the Parliament may, in the Organic Law establishing its internal rules, make provisions for gross misconduct which may lead to the removal from office of a member of that Chamber upon approval of its members. In such a case, the decision to remove the member from office shall be taken by a majority of three-fifths (3/5) of the members of the concerned Chamber.
Article 70: Holding of sessions and meetings of the Chambers of Parliament (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Ordinary sessions of both Chambers of Parliament shall take place on the same dates.
However, meetings and extraordinary sessions of each of the Chambers shall be held according to the Organic Law establishing its internal rule.
The two Chambers of Parliament cannot meet in joint session save in cases of debate on issues in respect of which the Constitution mandates a joint session or formal ceremonies provided for by the Law or other official ceremonies.
When Parliament meets in joint session, the meeting shall be chaired by the Speaker of the Chamber of Deputies and in case of his/her absence, by the President of the
Sâil sâagit de pĂ©riode hors session, une session extraordinaire est convoquĂ©e Ă cet effet.
Tout membre du Parlement condamnĂ© Ă une peine pour infraction de crime par une juridiction statuant en dernier ressort est dâoffice dĂ©chu de son mandat parlementaire, sur confirmation de la Cour SuprĂȘme.
Chaque Chambre du Parlement peut prévoir, dans la loi organique portant son rÚglement d'ordre intérieur, les fautes graves qui entraßnent la déchéance du mandat parlementaire par la Chambre dont le Parlementaire fait partie. Dans ce cas, la décision de déchéance est prise à la majorité des trois cinquiÚmes (3/5) des membres de la Chambre concernée.
Article 70 : Tenue des sessions et séances des Chambres du Parlement (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les sessions ordinaires des Chambres du Parlement ont lieu aux mĂȘmes dates.
Toutefois, les sĂ©ances de chacune des deux Chambres et les sessions extraordinaires sont tenues suivant les dispositions de la loi organique portant son rĂšglement dâordre intĂ©rieur.
Les deux Chambres du Parlement ne se réunissent en séance commune que dans les cas prévus par la Constitution ou pour prendre part ensemble à des formalités prévues par la loi ou à des cérémonies publiques.
Lorsque le Parlement délibÚre les deux Chambres réunies, la présidence est assurée par le Président de la Chambre des Députés et à son absence, par le Président du
- 29 Â
wa Sena.
Perezida wa Repubulika, amaze kugisha inama Biro ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko nâUrukiko rwâIkirenga ashobora kugena ibindi bibazo bisuzumirwa hamwe nâImitwe yombi.
Ingingo ya 71: Imitwe yâInteko Ishinga Amategeko iterana mu bihembwe bitatu (3) bisanzwe; buri gihembwe kimara amezi abiri (2): 1° igihembwe cya mbere gitangira
ku itariki ya 5 Gashyantare ;
2° igihembwe cya kabiri gitangira ku itariki ya 5 Kamena ;
3° igihembwe cya gatatu gitangira ku itariki ya 5 Ukwakira .
Iyo umunsi wâitangizwa ryâigihembwe atari uwâakazi, ryimurirwa ku munsi ukurikira, bitashoboka rikimurirwa ku munsi wa mbere wâakazi ukurikira.
Ingingo ya 72 : Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko uterana mu gihembwe kidasanzwe utumijwe na Perezida wawo abyumvikanyeho n'abandi bagize Biro ya buri Mutwe cyangwa abisabwe na Perezida wa Repubulika na we abisabwe na Guverinoma, cyangwa bisabwe na kimwe cya kane cyâabagize uwo mutwe.
Inteko Ishinga Amategeko yose ishobora gutumizwa mu gihembwe kidasanzwe byumvikanyweho na ba Perezida bâImitwe yombi, bisabwe na Perezida wa Repubulika cyangwa na kimwe cya kane (1/4) cyâabagize buri mutwe.
Mu gihembwe kidasanzwe higwa gusa ibibazo byatumye gitumizwa kandi bibanje kumenyeshwa abagize Umutwe cyangwa Inteko yose mbere yâuko icyo gihembwe gitangira.
Senate.
The President of the Republic, after consultation with both Bureaux of the Chambers of Parliament and the Supreme Court, may establish other matters that may be considered jointly by both Chambers.
Article 71: The Chambers of Parliament shall hold three (3) ordinary sessions of two (2) months each:
1° the first session shall commence on February 5th ;
2° the second session shall commence on June 5th ;
3° the third session shall commence on October 5th.
Where the commencement date of a session falls on a non working day, the opening of the session shall be postponed to the following day; or, if the following day is a holiday, to the next working day.
Article 72: Each Chamber of Parliament meets in an extraordinary session upon convocation by its Speaker or President, as the case may be, after consultation with other members of the Bureau or upon the request of the President of the Republic on the Cabinet's proposal or that of a quarter of members of the Chamber.
An extraordinary joint session of Parliament may be convened by common agreement between the Speaker and the President of the Chambers, or at the request of the President of the Republic or that of one quarter (1/4) of members of each Chamber.
The extraordinary session shall handle only the issues for which it has been convened and which have previously been brought to the notice of members of the Chamber or the Parliament before commencement of the session.
Sénat.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs avis du Bureau de chaque Chambre du Parlement et de la Cour SuprĂȘme, peut dĂ©terminer dâautres matiĂšres devant ĂȘtre examinĂ©es conjointement par les deux Chambres.
Article 71: Les Chambres du Parlement se rĂ©unissent en trois (3) sessions ordinaires de deux (2) mois chacune : 1° la premiĂšre session sâouvre le 5
février;
2° la deuxiĂšme session sâouvre le 5 juin;
3° la troisiĂšme session sâouvre le 5 octobre.
Au cas oĂč le jour de lâouverture de la session est fĂ©riĂ©, lâouverture est reportĂ©e au lendemain ou, le cas Ă©chĂ©ant, au premier jour ouvrable qui suit.
Article 72: Chaque Chambre du Parlement se rĂ©unit en session extraordinaire sur convocation de son PrĂ©sident aprĂšs consultation des autres membres du Bureau ou Ă la demande soit du PrĂ©sident de la RĂ©publique sur proposition du Gouvernement, soit dâun quart de ses membres.
La session extraordinaire du Parlement peut ĂȘtre convoquĂ©e dâun commun accord des PrĂ©sidents des deux Chambres, Ă la demande du PrĂ©sident de la RĂ©publique ou du quart (1/4) des membres de chaque Chambre.
La session extraordinaire traite uniquement des questions qui ont motivé sa convocation et qui ont été portées préalablement à la connaissance des membres de la Chambre ou du Parlement avant la session.
- 30 -
Icyo gihembwe gisozwa iyo Inteko cyangwa umutwe byarangije gusuzuma ibyari ku murongo wâibyigwa cyatumirijwe.
Igihembwe kidasanzwe ntigishobora kurenza iminsi cumi nâitanu (15).
Ingingo ya 73 : Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko utora itegeko ngenga rigena imikorere yawo.
Mu byo iryo tegeko ngenga riteganya hari : 1° ububasha bwa Biro ya buri
Mutwe wâInteko; 2° umubare, inshingano, ububasha
nâuburyo bwo gushyiraho za komisiyo zihoraho bitabangamiye uburenganzira bwa buri Mutwe bwo gushyiraho za komisiyo zihariye zâigihe gito;
3° imiterere yâinzego zâimirimo ziyoborwa na Perezida wa buri Mutwe wâInteko abifashijwemo na ba Visi-Perezida babiri nâUmunyamabanga Mukuru;
4° amategeko agenga imyitwarire yâabagize buri Mutwe;
5° uburyo bwose bwâamatora bukoreshwa mu gufata icyemezo, usibye ubuteganywa nâItegeko Nshinga.
Ingingo ya 74: Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ugira ingengo yâimari yawo kandi ukagira ubwigenge mu micungire yâimari nâabakozi byawo.
The session shall close upon conclusion of consideration of matters on the agenda for which the session was convened.
An extraordinary session shall not exceed fifteen (15) days.
Article 73: Each Chamber of Parliament shall adopt an Organic Law establishing its internal rules.
Such Organic Law shall determine inter alia: 1° the powers of the Bureau of
each Chamber; 2° the number, duties, powers and
procedure of appointment of standing committees, without prejudice to the right of each Chamber to establish ad hoc committees;
3° the organisation of departments of each Chamber managed by the Speaker or the President assisted by two Vice-Speakers and two Vice-Presidents as the case may be and the Clerk;
4° the code governing the conduct of members of each Chamber;
5° the different modes of voting, with the exception of those expressly provided for by the Constitution.
Article 74: Each Chamber of Parliament shall have its own budget and shall enjoy financial and administrative autonomy.
La clĂŽture de cette session intervient dĂšs que le Parlement ou la Chambre a Ă©puisĂ© lâordre du jour qui a motivĂ© sa convocation.
La session extraordinaire ne peut dépasser une durée de quinze (15) jours.
Article 73: Chaque Chambre du Parlement vote une loi organique portant son rĂšglement dâordre intĂ©rieur.
Cette loi organique détermine notamment : 1° les pouvoirs du Bureau de
chaque Chambre ; 2° le nombre, les attributions, les
compétences et le mode de désignation de ses commissions permanentes, sans préjudice du droit, pour la Chambre, de créer des commissions spéciales temporaires;
3° lâorganisation des services de chaque Chambre placĂ©s sous lâautoritĂ© dâun PrĂ©sident, assistĂ© de deux Vice-PrĂ©sidents et dâun SecrĂ©taire GĂ©nĂ©ral ;
4° le régime disciplinaire de ses membres ;
5° les différents modes de scrutin pour sa délibération, qui ne sont pas expressément prévus par la Constitution.
Article 74: Chaque Chambre du Parlement dispose de son propre budget et jouit de lâautonomie de gestion administrative et financiĂšre.
- 31 -
Ingingo ya 75: Yavanyweho nâIvugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Akiciro ka 2: Ibyerekeye Umutwe wâAbadepite
Ingingo ya 76: Abagize Umutwe wâAbadepite, manda yabo nâuko batorwa (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Umutwe wâAbadepite ugizwe nâAbadepite mirongo inani (80) bakurikira:
1° mirongo itanu na batatu (53) batowe nkâuko biteganywa nâingingo ya 77 yâiri Tegeko Nshinga;
2° makumyabiri na bane (24) bâabagore batorwa nâinzego zihariye hakurikijwe inzego zâimitegekere yâIgihugu ;
3° babiri (2) batorwa nâInama yâIgihugu y'Urubyiruko;
4° umwe (1) utorwa nâInama yâIgihugu yâabantu bafite ubumuga.
Abagize Umutwe wâAbadepite batorerwa manda yâimyaka itanu (5).
Icyakora, kubera impamvu zâamatora, Perezida wa Repubulika asesa Umutwe wâAbadepite hasigaye nibura iminsi mirongo itatu (30) kandi itarenga iminsi mirongo itandatu (60) ngo manda yâabawugize irangire.
Itorwa ryâabagize Umutwe wâAbadepite rikorwa mu gihe kivugwa mu gika kibanziriza iki, mbere yâuko manda yabo irangira.
Itegeko rigenga amatora rigena uko amatora yâabagize Umutwe wâAbadepite mu Nteko Ishinga Amategeko akorwa.
Article 75: Repealing by the Amendment nË 04 of 17/06/2010
Sub-section 2: The Chamber of Deputies
Article 76: Composition of the Chamber of Deputies, term of office and modalities for their election (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Chamber of Deputies shall be composed of eighty (80) Deputies who shall include the following:
1° fifty-three (53) Deputies elected in accordance with the provisions of Article 77of this Constitution;
2° twenty- four (24) women elected by specific councils in accordance with the State administrative entities;
3° two (2) Deputies elected by the National Youth Council;
4° one (1) Deputy elected by the National Council of Persons with Disabilities.
Members of the Chamber of Deputies shall be elected for a five- year (5) term.
However, in order to organize elections, the President of the Republic shall dissolve the Chamber of Deputies at least thirty (30) days and not more than sixty (60) days before the expiry of its current membersâ term of office.
Elections of members of the Chamber of Deputies shall be held in the period set out in the preceding paragraph, before the expiration of their term of office.
Modalities for the election of the members of the Chamber of Deputies shall be determined by the Law relating to elections.
Article 75: AbrogĂ© par la RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010
Sous-section 2: De la Chambre des Députés
Article 76: Composition de la Chambre des DĂ©putĂ©s, mandat des DĂ©putĂ©s et mode de leur Ă©lection (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Chambre des Députés est composée de quatre-vingts (80) Députés, à savoir :
1° cinquante-trois (53) DĂ©putĂ©s Ă©lus conformĂ©ment Ă lâarticle 77 de la prĂ©sente Constitution ;
2° vingt- quatre (24) Députés de sexe féminin élus par des organes spécifiques en fonction des entités administratives du pays ;
3° deux (2) Députés élus par le Conseil National de la Jeunesse ;
4° un (1) Député élu par le Conseil National des Personnes Handicapées.
Les membres de la Chambre des Députés sont élus pour un mandat de cinq (5) ans.
Toutefois, pour des raisons électorales, le Président de la République dissout la Chambre des Députés dans une période située entre trente (30) jours minimum et soixante (60) jours maximum avant la fin du mandat de ses membres.
Les Ă©lections des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ont lieu pendant la pĂ©riode prĂ©vue Ă lâalinĂ©a prĂ©cĂ©dent, avant lâexpiration de leur mandat.
Les modalitĂ©s dâĂ©lection des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s sont dĂ©terminĂ©es par la loi relative aux Ă©lections.
- 32 -
Ingingo ya 77: Abagize Umutwe wâAbadepite batorwa kuri lisiti yâamazina ndakuka (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Abagize umutwe wâAbadepite bavugwa mu gice cya 1° cyâigika cya mbere cyâingingo ya 76 batorwa mu matora rusange ataziguye kandi mu ibanga, bagatorerwa kuri lisiti yâamazina ndakuka, mu buryo busaranganya imyanya.
Imyanya isigaye idatanzwe nyuma yo kugabanya amajwi nâumubare fatizo wâitora isaranganywa amalisiti hakurikijwe uko umubare wâamajwi asaguka ugenda urutana.
Ilisiti ikorwa hubahirizwa ihame ryâubumwe bwâAbanyarwanda ryavuzwe mu ngingo ya 9 n'iya 54 zâItegeko Nshinga nâihame ryo guha abagore nâabagabo amahirwe angana ku myanya nâimirimo ya Leta itorerwa nkâuko bivugwa mu ngingo ya 54 yâiri Tegeko Nshinga.
Abakandida bashobora gutangwa nâUmutwe wa Politiki cyangwa bakiyamamaza ku giti cyabo.
Umutwe wa Politiki cyangwa ilisiti yâabantu ku giti cyabo itashoboye kubona nibura gatanu ku ijana (5 %) byâamajwi yâabatoye mu matora yâAbadepite ntibishobora kugira umwanya mu Mutwe wâAbadepite no guhabwa inkunga ya Leta igenewe Imitwe ya Politiki.
Ingingo ya 78: Isimburwa ryâUmudepite (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Umudepite ava mu mwanya wâUbudepite ku mpamvu zikurikira :
1° yeguye mu wâAbadepite;
Mutwe
2° yirukanywe mu wâAbadepite;
Mutwe
Article 77: Members of the Chamber of Deputies elected by ballot from a final list of names (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Members of the Chamber of Deputies specified in point 1° of the Paragraph One of article 76 shall be elected by direct universal suffrage through a secret ballot from a final list of names using the system of proportional representation.
The seats which remain after allocation of seats by dividing votes received by the electoral quotient shall be distributed to political organizations according to the system of the highest surplus.
The list shall be compiled with due respect of the principle of national unity as stipulated in Articles 9 and 54 of this Constitution and the principle of gender equality in matters relating to elective offices as stipulated in Article 54 of this Constitution.
Candidates may be nominated by a political organization or may stand independently.
A political organization or list of independent candidates which fails to attain at least five per cent (5 %) of the votes cast at the national level during legislative elections cannot be represented in the Chamber of Deputies or benefit from grants given to political organizations by the State.
Article 78: Replacement of a Deputy (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
A Deputy shall lose his/her seat in the following cases :
1° resignation from Chamber of Deputies;
the
2° Having been expelled from the Chamber of Deputies;
Article 77 : Membres de la Chambre des Députés élus au scrutin de liste bloquée (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s spĂ©cifiĂ©s au point 1° de lâalinĂ©a 1 de lâarticle 76 sont Ă©lus au suffrage universel direct et secret au scrutin de liste bloquĂ©e, Ă la reprĂ©sentation proportionnelle.
Les siÚges restant non attribués aprÚs division par le quotient électoral sont répartis entre les listes suivant le «systÚme du plus fort reste ».
La liste est composĂ©e dans le respect du principe dâunitĂ© nationale Ă©noncĂ© aux articles 9 et 54 de la Constitution et du principe dâĂ©gal accĂšs des femmes et des hommes aux mandats Ă©lectoraux et fonctions Ă©lectives dont il est question Ă lâarticle 54 de la prĂ©sente Constitution .
Les candidats peuvent se prĂ©senter sous le parrainage dâune formation politique ou Ă titre indĂ©pendant.
Toute formation politique ou liste individuelle qui nâa pas pu rassembler cinq pour cent (5 %) au moins des suffrages exprimĂ©s Ă lâĂ©chelle nationale lors des Ă©lections lĂ©gislatives ne peut ni avoir de siĂšge Ă la Chambre des DĂ©putĂ©s ni bĂ©nĂ©ficier des subventions de l'Etat destinĂ©es aux formations politiques.
Article 78: Remplacement dâun DĂ©putĂ© (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Un Député perd son siÚge dans les cas suivants :
1° sa démission de Chambre des Députés ;
la
2° son exclusion de Chambre des Députés ;
la
- 33 Â
3° asezeye mu mutwe wa politiki yatorewemo;
4° yirukanywe mu mutwe wa politiki yatorewemo mu buryo buteganywa n'itegeko ngenga ryerekeye imitwe ya politiki;
5° agiye mu wundi mutwe wa politiki;
6° apfuye.
Impaka zishingiye ku cyemezo cyo kwirukana Umudepite mu Mutwe wâAbadepite cyangwa mu Mutwe wa Politiki ziburanishwa ku rwego rwa mbere nâurwa nyuma nâUrukiko rwâIkirenga.
Iyo Umudepite atakaje cyangwa akuwe mu murimo we wâubudepite, umwanya uhabwa ukurikiraho ku rutonde rwâabakandida yatoreweho akarangiza igihe cya manda gisigaye iyo kirenze umwaka umwe.
Abandi batowe bitanyuze mu buryo bwâurutonde rwâabakandida iyo batakaje cyangwa bakuwe ku murimo wâubudepite amatora asubirwamo.
Uburyo abavuye ku mwanya wâUbudepite ku mpamvu iyo ari yo yose basimburwa bugenwa nâitegeko rigenga amatora.
Ingingo ya 79: Itegeko ryâingengo yâimari ya Leta (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Buri mwaka wâingengo yâimari ya Leta, Umutwe wâAbadepite utora itegeko ryâingengo yâimari ya Leta.
Buri mwaka wâingengo yâimari ya Leta kandi mbere yâitangira ryâigihembwe kigenewe kwiga ingengo yâimari, Guverinoma ishyikiriza Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko, umushinga wâitegeko ryâingengo yâimari yâumwaka w`ingengo y`imari
3° resignation from his/her political organization ;
4° having been expelled from the political organization to which he/she belongs in accordance with provisions of the Organic Law governing political organizations;
5° Having joined another political organization;
6° Upon death.
Disputes relating to the decision to expel a Deputy from the Chamber of Deputies or from a political organisation are adjudicated by the Supreme Court in the first and last instance.
In the event that a Deputy loses or is removed from office when his/her term still has more than one year, the seat vacated shall devolve upon the person who was next on the list on which he/she was elected.
Deputies who were elected by means other than through lists of political organizations who lose or are removed from office shall be replaced through new elections.
The Law relating to elections provides for modalities of replacing a Deputy who leaves his/her position for whatever reason.
Article 79: State Finance law (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Every financial year, the Chamber of Deputies shall adopt the State finance Law.
Every State financial year and before the commencement of the session devoted to the examination of the Budget, the Cabinet shall submit to both Chambers of the Parliament the finance bill for the next financial year.
3° sa dĂ©mission de la formation politique qui lâa parrainĂ© dans les Ă©lections ;
4° son exclusion de sa formation politique conformément à la loi organique régissant les formations politiques;
5° changement de formation politique;
6° décÚs.
Les contestations relatives Ă la dĂ©cision dâexclure un DĂ©putĂ© de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou de sa formation politique sont jugĂ©es en premier et dernier ressort par la Cour SuprĂȘme.
En cas de perte ou de dĂ©chĂ©ance du mandat de DĂ©putĂ©, le siĂšge vacant est dĂ©volu Ă la personne qui suit sur la liste des candidats qui achĂšve le terme restant sâil est supĂ©rieur Ă un an.
Lorsque les DĂ©putĂ©s qui nâont pas Ă©tĂ© Ă©lus sur les listes des formations politiques perdent leurs siĂšges, il est procĂ©dĂ© Ă de nouvelles Ă©lections.
La loi relative aux Ă©lections dĂ©termine les modalitĂ©s de remplacement dâun DĂ©putĂ© qui nâexerce plus ses fonctions pour une raison quelconque.
Article 79 : Loi budgétaire (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Pour chaque exercice budgĂ©taire, la Chambre des DĂ©putĂ©s vote la loi des finances de lâEtat.
Pour chaque exercice budgĂ©taire, et ce avant lâouverture de la session consacrĂ©e Ă lâexamen du budget, le Gouvernement soumet aux deux Chambres du Parlement un projet de loi des finances de lâexercice suivant.
ukurikira.
Icyakora, gusuzuma ishingiro ryâumushinga wâingengo yâimari ya Leta bikorwa nâUmutwe wâAbadepite.
Inteko Ishinga Amategeko ishyikirizwa na Guverinoma raporo yâimikoreshereze yâingengo yâimari yâamezi atandatu (6) ya mbere yâumwaka w`ingengo y`imari urangira mbere yo gusuzuma ingengo yâimari yâumwaka w`ingengo y`imari ukurikira.
Buri mwaka wâingengo yâimari kandi mbere yâitangira ryâigihembwe kigenewe kwiga ingengo yâimari, Umugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta ashyikiriza Inteko Ishinga Amategeko raporo yâigenzura ku ibaruramari rya Leta ryâumwaka ushize.
Mbere yâuko ingengo yâimari ya Leta yemezwa burundu, Sena igomba gushyikiriza Umutwe wâAbadepite icyo ivuga ku mushinga wâingengo yâimari ya Leta.
Itegeko ryâingengo yâimari ya Leta rigena umutungo Leta izinjiza nâuzakoreshwa mu buryo buteganywa nâitegeko ngenga. Iryo tegeko ngenga rinagena umunsi ingengo yâimari yâumwaka w`ingengo y`imari izasomwaho imbere yâImitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko.
Ingingo ya 80: Iyo umushinga wâingengo yâimari yâumwaka utatowe kandi ngo ushyirweho umukono mbere yâintangiriro yâumwaka izakoreshwamo, Minisitiri wâIntebe, akoresheje iteka, yemera ko hakoreshwa byâagateganyo buri kwezi kimwe cya cumi na kabiri (1/12) cyâingengo yâimari, ashingiye ku yâumwaka urangiye.
Ingingo ya 81: Nta musoro ushobora gushyirwaho, guhindurwa cyangwa gukurwaho bidakozwe nâitegeko.
- 34 Â
However, the examination of the relevance of the State finance bill shall be carried out by the Chamber of Deputies.
The Parliament shall receive the Budget implementation report for the first semester of the current financial year presented to it by the Cabinet before examining the budget of the next financial year.
Every financial year and before the commencement of the session devoted to the examination of the Budget, the Auditor General of State Finances shall submit to the Parliament the audited State consolidated financial statements of the previous financial year.
Before the final adoption of the Budget, the Senate must provide the Chamber of Deputies with its opinion on the State finance bill.
The State finance Law shall determine the revenue and expenditure of the State in accordance with conditions provided for by an Organic Law. That Organic Law shall also determine the date of the presentation of the annual budget before both Chambers of Parliament.
Article 80: In the event that the Finance bill is not voted and promulgated before the commencement of a financial year, the Prime Minister shall authorise by an Order a monthly expenditure on a provisional basis of an amount equal to one-twelfth (1/12) of the budget of the preceding year.
Article 81: No taxation can be imposed, modified or removed except by Law.
Toutefois lâopportunitĂ© du projet de loi des finances de lâEtat est examinĂ©e par la Chambre des DĂ©putĂ©s.
Le Parlement reçoit le rapport de lâexĂ©cution du budget du premier semestre de lâexercice en cours lui soumis par le Gouvernement avant dâexaminer le budget de lâexercice suivant.
Pour chaque exercice budgĂ©taire et avant lâouverture de la session consacrĂ©e au budget, lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat prĂ©sente au Parlement les Ă©tats financiers consolidĂ©s de lâEtat tels quâauditĂ©s par lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat pour lâexercice prĂ©cĂ©dent.
Avant lâadoption dĂ©finitive du budget, le SĂ©nat doit donner Ă la Chambre des DĂ©putĂ©s son avis sur le projet de loi des finances de lâEtat.
La loi des finances dĂ©termine les ressources et les charges de lâEtat dans les conditions prĂ©vues par une loi organique. Cette loi organique fixe Ă©galement la date de prĂ©sentation du budget annuel aux deux Chambres du Parlement.
Article 80: Si le projet de budget nâa pas Ă©tĂ© votĂ© et promulguĂ© avant le dĂ©but de cet exercice, le Premier Ministre, autorise par arrĂȘtĂ©, lâouverture des douziĂšmes (1/12) provisoires sur base du Budget de lâexercice Ă©coulĂ©.
Article 81: Aucune imposition ne peut ĂȘtre Ă©tablie, modifiĂ©e ou supprimĂ©e que par une loi.
- 35 -
Nta sonerwa cyangwa igabanywa ryâumusoro rishobora gukorwa mu gihe bidateganywa nâitegeko.
Ubisabwe na Guverinoma, Umutwe wâAbadepite ushobora, umaze gutora itegeko ryerekeranye nâibipimo by'imisoro n'amahoro bimwe na bimwe biteganywa n'itegeko ngenga, gutanga uburenganzira ko rihita rikurikizwa.
Akiciro ka 3 : Ibyerekeye Sena
Ingingo ya 82: Abagize Sena (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Sena igizwe nâAbasenateri makumyabiri na batandatu (26) bafite manda yâimyaka umunani (8) muri bo nibura mirongo itatu ku ijana (30%) bakaba ari abagore. Abo Basenateri biyongeraho abahoze ari Abakuru bâIgihugu babisabye Urukiko rwâIkirenga, ariko bagomba kuba bararangije neza manda yabo cyangwa barasezeye ku bushake bwabo.
Abo Basenateri makumyabiri na batandatu (26) batorwa cyangwa bashyirwaho ku buryo bukurikira:
1. cumi na babiri (12) batorwa nâinzego zihariye, hakurikijwe inzego zâimitegekere yâIgihugu;
2. umunani (8) bashyirwaho na Perezida wa Repubulika, byâumwihariko akita ku bumwe bwâAbanyarwanda, ku ihagararirwa ryâigice cyâAbanyarwanda amateka agaragaza ko basigaye inyuma no ku zindi nyungu rusange zâIgihugu;
3. Bane (4) bashyirwaho nâIhuriro ryâIgihugu Nyunguranabitekerezo ryâImitwe ya Politiki ;
4. Umwarimu umwe (1) cyangwa umushakashatsi umwe (1) wo muri Kaminuza no mu Mashuri Makuru bya Leta uri ku rwego
No exemption from or reduction of tax may be granted unless authorised by Law.
The Chamber of Deputies may upon request by the Cabinet and after adoption of a Law relating to certain rates of taxes and duties by an Organic Law, authorise its immediate application.
Sub-section 3: The Senate
Article 82: Composition of the Senate (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Senate shall be composed of twenty-six (26) Senators serving for a term of eight (8) years and at least thirty per cent (30 %) of them shall be women. In addition, former Heads of State become members of the Senate upon their request to the Supreme Court but they must have honourably completed their terms of office or voluntarily resigned from office.
The twenty-six (26) Senators shall be elected or appointed as follows:
1. twelve (12) Senators elected by specific organs in accordance with the administrative entities;
2. eight (8) Senators appointed by the President of the Republic, who shall particulary consider the principle of national unity among Rwandans, the representation of historically marginalized communities and other national public interests;
3. four (4) Senators designated by the National Consultative Forum of Political Organisations;
4. one (1) lecturer or researcher from public Universities and Institutions of higher learning who has at least the rank of
Nulle exemption ou modĂ©ration dâimpĂŽt ne peut ĂȘtre accordĂ©e que dans les cas prĂ©vus par la loi.
La Chambre des DĂ©putĂ©s, sur demande du Gouvernement peut, aprĂšs adoption dâune loi relative Ă certains taux d'imposition des taxes et impĂŽts prĂ©vus par une loi organique, autoriser son application immĂ©diate.
Sous-section 3 : Du Sénat
Article 82: Composition du SĂ©nat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le SĂ©nat est composĂ© de vingt-six (26) SĂ©nateurs dont le mandat est de huit (8) ans et dont trente pour cent (30 %) au moins sont de sexe fĂ©minin. A ces membres sâajoutent des anciens Chefs dâEtat qui en font la demande Ă la Cour SuprĂȘme, et qui doivent avoir normalement terminĂ© ou volontairement rĂ©signĂ© leur mandat.
Ces vingt-six (26) Sénateurs sont élus ou désignés comme suit :
1. douze (12) Sénateurs élus par des organes spécifiques, en fonction des entités administratives du pays;
2. huit (8) SĂ©nateurs nommĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique, qui veille particuliĂšrement Ă lâunitĂ© entre les Rwandais, Ă la reprĂ©sentation de la communautĂ© nationale historiquement la plus dĂ©favorisĂ©e et aux autres intĂ©rĂȘts nationaux;
3. quatre (4) Sénateurs nommés par le Forum National de Concertation des Formations Politiques ;
4. un (1) enseignant ou chercheur issu des UniversitĂ©s et Institutions dâenseignement supĂ©rieur publiques ayant au
- 36 Â
nibura rwâumwarimu wungirije utorwa nâabarimu nâabashakashatsi bo muri ibyo bigo;
5. Umwarimu umwe (1) cyangwa umushakashatsi umwe (1) wo muri Kaminuza no mu Mashuri Makuru byigenga nibura uri ku rwego rwâumwarimu wungirije utorwa nâabarimu nâabashakashatsi bo muri ibyo bigo.
Uko Abasenateri batorwa bigenwa nâitegeko rigenga amatora.
Inzego zishinzwe kugena abagomba kujya muri Sena zigomba kwita ku bumwe bwâAbanyarwanda nâihagararirwa ryâibitsina byombi.
Impaka zivutse zerekeye ishyirwa mu bikorwa ryâiyi ngingo nâiryâiya 83 nkâuko yavuguruwe zikemurwa nâUrukiko rwâIkirenga ku rwego rwa mbere nâurwa nyuma.
Ingingo ya 83: Ibisabwa ugize Sena (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Abagize Sena ni abenegihugu bâindakemwa kandi bâinararibonye batorwa cyangwa bagenwa ku giti cyabo bidashingiye ku marangamutima kandi hatitawe ku mitwe ya politiki bakomokamo, bafite nâubuhanga buhanitse mu byâubumenyi cyangwa amategeko, ubukungu, politiki, imibanire yâabantu nâumuco cyangwa se baba barakoze imirimo yo mu rwego rwo hejuru muri Leta cyangwa mu bikorera.
Ibisabwa ushaka kuba Umusenateri bigenwa nâitegeko rigenga amatora.
Ingingo ya 84 : Uretse abahoze ari Abakuru bâIgihugu baba abasenateri hakurikijwe ingingo ya 82 yâiri Tegeko Nshinga, abagize Sena bagira manda yâimyaka umunani
Associate Professor, elected by the academic and research staff of such institutions;
5. one (1) lecturer or researcher from private Universities and Institutions of higher learning who has at least the rank of Associate Professor, elected by the academic and research staff of such institutions.
Modalities for the election of Senators are determined by the Law relating to elections.
The organs responsible for the nomination of Senators shall take into account national unity and equal representation of both sexe.
Disputes relating to the application of this Article and Article 83 as amended shall be adjudicated by the Supreme Court in the first and last instance.
Article 83: Requirements for membership of the Senate (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Members of the Senate shall be citizens of impeccable character with experience who shall be elected or appointed objectively on the basis of individual merit without regard to political affiliation. They shall be highly skilled in one or more of the fields of science, law, economics, politics, sociology, culture or persons who have held senior positions in the public or private sector.
The conditions to be fulfilled by candidates for the Senate shall be determined by the Law relating to elections.
Article 84: With the exception of former Heads of State who become members of the Senate in accordance with Article 82 of this Constitution, members of the Senate serve a term of eight years
moins le grade académique de Professeur Associé, élu par le corps académique et de recherche de ces institutions;
5. un (1) membre issu des UniversitĂ©s et Institutions dâenseignement supĂ©rieur privĂ©es ayant au moins le grade acadĂ©mique de Professeur AssociĂ©, Ă©lu par le corps acadĂ©mique et de recherche de ces institutions.
Les modalitĂ©s dâĂ©lection des SĂ©nateurs sont dĂ©terminĂ©es par la loi relative aux Ă©lections.
Les organes chargĂ©s de dĂ©signer les SĂ©nateurs sont tenus de prendre en considĂ©ration lâunitĂ© nationale et la reprĂ©sentation des deux sexes.
Les contestations relatives Ă lâapplication du prĂ©sent article et de lâarticle 83 tel que rĂ©visĂ© sont jugĂ©es en premier et en dernier ressort par la Cour SuprĂȘme.
Article 83: Conditions requises pour ĂȘtre membre du SĂ©nat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les membres du SĂ©nat doivent ĂȘtre des citoyens intĂšgres et dâune grande expĂ©rience Ă©lus ou dĂ©signĂ©s objectivement Ă titre individuel et sans considĂ©ration de leur appartenance politique. Ils doivent possĂ©der des qualifications de haut niveau dans lâun ou lâautre des domaines scientifique, juridique, Ă©conomique, politique, social et culturel ou sont des personnalitĂ©s ayant occupĂ© de hautes fonctions publiques ou privĂ©es.
Les conditions à remplir par les candidats Sénateurs sont déterminées par la loi relative aux élections.
Article 84: ExceptĂ© les anciens Chefs dâEtat qui deviennent SĂ©nateurs en vertu de lâarticle 82 de la prĂ©sente Constitution, les membres du SĂ©nat ont un mandat de huit ans non
- 37 Â
idashobora kongerwa. Ingingo ya 85: Iyemerwa ryâurutonde rwâabakandida rikozwe nâUrukiko rwâIkirenga (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Uburyo Urukiko rwâIkirenga rwemeza urutonde rwâabakandida bâAbasenateri nâitorwa ryabo buteganywa nâitegeko rigenga amatora.
Abasenateri bagenwa na Perezida wa Repubulika ntibemezwa nâUrukiko rwâIkirenga kandi bashyirwaho nyuma yâAbasenateri bashyirwaho nâizindi nzego.
Iyo hari abakandida batemewe nâUrukiko rwâIkirenga, inzego zibashyiraho zigomba kuzuza umubare mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) yâitangazwa ryâurutonde rwâamazina yâabemewe.
Ingingo ya 86: Isimburwa ryâUmusenateri (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Mu gihe Umusenateri watowe yeguye, apfuye, avanwe ku murimo n'icyemezo cy'urukiko cyangwa agize impamvu imubuza burundu kurangiza inshingano ze igihe cya manda gisigaye kingana nibura n'umwaka umwe, harongera hakaba amatora. Iyo ari Umusenateri washyizweho, urwego rwamushyizeho ni na rwo rugena umusimbura.
Umusenateri mushya utowe cyangwa ushyizweho arangiza igice cya manda gisigaye cyâuwo yasimbuye; ntiyongera gutorwa cyangwa gushyirwaho nkâUmusenateri.
Ingingo ya 87 : Sena igenzura byâumwihariko ishyirwa mu bikorwa ryâamahame remezo avugwa mu ngingo ya 9 nâiya 54 zâiri Tegeko Nshinga.
which is not renewable. Article 85: Approval of the list of candidates by the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Modalities by which the Supreme Court approves the list of candidates to the position of Senators and their election shall be determined by the Law relating to elections.
Senators appointed by the President of the Republic shall be nominated after the other Senators have been elected or designated by competent organs and their names shall not be submitted to the Supreme Court for approval.
In the event that some of the candidates are not approved by the Supreme Court, the competent organs shall complete the list within seven days (7) from the date of its publication.
Article 86: Replacement of a Senator (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
In the event of an elected Senatorâs resignation, death, impeachment by a Court of Law or a permanent impediment to accomplish his/her duties when his/her term of office has at least one year to run, fresh elections shall be held. In case of an appointed Senator, the competent organ shall designate his/her replacement.
The newly elected or appointed Senator shall complete the remaining part of the term of office of his/her predecessor; he/she shall be ineligible for future election or appointment as a Senator.
Article 87: The Senate has the specific function to supervise the application of the principles referred to in Articles 9 and 54 of this Constitution.
renouvelable. Article 85: Approbation de la liste des candidats par la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La loi relative aux Ă©lections dĂ©termine les modalitĂ©s selon lesquelles la Cour SuprĂȘme approuve la liste des candidats SĂ©nateurs et celles relatives Ă leur Ă©lection.
Les SĂ©nateurs dĂ©signĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique le sont aprĂšs lâĂ©lection ou la dĂ©signation des autres SĂ©nateurs par les organes habilitĂ©s et leurs noms ne doivent pas ĂȘtre notifiĂ©s Ă la Cour SuprĂȘme pour approbation.
Au cas oĂč certains candidats nâont pas Ă©tĂ© retenus par la Cour SuprĂȘme, les organes habilitĂ©s devront complĂ©ter le nombre autorisĂ© dans le dĂ©lai de sept (7) jours aprĂšs la publication de la liste.
Article 86: Remplacement dâun SĂ©nateur (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Au cas oĂč le SĂ©nateur Ă©lu dĂ©missionne, dĂ©cĂšde, est dĂ©chu de ses fonctions par une dĂ©cision judiciaire ou est dĂ©finitivement empĂȘchĂ© de remplir sa mission un an au moins avant la fin de son mandat, il est procĂ©dĂ© Ă de nouvelles Ă©lections. Sâil sâagit dâun SĂ©nateur nommĂ©, lâorgane compĂ©tent dĂ©signe son remplaçant.
Le SĂ©nateur ainsi Ă©lu ou dĂ©signĂ© termine le reste du mandat de celui quâil remplace; il ne peut plus ĂȘtre Ă©lu ni nommĂ© SĂ©nateur.
Article 87: Le Sénat veille spécialement au respect des principes fondamentaux énoncés aux articles 9 et 54 de la présente Constitution.
- 38 -
Ingingo ya 88: Ububasha bwa Sena (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Mu birebana n'amategeko, Sena ifite ububasha bwo gutora :
1° ivugururwa ry'Itegeko Nshinga ;
2° amategeko ngenga ;
3° amategeko yerekeye ishyirwaho, ihindurwa, imikorere n'ivanwaho ry'inzego za Leta cyangwa zishamikiye kuri Leta n'ayerekeye imiterere y'Igihugu ;
4° amategeko yerekeye ubwisanzure, uburenganzira nâinshingano byâibanze bya Muntu ;
5° amategeko yerekeye imiburanishirize yâimanza zâinshinjabyaha ;
6° amategeko yerekeye kurinda Igihugu n'umutekano ;
7° amategeko areba amatora na referendumu;
8° amategeko yerekeye amasezerano mpuzamahanga.
Sena ifite na none ububasha bwo :
1° kwemeza ishyirwaho rya Perezida, Visi-Perezida nâAbacamanza bâUrukiko rwâIkirenga, ba Perezida na Visi-Perezida bâUrukiko Rukuru nâabâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi, Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije;
2° kwemeza ishyirwaho ryâabayobora nâabagize za Komisiyo zâigihugu, Umuvunyi Mukuru n'Abamwungirije,
Article 88: Powers of the Senate (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
In legislative matters, the Senate shall be competent to vote on the following :
1° amendment of the Constitution;
2° Organic Laws;
3° Laws relating to establishment, modification, functioning and dissolution of public enterprises and parastatal organisations and territorial organisation;
4° Laws relating to fundamental freedoms, rights and duties of the person;
5° Laws relating to the criminal procedure;
6° Laws relating to defence and security;
7° Laws relating to elections and referendum;
8° Laws relating to international agreements and treaties.
The Senate shall also have power to :
1° approve the appointment of the President, the vice President and the judges of the Supreme Court, the President and Vice President of the High Court and of the Commercial High Court, the Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General;
2° approve the appointment of the Chairperson and members of National Commissions, Ombudsman and his/her Deputies, the Auditor General
Article 88: CompĂ©tence du SĂ©nat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
En matiÚre législative, le Sénat est compétent pour voter :
1° la révision de la Constitution ;
2° les lois organiques ;
3° les lois concernant la crĂ©ation, la modification, le fonctionnement et la suppression des institutions Ă©tatiques ou para-Ă©tatiques et lâorganisation du territoire ;
4° les lois relatives aux libertés, aux droits et devoirs fondamentaux de la personne ;
5° les lois relatives à la procédure pénale ;
6° les lois relatives à la défense et à la sécurité nationales;
7° les lois électorales et référendaires ;
8° les lois relatives aux traités et accords internationaux.
Le Sénat est également compétent pour : 1° approuver la nomination du
PrĂ©sident, du Vice-PrĂ©sident et des Juges de la Cour SuprĂȘme, des PrĂ©sidents et Vice- PrĂ©sidents de la Haute Cour et de la Haute Cour de Commerce, du Procureur GĂ©nĂ©ral et du Procureur GĂ©nĂ©ral Adjoint ;
2° approuver la nomination des dirigeants et membres des Commissions Nationales, de lâOmbudsman et de ses adjoints, de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des
- 39 -
Umugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta nâUmwungirije, Abahagarariye u Rwanda mu bihugu byâamahanga no mu miryango mpuzamahanga, ba Guverineri bâIntara, abayobora ibigo bya Leta nâibishamikiye kuri Leta bifite ubuzima gatozi;
3° kwemeza ishyirwaho ryâabandi bakozi ba Leta, igihe bibaye ngombwa, bagenwa nâitegeko ngenga.
Ingingo ya 89 : Perezida wâUmutwe wâAbadepite ahita yoherereza Perezida wa Sena imishinga yâamategeko yatowe nâUmutwe wâabadepite yerekeye ibivugwa mu ngingo ya 88 yâiri Tegeko Nshinga.
Na none Guverinoma ishyikiriza Sena imishinga y'amateka ashyiraho abantu bavugwa mu ngingo ya 88 yâiri Tegeko Nshinga kugira ngo iyemeze mbere yâuko ashyirwaho umukono.
Icyiciro cya itegurwa ryâamategeko
2 : Ibyerekeye nâiyemezwa
Ingingo ya 90 : Gutangiza amategeko no kuyagorora ni uburenganzira bwa buri Mudepite na Guverinoma iteraniye mu Nama yâAbaminisitiri.
Ingingo ya 91 : Iyo gutangiza imishinga yâamategeko nâigorora ryayo bishobora gutubya umutungo wâIgihugu cyangwa kukibera umutwaro, bigomba kwerekana uburyo Leta izinjiza cyangwa izazigama umutungo ungana nâusohoka.
of the State Finances and his/her Deputy, Ambassadors and permanent Representatives to International Organisations, Provincial Governors and Heads of Public Institutions and parastatal organisations which have legal personality;
3° approve the appointment of other public officials as determined by an Organic Law where necessary.
Article 89: The Speaker of the Chamber of Deputies shall, without undue delay, transmit to the President of the Senate bills adopted by the Chamber of Deputies relating to matters provided for in Article 88 of this Constitution.
Similarly, the Government shall submit to the Senate draft Orders relating to the appointment of the public officers referred to in Article 88 of this Constitution for approval prior to signature.
Section 2: Initiation and adoption of Laws
Article 90: The right to initiate and amend legislation shall be concurrently vested in each Deputy and the Executive acting through the Cabinet.
Article 91: Bills and statutory amendments which have the potential to reduce Government revenue or increase State expenditure must indicate proposals for raising the required revenue or making savings equivalent to the anticipated expenditure.
Finances de lâEtat et de son Adjoint, des Ambassadeurs et des ReprĂ©sentants permanents auprĂšs des organisations internationales, des Gouverneurs des Provinces, des Dirigeants des Etablissements Publics et Para-Ă©tatiques dotĂ©s de la personnalitĂ© juridique ;
3° approuver la nomination dâautres agents de lâEtat prĂ©vus par une loi organique en cas de besoin.
Article 89: Les projets et propositions de lois dĂ©finitivement adoptĂ©s par la Chambre des DĂ©putĂ©s dans les matiĂšres Ă©numĂ©rĂ©es Ă lâarticle 88 de la prĂ©sente Constitution sont immĂ©diatement transmis par le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s au PrĂ©sident du SĂ©nat.
De mĂȘme, les projets d'arrĂȘtĂ©s de nomination, des personnes citĂ©es Ă lâarticle 88 de la prĂ©sente Constitution sont transmis par le Gouvernement au SĂ©nat pour approbation avant leur signature.
Section 2: De lâĂ©laboration et de lâadoption des lois
Article 90: Lâinitiative et lâamendement des lois appartiennent concurremment Ă chaque DĂ©putĂ© et au Gouvernement en Conseil des Ministres.
Article 91: Les projets, propositions et amendements des lois dont l'adoption aurait pour consĂ©quence soit une diminution des ressources nationales, soit la crĂ©ation ou lâaggravation dâune charge publique, doivent ĂȘtre assorties dâune proposition dâaugmentation de recettes ou d'Ă©conomies Ă©quivalentes.
- 40 -
Ingingo ya 92: Isuzumwa ryâimishinga yâamategeko muri za Komisiyo (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Imishinga yâamategeko Inteko Rusange yemeje ko ifite ishingiro ibanza koherezwa muri Komisiyo yâUmutwe wâInteko Ishinga Amategeko ibishinzwe kugira ngo iyisuzume mbere yâuko yemezwa mu Nteko Rusange.
Mu gihe cyo gusuzuma ishingiro ryâumushinga wâitegeko, buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ushobora kugena ko uwo mushinga wâitegeko wemezwa mu Nteko Rusange utagombye kunyuzwa muri Komisiyo ibishinzwe.
Ingingo ya 93: Uburyo amategeko atorwamo nâubusumbane bwayo (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Gutora itegeko ryose buri gihe bicishwa mu itora, buri wese ahamagawe mu izina rye, kandi agasubiza mu ijwi riranguruye.
Itegeko ryose risuzumwa kandi rigatorwa mu Kinyarwanda cyangwa mu rurimi ryateguwemo hitawe kuri buri rurimi mu zikoreshwa mu butegetsi. Iyo itegeko ritumvikanye kimwe mu ndimi uko ari eshatu, hitabwa ku rurimi itegeko ryatowemo.
Amategeko asanzwe atorwa ku bwiganze burunduye bw'amajwi y'abagize buri Mutwe bitabiriye inama.
Amategeko ngenga atorwa ku bwiganze bwa bitatu bya gatanu (3/5) by'abagize buri Mutwe bitabiriye inama.
Uburyo bukoreshwa mu itora n'uko itora rikorwa bigenwa n'itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe ugize Inteko Ishinga Amategeko.
Article 92: Examination of draft laws by Committees (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Draft Laws determined by the plenary session to have a sound basis shall first be transmitted to the relevant parliamentary committee of the Chamber of Parliament for examination prior to their consideration and adoption in the plenary session.
During the consideration of the basis of a draft Law, each Chamber of Parliament may decide if the draft Law may be adopted in plenary session without necessarily being sent beforehand to the relevant Committee.
Article 93: Mode of adoption of Laws and their hierarchy (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
A vote on the entire bill shall be conducted by calling each parliamentarian by name and the parliamentarian shall vote by responding in an audible voice.
Each Law shall be considered and adopted in Kinyarwanda or in the language of preparation in respect of any of the official languages. In case of conflict between the three official languages, the prevailing language shall be the language in which the law was adopted.
Ordinary Laws shall be passed by an absolute majority of members of each Chamber present.
Organic Laws shall be passed by a majority vote of three fifths (3/5) of the members of the Chamber present.
The procedure for voting shall be determined by the Organic Law establishing the internal rules of each Chamber.
Article 92 : Examen des projets de loi en Commissions (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les projets ou propositions de loi dont lâopportunitĂ© a Ă©tĂ© adoptĂ©e en sĂ©ance plĂ©niĂšre sont envoyĂ©s pour examen Ă la commission compĂ©tente de la Chambre du Parlement avant leur adoption en sĂ©ance plĂ©niĂšre.
Chaque Chambre du Parlement peut, lors de lâadoption de son opportunitĂ©, dĂ©cider si le projet ou proposition de loi peut ĂȘtre adoptĂ© en sĂ©ance plĂ©niĂšre sans ĂȘtre prĂ©alablement envoyĂ© Ă la Commission compĂ©tente.
Article 93: ModalitĂ©s dâadoption des lois et leur hiĂ©rarchie (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Sur lâensemble dâune loi, il est toujours procĂ©dĂ© Ă un vote par appel nominal et Ă haute voix.
Toute loi est examinĂ©e et adoptĂ©e en Kinyarwanda ou dans lâune des langues officielles dans laquelle ladite loi a Ă©tĂ© initiĂ©e. En cas de contradiction entre les trois langues, la langue dâadoption de la loi prĂ©vaut.
Les lois ordinaires sont votées à la majorité absolue des membres présents de chaque Chambre.
Les lois organiques sont votées à la majorité des trois cinquiÚmes (3/5) des membres présents de chaque Chambre.
Les modalitĂ©s de vote sont dĂ©terminĂ©es par la loi organique portant rĂšglement dâordre intĂ©rieur de chaque Chambre.
- 41 -
Itegeko rigenga byose ku buryo butavuguruzwa.
Amategeko ngenga ni ayo Itegeko Nshinga riteganya nkâamategeko ngenga gusa.
Nta na rimwe itegeko ngenga rivuguruza Itegeko Nshinga; nta n'ubwo itegeko risanzwe cyangwa itegeko-teka rivuguruza itegeko ngenga, cyangwa se ngo iteka cyangwa amabwiriza bivuguruze itegeko.
Ingingo ya 94 : Gusuzuma ku buryo bwihutirwa umushinga wâitegeko cyangwa ikindi kibazo bishobora gusabwa nâuri mu bagize Inteko Ishinga Amategeko cyangwa Guverinoma, bigasabwa Umutwe wâInteko bireba.
Iyo bisabwe nâuri mu bagize Inteko, Umutwe wâInteko bireba ufata icyemezo kuri ubwo bwihutirwe.
Iyo bisabwe na Guverinoma buri gihe biremerwa.
Iyo byemejwe ko umushinga wâitegeko cyangwa ikibazo byihutirwa, bisuzumwa mbere yâibindi biri ku murongo wâibigomba kwigwa.
Ingingo ya 95: Imishinga yâamategeko Sena ifitiye ububasha bwo gusuzuma, iyigezwaho ibanje kwemezwa nâUmutwe wâAbadepite, uretse umushinga wâitegeko ngenga rigena amategeko ngengamikorere ya Sena.
Iyo umushinga wâitegeko utemewe na Sena cyangwa iyo igorora Sena yawukozeho ritemewe nâUmutwe wâAbadepite, Imitwe yombi ishyiraho Komisiyo igizwe nâumubare ungana wâAbadepite nâAbasenateri, igatanga umwanzuro ku ngingo zikomeje kugibwaho impaka.
The Law is sovereign in all matters.
Organic Laws are only those envisaged as such by the Constitution.
An Organic Law shall not be inconsistent with the Constitution. Neither shall an ordinary Law or a decree-law be inconsistent with an Organic Law nor shall an order or regulation be inconsistent with a Law.
Article 94: A petition for consideration of a bill or any other matter on an urgent basis may be made by either a parliamentarian or the Cabinet to the relevant Chamber.
When such a petition is made by a member of Parliament, the relevant Chamber shall decide on the validity of the urgency.
When the petition is made by the Cabinet, the request shall be always granted.
Upon a decision confirming the urgency, the bill or matter shall be considered before any other matters on the agenda.
Article 95: With the exception of the Organic Law on the internal rules of the Senate, bills on matters in respect of which the Senate is competent to legislate shall be transmitted to the Senate after adoption by the Chamber of Deputies.
In the event that the Senate does not approve a bill transmitted to it or amendments proposed by the Senate are not acceptable to the Chamber of Deputies, both Chambers shall set up a commission composed of an equal number of Deputies and Senators which make proposals on matters still being debated.
La loi intervient souverainement en toute matiĂšre.
Les lois organiques sont uniquement celles auxquelles la Constitution confĂšre ce caractĂšre.
Il ne peut ĂȘtre dĂ©rogĂ© par une loi organique Ă la Constitution ni par une loi ordinaire ou un dĂ©cret-loi Ă une loi organique ni par un arrĂȘtĂ© ou un rĂšglement Ă une loi.
Article 94: Lâurgence pour lâexamen dâune proposition ou dâun projet de loi ou de toute autre question, peut ĂȘtre demandĂ©e par un membre du Parlement ou par le Gouvernement Ă la Chambre concernĂ©e.
Lorsque lâurgence est demandĂ©e par un Parlementaire, la Chambre se prononce sur cette urgence.
Lorsque lâurgence est demandĂ©e par le Gouvernement elle est toujours accordĂ©e.
Dans tous les cas oĂč lâurgence est accordĂ©e, lâexamen de la loi ou de la question qui en est lâobjet a prioritĂ© sur lâordre du jour.
Article 95: Dans les domaines de compĂ©tence du SĂ©nat, les projets ou propositions de loi ne sont envoyĂ©s au SĂ©nat quâaprĂšs avoir Ă©tĂ© adoptĂ©s par la Chambre des DĂ©putĂ©s, exception faite de la loi organique portant rĂšglement dâordre intĂ©rieur du SĂ©nat.
Lorsquâun projet ou une proposition de loi nâa pas pu ĂȘtre adoptĂ© par le SĂ©nat ou que celui-ci y a apportĂ© des amendements qui ne sont pas acceptĂ©s par la Chambre des DĂ©putĂ©s, les deux Chambres mettent en place une Commission paritaire mixte chargĂ©e de proposer un texte sur les dispositions restant en discussion.
- 42 -
Imitwe yombi imenyeshwa umwanzuro wumvikanyweho na Komisiyo ikawufataho icyemezo.
Iyo umwanzuro utemewe n'iyo Mitwe yombi, umushinga w'itegeko usubizwa uwawuzanye.
Ingingo ya 96 : Isobanurampamo ryâamategeko rikorwa nâImitwe yombi yâInteko iteraniye hamwe, Urukiko rwâIkirenga rumaze kubitangaho inama; buri Mutwe ufata icyemezo ku bwiganze bwâamajwi buvugwa mu ngingo ya 93 yâiri Tegeko Nshinga.
Iryo sobanurampamo rishobora gusabwa na Guverinoma, umwe mu bagize Umutwe uwo ari wo wose wâInteko Ishinga Amategeko cyangwa Urugaga rwâAbavoka.
Umuntu wese ubifitemo inyungu ashobora gusaba isobanurampamo abinyujije ku bagize Inteko cyangwa ku Rugaga rwâAbavoka.
UMUTWE WA III : IBYEREKEYE UBUTEGETSI NYUBAHIRIZATEGEKO
Ingingo ya 97 : Ubutegetsi Nyubahirizategeko bushinzwe Perezida wa Repubulika na Guverinoma.
Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye Perezida wa Repubulika
Ingingo ya 98: Inshingano za Perezida wa Repubulika (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ni we Mukuru wâIgihugu.
Perezida wa Repubulika ashinzwe kurinda Itegeko Nshinga no kubumbatira ubumwe bwâAbanyarwanda.
Both Chambers shall be notified by the Commission of the compromise reached and the Chambers shall decide on it.
In the event that the compromise decision is not adopted by both Chambers, the bill shall be returned to the initiator.
Article 96: The authentic interpretation of Laws shall be done by both Chambers of Parliament acting jointly after the Supreme Court has given an opinion on the matter; each Chamber shall decide on the basis of the majority referred to in Article 93 of this Constitution.
The authentic interpretation of Laws may be requested by the Government, a member of one of the Chambers of Parliament or by the Bar Association.
Any interested person may request the authentic interpretation of laws through the members of Parliament or the Bar Association.
CHAPTER III: THE EXECUTIVE
Article 97: Executive power shall be vested in the President of the Republic and the Cabinet.
Section One: The President of the Republic
Article 98: Responsibilities of the President of the Republic (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall be the Head of State.
The President of the Republic is the guardian of the Constitution and shall guarantee national unity.
La Commission informe les deux Chambres du texte de compromis pour décision.
A défaut de consensus par les deux Chambres, le projet ou la proposition de loi est renvoyé à l'initiateur.
Article 96: LâinterprĂ©tation authentique des lois appartient aux deux Chambres rĂ©unies du Parlement aprĂšs avis prĂ©alable de la Cour SuprĂȘme; chaque Chambre statuant aux majoritĂ©s fixĂ©es par lâarticle 93 de la prĂ©sente Constitution.
LâinterprĂ©tation authentique peut ĂȘtre demandĂ©e par le Gouvernement, un membre de lâune ou lâautre Chambre du Parlement ou par lâOrdre des Avocats.
Toute personne intĂ©ressĂ©e peut demander lâinterprĂ©tation authentique des lois par lâintermĂ©diaire des membres du Parlement ou de lâOrdre des Avocats.
CHAPITRE III: DU POUVOIR EXECUTIF
Article 97: Le Pouvoir Exécutif est exercé par le Président de la République et le Gouvernement.
Section premiÚre: Du Président de la République
Article 98: Attributions du PrĂ©sident de la RĂ©publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le Chef de lâEtat.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le gardien de la Constitution et le garant de lâUnitĂ© Nationale.
- 43 -
Perezida wa Repubulika yishingira ko Leta ikomeza kubaho, ubwigenge nâubusugire bwâIgihugu no kubahiriza amasezerano mpuzamahanga.
Perezida wa Repubulika, rimwe mu mwaka, ageza ku Banyarwanda ijambo ryâuko Igihugu gihagaze.
Ingingo ya 99: Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika agomba :
1° kuba nyarwanda
afite bwâin
ubwenegihugu komoko;
2° kuba afite;
nta bundi bwenegihugu
3° kuba nibura umwe mu babyeyi be afite ubwenegihugu nyarwanda bw'inkomoko;
4° kuba indakemwa mu myifatire no mu mibanire ye nâabandi;
5° kuba atarigeze akatirwa burundu igihano cy'igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu;
6° kuba atarambuwe nâinkiko uburenganzira mbonezamubano nâubwa politiki;
7° kuba afite nibura imyaka 35 yâamavuko mu gihe cyo kwiyamamariza uwo mwanya;
8° kuba aba mu Rwanda igihe asaba kwiyamamariza uwo mwanya.
Ingingo ya 100: Itorwa rya Perezida wa Repubulika (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika atorwa ku buryo butaziguye kandi mu ibanga. Uba Perezida wa Repubulika ni uwarushije abandi amajwi.
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora itangaza ibyavuye mu itora.
The President of the Republic shall guarantee the continuity of the State, the independence and territorial integrity of the country and respect of international treaties and agreements.
The President of the Republic shall once every year deliver the state of the Nation address.
Article 99: A candidate for the office of the Presidency of the Republic must :
1° be of Rwandan nationality by origin;
2° not hold any other nationality;
3° have at least one parent of the Rwandan nationality by origin;
4° have irreproachable morals and probity;
5° not have been convicted and sentenced to a term of imprisonment of six (6) months or more;
6° not have been deprived of his/her civil and political rights;
7° be at least thirty five (35) years old on the date of submission of his/her candidacy;
8° be resident in Rwanda at the time of submission of his/her candidacy.
Article 100: Election of the President of the Republic (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The election of the President of the Republic shall be by universal suffrage through a direct and secret ballot with a simple majority of the votes cast.
The National Electoral Commission shall proclaim the results of the
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le garant de la continuitĂ© de lâEtat, de lâindĂ©pendance nationale et de lâintĂ©gritĂ© du territoire et du respect des traitĂ©s et accords internationaux.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique adresse une fois par an un message au peuple rwandais sur lâĂ©tat de la Nation.
Article 99: Tout candidat à la Présidence de la République doit :
1° ĂȘtre de nationalitĂ© rwandaise dâorigine;
2° ne pas détenir nationalité;
une autre
3° avoir au moins un de ses parents de nationalité rwandaise d'origine;
4° ĂȘtre de bonne moralitĂ© et dâune grande probitĂ© ;
5° n'avoir pas été condamné définitivement à une peine d'emprisonnement égale ou supérieure à six (6) mois;
6° jouir de tous ses droits civiques et politiques ;
7° ĂȘtre ĂągĂ© de trente cinqu (35) ans au moins Ă la date du dĂ©pĂŽt de sa candidature ;
8° résider sur le territoire du Rwanda au moment du dépÎt de sa candidature.
Article 100: Election du PrĂ©sident de la RĂ©publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Président de la République est élu au suffrage universel direct et au scrutin secret à la majorité relative des suffrages exprimés.
La Commission Nationale Electorale proclame les résultats du scrutin.
Mu gihe habaye impaka, Urukiko rwâIkirenga nirwo rugaragaza ku buryo budasubirwaho ibyavuye mu itora.
Ingingo ya 101: Perezida wa Repubulika atorerwa manda yâimyaka irindwi. Ashobora kongera gutorwa inshuro imwe.
Nta na rimwe umuntu yemererwa gutorerwa manda zirenze ebyiri (2) ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.
Ingingo ya 102: Igihe itora rya Perezida wa Repubulika ribera (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Itora rya Perezida wa Repubulika rikorwa hasigaye nibura iminsi mirongo itatu (30) kandi itarenga mirongo itandatu (60) mbere yâuko manda ya Perezida uriho irangira.
Ingingo ya 103: Imigendekere yâamatora
(Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Itegeko rigenga amatora riteganya uburyo bwo gutanga kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, uko itora rikorwa, ibarura ryâamajwi, uburyo bwo gukemura impaka zivutse, gutangaza ibyavuye mu itora n'igihe ntarengwa cyo kubitangaza. Iryo tegeko riteganya n'ibindi bya ngombwa kugira ngo amatora atungane kandi akorwe mu mucyo.
Ingingo ya 104: Indahiro ya Perezida wa Repubulika (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 kanama 2008) Mbere yo gutangira imirimo, Perezida wa Repubulika arahirira imbere ya Perezida wâUrukiko rwâIkirenga hari n'Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko, muri aya magambo :
« Jyewe, âŠâŠâŠ..........., ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro:
- 44 Â
election.
In case of dispute, the Supreme Court shall settle with regards to the final results of the election.
Article 101: The President of the Republic is elected for a term of seven years renewable only once.
Under no circumstances shall a person hold the office of President of Republic for more than two (2) terms.
Article 102: Period for holding presidential elections (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Presidential elections shall be held not less than thirty (30) days and not more than sixty (60) days before the expiry of the term of office of the incumbent President.
Article 103: Procedure for holding elections (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Law relating to elections shall determine the procedure for submitting presidential candidatures, the conduct of elections, the counting of ballots, modalities of resolving election disputes and declaration of results as well as the time within which the results shall be declared and other necessary matters to ensure that elections are conducted appropriately and held in transparency.
Article 104: Oath of office of the President of the Republic (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Before assuming his/her duties of office, the President of the Republic shall take the oath of office before the President of the Supreme Court in the presence of both Chambers of Parliament in these words:
« I, âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ. solemnly swear to the Nation that I
En cas de contestation, la Cour SuprĂȘme tranche dĂ©finitivement sur les rĂ©sultats du scrutin.
Article 101: Le Président de la République est élu pour un mandat de sept ans renouvelable une seule fois.
En aucun cas, nul ne peut exercer plus de deux (2) mandats présidentiels.
Article 102: PĂ©riode des Ă©lections prĂ©sidentielles (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les Ă©lections prĂ©sidentielles ont lieu trente jours (30) au moins et soixante (60) jours au plus avant lâexpiration du mandat du PrĂ©sident en exercice.
Article 103: ProcĂ©dure des Ă©lections (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La loi relative aux élections détermine la procédure à suivre pour la présentation des candidatures aux élections présidentielles, le déroulement du scrutin, le dépouillement, les modalités de statuer sur les réclamations et les délais limites pour la proclamation des résultats et prévoit toutes les autres dispositions nécessaires au bon déroulement du scrutin et dans la transparence.
Article 104 : Serment du Président de la République (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Avant d'entrer en fonction, le PrĂ©sident de la RĂ©publique prĂȘte serment devant le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme en prĂ©sence des deux Chambres rĂ©unies du Parlement en ces termes :
«Moi, âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ., je jure solennellement Ă la Nation :
1° ko ntazahemukira Repubulika yâu Rwanda;
2° ko nzakurikiza nkanarinda Itegeko Nshinga nâandi mategeko;
3° ko nzakorana umurava imirimo nshinzwe;
4° ko nzaharanira amahoro nâubusugire bwâIgihugu;
5° ko nzashimangira ubumwe bwâAbanyarwanda ;
6° ko ntazigera nkoresha ububasha mpawe mu nyungu zanjye bwite;
7° ko nzaharanira ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro.
Nintatira iyi ndahiro nzabihanirwe nâamategeko.
Imana ibimfashemo.»
Perezida wa Repubulika arahira bitarenze ukwezi kumwe (1) nyuma yâitorwa rye, indahiro ye ikakirwa na Perezida wâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 105: Perezida wa Repubulika uri ku butegetsi akomeza gukora kugeza igihe umusimbura atangiriye imirimo.
Muri icyo gihe ariko, ntiyemerewe gukora ibi bikurikira :
1° gutangiza intambara;
2° kwemeza ibihe bidasanzwe cyangwa byâamage;
3° gukoresha itora rya referendumu.
Nanone muri icyo gihe Itegeko Nshinga ntirishobora kuvugururwa.
Mu gihe Perezida wa Repubulika watowe apfuye, agize impamvu zimubuza burundu gukora imirimo yatorewe cyangwa adashatse kujya ku mwanya yatorewe, hategurwa
- 45 Â
shall: 1° remain loyal to the
Republic of Rwanda; 2° observe and defend the
Constitution and the other Laws;
3° diligently fulfil the responsibilities entrusted in me;
4° preserve peace and territorial integrity;
5° consolidate national unity of Rwandans;
6° never use the powers conferred upon me for personal ends;
7° safeguard the interests of the Rwandan people.
Should I fail to honour this oath, may I face the rigours of the Law.
So help me God. »
The President of the Republic shall be sworn in no later than one (1) month after his/her election. His/her oath of office shall be administered by the President of the Supreme Court.
Article 105: The incumbent President of the Republic shall remain in office until his/her successor assumes office.
However, the incumbent President may not, during this period, exercise the following powers :
1° declaration of war;
2° declaration of a state of emergency or a state of siege;
3° calling a referendum.
In addition, the Constitution shall not be amended during this period.
In the event that the duly elected President of the Republic dies or is on account of any reason permanently unable or otherwise chooses not to assume office, new
1° de garder fidélité à la République du Rwanda ;
2° dâobserver et dĂ©fendre la Constitution et les autres lois ;
3° de remplir loyalement les fonctions qui me sont confiées ;
4° de prĂ©server la paix et lâintĂ©gritĂ© du territoire ;
5° de consolider lâUnitĂ© Nationale ;
6° de ne jamais utiliser les pouvoirs qui me sont dévolus à des fins personnelles ;
7° de veiller aux intĂ©rĂȘts du peuple rwandais.
En cas de parjure, que je subisse les rigueurs de la loi.
Que Dieu m'assiste. »
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique prĂȘte serment dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas un (1) mois Ă compter de la date de son Ă©lection. Son serment est reçu par le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme.
Article 105: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique en exercice reste en fonction jusquâĂ lâinstallation de son successeur.
Toutefois, pendant cette période, le Président sortant ne peut pas exercer les compétences suivantes :
1° déclarer la guerre;
2° dĂ©clarer lâĂ©tat dâurgence ou de siĂšge;
3° initier le référendum.
En outre, pendant cette pĂ©riode, la Constitution ne peut pas ĂȘtre rĂ©visĂ©e.
Au cas oĂč le PrĂ©sident de la RĂ©publique Ă©lu dĂ©cĂšde, se trouve dĂ©finitivement empĂȘchĂ© ou renonce au bĂ©nĂ©fice de son Ă©lection avant son entrĂ©e en fonction, il est procĂ©dĂ© Ă de
- 46 Â
andi matora.
Ingingo ya 106 : Umurimo wa Perezida wa Repubulika ntushobora kubangikanywa nâundi murimo wo mu nzego za Leta zitorerwa, indi mirimo ya Leta, ya gisiviri cyangwa ya gisirikare cyangwa se nâundi murimo wâumwuga.
Ingingo ya 107: Iyo Perezida wa Repubulika apfuye, yeguye cyangwa agize impamvu zimubuza burundu gukomeza imirimo ye, asimburwa byâagateganyo na Perezida wa Sena, ataboneka agasimburwa na Perezida wâUmutwe wâabadepite; iyo abo bombi batabonetse, imirimo ya Perezida wa Repubulika ikorwa byâagateganyo na Minisitiri wâIntebe.
Ariko usimbuye Perezida wa Repubulika uvugwa muri iyi ngingo ntashobora gushyira abakozi mu mirimo, gukoresha itora rya referendumu cyangwa ivugurura ryâItegeko Nshinga, gutanga imbabazi ku baciriwe urubanza nâurukiko, cyangwa gutangiza intambara.
Muri icyo gihe, iyo Perezida wa Repubulika avuyeho mbere yâuko manda ye irangira, itora ryo kumusimbura rikorwa mu minsi itarenze mirongo cyenda (90).
Mu gihe Perezida wa Repubulika atari mu gihugu, arwaye cyangwa adashoboye byâigihe gito gukora imirimo ye, asigarirwaho na Minisitiri wâIntebe.
Ingingo ya 108: Ishyirwa ryâumukono ku mategeko (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mategeko yatowe bitarenze igihe cyâiminsi mirongo itatu (30) uhereye ku munsi ayo
elections shall be held.
Article 106: The office of the President of the Republic is incompatible with the holding of any other elective public office, public function or any other civilian or military employment or professional activities.
Article 107: In the event of the death, resignation or permanent incapacity of the President of the Republic, the President shall be replaced in an acting capacity by the President of the Senate; in the absence of the President of the Senate, by the Speaker of the Chamber of Deputies and in the absence of both, the duties of the President shall be assumed in an acting capacity by the Prime Minister.
The acting President of the Republic referred to in this Article shall not make appointments to public office, call a referendum, initiate an amendment to the Constitution, excercise the prerogative of mercy or make a declaration of war.
In the event that the office of the President of the Republic becomes vacant before the expiry of the Presidentâs term, elections to replace him/her shall be organized within a period not exceeding ninety days (90).
In the case of the President of the Republic being out of the country, sick or temporarily unable to perform his/her duties, his/her duties shall be assumed by the Prime Minister.
Article 108: Promulgation of laws (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall promulgate laws within thirty (30) days after he/she receives them.
nouvelles élections.
Article 106: Les fonctions de PrĂ©sident de la RĂ©publique sont incompatibles avec lâexercice de tout autre mandat Ă©lectif, de tout emploi public, civil ou militaire et de toute autre activitĂ© professionnelle.
Article 107: En cas de vacance de la PrĂ©sidence de la RĂ©publique par dĂ©cĂšs, dĂ©mission ou empĂȘchement dĂ©finitif, lâintĂ©rim des fonctions du PrĂ©sident de la RĂ©publique est exercĂ© par le PrĂ©sident du SĂ©nat et en cas dâempĂȘchement, par le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s ; lorsque les deux derniers ne sont pas disponibles, lâintĂ©rim de la PrĂ©sidence de la RĂ©publique est assurĂ© par le Premier Ministre.
Toutefois, la personne qui exerce les fonctions du Président de la République aux termes du présent article ne peut pas procéder à des nominations, initier un référendum ou la révision de la Constitution, exercer le droit de grùce ou déclarer la guerre.
En cas de vacance de poste du PrĂ©sident de la RĂ©publique avant lâĂ©chĂ©ance du mandat, les Ă©lections doivent ĂȘtre organisĂ©es dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas quatre-vingt dix jours (90).
En cas d'absence du territoire, de maladie ou dâempĂȘchement provisoire, lâintĂ©rim des fonctions du PrĂ©sident de la RĂ©publique est assurĂ© par le Premier Ministre.
Article 108: Promulgation de lois (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Président de la République promulgue les lois dans les trente (30) jours qui suivent la date à laquelle il les a reçues.
mategeko yamugerejweho.
Icyakora, mbere yo kuyashyiraho umukono, Perezida wa Repubulika ashobora gusaba Inteko Ishinga Amategeko kuyasubiramo.
Muri icyo gihe, iyo Inteko Ishinga Amategeko yongeye gutora itegeko ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) ku byerekeye amategeko asanzwe cyangwa bwa bitatu bya kane (3/4) ku byerekeye amategeko ngenga, Perezida wa Repubulika agomba kurishyiraho umukono mu gihe cyavuzwe mu gika cya mbere cyâiyi ngingo.
Minisitiri wâIntebe ashyira umukono wâingereka ku mategeko yemejwe nâInteko Ishinga Amategeko nâamategeko-teka ashyirwaho umukono na Perezida wa Repubulika. Ingingo ya 109: Abisabwe na Guverinoma kandi amaze guhabwa inama nâUrukiko rwâIkirenga, Perezida wa Repubulika ashobora gukoresha referendumu ku bibazo birebana nâinyungu rusange zâIgihugu, ku mushinga wâitegeko risanzwe, ku mushinga wâitegeko ngenga, cyangwa ku mushinga wo gushyira umukono ku masezerano mpuzamahanga atanyuranyije nâItegeko Nshinga ariko afite ingaruka ku mikorere yâinzego za Leta.
Iyo uwo mushinga wemejwe nâitora rya referendumu, Perezida wa Repubulika awushyiraho umukono mu gihe kitarenze iminsi umunani (8) uhereye igihe hatangajwe ibyavuye muri iryo tora.
Ingingo ya 110: Ububasha bwa Perezida wa Repubulika mu byerekeranye nâintambara (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ni Umugaba wâIkirenga wâIngabo zâu Rwanda.
Perezida wa Repubulika atangiza intambara.
- 47 Â
However, before the promulgation of Toutefois, avant leur promulgation, laws, the President of the Republic le Président de la République peut may request the Parliament to demander au Parlement de procéder reconsider them. à une deuxiÚme lecture.
In such a case, should the Parliament Dans ce cas, si le Parlement vote la adopt the law by a majority of two mĂȘme loi Ă la majoritĂ© des deux tiers thirds (2/3) in the case of ordinary (2/3) pour les lois ordinaires et des Laws and by a majority of three- trois quarts (3/4) pour les lois quarters (3/4) in the case of the organiques, le PrĂ©sident de la Organic Laws, the President of the RĂ©publique doit la promulguer dans Republic shall promulgate the Law le dĂ©lai prĂ©vu Ă lâalinĂ©a premier du within the period referred to in prĂ©sent article. paragraph one of this Article.
The Prime Minister shall countersign Le Premier Ministre contresigne les the Laws adopted by the Parliament lois adoptées par le Parlement et les and the Decree-laws promulgated by décrets-lois promulgués par le the President of the Republic. Président de la République.
Article 109: Article 109: Upon the proposal of the Cabinet Le PrĂ©sident de la RĂ©publique peut, and after receiving an advisory sur proposition du Gouvernement et opinion of the Supreme Court, the aprĂšs avis de la Cour SuprĂȘme, President of the Republic may call a soumettre au rĂ©fĂ©rendum toute referendum on issues of general question dâintĂ©rĂȘt national ou tout national interest, on a bill of an projet de loi ordinaire ou organique ordinary Law, on a bill of an Organic ainsi que tout projet de la loi portant Law or Decree relating to the ratification dâun traitĂ© qui, sans ĂȘtre signature of an international treaty or contraire Ă la Constitution, aurait des agreement which is not inconsistent incidences sur le fonctionnement des with the Constitution but has institutions de l'Etat. repercussions on functioning of state institutions.
Should the referendum adopt the Lorsque le projet a été adopté par proposal, the President of the référendum, le Président de la Republic shall promulgate it within République promulgue la loi dans un a period of eight (8) days as from the délai de huit (8) jours à compter de time of proclamation of the results of la proclamation des résultats. the referendum.
Article 110: Powers of the Article 110: Pouvoirs du PrĂ©sident President of the Republic in de la RĂ©publique en matiĂšre de matters concerning war guerre (Amendment nË 04 of 17/06/2010) (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
The President of the Republic is the Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le Commander-in-Chief of the Rwanda Commandant SuprĂȘme des Forces Defence Forces. Rwandaises de DĂ©fense.
The President of the Republic shall Le Président de la République declare war. déclare la guerre.
- 48 -
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku masezerano yo guhagarika no kurangiza intambara.
Perezida wa Repubulika atangaza ibihe byâamage nâibihe byâimidugararo mu buryo buteganywa nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Ingingo ya 111: Perezida wa Repubulika afite ububasha bwo gutanga imbabazi mu buryo buteganywa nâamategeko kandi amaze kubigishamo inama Urukiko rw'Ikirenga.
Afite ububasha bwo gushyiraho ifaranga ryâIgihugu mu buryo buteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 112: Ishyirwa ryâumukono ku mateka ya Perezida (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mateka ya Perezida yemejwe mu Nama yâAbaminisitiri, ayo mateka agashyirwaho umukono na none na Minisitiri wâIntebe.
Ingingo ya 113: Amateka Perezida wa Repubulika ashyiraho umukono (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mateka ya Perezida yemejwe nâInama yâAbaminisitiri yerekeye :
1° gutanga imbabazi ku baciriwe imanza burundu nâurukiko;
2° gushyiraho ifaranga ryâIgihugu ;
3° gutanga imidari nâimpeta byâishimwe;
4° gushyira mu bikorwa amategeko iyo biri mu nshingano ze;
The President of the Republic shall sign both armistice and peace agreements.
The President of the Republic shall declare state of siege and state of emergency in accordance with the provisions of the Constitution and other Laws.
Article 111: The President of the Republic shall have authority to exercise the prerogative of mercy in accordance with the procedure determined by Law and after consulting the Supreme Court on the matter.
He/she shall have authority of issuing national currency in accordance with procedures determined by the Law.
Article 112: Signing Presidential Orders (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall sign Presidential Orders approved by the Cabinet. Such Orders shall be countersigned by the Prime Minister.
Article 113: Orders signed by the President of the Republic (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall sign Presidential Orders approved by Cabinet regarding:
1° the grant of mercy;
2° the issue of national currency;
3° the award of national orders and decoration of honour;
4° the implementation of Laws when it is his/her responsibility;
Le Président de la République signe l'armistice et les accords de paix.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique dĂ©clare lâĂ©tat de siĂšge et lâĂ©tat dâurgence dans les conditions fixĂ©es par la Constitution et dâautres lois.
Article 111: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique exerce le droit de grĂące dans les conditions dĂ©finies par la loi et aprĂšs avis de la Cour SuprĂȘme.
Il a le droit dâĂ©mettre la monnaie nationale dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
Article 112: Signature des arrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique signe les arrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels adoptĂ©s en Conseil des Ministres. Ces arrĂȘtĂ©s sont contresignĂ©s par le Premier Ministre.
Article 113: ArrĂȘtĂ©s signĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique signe les arrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels approuvĂ©s en Conseil des Ministres concernant :
1° le droit de grùce;
2° émission de la monnaie nationale;
3° les décorations dans les Ordres Nationaux et décorations honorifiques ;
4° lâexĂ©cution des lois lorsquâil en est chargĂ© ;
- 49 Â
5° gushyiraho no kugena inshingano byâinzego zâimirimo za Perezidansi ya Repubulika, iza Sena, izâUmutwe wâAbadepite nâizâUrukiko rwâIkirenga;
5° establishment and determination of responsibilities of organs of the Office of the President, the Senate, the Chamber of Deputies as well as of the Supreme Court;
5° la crĂ©ation et la dĂ©termination des attributions des services de la PrĂ©sidence de la RĂ©publique, du SĂ©nat, de la Chambre des DĂ©putĂ©s ainsi que ceux de la Cour SuprĂȘme ;
6° gushyira mu rwego rwâaba Ofisiye abasirikare, abapolisi nâabacungagereza barangije amahugurwa yâibanze abagira aba Ofisiye;
6° promotion to the rank of officers, army officers, police officers and prison wardens who have completed their basic course which promotes them to the rank of officers;
6° la promotion au grade dâofficiers, des militaires, policiers et gardiens des prisons qui terminent la formation de base qui les promeut au grade dâofficiers ;
7° kuzamura mu ntera gushyira mu myanya :
no 7° promotion and appointment of the following officers:
7° la promotion nomination:
et la
a) aba Ofisiye b'Ingabo zâu Rwanda bari ku rwego rwa jenerali;
a) officers of the Rwanda Defence Forces with the rank of General;
a) des officiers généraux des Forces Rwandaises de Défense;
b) aba Ofisiye bakuru b'Ingabo z'u Rwanda;
b) senior officers of the Rwanda Defence Forces;
b) des officiers supérieurs des Forces Rwandaises de Défense;
c) aba Ofisiye bato bâingabo z'u Rwanda;
c) junior officers of the Rwanda Defence Forces;
c) des officiers subalternes des Forces Rwandaises de Défense;
d) aba Komiseri ba Polisi y'u Rwanda;
d) commissioners of the Rwanda National Police;
d) des commissaires de Police Nationale Rwanda;
la du
e) aba Ofisiye bakuru ba Polisi y'u Rwanda.
e) senior officers of the Rwanda National Police;
e) des officiers Supérieurs de la Police Nationale du Rwanda.
f) aba Ofisiye bato Polisi yâu Rwanda;
ba f) junior officers of the Rwanda National Police;
f) des officiers subalternes de la Police Nationale du Rwanda ;
g) aba Ofisiye bakuru bâUrwego rwâIgihugu rushinzwe imicungire ya za Gereza.
g) senior officers of the National Prison Service.
g) les officiers supérieurs du Service National des Prisons.
Abandi basirikare, abapolisi nâabacungagereza bashyirwaho bakanazamurwa mu ntera hakurikijwe amategeko abagenga.
Other military and police officers as well as the prison wardens shall be appointed and promoted in accordance with Laws governing them.
Les autres militaires, policiers et autres agents du Service National des Prisons sont nommés et promus conformément aux lois qui les régissent.
8° gushyira no kuvana ku 8° appointment and removal 8° la nomination et la
- 50 Â
mirimo abacamanza nâabashinjacyaha bakurikira :
from office of the following judges and prosecutors:
révocation des juges et des procureurs suivants:
a) Perezida, Visi Perezida nâabacamanza b'Urukiko rw'Ikirenga ;
a) the President, Vice President and judges of the Supreme Court;
a) le PrĂ©sident, le Vice- PrĂ©sident et les juges de la Cour SuprĂȘme;
b)
c)
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru nâabâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi ; Umushinjacyaha Mukuru n'Umushinjacyaha Mukuru Wungirije.
b)
c)
the President and the Vice President of the High Court and the Commercial High Court;
the Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General.
b)
c)
le Président et le Vice- Président de la Haute Cour et ceux de la Haute Cour de Commerce ;
le Procureur Général et le Procureur Général Adjoint.
9° gushyiraho no kuvanaho abayobozi bakurikira:
9° appointment and removal of the following officials:
9° la nomination et la révocation des autorités suivantes :
a) Umuyobozi w'Ibiro bya Perezida wa Repubulika;
a) the Director of Cabinet in the Office of the President of the Republic;
a) le Directeur de Cabinet du Président de la République ;
b) Abaguverineri bâIntara; b) Governors of Provinces ; b) les gouverneurs de Provinces;
c) Abakomiseri ba za Komisiyo zâIgihugu, abakuru nâababungirije bâinzego zihariye za Leta nâabâibigo bya Leta ndetse nâibishamikiye kuri Leta bifite ubuzima gatozi;
c) Commissioners of National Commissions, heads and their deputies of Government specialized organs, public institutions and parastatal organisations which have legal personality;
c) les commissaires des Commissions Nationales, les responsables et leurs adjoints des Organes spĂ©cialisĂ©s de lâEtat et des Etablissements publics et para-Ă©tatiques dotĂ©s de la personnalitĂ© juridique ;
d) Abayobozi nâAbayobozi bungirije ba za Kaminuza za Leta nâabâibigo byâamashuri makuru ya Leta;
d) Rectors and Vice Rectors of Public Universities and institutions of higher learning;
d) les recteurs et vice-recteurs des UniversitĂ©s et des institutions publiques dâenseignement supĂ©rieur;
e) Umunyamabanga wihariye wa Perezida wa Repubulika;
e) the Principal Private Secretary to the President of the Republic;
e) le secrétaire Particulier du Président de la République ;
f) Abajyanama muri Perezidansi ya Repubulika ;
f) Advisors in the Office of the President;
f) les conseillers à la Présidence de la République ;
g) Abahagarariye u Rwanda mu bihugu by'amahanga no mu miryango mpuzamahanga;
g) Ambassadors and permanent representatives of Rwanda to international organisations;
g) les ambassadeurs et les représentants permanents auprÚs des pays étrangers et des organisations internationales ;
h) Abayobozi bâimirimo muri Perezidansi ya Repubulika;
h) Heads of services in the Office of the President;
h) les chefs de service à la Présidence de la
i) Abanyamabanga Bakuru mu Nteko Ishinga Amategeko nâababungirije, Umunyamabanga Mukuru mu Rukiko rwâIkirenga, Umunyamabanga Mukuru mu Bushinjyacyaha Bukuru, Abanyamabanga Bahoraho muri za Minisiteri nâAbanyamabanga Bakuru bâizindi nzego za Leta;
j) abandi bayobozi bâinzego za Leta bagenwa nâitegeko;
10° Abagize Inama yâUbuyobozi mu bigo bya Leta nâabahagarariye Leta mu bigo ifitemo imigabane.
Ingingo ya 114 : Perezida wa Repubulika ahagararira u Rwanda mu mibanire yarwo nâamahanga; ashobora kandi kugena umuhagararira.
Perezida wa Repubulika aha ububasha abahagararira u Rwanda mu bihugu byâamahanga nâintumwa zidasanzwe muri ibyo bihugu.
Abaje guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda nâintumwa zidasanzwe zâamahanga zimushyikiriza inyandiko zibibahera uburenganzira.
Ingingo ya 115 : Ibigenerwa Perezida wa Repubulika (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Itegeko ngenga riteganya ibigenerwa Perezida wa Repubulika rikanagena ibihabwa Abakuru bâIgihugu bacyuye igihe.
Icyakora, iyo Perezida wa Repubulika yakatiwe igihano nâinkiko kubera kugambanira igihugu cyangwa kwica bikomeye kandi nkana Itegeko Nshinga, ntashobora guhabwa ibigenerwa abacyuye igihe.
- 51 Â
i) Clerks in Parliament and their deputies, Secretary General in Supreme Court, Secretary General in National Public Prosecution Authority, Permanent Secretaries in Ministries and Secretaries General in other public institutions;
j) other Heads of public institutions as the law may determine;
10° members of the Boards of Directors of Public enterprises and Parastatal organizations.
Article 114: The President of the Republic shall represent the State of Rwanda in its relations with foreign countries and may appoint persons to represent him/her.
The President of the Republic shall accredit Ambassadors and Special Envoys to foreign states.
Ambassadors accredited to Rwanda and Special Envoys shall present their Credentials to the President of the Republic.
Article 115 : Benefits entitled to the President of the Republic (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
An Organic Law shall determine the benefits to which the President of the Republic and the former Heads of State are entitled.
However, a President convicted of high treason or grave and intentional breach of the Constitution shall not be entitled to benefits accorded to former Heads of State.
République ;
i) les secrĂ©taires gĂ©nĂ©raux du Parlement et leurs adjoints, le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral de la Cour SuprĂȘme, le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire, les secrĂ©taires permanents des ministĂšres et les secrĂ©taires gĂ©nĂ©raux dâautres institutions de lâEtat ;
j) les autres dirigeants des organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi ;
10° les membres du Conseil d'Administration dans les Ă©tablissements publics et les reprĂ©sentants de lâEtat dans les sociĂ©tĂ©s parastatales.
Article 114: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique reprĂ©sente lâEtat Rwandais dans ses rapports avec lâĂ©tranger et peut se faire reprĂ©senter.
Le Président de la République accrédite les ambassadeurs et les envoyés spéciaux auprÚs des pays étrangers.
Les Ambassadeurs et les envoyés extraordinaires étrangers sont accrédités auprÚs du Président de la Republique.
Article 115 : Avantages alloués au Président de la République (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Une loi organique fixe les avantages accordĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique ainsi que ceux accordĂ©s aux anciens Chefs dâEtat.
Toutefois, le PrĂ©sident de la RĂ©publique qui a Ă©tĂ© condamnĂ© pour haute trahison ou pour violation sĂ©rieuse et dĂ©libĂ©rĂ©e de la Constitution, nâaura droit Ă aucun avantage liĂ© Ă la cessation des fonctions.
- 52 -
Uwahoze ari Perezida wa Repubulika ntashobora gukurikiranwaho ibyaha bivugwa mu gika kibanziriza iki, igihe aba atarabikurikiranyweho akiri ku mirimo ye.
Icyiciro cya 2 : Ibyerekeye Guverinoma
Ingingo ya 116: Abagize Guverinoma nâishyirwaho ryabo (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Guverinoma igizwe na Minisitiri wâIntebe, Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bashobora kugenwa na Perezida wa Repubulika, bibaye ngombwa.
Minisitiri wâIntebe atoranywa, ashyirwaho kandi avanwaho na Perezida wa Repubulika.
Abandi bagize Guverinoma bashyirwaho bakanakurwaho na Perezida wa Repubulika ashyikirijwe amazina yabo na Minisitiri wâIntebe.
Abagize Guverinoma batoranywa mu mitwe ya politiki hakurikijwe imyanya yayo mu Mutwe wâAbadepite ariko bitabujije ko nâabafite ubushobozi batari mu mitwe ya politiki bashyirwa muri Guverinoma.
Icyakora, umutwe wa Politiki wabonye amajwi menshi mu matora yâAbadepite ntushobora kurenza mirongo itanu ku ijana (50%) byâabagize Guverinoma.
Ingingo ya 117: Ishyirwaho nâinshingano bya Guverinoma (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 kanama 2008) Minisitiri wâIntebe ashyirwaho bitarenze iminsi cumi nâitanu (15) nyuma yâirahira rya Perezida wa Repubulika. Abandi bagize Guverinoma bashyirwaho bitarenze
A former Head of State shall not be prosecuted for any of the preceding crimes when no proceedings in respect to such an offence were brought against him/her during his/her presidency.
Section 2: The Cabinet
Article 116: Composition of Cabinet and appointment of its members (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Cabinet shall comprise of the Prime Minister, Ministers, Ministers of State and other members who may be determined, if necessary, by the President of the Republic.
The Prime Minister shall be nominated, appointed and removed from office by the President of the Republic.
Other members of Cabinet shall be appointed and removed from office by the President of the Republic upon proposal by the Prime Minister.
Members of Cabinet shall be selected from political organizations on the basis of the seats those organizations have in the Chamber of Deputies without excluding the possibility of appointing to Cabinet other competent people who do not belong to political organizations.
However, a political organization holding the majority of seats in the Chamber of Deputies shall not exceed fifty per cent (50%) of all the members of the Cabinet.
Article 117: Appointment and responsibilities of the Cabinet (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The Prime Minister shall be appointed within a period not exceeding fifteen (15) days after the oath of the President of the Republic. Other Cabinet members shall be
Un ancien PrĂ©sident de la RĂ©publique ne peut faire lâobjet de poursuite pour les infractions prĂ©vues Ă lâalinĂ©a prĂ©cĂ©dent sâil ne lâa pas Ă©tĂ© en cours de fonction.
Section 2: Du Gouvernement
Article 116: Composition du Gouvernement et nomination de ses membres (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Gouvernement se compose du Premier Ministre, des ministres, des secrĂ©taires d'Etat et dâautres membres que le PrĂ©sident de la RĂ©publique peut dĂ©signer, en cas de nĂ©cessitĂ©.
Le Premier Ministre est choisi, nommé et démis de ses fonctions par le Président de la République.
Les autres membres du Gouvernement sont nommés et démis par le Président de la République sur proposition du Premier Ministre.
Les membres du Gouvernement sont choisis au sein des formations politiques en tenant compte de la rĂ©partition des siĂšges Ă la Chambre des DĂ©putĂ©s sans pour autant exclure la possibilitĂ© de choisir dâautres personnes compĂ©tentes qui ne sont pas membres des formations politiques.
Toutefois, la formation politique majoritaire à la Chambre des Députés ne peut pas avoir plus de cinquante pourcent (50%) de tous les membres du Gouvernement.
Article 117 : Mise en place et mission du Gouvernement (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Le Premier Ministre est nommé dans un délai ne dépassant pas les quinze (15) jours suivant la prestation de serment du Président de la République. Les autres membres du
- 53 Â
iminsi cumi nâitanu (15) nyuma yâishyirwaho rya Minisitiri wâIntebe.
Guverinoma ishyira mu bikorwa politiki yâIgihugu Perezida wa Repubulika yumvikanyeho nâInama yâAbaminisitiri.
Guverinoma ibazwa ibyo ikora na Perezida wa Repubulika n`Inteko Ishinga Amategeko. Uburyo Guverinoma ibazwamo ibyo ikora nâInteko Ishinga Amategeko buteganywa nâItegeko Nshinga.
Ingingo ya 118: Inshingano za Minisitiri wâIntebe (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Minisitiri wâIntebe:
1° ayobora imikorere ya Guverinoma akurikije imirongo mikuru yatanzwe na Perezida wa Repubulika, akanakurikirana iyubahirizwa ryâamategeko;
2° ategura gahunda ya Guverinoma abigiyeho inama nâabandi bagize Guverinoma;
3° ashyikiriza Inteko Ishinga Amategeko gahunda ya Guverinoma bitarenze iminsi mirongo itatu (30) uhereye igihe yatangiriye imirimo ye;
4° agena inshingano zâAbaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma;
5° ahamagaza Inama yâAbaminisitiri, ashyiraho urutonde rwâibyigwa agishije inama abandi bagize Guverinoma, akabishyikiriza Perezida wa Repubulika nâabandi bagize Guverinoma nibura iminsi itatu (3) mbere yâuko inama iba, usibye ibibazo byihutirwa bisuzumwa nâinama zidasanzwe;
appointed within fifteen (15) days after the appointment of the Prime Minister.
The Cabinet shall implement national policy agreed upon by the President of the Republic and the Cabinet.
The Cabinet shall be answerable to the President of the Republic and Parliament. Modalities for exercising the oversight of the Government by the Parliament shall be provided for by the Constitution.
Article 118: Responsibilities of the Prime Minister (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Prime Minister shall:
1° head the operation of Cabinet in accordance with broad guidelines given by the President of the Republic and shall ensure the implementation of Laws ;
2° formulate Government programmes in consultation with other Cabinet members;
3° present to the Parliament Government programmes within a period of thirty (30) days after assuming office;
4° assign duties to Ministers, Ministers of State and other Cabinet members ;
5° convene Cabinet meetings, draw up the agenda of the Cabinet in consultation with other members of the Cabinet and shall communicate it to the President of the Republic and other members of the Cabinet at least three (3) days before the meeting, except in matters of urgency which shall be considered by extraordinary meetings of the Cabinet;
Gouvernement sont nommés dans un délai ne dépassant pas les quinze (15) jours suivant la nomination du Premier Ministre.
Le Gouvernement exĂ©cute la politique nationale arrĂȘtĂ©e de commun accord par le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Conseil des Ministres.
Le Gouvernement est responsable devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Parlement. Les modalitĂ©s de contrĂŽle de lâaction gouvernementale par le Parlement sont dĂ©terminĂ©es par la Constitution.
Article 118: Attributions du Premier Ministre (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Premier Ministre:
1° dirige lâaction du Gouvernement suivant les grandes orientations dĂ©finies par le PrĂ©sident de la RĂ©publique et assure le suivi de lâexĂ©cution des lois;
2° élabore le programme du Gouvernement en concertation avec les autres membres du Gouvernement;
3° présente au Parlement le programme du Gouvernement dans les trente (30) jours de son entrée en fonction;
4° fixe les attributions des ministres, secrĂ©taires dâEtat et autres membres du Gouvernement ;
5° convoque le Conseil des ministres, Ă©tablit son ordre du jour en consultation avec les autres membres du Gouvernement et le communique au PrĂ©sident de la RĂ©publique et aux autres membres du Gouvernement au moins trois jours (3) avant la tenue du Conseil, sauf les cas dâurgence dĂ©volus aux Conseils extraordinaires;
- 54 Â
6° ayobora Inama yâAbaminisitiri; icyakora, iyo Perezida wa Repubulika yayijemo ni we uyiyobora;
7° ashyira umukono ku mateka ashyiraho akanagenga imitunganyirize nâinshingano byâinzego za Leta ziri mu nshingano ze;
8° ashyira umukono ku mateka yerekeye ishyirwa ku mirimo nâivanwaho ryâabakozi bakuru bakurikira:
a) Umuyobozi wâIbiro bya Minisitiri wâIntebe;
b) Abanyamabanga Nshingwabikorwa ba za Komisiyo zâIgihugu ;
c) Abajyanama n'Abakuru b'imirimo mu Biro bya Minisitiri wâIntebe;
d) abandi bakozi bakuru mu bigo bya Leta igihe ntaho biteganyijwe ukundi ;
e) Abayobozi Bakuru nâAbayobozi mu Nteko Ishinga Amategeko, mu Rukiko rwâIkirenga, muri Serivisi za Minisitiri wâIntebe, mu Bushinjacyaha Bukuru, muri Minisiteri no mu zindi nzego za Leta;
f) Abashinjacyaha bo ku rwego rwâIgihugu, Abashinjacyaha bo ku rwego rwisumbuye nâAbashinjacyaha bo ku rwego rwâibanze;
g) Abakozi bashyirwaho mu rwego rumwe nâabavuzwe muri iyi ngingo kimwe nâabandi bayobozi bateganywa nâitegeko iyo bibaye ngombwa.
Abandi bakozi bashyirwaho
6° chair Cabinet meetings; however, when the President of the Republic is in attendance, he/she shall chair;
7° sign Orders establishing and determining the organisation and responsibilities of public services under his/her authority;
8° sign appointment and termination Orders for the following senior officers:
a) Director of Cabinet in the Office of the Prime Minister;
b) Executive Secretaries of National Commissions;
c) Advisors and Heads of Service in the Office of the Prime Minister;
d) Other Senior officers of Public Institutions where it is not provided otherwise;
e) Directors General and Directors within Parliament, Supreme Court, Office of the Prime Minister, National Public Prosecution Authority, Ministries and other public institutions ;
f) National Prosecutors, prosecutors at the intermediate level and prosecutors at the primary level;
g) Public servants appointed at a similar level as those specified in this Article and any others as the law may specify where necessary.
Other public servants shall be
6° préside le Conseil des Ministres ; toutefois, lorsque le Président de la République est présent, celui-ci en assure la présidence;
7° signe les arrĂȘtĂ©s portant crĂ©ation et dĂ©terminant lâorganisation et les attributions des services de lâEtat sous sa supĂ©rvision;
8° signe les arrĂȘtĂ©s de nomination et de cessation de fonction des hauts fonctionnaires suivants:
a) le Directeur de Cabinet du Premier Ministre;
b) les secrétaires exécutifs des Commissions Nationales ;
c) les conseillers et chefs de service dans les services du Premier Ministre;
d) les autres hauts cadres des Ă©tablissements publics sauf sâil en est disposĂ© autrement ;
e) les directeurs gĂ©nĂ©raux et directeurs au sein du Parlement, de la Cour SuprĂȘme, des services du Premier Ministre, de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire, des ministĂšres et autres institutions publiques ;
f) les procureurs nationaux, les officiers de poursuite judiciaire au niveau de grande instance et ceux dâinstance de base;
g) les fonctionnaires nommĂ©s Ă des fonctions de mĂȘme rang que ceux citĂ©s dans le prĂ©sent article et autres dirigeants dĂ©terminĂ©s par la loi si nĂ©cessaire.
Les autres fonctionnaires sont
- 55 Â
hakurikijwe amategeko yihariye.
Ingingo ya 119: Amateka ya Minisitiri wâIntebe ashyirwaho umukono wâingereka nâAbaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma bashinzwe kuyashyira mu bikorwa.
Ingingo ya 120: Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma bashyira mu bikorwa amategeko bakoresheje amateka igihe biri mu nshingano zabo.
Inama y'Abaminisitiri igendera ku ihame ry'uko abayigize bagomba gukorera hamwe.
Iteka rya Perezida rigena imikorere y'Inama y'Abaminisitiri, abayigize n'uburyo ibyemezo byayo bifatwa.
Ingingo ya 121: Ibyigwa nâInama yâAbaminisitiri (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâAbaminisitiri isuzuma:
1° imishinga yâamategeko nâiyâamategeko-teka;
2° imishinga yâamateka ya Perezida, aya Minisitiri wâIntebe, ayâAbaminisitiri, ayâAbanyamabanga ba Leta nâayâabandi bagize Guverinoma;
3° ibindi byose iherwa ububasha nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Iteka rya Perezida rigena Amateka y'Abaminisitiri, ayâAbanyamabanga ba Leta nâayâabandi bagize Guverinoma yemezwa atanyuze mu Nama y'Abaminisitiri.
appointed in accordance with specific Laws.
Article 119: Prime Ministerâs Orders shall be countersigned by the Ministers, Ministers of State and other members of the Cabinet responsible for their implementation.
Article 120: Ministers, Ministers of State and other members of Cabinet shall implement laws relating to matters for which they are responsible by way of orders.
The Cabinet shall function on the basis of collective responsibility.
A Presidential Order shall determine the Cabinetâs functioning, membership and procedures for making decisions.
Article 121: Items deliberated upon by the Cabinet (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Cabinet shall deliberate upon the following:
1° bills and draft decree-laws;
2° drafts of Presidential Orders, Prime Ministerâs Orders, Ministerial Orders, and Orders of Ministers of State and other members of Cabinet;
3° any other matters in respect of which the Constitution and other laws vest responsibility in the Cabinet.
A Presidential Order shall determine Ministerial Orders, Oders of Ministers of State and Orders of other members of Cabinet which shall be adopted without consideration by the Cabinet.
nommés conformément à des lois spécifiques.
Article 119: Les arrĂȘtĂ©s du Premier Ministre sont contresignĂ©s par les ministres, les secrĂ©taires dâEtat et autres membres du Gouvernement chargĂ©s de leur exĂ©cution.
Article 120: Les ministres, les secrĂ©taires d'Etat et les autres membres du Gouvernement exĂ©cutent, les lois par voie dâarrĂȘtĂ©s lorsquâils en sont chargĂ©s.
Le Conseil des Ministres fonctionne sur base du principe de la solidarité gouvernementale.
Un arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel dĂ©termine le fonctionnement, la composition et le mode de prise de dĂ©cision du Conseil des Ministres.
Article 121: Points examinĂ©s par le Conseil des Ministres (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil des Ministres délibÚre sur:
1° les projets de lois et de décrets-lois ;
2° les projets dâarrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels, du Premier Ministre, des ministres, des secrĂ©taires dâEtat et dâautres membres du Gouvernement ;
3° toutes autres questions de sa compĂ©tence en vertu de la Constitution et dâautres lois.
Un arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel dĂ©termine les arrĂȘtĂ©s ministĂ©riels, les arrĂȘtĂ©s des secrĂ©taires dâEtat et ceux des autres membres du Gouvernement qui ne sont pas soumis Ă lâadoption du Conseil des Ministres.
- 56 -
Ingingo ya 122: Ibigenerwa abagize Guverinoma nâibitabangikanwa nâimirimo yabo (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Imirimo yâabagize Guverinoma ntibangikana no kuba mu bagize Inteko Ishinga Amategeko cyangwa gukora undi murimo uhemberwa.
Indi mirimo itabangikanywa no kuba mu bagize Guverinoma igenwa nâitegeko ngenga ryerekeye imyitwarire yâabayobozi.
Itegeko ngenga rigena ibigenerwa abagize Guverinoma.
Ingingo ya 123 : Mbere yo gutangira imirimo, Minisitiri wâIntebe, Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, Inteko Ishinga Amategeko nâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 124 : Iyo Minisitiri wâIntebe yeguye cyangwa avuyeho ku mpamvu iyo ari yo yose, bituma nâabandi bagize Guverinoma begura.
Perezida wa Repubulika yakira ukwegura kwa Guverinoma iyo Minisitiri wâIntebe akumushyikirije.
Muri icyo gihe Guverinoma ikora gusa imirimo ya buri munsi kugeza igihe hashyiriweho indi Guverinoma.
Ingingo ya 125 : Buri Minisitiri, buri Munyamabanga wa Leta cyangwa undi wese mu bagize Guverinoma ashobora kwegura ku bushake bwe abikoze mu nyandiko. Inyandiko yo kwegura ishyikirizwa Perezida wa Repubulika binyujijwe kuri Minisitiri wâIntebe.
Uko kwegura kwemerwa iyo mu
Article 122: Benefits for members of the Cabinet and incompatibilities with their office (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The office of members of Cabinet is incompatible with membership of Parliament or any other remunerated activity.
Other incompatibilities with being a member of Cabinet shall be determined by the Organic Law on leadership code of conduct.
An Organic Law shall determine benefits to which members of the Cabinet are entitled.
Article 123: Before assuming office, the Prime Minister, Ministers, Ministers of State and other members of Cabinet shall take oath before the President of the Republic, Parliament and the Supreme Court.
Article 124: The resignation or vacation of the office of the Prime Minister on account of any reason shall lead to resignation of other members of the Cabinet.
The President of the Republic shall receive the resignation of the Cabinet when it is submitted by the Prime Minister.
During such period, the Cabinet shall only deal with routine business until a new Cabinet is appointed.
Article 125: Each Minister, Minister of State or other member of the Cabinet may individually tender in his/her resignation to the President of the Republic through the Prime Minister.
The resignation shall become
Article 122: Avantages dĂ©volus aux membres du Gouvernement et incompatibilitĂ©s de leurs fonctions (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les fonctions de membre du Gouvernement sont incompatibles avec lâexercice dâun mandat parlementaire ou d'une autre activitĂ© rĂ©munĂ©rĂ©e.
Les autres incompatibilités avec les fonctions de membre du Gouvernement sont déterminées par la loi organique régissant le code de conduite des autorités.
Une loi organique fixe les avantages alloués aux membres du Gouvernement.
Article 123: Avant dâentrer en fonction, le Premier Ministre, les ministres, les secrĂ©taires dâEtat et les autres membres du Gouvernement prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique et en prĂ©sence du Parlement et de la Cour SuprĂȘme.
Article 124: La dĂ©mission ou la cessation de fonctions du Premier Ministre entraĂźne la dĂ©mission de lâensemble des membres du Gouvernement.
Le Président de la République prend acte de la démission du Gouvernement lui présentée par le Premier Ministre.
Dans ce cas, le Gouvernement assure seulement lâexpĂ©dition des affaires courantes jusquâĂ la formation dâun nouveau Gouvernement.
Article 125: Chaque ministre, secrĂ©taire d'Etat ou autre membre du Gouvernement peut, Ă titre personnel, prĂ©senter sa dĂ©mission au PrĂ©sident de la RĂ©publique par lâintermĂ©diaire du Premier Ministre.
Cette dĂ©mission nâest dĂ©finitive que
- 57 Â
gihe cyâiminsi itanu (5) nyirâubwite atisubiyeho kandi na Perezida wa Repubulika akamwemerera.
Icyiciro cya 3 : Ibyerekeye Ubuyobozi bwâibikorwa bya Leta
Ingingo ya 126 : Abakozi ba Leta bahabwa akazi, bashyirwa mu myanya, bazamurwa mu ntera hakurikijwe ihame ryâuko abenegihugu bose bangana, nta kugendera ku marangamutima, nta kubogama kandi binyuze mu mucyo hashingiwe ku bushobozi nâubudakemwa bwâabasaba akazi bâinyangamugayo bâibitsina byombi.
Leta yishingira ukutabogama kwâabayobozi bâibikorwa bya Leta, ukwâIngabo zâu Rwanda, ukwâabapolisi bâu Rwanda nâuko Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâ Umutekano. Bose bagomba buri gihe kutagira aho babogamira no gukorera abaturage nta vangura.
UMUTWE WA IV : IBYEREKEYE IMIKORANIRE YâUBUTEGETSI SHINGAMATEGEKO NâUBUTEGETSI NYUBAHIRIZATEGEKO
Ingingo ya 127 : Perezida wa Repubulika na Minisitiri wâIntebe bagomba kumenyeshwa ibiri ku murongo wâibyigwa mu nama za buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko nâiza Komisiyo zawo.
Minisitiri wâIntebe nâabandi bagize Guverinoma bashobora kujya mu nama za buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko iyo babishatse. Bahabwa ijambo buri gihe iyo barisabye.
Iyo bibaye ngombwa bashobora guherekezwa nâimpuguke bihitiyemo.
Izo mpuguke zishobora gufata ijambo mu nama za Komisiyo Zihoraho gusa.
effective if, within a period of five (5) days, it is not withdrawn by the member of Cabinet concerned and the President of the Republic has consented to it.
Section 3: Public Administration
Article 126: Public servants shall be recruited, posted and promoted in conformity with the principle of equality of citizens, through an objective, impartial and transparent system on the basis of the competence, merit and integrity of applicants of both sexe.
The State shall guarantee the impartiality of the leadership of government departments, the Rwanda Defence Forces, the Rwanda National Police and the National Intelligence and Security Service. They shall all, at all times, ensure impartiality and serve all citizens without discrimination.
CHAPTER IV: RELATIONSHIP BETWEEN THE LEGISLATURE AND EXECUTIVE
Article 127: The President of the Republic and the Prime Minister shall be informed of the agenda of the sessions of each Chamber of Parliament and of its Committees.
The Prime Minister and other members of the Cabinet may attend the sessions of each Chamber of Parliament if they so wish. They take the floor whenever they request to do so.
They may, if need be, be accompanied by technical advisers of their choice.
Such technical advisers may only take part in deliberations in Standing Committees.
si, dans un dĂ©lai de cinq (5) jours, elle nâest pas retirĂ©e par lâintĂ©ressĂ© et que le PrĂ©sident de la RĂ©publique marque son accord.
Section 3: De lâAdministration Publique
Article 126: Les agents de lâEtat sont recrutĂ©s, affectĂ©s et promus conformĂ©ment au principe dâĂ©galitĂ© des citoyens, suivant un systĂšme objectif, impartial et transparent basĂ© sur la compĂ©tence et les capacitĂ©s des candidats intĂšgres des deux sexes.
LâEtat garantit la neutralitĂ© de lâadministration, des Forces Rwandaises de DĂ©fense, de la Police Nationale du Rwanda et du Service National de Renseignements et de SĂ©curitĂ© qui doivent, en toutes circonstances, garder lâimpartialitĂ© et ĂȘtre au service de tous les citoyens.
CHAPITRE IV: DES RAPPORTS ENTRE LE POUVOIR LEGISLATIF ET LE POUVOIR EXECUTIF
Article 127: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Premier Ministre doivent ĂȘtre informĂ©s de lâordre du jour des sĂ©ances de chaque Chambre du Parlement et de ses Commissions.
Le Premier Ministre et les autres membres du Gouvernement peuvent, sâils le dĂ©sirent, assister aux sĂ©ances de chaque Chambre du Parlement. Ils y prennent la parole chaque fois quâils en expriment le dĂ©sir.
Ils peuvent, le cas échéant, se faire accompagner des techniciens de leur choix.
Ces techniciens peuvent prendre la parole seulement dans les Commissions permanentes.
- 58 -
Ingingo ya 128: Uburyo Umutwe wâAbadepite umenya ukanagenzura ibikorwa bya Guverinoma ni ubu bukurikira :
1° kubaza mu magambo ;
2° kubaza mu nyandiko ;
3° kubaza muri Komisiyo ;
4° gushyiraho Komisiyo yâigenzura ;
5° kubarizwa mu ruhame rwâInteko.
Itegeko ngenga rigena ibigomba gukurikizwa mu kumenya no kugenzura ibikorwa bya Guverinoma.
Ingingo ya 129: Mu rwego rwo kumenya no kugenzura imikorere ya Guverinoma, abagize Sena bashobora kubaza Minisitiri wâIntebe mu magambo cyangwa mu nyandiko agasubiza ubwe, iyo ari ibibazo byerekeye Guverinoma yose cyangwa minisiteri nyinshi icyarimwe, cyangwa agasubirizwa nâAbaminisitiri ba za minisiteri bireba.
Sena ishobora na none gushyiraho za komisiyo zishinzwe kugenzura ibikorwa bya Guverinoma.
Icyakora, ntishobora kubariza mu ruhame abagize Guverinoma cyangwa ngo itangize ibyerekeye kubavanaho icyizere.
Ingingo ya 130: Umutwe wâAbadepite ushobora gukemanga imikorere ya Guverinoma, iyâumwe cyangwa benshi mu bagize Guverinoma ukoresheje itora ryâicyemezo cyo kubavanaho icyizere.
Article 128: The Chamber of Deputies shall employ the following methods to obtain information and oversight of activities government:
exercise of the
1° oral questions;
2° written questions;
3° hearings before Committees;
4° Commissions of inquiry;
5° interpellation.
An Organic Law shall determine the procedures by which Parliament obtains information and exercises oversight of government action.
Article 129: In the context of obtaining information and exercising oversight of government action, members of the Senate may address oral or written questions to the Prime Minister to which he/she shall either respond in person if the questions relate to the government as a whole or to many Ministries collectively or through the Ministers responsible for the matters in question.
The Senate may, in addition, set up commissions for oversight of government action.
However, it shall not conduct interpellation or initiate a motion of no confidence.
Article 130: The Chamber of Deputies may put the performance of Cabinet or of one or several members into question through a vote of no confidence.
Article 128: Les moyens dâinformation et de contrĂŽle de la Chambre des DĂ©putĂ©s Ă lâĂ©gard de lâaction gouvernementale sont :
1° la question orale;
2° la question écrite;
3° lâaudition en Commission;
4° la Commission dâenquĂȘte;
5° lâinterpellation.
Une loi organique fixe les conditions et les procĂ©dures relatives aux moyens dâinformation et de contrĂŽle de l'action gouvernementale.
Article 129: Dans le cadre de la procĂ©dure dâinformation et de contrĂŽle de l'action gouvernementale, les membres du SĂ©nat peuvent adresser au Premier Ministre des questions orales ou des questions Ă©crites auxquelles il rĂ©pond soit lui-mĂȘme, sâil sâagit de questions concernant lâensemble du Gouvernement ou plusieurs ministĂšres Ă la fois, soit par lâintermĂ©diaire des Ministres concernĂ©s sâil sâagit de questions concernant leurs dĂ©partements ministĂ©riels.
Le SĂ©nat peut Ă©galement constituer des commissions pour le contrĂŽle de lâaction gouvernementale.
Toutefois, il ne peut procĂ©der Ă lâinterpellation ni initier la procĂ©dure de censure.
Article 130: La Chambre des DĂ©putĂ©s peut mettre en cause la responsabilitĂ© du Gouvernement ou celle dâun ou plusieurs membres du Gouvernement par le vote dâune motion de censure.
- 59 -
Icyifuzo cyo gukuraho icyizere cyakirwa gusa nyuma yo kubarizwa mu ruhame rwâInteko kandi kigashyirwaho umukono nibura na kimwe cya gatanu (1/5) cyâabagize Umutwe wâAbadepite iyo bireba umwe mu bagize Guverinoma, cyangwa kimwe cya gatatu (1/3) nibura iyo bireba Guverinoma yose.
Icyemezo cyo kuvanaho icyizere ntigishobora gutorwa hadashize nibura amasaha mirongo ine nâumunani (48) kuva itora ryâicyo cyemezo risabwe, cyemezwa gusa kandi nâitora ribereye mu ibanga ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize Umutwe wâAbadepite.
Isoza ryâibihembwe bisanzwe cyangwa bidasanzwe rigomba gusubikwa kugira ngo hakorwe ibiteganywa nâiyi ngingo.
Ingingo ya 131: Umwe mu bagize Guverinoma wakuweho icyizere agomba gushyikiriza Perezida wa Repubulika ukwegura kwe abinyujije kuri Minisitiri wâIntebe.
Iyo ari Guverinoma yose yakuweho icyizere, Minisitiri wâIntebe ashyikiriza Perezida wa Repubulika ukwegura kwa Guverinoma.
Iyo gukurwaho icyizere bidatowe, abashyize umukono ku nyandiko ibisaba ntibemerewe kongera kubisaba muri icyo gihembwe.
Ingingo ya 132: Bimaze kwemezwa nâInama yâAbaminisitiri, Minisitiri wâIntebe ashobora gusaba abagize Umutwe wâAbadepite kumugaragariza icyizere haba mu kwemeza gahunda yâibikorwa bya Guverinoma cyangwa mu gutora umushinga wâitegeko.
Impaka ku kibazo cyo kugaragaza
A motion of no confidence shall only be accepted after interpellation and only on condition that the motion is signed by at least a fifth (1/5) of the members of the Chamber of Deputies in the case of a vote of no confidence against one member of the Cabinet, or by at least a third (1/3) of the members of the Chamber of Deputies if it concerns the entire Cabinet.
A motion of no confidence shall not be voted upon prior to the expiry of at least forty-eight (48) hours after its introduction and shall be adopted through a secret ballot by a majority of at least two-thirds (2/3) of the members of the Chamber of Deputies.
The conclusion of ordinary or extraordinary sessions shall be postponed to ensure the application of the provisions of this Article.
Article 131: A member of the Cabinet against whom a vote of no confidence is passed shall tender his/her resignation to the President of the Republic through the Prime Minister.
When the vote of no confidence is passed against the Government, the Prime Minister shall tender the resignation of the Government to the President of the Republic.
Where a motion of no confidence is rejected, signatories to the motion shall not introduce another motion for a vote of no confidence during the same session.
Article 132: The Prime Minister may, upon the proposal by the Cabinet, request the Chamber of Deputies to pass a motion on a vote of confidence either in respect of the Government programme or adoption of a bill.
The debate on the request for a vote
Une motion de censure nâest recevable quâaprĂšs une interpellation et que si elle est signĂ©e par un cinquiĂšme (1/5) au moins des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s pour le cas dâun membre du Gouvernement ou par un tiers (1/5) au moins sâil sâagit de tout le Gouvernement.
Le vote ne peut avoir lieu que quarante huit (48) heures au moins aprĂšs le dĂ©pĂŽt de la motion, et celle ci ne peut ĂȘtre adoptĂ©e quâau scrutin secret et Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s.
La clĂŽture des sessions ordinaires ou extraordinaires est de droit retardĂ©e pour permettre lâapplication des dispositions du prĂ©sent article.
Article 131: Un membre du Gouvernement contre lequel est adoptée une motion de censure est tenu de présenter sa démission au Président de la République par l'intermédiaire du Premier Ministre.
Lorsque la motion de censure est adoptée contre le Gouvernement, le Premier Ministre présente la démission du Gouvernement au Président de la République.
Si la motion de censure est rejetĂ©e, ses signataires ne peuvent en prĂ©senter une nouvelle au cours de la mĂȘme session.
Article 132: Le Premier Ministre peut, aprĂšs dĂ©libĂ©ration du Conseil des Ministres, engager la responsabilitĂ© du Gouvernement devant la Chambre des DĂ©putĂ©s en posant la question de confiance, soit sur lâapprobation du programme du Gouvernement, soit sur le vote dâun texte de loi.
Le débat sur la question de confiance
- 60 Â
icyizere ntizishobora kugibwa mbere yâiminsi itatu (3) yuzuye uhereye igihe icyo kibazo cyabagereyeho.
Kutagaragariza Minisitiri wâIntebe icyizere bikorwa gusa binyuze mu itora rikozwe mu ibanga kandi ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâAbagize Umutwe wâAbadepite.
Iyo minisitiri wâIntebe bamwimye icyizere, agomba gushyikiriza Perezida wa Repubulika ukwegura kwa Guverinoma mu gihe kitarenze amasaha makumyabiri nâane (24).
Ingingo ya 133: Iseswa ryâInteko Ishinga Amategeko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 kanama 2008) Bitabangamiye ibiteganywa mu ngingo ya 76 yâiri Tegeko Nshinga, Perezida wa Repubulika, amaze kugisha inama Minisitiri wâIntebe, ba Perezida bâImitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko na Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, ashobora gusesa Umutwe wâabadepite ku mpamvu zâibibazo bikomereye igihugu.
Itora ryâabadepite rikorwa mu minsi itarenze mirongo icyenda (90) ikurikira iryo seswa.
Perezida wa Repubulika ntashobora gusesa Umutwe wâabadepite inshuro zirenze imwe muri manda ye.
Sena ntishobora guseswa.
Ingingo ya 134: Kumenyesha Inteko Ishinga Amategeko ibikorwa bya Guverinoma (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Rimwe mu gihembwe cyâInteko Ishinga Amategeko, Minisitiri wâIntebe aza gusobanurira Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ibikorwa bya Guverinoma.
of confidence may not take place prior to the expiry of at least three (3) full days from the time the request was submitted.
A vote on the motion of confidence may only be rejected through a secret ballot by a majority of two- thirds (2/3) of the members to the Chamber of Deputies.
In the event that the Prime Minister loses a vote of confidence, he/she shall submit the resignation of the Governement to the President of the Republic, within twenty four (24) hours.
Article 133: Dissolution of Parliament (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Without prejudice to the provisions Article 76 of this Constitution, the President of the Republic after consultation with the Prime Minister, both Presidents of the Chambers of Parliament and the President of the Supreme Court, may dissolve the Chamber of Deputies if there are national interests at stake.
Elections of the Deputies shall take place within a period not exceeding ninety (90) days after dissolution.
The President of the Republic shall not dissolve the Chamber of Deputies more than once during his/her term of office.
The Senate shall not be dissolved.
Article 134: Informing the Parliament of Government activities (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Prime Minister shall, once in a session of the Parliament, inform both Chambers of Parliament in a joint session, of government activities.
ne peut avoir lieu que trois (3) jours francs aprĂšs quâelle ait Ă©tĂ© posĂ©e.
La confiance ne peut ĂȘtre refusĂ©e que par un vote au scrutin secret Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) de membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s.
Si la confiance est refusée, le Premier Ministre doit présenter au Président de la République la démission du Gouvernement, dans un délai ne dépassant pas vingt quatre (24) heures.
Article 133: Dissolution du Parlement (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Sans prĂ©judice aux dispositions de lâarticle 76 de la prĂ©sente Constitution, le PrĂ©sident de la RĂ©publique peut, aprĂšs consultation du Premier Ministre, des PrĂ©sidents des deux Chambres du Parlement et du PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme, prononcer la dissolution de la Chambre des DĂ©putĂ©s pour des motifs importants en rapport avec les intĂ©rĂȘts de la nation.
Les élections des Députés ont lieu dans un délai ne dépassant pas quatre-vingt dix (90) jours qui suivent la dissolution.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique ne peut pas dissoudre la Chambre des DĂ©putĂ©s plus dâune fois au cours de son mandat.
Le SĂ©nat ne peut pas ĂȘtre dissout.
Article 134: Information du Parlement des activitĂ©s du Gouvernement (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Une fois par session parlemementaire, le Premier Ministre informe le Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, de lâaction du Gouvernement.
- 61 -
Minisitiri w'Intebe ashyikiriza Biro ya buri Mutwe w'Inteko Ishinga Amategeko ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri mu gihe kitarenze iminsi umunani (8) nyuma yâuko byemejwe.
Mu gihe cyâibihembwe byâInteko, inama imwe buri cyumweru iharirwa ibibazo abagize Inteko Ishinga Amategeko babaza Guverinoma nâibisubizo ibaha.
Guverinoma igomba guha Imitwe yâInteko Ishinga Amategeko ibisobanuro byose isabwe ku micungire nâibikorwa byayo.
Ingingo ya 135: Perezida wa Repubulika ageza ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko yose cyangwa ku Mutwe umwe yiyiziye ubwe cyangwa ahaye Minisitiri wâIntebe ubutumwa asomera imbere yâInteko. Nta mpaka zigibwa muri icyo gihe.
Iyo atari igihe cyâibihembwe, Inteko Ishinga Amategeko cyangwa umwe mu Mitwe yayo, itumizwa ikanaterana byâumwihariko kubera iyo mpamvu.
Ingingo ya 136: Perezida wa Repubulika afite uburenganzira bwo gutangiza intambara akabimenyesha Inteko Ishinga Amategeko mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7). Inteko Ishinga Amategeko ifata icyemezo ku bwiganze busanzwe bwâabagize buri Mutwe.
Ingingo ya 137: Ibihe byâamage nâibihe byâimidugararo biteganywa nâitegeko kandi bitangazwa na Perezida wa Repubulika bimaze kwemezwa nâInama yâAbaminisitiri.
Kwemeza ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo bigomba gutangirwa impamvu zumvikana bikagaragaza igice cyâIgihugu icyo cyemezo kireba nâingaruka zacyo, bikagaragaza kandi uburenganzira, ubwigenge nâibyo umuntu yemererwa nâamategeko
The Prime Minister shall communicate decisions of the Cabinet to the Bureau of each Chamber of the Parliament within a period not exceeding eight (8) days after their approval.
During the session period, one sitting each week shall be devoted to questions by members of the Parliament addressed to the government and responses thereto.
The government shall provide the Chambers of the Parliament with all necessary explanations required concerning its management and activities.
Article 135: The President of the Republic may address the Chambers of Parliament together or separately, either in person or by a message read on his/her behalf by the Prime Minister. There shall be no debate on such communication.
Should Parliament not be in session, it or one of its Chambers shall be convened specially for the purpose.
Article 136: The President of the Republic shall have the right to declare war and inform the Parliament within seven (7) days. Parliament shall adopt a vote on the matter by a simple majority of the members of each Chamber.
Article 137: A state of emergency and a state of siege shall be governed by the Law and declared by the President of the Republic, following a decision of the Cabinet.
A declaration of a state of siege or state of emergency must give clear reasons which justify it, specify the part of national territory to which it applies and its consequences, indicate the rights, freedoms and guarantees provided by Law which are suspended and the duration of the
Le Premier Ministre transmet au Bureau de chaque Chambre du Parlement les décisions du Conseil des Ministres endéans huit (8) jours de leur adoption.
Durant les sessions, une séance par semaine est réservée aux questions formulées par les membres du Parlement au Gouvernement et aux réponses y relatives.
Le Gouvernement est tenu de fournir aux Chambres du Parlement toutes les explications qui lui sont demandées sur sa gestion et sur ses activités.
Article 135: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique adresse personnellement un message au Parlement devant lâune des Chambres ou les deux Chambres rĂ©unies ou dĂ©lĂšgue le Premier Ministre Ă cet effet. Ce message ne donne lieu Ă aucun dĂ©bat.
Hors session, le Parlement ou l'une de ses Chambres est, selon le cas, convoqué et se réunit spécialement à cet effet.
Article 136: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique a le droit de dĂ©clarer la guerre et dâen informer le Parlement dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas sept (7) jours. Le Parlement statue sur la dĂ©claration de guerre Ă la majoritĂ© simple des membres de chaque Chambre.
Article 137: LâĂ©tat de siĂšge et lâĂ©tat dâurgence sont rĂ©gis par la loi et sont proclamĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique aprĂšs dĂ©cision du Conseil des Ministres.
La dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence doit ĂȘtre dĂ»ment motivĂ©e et spĂ©cifier lâĂ©tendue du territoire concernĂ©, ses effets, les droits, les libertĂ©s et les garanties suspendus de ce fait et sa durĂ©e qui ne peut ĂȘtre supĂ©rieure Ă quinze jours (15).
- 62 Â
bihagarikwa ndetse nâigihe bigomba kumara kidashobora kurenga iminsi cumi nâitanu (15).
Icyo gihe ntigishobora kongerwa birenze iminsi cumi nâitanu (15) keretse iyo bitangiwe uburenganzira nâInteko Ishinga Amategeko ibyemeza ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.
Mu ntambara, iyo ibihe byâamage byatangajwe, itegeko rishobora kugena igihe gisumba igiteganywa mu gika kibanziriza iki.
Ibihe byâamage ntibigomba kurenza igihe cya ngombwa cyo kugira ngo hagaruke ibihe bisanzwe birangwa na demokarasi.
Kwemeza ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo ntibishobora na rimwe kubangamira uburenganzira bwo kubaho, kudahungabanywa ku mubiri, uburenganzira abantu bahabwa nâamategeko ku miterere nâububasha bwabo, ku bwenegihugu, ihame ryâuko itegeko mpanabyaha ridahana icyaha cyakozwe mbere yâuko rijyaho, uburenganzira bwo kwiregura nâubwisanzure ku mitekerereze no ku idini.
Kwemeza ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo ntibishobora na rimwe kubangamira ububasha bwa Perezida wa Repubulika, ubwâInteko Ishinga Amategeko, ubwâUrukiko rwâIkirenga nâubwa Minisitiri wâIntebe cyangwa guhindura amahame yerekeye ibyo Leta nâabakozi bayo bashobora kuryozwa hakurikijwe iri Tegeko Nshinga.
Mu bihe byâamage cyangwa mu bihe byâimidugararo kugeza hashize iminsi mirongo itatu bivanyweho, nta gikorwa na kimwe cyâitora gishobora gukorwa.
Ingingo ya 138: Ibihe byâamage ntibishobora gutangazwa mu gihugu cyose cyangwa mu gice cyacyo, keretse iyo
state of siege or state of emergency which may not exceed a period of fifteen (15) days.
The state of siege or the state of emergency cannot be extended beyond a period of fifteen (15) days without the approval of Parliament, which approval requires a majority of two-thirds (2/3) of the members of each Chamber.
During war time, when a state of siege or a state of emergency has been declared, the duration of the state of siege may by Law be extended beyond the period provided for in the previous paragraph.
The duration of a state of siege must not exceed the period strictly necessary to ensure the return of normal conditions characterised by democracy.
A declaration of a state of siege or state of emergency shall not under any circumstances violate the right to life and physical integrity of the person, the rights accorded to people by Law in relation to their status, capacity and nationality; the principle of non-retroactivity of criminal law, the right to legal defence and freedom of conscience and religion.
A declaration of a state of siege or state of emergency shall not under any circumstance affect the powers of the President of the Republic, Prime Minister, Parliament or Supreme Court nor can it modify the principles relating to the responsibility of the State and public officials provided for in this Constitution.
No elections of any kind may be held during or within a period of less than thirty days after the state of siege or state of emergency.
Article 138: A state of siege cannot be declared on the entire or a part of the national territory unless the country has
Sa prolongation au-delĂ de quinze (15) jours ne peut ĂȘtre autorisĂ©e que par le Parlement statuant Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) de chaque Chambre.
En temps de guerre, si lâĂ©tat de siĂšge a Ă©tĂ© dĂ©clarĂ©, une loi peut fixer la durĂ©e supĂ©rieure Ă celle prĂ©vue Ă l'alinĂ©a prĂ©cĂ©dent.
LâĂ©tat de siĂšge doit se limiter Ă la durĂ©e strictement nĂ©cessaire pour rĂ©tablir rapidement la situation dĂ©mocratique normale.
La dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou de lâĂ©tat dâurgence ne peut en aucun cas porter atteinte au droit Ă la vie, Ă lâintĂ©gritĂ© physique, Ă lâĂ©tat et Ă la capacitĂ© des personnes, Ă la nationalitĂ©, Ă la non rĂ©troactivitĂ© de la loi pĂ©nale, au droit de la dĂ©fense ni Ă la libertĂ© de conscience et de religion.
La dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou de lâĂ©tat dâurgence ne peut en aucun cas affecter les compĂ©tences du PrĂ©sident de la RĂ©publique, du Premier Ministre, du Parlement et de la Cour SuprĂȘme ni modifier les principes de responsabilitĂ© de lâEtat et de ses agents consacrĂ©s par la prĂ©sente Constitution.
Pendant lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence et jusquâau trentiĂšmejour aprĂšs sa levĂ©e, aucune opĂ©ration Ă©lectorale ne peut avoir lieu.
Article 138: LâĂ©tat de siĂšge ne peut ĂȘtre dĂ©clarĂ©, sur la totalitĂ© ou une partie du territoire national, quâen cas
- 63 Â
igihugu cyatewe cyangwa kiri hafi guterwa nâamahanga, cyugarijwe cyangwa se iyo inzego zashyizweho nâItegeko Nshinga zahungabanye.
Ibihe byâimidugararo byemezwa mu gihugu hose cyangwa mu gice cyacyo, iyo Igihugu kiri mu byago cyangwa iyo inzego zashyizweho nâItegeko Nshinga zahungabanye ariko uburemere bwabyo butageze ku rugero rwatuma hatangazwa ibihe byâamage.
Ingingo ya 139: Mu bihe byâamage cyangwa mu bihe byâimidugararo, Umutwe wâAbadepite ntushobora guseswa kandi Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko ihita ihamagazwa iyo itari mu gihembwe gisanzwe.
Iyo ku itariki yatangarijweho ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo, Umutwe wâAbadepite wari warasheshwe cyangwa manda yâabadepite yararangiye, ububasha bwâInteko Ishinga Amategeko bwerekeye ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo bukoreshwa na Sena.
UMUTWE WA V : IBYEREKEYE UBUTEGETSI BWâUBUCAMANZA
Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye ingingo rusange
Ingingo ya 140 : Ubutegetsi bwâUbucamanza bushinzwe Urukiko rwâIkirenga nâizindi nkiko zishyirwaho nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Ubutegetsi bwâUbucamanza burigenga kandi butandukanye nâUbutegetsi Nshingamategeko nâUbutegetsi Nyubahirizategeko.
Bufite ubwigenge mu micungire yâabakozi nâimari.
Imanza zicibwa mu izina ryâabaturage kandi ntawe ushobora kwicira urubanza ubwe.
suffered or is about to suffer aggression by foreign states, faces grave dangers or in the case of destabilisation of the institutions established by this Constitution.
A state of emergency shall be declared on the entirety or part of the national territory when the country faces a public disaster or constitutional crisis whose gravity does not warrant the declaration of a state of siege.
Article 139: During the period of a state of siege or state of emergency, the Chamber of Deputies cannot be dissolved and the Chambers of Parliament shall be recalled immediately if they are in recess.
If at the time of a declaration of a state of siege or state of emergency the Chamber of Deputies has previously been dissolved or its term has expired, the powers of Parliament relating to a state of siege or state of emergency shall be exercised by the Senate.
CHAPTER V: THE JUDICIARY
Section One: General provisions
Article 140: Judiciary shall be exercised by the Supreme Court and other courts established by the Constitution and other Laws.
The Judiciary is independent and separate from the legislative and executive branches of government.
The judiciary shall enjoy financial and administrative autonomy.
Justice is rendered in the name of the people and nobody may be a judge in his or her own cause.
dâagression effective ou imminente du territoire national par des forces Ă©trangĂšres, ou en cas de menace grave ou de trouble de lâordre constitutionnel.
LâĂ©tat dâurgence est dĂ©clarĂ©, sur la totalitĂ© ou une partie du territoire national, en cas de calamitĂ© publique ou de trouble de lâordre constitutionnel dont la gravitĂ© ne justifie pas la dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge.
Article 139: Pendant la durĂ©e de lâĂ©tat de siĂšge ou de lâĂ©tat dâurgence, la Chambre des DĂ©putĂ©s ne peut ĂȘtre dissoute et les Chambres du Parlement sont automatiquement convoquĂ©es si elles ne siĂšgent pas en session ordinaire.
Si Ă la date de la dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence la Chambre des DĂ©putĂ©s avait Ă©tĂ© dissoute ou si la lĂ©gislature avait pris fin, les compĂ©tences du Parlement concernant lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence sont exercĂ©es par le SĂ©nat.
CHAPITRE V: DU POUVOIR JUDICIAIRE
Section PremiÚre: Des dispositions générales
Article 140: Le Pouvoir Judiciaire est exercĂ© par la Cour SuprĂȘme et les autres Cours et Tribunaux instituĂ©s par la Constitution et dâautres lois.
Le Pouvoir Judiciaire est indépendant et séparé du Pouvoir Législatif et du Pouvoir Exécutif.
Le Pouvoir Judiciaire jouit de lâautonomie de gestion administrative et financiĂšre.
La justice est rendue au nom du peuple. Nul ne peut se rendre justice Ă soi-mĂȘme.
- 64 -
Ibyemezo byâubucamanza bigomba gukurikizwa nâabo bireba bose, zaba inzego zâubutegetsi bwa Leta cyangwa abantu ku giti cyabo. Ntibishobora kuvuguruzwa keretse binyuze mu nzira no mu buryo buteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 141: Imikorere yâInkiko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Imanza ziburanishirizwa mu ruhame keretse iyo urukiko rwemeje ko habaho umuhezo mu gihe kuburanishiriza mu ruhame byagira ingaruka mbi ku ituze rusange rya rubanda cyangwa bigatera urukozasoni.
Urubanza rwose rwaciwe rugomba kugaragaza impamvu rushingiyeho kandi rukandikwa mu ngingo zarwo zose; rugomba gusomerwa mu ruhame hamwe nâimpamvu zose uko zakabaye nâicyemezo cyafashwe.
Inkiko zikurikiza gusa amateka cyangwa amabwiriza iyo atanyuranyije nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Bitabangamiye uburenganzira bwâababuranyi bwo kureshya imbere yâubucamanza, Itegeko ngenga rigena imitunganyirize, imikorere nâububasha byâUrukiko rwâIkirenga rigena ishyirwaho ryâumucamanza umwe nâubwoko bwâimanza ashobora kuburanisha muri urwo rukiko.
Itegeko Ngenga rigena imiterere, imikorere nâububasha byâinkiko rigena ishyirwaho ryâumucamanza umwe nâubwoko bwâimanza ashobora kuburanisha mu nkiko zindi zisanzwe nâizâUbucuruzi. Iryo tegeko ngenga rigena uburyo ibikubiye muri iki gika bishyirwa mu bikorwa.
Judicial decisions shall be binding on all parties concerned, be the public authorities or individuals. They shall not be challenged except through ways and procedures determined by law.
Article 141: Functioning of Courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Court proceedings shall be conducted in public unless Court determines that proceedings should be in camera on ground that a public hearing might have an adverse effect on general public order or cause moral embarrassment.
Every court decision shall indicate the grounds of its basis, be written in its entirety, delivered in public together with the reasons and orders taken therein.
Courts shall apply Orders or regulations that are not inconsistent with the Constitution and other Laws.
Without prejudice to equality of litigants before courts of law, the Organic Law establishing the organisation, functioning and jurisdiction of the Supreme Court shall determine the institution of a single judge and his/her jurisdiction in the Supreme Court.
The Organic Law determining the organisation, functioning and jurisdiction of Courts shall determine institution of a single judge and his/her jurisdiction in other ordinary and commercial courts. The same Organic Law shall provide for the application of the above provisions.
Les dĂ©cisions judiciaires sâimposent Ă tous ceux qui y sont parties, que ce soit les pouvoirs publics ou les particuliers. Elles ne peuvent ĂȘtre remises en cause que par les voies et sous les formes prĂ©vues par la loi.
Article 141 : Fonctionnement des juridictions (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les audiences des juridictions sont publiques sauf le huis clos prononcĂ© par une juridiction lorsque cette publicitĂ© est dangereuse pour l'ordre public ou les bonnes mĆurs.
Tout jugement ou arrĂȘt doit ĂȘtre motivĂ© et entiĂšrement rĂ©digĂ© ; il doit ĂȘtre prononcĂ© avec ses motifs et son dispositif en audience publique.
Les juridictions nâappliquent les arrĂȘtĂ©s ou rĂšglements que pour autant quâils sont conformes Ă la Constitution et aux lois.
Sans prĂ©judice de lâĂ©galitĂ© des justiciables devant la justice, la loi organique portant organisation, fonctionnement et compĂ©tence de la Cour SuprĂȘme prĂ©voit l`institution du juge unique et ses compĂ©tences Ă la Cour SuprĂȘme.
La loi organique portant organisation, fonctionnement et compĂ©tence judiciaires prĂ©voit l`institution du juge unique et ses compĂ©tences auprĂšs des autres juridictions ordinaires et des juridictions de commerce. La mĂȘme loi organique prĂ©voit les modalitĂ©s d`application des dispositions du prĂ©sent alinĂ©a.
- 65 -
Ingingo ya 142: Manda yâabayobozi bâinkiko nâumurimo wâubucamanza (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko rwâIkirenga bashyirirwaho igihe cya manda imwe yâimyaka umunani (8).
Perezida wâUrukiko Rukuru, Visi Perezida wâUrukiko Rukuru, Perezida wâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi na Visi Perezida wâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi bashyirirwaho igihe cya manda yâimyaka itanu (5) gishobora kongerwa rimwe gusa.
Mu murimo wabo wâubucamanza, abacamanza bakurikiza itegeko kandi bakawukora mu bwigenge batavugirwamo nâubutegetsi cyangwa ubuyobozi ubwo ari bwo bwose.
Ibyerekeye imyifatire myiza nâubunyangamugayo byâabacamanza biteganywa nâamategeko yihariye abireba.
Itegeko rigena sitati yâabacamanza nâabakozi bâinkiko rinateganya ibirebana na manda yâabayobozi bâizindi nkiko.
Icyiciro cya 2 : Ibyerekeye inkiko
Ingingo ya 143 : Ibyiciro byâInkiko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Hashyizweho inkiko zisanzwe nâinkiko zihariye.
Inkiko zisanzwe ni Urukiko rwâIkirenga, Urukiko Rukuru, Inkiko Zisumbuye nâ Inkiko zâIbanze.
Inkiko zihariye ni inkiko Gacaca, inkiko za gisirikare, inkiko zâubucuruzi nâizindi zashyirwaho nâitegeko Ngenga.
Article 142: Term of office of the heads of Courts and judicial functions (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President and the Vice President of the Supreme Court shall be appointed for an eight (8) year term that is not renewable.
The President of High Court, the Vice President of High Court, the President of the Commercial High Court and the Vice President of the Commercial High Court shall be appointed for a five (5) year term renewable only once.
In the exercise of their judicial functions, judges shall remain subjet to the authority of the Law and remain independent from any other power or authority.
The code of ethics of judges shall be determined by specific Laws.
The Law on the statute of judges and the judicial personnel shall also regulate the term of office of heads of other Courts.
Section 2: Courts
Article 143: Court classification (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
There are hereby established ordinary and specialized courts.
Ordinary Courts include the Supreme Court, the High Court, Intermediate Courts and Primary Courts.
Specialized Courts include Gacaca Courts, Military Courts, Commercial Courts and any other as may be determined by an Organic Law.
Article 142: Mandat des responsables des juridictions et lâoffice du juge (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme sont nommĂ©s pour un mandat unique de huit (8) ans.
Le Président de la Haute Cour, le Vice-Président de la Haute Cour, le Président de la Haute Cour de Commerce et le Vice- Président de la Haute Cour de Commerce sont nommés pour un mandat de cinq (5) ans renouvelable une seule fois.
Dans lâexercice de leurs fonctions judiciaires, les juges doivent sâen tenir Ă la loi et rester indĂ©pendants de tout autre pouvoir ou autoritĂ©.
Le code dâĂ©thique judiciaire est dĂ©terminĂ© par les lois spĂ©cifiques en la matiĂšre.
La loi relative au statut des juges et du personnel judicaire régit également le mandat des responsables des autres juridictions.
Section 2: Des juridictions
Article 143: Différentes sortes de juridictions (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Il est institué des juridictions ordinaires et des juridictions spécialisées.
Les juridictions ordinaires sont la Cour SuprĂȘme, la Haute Cour, les Tribunaux de Grande Instance et les Tribunaux de Base.
Les juridictions spĂ©cialisĂ©es sont les Juridictions Gacaca, les juridictions militaires, les juridictions de commerce et dâautres pouvant ĂȘtre créées par une loi organique.
- 66 -
Itegeko Ngenga rishobora gushyiraho izindi nkiko cyangwa kuzivanaho.
Ibyo ari byo byose ntihashobora gushyirwaho inkiko zidasanzwe.
Uretse Urukiko rwâIkirenga, inkiko zisanzwe zishobora kugira ingereko zihariye cyangwa ingereko zikorera ahandi byemejwe nâiteka rya Perezida wâUrukiko rwâIkirenga abisabwe nâInama Nkuru yâUbucamanza.
Inkiko zishobora gukorera aho ari ho hose mu ifasi yazo iyo bituma imirimo yazo igenda neza, ariko bitabangamiye imanza zicibwa ku cyicaro cyazo gisanzwe.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâinkiko.
Akiciro ka mbere: Ibyerekeye inkiko zisanzwe
A. Ibyerekeye Urukiko rwâIkirenga
Ingingo ya 144: Urukiko rwâIkirenga ni rwo rukiko rukuriye izindi mu Gihugu. Ibyemezo byarwo ntibijuririrwa uretse ibyerekeye imbabazi nâisubirwamo ryâurubanza. Byubahirizwa n'abo bireba bose, zaba inzego za Leta, abayobozi bose bâimirimo ya Leta, aba gisiviri, aba gisirikare, abo mu rwego rwâubucamanza nâabantu ku giti cyabo.
Ingingo ya 145: Ububasha nâinshingano byâUrukiko rwâIkirenga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urukiko rwâIkirenga rushinzwe byâumwihariko ibi bikurikira:
1° kuburanisha mu mizi ibirego birebana nâubujurire bwâimanza zaciwe ku rwego rwa mbere no ku rwego rwa kabiri nâUrukiko Rukuru,
An Organic Law may establish other courts or remove them.
However, special Courts shall not be created.
With the exception of the Supreme Court, ordinary courts may have specialised chambers or branches established by an Order of the President of the Supreme Court upon proposal by the High Council of the Judiciary.
For better administration of justice, Courts may sit in any place within their territorial jurisdiction, but this should not jeopardize cases adjudicated at the usual seat of the Court.
An Organic Law shall determine the organisation, jurisdiction and the functioning of Courts.
Sub-section One: Ordinary Courts
A. Supreme Court
Article 144: The Supreme Court is the highest court in the country. The decision of the Supreme Court shall not be subject to appeal save in terms of petitions for the exercise of the prerogative of mercy or revision of a judicial decision. Its decisions shall be binding on all parties concerned whether organs of the State, public officials, civilians, military, judicial officers or private individuals.
Article 145: Jurisdiction and responsibilities of the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The jurisdiction of the Supreme Court shall include:
1° hearing appeals against decisions of the High Court, Commercial High Court and the Military High Court rendered in their first or appellate
Une loi organique peut instituer d'autres juridictions ou en supprimer.
En aucun cas, il ne peut ĂȘtre créé de juridictions d`exception.
A lâexception de la Cour SuprĂȘme, les juridictions ordinaires peuvent ĂȘtre dotĂ©es de Chambres spĂ©cialisĂ©es ou de Chambres dĂ©tachĂ©es, par ordonnance du PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme sur proposition du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature.
Les juridictions peuvent, sans nuire au jugement des affaires Ă leur siĂšge ordinaire, siĂ©ger en nâimporte quelle localitĂ© de leur ressort si la bonne administration de la justice le requiert.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement judiciaires.
Sous-section premiĂšre: Des juridictions ordinaires
A. Cour SuprĂȘme
Article 144: La Cour SuprĂȘme est la plus haute juridiction du pays. Ses dĂ©cisions ne sont susceptibles dâaucun recours si ce nâest en matiĂšre de grĂące ou de rĂ©vision. Elles sâimposent, Ă tous ceux qui y sont parties, Ă savoir les pouvoirs publics et Ă toutes les autoritĂ©s administratives, civiles, militaires et juridiciaires ainsi quâaux particuliers.
Article 145: CompĂ©tences et responsabilitĂ©s de la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Cour SuprĂȘme est notamment chargĂ©e de:
1° statuer au fond sur les affaires en appel jugées en premier et en deuxiÚme degrés par la Haute Cour, la Haute Cour de Commerce et la Haute
- 67 -
Urukiko Rukuru rwâUbucuruzi ndetse nâUrukiko Rukuru rwa
degrees as provided for by the Law;
Cour Militaire dans les conditions prévues par la loi;
Gisirikare, mu buryo buteganyijwe nâamategeko;
2° gukurikirana ko inkiko zikurikiza amategeko, guhuza no kugenzura ibikorwa byazo;
2° ensuring that courts act in accordance with the Law, coordinating and supervising their activities;
2° veiller Ă lâapplication de la loi par les cours et tribunaux, coordonner et contrĂŽler leurs activitĂ©s ;
3° gufata icyemezo ku birego birebana nâuko amasezerano
3° hearing petitions on the constitutionality of International Treaties and
3° statuer sur les recours en constitutionnalité des traités et accords
4°
mpuzamahanga, amategeko ngenga, amategeko nâamategeko-teka anyuranye nâItegeko Nshinga; gukemura, rubisabwe, impaka zerekeye inshingano zivutse hagati yâinzego za Leta;
4°
agreements, Organic Laws, laws and Decree-laws;
resolving upon request, disputes arising between different State organs, relating to the exercise of power;
4°
internationaux, des lois organiques, des lois, des décrets-lois;
statuer, en cas de demande, sur les conflits dâattributions opposant les diffĂ©rentes institutions de lâEtat ;
5° guca imanza zerekeye amatora ya referendumu, aya Perezida wa Repubulika nâayâabagize Inteko Ishinga Amategeko ;
5° hearing election petitions relating to referendum, presidential and legislative elections;
5° juger du contentieux électoral relatif au référendum, aux élections présidentielles et législatives ;
6° kuburanisha mu manza zâinshinjabyaha mu rwego rwa mbere nâurwa nyuma Perezida wa Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida wâUmutwe wâAbadepite, Perezida wâUrukiko rwâIkirenga na Minisitiri wâIntebe;
6° trying in the first and last instance criminal cases against the President of the Republic, the President of the Senate, the Speaker of the Chamber of Deputies, the President of the Supreme Court and the Prime Minister;
6° juger au pĂ©nal, en premier et dernier ressort, le PrĂ©sident de la RĂ©publique, le PrĂ©sident du SĂ©nat, le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s, le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme et le Premier Ministre;
7° kwakira indahiro ya Perezida wa Repubulika;
7° administering the oath of office of the President of the Republic;
7° recevoir le serment du Président de la République ;
8° kuburanisha Perezida wa Repubulika kubera icyaha cyo kugambanira Igihugu cyangwa kwica Itegeko Nshinga bikomeye kandi nkana. Muri icyo gihe icyemezo cyo kumuregera Urukiko gifatwa nâabagize Umutwe wâAbadepite na Sena bateraniye hamwe binyuze mu matora ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe ;
8° trying the President of the Republic on charge of high treason or grave and deliberate violation of the Constitution. In such a case, the decision to file charges against the President of the Republic in the Supreme Court shall be taken through a vote of both Chambers of Parliament meeting in joint session, by a two-thirds (2/3) majority vote of
8° juger le Président de la République en cas de haute trahison ou de violation grave et délibérée de la Constitution. Dans ce cas, la décision de mise en accusation est votée par les deux Chambres réunies à la majorité des deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre;
9° kwemeza ko umwanya wa Perezida wa Repubulika udafite umuntu uwuriho igihe yapfuye, yeguye, yakatiwe igihano nâurukiko kubera icyaha cyo kugambanira Igihugu cyangwa kwica Itegeko Nshinga bikomeye kandi nkana;
10° ku birebana nâimiterere yâinzego zâubucamanza, Urukiko rwâIkirenga rushobora kugeza kuri Guverinoma umushinga wose wâivugurura rigamije inyungu rusange;
11° kuburanisha ku rwego rwa mbere nâurwa nyuma impaka zishingiye ku cyemezo cyo kwirukana Umudepite cyangwa Umusenateri;
12° gutanga ibisobanuro mpamo ku muco gakondo utanditse mu gihe amategeko yanditse ntacyo abivugaho.
Itegeko ngenga rigena imiterere, imikorere, nâububasha byâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 146: Urukiko rwâIkirenga ruyoborwa na Perezida wungirijwe na Visi- Perezida hamwe nâabandi bacamanza cumi na babiri (12).
Bose ni abacamanza bâumwuga.
Bibaye ngombwa itegeko ngenga rishobora kongera cyangwa kugabanya umubare wâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 147: Ishyirwaho ryâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida, Visi Perezida nâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga bashyirwaho nâIteka rya
- 68 Â
members of each Chamber;
9° declaring vacant the office of the President of the Republic in case of the Presidentâs death, resignation or conviction and sentence for high treason or grave and deliberate violation of the Constitution ;
10° proposing to the Government any reform in the public interest on matters relating to the organisation of the judiciary;
11° trying on first and the last instance disputes relating to the decision to expel a Deputy or a Senator ;
12° providing authentic interpretation of custom which is unwritten where written laws are silent.
An Organic Law shall determine the organisation, functioning and jurisdiction of the Supreme Court.
Article 146: The Supreme Court shall be headed by a President, assisted by a Vice- President and twelve (12) other judges.
They shall all be career judges.
Where necessary, an Organic Law may increase or reduce the number of judges of the Supreme Court.
Article 147: Appointment of judges of the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President, the Vice President and the judges of the Supreme Court shall be appointed by a Presidential
9° constater la vacance du poste de Président de la République en cas de décÚs, de démission, de condamnation pour haute trahison ou de violation grave et délibérée de la Constitution;
10° proposer au Gouvernement tout projet de rĂ©forme qui lui paraĂźt conforme Ă l`intĂ©rĂȘt gĂ©nĂ©ral en matiĂšre dâorganisation du pouvoir judiciaire;
11° juger en premier et en dernier ressort les contestations relatives Ă lâexclusion dâun DĂ©putĂ© ou dâun SĂ©nateur ;
12° donner l'interprétation authentique de la coutume en cas de silence de la loi.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement et les compĂ©tences de la Cour SuprĂȘme.
Article 146 La Cour SuprĂȘme est dirigĂ©e par un PrĂ©sident, assistĂ© dâun Vice- PrĂ©sident et de douze (12) autres juges.
Ils sont tous juges de carriĂšre.
Une loi organique peut, en cas de besoin, augmenter ou rĂ©duire le nombre des juges de la Cour SuprĂȘme.
Article 147: Nomination des juges de la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident, le Vice-PrĂ©sident et les juges de la Cour SuprĂȘme sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs
- 69 -
Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbucamanza.
Perezida, Visi Perezida nâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi bisabwe nâUmutwe wâAbadepite cyangwa Sena ku bwiganze bwâamajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.â
Ingingo ya 148: Urutonde rwâabakandida ku myanya yâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika amaze kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbucamanza ashyikiriza Sena urutonde rwâabakandida bangana nâimyanya yâabacamanza mu Rukiko rwâIkirenga isabirwa kuzuzwa, kugira ngo ibemeze.
B. Urukiko Rukuru
Ingingo ya 149: Urukiko Rukuru (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Urukiko Rukuru; ifasi yarwo ni Igihugu cyose.
Urukiko Rukuru ruyoborwa na Perezida na Visi Perezida, bashyirwaho nâIteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Mu kugena abakandida kuri iyo myanya, Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama y'Abaminisitiri n'Inama Nkuru yâUbucamanza. Urutonde rwâabakandida ashyikiriza Sena rugomba kungana nâimyanya yâabacamanza isabirwa kuzuzwa.
Urukiko Rukuru rufite ububasha
Order after the approval by the Senate. The President of the Republic shall at first consult the Cabinet and the High Council of the Judiciary.
The President, the Vice President and the judges of the Supreme Court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the Chamber of Deputies or the Senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each Chamber of the Parliament, in a joint session.
Article 148: List of candidates as judges of the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic, after consultation with the Cabinet and the High Council of the Judiciary, shall submit to the Senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges of the Supreme Court, for approval.
B. High Court
Article 149: High Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a High Court whose territorial jurisdiction shall be the whole country.
The High Court shall be headed by the President and the Vice President appointed by Presidential Order after their approval by the Senate. The President of the Republic shall submit to the Senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges after consultation with the Cabinet and the High Council of the Judiciary.
The High Court shall have
leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique consulte dâabord le Conseil des Ministres et le Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature.
Le PrĂ©sident, le Vice-PrĂ©sident et les juges de la Cour SuprĂȘme peuvent ĂȘtre relevĂ©s de leurs fonctions pour manque de dignitĂ©, incompĂ©tence ou faute professionnelle grave, Ă lâinitiative des trois cinquiĂšmes (3/5) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou du SĂ©nat ; la dĂ©cision est prise par les deux Chambres du Parlement rĂ©unies en session conjointe Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre.
Article 148: Liste des candidats juges Ă la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs avis du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature, propose, pour approbation, au SĂ©nat une liste des candidats juges dont le nombre Ă©quivaut Ă celui des postes vacants des juges Ă la Cour SuprĂȘme.
B. Haute Cour
Article 149: Haute Cour (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est instituĂ© une Haute Cour dont le ressort correspond Ă toute lâĂ©tendue de la RĂ©publique du Rwanda.
La Haute Cour est dirigĂ©e par le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs consultation du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature, propose au SĂ©nat une liste des candidats dont le nombre Ă©quivaut Ă celui des postes vacants Ă pourvoir.
La Haute Cour est compétente pour
- 70 Â
bwo kuburanisha mu rwego rwa mbere bimwe mu byaha byâubugome, kimwe nâibyaha byo mu rwego mpuzamahanga nâibyambuka imipaka biteganywa nâitegeko.
Ruburanisha mu rwego rwa mbere imanza zerekeye kwica ingingo ya 52, iya 53 nâiya 54 z'Itegeko Nshinga bikozwe n'imitwe ya politiki.
Rushinzwe kandi kuburanisha mu rwego rwa mbere zimwe mu manza zerekeranye nâibyâubutegetsi, imitwe ya politiki, amatora kimwe nâizindi manza ziteganywa nâitegeko.
Ruburanisha mu rwego rwâubujurire kandi bwa nyuma, mu buryo buteganyijwe nâamategeko, imanza zaciwe nâizindi nkiko.
Rufite ingereko zikorera mu mafasi anyuranye yâIgihugu mu buryo buteganyijwe nâamategeko.
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi, bisabwe nâUmutwe wâAbadepite cyangwa Sena ku bwiganze bwâamajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byarwo.
C. Ibyerekeye Urukiko Rwisumbuye (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 150: Ishyirwaho ryâInkiko zisumbuye (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Hashyizweho Inkiko Zisumbuye.
jurisdiction to try in the first instance some types of felonies as well as international or transboundaring offences as may be determined by Law.
It shall in the first instance hear cases for violation of Articles 52, 53 and 54 of the Constitution committed by political organizations.
It shall also hear in the first instance certain administrative cases, cases involving political organisations, election petitions and other cases as the law may determine.
It shall hear appeals from subordinate courts as a last appellate court as the Law may determine.
It shall have branches, which will sit in different parts of the country as the law may determine.
The President and the Vice President of the High Court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the Chamber of Deputies or the Senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each Chamber of the Parliament, in a joint session.
An Organic Law shall determine the organization, jurisdiction and functioning of the High Court.
C. Intermediate Court (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 150: Establishment of the Intermediate Courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
There are hereby established
connaßtre au premier degré de certains crimes et des infractions à caractÚre international ou transfrontaliers définies par la loi.
Elle juge au premier degré les affaires pour violation par les formations politiques des articles 52, 53 et 54 de la Constitution.
Elle est aussi compĂ©tente pour connaĂźtre au premier degrĂ© de certaines affaires administratives, celles relatives aux formations politiques, aux opĂ©rations Ă©lectorales ainsi que dâautres affaires prĂ©vues par la loi.
Elle connaĂźt en appel et en dernier ressort, dans les conditions dĂ©finies par la loi, des affaires jugĂ©es par dâautres juridictions.
Elle est dotée de chambres détachées siégeant dans différents ressorts du pays selon les modalités définies par la loi.
Le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident de la Haute Cour peuvent ĂȘtre relevĂ©s de leurs fonctions pour manque de dignitĂ©, incompĂ©tence ou faute professionnelle grave, Ă lâinitiative des trois cinquiĂšmes (3/5) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou du SĂ©nat ; la dĂ©cision est prise par les deux Chambres du Parlement rĂ©unies en session conjointe Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement de la Haute Court.
C. Tribunal de Grande Instance (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Article 150: Création des Tribunaux de Grande Instance (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Il est institué des Tribunaux de
- 71 -
Itegeko Ngenga rigena imiterere, ububasha, nâimikorere byâUrukiko Rwisumbuye nâifasi ya buri Rukiko Rwisumbuye.
D. Ibyerekeye Urukiko rwâIbanze (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 151: Ishyirwaho ryâInkiko zâIbanze (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Hashyizweho Inkiko zâIbanze.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâUrukiko rwâIbanze nâifasi ya buri Rukiko rwâIbanze.
Akiciro ka 2: Ibyerekeye inkiko zihariye
A. Ibyerekeye Inkiko Gacaca nâUrwego rwâIgihugu rushinzwe gukurikirana ibikorwa byazo
Ingingo ya 152: Inkiko Gacaca (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Inkiko Gacaca zishinzwe gukurikirana no gucira imanza abakoze icyaha cya jenoside yakorewe Abatutsi nâibindi byaha byibasiye inyokomuntu byakozwe hagati yâitariki ya mbere Ukwakira 1990 nâiya 31 Ukuboza 1994, uretse ibyaha amategeko ashinga izindi nkiko.
B. Ibyerekeye Inkiko za Gisirikare
Ingingo ya 153 : Inkiko za Gisirikare zigizwe nâUrukiko rwa Gisirikare nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare.
Itegeko ngenga rigena imiterere, imikorere nâububasha byâInkiko za Gisirikare.
Intermediate Courts.
An Organic Law shall determine the organisation, competence and functioning of the Intermadiate Court and the territorial jurisdiction of each Intermediate Court.
D. Primary Court (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 151: Establishment of Primary Courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
There are hereby established Primary Courts.
An Organic Law shall determine the organisation, competence, functioning of the Primary Court and territorial jurisdiction of each Primary Court.
Sub-section 2: Specialized Courts
A. Gacaca Courts and the National Service for the follow-up of their activities
Article 152: Gacaca Courts (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established Gacaca Courts responsible for prosecuting and trying persons accused of the crime of genocide perpetrated against Tutsi and other crimes against humanity which were committed between October 1st 1990 and December 31st 1994 with the exception of cases jurisdiction in respect of which is vested in other courts.
B. Military Courts
Article 153: Military courts comprise of the Military Tribunal and the Military High Court.
An Organic Law determines the organization, jurisdiction and functioning of Military courts.
Grande Instance.
Une loi organique détermine l'organisation, la compétence et le fonctionnement du Tribunal de Grande Instance, ainsi que le ressort de chaque Tribunal de Grande Instance. D. Tribunal de Base (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Article 151: Création des Tribunaux de Base (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Il est institué des Tribunaux de Base.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement du Tribunal de Base ainsi que le ressort de chaque Tribunal de Base.
Sous-section 2: Des juridictions spécialisées
A. Des Juridictions Gacaca et du Service National de Suivi de leurs activités
Article 152: Juridictions Gacaca (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institutĂ© des juridictions Gacaca chargĂ©es des poursuites et du jugement des personnes accusĂ©es du crime de gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi et dâautres crimes contre
1erlâhumanitĂ© commises entre le octobre 1990 et le 31 dĂ©cembre 1994, exceptĂ© ceux qui relĂšvent de la compĂ©tence dâautres juridictions.
B. Juridictions Militaires
Article 153: Les Juridictions Militaires sont composées du Tribunal Militaire et de la Haute Cour Militaire.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement et la compĂ©tence des juridictions militaires.
- 72 Â
1. Urukiko rwa Gisirikare
Ingingo ya 154 : Haseguriwe ibivugwa mu gika cya mbere cyâingingo ya 155 yâiri Tegeko Nshinga, Urukiko rwa Gisirikare ruburanisha ku rwego rwa mbere ibyaha byose byakozwe nâabasirikare rutitaye ku ipeti ryabo.
2. Urukiko Rukuru rwa Gisirikare
Ingingo ya 155 : Urukiko Rukuru rwa Gisirikare ruburanisha ku rwego rwa mbere ibyaha bihungabanya umutekano wa Leta nâiby'ubuhotozi byakozwe nâabasirikare rutitaye ku ipeti ryabo.
Ruburanisha ku rwego rwâubujurire imanza zose zaciwe nâUrukiko rwa Gisikare.
Urukiko rwâIkirenga ruburanisha ku rwego rwâubujurire kandi bwa nyuma imanza zaciwe nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare mu buryo buteganywa nâitegeko.
C. Ibyerekeye Inkiko zâUbucuruzi (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 155 bis: Inkiko zâUbucuruzi (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho inkiko zâubucuruzi ziburanisha imanza zâubucuruzi. Izo nkiko ni Urukiko Rukuru rwâUbucuruzi nâInkiko zâUbucuruzi.
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi bashyirwaho nâIteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Mu kugena abakandida kuri iyo myanya, Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbucamanza.Urutonde rwâabakandida ashyikiriza Sena rugomba kungana nâimyanya yâabacamanza isabirwa kuzuzwa
1. Military Tribunal
Article 154: Without prejudice to the provisions of Article 155 paragraph one of this Constitution, the Military Court tries in the first instance all offences committed by military personnel irrespective of their rank.
2. Military High Court
Article 155: The Military High Court shall try in the first instance, all offences which constitute a threat to national security and murder committed by soldiers irrespective of rank.
The Military High Court is an appellate court in respect of decisions rendered by the Military Tribunal.
The Supreme Court shall hear on appeal and at the last instance decisions of the Military High Court in accordance with the provisions of the Law.
C. Commercial courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 155 bis: Commercial Courts (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There are hereby established the commercial courts competent to try commercial cases which are the Commercial High Court and the Commercial Courts.
The President and the Vice President of the Commercial High Court shall be appointed by Presidential Order after approval by the Senate. The President of the Republic shall submit to the Senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges after consultation with the Cabinet and the High Council of Judiciary.
1. Tribunal Militaire
Article 154: Sans prĂ©judice des dispositions de lâarticle 155, alinĂ©a premier de la prĂ©sente Constitution, le Tribunal Militaire connaĂźt au premier degrĂ© de toutes les infractions commises par les militaires quel que soit leur grade.
2. Haute Cour Militaire
Article 155: La Haute Cour Militaire connaĂźt au premier degrĂ© de toutes les infractions dâatteinte Ă la sĂ»retĂ© de lâEtat et dâassassinat commises par les militaires quel que soit leur grade.
Elle connaĂźt en appel des jugements rendus par le Tribunal Militaire.
La Cour SuprĂȘme connaĂźt en appel et en dernier ressort des arrĂȘts rendus par la Haute Cour militaire dans les conditions dĂ©finies par la loi.
C. Des juridictions de commerce (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Article 155 bis: Juridictions de Commerce (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué des juridictions de commerce pour juger les affaires commerciales. Ces juridictions sont la Haute Cour de Commerce et les Tribunaux de Commerce.
Le PrĂ©sident et le Vice PrĂ©sident de la Haute Cour de Commerce sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs consultation du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature, propose au SĂ©nat une liste des candidats dont le nombre Ă©quivaut Ă celui des postes vacants Ă pourvoir.
- 73 -
Abandi bacamanza bâinkiko zâubucuruzi bashyirwaho hakurikijwe amategeko abigenga.
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi bisabwe nâUmutwe wâAbadepite cyangwa Sena ku bwiganze bwâamajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.
Itegeko ngenga rigena imiterere, imikorere nâububasha byâinkiko zâubucuruzi.
Akiciro ka 3: Ibyerekeye kurahira kwâabacamanza
Ingingo ya 156: Kurahira kwâabacamanza (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Perezida, Visi-Perezida nâAbacamanza bâUrukiko rwâIkirenga, Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru nâabâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, abagize Inteko Ishinga Amategeko bahari.
Abandi bacamanza barahirira imbere yâabayobozi bavugwa mu itegeko ribagenga.
Icyiciro cya 3 : Ibyerekeye Inama Nkuru yâUbucamanza
Ingingo ya 157: Ishyirwaho nâinshingano byâInama Nkuru yâUbucamanza (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Inama Nkuru yâUbucamanza. Mu byo ishinzwe harimo:
1° kwiga no gutanga inama, ibyibwirije cyangwa ibisabwe,
Other judges of Commercial Courts shall be appointed in accordance with relevant Laws.
The President and the Vice President of the Commercial High Court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the Chamber of Deputies or the Senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each Chamber of the Parliament, in a joint session.
An Organic Law shall determine the organization, functioning and jurisdiction of Commercial Courts.
Sub-section 3: Oath of office of judges
Article 156: Taking Oath for Judges (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The President, Vice President and Judges of the Supreme Court, the Presidents and Vice Presidents of the High Court and Commercial High Court shall take the oath of office before the President of the Republic in the presence of the members of Parliament.
Other Judges shall take oath before authorities as prescribed by the Law governing them.
Section 3: The High Council of the Judiciary
Article 157: Establishment and responsibilities of the High Council of the Judiciary (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a High Council of the Judiciary. Its responsibilities shall include:
1° to examine and, either on its own initiative, or upon request,
Les autres juges des juridictions de commerce sont nommés conformément aux dispositions légales y relatives.
Le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident de la Haute Cour de Commerce peuvent ĂȘtre relevĂ©s de leurs fonctions pour manque de dignitĂ©, incompĂ©tence ou faute professionnelle grave, Ă lâinitiative des trois cinquiĂšmes (3/5) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou du SĂ©nat; la dĂ©cision est prise par les deux Chambres du Parlement rĂ©unies en session conjointe Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement et la compĂ©tence des juridictions de commerce.
Sous-section 3: De la prestation de serment des juges
Article 156 : Prestation de serment des juges (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Le PrĂ©sident, le Vice PrĂ©sident et les Juges de la Cour SuprĂȘme, les PrĂ©sidents et les Vice PrĂ©sidents de la Haute Cour et de la Haute Cour de Commerce prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique en prĂ©sence des membres du Parlement.
Les autres juges prĂȘtent serment devant les autoritĂ©s indiquĂ©es par la loi qui les rĂ©git.
Section 3: Du Conseil Supérieur de la Magistrature
Article 157: Institution et attributions du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué un Conseil Supérieur de la Magistrature chargé notamment de:
1° étudier, et de son initiative ou sur demande, donner des avis,
- 74 Â
ku bibazo byose byerekeye imikorere yâubutabera;
2° gufata ibyemezo ku ishyirwa ku mirimo, izamurwa mu ntera, ivanwa ku mirimo ryâabacamanza, ku migendekere yâumwuga wâabacamanza batari ab'Inkiko za Gisirikare, no gufata ibyemezo nkâurwego rushinzwe imyitwarire yabo uretse abashyirwaho nâizindi nzego;
3° gutanga inama buri gihe ku mushinga uwo ari wo wose wo gushyiraho urukiko rushya cyangwa werekeye amategeko ngengamikorere yâabacamanza cyangwa yâabakozi bâinkiko ishinzwe.
Ingingo ya 158: Abagize Inama Nkuru yâUbucamanza (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Inama Nkuru yâUbucamanza igizwe nâaba bakurikira :
1° Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, ari na we ushinzwe kuyiyobora;
2° Visi-Perezida wâUrukiko rwâIkirenga;
3° Umucamanza umwe (1) mu Rukiko rwâIkirenga utorwa na bagenzi be;
4° Perezida wâUrukiko Rukuru nâuwâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi ;
5° Umucamanza umwe (1) wo mu Rukiko Rukuru nâundi umwe (1) wo mu Rukiko Rukuru rwâUbucuruzi batorwa na bagenzi babo;
6° Umucamanza umwe (1) uhagarariye abo mu nkiko zâubucuruzi utorwa na bagenzi be;
7° Abacamanza bahagarariye abo mu Nkiko Zisumbuye batorwa na bagenzi babo;
8° Abacamanza bahagarariye abo mu Nkiko zâIbanze batorwa na bagenzi babo;
9° Abayobozi babiri (2)
to give advice on matters relating to the functioning of the justice system;
2° to take decisions relating to the appointment, promotion or removal from office of judges and management of the career in general and discipline of judges with the exception of judges of the military courts and act as a body in charge of their discipline save those appointed by other organs;
3° to advise on all proposals relating to the establishment of a new court or bill governing the statute of judges and other judicial personnel for whom it is responsible.
Article 158: Composition of the High Council of the Judiciary (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The High Council of the Judiciary shall be composed of:
1° the President of the Supreme Court, who shall be the Chairperson;
2° the Vice-President of the Supreme Court;
3° one (1) judge from the Supreme Court elected by his/her peers;
4° the Presidents of the High Court and the Commercial High Court;
5° one (1) judge from the High Court and another judge from Commercial High Court elected by their peers;
6° one (1) judge from Commercial Courts elected by his/her peers to represent them;
7° judges from Intermediate Courts elected by their peers to represent them;
8° judges from Primary Courts elected by their peers to represent them;
9° two (2) deans of the
sur toute question intĂ©ressant lâadministration de la justice;
2° dĂ©cider de la nomination, de la promotion et de la rĂ©vocation des juges et en gĂ©nĂ©ral de la gestion de la carriĂšre des juges des juridictions autres que militaires et statuer en tant quâorgane de discipline Ă leur Ă©gard, sauf en ce qui concerne ceux qui sont nommĂ©s par dâautres organes;
3° donner des avis sur tout projet ou toute proposition de crĂ©ation dâune nouvelle juridiction ou relatif au statut des juges ou du personnel judicaire relevant de sa compĂ©tence.
Article 158 : Composition du Conseil Supérieur de la Magistrature (Révision n° 03 du 13/08/2008) Le Conseil Supérieur de la Magistrature est composé des membres suivants :
1° le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme, PrĂ©sident de droit ;
2° le Vice-PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme ;
3° un (1) Juge de la Cour SuprĂȘme Ă©lu par ses pairs ;
4° les Présidents de la Haute Cour et de la Haute Cour de Commerce ;
5° un (1) juge de la Haute Cour et un autre juge de la Haute Cour de Commerce élus par leurs pairs ;
6° un (1) juge représentant ceux des Tribunaux de Commerce élu par ses pairs ;
7° des juges représentant ceux des Tribunaux de Grande Instance élus par leurs pairs ;
8° des juges représentant ceux des Tribunaux de Base élus par leurs pairs ;
9° deux (2) Doyens des
- 75 Â
bâAmashami yâamategeko muri Kaminuza no mu mashuri makuru yemewe batorwa na bagenzi babo;
10° Avoka umwe (1) uhagarariye abagize urugaga rwâabavoka utorwa na bagenzi be;
11° Umuntu umwe (1) uhagarariye Minisiteri yâUbutabera ugenwa na Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze;
12° Perezida wa Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu;
13° Umuvunyi Mukuru; 14° Abandi bagenwa nâItegeko
Ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâInama Nkuru yâUbucamanza.
Itegeko ngenga risobanura imiterere, ububasha nâimikorere byâInama Nkuru yâUbucamanza. Rigena kandi umubare wâabacamanza bavugwa mu gace ka 7° nâaka 8° twâiyi ngingo.
Akiciro ka 4 : Ibyerekeye Abunzi
Ingingo ya 159: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005) Hashyizweho âKomite yâAbunziâ ishinzwe kunga ababuranyi igihe cyose mbere yo gushyikiriza urukiko ruburanisha mu rwego rwa mbere ibirego mu manza zimwe zigenwa nâitegeko.
Komite yâAbunzi igizwe nâabantu bâinyangamugayo kandi bazwiho ubushobozi bwo kunga.
Itegeko Ngenga rigena imiterere, ifasi, ububasha nâimikorere bya Komite yâAbunzi. Rigena kandi umubare wâabayigize nâurwego ruyitora.
Faculties of Law of recognized universities and institutions of higher learning elected by their peers;
10° one (1) member of the Bar Association elected by his/her peers to represent them;
11° one (1) representative of the Ministry of Justice appointed by the Minister in charge of Justice;
12° the President of the National Commission of Human Rights;
13° the Ombudsman; 14° Other officers designated
by the Organic Law determining the organisation, powers and functioning of the High Council of the Judiciary.
An Organic Law shall determine the organisation, powers and functioning of the High Council of the Judiciary. It shall also determine the number of judges mentioned in points 7° and 8° of this Article.
Section 4: The Mediators
Article 159: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
There is hereby established a âMediation Committee" responsible for mediation between parties to certain disputes involving matters determined by Law prior to the filing of a case with the court of first instance.
The Mediation Committee shall comprise of persons of integrity and acknowledged for their mediating skills.
An Organic Law shall determine the organization, the territorial jurisdiction, the competence and the functioning of Mediation Committee. It shall also determine the number that comprise the mediation committee and the organ that elects it
FacultĂ©s de Droit des UniversitĂ©s et institutions dâenseignement supĂ©rieur agréées Ă©lus par leurs pairs ;
10° un reprĂ©sentant des membres de lâordre des avocats Ă©lu pars ses pairs ;
11° un représentant du MinistÚre de la Justice désigné par le Ministre ayant la justice dans ses attributions ;
12° le Président de la Commission Nationale des Droits de la Personne ;
13° lâOmbudsman ; 14° Autres agents dĂ©signĂ©s par
la loi organique portant organisation, compétence et fonctionnement du Conseil Supérieur de la Magistrature
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature ainsi que le nombre des juges indiquĂ©s aux points 7° et 8° du prĂ©sent article.
Section 4: Des Conciliateurs
Article 159: (Revision n° 02 du 08/12/2005)
Il est institué un «Comité de Conciliateurs » destiné à fournir un cadre de conciliation obligatoire préalable à la saisine des juridictions de premier degré siégeant dans certaines affaires définies par la loi.
Le Comité des Conciliateurs est composé de personnes intÚgres et reconnues pour leur aptitude à concilier.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le ressort, la compĂ©tence et le fonctionnement du ComitĂ© des Conciliateurs. Elle prĂ©cise en outre le nombre de ses membres et lâorgane qui lâĂ©lit.
- 76 Â
INTERURO YA V: IBYEREKEYE UBUSHINJACYAHA
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE UBUSHINJACYAHA BUKURU (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 160: Ishyirwaho ryâUrwego rwâUbushinjacyaha Bukuru (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Urwego rwâUbushinjacyaha Bukuru rushinzwe gukora iperereza no gukurikirana ibyaha mu gihugu hose.
Imiterere, imikorere nâububasha byâUbushinjacyaha Bukuru bigenwa nâitegeko ngenga.
Ibyerekeranye na sitati nâimyitwarire yâabashinjacyaha bigengwa nâitegeko.
Ingingo ya 161: Inzego zigize Ubushinjacyaha Bukuru (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ubushinjacyaha Bukuru ni urwego rumwe. Rugizwe nâIbiro byâUmushinjacyaha Mukuru, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye nâUbushinjacyaha ku rwego rwâIbanze.
Urwego rwâIbiro byâUmushinjacyaha Mukuru rugizwe nâUmushinjacyaha Mukuru, Umushinjacyaha Mukuru Wungirije nâAbashinjacyaha ku rwego rwâIgihugu.
Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije bashyirwaho nâIteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Mu kugena umukandida umwe kuri buri mwanya, Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbushinjacyaha.
TITLE V: PUBLIC PROSECUTION
CHAPTER ONE: THE NATIONAL PUBLIC PROSECUTION AUTHORITY (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 160: Establishment of the National Public Prosecution Authority (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a National Public Prosecution Authority charged with the responsibility of prosecuting offences country wide.
The organisation, functioning and competence of the National Public Prosecution Authority shall be determined by an Organic Law.
A Law shall determine the statutes and the code of ethics of the prosecutors.
Article 161: Composition of the National Public Prosecution Authority (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Prosecution Authority is a single institution. It shall comprise of the Office of the Prosecutor General, public prosecution at the Intermediate level and public prosecution at the Primary level.
The Office of the Prosecutor General shall be comprised of the Prosecutor General, the Deputy Prosecutor General and National Prosecutors.
The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall be appointed by Presidential Order upon approval by the Senate. The President of the Republic shall submit one candidate for each position after consultation with the Cabinet and the High Council of the National Public Prosecution Authority.
TITRE V: ORGANE NATIONAL DE POURSUITE
CHAPITRE PREMIER : DE LâORGANE NATIONAL DE POURSUITE JUDICIAIRE (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
Article 160: CrĂ©ation de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est instituĂ© un Organe National de Poursuite Judiciaire chargĂ© de lâinstruction et de la poursuite des infractions sur toute lâĂ©tendue du territoire national.
Lâorganisation, le fonctionnement et la compĂ©tence de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire sont dĂ©terminĂ©s par une loi organique.
Une loi dĂ©termine le statut et le code dâethique des officiers de poursuite judiciaire.
Article 161: Composition de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâOrgane National de Poursuite Judiciaire constitue un organe unique. Il est composĂ© du Bureau du Procureur GĂ©nĂ©ral et un service de poursuite judiciaire au niveau de Grande Instance et de Base.
Le Bureau du Procureur Général est composé du Procureur Général, du Procureur Général Adjoint et des Procureurs nationaux.
Le Procureur GĂ©nĂ©ral et le Procureur GĂ©nĂ©ral Adjoint sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique propose un seul candidat Ă chaque poste aprĂšs consultation du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
- 77 -
Abandi bashinjacyaha bashyirwaho nâIteka rya Minisitiri wâIntebe nyuma yo kwemezwa nâInama Nkuru yâUbushinjacyaha.
Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije bashyirirwaho manda yâimyaka itanu (5) ishobora kongerwa rimwe gusa.
Itegeko ryerekeye sitati yâabashinjacyaha rigena ibirebana na manda yâabashinjacyaha bayobora ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye.
Ingingo ya 162: Imikoranire yâUbushinjacyaha Bukuru na Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze nâizindi nzego (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ubushinjacyaha Bukuru bugengwa mu mirimo yabwo na Minisitiri ufite Ubutabera mu nshingano ze.
Mu byerekeranye no gukurikirana ibyaha, Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze agena politiki rusange kandi ashobora, mu nyungu rusange, guha Umushinjacyaha Mukuru, amabwiriza yanditse amutegeka cyangwa amubuza gukurikirana.
Ashobora kandi, iyo byihutirwa, mu nyungu rusange, guha umushinjacyaha uwo ari we wese amabwiriza yanditse amutegeka cyangwa amubuza gukurikirana akabimenyesha Umushinjacyaha Mukuru.
Abashinjacyaha bafite ubwigenge ku baburanyi no ku bacamanza bâInkiko.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE UBUSHINJACYAHA BWA GISIRIKARE
Ingingo ya 163: Hashyizweho Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bushinzwe gukurikirana
Other prosecutors shall be appointed by a Prime Ministerâs Order upon approval by the High Council of the National Public Prosecution Authority.
The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall be appointed for a five (5) year term renewable only once.
The Law on the statutes of Prosecutors shall determine the term of office of the Chief Intermediate Prosecutors.
Article 162: Relationship between the National Public Prosecution Authority and the Minister in charge of justice and other organs (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The National Public Prosecution Authority shall be under the authority of the Minister in charge of Justice.
In matters relating to prosecution of offences, the Minister in charge of Justice shall determine general policy and may, for public interest, issue written instructions to the Prosecutor General to undertake or refrain from investigating and prosecuting an offence.
He/she may also, in cases of urgency and in public interest, issue written instructions to any Prosecutor to investigate and prosecute or refrain from investigating and prosecuting an offence and inform the Prosecutor General of such instructions.
Prosecutors shall be independent from parties to judicial proceedings and judges.
CHAPTER II: THE MILITARY PROSECUTION DEPARTMENT
Article 163: There is hereby established the Military Prosecution Department
Les autres officiers de poursuite judiciaire sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© du Premier Ministre aprĂšs approbation du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
Le Procureur Général et le Procureur Général Adjoint sont nommés pour un mandat de cinq (5) ans renouvelable une seule fois.
La loi relative au statut des officiers de poursuite judiciaire détermine le mandat des procureurs en chef au niveau de grande instance.
Article 162: Rapport entre lâOrgane National de Poursuite Judiciaire et le Ministre ayant la justice dans ses attributions et les autres institutions (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
LâOrgane National de Poursuite Judiciaire est placĂ© sous lâautoritĂ© du Ministre ayant la justice dans ses attributions.
En matiĂšre de poursuite dâinfractions, le Ministre ayant la justice dans ses attributions dĂ©finit la politique gĂ©nĂ©rale et peut, dans lâintĂ©rĂȘt gĂ©nĂ©ral, donner des injonctions Ă©crites de poursuite ou de non poursuite au Procureur GĂ©nĂ©ral.
Il peut Ă©galement, en cas dâurgence et dans lâintĂ©rĂȘt gĂ©nĂ©ral, donner des injonctions Ă©crites Ă tout procureur lui obligeant de mener ou ne pas mener une action publique et en rĂ©serve copie au Procureur GĂ©nĂ©ral.
Les officiers de poursuite judiciaire sont pleinement indépendants des parties et des juges.
CHAPITRE II: DE LâAUDITORAT MILITAIRE
Article 163: Il est institué un Auditorat Militaire chargé de la poursuite des infractions
- 78 Â
ibyaha bikozwe nâabantu baburanishwa nâinkiko za gisirikare. Bukurikirana ibyaha biburanishwa mu nkiko za Gisirikare.
Ingingo ya 164: Ubushinjacyaha bwa Gisirikare buyoborwa nâUmushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare yunganiwe nâUmushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare wungirije.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere yâUbushinjacyaha bwa gisirikare.
UMUTWE WA III: IBYEREKEYE INAMA NKURU YâUBUSHINJACYAHA
Ingingo ya 165: Ishyirwaho ryâInama Nkuru yâUbushinjacyaha (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Inama Nkuru yâUbushinjacyaha.
Inshingano zayo ni ugutanga imirongo migari ngenderwaho no gutuma habaho imikorere myiza yâubushinjacyaha mu gihugu cyose.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâInama Nkuru yâUbushinjacyaha.
Ingingo ya 166: Indahiro yâabashinjacyaha(Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru wungirije barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, abagize Inteko Ishinga Amategeko bahari.
Abandi Bashinjacyaha barahirira imbere yâabayobozi bavugwa mu
responsible for the prosecution of offences committed by persons subject to the jurisdiction of military courts. It shall investigate and prosecute offences before military courts.
Article 164: The Military Prosecution Department is headed by the Military Prosecutor General assisted by the Deputy Military Prosecutor General.
An Organic Law shall determine the organization, jurisdiction and functioning of the military prosecution department.
CHAPTER III: THE HIGH COUNCIL OF THE NATIONAL PUBLIC PROSECUTION AUTHORITY
Article 165: Establishment of the High Council of the National Public Prosecution Authority (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a High Council of the National Public Prosecution Authority.
Its mission shall be to provide general policy guidelines and to ensure the smooth functioning of the Public Prosecution in the whole country.
An organic law shall determine the organisation, powers and functioning of the High Council of the National Public Prosecution Authority.
Article 166: Oath of office of the Prosecutors (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall take oath of office before the President of the Republic in the presence of the Members of Parliament.
Other Prosecutors shall take oath of office before the authorities specified
commises par les personnes justiciables des juridictions militaires. Il exerce lâaction publique devant les juridictions militaires.
Article 164: LâAuditorat Militaire est dirigĂ© par un Auditeur GĂ©nĂ©ral Militaire assistĂ© dâun Auditeur GĂ©nĂ©ral Militaire Adjoint.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement de lâAuditorat Militaire.
CHAPITRE III: DU CONSEIL SUPERIEUR DE LâORGANE NATIONAL DE POURSUITE JUDICIAIRE
Article 165: Institution du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est instituĂ© un Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
Sa mission est de donner les grandes lignes directrices et dâassurer le bon fonctionnemen de lâOrgane National de Poursuite dans tout le pays.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
Article 166: Prestation de serment des Officiers de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Procureur GĂ©nĂ©ral et le Procureur GĂ©nĂ©ral Adjoint prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique en prĂ©sence des Membres du Parlement.
Les autres officiers de poursuite judiciaire prĂȘtent serment devant les
- 79 Â
itegeko ribagenga.
INTERURO YA VI :IBYEREKEYE UBUTEGETSI BWâIBANZE
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE INGINGO RUSANGE
Ingingo ya 167: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005)
Ubutegetsi bwa Leta bwegerezwa abaturage mu nzego zâibanze hakurikijwe Itegeko. Bukurikiranwa na Minisiteri ifite ubutegetsi bwâIgihugu mu nshingano zayo.
Itegeko rigena inzego zâimitegekere yâIgihugu ku rwego rwâibanze zegereye abaturage zifite ubuzimagatozi nâubwisanzure mu byerekeye ubutegetsi nâimari. Izo nzego ni zo shingiro ryâiterambere ryâabaturage.
Inzego zâibanze zifite ubuzimagatozi zifite uburenganzira bwo kuba abanyamuryango b'ingaga zo mu gihugu cyangwa mpuzamahanga ziharanira guteza imbere ubuyobozi bwegereye abaturage.
Itegeko rigena imitunganyirize, imikorere nâimikoranire yâizo nzego nâizindi nzego zinyuranye zifite uruhare mu miyoberere no mu iterambere ryâIgihugu. Itegeko riteganya kandi uko Guverinoma yegurira izo nzego ububasha, umutungo nâibindi byangombwa.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE INAMA YâIGIHUGU YâUMUSHYIKIRANO
Ingingo ya 168: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005) Hashyizweho âInama yâIgihugu
by the Law governing them.
TITLE VI: THE DECENTRALISED AUTHORITIES
CHAPTER I: GENERAL PROVISIONS
Article 167: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
Public administration shall be decentralized in accordance with the provisions of the Law. Decentralized entities shall fall under the Ministry in charge of local government.
A Law shall determine decentralized local administrative entities with legal personality and administrative and financial autonomy. Such entities shall be basic foundation of community development.
Local administrative entities with legal personality shall be entitled to become members of national and international organisations which promote development through decentralisation.
A Law shall determine the organisation, the functioning and the collaboration between these organs and various other organs which have a role in the administration and development of the country. A Law shall also determine the manner in which the Government transfers powers, property and other resources to decentralized entities.
CHAPTER II: THE NATIONAL DIALOGUE COUNCIL
Article 168: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
There is hereby established a
autorités prévues par la loi qui les régit.
TITRE VI: DES POUVOIRS DECENTRALISES
CHAPITRE PREMIER: DISPOSITIONS GENERALES
Article 167: (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Les pouvoirs de lâEtat sont dĂ©centralisĂ©s au profit des entitĂ©s administratives locales conformĂ©ment Ă une loi. Ces pouvoirs relĂšvent du MinistĂšre ayant l'administration locale dans ses attributions.
Une loi dĂ©termine les entitĂ©s administratives locales dĂ©centralisĂ©es dotĂ©es de la personnalitĂ© juridique et de lâautonomie administrative et financiĂšre. Ces entitĂ©s constituent la base du dĂ©veloppement communautaire.
Les entitĂ©s administratives locales dotĂ©es de la personnalitĂ© juridique peuvent adhĂ©rer Ă des organisations nationales ou internationales Ćuvrant en matiĂšre de dĂ©centralisation.
Une loi dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement de ces entitĂ©s dĂ©centralisĂ©es et leurs relations avec dâautres organes participant Ă lâadministration et au dĂ©veloppement du pays. Une loi organise le transfert de compĂ©tences, de ressources et dâautres moyens du Gouvernement central aux entitĂ©s dĂ©centralisĂ©es.
CHAPITRE II: DU CONSEIL NATIONAL DE DIALOGUE
Article 168: (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Il est institué un « Conseil National
- 80 Â
yâUmushyikiranoâ. Ihuza Perezida wa Repubulika nâabahagarariye Inama Njyanama zâInzego zâIbanze zifite ubuzimagatozi batorwa na bagenzi babo. Iyoborwa na Perezida wa Repubulika ikaba kandi irimo nâabagize Guverinoma, Inteko Ishinga Amategeko nâabandi Perezida wa Repubulika yagena. Umubare wâabahagarariye Inama Njyanama zâInzego zâIbanze zifite ubuzimagatozi mu Nama yâIgihugu yâUmushyikirano ugenwa na Perezida wa Repubulika.
Iyo Nama iterana nibura rimwe (1) mu mwaka. Mu bibazo isuzuma harimo ibyerekeye uko Igihugu nâUbuyobozi bwâibanze bimeze ndetse nâibyerekeye ubumwe bwâAbanyarwanda.
Imyanzuro yâiyo Nama ishyikirizwa inzego zibishinzwe kugira ngo zirusheho gutunganya imirimo zikorera abaturage.
INTERURO YA VII: IBYEREKEYE UMUTEKANO NO KURINDA IGIHUGU
Ingingo ya 169: Inzego zishinzwe umutekano (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Leta ifite inzego zishinzwe umutekano zikurikira:
1° Ingabo z'u Rwanda;
2° Polisi y'u Rwanda;
3° Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano.
Itegeko rishobora kugena izindi nzego z'umutekano.
âNational Dialogue Councilâ. It shall bring together the President of the Republic and representatives of councils of local administrative entities with legal personality elected by their peers. It shall be chaired by the President of the Republic and be attended by members of the Cabinet and Parliament, and such others as may be determined by the President of the Republic. The number of representatives of councils of local administrative entities with legal personality in the National Dialogue Council is determined by the President of the Republic.
The Council shall meet at least once (1) a year. It shall debate, among others, on issues relating to the state of the Nation, the state of local governments and national unity.
Resolutions of the Council shall be submitted to the concerned State institutions to enable them to improve their services to the population.
TITLE VII: NATIONAL DEFENCE AND SECURITY
Article 169: Security organs (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The State shall have the following security organs:
1° the Rwanda Defence Forces;
2° the Rwanda National Police;
3° the National Intelligence and Security Service.
A Law may determine other security organs.
de Dialogue». Il réunit le Président de la République et les représentants des Conseils des entités administratives locales dotées de la personnalité juridique élus par leurs pairs. Il est présidé par le Président de la République en présence des membres du Gouvernement, du Parlement ainsi que d'autres personnes que pourrait désigner le Président de la République. Le nombre des représentants des Conseils des entités administratives locales dotées de la personnalité juridique au sein du Conseil National de Dialogue est déterminé par le Président de la République.
Le Conseil se rĂ©unit au moins une (1) fois par an. Il dĂ©bat entre autres des questions relatives Ă lâĂ©tat de la Nation, lâĂ©tat des pouvoirs locaux et de lâunitĂ© nationale.
Les recommandations issues dudit Conseil sont transmises aux institutions et services concernĂ©s afin dâamĂ©liorer les services rendus Ă la population.
TITRE VII: DE LA SECURITE ET DE LA DEFENSE NATIONALES
Article 169: Organes de sĂ©curitĂ© (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâEtat dispose des organes de sĂ©curitĂ© ci-aprĂšs :
1° les Forces Rwandaises de Défense;
2° la Police Nationale du Rwanda;
3° le Service National de Renseignements et de Sécurité.
Une loi peut déterminer d'autres organes de sécurité.
- 81 Â
UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE POLISI YâURWANDA
Ingingo ya 170: Amahame Polisi yâu Rwanda igenderaho (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Polisi yâu Rwanda ifite ububasha mu gihugu hose.
Igomba gukorera abaturage ishingiye cyane cyane ku mahame akurikira:
1° kubumbatira uburenganzira bwâibanze buteganywa nâItegeko Nshinga nâandi mategeko;
2° kubumbatira umutekano wâabantu nâibintu;
3° kugira imikoranire myiza nâabaturage;
4° kugaragariza abaturage uburyo yuzuza inshingano zayo;
5° kumva ko abaturage bafite uburenganzira bwo kugenzura imikorere yayo.
Itegeko rigena ububasha, inshingano, imitunganyirize nâimikorere bya Polisi yâu Rwanda.
Ingingo 171: Yavanyweho nâIvugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE URWEGO RWâIGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA NâUMUTEKANO
Ingingo ya 172: Ishyirwaho ryâUrwego rwâIgihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Hashyizweho Urwego rwâIgihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano.
CHAPTER I: THE RWANDA NATIONAL POLICE
Article 170: Principles governing the Rwanda National Police (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Rwanda National Police shall exercise its authority over the entire national territory.
It shall serve the people particularly on the basis of the following principles:
1° safeguarding the fundamental rights guaranteed by the Constitution and other laws;
2° protection of the security of people and property;
3° harmonious collaboration with the community;
4° informing the population on how it fulfils its mission;
5° accountability of the Rwanda National Police to the community.
A Law shall determine the powers, mission, organisation and functioning of the Rwanda National Police.
Article 171: Repealed by the Amendment nË 04 of 17/06/2010)
CHAPTER II: THE NATIONAL INTELLIGENCE AND SECURITY SERVICE
Article 172: Establishment of the National Intelligence and Security Service (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a National Intelligence and Security Service.
CHAPITRE PREMIER: DE LA POLICE NATIONALE DU RWANDA
Article 170: Principes rĂ©gissant la Police Nationale du Rwanda (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Police Nationale du Rwanda exerce ses compĂ©tences sur lâensemble du territoire national.
Elle doit servir le peuple notamment sur base des principes suivants:
1° sauvegarder les droits fondamentaux dĂ©finis par la Constitution et par dâautres lois ;
2° assurer la sécurité des biens et des personnes;
3° bien collaborer avec la population;
4° tenir la population informĂ©e de lâexĂ©cution de sa mission;
5° reconnaßtre à la population le droit de contrÎler son fonctionnement.
Une loi dĂ©termine la compĂ©tence, la mission, lâorganisation et le fonctionnement de la Police Nationale du Rwanda.
Article 171: AbrogĂ© par la RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
CHAPITRE II: DU SERVICE NATIONAL DE RENSEIGNEMENT ET DE SECURITE
Article 172: Institution du Service National de Renseignements et de SĂ©curitĂ© (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué un Service National de Renseignements et de Sécurité.
- 82 -
Itegeko rigena ububasha, inshingano, imiterere, imikorere by'Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano.
UMUTWE WA III : IBYEREKEYE INGABO Z'U RWANDA
Ingingo ya 173: Ingabo zâu Rwanda (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Kurinda Igihugu bikorwa nâIngabo zâIgihugu zâumwuga zitwa âIngabo z'u Rwandaâ.
Itegeko rigena inshingano, imiterere n'ububasha by'Ingabo z'u Rwanda.
Ingingo ya 174: Umugaba Mukuru wâIngabo zâIgihugu (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Umugaba Mukuru w'Ingabo z'Igihugu ni we ushinzwe ibikorwa n'ubuyobozi by'Ingabo z'Urwanda muri rusange.
Ingingo ya 175: Igabanywa ryâumubare wâabagize Ingabo zâIgihugu (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Leta yâu Rwanda ishobora kugabanya umubare wâabagize Ingabo zâUrwanda igihe bibaye ngombwa. Ishobora kandi gukura ku murimo, gusubiza mu buzima busanzwe cyangwa kwirukana bamwe mu bagize Ingabo zâUrwanda. Itegeko riteganya uburyo bikorwa.
A Law shall determine the powers, mission, organisation and functioning of the National Intelligence and Security Service.
CHAPTER III: RWANDA DEFENCE FORCES
Article 173: Rwanda Defence Forces (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
National defence is the responsibility of a professional military force known as the "Rwanda Defence Forces".
A Law shall determine the mission, organisation and powers of the Rwanda Defence Forces.
Article 174: Chief of Defence Staff (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The Chief of Defence Staff shall be responsible for operations and general administration of the Rwanda Defence Forces.
Article 175: Downsizing the Rwanda Defence Forces (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The Government of Rwanda can downsize the Rwanda Defence Forces where it is deemed necessary. The Government can also discharge, demobilize or dismiss members of the Rwanda Defence Forces. A Law shall determine procedures for such actions.
Une loi dĂ©termine la compĂ©tence, la mission, lâorganisation et le fonctionnement du Service National de Renseignements et de SĂ©curitĂ©.
CHAPITRE III: DES FORCES RWANDAISES DE DEFENSE
Article 173: Forces Rwandaises de DĂ©fense (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La défense nationale est assurée par une armée nationale de profession dénommée « Forces Rwandaises de Défense».
Une loi détermine la mission, l'organisation et la compétence des Forces Rwandaises de Défense.
Article 174 : Chef dâEtat Major GĂ©nĂ©ral (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
Le Chef d'Etat Major Général est chargé des opérations et de l'administration générale des Forces Rwandaises de Défense.
Article 175 : Réduction des effectifs des Forces Rwandaises de Défense (Révision n° 03 du 13/8/2008)
LâEtat Rwandais peut, en cas de besoin, procĂ©der Ă la rĂ©duction des effectifs des Forces Rwandaises de DĂ©fense. Il peut Ă©galement relever de leurs fonctions, dĂ©mobiliser ou rĂ©voquer les Ă©lĂ©ments des Forces Rwandaises de DĂ©fense. Une loi en dĂ©termine les modalitĂ©s.
- 83 Â
INTERURO YA VIII: KOMISIYO ZâIGIHUGU, INZEGO ZIHARIYE, INAMA ZâIGIHUGU NâIBIGO BYA LETA (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ingingo ya 176: Ishyirwaho rya za Komisiyo zâIgihugu, Inzego Zihariye, Inama zâIgihugu nâIbigo bya Leta (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho za Komisiyo zâIgihugu, Inzego zihariye nâInama zâIgihugu zishinzwe gufasha gukemura ibibazo bikomeye byâIgihugu zikurikira:
1° Komisiyo zâIgihugu:
a) Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu;
b) Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge;
c) Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside;
d) Komisiyo yâIgihugu yâAmatora;
e) Komisiyo yâIgihugu ishinzwe Abakozi ba Leta.
2° Inzego Zihariye:
a) Urwego rwâUmuvunyi;
b) Urwego rwâUbugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta;
c) Urwego rushinzwe Kugenzura Iyubahirizwa ryâUburinganire nâUbwuzuzanye bwâAbagore nâAbagabo mu Iterambere ryâIgihugu;
d) Urwego rushinzwe Intwari zâIgihugu, Imidari
TITLE VIII: NATIONAL COMMISSIONS, SPECIAL ORGANS, NATIONAL COUNCILS AND PUBLIC INSTITUTIONS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
CHAPTER I: GENERAL PROVISIONS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Article 176: Establishment of National Commissions, Specialized Organs, National Councils and Public Institutions (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The following National Commissions, Specialized Organs and National Councils with responsibility of contributing in resolving major issues facing the country are hereby established:
1° National Commissions:
a) National Commission for Human Rights;
b) National Unity and Reconciliation Commission;
c) National Commission to Fight against Genocide;
d) National Electoral Commission;
e) Public Service Commission.
2° Special Organs:
a) Office of the Ombudsman;
b) Office of the Auditor General of State Finances;
c) Gender Monitoring Office;
d) Chancellery for Heroes and National Orders and
TITRE VIII : COMMISSIONS NATIONALES, ORGANES SPECIALISES, CONSEILS NATIONAUX ET ETABLISSEMENTS PUBLICS (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS GENERALES (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Article 176: CrĂ©ation des Commissions Nationales, Organes SpĂ©cialisĂ©s, Conseils Nationaux et Etablissements Publics (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué des Commissions Nationales, des Organes spécialisés et des Conseils Nationaux ci-aprÚs chargés de contribuer à régler des problÚmes majeurs du pays :
1° Les Commissions Nationales:
a) La Commission Nationale des Droits de la Personne;
b) La Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation;
c) La Commission Nationale de Lutte contre le Génocide;
d) La Commission Nationale Electorale;
e) La Commission de la Fonction Publique.
2° Les Organes Spécialisés :
a) LâOffice de lâOmbudsman ;
b) LâOffice de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat ;
c) LâObservatoire du « Gender »
d) La Chancellerie des Héros et des Ordres Nationaux ;
nâImpeta byâishimwe;
3° Inama zâIgihugu :
a) Inama yâIgihugu yâAbagore;
b) Inama yâIgihugu yâUrubyiruko;
c) Inama yâIgihugu yâAbantu bafite ubumuga.
Itegeko rishobora gushyiraho izindi Komisiyo, izindi Nzego Zihariye nâizindi Nama zâIgihugu igihe bibaye ngombwa. Iryo tegeko rinagena inshingano, imiterere nâimikorere byazo.
Itegeko ngenga rishyiraho amategeko rusange agenga ibigo bya Leta.
UMUTWE WA II : KOMISIYO ZâIGIHUGU
Ingingo ya 177: Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu ni Komisiyo yâIgihugu yigenga ishinzwe byâumwihariko guteza imbere uburenganzira bwa Muntu.
Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu ishyikiriza buri mwaka Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, porogaramu na raporo zâibikorwa byayo ikagenera kopi izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 178: Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge ni Komisiyo yâIgihugu yigenga ishinzwe byâumwihariko gushimangira ubumwe nâubwiyunge
- 84 Â
Decorations of Honour;
3° National Councils :
a) National Women Council;
b) National Youth Council;
c) National Council of Persons with Disabilities.
When deemed necessary, a Law may establish other Commissions, Specialized Organs and other National Councils. That Law shall determine their responsibilities, organisation and functioning.
An Organic Law shall establish general provisions governing Public Institutions.
CHAPTER II: NATIONAL COMMISSIONS
Article 177: National Commission for Human Rights (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Commission for Human Rights is an independent national Commission especially in charge of the promotion of human rights.
The National Commission for Human Rights shall submit each year its program and activity report to both Chambers of Parliament in joint session and provide copies thereof to other State Organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 178: National Unity and Reconciliation Commission (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Unity and Reconciliation Commission is an independent national commission responsible in particular for the
3° Les Conseils Nationaux :
a) Le Conseil National des Femmes ;
b) Le Conseil National de la Jeunesse;
c) Le Conseil National des Personnes Handicapées.
En cas de besoin, dâautres Commissions, Organes SpĂ©cialisĂ©s et Conseils Nationaux peuvent ĂȘtre créés par une loi. Cette loi en dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement.
Une loi organique fixe les dispositions générales applicables aux Etablissements Publics.
CHAPITRE II: COMMISSIONS NATIONALES
Article 177: Commission Nationale des Droits de la Personne (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale des Droits de la Personne est une commission nationale indépendante spécialement chargée de la promotion des droits de la personne.
La Commission Nationale des Droits de la Personne adresse chaque annĂ©e son programme et rapport annuel dâactivitĂ©s au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 178: Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation est une commission nationale indĂ©pendante spĂ©cialement chargĂ©e de la
- 85 Â
bwâAbanyarwanda.
Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge ishyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika na Sena porogaramu na raporo zâibikorwa byayo ikagenera kopi izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 179: Komisiyo yâIgihugu yo kurwanya Jenoside (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yo kurwanya Jenoside ni Komisiyo yâIgihugu yigenga ishinzwe byâumwihariko ibyerekeranye no kwibuka no kurinda jenoside no kuvuganira abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi haba mu gihugu cyangwa hanze yacyo.
Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside ishyikiriza buri mwaka Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, na Guverinoma porogaramu na raporo zâibikorwa byayo ikagenera kopi izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 180: Komisiyo yâIgihugu yâAmatora (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora ni Komisiyo yigenga ishinzwe ibyerekeranye nâamatora yâabayobozi bâInzego zâibanze, ayâabagize Inteko Ishinga Amategeko, aya Perezida wa Repubulika, aya referendumu nâayâabandi yagenwa nâitegeko.
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora
promotion of unity and reconciliation of Rwandans.
The National Unity and Reconciliation Commission shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and the Senate and provide copies thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 179: National Commission to Fight against Genocide (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Commission to Fight against Genocide is an independent national commission especially in charge of matters related to commemoration and prevention of genocide and advocacy for the cause of survivors of the genocide against the Tutsi both within and outside the country.
The National Commission to Fight against Genocide shall submit each year its program and activity report to both Chambers of Parliament in joint session and to the Cabinet and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 180: National Electoral Commission (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Electoral Commission is an independent commission responsible for local, legislative, presidential elections, referendum and other elections determined by the Law.
The National Electoral Commission
consolidation de lâUnitĂ© et la rĂ©conciliation des Rwandais.
La Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation adresse chaque annĂ©e son programme et rapport dâactivitĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique et au SĂ©nat et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 179: Commission Nationale de Lutte contre le GĂ©nocide (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale de Lutte contre le GĂ©nocide est une commission nationale indĂ©pendante chargĂ©e spĂ©cialement de la conservation de la mĂ©moire du gĂ©nocide, de la prĂ©vention du gĂ©nocide et du plaidoyer en faveur des rescapĂ©s du gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi Ă lâintĂ©rieur comme Ă lâextĂ©rieur du pays.
La Commission Nationale de Lutte contre le GĂ©nocide adresse chaque annĂ©e son programme et rapport dâactivitĂ©s au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, et au Gouvernement et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi détermine la mission, l'organisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 180: Commission Nationale Electorale (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale Electorale est une Commission indépendante chargée des élections locales, législatives, présidentielles, référendaires et autres élections prévues par la loi.
La Commission Nationale Electorale
- 86 Â
ishyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika porogaramu na raporo zâibikorwa byayo, izindi nzego ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 181: Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta ni Komisiyo yigenga ifite mu nshingano zayo kugenzura uko inzego za Leta zishyira mu bikorwa politiki, amahame nâamategeko ajyanye no gushaka no gucunga Abakozi ba Leta. Komisiyo igeza raporo ku Nteko Ishinga Amategeko na Guverinoma.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
UMUTWE WA III : INZEGO ZIHARIYE (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ingingo ya 182: Urwego rwâUmuvunyi (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rwâUmuvunyi ni urwego rwâIgihugu rwigenga mu mikorere yarwo. Mu byo rushinzwe harimo gukumira no kurwanya akarengane, ruswa n'ibyaha bifitanye isano na yo no kwakira inyandiko zigaragaza imitungo nyakuri yâabantu bagenwa nâitegeko.
Urwego rwâUmuvunyi rushyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, porogaramu na raporo zâibikorwa byayo izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 181: Public Service Commission (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Public Service Commission is an independent commission responsible for ensuring that policies, principles and laws governing Public Service recruitments and administration are adhered to and put into effect by all Government institutions. The Public Service Commission shall submit its activity report to the Parliament and the Cabinet.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
CHAPTER III: SPECIAL ORGANS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Article 182: Office of the Ombudsman (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Office of the Ombudsman is an independent public institution. It shall inter alia be responsible for preventing and fighting against injustice, corruption and other related crimes and receiving true declaration of assets of the persons determined by the law.
The Office of Ombudsman shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and both Chambers of Parliament in joint session and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
adresse chaque annĂ©e le programme et le rapport dâactivitĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 181: Commission de la Fonction Publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission de la Fonction Publique est une commission indĂ©pendante chargĂ©e de superviser la mise en application des politiques, principes et la rĂšglementation relatifs au recrutement et Ă lâadministration des agents de lâEtat. La Commission de la Fonction Publique adresse le rapport dâactivitĂ©s au Parlement et au Gouvernement.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
CHAPITRE III: ORGANES SPECIALISES (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Article 182: Office de lâOmbudsman (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâOffice de lâOmbudsman est une institution publique indĂ©pendante dans lâexercice de ses attributions. Il est chargĂ© notamment de prĂ©venir et combattre lâinjustice, la corruption et les infractions connexes et de recevoir la dĂ©claration sur lâhonneur des biens et patrimoines des personnes dĂ©terminĂ©es par la loi.
LâOffice de lâOmbudsman adresse chaque annĂ©e son programme et rapport dâactivitĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique et au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
- 87 -
Itegeko rigena inshingano, ububasha, imiterere nâimikorere yâurwo rwego.
Ingingo ya 183: Urwego rwâUbugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rwâUbugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta ni urwego rwâIgihugu rwigenga rushinzwe ubugenzuzi bwâimicungire yâimari nâumutungo bya Leta.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâurwo rwego.
Ingingo ya 184 : Raporo yâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya 79 yâItegeko Nshinga, Urwego rwâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta rushyikiriza Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, raporo yuzuye ku ifoto yâumutungo wa Leta irimo imikoreshereze yâimari ya Leta yâumwaka ushize mbere yâitangira ryâigihembwe cyagenewe gusuzuma ingengo yâimari ya Leta yâumwaka ukurikiye. Iyo raporo igomba kugaragaza uburyo imari yakoreshejwe, amafaranga yakoreshejwe bitari ngombwa cyangwa hadakurikijwe amategeko, niba harabaye inyerezwa cyangwa isesagura ryâumutungo rusange.
Kopi yâiyo raporo ishyikirizwa Perezida wa Repubulika, Guverinoma, Perezida wâUrukiko rwâIkirenga nâUmushinjacyaha Mukuru.
Mu gihe kitarenze amezi atandatu (6), Inteko Ishinga Amategeko imaze gushyikirizwa raporo yâUmugenzuzi Mukuru ivugwa muri iyi ngingo, iyijyaho impaka ikanayifataho ibyemezo bikwiye.
Inzego nâabayobozi bagenerwa kopi
A Law shall determine the responsibilities, powers, organization and functioning of this Office.
Article 183: Office of the Auditor General of State Finances (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Office of the Auditor General is an independent public institution responsible for the auditing of state finances and property.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of this Office.
Article 184: Report of Auditor General of State Finances (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Subject to the provisions of Article 79 of the Constitution, the Office of the Auditor General of State Finances shall submit each year to both Chambers of Parliament in joint session prior to the commencement of the session devoted to the examination of the budget of the following year, a complete report on the balance sheet of the State budget of the previous year. This report must indicate the manner in which the budget was utilized, unnecessary expenses which were incurred or expenses which were contrary to the law and whether there was misappropriation or general squandering of public funds.
A copy of the report shall be submitted to the President of the Republic, the Cabinet, the President of Supreme Court and the Prosecutor General.
The Parliament, after receiving the report of the Auditor General referred to in this Article shall examine it and take appropriate decisions within six (6) months.
Institutions and public officials to
Une loi dĂ©termine la mission, la compĂ©tence, lâorganisation et le fonctionnement de cet Office.
Article 183: Office de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâOffice de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat est une institution publique indĂ©pendante chargĂ©e de lâaudit des finances et du patrimoine de lâEtat.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cet Office.
Article 184: Rapport de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Sous rĂ©serve des dispositions de l'article 79 de la Constitution, lâOffice de l'Auditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat soumet chaque annĂ©e, avant lâouverture de la session consacrĂ©e Ă l'examen du budget de l'annĂ©e suivante, au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, le rapport sur le bilan des finances de lâEtat qui comprend lâexĂ©cution du budget de lâEtat de l'exercice Ă©coulĂ©. Ce rapport doit notamment prĂ©ciser la maniĂšre dont les comptes ont Ă©tĂ© gĂ©rĂ©s, les dĂ©penses faites Ă tort ou irrĂ©guliĂšrement ou sâil y a eu dĂ©tournement ou dilapidation des deniers publics.
Une copie de ce rapport est adressĂ©e au PrĂ©sident de la RĂ©publique, au Gouvernement, au PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme et au Procureur GĂ©nĂ©ral.
Dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas six (6) mois, Ă dater de la rĂ©ception du rapport de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral prĂ©vu au prĂ©sent article, le Parlement lâexamine et prend des dĂ©cisions appropriĂ©es.
Les institutions et autorités
- 88 Â
ya raporo yâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta bagomba gushyira mu bikorwa ibiyikubiyemo bafata ibyemezo bikwiye, ku makosa nâibindi bitakurikijwe iyo raporo yerekanye.
Inteko Ishinga Amategeko ishobora gusaba urwo rwego gukora ubugenzuzi bwâimari mu nzego za Leta cyangwa imikoreshereze yâamafaranga yatanzwe na Leta.
Ingingo ya 185: Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry'Uburinganire nâUbwuzuzanye bwâAbagore nâAbagabo mu Iterambere ryâIgihugu (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry'Uburinganire n'Ubwuzuzanye bw'Abagore n'Abagabo mu Iterambere ry'Igihugu ni urwego rwâIgihugu rwigenga mu mikorere yarwo.
Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ryâUburinganire nâUbwuzuzanye bwâAbagore nâAbagabo mu Iterambere ryâIgihugu rushyikiriza buri mwaka Guverinoma porogaramu na raporo zâibikorwa byarwo, izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâurwo rwego.
Ingingo ya 186: Urwego rw'Igihugu rushinzwe Intwari z'Igihugu, Imidari nâImpeta by'ishimwe (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Intwari z'Igihugu, Imidari n`Impeta by'ishimwe ni urwego rwâIgihugu rwigenga mu mikorere yarwo.
Rushinzwe kugaragaza, gushimira no kurata Abanyarwanda cyangwa Abanyamahanga baranzwe nâubutwari nâibindi bikorwa
which a copy of the annual report of the Auditor General is addressed are obliged to implement its recommendations by taking appropriate measures as regards irregularities and other shortcomings which were disclosed.
The Parliament may request this Office to carry out a financial audit of State institutions or with regard to the use of funds provided by the State.
Article 185: Gender Monitoring Office (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Gender Monitoring Office is an independent public institution.
Gender Monitoring Office shall submit each year its program and activity report to the Cabinet and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of this Office.
Article 186: Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour is an independent public institution.
It is responsible for identifying, granting awards, honouring Rwandans and foreigners who were characterized by heroism and other
destinataires de la copie du rapport de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral sont tenues dây donner suite en prenant les mesures qui sâimposent en ce qui concerne notamment les irrĂ©gularitĂ©s et manquements constatĂ©s.
Le Parlement peut charger lâOffice dâeffectuer toute vĂ©rification financiĂšre dans les services de lâEtat ou concernant lâutilisation des fonds allouĂ©s par lâEtat.
Article 185: Observatoire du «Gender» (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâObservatoire du «Gender» est une institution publique indĂ©pendante.
LâObservatoire du « Gender » adresse chaque annĂ©e au Gouvernement son programme et rapport dâactivitĂ©s et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cet Observatoire.
Article 186: Chancellerie des HĂ©ros et des Ordres Nationaux (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Chancellerie des Héros et des Ordres Nationaux est une institution publique indépendante.
Elle est chargĂ©e dâidentifier, rĂ©compenser et honorer les Rwandais ou les Ă©trangers qui se sont illustrĂ©s par lâhĂ©roĂŻsme et autres
- 89 Â
bihebuje byagiriye u Rwanda akamaro ku buryo biba urugero rwiza.
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Intwari z'Igihugu, Imidari nâImpeta by'Ishimwe rushyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika porogaramu na raporo zâibikorwa byarwo izindi nzego ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
Itegeko rigena inshingano, imiterere n'imikorere by'urwo rwego.
UMUTWE WA IV: INAMA ZâIGIHUGU (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ingingo ya 186 bis: Yavanyweho nâIvugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Ingingo ya 187: Inama yâIgihugu yâAbagore (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâIgihugu yâAbagore ni urwego rwigenga mu mikorere yarwo.
Itegeko rigena inshingano imiterere, imikorere, nâimikoranire yayo nâizindi nzego za Leta.
Ingingo ya 188: Inama yâIgihugu yâUrubyiruko (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâIgihugu yâUrubyiruko ni urwego rwigenga mu mikorere yarwo.
Itegeko rigena inshingano, imiterere, imikorere nâimikoranire yayo nâizindi nzego za Leta.
acts of bravery serving as good examples.
The Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of the Chancellery.
CHAPTER IV: NATIONAL COUNCILS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Article 186 bis: Repealed by the Amendment nË 04 of 17/06/2010
Article 187: National Women Council (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Women Council is an independent institution in its management.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of the Council and its relationship with other State organs.
Article 188: National Youth Council (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Youth Council is an independent institution in its management.
A Law shall determine the responsibilities, organisation, and functioning of the Council and its relationship with other State organs.
actes dâĂ©clat en faveur du Rwanda de façon exemplaire.
La Chancellerie des HĂ©ros et des Ordres Nationaux adresse chaque annĂ©e au PrĂ©sident de la RĂ©publique son programme et le rapport dâactivitĂ©s et en rĂ©serve copies aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de la Chancellerie.
CHAPITRE IV : CONSEILS NATIONAUX (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Article 186 bis: AbrogĂ© par la RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010
Article 187: Conseil National des Femmes (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil National des Femmes est un organe dotĂ© dâune autonomie de gestion.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement dudit Conseil ainsi que ses rapports avec les autres organes de lâEtat.
Article 188: Conseil National de la Jeunesse (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil National de la Jeunesse est un organe dotĂ© dâune autonomie de gestion.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement du dit Conseil ainsi que ses rapports avec les autres organes de lâEtat.
- 90 -
Ingingo ya 188 bis: Inama yâIgihugu yâAbantu batite ubumuga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâIgihugu yâAbantu bafite ubumuga ni urwego rwigenga mu mikorere yarwo.
Itegeko rigena inshingano, imiterere, imikorere nâimikoranire yayo nâizindi nzego za Leta.
INTERURO YA IX: Yavanyweho nâivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
INTERURO YA X: IBYEREKEYE AMASEZERANO MPUZAMAHANGA
Ingingo ya 189 : Perezida wa Repubulika ni we ufite ububasha bwo gukora amasezerano mpuzamahanga no kuyemeza. Iyo amaze kwemezwa, ayo masezerano amenyeshwa Inteko Ishinga Amategeko.
Icyakora, amasezerano mpuzamahanga arangiza intambara, ayâubucuruzi, ayerekeye imiryango mpuzamahanga, afite ingaruka ku mari ya Leta, ahindura amategeko yâIgihugu cyangwa yerekeye abantu ku giti cyabo ntashobora kwemezwa burundu atabanje kwemerwa nâInteko Ishinga Amategeko.
Ntibyemewe gutanga cyangwa kugurana igice cyâu Rwanda cyangwa se komeka ku Rwanda igice cyâikindi gihugu abaturage batabyemeye muri referendumu.
Perezida wa Repubulika nâInteko Ishinga Amategeko bamenyeshwa amasezerano mpuzamahanga yose agitegurwa ariko atagomba kwemezwa na Perezida wa Repubulika.
Ingingo ya 190: Iyo amaze gutangazwa mu Igazeti ya Leta, amasezerano mpuzamahanga yemejwe burundu mu buryo
Article 188 bis: National Council of Persons with Disability (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Council of Persons with Disabilities is an independent institution in its management.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of the Council and its relationship with other State organs.
TITRE IX: Repealed by the amendment nË 04 of 17/06/2010)
TITLE X: INTERNATIONAL TREATIES AND AGREEMENTS
Article 189: The President of the Republic shall negotiate international treaties and agreements and ratifie them. The Parliament shall be notified of such treaties and agreements following their conclusion.
However, peace treaties and treaties or agreements relating to commerce and international organizations and those which commit state finances, modify provisions of laws already adopted by Parliament or relate to the status of persons, can only be ratified after authorisation by Parliament.
It shall not be permitted to cede or exchange part of the territory of Rwanda or join to Rwanda part of another country without the consent of the people by referendum.
The President of the Republic and Parliament shall be notified of all negotiations relating to treaties and international agreements which are not subject to ratification by the President of the Republic.
Article 190: Upon their publication in the official gazette, international treaties and agreements which have been
Article 188 bis: Conseil National des Personnes HandicapĂ©es (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil National des Personnes HandicapĂ©es est un organe dotĂ© dâune autonomie de gestion.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement dudit Conseil ainsi que ses rapports avec les autres organes de lâEtat.
TITRE IX : AbrogĂ© par la rĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
TITRE X: DES TRAITES ET ACCORDS INTERNATIONAUX
Article 189: Le Président de la République négocie et ratifie les traités et accords internationaux. Le Parlement en est informé aprÚs leur conclusion.
Toutefois, les traitĂ©s de paix, les traitĂ©s de commerce, les traitĂ©s ou accords relatifs aux organisations internationales, ceux qui engagent les finances de lâEtat, ceux qui modifient des dispositions de nature lĂ©gislative, ceux qui sont relatifs Ă lâĂ©tat des personnes ne peuvent ĂȘtre ratifiĂ©s quâaprĂšs autorisation du Parlement.
Nulle cession, nul Ă©change, nulle adjonction dâun territoire nâest permise sans le consentement du peuple rwandais consultĂ© par referendum.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Parlement sont informĂ©s de toutes les nĂ©gociations dâaccords et traitĂ©s internationaux non soumis Ă la ratification par le PrĂ©sident de la RĂ©publique.
Article 190: Les traités ou accords internationaux réguliÚrement ratifiés ou approuvés ont, dÚs leur publication au journal
- 91 Â
buteganywa nâamategeko, agira agaciro gasumba akâamategeko ngenga nâakâamategeko asanzwe keretse iyo adakurikijwe nâurundi ruhande.
Ingingo ya 191: Birabujijwe gukora amasezerano mpuzamahanga yemera gutuza ingabo zâamahanga mu Gihugu.
Birabujijwe gukora amasezerano mpuzamahanga yemera kunyuza cyangwa kurunda mu Gihugu imyanda ihumanya nâibindi byose byagira ingaruka zikomeye ku buzima bwâabantu no ku bidukikije.
Ingingo ya 192: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 02/12/2003) Iyo amasezerano mpuzamahanga afite ingingo inyuranyije nâItegeko Nshinga, ububasha bwo kuyemeza burundu ntibushobora gutangwa Itegeko Nshinga ritabanje kuvugururwa.
INTERURO YA XI: IBYEREKEYE IVUGURURWA RYâITEGEKO NSHINGA
Ingingo ya 193 : Ububasha bwo gutangiza ivugurura ryâItegeko Nshinga bufitwe na Perezida wa Repubulika bimaze kwemezwa nâInama yâAbaminisitiri; bufitwe kandi na buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko binyuze mu itora ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabawugize.
Ivugururwa ryemezwa ritowe ku bwiganze bwa bitatu bya kane (3/4) by'amajwi y'abagize buri mutwe w'Inteko Ishinga Amategeko.
Ariko iyo iryo vugururwa ryerekeye manda ya Perezida wa Repubulika, ubutegetsi bwa demokarasi ishingiye ku bitekerezo binyuranye cyangwa ku bwoko bw'ubutegetsi buteganyijwe n'iri Tegeko Nshinga cyane cyane ku butegetsi bwa Leta bushingiye kuri Repubulika n'ubusugire bw'Igihugu, rigomba
conclusively adopted in accordance with the provisions of law shall be more binding than organic laws and ordinary laws except in the case of non compliance by one of the parties.
Article 191: It is prohibited to make international agreements permitting foreign military bases on the national territory.
It is prohibited to make international agreements permitting the transit or dumping of toxic waste and other hazardous materials capable of endangering public health and environment.
Article 192: (Amendment n° 02 of 02/12/2003)
Where an international treaty contains provisions which are inconsistent with the Constitution, the authorisation to ratify the treaty or agreement cannot be granted until the Constitution is amended
TITLE XI: AMENDMENT OF THE CONSTITUTION
Article 193: The power to initiate amendment of the Constitution shall be vested concurrently in the President of the Republic upon the proposal of the Cabinet and each Chamber of Parliament upon a resolution passed by a two thirds (2/3) majority vote of its members.
The passage of a constitutional amendment requires a three quarters (3/4) majority vote of the members of each chamber of Parliament.
However, if the constitutional amendment concerns the term of the President of the Republic or the system of democratic government based on political pluralism, or the constitutional regime established by this Constitution especially the republican form of the government or national sovereignty, the
officiel, une autoritĂ© supĂ©rieure Ă celle des lois organiques et des lois ordinaires, sous rĂ©serve, pour chaque accord ou traitĂ©, de son application par lâautre partie.
Article 191: Les accords dâinstallation de bases militaires Ă©trangĂšres sur le territoire national sont interdits.
Les accords autorisant le transit ou le stockage sur le territoire national de dĂ©chets toxiques et autres matiĂšres pouvant porter gravement atteinte Ă la santĂ© et Ă lâenvironnement sont interdits.
Article 192: (Révision du n° 02 of 02/12/2003)
Lorsquâun engagement international comporte une clause contraire Ă la Constitution, lâautorisation de le ratifier ou de lâapprouver ne peut intervenir quâaprĂšs la rĂ©vision de la Constitution.
TITRE XI: DE LA REVISION DE LA CONSTITUTION
Article 193: Lâinitiative de la rĂ©vision de la Constitution appartient concurremment au PrĂ©sident de la RĂ©publique aprĂšs dĂ©libĂ©ration du Conseil des Ministres et Ă chaque Chambre du Parlement sur vote Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) de ses membres.
La rĂ©vision nâest acquise que par un vote Ă la majoritĂ© des trois quarts (3/4) des membres qui composent chaque Chambre du Parlement.
Toutefois, lorsque la rĂ©vision porte sur le mandat du PrĂ©sident de la RĂ©publique, sur la dĂ©mocratie pluraliste ou sur la nature du rĂ©gime constitutionnel notamment la forme rĂ©publicaine de l'Etat et l'intĂ©gritĂ© du territoire national, elle doit ĂȘtre approuvĂ©e par rĂ©fĂ©rendum, aprĂšs son adoption par chaque Chambre du
- 92 Â
kwemezwa na referendumu, rimaze gutorwa na buri Mutwe w'Inteko Ishinga Amategeko.
Nta mushinga w'ivugururwa ry'iyi ngingo ushobora kwakirwa.
INTERURO YA XII: IBYEREKEYE INGINGO ZISOZA
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE INGINGO ZâINZIBACYUHO Wavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 194: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 195: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 196: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 197: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 198: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 199: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE INGINGO ZISOZA
Ingingo ya 200: Itegeko Nshinga ni ryo Tegeko ryâIgihugu risumba ayandi.
Itegeko ryose, icyemezo cyose binyuranyije na ryo nta gaciro na gato bigira.
Ingingo ya 201: Gutangira gukurikizwa kwâamategeko nâamabwiriza rusange (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Amategeko, amateka nâandi mabwiriza rusange areba rubanda ntibishobora gutangira gukurikizwa bitabanje gutangazwa mu buryo buteganywa nâamategeko.
amendment must be passed by referendum, after adoption by each Chamber of Parliament.
No amendment to this Article shall be permitted.
TITRE XII: TRANSITIONAL AND FINAL PROVISIONS
CHAPTER I: TRANSITIONAL PROVISIONS Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 194: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 195: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 196: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 197: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 198: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 199 Repealed by the Amendment of 13/08/2008
CHAPTER II: FINAL PROVISIONS
Article 200: The Constitution is the supreme Law of the State.
Any law, any act which is contrary to this Constitution shall be null and void.
Article 201: Commencement of laws and regulations (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Laws, Orders and other regulations of public interest can only enter into force after they have been duly published in accordance with procedures determined by the law.
Parlement.
Aucun projet de rĂ©vision du prĂ©sent article ne peut ĂȘtre recevable.
TITRE XII: DES DISPOSITIONS TRANSITOIRES ET FINALES
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS TRANSITOIRES Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 194: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 195: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 196: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 197: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 198: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 199: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
CHAPITRE II: DES DISPOSITIONS FINALES
Article 200: La Constitution est la loi suprĂȘme de lâEtat.
Toute loi, tout acte contraire à la présente Constitution est nul et de nul effet.
Article 201 : Entrée en vigueur des lois et rÚglements (Révision n° 03 du 13/8/2008)
Les lois, les arrĂȘtĂ©s et autres rĂšglements de portĂ©e gĂ©nĂ©rale ne peuvent entrer en vigueur sâils nâont pas Ă©tĂ© prĂ©alablement publiĂ©s dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
- 93 -
Ntawe ushobora kwitwaza ko atazi itegeko iyo ryatangajwe mu buryo buteganywa nâamategeko.
Amategeko gakondo atanditse akomeza gukurikizwa gusa iyo atasimbuwe nâamategeko yanditse kandi akaba atanyuranyije nâItegeko Nshinga, amategeko, amateka nâamabwiriza cyangwa ngo abe abangamiye uburenganzira bwa Muntu, ituze rusange rya rubanda cyangwa imyitwarire iboneye.
Ingingo ya 202 : Ingingo zâinzibacyuho (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010) Iri Tegeko Nshinga rivanyeho kandi risimbuye Itegeko Shingiro rya Repubulika yâu Rwanda ryagengaga inzibacyuho, nkâuko ryavuguruwe kugeza ubu.
Mu gihe atarahindurwa, amategeko akurikizwa ubu akomeza kubahirizwa mu ngingo zayo zose nâiri Tegeko Nshinga.
Amategeko ngenga adateganyijwe nâItegeko Nshinga agomba kuba yahinduwe amategeko asanzwe mu gihe kitarenze imyaka itatu (3).
Ingingo ya 203 : Iri Tegeko Nshinga ryatowe muri referendumu yo ku wa 26/05/2003, ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono na Perezida wa Repubulika kandi ritangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda.
Kigali, ku wa 04/06/2003.
Ignorance of the law which has been duly published shall not be a defence.
Unwritten customary law shall remain applicable as long as it has not been replaced by written laws, is not inconsistent with the Constitution, laws, orders and regulations, and does not violate human rights, prejudice public security or good morals.
Article 202: Transitional provisions (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
This Constitution repeals and replaces the Fundamental Law of the Republic of Rwanda governing the transitional period as amended to date.
All laws in force shall remain applicable as long as their provisions are consistent with this Constitution.
Organic laws not provided for in the Constitution as such shall be converted into ordinary laws within a period not exceeding three (3) years.
Article 203: This Constitution, adopted by referendum of 26/05/2003 shall come into force on the date of its promulgation by the President of the Republic and be duly published in the Official Gazette of the Republic of Rwanda.
Kigali, on 04/06/2003.
Nul nâest censĂ© ignorer la loi rĂ©guliĂšrement publiĂ©e.
La coutume ne demeure applicable que pour autant quâelle nâait pas Ă©tĂ© remplacĂ©e par une loi et quâelle nâait rien de contraire Ă la Constitution, aux lois, arrĂȘtĂ©s et aux rĂšglements ou ne porte pas atteinte aux droits de la personne, Ă lâordre public et aux bonnes mĆurs.
Article 202: Dispositions transitoires (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La présente Constitution abroge et remplace la Loi Fondamentale de la République Rwandaise régissant la période de transition telle que révisée à ce jour.
Aussi longtemps quâelles ne sont pas encore modifiĂ©es, les lois en vigueur demeurent applicables dans toutes leurs dispositions qui ne sont pas contraires Ă la prĂ©sente Constitution.
Les lois organiques non prĂ©vues par la Constitution doivent ĂȘtre transformĂ©es en lois ordinaires dans un dĂ©lai nâexcĂ©dant pas trois (3) ans.
Article 203: La présente Constitution, adoptée par référendum du 26/05/2003, entre en vigueur le jour de sa promulgation par le Président de la République et est publiée au Journal Officiel de la République du Rwanda.
Kigali, le 04/06/2003.
- 94 Â
- 1 Â
IJAMBO RYâIBANZE
Itegeko Nshinga rishya rya Repubulika yâu Rwanda ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulika yâu Rwanda yo ku wa 04 Kamena 2003.
Kubera impamvu zâingenzi, ubu iryo Tegeko Nshinga rimaze kuvugururwa inshuro enye: Ivugururwa rya mbere ryabaye ku wa 02 Ukuboza 2003, irya kabiri ku wa 08 Ukuboza 2005, irya gatatu ku wa 13 Kanama 2008 nâirya kane ku wa 17 Kamena 2010.
Ivugururwa rya mbere nâirya kabiri byari bigamije cyane cyane kugaruka ku mitunganyirize yâUbuyobozi nâinshingano zâinzego za Leta cyane cyane izâUbutabera nâurwego rwâUmuvunyi hakurikijwe ibyagaragajwe mu gutangira gushyira mu bikorwa Itegeko Nshinga. Yibanze kandi no guhuza Itegeko Nshinga nâimitegekere mishya yâIgihugu cyâ u Rwanda.
Ivugururwa rya gatatu ryibanze cyane mu gutunganya bimwe mu bibazo bitahise bikemurwa nâayo mavugururwa yombi, cyane cyane ikibazo cya manda zâAbagize
Inzego Nkuru zâIgihugu zari zigejeje igihe cyo kurangira; gukemura ikibazo cyo gutuma Itegeko Nshinga rigira ubwinyagamburiro nâingingo zâinzibacyuho zari zigejeje igihe cyo guhuzwa nâaho Igihugu kigeze.
Ivugururwa rya kane ryibanze cyane cyane gukemura ikibazo cyerekeranye nâuko Itegeko Nshinga ryatowe muri 2003 ryasobanuraga ibintu mu buryo burambuye, bityo uko hagize igihinduka nko mu kunoza imikorere yâUrwego runaka bikaba ngombwa ko rivugururwa. Iri vugururwa kandi ryibanze no guhindura uburyo abayobozi bakuru bâIgihugu bashyirwaho, kugabanya umubare wâamategeko ngenga, gukuraho manda za bamwe mu
INTRODUCTION
The new Constitution of the Republic of Rwanda was published in the Official Gazette of the
4thRepublic of Rwanda on June 2003.
Due to important reasons, the mentioned Constitution has been amended four times: The first
2ndAmendment was published on December 2003, the second one on 8th December 2005, the third one on 13th August 2008 and the fourth one on 17 June 2010.
The first and second amendments concerned essentially the review of the organization and the attributions of State organs especially those in the Justice Sector and the Office of the Ombudsman following loopholes which were noticed in the implementation of the Constitution and its harmonization with the newly created administrative entities of Rwanda.
The third amendment dealt especially with resolving issues that were not immediately solved by the previous amendments especially: issues relating to the terms of office of some senior authorities in the main State organs whose terms had reached their expiry date; Flexibility of the Constitution; and other transition provisions that needed to be updated to the current status of the country.
Finally, the fourth amendment intended especially to avoid that the Constitution goes into details with the consequence that any change in the organization of a given organ would give rise to the amendment of the Constitution. This amendment also changed procedures with regard to modalities of appointing senior officials, to reduce the number of organic laws, to remove terms of office for some judges and prosecutors and to rename some
AVANT PROPOS
La nouvelle Constitution de la République du Rwanda a été publiée au Journal Officiel de la République du Rwanda le 04 juin 2003.
Pour des raisons majeures, ladite Constitution vient de subir quatre révisions respectivement le 02 décembre 2003, le 08 décembre 2005, le 13 août 2008 et le 17 juin 2010.
Les deux premiĂšres rĂ©visions ont portĂ© essentiellement sur lâorganisation et les attributions des organes de lâEtat spĂ©cialement ceux relatifs Ă la justice et Ă lâOffice de lâOmbudsman constatĂ©s dans la mise en application de la Constitution et sur son adaptation aux nouvelles entitĂ©s administratives du territoire national.
La troisiĂšme rĂ©vision a revu des questions non rĂ©solues par les amendements constitutionnels prĂ©cĂ©dents, notamment : le mandat de certaines hautes autoritĂ©s des organes de lâEtat ; la flĂ©xibilitĂ© de la Constitution, et lâadaptation de certaines dispositions transitoires au contexte du moment.
Enfin, la quatriĂšme rĂ©vision a eu pour but de rĂ©soudre la question des dĂ©tails contenus dans la Constitution de 2003 qui exigeaient des amendements chaque fois que survenaient des modifications mineures, notamment dans lâorganisation dâun tel ou tel autre Organe. La prĂ©sente rĂ©vision a Ă©galement revu la procĂ©dure de nomination des hautes autoritĂ©s du pays, le nombre de lois organiques, le mandat de certains juges et
- 2 Â
bacamanza nâabashinjacyaha ndetse no guhindura inyito za zimwe mu nzego za Leta.
Mu rwego rwo korohereza abakoresha Itegeko Nshinga rya Repubulika yâu Rwanda, Minisiteri yâUbutabera yasanze ari ngombwa guhuriza hamwe izi mpinduka zose zabaye ku Itegeko Nshinga ryo ku wa 04 Kamena 2003.
Bityo, uku guhuriza hamwe Itegeko Nshinga nâamavugurura yarikozweho bikaba bifite inyungu yo kugira inyandiko yâItegeko Nshinga ribumbiye hamwe yoroshye gukoresha kurusha kwitabaza Amagazeti ya Leta ya Repubulika yâu Rwanda uko ari atanu.
Ako gatabo ni ako gukoresha umunsi ku wundi. Ntigasimbura Itegeko Nshinga nkâuko ryagiye ritanganzwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika yâu Rwanda.
Tharcisse KARUGARAMA
Minisitiri wâUbutabera / Intumwa Nkuru ya Leta
State organs.
In order to make it easy for the users of the Constitution of the Republic of Rwanda, the Ministry of Justice put special emphasis on consolidating different constitutional provisions into one instrument, which incorporated all changes made to the Constitution of 4th June 2003.
In that regard, this consolidation of the Constitution and its amendments shall have a clear benefit of having one consolidated instrument which is easier to use compared to having the Constitution and its amendments in five separate Official Gazettes of the Republic of Rwanda.
The booklet serves for day to day use. In any way, it shall not replace the Constitution as it has been previously published in Official Gazette of the Republic of Rwanda.
Tharcisse KARUGARAMA
Minister of Justice/Attorney General
officiers de poursuite judiciaire ainsi que lâappellation de certains organes de lâEtat.
Etant donnĂ© que la lecture des dispositions constitutionnelles Ă©parses nâest pas aisĂ©e pour les utilisateurs de ce texte, le MinistĂšre de la Justice a procĂ©dĂ© Ă la coordination de cet important texte en un document unique, en incorporant les derniĂšres rĂ©visions susmentionnĂ©es dans le texte initial de la Constitution du 04 juin 2003.
Ainsi cette coordination de la Constitution et ses rĂ©visions aura le mĂ©rite certain de mettre Ă la disposition des usagers un texte unique dâusage facile au lieu et place de cinq diffĂšrent Journaux Officiels de la RĂ©publique du Rwanda.
Le livret est dâusage courant. Il ne remplace pas la Constitution tel quâelle a Ă©tĂ© auparavant publiĂ©e au Journal Officiel de la RĂ©publique du Rwanda.
Tharcisse KARUGARAMA
Ministre de la Justice / Garde des Sceaux
- 3 Â
Itegeko Nshinga rya Repubulika yâu Rwanda ryo ku wa 04 Kamena 2003 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 4 Kamena 2003)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 01 ryo ku wa 02 Ukuboza 2003 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 2 Ukuboza 2003)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 02 ryo ku wa 08 Ukuboza 2005 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 8 Ukuboza 2005)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 03 ryo ku wa 13 Kanama 2008 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 13 Kanama 2008)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 04 ryo ku wa 17 Kamena 2010 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 17 Kamena 2010)
IRANGASHINGIRO
Twebwe, Abanyarwanda,
1.Nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe ikanashyirishwa mu bikorwa nâabayobozi babi n'abandi bose bayigizemo uruhare, igahitana abana bâu Rwanda barenga miliyoni ;
2.Twiyemeje kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside nâibyo igaragariramo byose, ndetse no kurandura burundu amacakubiri ashingiye ku moko, ku turere n'andi macakubiri ayo ari yo yose;
3.Twiyemeje kurwanya ubutegetsi bwâigitugu dushyiraho inzego za demokarasi nâabayobozi twihitiyemo nta gahato ;
4. Dushimangiye ko ari ngombwa kubumbatira no guharanira ubumwe nâubwiyunge bwâAbanyarwanda bwashegeshwe na jenoside yakorewe Abatutsi nâingaruka zayo ;
5.Tuzirikanye ko amahoro nâubumwe bwâAbanyarwanda ari byo nkingi ikomeye yâamajyambere
Constitution of the Republic of Rwanda of 04 June 2003 (O.G. special number of 4 June 2003)
Constitutional Amendment n° 01 of 2 December 2003 (O.G. special number of 2 December 2003)
Constitutional Amendment n° 02 of 8 December 2005 (O.G special number of 8 December 2005)
Constitutional Amendment n° 03 of 13 August 2008 (O.G. special number of 13 August 2008)
Constitutional Amendment n° 04 of 17 June 2010 (O.G. special of 17 June 2010)
PREAMBLE
We, the People of Rwanda,
1. In the wake of the genocide against the Tutsi that was organised and supervised by unworthy leaders and other perpetrators and that decimated more than a million sons and daughters of Rwanda;
2.Resolved to fight the ideology of genocide and all its manifestations and to eradicate ethnic, regional and any other form of divisions;
3.Determined to fight dictatorship by putting in place democratic institutions and leaders freely elected by ourselves;
4. Emphasizing on the necessity to strengthen and promote national unity and reconciliation which were seriously shaken by the genocide against the Tutsi and its consequences;
5.Conscious that peace and unity of Rwandans constitute the essential basis for national economic
Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 (J.O. n° spécial du 04 juin 2003)
Révision Constitutionnelle n° 01 du 02 décembre 2003 (J.O. n° spécial du 02 décembre 2003)
Révision Constitutionnelle n° 02 du 08 décembre 2005 (J.O. n° spécial du 08 décembre 2005)
Révision Constitutionnelle n° 03 du 13 août 2008 (J.O. n° spécial du 13 août 2008)
Révision constitutionnelle n° 04 du 17 juin 2010 (J.O. n° spécial du 17 juin 2010)
PREAMBULE
Nous, Peuple Rwandais,
1. Au lendemain du gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi, planifiĂ© et supervisĂ© par des dirigeants indignes et autres auteurs, et qui a dĂ©cimĂ© plus dâun million de filles et fils du Rwanda ;
2. RĂ©solus Ă combattre lâidĂ©ologie du gĂ©nocide et toutes ses manifestations ainsi quâĂ Ă©radiquer les divisions ethniques, rĂ©gionales et de toute autre forme;
3.DĂ©cidĂ©s Ă combattre la dictature en mettant en place des institutions dĂ©mocratiques et des autoritĂ©s librement choisies par nous-mĂȘmes;
4.Soulignant la nĂ©cessitĂ© de consolider et promouvoir lâunitĂ© et la rĂ©conciliation nationales durement Ă©branlĂ©es par le gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi et ses consĂ©quences ;
5.Conscients que la paix et lâunitĂ© des Rwandais constituent le fondement essentiel du
- 4 Â
yâIgihugu nâiterambere ryâAbanyarwanda ;
6.Twiyemeje kubaka Leta igendera ku mategeko, ishingiye ku iyubahiriza ryâuburenganzira bwâibanze bwa muntu, demokarasi ishingiye ku bitekerezo bya politiki binyuranye, gusaranganya ubutegetsi nta bwikanyize, ubworoherane no gukemura ibibazo binyuze mu mushyikirano ;
7. Dushingiye ku mahirwe dufite yo kugira Igihugu kimwe, ururimi rumwe, umuco umwe nâamateka maremare dusangiye bigomba gutuma tugira imyumvire imwe yâaho tugana ;
8. Tumaze kubona ko ari ngombwa gushaka mu mateka yacu amaze imyaka amagana imigenzereze myiza yarangaga abakurambere bacu igomba gushingirwaho kugira ngo Igihugu kibashe kubaho no kugira ubwisanzure ;
9. Twongeye guhamya ko twiyemeje gukurikiza amahame yâuburenganzira bwa Muntu nkâuko ateganywa nâAmasezerano yâUmuryango wâAbibumbye yo ku wa 26 Kamena 1945, Amasezerano Mpuzamahanga yo ku wa 9 Ukuboza 1948 yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside, Itangazo Mpuzamahanga ryâUburenganiza bwa Muntu ryo ku wa 10 Ukuboza 1948, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye guca burundu ivanguramoko iryo ari ryo ryose yo ku wa 21 Ukuboza 1965, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye uburenganiza mu byâubukungu, imibereho myiza nâumuco yo ku wa 19 Ukuboza 1966, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye Uburenganzira mu byâimbonezamubano na politiki yo ku wa 19 Ukuboza 1966, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye guca burundu ivangura iryo ari ryo ryose rikorerwa abagore yo ku wa 1 Gicurasi 1980, Amasezerano Nyafurika yerekeye Uburenganzira bwa Muntu
development and social progress;
6.Resolved to build a State governed by the rule of law, based on respect for fundamental human rights, pluralistic democracy, equitable power sharing, tolerance and resolution of issues through dialogue;
7. Considering that we enjoy the privilege of having one country, a common language, a common culture and a long shared history which ought to lead to a common vision of our destiny;
8. Considering that it is necessary to draw from our centuries-old history the positive values which characterized our ancestors that must be the basis for the existence and flourishing of our Nation ;
9. Reaffirming our adherence to the principles of human rights enshrined in the United Nations Charter of 26 June 1945, the Convention on the Prevention and Punishment of the crime of Genocide of 9 December 1948, the Universal Declaration of Human Rights of 10 December 1948, the International Convention on the Elimination of All forms of Racial Discrimination of 21 December 1965, the International Covenant on Economic, Social and Cultural Rights of 19 December 1966, the International Covenant on Civil and Political Rights of 19 December 1966, the Convention on the Elimination of all Forms of Discrimination against Women of 1 May 1980, the African Charter of Human and Peoplesâ Rights of 27 June 1981 and the Convention on the Rights of the Child of 20 November 1989;
développement économique et du progrÚs social du pays;
6. Résolus à bùtir un Etat de droit fondé sur le respect des libertés et droits fondamentaux de la personne, la démocratie pluraliste, le partage équitable du pouvoir, la tolérance et la résolution des problÚmes par le dialogue;
7. ConsidĂ©rant que nous avons le privilĂšge d'avoir un mĂȘme pays, une mĂȘme langue, une mĂȘme culture et une longue histoire commune qui doivent nous conduire Ă une vision commune de notre destin;
8. ConsidĂ©rant quâil importe de puiser dans notre histoire multisĂ©culaire les valeurs positives qui ont guidĂ© nos ancĂȘtres et indispensables Ă lâexistence et Ă lâĂ©panouissement de notre Nation ;
9. RĂ©affirmant notre attachement aux principes des droits de la personne humaine tels quâils ont Ă©tĂ© dĂ©finis par la Charte des Nations Unies du 26 juin 1945, la Convention des Nations Unies du 9 dĂ©cembre1948 relative Ă la prĂ©vention et Ă la rĂ©pression du crime du gĂ©nocide, la DĂ©claration universelle des droits de lâhomme du 10 dĂ©cembre 1948, la Convention contre toutes formes de discrimination raciale du 21 dĂ©cembre 1965, le Pacte International relatif aux droits Ă©conomiques, sociaux et culturels du 19 dĂ©cembre 1966, le Pacte International relatif aux droits civils et politiques du 19 dĂ©cembre 1966, la Convention sur lâElimination de toute les formes de Discrimination Ă lâĂ©gard des femmes du 1 mai 1980, la Charte africaine de droits de lâhomme et des peuples du 27 juin 1981 et la Convention relative aux droits de lâenfant du 20 novembre 1989 ;
nâubwâAbaturage yo ku wa 27 Kamena 1981 nâAmasezerano Mpuzamahanga yerekeye uburenganzira bwâumwana yo ku wa 20 Ugushyingo 1989;
10. Twiyemeje guharanira ko haba uburenganzira bungana mu Banyarwanda no hagati yâAbagore nâAbagabo bitabangamiye amahame y'uburinganire n'ubwuzuzanye bwabo mu iterambere ry'Igihugu ;
11. Twiyemeje guharanira kongera ubumenyi nâubushobozi bwâabakozi, kurwanya ubujiji, guteza imbere ikoranabuhanga no guharanira amajyambere nâimibereho myiza yâAbanyarwanda;
12. Tumaze kubona ko nyuma yâigihe cyâinzibacyuho, u Rwanda rugomba kugengwa nâItegeko Nshinga rigizwe nâibitekerezo byatanzwe nâAbanyarwanda ubwabo ;
Twemeje muri referendumu iri Tegeko Nshinga kandi ni ryo tegeko risumba ayandi muri Repubulika y'u Rwanda:
INTERURO YA MBERE: IBYEREKEYE LETA NâINKOMOKO YâUBUTEGETSI BWâIGIHUGU
UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE INGINGO RUSANGE
Ingingo ya mbere: Leta yâu Rwanda ni Repubulika yigenga kandi ubutegetsi bwose ni yo buturukaho, ishingiye kuri demokarasi, igamije guteza imbere abaturage, kandi ntishingiye ku idini.
Ishingiro rya Repubulika ni « ubutegetsi bwa rubanda, butangwa na rubanda kandi bukorera rubanda ».
Ingingo ya 2: Ubutegetsi bwose bukomoka ku mbaga yâAbanyarwanda.
Nta gice cyâAbanyarwanda cyangwa se umuntu ku giti cye ushobora kwiha ubutegetsi.
- 5 Â
10. Committed to ensuring equal rights between Rwandans and between women and men without prejudice to the principles of gender equality and complementarity in national development;
11. Determined to develop human resources, to fight ignorance, to promote technological advancement and the social welfare of the people of Rwanda;
12. Considering that after the Transition period, Rwanda shall be governed by a Constitution comprising ideas expressed by Rwandans themselves;
Now hereby adopt, by referendum, this Constitution as the supreme Law of the Republic of Rwanda:
TITLE ONE: THE STATE AND NATIONAL SOVEREIGNTY
CHAPTER ONE: GENERAL PROVISIONS
Article One: The Rwandan State is an independent, sovereign, democratic, social and secular Republic;
The principle governing the Republic is "government of the people, by the people and for the people".
Article 2: All the power derives from the people.
No group of Rwandan people or an individual can vest in themselves the exercise of power.
10. EngagĂ©s Ă assurer lâĂ©galitĂ© des droits entre les Rwandais et entre les hommes et les femmes, sans porter prĂ©judice au principe de lâapproche « gender » et Ă la complĂ©mentaritĂ© pour le dĂ©veloppement national ;
11. DĂ©cidĂ©s Ă assurer le dĂ©veloppement des ressources humaines, Ă lutter contre lâignorance, Ă promouvoir la technologie, le progrĂšs et le bien-ĂȘtre social de la population rwandaise;
12. ConsidĂ©rant quâau terme de la pĂ©riode de transition, le Rwanda doit se doter dâune Constitution issue des choix exprimĂ©s par les Rwandais eux-mĂȘmes;
Adoptons par rĂ©fĂ©rendum la prĂ©sente Constitution qui est la loi suprĂȘme de la RĂ©publique du Rwanda :
TITRE PREMIER: DE LâETAT ET DE LA SOUVERAINETE NATIONALE
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS GENERALES
Article premier: LâEtat Rwandais est une RĂ©publique indĂ©pendante, souveraine, dĂ©mocratique, sociale et laĂŻque.
Le principe de la République est "le gouvernement du peuple, par le peuple et pour le peuple".
Article 2 : Tout pouvoir émane du peuple.
Aucune partie du peuple rwandais ni aucun individu ne peut sâen attribuer lâexercice.
- 6 Â
Ubutegetsi bwâIgihugu ni ubw'imbaga y'Abanyarwanda, bakoresha ubwabo binyuze muri referendumu cyangwa binyuze ku babahagarariye.
Ingingo ya 3 (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005)
Igihugu cyâu Rwanda kigabanyijemo Inzego z`Imitegekere yâIgihugu zigenwa nâitegeko ngenga kandi rikanashyiraho umubare, imbibi nâimiterere yazo.
Itegeko rigena imitunganyirize nâimikorere yâizo nzego.
Ingingo ya 4: Umurwa Mukuru wa Repubulika yâu Rwanda ni Umujyi wa Kigali.
Itegeko rigena, imiterere, imitunganyirize n'imikorere y'Umujyi wa Kigali.
Umurwa Mukuru ushobora kwimurirwa ahandi mu Rwanda byemejwe nâ itegeko.
Ingingo ya 5: Ururimi rwâ Igihugu ni Ikinyarwanda.
Indimi zikoreshwa mu butegetsi ni Ikinyarwanda, Igifaransa nâIcyongereza.
Ingingo ya 6 Ibiranga Igihugu cyâu Rwanda ni ibendera, intego, ikirango cya Repubulika nâindirimbo yâIgihugu.
Ibendera ryâIgihugu rigizwe nâamabara atatu: icyatsi kibisi, umuhondo nâubururu.
Ibendera rigizwe nâamabara akurikira uvuye hasi uzamuka: habanza ibara ryâicyatsi kibisi, rikurikirwa nâibara ryâumuhondo, kandi ayo mabara yombi yihariye icya kabiri cyâibendera ryose. Igice cya kabiri cyo hejuru kigizwe nâibara ryâubururu rishushanyijwemo izuba nâimirasire yaryo yâibara ryâumuhondo wa
National sovereignty belongs to rwandans who shall exercise it directly by way of referendum or through their representatives.
Article 3 (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
The Territory of Rwanda is divided into administrative entities determined by an Organic Law which determines their number, their boundaries and their organisation
A Law shall determine the organisation and the functioning of those entities.
Article 4: The Capital of the Republic of Rwanda is the City of Kigali.
A Law shall determine the organization and functioning of the City of Kigali.
The Capital can, by Law, be transferred elsewhere within Rwanda.
Article 5: The national language is Kinyarwanda.
The official languages are Kinyarwanda, French and English.
Article 6: The national symbols of Rwanda are the flag, the motto, the seal and the national anthem.
The national flag is made up of three colours: green, yellow and blue.
The flag comprises the following colours from the bottom to the top: a green strip, followed by a yellow strip both of which cover half the flag. The upper half is blue and bears on its right hand side the image of the sun with its rays of golden yellow. The sun and its rays are separated by a blue ring.
La souverainetĂ© nationale appartient au peuple rwandais qui lâexerce directement par la voie du rĂ©fĂ©rendum ou par ses reprĂ©sentants.
Article 3 (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Le territoire national est divisé en entités administratives établies par une loi organique qui fixe en outre leur nombre, leurs limites et leurs structures.
Une loi fixe lâorganisation et le fonctionnement de ces EntitĂ©s.
Article 4: La Capitale de la République du Rwanda est la Ville de Kigali.
Une loi détemine l'organisation et le fonctionnement de la Ville de Kigali.
Une loi peut transferer la Capitale ailleurs sur le territoire national.
Article 5: La langue nationale est le Kinyarwanda.
Les langues officielles sont le Kinyarwanda, le Français et lâAnglais.
Article 6: Les symboles nationaux sont le drapeau, la devise, le sceau et lâhymne national.
Le drapeau national est formé de trois couleurs: le vert, le jaune et le bleu.
Le drapeau est constituĂ©, de bas en haut, dâune bande de couleur verte, suivie dâune bande de couleur jaune qui couvrent la moitiĂ© du drapeau. La moitiĂ© supĂ©rieure est de couleur bleue portant dans sa partie droite lâimage du soleil avec ses rayons de couleur jaune dorĂ©e. Le soleil et ses rayons sont sĂ©parĂ©s par un anneau bleu.
zahabu riri ku ruhande rwâiburyo. Iryo zuba nâimirasire yaryo bitandukanyijwe nâuruziga rwâibara ryâubururu.
Itegeko rigena imiterere, ibisobanuro, imikoreshereze n'iyubahirizwa by'ibendera ry'Igihugu.
Intego ya Repubulika ni: UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU.
Ikirango cya Repubulika kigizwe nâuruziga rwâicyatsi kibisi nâipfundo ryâumugozi wâiryo bara upfunditse hasi, ahagana hejuru hakabamo inyandiko « REPUBULIKA YâU RWANDA ». Munsi yâipfundo handitse amagambo agize intego ya Repubulika « UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU ». Izo nyandiko zose zanditse mu nyuguti zâumukara ku ibara ryâumuhondo.
Ikirango cya Repubulika kigizwe kandi nâamashusho akurikira: izuba, imirasire yaryo, ishaka nâikawa, agaseke, uruziga rwâubururu rufite amenyo nâingabo ebyiri, imwe iri iburyo indi iri ibumoso.
Imiterere, ibisobanuro, imikoreshereze nâuburinzi byâibirango bishyirwaho nâitegeko.
Indirimbo yâIgihugu ni:" RWANDA NZIZA".
Imiterere n'iyubahirizwa by'Indirimbo y'Igihugu biteganywa n'Itegeko.
Ingingo ya 7 : Buri muntu afite uburenganzira ku bwenegihugu.
Ubwenegihugu burenze bumwe buremewe.
Ntawe ushobora kwamburwa ubwenegihugu nyarwanda bwâinkomoko.
Ntawe ushobora kuvutswa ubwenegihugu bwe cyangwa
- 7 Â
A Law shall determine the characteristics, significance, usage and ceremonials of the national flag.
The motto of the Republic is: UNITY, WORK, PATRIOTISM.
The Seal of the Republic is made up of a circular green rope with a green knot at the base, bearing on its upper part, the imprints « REPUBULIKA Y'U RWANDA ». At the bottom of the knot is the motto of the Republic: « UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU ». All these inscriptions are in black against a yellow background.
The Seal of the Republic also bears the following ideograms: the sun with its rays, a stem of sorghum and a branch of a coffee tree, a basket, a blue wheel with teeth and two shields one on the right and one on the left.
The characteristics, significance, usage and protection of the Seal shall be determined by a Law.
The national anthem is "RWANDA NZIZA".
The characteristics and ceremonies of the National Anthem shall be determined by a Law.
Article 7: Every person has a right to nationality.
Dual nationality is permitted.
No person may be deprived of Rwandan nationality of origin.
No person shall be arbitrarily deprived of his or her nationality or
Une loi dĂ©finit les caractĂ©ristiques, les significations, lâusage et le cĂ©rĂ©monial du drapeau national.
La devise de la République est: UNITE, TRAVAIL, PATRIOTISME.
Le sceau de la RĂ©publique est formĂ© dâune corde verte en cercle avec un nĆud de mĂȘme couleur vers le bas et portant, Ă sa partie supĂ©rieure, les mentions «REPUBULIKA YâU RWANDA». En bas du nĆud se trouvent les mentions de la devise de la RĂ©publique «UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU». Toutes ces mentions sont Ă©crites en noir sur un fond jaune.
Le sceau de la RĂ©publique porte Ă©galement les idĂ©ogrammes suivants : le soleil avec ses rayons, une tige de sorgho et une branche de cafĂ©ier, un panier, une roue dentĂ©e de couleur bleue et deux boucliers lâun Ă droite, lâautre Ă gauche.
Les caractéristiques, les significations, l'utilisation et la garde des sceaux sont définies par une loi.
Lâhymne national est: "RWANDA NZIZA".
Les caractéristiques et le cérémonial de l'hymne national sont déterminés par une loi.
Article 7: Toute personne a droit à la nationalité.
La double nationalité est permise.
La nationalitĂ© rwandaise dâorigine ne peut ĂȘtre retirĂ©e.
Nul ne peut ĂȘtre arbitrairement privĂ© de sa nationalitĂ© ni du droit de
- 8 Â
uburenganzira bwo guhindura ubwenegihugu ku buryo bunyuranyije nâamategeko.
Abanyarwanda cyangwa ababakomokaho bavukijwe ubwenegihugu bwâu Rwanda hagati yâitariki ya 1 Ugushyingo 1959 nâiya 31 Ukuboza 1994 kubera guhabwa ubwenegihugu bwâamahanga basubirana batagombye kubisaba ubwenegihugu iyo bagarutse gutura mu Rwanda.
Abantu bose bakomoka mu Rwanda n'ababakomokaho bafite uburenganzira bwo guhabwa ubwenegihugu bwâu Rwanda, iyo babisabye.
Ibigomba gushingirwaho mu guhabwa ubwenegihugu bw'u Rwanda, kubugumana, kubukoresha no kubutakaza bigenwa n'itegeko ngenga.
Ingingo ya 8: Itora ni uburenganzira bwâabenegihugu bose ku buryo bungana.
Itora rikorwa mu buryo butaziguye cyangwa buziguye kandi mu ibanga, keretse iyo Itegeko Nshinga cyangwa irindi tegeko biteganya ubundi buryo.
Abanyarwanda bose, bâibitsina byombi, bujuje ibyangombwa bisabwa nâamategeko bafite uburenganzira bwo gutora no gutorwa.
Itegeko rigena ibigomba kubahirizwa nâuburyo bukoreshwa mu matora.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE AMAHAME REMEZO
Ingingo ya 9: Leta yâ u Rwanda yiyemeje kugendera ku mahame remezo akurikira no gutuma yubahirizwa:
1. kurwanya ingengabitekerezo ya
of the right to change nationality.
Rwandans or their descendants who were deprived of their nationality between 1st November 1959 and 31 December 1994 by reason of acquisition of foreign nationalities automatically reacquire Rwandan nationality if they return to settle in Rwanda.
All persons originating from Rwanda and their descendants shall, upon their request, be entitled to Rwandan nationality.
The conditions of acquisition, retention, enjoyment and deprivation of Rwandan nationality shall be determined by an Organic Law.
Article 8: Suffrage is universal and equal for all citizens.
Suffrage is direct or indirect and secret, unless the Constitution or another Law provides otherwise.
All Rwandan citizens of both sexes who fulfil the requirements provided for by the law have the right to vote and to be elected.
A Law shall determine the conditions and modalities for the conduct of elections.
CHAPTER II : FUNDAMENTAL PRINCIPLES
Article 9: The State of Rwanda commits itself to conform to the following fundamental principles and to promote and enforce the respect thereof:
1. fighting the ideology of
changer de nationalité.
Les Rwandais ou leurs descendants qui, entre le 1er novembre 1959 et le 31 dĂ©cembre 1994, ont perdu la nationalitĂ© rwandaise suite Ă lâacquisition dâune nationalitĂ© Ă©trangĂšre sont dâoffice rĂ©intĂ©grĂ©s dans la nationalitĂ© rwandaise s'ils reviennent s'installer au Rwanda.
Les personnes d'origine rwandaise et leurs descendants ont le droit dâacquĂ©rir la nationalitĂ© rwandaise, s'ils le demandent.
Les conditions dâacquisition, de conservation, de jouissance et de perte de la nationalitĂ© rwandaise sont dĂ©finies par une loi organique.
Article 8: Le suffrage est universel et égal pour tous les citoyens.
Le suffrage est direct ou indirect et secret sauf si la Constitution ou une autre loi en dispose autrement.
Tous les citoyens rwandais des deux sexes qui remplissent les conditions lĂ©gales, ont le droit de voter et dâĂȘtre Ă©lus.
Une loi détermine les conditions et les modalités des consultations électorales.
CHAPITRE II: DES PRINCIPES FONDAMENTAUX
Article 9: LâEtat Rwandais sâengage Ă se conformer aux principes fondamentaux suivants et Ă les faire respecter :
1. lutte contre lâidĂ©ologie du
- 9 Â
jenoside nâibyo igaragariramo byose;
2. kurandurana n'imizi amacakubiri ashingiye ku bwoko, akarere nâibindi no gushyira imbere ubumwe bwâAbanyarwanda;
3. gusaranganya ubutegetsi nta bwikanyize;
4. kubaka Leta igendera ku mategeko nâubutegetsi bwa demokarasi ishingiye ku bitekerezo bya politiki binyuranye, uburinganire bwâAbanyarwanda bose n'ubw'abagore n'abagabo, ibyo bigashimangirwa nâuko abagore bagira nibura mirongo itatu ku ijana byâimyanya mu nzego zifatirwamo ibyemezo;
5. kubaka Leta iharanira imibereho myiza yâabaturage no gushyiraho uburyo bukwiye kugira ngo bagire amahirwe angana mu mibereho yabo;
6. gushaka buri gihe umuti wâibibazo mu nzira yâibiganiro nâubwumvikane busesuye.
INTERURO YA II : IBYEREKEYE UBURENGANZIRA BWâIBANZE BWA MUNTU, UBURENGANZIRA NâINSHINGANO BYâUMWENEGIHUGU
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE UBURENGANZIRA BWâIBANZE BWA MUNTU
Ingingo ya 10 : Umuntu ni umunyagitinyiro kandi ni indahungabanywa.
Leta nâizindi nzego zâubutegetsi zifite inshingano ndakuka zo kumwubaha, kumurinda no kumurengera.
genocide and all its manifestations;
2. eradication of ethnic, regional and other divisions and promotion of national unity;
3. equitable sharing of power;
4. building a state governed by the rule of law, a pluralistic democratic government, equality of all Rwandans and between women and men reflected by ensuring that women are granted at least thirty per cent of posts in decision making organs;
5. building a State committed to promoting social welfare and establishing appropriate mechanisms for ensuring social justice;
6. the constant quest for solutions through dialogue and consensus.
TITLE II: FUNDAMENTAL HUMAN RIGHTS AND RIGHTS AND DUTIES OF THE CITIZEN
CHAPTER ONE : FUNDAMENTAL HUMAN RIGHTS
Article 10: The human person is sacred and inviolable.
The State and all public administration organs have the absolute obligation to respect protect and defend him or her.
génocide et toutes ses manifestations ;
2. Ă©radication des divisions ethniques, rĂ©gionales et autres et la promotion de lâunitĂ© nationale;
3. partage équitable du pouvoir;
4. Ă©dification dâun Etat de droit et du rĂ©gime dĂ©mocratique pluraliste, lâĂ©galitĂ© de tous les Rwandais et l'Ă©galitĂ© entre les femmes et les hommes reflĂ©tĂ©e par l'attribution d'au moins trente pour cent des postes aux femmes dans les instances de prise de dĂ©cision ;
5. Ă©dification dâun Etat vouĂ© au bien-ĂȘtre de la population et Ă la justice sociale ;
6. recherche permanente du dialogue et du consensus.
TITRE II: DES DROITS FONDAMENTAUX DE LA PERSONNE ET DES DROITS ET DEVOIRS DU CITOYEN
CHAPITRE PREMIER: DES DROITS FONDAMENTAUX DE LA PERSONNE
Article 10: La personne humaine est sacrée et inviolable.
LâEtat et tous les pouvoirs publics ont lâobligation absolue de la respecter, de la protĂ©ger et de la dĂ©fendre.
- 10 -
Ingingo ya 11 : Abanyarwanda bose bavukana kandi bagakomeza kugira ubwisanzure, uburenganzira nâinshingano bingana.
Ivangura iryo ari ryo ryose rishingiye nko ku bwoko, ku muryango, ku nzu, ku gisekuru, ku ibara ryâumubiri, ku gitsina, ku karere, ku byiciro byâubukungu, ku idini cyangwa ukwemera, ku bitekerezo, ku mutungo, ku itandukaniro ryâumuco, ku rurimi, ku bukungu, ku bumuga bwâumubiri cyangwa ubwo mu mutwe no ku rindi vangura iryo ari ryo ryose, rirabujijwe kandi rihanwa nâamategeko.
Ingingo ya 12 : Umuntu wese afite uburenganzira bwo kubaho. Ntawe ushobora kuvutswa ubuzima mu buryo bunyuranyije nâamategeko.
Ingingo ya 13 : Icyaha cya jenoside, ibyaha byibasiye inyokomuntu n'ibyaha by'intambara ntibisaza.
Guhakana no gupfobya jenoside bihanwa nâitegeko.
Ingingo ya 14 : Imibereho yâabasizwe iheruheru na jenoside yakorewe Abatutsi nâiyâabandi batishoboye (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Leta, mu bushobozi bwayo, iteganya ibikorwa byihariye bigamije imibereho myiza yâabasizwe iheruheru na jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu Rwanda kuva ku wa 1 Ukwakira 1990 kugeza ku wa 31 Ukuboza 1994, abantu bafite ubumuga, abatindi nyakujya, abageze mu zabukuru nâabandi batagira kivurira.
Ingingo ya 15: Umuntu wese afite uburenganzira bwo kudahungabanywa ku mubiri no mu mutwe.
Ntawe ushobora kwicwa urubozo, gukorerwa ibibabaza umubiri,
Article 11: All Rwandans are born and remain free and equal in rights and duties.
Discrimination of whatever kind based on, inter alia, ethnic origin, tribe, clan, colour, sex, region, social origin, religion or faith, opinion, economic status, culture, language, social status, physical or mental disability or any other form of discrimination is prohibited and punishable by Law.
Article 12: Every person has the right to life. No person shall be arbitrarily deprived of life.
Article 13: The crime of genocide, crimes against humanity and war crimes are not subject to prescriptive period.
Revisionism, negationism and trivialisation of genocide are punishable by the Law.
Article 14: Welfare of victims of genocide against the Tutsi and other needy persons (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The State shall, within the limits of its capacity, take special measures for the welfare of the survivors who were rendered destitute by genocide against the Tutsi committed in Rwanda from October 1st, 1990 to December 31st, 1994, the disabled, the indigent and the elderly as well as other vulnerable groups.
Article 15: Every person has the right to physical and mental integrity.
No one shall be subjected to torture, physical abuse or cruel, inhuman or
Article 11: Tous les Rwandais naissent et demeurent libres et égaux en droits et en devoirs.
Toute discrimination fondĂ©e notamment sur la race, lâethnie, le clan, la tribu, la couleur de la peau, le sexe, la rĂ©gion, lâorigine sociale, la religion ou croyance, lâopinion, la fortune, la diffĂ©rence de cultures, de langue, la situation sociale, la dĂ©ficience physique ou mentale ou sur toute autre forme de discrimination est prohibĂ©e et punie par la loi.
Article 12: Toute personne a droit Ă la vie. Nul ne peut ĂȘtre arbitrairement privĂ© de la vie.
Article 13: Le crime de gĂ©nocide, les crimes contre lâhumanitĂ© et les crimes de guerre sont imprescriptibles.
Le révisionnisme, le négationnisme et la banalisation du génocide sont punis par la loi.
Article 14: Bien-ĂȘtre des victimes du gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi et des autres personnes les plus nĂ©cessiteuses (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
LâEtat, dans les limites de ses capacitĂ©s, prend des mesures spĂ©ciales pour le bien-ĂȘtre des rescapĂ©s dĂ©munis Ă cause du gĂ©nocide perpetrĂ© contre les Tutsi commis au Rwanda du 1er octobre 1990 au 31 dĂ©cembre 1994, des personnes handicapĂ©es, des personnes sans ressources, des personnes ĂągĂ©es ainsi que dâautres personnes vulnĂ©rables.
Article 15: Toute personne a droit à son intégrité physique et mentale.
Nul ne peut faire lâobjet de torture, de sĂ©vices, ou de traitements cruels,
- 11 Â
cyangwa ngo akorerwe ibikorwa byâ ubugome, ibikorwa bidakwiye umuntu cyangwa bimutesha agaciro.
Ntawe ushobora gukorerwaho igerageza atabyiyemereye. Uburyo bwo kubyemera kimwe nâubwâiryo gerageza bugenwa nâitegeko.
Ingingo ya 16 : Abantu bose barangana imbere yâamategeko. Itegeko ribarengera ku buryo bumwe nta vangura iryo ari ryo ryose.
Ingingo ya 17 : Uburyozwacyaha ni gatozi ku wakoze icyaha. Kuryozwa indishyi bigengwa n'itegeko.
Ntawe ushobora gufungirwa kutubahiriza inshingano zishingiye ku mategeko mbonezamubano cyangwa ayâubucuruzi.
Ingingo ya 18 : Ubwisanzure bwa muntu bwubahirizwa na Leta.
Ntawe ushobora gukurikiranwa, gufatwa, gufungwa cyangwa guhanirwa icyaha keretse mu gihe biteganywa nâamategeko akurikizwa mu gihe icyaha akurikiranyweho cyakorewe.
Kumenyeshwa imiterere n'impamvu z'icyaha ukurikiranyweho, kwiregura no kunganirwa ni uburenganzira budahungabanywa mu bihe byose, ahantu hose, mu nzego zose z'ubutegetsi, iz'ubucamanza n'izindi zose zifata ibyemezo.
Ingingo ya 19: Umuntu wese afatwa nkâumwere ku cyaha aregwa igihe cyose kitaramuhama burundu mu buryo bukurikije amategeko, mu rubanza rwabereye mu ruhame kandi ruboneye, yahawe uburyo bwose bwa ngombwa bwo kwiregura.
Ntawe ushobora kuvutswa kuburanira imbere yâumucamanza
degrading treatment.
No one shall be subjected to experimentation without his/her informed consent. The modalities of such consent and experiments are determined by Law.
Article 16: All human beings are equal before the law. They shall enjoy, without any discrimination, equal protection of the Law.
Article 17: Criminal liability is personal. Civil liability is determined by a Law.
No one shall be imprisoned on the ground of inability to fulfil obligations arising from civil or commercial Laws.
Article 18: The person's liberty is guaranteed by the State.
No one shall be subjected to prosecution, arrest, detention or punishment unless provided for by laws into force at the time the offence was committed.
The right to be informed of the nature and cause of charges and the right to defence are absolute at all levels and degrees of proceedings before administrative, judicial and all other decision making organs.
Article 19: Every person accused of a crime shall be presumed innocent until his or her guilt has been conclusively proved in accordance with the law in a public and fair trial in which all the necessary guarantees for defence have been made available.
No one shall be denied the right to appear before a competent judge to
inhumains ou dégradants.
Nul ne peut faire lâobjet dâexpĂ©rimentation sans son consentement. Les modalitĂ©s de ce consentement et de cette expĂ©rimentation sont rĂ©gies par la loi.
Article 16: Tous les ĂȘtres humains sont Ă©gaux devant la loi. Ils ont droit, sans aucune distinction, Ă une Ă©gale protection par la loi.
Article 17: La responsabilité pénale est personnelle. La responsabilité civile est définie par la loi.
Nul ne peut ĂȘtre dĂ©tenu pour non exĂ©cution dâobligations dâordre civil ou commercial.
Article 18: La libertĂ© de la personne est garantie par lâEtat.
Nul ne peut ĂȘtre poursuivi, arrĂȘtĂ©, dĂ©tenu ou condamnĂ© que dans les cas prĂ©vus par la loi en vigueur au moment de la commission de lâacte.
Etre informé de la nature et des motifs de l'accusation, le droit de la défense sont les droits absolus à tous les états et degrés de la procédure devant toutes les instances administratives et judiciaires et devant toutes les autres instances de prise de décision.
Article 19: Toute personne accusĂ©e dâune infraction est prĂ©sumĂ©e innocente jusquâĂ ce que sa culpabilitĂ© soit lĂ©galement et dĂ©finitivement Ă©tablie Ă l'issue d'un procĂšs public et Ă©quitable au cours duquel toutes les garanties nĂ©cessaires Ă sa dĂ©fense lui auront Ă©tĂ© accordĂ©es.
Nul ne peut ĂȘtre distrait, contre son grĂ©, du juge que la loi lui assigne.
- 12 Â
itegeko rimugenera.
Ingingo ya 20: Kudakurikizwa kwâitegeko mpanabyaha ku byaha byakozwe ritarajyaho (Ivugururwa nÂș 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ntawe ushobora gukurikiranwa, gufatwa, gufungwa cyangwa guhanirwa ibyo yakoze cyangwa atakoze, iyo amategeko yâIgihugu cyangwa amategeko mpuzamahanga atabifataga nkâicyaha igihe byakorwaga.
Ntawe ushobora guhanishwa igihano kiruta icyari giteganyijwe n'amategeko mu gihe yakoraga icyaha.
Ibyaha nâibihano bijyanye na byo biteganywa nâitegeko ngenga.
Ingingo ya 21: Ntawe ushobora gukorerwa ubugenzurwe keretse mu bihe no mu buryo buteganyijwe nâitegeko, kubera impamvu zishingiye ku ituze rusange ryâabaturage cyangwa ku mutekano wâIgihugu.
Ingingo ya 22: Imibereho bwite yâumuntu, iyâumuryango we, urugo rwe, ubutumwa yohererezanya nâabandi ntibishobora kuvogerwa mu buryo bunyuranyije nâamategeko; icyubahiro nâagaciro ke mu maso yâabandi bigomba kubahirizwa.
Urugo rwâumuntu ntiruvogerwa. Ntihashobora gukorwa isakwa mu rugo cyangwa kurwinjiramo kubera impamvu z'igenzura nyirarwo atabyemeye, keretse mu bihe no mu buryo biteganyijwe nâamategeko.
Ibanga ryâamabaruwa nâiryâitumanaho ntirishobora kuzitirwa keretse mu bihe no mu buryo biteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 23 : Buri Munyarwanda afite uburenganzira bwo kujya aho ashaka hose no gutura aho ari ho hose mu
hear his/her case.
Article 20: Non retroactivity of criminal law (Amendment nÂș 04 of 17/06/2010)
No one shall be subjected to prosecution, arrest, detention or punishment on account of any act or omission which did not constitute a criminal offence under national or international law at the time it was committed.
No one shall be punished with a heavier penalty than the one that was prescribed under the Law at the time when the offence was committed.
Offences and related penalties shall be determined by an Organic Law.
Article 21: No person shall be subjected to security measures except as provided for by Law, for reasons of public order and State security.
Article 22: The private life, family, home or correspondence of a person shall not be subjected to arbitrary interference; his/her honour and good reputation shall be respected.
A personâs home is inviolable. No search of or entry into a home may be carried out without the consent of the owner, except in circumstances and in accordance with procedures determined by Law.
Confidentiality of correspondence and communication shall not be subject to waiver except in circumstances and in accordance with procedures determined by Law.
Article 23: Every Rwandan has the right to move and to circulate freely and to settle anywhere in Rwanda.
Article 20: Non rĂ©troactivitĂ© de la loi pĂ©nale (RĂ©vision nÂș 04 du 17/06/2010)
Nul ne peut ĂȘtre poursuivi, arrĂȘtĂ©, dĂ©tenu ou condamnĂ© pour des actions ou omissions qui ne constituaient pas une infraction dâaprĂšs le droit national ou international au moment oĂč elles ont Ă©tĂ© commises.
Nul ne peut ĂȘtre infligĂ© dâune peine plus forte que celle qui Ă©tait prĂ©vue par la loi au moment oĂč lâinfraction a Ă©tĂ© commise.
Les infractions et les peines y afférentes sont déterminées par une loi organique.
Article 21: Nul ne peut ĂȘtre soumis Ă des mesures de sĂ»retĂ© que dans les cas et selon les formes prĂ©vus par la loi, pour des raisons dâordre public ou de sĂ©curitĂ© de lâEtat.
Article 22: Nul ne peut faire lâobjet dâimmixtion arbitraire dans sa vie privĂ©e, sa famille, son domicile ou sa correspondance ; son honneur et sa rĂ©putation doivent ĂȘtre respectĂ©s.
Le domicile dâune personne est inviolable. A dĂ©faut de son consentement, nulle perquisition ou visite domiciliaire ne peut ĂȘtre ordonnĂ©e que dans les cas et selon les formes prĂ©vus par la loi.
Le secret de la correspondance et de la communication ne peut faire lâobjet de dĂ©rogation que dans les cas et les formes prĂ©vus par la loi.
Article 23: Tout citoyen rwandais a le droit de se déplacer et de se fixer librement sur le territoire national.
Rwanda.
Buri Munyarwanda afite uburenganzira bwo kuva mu gihugu nâubwo kukigarukamo.
Ubwo burenganzira buzitirwa gusa nâitegeko ku mpamvu zâituze rusange ryâabaturage nâumutekano wâIgihugu, kugira ngo icyahungabanya abaturage gikumirwe cyangwa abari mu kaga barengerwe.
Ingingo ya 24: Buri Munyarwanda afite uburenganzira ku Gihugu cye.
Nta Munyarwanda gucibwa mu Gihugu cye.
ushobora
Ingingo ya 25: Uburenganzira bwo guhabwa ubuhungiro bwemewe mu buryo buteganywa nâamategeko.
Koherereza ikindi gihugu abanyamahanga bakoze ibyaha, byemewe gusa iyo bikurikije amategeko cyangwa amasezerano mpuzamahanga u Rwanda rwemeye.
Ariko nta Munyarwanda ushobora kohererezwa ikindi gihugu kimukurikiranyeho icyaha.
Ingingo ya 26: Ugushyingiranwa (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ugushyingiranwa kâumugabo umwe nâumugore umwe gukorewe mu butegetsi bwa Leta ni ko kwemewe.
Icyakora, ugushyingiranwa kâumugabo umwe nâumugore umwe gukorewe mu mahanga mu buryo bwemewe nâAmategeko yâIgihugu basezeraniyemo kuremewe.
Ntawe ushobora gushyingirwa atabyemeye ku bushake bwe, yaba uw'igitsina gore cyangwa uw'igitsina gabo.
Abashyingiranywe bafite uburenganzira nâinshingano bingana mu gihe cyo gushyingiranywa, igihe
- 13 Â
Every Rwandan has the right to leave and to return to the country.
These rights shall be restricted only by the law for reasons of public order or State security, in order to deal with a public menace or to protect persons in danger.
Article 24: Every Rwandan has the right to his/her country.
No Rwandan shall be banished from the country.
Article 25: The right to asylum is recognized under conditions determined by the Law.
The extradition of foreigners shall be permitted only so far as it is consistent with the Law or international conventions to which Rwanda is a party.
However, no Rwandan shall be extradited.
Article 26 : Marriage (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Civil monogamous marriage between a man and a woman is the only recognized.
However, the monogamous marriage between a man and a woman contracted outside Rwanda in accordance with the Law of the country of celebration of the marriage shall be recognized.
No person may be married without his/her free consent.
Parties to a marriage have equal rights and obligations upon and during the subsistence of their
Tout citoyen rwandais a le droit de quitter librement son pays et dây revenir.
Lâexercice de ce droit ne peut ĂȘtre limitĂ© que par la loi pour des raisons dâordre public ou de sĂ©curitĂ© de lâEtat, pour parer Ă un danger public ou pour protĂ©ger des personnes en pĂ©ril.
Article 24: Tout Rwandais a droit Ă sa Patrie.
Aucun citoyen rwandais ne peut ĂȘtre contraint Ă lâexil.
Article 25: Le droit dâasile est reconnu dans les conditions dĂ©finies par la loi.
Lâextradition des Ă©trangers nâest autorisĂ©e que dans les limites prĂ©vues par la loi ou les conventions internationales auxquelles le Rwanda est partie.
Toutefois, aucun Rwandais ne peut ĂȘtre extradĂ©.
Article 26 : Mariage (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Le seul mariage civil monogamique entre un homme et une femme est reconnu.
Toutefois, le mariage monogamique entre un homme et une femme contractĂ© Ă lâĂ©tranger conformĂ©ment Ă la loi du pays de cĂ©lĂ©bration du mariage est reconnu.
Nul ne peut contracter un mariage que de son libre consentement.
Les Ă©poux ont les mĂȘmes droits et les mĂȘmes devoirs pendant le mariage et lors du divorce.
- 14 Â
babana nâigihe cyo gutandukana.
Itegeko rigena gukurikizwa, uburyo zâubushyingiranwe.
ibigomba nâingaruka
Ingingo ya 27: Umuryango, ari wo shingiro kamere ryâimbaga yâAbanyarwanda, urengerwa na Leta.
Ababyeyi bombi bafite uburenganzira nâinshingano zo kurera abana babo.
Leta ishyiraho amategeko nâinzego bikwiye bishinzwe kurengera umuryango, by'umwihariko umwana na nyina, kugira ngo umuryango ugire ubwisanzure.
Ingingo ya 28: Umwana wese afite uburenganzira bwo kurengerwa ku buryo bwihariye nâumuryango we, abandi banyarwanda na Leta, bitewe n'ikigero n'imibereho arimo nkâuko biteganywa nâamategeko yâu Rwanda ndetse nâamategeko mpuzamahanga.
Ingingo ya 29: Buri muntu afite uburenganzira ku mutungo bwite, waba uwe ku giti cye cyangwa uwo afatanyije nâabandi.
Umutungo bwite, uwâumuntu ku giti cye cyangwa uwo asangiye nâabandi ntuvogerwa.
Ntushobora guhungabanywa keretse ku mpamvu zâinyungu rusange mu bihe no mu buryo buteganywa nâamategeko kandi habanje gutangwa indishyi ikwiye.
Ingingo ya 30 : Umutungo bwite w'ubutaka n'ubundi burenganzira ku butaka bitangwa na Leta.
Itegeko rigena uburyo bwo kubutanga, kubuhererekanya no kubukoresha.
marriage and at the time of divorce.
A Law shall determine the conditions, forms and consequences of marriage.
Article 27: The family, which is the natural foundation of Rwandan society, is protected by the State.
Both parents shall have the right and responsibility to bring up their children.
The State shall put in place appropriate legislation and institutions for the protection of the family, in particular mother and child in order to ensure that the family flourishes.
Article 28: Every child is entitled to special measures of protection by his/her family, society and the State that are necessary, depending on the status of the child, under national and international law.
Article 29: Every person has a right to private property, whether personal or owned in association with others.
Private property, whether individually or collectively owned, is inviolable.
The right to property may not be interfered with except in public interest, in circumstances and procedures determined by Law and subject to fair and prior compensation.
Article 30: Private ownership of land and other rights related to land are granted by the State.
A Law specify the modalities of acquisition, transfer and use of land.
Une loi détermine les conditions, les formes et les effets du mariage.
Article 27: La famille, base naturelle de la sociĂ©tĂ© rwandaise, est protĂ©gĂ©e par lâEtat.
Les deux parents ont le droit et le devoir d'éduquer leurs enfants.
L'Etat met en place une législation et des institutions appropriées pour la protection de la famille, de l'enfant et de la mÚre en particulier, en vue de son épanouissement.
Article 28: Tout enfant a droit, de la part de sa famille, de la sociĂ©tĂ© et de lâEtat, aux mesures spĂ©ciales de protection quâexige sa condition, conformĂ©ment aux droits national et international.
Article 29: Toute personne a droit à la propriété privée, individuelle ou collective.
La propriété privée, individuelle ou collective, est inviolable.
Il ne peut y ĂȘtre portĂ© atteinte que pour cause dâutilitĂ© publique, dans les cas et de la maniĂšre Ă©tablis par la loi, et moyennant une juste et prĂ©alable indemnisation.
Article 30: La propriété privée du sol et d'autres droits réels grevant le sol sont concédés par l'Etat.
Une loi en détermine les modalités d'acquisition, de transfert et d'exploitation.
- 15 -
Ingingo ya 31: Umutungo wa Leta ugizwe nâumutungo rusange nâumutungo bwite wa Leta ndetse nâumutungo rusange n'umutungo bwite wâinzego zâubutegetsi bwâibanze za Leta.
Umutungo rusange wâIgihugu ntushobora gutangwa keretse ubanje gushyirwa mu mutungo bwite wa Leta.
Ingingo ya 32: Buri wese agomba kubaha umutungo wa Leta.
Igikorwa cyose kigamije konona, gusenya, kurigisa, gusesagura no kwangiza uwo mutungo, gihanwa nâamategeko.
Ingingo ya 33: Ubwisanzure mu bitekerezo, mu kubigaragaza, mu mutimanama, mu guhitamo idini, mu gusenga no kubigaragaza mu ruhame burengerwa na Leta mu buryo buteganywa nâamategeko.
Kwamamaza ivangura rishingiye ku isanomuzi, ku karere, ku bwoko cyangwa ku macakubiri ayo ari yo yose bihanwa nâamategeko.
Ingingo ya 34: Ubwisanzure bwâitangazamakuru (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ubwisanzure bwâitangazamakuru nâubwo kumenya amakuru buremewe kandi bwubahirizwa na Leta.
Ubwisanzure bwo kugaragaza ibitekerezo nâubwo kumenya amakuru ntibugomba kubangamira ituze rusange rya rubanda nâimyifatire iboneye, uburenganzira bwâumwenegihugu bwo kugira icyubahiro nâagaciro mu maso yâabandi, ubwo kutagira uwivanga mu mibereho ye bwite nâiyâumuryango we; bwemerwa kandi iyo butabangamiye irengerwa ryâurubyiruko nâabana.
Uko ubwo bwisanzure bukoreshwa
Article 31: The property of the State comprises of public and private property of the central Government as well as the public and private property of decentralized local government organs.
The public property of the State is inalienable unless there has been prior transfer thereof to the private property of the State.
Article 32: Every person shall respect public property.
Any act intended to cause sabotage, vandalism, corruption, embezzlement, squandering or any tampering with public property shall be punishable by Law.
Article 33: Freedom of thought, opinion, conscience, religion, worship and public manifestation thereof is guaranteed by the State in accordance with conditions determined by Law.
Propagation of ethnic, regional, racial or discrimination or any other form of division shall be punishable by Law.
Article 34: Freedom of press and information (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Freedom of press and freedom of information are recognized and guaranteed by the State.
Freedom of speech and freedom of information shall not prejudice public order and good morals, the right of every citizen to honour, good reputation and the privacy of personal and family life. It is also guaranteed so long as it does not prejudice the protection of the youth and minors.
The conditions for exercising such
Article 31: La propriĂ©tĂ© de l'Etat comprend le domaine public et le domaine privĂ© de lâEtat ainsi que le domaine public et le domaine privĂ© des collectivitĂ©s publiques dĂ©centralisĂ©es.
Les biens du domaine public sont inaliĂ©nables sauf leur dĂ©saffectation prĂ©alable en faveur du domaine privĂ© de lâEtat.
Article 32: Toute personne est tenue de respecter les biens publics.
Tout acte de sabotage, de vandalisme, de corruption, de détournement, de dilapidation ou toute atteinte au bien public est réprimé par la loi.
Article 33: La libertĂ© de pensĂ©e, dâopinion, de conscience, de religion, de culte et de leur manifestation publique est garantie par l'Etat dans les conditions dĂ©finies par la loi.
Toute propagande à caractÚre ethnique, régionaliste, raciste ou basée sur toute autre forme de division est punie par la loi.
Article 34 : LibertĂ© de la presse et de lâinformation (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
La libertĂ© de la presse et la libertĂ© de lâinformation sont reconnues et garanties par lâEtat.
La libertĂ© dâexpression et la libertĂ© dâinformation ne doivent pas porter atteinte Ă lâordre public et aux bonnes mĆurs, Ă la protection des jeunes et des enfants ainsi quâau droit dont jouit tout citoyen Ă lâhonneur, Ă la bonne rĂ©putation et Ă la prĂ©servation de lâintimitĂ© de sa vie personnelle et familiale.
Les conditions dâexercice de ces
- 16 Â
biteganywa nâamategeko.
Hashyizweho urwego rwigenga rwitwa «Inama Nkuru yâItangazamakuru». Itegeko riteganya inshingano, imiterere nâimikorere byarwo.
Ingingo ya 35: Uburenganzira bwo kwishyira hamwe buremewe, kandi ntibubanza gusabirwa uruhushya.
Bukoreshwa hakurikijwe ibiteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 36 : Uburenganzira bwo guteranira mu nama zâituze kandi nta ntwaro buremewe iyo bitanyuranyije nâamategeko.
Ntibubanza gusabirwa uruhushya keretse igihe biteganyijwe nâitegeko kandi biteganywa gusa ku byerekeye amakoraniro yo hanze, ahagenewe kugerwa nâabantu bose, nâahateranira abantu benshi na bwo kandi bitewe nâimpamvu zo kurengera umutekano, ituze rusange rya rubanda cyangwa kurinda ubuzima bwâabantu.
Ingingo ya 37 : Umuntu wese afite uburenganzira bwo guhitamo no gukora umurimo umunogeye.
Iyo abantu bakora umurimo umwe kandi bafite ubumenyi nâubushobozi bumwe bagomba guhembwa kimwe nta vangura iryo ari ryo ryose.
Ingingo ya 38 : Uburenganzira bwo gushyiraho ingaga zâabakozi, kurengera no guteza imbere inyungu zâumwuga bafitiye uburenganzira buremewe.
Buri mukozi ashobora kurengera uburenganzira bwe abinyujije mu rugaga rwâabakozi mu buryo buteganywa n'amategeko.
Buri mukoresha afite uburenganzira bwo kwinjira mu muryango wâabakoresha.
freedoms shall be determined by Law.
There is hereby established an independent institution known as the âMedia High Councilââ. A Law shall determine its responsibilities, organization and functioning.
Article 35: Freedom of association is guaranteed and shall not require prior authorization.
Such freedom shall be exercised under conditions determined by Law.
Article 36: Freedom of peaceful assembly without arms is guaranteed if it is not inconsistent with the law.
Prior authorization shall only be necessary if the Law so requires and solely in the case of assembly in the open air, in a public place or on a public road, to the extent that such is necessary in the interests of public safety, public order or public health.
Article 37: Every person has the right to free choice of employment.
Persons with the same competence and ability shall have a right to equal pay for equal work without any discrimination.
Article 38: The right to form trade unions for the defence and the promotion of legitimate professional interests is recognized.
Every worker may defend his/her rights through trade union action under conditions determined by Law.
Every employer has the right to join an employersâ organization.
libertés sont fixées par la loi.
Il est créé un organe indépendant dénommé le « Haut Conseil des Médias ». Une loi détermine ses missions, son organisation et son fonctionnement.
Article 35: La libertĂ© dâassociation est garantie et ne peut ĂȘtre soumise Ă lâautorisation prĂ©alable.
Elle sâexerce dans les conditions prescrites par la loi.
Article 36: La liberté de se rassembler en des réunions pacifiques et sans armes est garantie dans les limites fixées par la loi.
Lâautorisation prĂ©alable nâen est demandĂ©e que dans des cas prĂ©vus par une loi et uniquement pour des rassemblements en plein air, sur la voie publique ou dans des lieux publics, et pour autant que des raisons de sĂ©curitĂ©, de lâordre public ou de salubritĂ© lâexigent.
Article 37: Toute personne a droit au libre choix de son travail.
A compétence et capacité égales, toute personne a droit, sans aucune discrimination, à un salaire égal pour un travail égal.
Article 38: Le droit de former des syndicats pour la dĂ©fense et la promotion des intĂ©rĂȘts professionnels lĂ©gitimes est reconnu.
Tout travailleur peut dĂ©fendre ses droits par lâaction syndicale dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
Tout employeur a droit dâadhĂ©rer Ă une association des employeurs.
- 17 -
Ingaga zâumurimo zâabakozi nâamashyirahamwe yâabakoresha bifite uburenganzira bwo kugirana amasezerano rusange cyangwa yihariye agenga imikoranire yabyo. Uburyo ayo masezerano akorwa bugenwa nâitegeko.
Ingingo ya 39 : Uburenganzira bwâabakozi bwo guhagarika imirimo buremewe kandi bukoreshwa hakurikijwe amategeko abugenga; ariko ubwo burenganzira ntibushobora guhungabanya uburenganzira bwâundi ku murimo kuko bwemerewe buri wese
Ingingo ya 40 : Umuntu wese afite uburenganzira ku burezi.
Ubwisanzure mu kwiga no kwigisha buremewe mu buryo buteganywa nâamategeko.
Kwiga amashuri abanza ni itegeko kandi ni ubuntu mu mashuri ya Leta.
Ku mashuri afashwa na Leta, uburyo bwo kwigira ubuntu mu mashuri abanza buteganywa nâitegeko ngenga.
Leta ifite inshingano yo gushyiraho uburyo bwihariye bworohereza abantu bafite ubumuga kwiga.
Itegeko ngenga rigena imiterere yâ uburezi.
Ingingo ya 41 : Abenegihugu bose bafite uburenganzira n'inshingano ku buzima bwiza. Leta ifite inshingano zo kubakangurira ibikorwa bigamije ubuzima bwiza no kubafasha kubigeraho.
Ingingo ya 42 : Umunyamahanga wese uri muri Repubulika y'u Rwanda mu buryo bwemewe nâamategeko afite uburenganzira bwose uretse umwihariko wâabenegihugu nk'uko
Trade unions and employersâ associations have the right to enter into general or specific agreements regulating their working relations. The modalities for making these agreements shall be determined by a Law.
Article 39: The right of workers' to strike is permitted and shall be exercised within the limits provided for by the Law, but the exercising of this right should not interfere with the freedom to work which is guaranteed for every individual.
Article 40: Every person has the right to education.
Freedom of learning and teaching shall be guaranteed in accordance with conditions determined by law.
Primary education is compulsory. It is free in public schools.
The conditions for free primary education in schools subsidised by the Government shall be determined by an Organic Law.
The State shall have the duty to take special measures to facilitate the education of disabled people.
An Organic Law shall determine the organization of Education.
Article 41: All citizens have the right and duties relating to health. The State shall have the duty of mobilizing the population for activities aimed at promoting good health and to assist in the implementation of these activities.
Article 42: Every foreigner legally residing in the Republic of Rwanda shall enjoy all rights save those reserved for nationals as determined under this Constitution and other laws.
Les syndicats des travailleurs et les associations des employeurs sont libres dâavoir des conventions gĂ©nĂ©rales ou spĂ©cifiques rĂ©gissant leurs relations de travail. Les modalitĂ©s relatives Ă ces conventions sont dĂ©finies par une loi.
Article 39: Le droit de grĂšve des travailleurs est reconnu et sâexerce dans les conditions dĂ©finies par la loi, mais lâexercice de ce droit ne peut porter atteinte Ă la libertĂ© du travail reconnue Ă chacun.
Article 40: Toute personne a droit Ă lâĂ©ducation.
La libertĂ© dâapprentissage et de l'enseignement est garantie dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
L'enseignement primaire est obligatoire. Il est gratuit dans les établissements publics.
Pour les Ă©tablissements subventionnĂ©s par lâEtat, les conditions de gratuitĂ© de lâenseignement primaire sont dĂ©terminĂ©es par une loi organique.
LâEtat a lâobligation de prendre des mesures spĂ©ciales pour faciliter lâenseignement des personnes handicapĂ©es.
Une loi organique dĂ©finit lâorganisation de lâĂ©ducation.
Article 41: Tous les citoyens ont des droits et des devoirs en matiĂšre de santĂ©. L'Etat a le devoir de mobiliser la population pour les activitĂ©s de protection et de promotion dâune bonne santĂ© et de contribuer Ă leur mise en Ćuvre.
Article 42: Tout étranger qui se trouve réguliÚrement sur le territoire de la République du Rwanda jouit de tous les droits à l'exception de ceux réservés aux nationaux tels que
biteganyijwe nâiri Tegeko Nshinga nâandi mategeko.
Ingingo ya 43 : Mu gukoresha uburenganzira nâubwisanzure, buri wese azitirwa gusa nâitegeko rigamije kwemera no kubahiriza uburenganzira nâubwisanzure bwâabandi ndetse nâimyitwarire iboneye, umutuzo rusange nâimibereho myiza muri rusange biranga igihugu kigendera kuri demokarasi.
Ingingo ya 44 : Ubutegetsi bwâUbucamanza, bwo murinzi wâuburenganzira nâubwisanzure bwa rubanda, bwubahiriza iyo nshingano mu buryo buteganywa nâamategeko.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE UBURENGANZIRA NâINSHINGANO BYâUMWENEGIHUGU
Ingingo ya 45 : Abenegihugu bose bafite uburenganzira bwo kujya mu buyobozi bwose bwâIgihugu, baba babukoresheje ubwabo, cyangwa se babinyujije ku babahagarariye bihitiyemo nta gahato, hakurikijwe amategeko.
Abenegihugu bose bafite uburenganzira bungana bwo kujya mu mirimo ya Leta hashingiwe ku bumenyi nâubushobozi bwabo.
Ingingo ya 46: Umwenegihugu wese afite inshingano zo kutagira uwo avangura no kugirana na bagenzi be imibanire igamije kubumbatira, guharanira no gushimangira ubwubahane, ubufatanye nâubworoherane hagati yabo.
Ingingo ya 47: Abenegihugu bose bafite inshingano zo kugira uruhare mu iterambere ryâIgihugu bitabira umurimo no kubumbatira amahoro, demokarasi, ubutabera n'uburinganire mu mibereho yâabaturage no kugira uruhare mu kurengera Igihugu
- 18 Â
Article 43: In the exercise of rights and enjoyment of freedoms, every person shall only be subjected to the limitations set by the Law in order to ensure the recognition and respect of othersâ rights and freedoms, good morals, public order and social welfare which characterize a democratic society.
Article 44: The judiciary as the guardian of rights and freedoms of the public shall ensure respect thereof in accordance with procedures determined by Law.
CHAPTER II : RIGHTS AND DUTIES OF THE CITIZEN
Article 45: All citizens have the right to participate in the government of the country, whether directly or through freely chosen representatives in accordance with the Law.
All citizens have the right of equal access to public service in accordance with their competence and abilities.
Article 46: Every citizen has the duty to relate to other persons without discrimination and to maintain relations conducive to safeguarding, promoting and reinforcing mutual respect, solidarity and tolerance.
Article 47: All citizens have the duty to participate, through work, in the development of the country; to safeguard peace, democracy, social justice and equality and to participate in the defence of the motherland.
prévus par la présente Constitution et d'autres lois.
Article 43: Dans lâexercice de ses droits et dans la jouissance de ses libertĂ©s, chacun nâest soumis quâaux limitations Ă©tablies par la loi en vue dâassurer la reconnaissance et le respect des droits et libertĂ©s dâautrui et de satisfaire aux justes exigences de la morale, de lâordre public et du bien ĂȘtre gĂ©nĂ©ral, dans une sociĂ©tĂ© dĂ©mocratique.
Article 44: Le Pouvoir Judiciaire en tant que gardien des droits et des libertés publiques, en assure le respect dans les conditions définies par la loi.
CHAPITRE II: DES DROITS ET DES DEVOIRS DU CITOYEN
Article 45: Tous les citoyens ont le droit, conformĂ©ment aux rĂšgles Ă©dictĂ©es par la loi, de participer librement Ă la direction des affaires publiques de leur pays, soit directement, soit par lâintermĂ©diaire de reprĂ©sentants librement choisis.
Tous les citoyens ont un droit Ă©gal dâaccĂ©der aux fonctions publiques de leur pays, compte tenu de leurs compĂ©tences et capacitĂ©s.
Article 46: Tout citoyen a le devoir de considĂ©rer son semblable sans discrimination aucune et dâentretenir avec lui les relations qui permettent de sauvegarder, de promouvoir et de renforcer le respect, la solidaritĂ© et la tolĂ©rance rĂ©ciproques.
Article 47: Tous les citoyens ont le devoir de contribuer par leur travail à la prospérité du pays, de sauvegarder la paix, la démocratie, la justice sociale et de participer à la défense de la patrie.
cyabo.
Itegeko rigenga ibyerekeye gukorera Igihugu mu gisiviri cyangwa mu gisirikare.
Ingingo ya 48 : Mu bihe ibyo ari byo byose, umwenegihugu yaba umusiviri cyangwa umusirikare, afite inshingano yo kubaha Itegeko Nshinga, andi mategeko nâamateka yâIgihugu.
Afite uburenganzira bwo kudakurikiza amabwiriza ahawe nâumutegeka mu gihe ayo mabwiriza abangamiye ku buryo bukomeye kandi bugaragara uburenganzira nâubwisanzure bwa muntu.
Ingingo ya 49: Uburenganzira nâinshingano byo kuba ahantu hadafite ingaruka mbi ku buzima nâinshingano yo kurengera ibidukikije (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Umuntu wese afite uburenganzira bwo kuba ahantu hadafite ingaruka mbi ku buzima kandi hatunganye.
Umuntu wese afite inshingano yo kurengera, kubungabunga no guteza imbere ibidukikije. Leta yishingira kurengera ibidukikije.
Itegeko ngenga rigena uburyo bwo kurengera, kubungabunga no guteza imbere ibidukikije.
Ingingo ya 50: Umwenegihugu wese afite uburenganzira ku biteza imbere umuco wâigihugu.
Hashyizweho Inteko nyarwanda y'ururimi nâumuco.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byayo.
- 19 Â
A Law shall organize national service, whether civil or military.
Article 48: In all circumstances, every citizen, whether civilian or military, has the duty to respect the Constitution, other Laws and regulations of the country.
He/she has the right to defy orders received from his/her superior authority if the orders constitute a serious and manifest violation of human rights and public freedoms.
Article 49: Right and duty to a clean and healthy environment and the duty to protect it (Amendment nË 04 of 17/06/2006)
Every person has a right to a clean and healthy environment.
Every person has the duty to protect, safeguard and promote the environment. The State shall ensure the protection of environment.
An Organic Law shall determine the modalities for protecting, safeguarding and promoting the environment.
Article 50: Every citizen has the right to activities that promote national culture.
There is hereby established the Rwanda Academy of Language and Culture.
A Law shall determine its responsibilities, organization and functioning.
Une loi organise le service national, civil ou militaire.
Article 48: Tout citoyen civil ou militaire a, en toute circonstance, le devoir de respecter la Constitution, les autres lois et rĂšglements du pays.
Il est dĂ©liĂ© du devoir dâobĂ©issance, lorsque lâordre reçu de lâautoritĂ© supĂ©rieure constitue une atteinte sĂ©rieuse et manifeste aux droits de la personne et aux libertĂ©s publiques.
Article 49: Droit et devoir Ă un environnement sain et satisfaisant et devoir de le protĂ©ger (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Toute personne a droit Ă un environnement sain et satisfaisant.
Toute personne a le devoir de protĂ©ger, de sauvegarder et de promouvoir lâenvironnement. LâEtat veille Ă la protection de lâenvironnement.
Une loi organique définit les modalités de protéger, de sauvegarder et de promouvoir l'environnement.
Article 50: Tout citoyen a droit aux activités de promotion de la culture nationale.
Il est créé une Académie rwandaise de langue et de culture.
Une loi détermine sa mission, son organisation et son fonctionnement.
- 20 -
Ingingo ya 51: Kurengera imigenzo gakondo, umuco wâIgihugu nâinzibutso za jenoside yakorewe Abatutsi (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Leta ifite inshingano zo kurengera no guteza imbere imigenzo myiza gakondo, ishingiye ku mibereho no ku mitekerereze gakondo ndetse no ku biranga umuco wâIgihugu muri rusange, mu gihe bitabangamiye uburenganzira bwa Muntu, ituze rusange nâimyifatire iboneye. Leta ifite kandi inshingano yo kwita ku mutungo ndangamurage wâIgihugu no ku nzibutso za jenoside yakorewe Abatutsi.
INTERURO YA III: IBYEREKEYE IMITWE YA POLITIKI
Ingingo ya 52: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005)
Imitwe ya politiki myinshi iremewe.
Imitwe ya politiki yujuje ibyangombwa bisabwa nâamategeko, yemerewe gushingwa no gukora mu bwisanzure; igomba kubahiriza Itegeko Nshinga nâandi mategeko ndetse nâamahame ya demokarasi, kandi ntihungabanye ubumwe bwâAbanyarwanda, ubusugire nâumutekano byâIgihugu.
Imitwe ya politiki igira uruhare mu kwigisha abenegihugu gukora politiki igendera kuri demokarasi, gutora no gutorwa, ikanakora ku buryo abagore nâabagabo bagira amahirwe angana mu myanya nâimirimo itorerwa ya Leta.
Inzego zâubuyobozi bwâimitwe ya politiki zigira icyicaro ku rwego rwâIgihugu. Itegeko ngenga rigenga imitwe ya politiki rigena icyicaro cyâubuyobozi bwazo ku zindi nzego zâimitegekere yâigihugu
Ingingo ya 53: Abanyarwanda bafite uburenganzira
Article 51: Safeguarding cultural traditions and memorial sites of genocide against the Tutsi (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The State shall have the responsibilities to safeguard and to promote positive values based on cultural traditions and practices so long as they do not conflict with human rights, public order and good morals. The State shall equally have the responsibilities to preserve national cultural heritage as well as memorials and sites of genocide against the Tutsi.
TITLE III: POLITICAL ORGANIZATIONS
Article 52: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
A multi-party system of government is recognized.
Political organizations fulfilling the conditions required by Law are permitted to be formed and to operate freely; they must abide by the Constitution and other Laws as well as democratic principles and they should not destabilise national unity, territorial integrity and security of the nation.
Political organizations shall participate in the education of citizens on politics based on democracy and elections and operate in such a manner as to ensure that women and men shall have equal access to elective offices.
The leadership organs of political organizations shall have offices at the national level. The Organic Law governing political organizations shall determine their offices at other levels of administrative entities.
Article 53: Rwandans are free to join political
Article 51: Sauvegarde des valeurs traditionnelles, de la culture et des sites mémoriaux du génocide perpetré contre les Tutsi (Révision n° 03 du 13/08/2008)
LâEtat a le devoir de sauvegarder et de promouvoir les valeurs nationales fondĂ©es sur les traditions et la culture dans la mesure oĂč elles ne sont pas contraires aux droits de la personne, Ă lâordre public et aux bonnes mĆurs. LâEtat a Ă©galement le devoir de veiller Ă la conservation du patrimoine culturel national ainsi que des mĂ©moriaux et sites du gĂ©nocide perpetrĂ© contre les Tutsi.
TITRE III: DES FORMATIONS POLITIQUES
Article 52: (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Le multipartisme est reconnu.
Les formations politiques remplissant les conditions lĂ©gales se forment et exercent librement leurs activitĂ©s, Ă condition de respecter la Constitution et les lois ainsi que les principes dĂ©mocratiques et de ne pas porter atteinte Ă lâunitĂ© nationale, Ă lâintĂ©gritĂ© du territoire et Ă la sĂ©curitĂ© de lâEtat.
Les formations politiques concourent Ă lâĂ©ducation politique dĂ©mocratique des citoyens ainsi quâĂ lâexpression du suffrage et prennent les mesures nĂ©cessaires en vue dâassurer lâĂ©gal accĂšs des femmes et des hommes aux mandats Ă©lectoraux et aux fonctions Ă©lectives de lâEtat.
Les structures dirigeantes des formations politiques ont leurs siĂšges au niveau national. La loi organique rĂ©gissant les formations politiques dĂ©finit les siĂšges de leurs structures dirigeantes au niveau dâautres entitĂ©s administratives du pays.
Article 53: Les Rwandais sont libres dâadhĂ©rer
- 21 Â
bwo kujya mu mitwe ya politiki bihitiyemo cyangwa ubwo kutayijyamo.
Nta munyarwanda ushobora gukorerwa ivangura ku mpamvu zâuko ari mu mutwe wa politiki uyu n'uyu cyangwa ko nta mutwe wa politiki arimo.
Ingingo ya 54: Imitwe ya politiki ibujijwe gushingira ku isanomuzi, ku bwoko, ku muryango, ku nzu, ku gisekuru, ku karere, ku gitsina, ku idini, cyangwa ku kindi kintu cyose cyatuma habaho ivangura.
Buri gihe imitwe ya politiki igomba kugaragaramo ubumwe bwâAbanyarwanda, uburinganire nâubwuzuzanye bwâabagore n'abagabo haba mu gushaka abayoboke, gushyiraho inzego zâubuyobozi, mu mikorere no mu bikorwa byayo.
Ingingo ya 55: Sena ishobora kurega umutwe wa politiki wateshutse bikomeye ku nshingano zikubiye mu ngingo ya 52, iya 53 nâiya 54 zâiri Tegeko Nshinga mu Rukiko Rukuru; habaho ubujurire, bukabera mu Rukiko rw'Ikirenga.
Bitewe nâuburemere bwâikosa ryâUmutwe wa politiki ryagaragajwe, urukiko rushobora gufata kimwe mu bihano bikurikira, bitabangamiye izindi ngingo zerekeranye no gukurikiranwa mu bucamanza :
1° kuwihaniza ku mugaragaro ; 2° guhagarika ibikorwa byawo
mu gihe kitarenze imyaka ibiri ;
3° guhagarika ibikorwa byawo mu gihe cya manda yose yâabadepite;
4° kuwusesa.
Igihe icyemezo ndakuka cyafashwe nâurukiko ari icyo gusesa umutwe wa politiki, abagize Umutwe wâAbadepite batowe baturutse mu
organizations of their choice or not to join them.
No Rwandan shall be subjected to discrimination by reason of membership of a given political organization or on account of not belonging to any political organization.
Article 54: Political organizations are prohibited from basing themselves on race, ethnic group, tribe, lineage, region, sex, religion or any other division which may lead to discrimination.
Political organizations must constantly reflect the unity of the people of Rwanda, gender equality and complementality, whether in the recruitment of members, putting in place organs of leadership and in their operations and activities.
Article 55: The Senate may lodge a complaint with the High Court against a political organization which has grossly violated the obligations contained in the provisions of Articles 52, 53 and 54 of this Constitution. In case of appeal, the appeal shall be heard by the Supreme Court.
Depending on the gravity of the violation proved, the Court may, without prejudice to criminal prosecution, impose any of the following sanctions against the political organization found guilty of the violation:
1° formal warning; 2° suspension of activities for a
period not exceeding two years;
3° suspension of activities for the whole Parliamentary term;
4° dissolution.
In the event that the final decision of the Court of last instance is the sanction of dissolution of a political organization, the Members of the
aux formations politiques de leur choix ou de ne pas y adhérer.
Aucun Rwandais ne peut faire lâobjet de discrimination du fait quâil appartient Ă telle ou telle formation politique ou du fait quâil n'a pas d'appartenance politique.
Article 54: Il est interdit aux formations politiques de sâidentifier Ă une race, une ethnie, une tribu, une lignĂ©e, une rĂ©gion, un sexe, une religion ou Ă tout autre Ă©lĂ©ment pouvant servir de base de discrimination.
Les formations politiques doivent constamment reflĂ©ter lâunitĂ© nationale et la promotion du «genre» dans le recrutement de leurs adhĂ©rents, la composition de leurs organes de direction et dans tout leur fonctionnement et leurs activitĂ©s.
Article 55: Tout manquement grave dâune formation politique aux obligations contenues dans les dispositions des articles 52, 53 et 54 de la prĂ©sente Constitution est dĂ©fĂ©rĂ© Ă la Haute Cour par le SĂ©nat ; en cas d'appel, la Cour SuprĂȘme est saisie.
Sans prĂ©judice des autres poursuites Ă©ventuelles, la cour peut prononcer, Ă lâĂ©gard de la formation politique fautive et suivant la gravitĂ© du manquement, lâune des sanctions suivantes :
1° lâavertissement solennel ; 2° la suspension dâactivitĂ©s pour
une durĂ©e nâexcĂ©dant pas deux ans ;
3° la suspension dâactivitĂ©s pour toute la durĂ©e de la lĂ©gislature ;
4° la dissolution.
Lorsque la décision en dernier ressort de la cour consiste en la dissolution de la formation politique, les membres de la Chambre des
- 22 Â
mutwe wa politiki washeshwe bahita bakurwa ku mwanya wâubudepite.
Hakoreshwa itora ryo gushyiraho ababasimbura bagomba kurangiza igice cya manda cyari gisigaye iyo kirenze umwaka umwe.
Ingingo ya 56: Ihuriro ryâIgihugu Nyunguranabitekerezo ryâImitwe ya Politiki
(Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ihuriro ryâIgihugu Nyunguranabitekerezo ryâImitwe ya Politiki rishyizweho ku mpamvu yo gutuma imitwe ya politiki yungurana ibitekerezo, igira uruhare mu kubaka ubwumvikane nâubumwe bwâIgihugu.
Ingingo ya 57: Imitwe ya politiki yemewe ibona inkunga ya Leta.
Itegeko ngenga rigena uburyo imitwe ya politiki ishyirwaho, imikorere yayo, imyitwarire y'abayobozi bayo, uko ibona inkunga ya Leta kimwe nâimiterere nâimikorere yâIhuriro nyunguranabitekerezo ryâimitwe ya politiki.
Ingingo ya 58: Isangira ryâubutegetsi (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika na Perezida wâUmutwe wâAbadepite ntibashobora guturuka mu mutwe umwe wa politiki.
Chamber of Deputies elected on the ticket of the dissolved political organization shall automatically lose their parliamentary seats.
By-elections shall be held to replace Deputies of the dissolved political organization if the remaining period of their mandate is more than one year.
Article 56: National Consultative Forum of Political Organizations
(Amendment nË 04 of 17/06/2010)
A National Consultative Forum of Political Organizations is hereby established for purposes of national political dialogue, consensus building and national cohesion.
Article 57: Political organizations which are duly registered shall be given grants by the State.
An Organic Law shall determine the modalities for the establishment of political organizations, their functioning, the conduct of their leaders, the manner in which they shall receive state grants as well as the organization and functioning of the Forum of Political organizations.
Article 58: Power sharing (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic and the Speaker of the Chamber of Deputies shall not belong to the same political organization.
Députés élus sous le parrainage de la formation politique dont la dissolution est prononcée sont automatiquement déchus de leurs mandats parlementaires.
Des Ă©lections partielles ont lieu afin dâĂ©lire leurs remplaçants qui achĂšvent le terme du mandat restant Ă courir si celui-ci est supĂ©rieur Ă un an.
Article 56: Forum National de Concertation des Formations Politiques
(RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Forum National de Concertation des Formations Politiques est créé en vue de promouvoir un dialogue politique national dans la recherche dâun consensus et la cohĂ©sion nationale.
Article 57: Les formations politiques légalement constituées bénéficient d'une subvention de l'Etat.
Une loi organique dĂ©finit les modalitĂ©s de crĂ©ation des formations politiques, leur organisation et fonctionnement, l'Ă©thique de leurs leaders, les modalitĂ©s dâobtention des subventions de l'Etat et dĂ©termine l'organisation et le fonctionnement du Forum de concertation des formations politiques.
Article 58: Partage du pouvoir (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s ne doivent pas provenir dâune mĂȘme formation politique.
- 23 -
Ingingo ya 59: Imirimo itabangikanywa no kujya mu Mitwe ya Politiki (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Abacamanza, abashinjacyaha, abasirikare, abapolisi n'abakozi bo mu Rwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano ntibemerewe kujya mu mitwe ya politiki.
INTERURO YA IV IBYEREKEYE UBUTEGETSI
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE INGINGO RUSANGE
Ingingo ya 60: Inzego z'Ubutegetsi bwa Leta ni izi zikurikira :
1° Ubutegetsi Nshingamategeko;
2° Ubutegetsi Nyubahirizategeko;
3° Ubutegetsi bwâUbucamanza.
Ubu butegetsi uko ari butatu buratandukanye kandi buri butegetsi burigenga, ariko bwose bukuzuzanya. Inshingano, imiterere nâimikorere yabwo biteganywa nâiri Tegeko Nshinga.
Leta igomba gukora ku buryo imirimo yo mu Butegetsi Nshingamategeko, Nyubahirizategeko nâiyâubwâUbucamanza ikorwa nâabayifitiye ubushobozi nâubunyangamugayo bihagije kugira ngo buri wese ku bimureba abashe kuzuza inshingano zahawe ubwo butegetsi uko ari butatu.
Ingingo ya 61: Indahiro yâabayobozi (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Abayobozi bose Itegeko Nshinga nâandi mategeko biteganya ko barahira mbere yo gutangira imirimo yabo, barahira muri aya magambo:
Article 59: Functions incompatible with the active membership of political organizations (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Judges, prosecutors, members of the Rwanda Defence Force, members of Rwanda National Police and members of National Intelligence and Security Service shall not be members of political organizations.
TITLE IV: BRANCHES OF GOVERNMENT
CHAPTER ONE : GENERAL PROVISIONS
Article 60: The branches of government are the following :
1° the legislature;
2° the executive;
3° the judiciary.
The three branches are separate and independent from one another but are all complementary. Their responsibilities, organization and functioning are defined by this Constitution.
The State shall ensure that the exercise of Legislative, Executive and Judicial power is vested in people who possess the competence and integrity required to fulfil the respective responsibilities accorded to the three branches.
Article 61: Oath of office of authorities (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
All authorities required by Constitution and other Laws to swear before taking office, shall take an oath in the following words:
Article 59: Fonctions incompatibles avec lâadhĂ©sion aux formations politiques (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les juges, les Officiers de Poursuite Judiciaire, les membres des Forces Rwandaises de Défense, les membres de la Police Nationale du Rwanda ainsi que les membres du Service National de Renseignements et de Sécurité ne peuvent adhérer à des formations politiques.
TITRE IV: DES POUVOIRS
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS GENERALES
Article 60: Les Pouvoirs de lâEtat sont les suivants :
1° le Pouvoir Législatif;
2° le Pouvoir Exécutif;
3° le Pouvoir Judiciaire.
Ces trois pouvoirs sont séparés et indépendants l'un de l'autre mais ils sont complémentaires. Leurs attributions, organisation et fonctionnement sont définis dans la présente Constitution.
LâEtat doit veiller Ă ce que les mandats et fonctions au sein des pouvoirs LĂ©gislatif, ExĂ©cutif et Judiciaire soient exercĂ©s par des personnes ayant les capacitĂ©s et lâintĂ©gritĂ© nĂ©cessaires pour sâacquitter, dans leurs domaines respectifs, des missions confĂ©rĂ©es Ă ces trois pouvoirs.
Article 61: Serment des autoritĂ©s (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Toutes les autoritĂ©s auxquelles la Constitution et dâautres lois exigent de prĂȘter serment avant dâentrer en fonction, prĂȘtent serment en ces
âI, âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ.,
solemnly swear to the Nation that I shall:
1° remain loyal to the Republic of Rwanda;
2° uphold the Constitution and other Laws;
3° safeguard the basic individual human rights and the interests of the Rwandan people;
4° work for the consolidation of national unity;
5° diligently fulfil the responsibilities entrusted to me;
6° never use the powers conferred on me for personal ends.
Should I fail to honour this oath, may I face the rigours of the Law.
So help me God ».
CHAPTER II: THE LEGISLATURE
Section One: The Parliament
Sub-section One: General provisions
Article 62: Legislative power is vested in a Parliament consisting of two chambers:
1° the Chamber of Deputies, whose members shall have the title of « Deputies »;
2° the Senate, whose members
«Jyewe ,âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ,
ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro:
1° ko ntazahemukira Repubulika yâu Rwanda ;
2° ko nzubahiriza Itegeko Nshinga nâandi mategeko;
3° ko nzaharanira uburenganzira bw`ibanze bwa muntu n`ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro;
4° ko nzaharanira ubumwe bwâAbanyarwanda;
5° ko nzakorana umurava imirimo nshinzwe;
6° ko ntazakoresha ububasha mpawe mu nyungu zanjye bwite.
Nintatira iyi ndahiro, nzabihanirwe nâamategeko.
Imana ibimfashemo ».
UMUTWE WA II: IBYEREKEYE UBUTEGETSI NSHINGAMATEGEKO
Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye Inteko Ishinga Amategeko
Akiciro ka mbere : Ibyerekeye ingingo rusange
Ingingo ya 62: Ubutegetsi Nshingamategeko bushinzwe Inteko Ishinga Amategeko igizwe nâImitwe ibiri :
1° Umutwe wâAbadepite, abawugize bitwa « Abadepite »;
2° Umutwe wa Sena, abawugize
- 24 Â
termes:
«Moi,âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ.,
je jure solennellement Ă la Nation :
1° de garder fidélité à la République du Rwanda ;
2° dâobserver la Constitution et les autres lois ;
3° de veiller aux droits fondamentaux de la personne et aux intĂ©rĂȘts du peuple rwandais ;
4° dâĆuvrer Ă la consolidation de lâunitĂ© nationale ;
5° de remplir loyalement les fonctions qui me sont confiées;
6° de ne jamais utiliser les pouvoirs qui me sont dévolus à des fins personnelles.
En cas de parjure, que je subisse les rigueurs de la loi.
Que Dieu mây aide ».
CHAPITRE II: DU POUVOIR LEGISLATIF
Section premiĂšre : Du Parlement
Sous-section premiĂšre: Des dispositions communes
Article 62: Le Pouvoir Législatif est exercé par un Parlement composé de deux Chambres :
1° la Chambre des Députés, dont les membres portent le titre de « Députés»;
2° le Sénat, dont les membres
- 25 Â
bitwa « Abasenateri ».
Inteko Ishinga Amategeko ijya impaka ku mategeko ikanayatora. Ishyiraho amategeko ikanagenzura imikorere ya Guverinoma mu buryo buteganywa nâiri Tegeko Nshinga.
Ingingo ya 63: Iyo bidashoboka rwose ko Inteko Ishinga Amategeko iterana, Perezida wa Repubulika ashyiraho muri icyo gihe amategeko-teka yemejwe nâInama yâAbaminisitiri, kandi ayo mategeko-teka agira agaciro kâamategeko asanzwe.
Ayo mategeko-teka ahita ata agaciro iyo atemejwe nâInteko Ishinga Amategeko mu gihe ishoboye kongera guterana mu gihembwe gikurikira.
Ingingo ya 64: Umuntu wese mu bagize Inteko Ishinga Amategeko aba ahagarariye Igihugu cyose; ntabwo aba ahagarariye gusa abamutoye cyangwa abamushyizeho, cyangwa se umutwe wa politiki wamutanzeho umukandida mu matora.
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ntibagendera ku mabwiriza yâuwo ari we wese, igihe batora.
Uburenganzira bwo gutora ni ubw'umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ku giti cye.
Ingingo ya 65: Itangira ryâimirimo yâabagize Inteko Ishinga Amategeko (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Mbere yo gutangira imirimo, abagize Inteko Ishinga Amategeko barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, ataboneka bakarahirira imbere ya Perezida wâUrukiko rwâIkirenga.
Mu ntangiriro ya buri manda yâabagize Inteko Ishinga Amategeko, inama ya mbere ya buri Mutwe iharirwa itora rya Biro
shall have the title of « Senators ».
The Parliament shall deliberate and pass Laws. It shall legislate and oversee action of the Executive in accordance with the procedure determined by this Constitution.
Article 63: In the event of the absolute impossibility of Parliament holding session, the President of the Republic during such period shall promulgate decree-laws adopted by the Cabinet and those decree-laws shall have the same effect as ordinary Laws.
These decree-laws become null and void if they are not adopted by Parliament at its next session.
Article 64: Every Member of Parliament represents the whole nation and not just those who elected or nominated him or her or the political organization on whose ticket he/she stood for election.
Any imperative mandate is null and void.
The right of vote of a member of Parliament is ad personam.
Article 65 : Taking office for members of the Parliament (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Before taking office, members of the Parliament shall take an oath before the President of the Republic and, in case of his/her absence, before the President of the Supreme Court.
On commencement of each term of office for members of the Parliament, the first sitting of each Chamber shall be devoted to the
portent le titre de « Sénateurs ».
Le Parlement Ă©labore et vote la loi. Il lĂ©gifĂšre et contrĂŽle lâaction du Gouvernement dans les conditions dĂ©finies par la prĂ©sente Constitution.
Article 63: Lorsque le Parlement est dans lâimpossibilitĂ© absolue de siĂ©ger, le PrĂ©sident de la RĂ©publique prend des dĂ©crets-lois adoptĂ©s en Conseil des Ministres et ayant valeur de lois ordinaires.
A défaut de confirmation par le Parlement à sa plus prochaine session, les décrets-lois perdent toute force obligatoire.
Article 64: Chaque membre du Parlement reprĂ©sente la Nation et non uniquement ceux qui lâont Ă©lu ou dĂ©signĂ©, ni la formation politique qui lâa parrainĂ© Ă lâĂ©lection.
Tout mandat impératif est nul.
Le droit de vote dâun membre du Parlement est personnel.
Article 65: EntrĂ©e en fonction des membres du Parlement (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Avant dâentrer en fonction, les membres du Parlement prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique et, en son absence, devant le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme.
A lâouverture de chaque lĂ©gislature, la premiĂšre sĂ©ance de chaque Chambre est consacrĂ©e Ă lâĂ©lection de son Bureau composĂ© du PrĂ©sident
- 26 Â
igizwe na Perezida na ba Visi Perezida. Itumizwa kandi ikayoborwa na Perezida wa Repubulika mu gihe cy'iminsi cumi n'itanu (15) nyuma y'itangazwa ry'amajwi.
Mbere yo gutangira imirimo, abagize Biro ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika.
Abagize Biro ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko, inshingano zabo nâuburyo inama zabo ziterana biteganywa mu itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe.
Ingingo ya 66: Kugira ngo buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko uterane ku buryo bwemewe hagomba kuba hari nibura bitatu bya gatanu byâabawugize.
Inama za buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko zibera mu ruhame.
Ariko, buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ushobora kwemeza, ku bwiganze burunduye bwâamajwi y'abawugize bitabiriye inama, ko inama ibera mu muhezo, iyo bisabwe na Perezida wa Repubulika, Perezida wa buri Mutwe cyangwa kimwe cya kane cyâabawugize, cyangwa se na Minisitiri wâIntebe.
Ingingo ya 67: Imitwe yâInteko Ishinga Amategeko iteranira mu Murwa Mukuru wâIgihugu, mu Ngoro zabugenewe, keretse bibujijwe nâinzitizi ntarengwa zemejwe nâUrukiko rwâIkirenga rubisabwe na Perezida wâUmutwe wâInteko bireba. Igihe Urukiko rw'Ikirenga na rwo rudashobora guterana, Perezida wa Repubulika yemeza aho inama iteranira akoresheje itegeko-teka.
Icyemezo cyafatiwe mu nama iteranye itatumijwe, nta murongo wâibyigwa watanzwe, cyangwa
election of the Bureau composed of the Speaker and Deputy Speakers. It shall be convened and presided over by the President of the Republic within fifteen (15) days after the publication of the election results.
Before taking office, members of the Bureau of each Chamber of the Parliament shall take oath before the President of the Republic.
The composition of the Bureau of each Chamber of the Parliament, their responsibilities as well as modalities for holding sessions shall be determined by the Organic Law establishing internal rules of each Chamber.
Article 66: The quorum required for each Chamber of Parliament shall be at least three fifths of its members.
The sittings of each Chamber of Parliament are public.
However, each Chamber of Parliament may decide, by absolute majority of the members present, to sit in camera at the request of either the President of the Republic, the President of Senate or the Speaker of the Chamber of Deputies or a quarter of the members of either Chamber or the Prime Minister.
Article 67: The Chambers of Parliament shall hold their sessions in the Capital City, each at its respective Chambers designated for the purpose except in cases of force majeure confirmed by the Supreme Court upon request by the President of the Chamber concerned. In the event that the Supreme Court itself is unable to hold session, the President of the Republic shall determine by decree- law the place where the Parliament shall hold session.
Decisions taken in sessions in respect of which there has either been no convocation or no agenda
et des Vice-Présidents. Elle est convoquée et présidée par le Président de la République endéans quinze (15) jours de la publication des résultats du scrutin.
Avant dâentrer en fonction, les membres du Bureau de chaque Chambre du Parlement prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique.
La composition du Bureau de chaque Chambre du Parlement, ses attributions et les modalités de siéger sont déterminées par la loi organique portant rÚglement d'ordre intérieur de chaque Chambre.
Article 66: Pour siéger valablement chaque Chambre du Parlement doit compter au moins trois cinquiÚmes de ses membres.
Les séances de chaque Chambre du Parlement sont publiques.
Toutefois, chaque Chambre du Parlement peut, Ă la majoritĂ© absolue de ses membres prĂ©sents, dĂ©cider de siĂ©ger Ă huis clos Ă la demande soit du PrĂ©sident de la RĂ©publique, soit du PrĂ©sident de la Chambre ou dâun quart de ses membres, soit du Premier Ministre.
Article 67: Les Chambres du Parlement siĂšgent dans la Capitale, dans leurs palais respectifs sauf en cas de force majeure constatĂ©e par la Cour SuprĂȘme saisie par le PrĂ©sident de la Chambre concernĂ©e. Si la Cour SuprĂȘme ne peut se rĂ©unir Ă son tour, le PrĂ©sident de la RĂ©publique dĂ©cide du lieu par dĂ©cret-loi.
Est nulle de plein droit, toute délibération prise sans convocation ni ordre du jour ou tenue hors du
- 27 Â
yabaye mu gihe kitari icyâibihembwe, cyangwa se yabereye ahantu hatari mu Ngoro zabugenewe, nta gaciro na kamwe kigira, usibye ibivugwa mu gika kibanziriza iki.
Ingingo ya 68: Imirimo itabangikanywa nâumurimo wâugize Inteko Ishinga Amategeko (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Nta muntu wemerewe kuba icyarimwe mu bagize Umutwe wâAbadepite no mu bagize Sena.
Kuba Umudepite cyangwa Umusenateri ntibishobora kubangikanywa no kuba mu bagize Guverinoma.
Itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko rigena indi mirimo itabangikanywa no kuba umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko.
Itegeko ngenga rigena ibigenerwa abagize Inteko Ishinga Amategeko.
Ingingo ya 69: Ubudahungabanywa bwâabagize Inteko Ishinga Amategeko nâimikurikiranirwe yabo (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Nta nâumwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ushobora gukurikiranwa, gushakishwa, gufatwa, gufungwa cyangwa gucirwa urubanza azira ibitekerezo yagaragaje cyangwa uko yatoye mu gihe akora imirimo ashinzwe.
Nta nâumwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ukekwaho icyaha cyâubugome cyangwa gikomeye ushobora gukurikiranwa cyangwa gufatwa bidatangiwe uburenganzira nâUmutwe wâInteko arimo binyujijwe mu nzira yâamatora ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâabitabiriye inama keretse afatiwe mu cyuho akora icyaha cy'ubugome cyangwa yarakatiwe
has been distributed or which take place during periods outside the approved time of sessions or outside the designated Chambers shall be null and void, save as is provided in the preceding paragraph.
Article 68: Incompatibility with the office of a member of the Parliament (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
No person shall at the same time be a member of the Chamber of Deputies and the Senate.
The office of a Deputy or a Senator is incompatible with the office of a member of the Cabinet.
The Organic Law establishing internal rules of each Chamber of the Parliament shall determine other offices which are incompatible with the office of member of the Parliament.
An Organic Law shall determine the benefits to which members of the Parliament are entitled.
Article 69: Immunity for members of the Parliament and procedures of their prosecution (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
No member of the Parliament shall be prosecuted, pursued, arrested, detained or judged for any opinions expressed or by reason of how he/she votes during the exercise of his/her duties.
No member of the Parliament suspected of a felony or misdemeanour may be prosecuted or arrested without the authorisation of the Chamber to which he/she belongs by voting with a majority of two thirds (2/3) of members present except where a member of the Parliament is caught in flagrante delicto committing a felony or a court of law has passed a final
temps des sessions ou hors des siĂšges des Chambres du Parlement, sauf, dans ce dernier cas ce qui est prĂ©vu Ă lâalinĂ©a prĂ©cĂ©dent.
Article 68: IncompatibilitĂ© avec la fonction de membre du Parlement (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Nul ne peut appartenir à la fois à la Chambre des Députés et au Sénat.
La fonction de Député ou de Sénateur est incompatible avec celle de membre du Gouvernement.
La loi organique portant rÚglement d'ordre intérieur de chaque Chambre du Parlement détermine les autres incompatibilités avec la fonction de membre du Parlement.
Une loi organique fixe les avantages alloués aux membres du Parlement.
Article 69: ImmunitĂ© des membres du Parlement et procĂ©dures de leur poursuite (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Aucun membre du Parlement ne peut ĂȘtre poursuivi, recherchĂ©, arrĂȘtĂ©, dĂ©tenu ou jugĂ© suite aux opinions ou votes Ă©mis par lui dans lâexercice de ses fonctions.
Aucun membre du Parlement suspectĂ© dâavoir commis un crime ou un dĂ©lit ne peut ĂȘtre poursuivi ou arrĂȘtĂ© que sur autorisation de la Chambre dont il est membre procĂ©dant par Ă©lection Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) des membres prĂ©sents sauf en cas de flagrant dĂ©lit dâinfraction de crime ou en cas de condamnation dĂ©finitive.
- 28 Â
igihano ku buryo budasubirwaho.
Iyo atari mu gihembwe, hatumizwa igihembwe kidasanzwe kubera iyo mpamvu.
Umuntu wese mu bagize Inteko Ishinga Amategeko wakatiwe igihano ku buryo budasubirwaho nâurukiko kubera icyaha cyâubugome ahita asezererwa mu Mutwe wâInteko arimo, byemejwe nâUrukiko rwâIkirenga.
Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ushobora guteganya, mu itegeko ngenga rigena imikorere yawo, amakosa akomeye atuma umwe mu bawugize akurwa ku mirimo byemejwe nâabagize uwo Mutwe. Icyo gihe, icyemezo cyo kumukuraho gifatwa ku bwiganze bwa bitatu bya gatanu (3/5) byâabagize Umutwe wâInteko bireba.
Ingingo ya 70: Iterana ryâImitwe yâInteko Ishinga Amategeko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ibihembwe bisanzwe byâImitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko bibera ku matariki amwe.
Nyamara inama za buri Mutwe nâibihembwe bidasanzwe biterana hakurikijwe itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe wâInteko.
Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko ntishobora guteranira hamwe, keretse iyo hari ibibazo Itegeko Nshinga riyitegeka gusuzumira hamwe, cyangwa iyo hari imigenzo iteganywa nâamategeko ihuriraho cyangwa se imihango yâIgihugu igomba kwitabira.
Iyo Inteko Ishinga Amategeko isuzumira hamwe ikibazo Imitwe yombi ihari, Perezida wâUmutwe wâAbadepite ni we uyobora inama, yaba adahari ikayoborwa na Perezida
sentence against him/her.
When it is not in session, an extraordinary session shall be convened for that purpose.
Any member of the Parliament convicted of a felony by a court of law of last instance shall be automatically stripped off his/her parliamentary seat, after confirmation by the Supreme Court.
Each Chamber of the Parliament may, in the Organic Law establishing its internal rules, make provisions for gross misconduct which may lead to the removal from office of a member of that Chamber upon approval of its members. In such a case, the decision to remove the member from office shall be taken by a majority of three-fifths (3/5) of the members of the concerned Chamber.
Article 70: Holding of sessions and meetings of the Chambers of Parliament (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Ordinary sessions of both Chambers of Parliament shall take place on the same dates.
However, meetings and extraordinary sessions of each of the Chambers shall be held according to the Organic Law establishing its internal rule.
The two Chambers of Parliament cannot meet in joint session save in cases of debate on issues in respect of which the Constitution mandates a joint session or formal ceremonies provided for by the Law or other official ceremonies.
When Parliament meets in joint session, the meeting shall be chaired by the Speaker of the Chamber of Deputies and in case of his/her absence, by the President of the
Sâil sâagit de pĂ©riode hors session, une session extraordinaire est convoquĂ©e Ă cet effet.
Tout membre du Parlement condamnĂ© Ă une peine pour infraction de crime par une juridiction statuant en dernier ressort est dâoffice dĂ©chu de son mandat parlementaire, sur confirmation de la Cour SuprĂȘme.
Chaque Chambre du Parlement peut prévoir, dans la loi organique portant son rÚglement d'ordre intérieur, les fautes graves qui entraßnent la déchéance du mandat parlementaire par la Chambre dont le Parlementaire fait partie. Dans ce cas, la décision de déchéance est prise à la majorité des trois cinquiÚmes (3/5) des membres de la Chambre concernée.
Article 70 : Tenue des sessions et séances des Chambres du Parlement (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les sessions ordinaires des Chambres du Parlement ont lieu aux mĂȘmes dates.
Toutefois, les sĂ©ances de chacune des deux Chambres et les sessions extraordinaires sont tenues suivant les dispositions de la loi organique portant son rĂšglement dâordre intĂ©rieur.
Les deux Chambres du Parlement ne se réunissent en séance commune que dans les cas prévus par la Constitution ou pour prendre part ensemble à des formalités prévues par la loi ou à des cérémonies publiques.
Lorsque le Parlement délibÚre les deux Chambres réunies, la présidence est assurée par le Président de la Chambre des Députés et à son absence, par le Président du
- 29 Â
wa Sena.
Perezida wa Repubulika, amaze kugisha inama Biro ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko nâUrukiko rwâIkirenga ashobora kugena ibindi bibazo bisuzumirwa hamwe nâImitwe yombi.
Ingingo ya 71: Imitwe yâInteko Ishinga Amategeko iterana mu bihembwe bitatu (3) bisanzwe; buri gihembwe kimara amezi abiri (2): 1° igihembwe cya mbere gitangira
ku itariki ya 5 Gashyantare ;
2° igihembwe cya kabiri gitangira ku itariki ya 5 Kamena ;
3° igihembwe cya gatatu gitangira ku itariki ya 5 Ukwakira .
Iyo umunsi wâitangizwa ryâigihembwe atari uwâakazi, ryimurirwa ku munsi ukurikira, bitashoboka rikimurirwa ku munsi wa mbere wâakazi ukurikira.
Ingingo ya 72 : Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko uterana mu gihembwe kidasanzwe utumijwe na Perezida wawo abyumvikanyeho n'abandi bagize Biro ya buri Mutwe cyangwa abisabwe na Perezida wa Repubulika na we abisabwe na Guverinoma, cyangwa bisabwe na kimwe cya kane cyâabagize uwo mutwe.
Inteko Ishinga Amategeko yose ishobora gutumizwa mu gihembwe kidasanzwe byumvikanyweho na ba Perezida bâImitwe yombi, bisabwe na Perezida wa Repubulika cyangwa na kimwe cya kane (1/4) cyâabagize buri mutwe.
Mu gihembwe kidasanzwe higwa gusa ibibazo byatumye gitumizwa kandi bibanje kumenyeshwa abagize Umutwe cyangwa Inteko yose mbere yâuko icyo gihembwe gitangira.
Senate.
The President of the Republic, after consultation with both Bureaux of the Chambers of Parliament and the Supreme Court, may establish other matters that may be considered jointly by both Chambers.
Article 71: The Chambers of Parliament shall hold three (3) ordinary sessions of two (2) months each:
1° the first session shall commence on February 5th ;
2° the second session shall commence on June 5th ;
3° the third session shall commence on October 5th.
Where the commencement date of a session falls on a non working day, the opening of the session shall be postponed to the following day; or, if the following day is a holiday, to the next working day.
Article 72: Each Chamber of Parliament meets in an extraordinary session upon convocation by its Speaker or President, as the case may be, after consultation with other members of the Bureau or upon the request of the President of the Republic on the Cabinet's proposal or that of a quarter of members of the Chamber.
An extraordinary joint session of Parliament may be convened by common agreement between the Speaker and the President of the Chambers, or at the request of the President of the Republic or that of one quarter (1/4) of members of each Chamber.
The extraordinary session shall handle only the issues for which it has been convened and which have previously been brought to the notice of members of the Chamber or the Parliament before commencement of the session.
Sénat.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs avis du Bureau de chaque Chambre du Parlement et de la Cour SuprĂȘme, peut dĂ©terminer dâautres matiĂšres devant ĂȘtre examinĂ©es conjointement par les deux Chambres.
Article 71: Les Chambres du Parlement se rĂ©unissent en trois (3) sessions ordinaires de deux (2) mois chacune : 1° la premiĂšre session sâouvre le 5
février;
2° la deuxiĂšme session sâouvre le 5 juin;
3° la troisiĂšme session sâouvre le 5 octobre.
Au cas oĂč le jour de lâouverture de la session est fĂ©riĂ©, lâouverture est reportĂ©e au lendemain ou, le cas Ă©chĂ©ant, au premier jour ouvrable qui suit.
Article 72: Chaque Chambre du Parlement se rĂ©unit en session extraordinaire sur convocation de son PrĂ©sident aprĂšs consultation des autres membres du Bureau ou Ă la demande soit du PrĂ©sident de la RĂ©publique sur proposition du Gouvernement, soit dâun quart de ses membres.
La session extraordinaire du Parlement peut ĂȘtre convoquĂ©e dâun commun accord des PrĂ©sidents des deux Chambres, Ă la demande du PrĂ©sident de la RĂ©publique ou du quart (1/4) des membres de chaque Chambre.
La session extraordinaire traite uniquement des questions qui ont motivé sa convocation et qui ont été portées préalablement à la connaissance des membres de la Chambre ou du Parlement avant la session.
- 30 -
Icyo gihembwe gisozwa iyo Inteko cyangwa umutwe byarangije gusuzuma ibyari ku murongo wâibyigwa cyatumirijwe.
Igihembwe kidasanzwe ntigishobora kurenza iminsi cumi nâitanu (15).
Ingingo ya 73 : Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko utora itegeko ngenga rigena imikorere yawo.
Mu byo iryo tegeko ngenga riteganya hari : 1° ububasha bwa Biro ya buri
Mutwe wâInteko; 2° umubare, inshingano, ububasha
nâuburyo bwo gushyiraho za komisiyo zihoraho bitabangamiye uburenganzira bwa buri Mutwe bwo gushyiraho za komisiyo zihariye zâigihe gito;
3° imiterere yâinzego zâimirimo ziyoborwa na Perezida wa buri Mutwe wâInteko abifashijwemo na ba Visi-Perezida babiri nâUmunyamabanga Mukuru;
4° amategeko agenga imyitwarire yâabagize buri Mutwe;
5° uburyo bwose bwâamatora bukoreshwa mu gufata icyemezo, usibye ubuteganywa nâItegeko Nshinga.
Ingingo ya 74: Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ugira ingengo yâimari yawo kandi ukagira ubwigenge mu micungire yâimari nâabakozi byawo.
The session shall close upon conclusion of consideration of matters on the agenda for which the session was convened.
An extraordinary session shall not exceed fifteen (15) days.
Article 73: Each Chamber of Parliament shall adopt an Organic Law establishing its internal rules.
Such Organic Law shall determine inter alia: 1° the powers of the Bureau of
each Chamber; 2° the number, duties, powers and
procedure of appointment of standing committees, without prejudice to the right of each Chamber to establish ad hoc committees;
3° the organisation of departments of each Chamber managed by the Speaker or the President assisted by two Vice-Speakers and two Vice-Presidents as the case may be and the Clerk;
4° the code governing the conduct of members of each Chamber;
5° the different modes of voting, with the exception of those expressly provided for by the Constitution.
Article 74: Each Chamber of Parliament shall have its own budget and shall enjoy financial and administrative autonomy.
La clĂŽture de cette session intervient dĂšs que le Parlement ou la Chambre a Ă©puisĂ© lâordre du jour qui a motivĂ© sa convocation.
La session extraordinaire ne peut dépasser une durée de quinze (15) jours.
Article 73: Chaque Chambre du Parlement vote une loi organique portant son rĂšglement dâordre intĂ©rieur.
Cette loi organique détermine notamment : 1° les pouvoirs du Bureau de
chaque Chambre ; 2° le nombre, les attributions, les
compétences et le mode de désignation de ses commissions permanentes, sans préjudice du droit, pour la Chambre, de créer des commissions spéciales temporaires;
3° lâorganisation des services de chaque Chambre placĂ©s sous lâautoritĂ© dâun PrĂ©sident, assistĂ© de deux Vice-PrĂ©sidents et dâun SecrĂ©taire GĂ©nĂ©ral ;
4° le régime disciplinaire de ses membres ;
5° les différents modes de scrutin pour sa délibération, qui ne sont pas expressément prévus par la Constitution.
Article 74: Chaque Chambre du Parlement dispose de son propre budget et jouit de lâautonomie de gestion administrative et financiĂšre.
- 31 -
Ingingo ya 75: Yavanyweho nâIvugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Akiciro ka 2: Ibyerekeye Umutwe wâAbadepite
Ingingo ya 76: Abagize Umutwe wâAbadepite, manda yabo nâuko batorwa (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Umutwe wâAbadepite ugizwe nâAbadepite mirongo inani (80) bakurikira:
1° mirongo itanu na batatu (53) batowe nkâuko biteganywa nâingingo ya 77 yâiri Tegeko Nshinga;
2° makumyabiri na bane (24) bâabagore batorwa nâinzego zihariye hakurikijwe inzego zâimitegekere yâIgihugu ;
3° babiri (2) batorwa nâInama yâIgihugu y'Urubyiruko;
4° umwe (1) utorwa nâInama yâIgihugu yâabantu bafite ubumuga.
Abagize Umutwe wâAbadepite batorerwa manda yâimyaka itanu (5).
Icyakora, kubera impamvu zâamatora, Perezida wa Repubulika asesa Umutwe wâAbadepite hasigaye nibura iminsi mirongo itatu (30) kandi itarenga iminsi mirongo itandatu (60) ngo manda yâabawugize irangire.
Itorwa ryâabagize Umutwe wâAbadepite rikorwa mu gihe kivugwa mu gika kibanziriza iki, mbere yâuko manda yabo irangira.
Itegeko rigenga amatora rigena uko amatora yâabagize Umutwe wâAbadepite mu Nteko Ishinga Amategeko akorwa.
Article 75: Repealing by the Amendment nË 04 of 17/06/2010
Sub-section 2: The Chamber of Deputies
Article 76: Composition of the Chamber of Deputies, term of office and modalities for their election (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Chamber of Deputies shall be composed of eighty (80) Deputies who shall include the following:
1° fifty-three (53) Deputies elected in accordance with the provisions of Article 77of this Constitution;
2° twenty- four (24) women elected by specific councils in accordance with the State administrative entities;
3° two (2) Deputies elected by the National Youth Council;
4° one (1) Deputy elected by the National Council of Persons with Disabilities.
Members of the Chamber of Deputies shall be elected for a five- year (5) term.
However, in order to organize elections, the President of the Republic shall dissolve the Chamber of Deputies at least thirty (30) days and not more than sixty (60) days before the expiry of its current membersâ term of office.
Elections of members of the Chamber of Deputies shall be held in the period set out in the preceding paragraph, before the expiration of their term of office.
Modalities for the election of the members of the Chamber of Deputies shall be determined by the Law relating to elections.
Article 75: AbrogĂ© par la RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010
Sous-section 2: De la Chambre des Députés
Article 76: Composition de la Chambre des DĂ©putĂ©s, mandat des DĂ©putĂ©s et mode de leur Ă©lection (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Chambre des Députés est composée de quatre-vingts (80) Députés, à savoir :
1° cinquante-trois (53) DĂ©putĂ©s Ă©lus conformĂ©ment Ă lâarticle 77 de la prĂ©sente Constitution ;
2° vingt- quatre (24) Députés de sexe féminin élus par des organes spécifiques en fonction des entités administratives du pays ;
3° deux (2) Députés élus par le Conseil National de la Jeunesse ;
4° un (1) Député élu par le Conseil National des Personnes Handicapées.
Les membres de la Chambre des Députés sont élus pour un mandat de cinq (5) ans.
Toutefois, pour des raisons électorales, le Président de la République dissout la Chambre des Députés dans une période située entre trente (30) jours minimum et soixante (60) jours maximum avant la fin du mandat de ses membres.
Les Ă©lections des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ont lieu pendant la pĂ©riode prĂ©vue Ă lâalinĂ©a prĂ©cĂ©dent, avant lâexpiration de leur mandat.
Les modalitĂ©s dâĂ©lection des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s sont dĂ©terminĂ©es par la loi relative aux Ă©lections.
- 32 -
Ingingo ya 77: Abagize Umutwe wâAbadepite batorwa kuri lisiti yâamazina ndakuka (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Abagize umutwe wâAbadepite bavugwa mu gice cya 1° cyâigika cya mbere cyâingingo ya 76 batorwa mu matora rusange ataziguye kandi mu ibanga, bagatorerwa kuri lisiti yâamazina ndakuka, mu buryo busaranganya imyanya.
Imyanya isigaye idatanzwe nyuma yo kugabanya amajwi nâumubare fatizo wâitora isaranganywa amalisiti hakurikijwe uko umubare wâamajwi asaguka ugenda urutana.
Ilisiti ikorwa hubahirizwa ihame ryâubumwe bwâAbanyarwanda ryavuzwe mu ngingo ya 9 n'iya 54 zâItegeko Nshinga nâihame ryo guha abagore nâabagabo amahirwe angana ku myanya nâimirimo ya Leta itorerwa nkâuko bivugwa mu ngingo ya 54 yâiri Tegeko Nshinga.
Abakandida bashobora gutangwa nâUmutwe wa Politiki cyangwa bakiyamamaza ku giti cyabo.
Umutwe wa Politiki cyangwa ilisiti yâabantu ku giti cyabo itashoboye kubona nibura gatanu ku ijana (5 %) byâamajwi yâabatoye mu matora yâAbadepite ntibishobora kugira umwanya mu Mutwe wâAbadepite no guhabwa inkunga ya Leta igenewe Imitwe ya Politiki.
Ingingo ya 78: Isimburwa ryâUmudepite (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Umudepite ava mu mwanya wâUbudepite ku mpamvu zikurikira :
1° yeguye mu wâAbadepite;
Mutwe
2° yirukanywe mu wâAbadepite;
Mutwe
Article 77: Members of the Chamber of Deputies elected by ballot from a final list of names (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Members of the Chamber of Deputies specified in point 1° of the Paragraph One of article 76 shall be elected by direct universal suffrage through a secret ballot from a final list of names using the system of proportional representation.
The seats which remain after allocation of seats by dividing votes received by the electoral quotient shall be distributed to political organizations according to the system of the highest surplus.
The list shall be compiled with due respect of the principle of national unity as stipulated in Articles 9 and 54 of this Constitution and the principle of gender equality in matters relating to elective offices as stipulated in Article 54 of this Constitution.
Candidates may be nominated by a political organization or may stand independently.
A political organization or list of independent candidates which fails to attain at least five per cent (5 %) of the votes cast at the national level during legislative elections cannot be represented in the Chamber of Deputies or benefit from grants given to political organizations by the State.
Article 78: Replacement of a Deputy (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
A Deputy shall lose his/her seat in the following cases :
1° resignation from Chamber of Deputies;
the
2° Having been expelled from the Chamber of Deputies;
Article 77 : Membres de la Chambre des Députés élus au scrutin de liste bloquée (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s spĂ©cifiĂ©s au point 1° de lâalinĂ©a 1 de lâarticle 76 sont Ă©lus au suffrage universel direct et secret au scrutin de liste bloquĂ©e, Ă la reprĂ©sentation proportionnelle.
Les siÚges restant non attribués aprÚs division par le quotient électoral sont répartis entre les listes suivant le «systÚme du plus fort reste ».
La liste est composĂ©e dans le respect du principe dâunitĂ© nationale Ă©noncĂ© aux articles 9 et 54 de la Constitution et du principe dâĂ©gal accĂšs des femmes et des hommes aux mandats Ă©lectoraux et fonctions Ă©lectives dont il est question Ă lâarticle 54 de la prĂ©sente Constitution .
Les candidats peuvent se prĂ©senter sous le parrainage dâune formation politique ou Ă titre indĂ©pendant.
Toute formation politique ou liste individuelle qui nâa pas pu rassembler cinq pour cent (5 %) au moins des suffrages exprimĂ©s Ă lâĂ©chelle nationale lors des Ă©lections lĂ©gislatives ne peut ni avoir de siĂšge Ă la Chambre des DĂ©putĂ©s ni bĂ©nĂ©ficier des subventions de l'Etat destinĂ©es aux formations politiques.
Article 78: Remplacement dâun DĂ©putĂ© (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Un Député perd son siÚge dans les cas suivants :
1° sa démission de Chambre des Députés ;
la
2° son exclusion de Chambre des Députés ;
la
- 33 Â
3° asezeye mu mutwe wa politiki yatorewemo;
4° yirukanywe mu mutwe wa politiki yatorewemo mu buryo buteganywa n'itegeko ngenga ryerekeye imitwe ya politiki;
5° agiye mu wundi mutwe wa politiki;
6° apfuye.
Impaka zishingiye ku cyemezo cyo kwirukana Umudepite mu Mutwe wâAbadepite cyangwa mu Mutwe wa Politiki ziburanishwa ku rwego rwa mbere nâurwa nyuma nâUrukiko rwâIkirenga.
Iyo Umudepite atakaje cyangwa akuwe mu murimo we wâubudepite, umwanya uhabwa ukurikiraho ku rutonde rwâabakandida yatoreweho akarangiza igihe cya manda gisigaye iyo kirenze umwaka umwe.
Abandi batowe bitanyuze mu buryo bwâurutonde rwâabakandida iyo batakaje cyangwa bakuwe ku murimo wâubudepite amatora asubirwamo.
Uburyo abavuye ku mwanya wâUbudepite ku mpamvu iyo ari yo yose basimburwa bugenwa nâitegeko rigenga amatora.
Ingingo ya 79: Itegeko ryâingengo yâimari ya Leta (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Buri mwaka wâingengo yâimari ya Leta, Umutwe wâAbadepite utora itegeko ryâingengo yâimari ya Leta.
Buri mwaka wâingengo yâimari ya Leta kandi mbere yâitangira ryâigihembwe kigenewe kwiga ingengo yâimari, Guverinoma ishyikiriza Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko, umushinga wâitegeko ryâingengo yâimari yâumwaka w`ingengo y`imari
3° resignation from his/her political organization ;
4° having been expelled from the political organization to which he/she belongs in accordance with provisions of the Organic Law governing political organizations;
5° Having joined another political organization;
6° Upon death.
Disputes relating to the decision to expel a Deputy from the Chamber of Deputies or from a political organisation are adjudicated by the Supreme Court in the first and last instance.
In the event that a Deputy loses or is removed from office when his/her term still has more than one year, the seat vacated shall devolve upon the person who was next on the list on which he/she was elected.
Deputies who were elected by means other than through lists of political organizations who lose or are removed from office shall be replaced through new elections.
The Law relating to elections provides for modalities of replacing a Deputy who leaves his/her position for whatever reason.
Article 79: State Finance law (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Every financial year, the Chamber of Deputies shall adopt the State finance Law.
Every State financial year and before the commencement of the session devoted to the examination of the Budget, the Cabinet shall submit to both Chambers of the Parliament the finance bill for the next financial year.
3° sa dĂ©mission de la formation politique qui lâa parrainĂ© dans les Ă©lections ;
4° son exclusion de sa formation politique conformément à la loi organique régissant les formations politiques;
5° changement de formation politique;
6° décÚs.
Les contestations relatives Ă la dĂ©cision dâexclure un DĂ©putĂ© de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou de sa formation politique sont jugĂ©es en premier et dernier ressort par la Cour SuprĂȘme.
En cas de perte ou de dĂ©chĂ©ance du mandat de DĂ©putĂ©, le siĂšge vacant est dĂ©volu Ă la personne qui suit sur la liste des candidats qui achĂšve le terme restant sâil est supĂ©rieur Ă un an.
Lorsque les DĂ©putĂ©s qui nâont pas Ă©tĂ© Ă©lus sur les listes des formations politiques perdent leurs siĂšges, il est procĂ©dĂ© Ă de nouvelles Ă©lections.
La loi relative aux Ă©lections dĂ©termine les modalitĂ©s de remplacement dâun DĂ©putĂ© qui nâexerce plus ses fonctions pour une raison quelconque.
Article 79 : Loi budgétaire (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Pour chaque exercice budgĂ©taire, la Chambre des DĂ©putĂ©s vote la loi des finances de lâEtat.
Pour chaque exercice budgĂ©taire, et ce avant lâouverture de la session consacrĂ©e Ă lâexamen du budget, le Gouvernement soumet aux deux Chambres du Parlement un projet de loi des finances de lâexercice suivant.
ukurikira.
Icyakora, gusuzuma ishingiro ryâumushinga wâingengo yâimari ya Leta bikorwa nâUmutwe wâAbadepite.
Inteko Ishinga Amategeko ishyikirizwa na Guverinoma raporo yâimikoreshereze yâingengo yâimari yâamezi atandatu (6) ya mbere yâumwaka w`ingengo y`imari urangira mbere yo gusuzuma ingengo yâimari yâumwaka w`ingengo y`imari ukurikira.
Buri mwaka wâingengo yâimari kandi mbere yâitangira ryâigihembwe kigenewe kwiga ingengo yâimari, Umugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta ashyikiriza Inteko Ishinga Amategeko raporo yâigenzura ku ibaruramari rya Leta ryâumwaka ushize.
Mbere yâuko ingengo yâimari ya Leta yemezwa burundu, Sena igomba gushyikiriza Umutwe wâAbadepite icyo ivuga ku mushinga wâingengo yâimari ya Leta.
Itegeko ryâingengo yâimari ya Leta rigena umutungo Leta izinjiza nâuzakoreshwa mu buryo buteganywa nâitegeko ngenga. Iryo tegeko ngenga rinagena umunsi ingengo yâimari yâumwaka w`ingengo y`imari izasomwaho imbere yâImitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko.
Ingingo ya 80: Iyo umushinga wâingengo yâimari yâumwaka utatowe kandi ngo ushyirweho umukono mbere yâintangiriro yâumwaka izakoreshwamo, Minisitiri wâIntebe, akoresheje iteka, yemera ko hakoreshwa byâagateganyo buri kwezi kimwe cya cumi na kabiri (1/12) cyâingengo yâimari, ashingiye ku yâumwaka urangiye.
Ingingo ya 81: Nta musoro ushobora gushyirwaho, guhindurwa cyangwa gukurwaho bidakozwe nâitegeko.
- 34 Â
However, the examination of the relevance of the State finance bill shall be carried out by the Chamber of Deputies.
The Parliament shall receive the Budget implementation report for the first semester of the current financial year presented to it by the Cabinet before examining the budget of the next financial year.
Every financial year and before the commencement of the session devoted to the examination of the Budget, the Auditor General of State Finances shall submit to the Parliament the audited State consolidated financial statements of the previous financial year.
Before the final adoption of the Budget, the Senate must provide the Chamber of Deputies with its opinion on the State finance bill.
The State finance Law shall determine the revenue and expenditure of the State in accordance with conditions provided for by an Organic Law. That Organic Law shall also determine the date of the presentation of the annual budget before both Chambers of Parliament.
Article 80: In the event that the Finance bill is not voted and promulgated before the commencement of a financial year, the Prime Minister shall authorise by an Order a monthly expenditure on a provisional basis of an amount equal to one-twelfth (1/12) of the budget of the preceding year.
Article 81: No taxation can be imposed, modified or removed except by Law.
Toutefois lâopportunitĂ© du projet de loi des finances de lâEtat est examinĂ©e par la Chambre des DĂ©putĂ©s.
Le Parlement reçoit le rapport de lâexĂ©cution du budget du premier semestre de lâexercice en cours lui soumis par le Gouvernement avant dâexaminer le budget de lâexercice suivant.
Pour chaque exercice budgĂ©taire et avant lâouverture de la session consacrĂ©e au budget, lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat prĂ©sente au Parlement les Ă©tats financiers consolidĂ©s de lâEtat tels quâauditĂ©s par lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat pour lâexercice prĂ©cĂ©dent.
Avant lâadoption dĂ©finitive du budget, le SĂ©nat doit donner Ă la Chambre des DĂ©putĂ©s son avis sur le projet de loi des finances de lâEtat.
La loi des finances dĂ©termine les ressources et les charges de lâEtat dans les conditions prĂ©vues par une loi organique. Cette loi organique fixe Ă©galement la date de prĂ©sentation du budget annuel aux deux Chambres du Parlement.
Article 80: Si le projet de budget nâa pas Ă©tĂ© votĂ© et promulguĂ© avant le dĂ©but de cet exercice, le Premier Ministre, autorise par arrĂȘtĂ©, lâouverture des douziĂšmes (1/12) provisoires sur base du Budget de lâexercice Ă©coulĂ©.
Article 81: Aucune imposition ne peut ĂȘtre Ă©tablie, modifiĂ©e ou supprimĂ©e que par une loi.
- 35 -
Nta sonerwa cyangwa igabanywa ryâumusoro rishobora gukorwa mu gihe bidateganywa nâitegeko.
Ubisabwe na Guverinoma, Umutwe wâAbadepite ushobora, umaze gutora itegeko ryerekeranye nâibipimo by'imisoro n'amahoro bimwe na bimwe biteganywa n'itegeko ngenga, gutanga uburenganzira ko rihita rikurikizwa.
Akiciro ka 3 : Ibyerekeye Sena
Ingingo ya 82: Abagize Sena (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Sena igizwe nâAbasenateri makumyabiri na batandatu (26) bafite manda yâimyaka umunani (8) muri bo nibura mirongo itatu ku ijana (30%) bakaba ari abagore. Abo Basenateri biyongeraho abahoze ari Abakuru bâIgihugu babisabye Urukiko rwâIkirenga, ariko bagomba kuba bararangije neza manda yabo cyangwa barasezeye ku bushake bwabo.
Abo Basenateri makumyabiri na batandatu (26) batorwa cyangwa bashyirwaho ku buryo bukurikira:
1. cumi na babiri (12) batorwa nâinzego zihariye, hakurikijwe inzego zâimitegekere yâIgihugu;
2. umunani (8) bashyirwaho na Perezida wa Repubulika, byâumwihariko akita ku bumwe bwâAbanyarwanda, ku ihagararirwa ryâigice cyâAbanyarwanda amateka agaragaza ko basigaye inyuma no ku zindi nyungu rusange zâIgihugu;
3. Bane (4) bashyirwaho nâIhuriro ryâIgihugu Nyunguranabitekerezo ryâImitwe ya Politiki ;
4. Umwarimu umwe (1) cyangwa umushakashatsi umwe (1) wo muri Kaminuza no mu Mashuri Makuru bya Leta uri ku rwego
No exemption from or reduction of tax may be granted unless authorised by Law.
The Chamber of Deputies may upon request by the Cabinet and after adoption of a Law relating to certain rates of taxes and duties by an Organic Law, authorise its immediate application.
Sub-section 3: The Senate
Article 82: Composition of the Senate (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Senate shall be composed of twenty-six (26) Senators serving for a term of eight (8) years and at least thirty per cent (30 %) of them shall be women. In addition, former Heads of State become members of the Senate upon their request to the Supreme Court but they must have honourably completed their terms of office or voluntarily resigned from office.
The twenty-six (26) Senators shall be elected or appointed as follows:
1. twelve (12) Senators elected by specific organs in accordance with the administrative entities;
2. eight (8) Senators appointed by the President of the Republic, who shall particulary consider the principle of national unity among Rwandans, the representation of historically marginalized communities and other national public interests;
3. four (4) Senators designated by the National Consultative Forum of Political Organisations;
4. one (1) lecturer or researcher from public Universities and Institutions of higher learning who has at least the rank of
Nulle exemption ou modĂ©ration dâimpĂŽt ne peut ĂȘtre accordĂ©e que dans les cas prĂ©vus par la loi.
La Chambre des DĂ©putĂ©s, sur demande du Gouvernement peut, aprĂšs adoption dâune loi relative Ă certains taux d'imposition des taxes et impĂŽts prĂ©vus par une loi organique, autoriser son application immĂ©diate.
Sous-section 3 : Du Sénat
Article 82: Composition du SĂ©nat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le SĂ©nat est composĂ© de vingt-six (26) SĂ©nateurs dont le mandat est de huit (8) ans et dont trente pour cent (30 %) au moins sont de sexe fĂ©minin. A ces membres sâajoutent des anciens Chefs dâEtat qui en font la demande Ă la Cour SuprĂȘme, et qui doivent avoir normalement terminĂ© ou volontairement rĂ©signĂ© leur mandat.
Ces vingt-six (26) Sénateurs sont élus ou désignés comme suit :
1. douze (12) Sénateurs élus par des organes spécifiques, en fonction des entités administratives du pays;
2. huit (8) SĂ©nateurs nommĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique, qui veille particuliĂšrement Ă lâunitĂ© entre les Rwandais, Ă la reprĂ©sentation de la communautĂ© nationale historiquement la plus dĂ©favorisĂ©e et aux autres intĂ©rĂȘts nationaux;
3. quatre (4) Sénateurs nommés par le Forum National de Concertation des Formations Politiques ;
4. un (1) enseignant ou chercheur issu des UniversitĂ©s et Institutions dâenseignement supĂ©rieur publiques ayant au
- 36 Â
nibura rwâumwarimu wungirije utorwa nâabarimu nâabashakashatsi bo muri ibyo bigo;
5. Umwarimu umwe (1) cyangwa umushakashatsi umwe (1) wo muri Kaminuza no mu Mashuri Makuru byigenga nibura uri ku rwego rwâumwarimu wungirije utorwa nâabarimu nâabashakashatsi bo muri ibyo bigo.
Uko Abasenateri batorwa bigenwa nâitegeko rigenga amatora.
Inzego zishinzwe kugena abagomba kujya muri Sena zigomba kwita ku bumwe bwâAbanyarwanda nâihagararirwa ryâibitsina byombi.
Impaka zivutse zerekeye ishyirwa mu bikorwa ryâiyi ngingo nâiryâiya 83 nkâuko yavuguruwe zikemurwa nâUrukiko rwâIkirenga ku rwego rwa mbere nâurwa nyuma.
Ingingo ya 83: Ibisabwa ugize Sena (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Abagize Sena ni abenegihugu bâindakemwa kandi bâinararibonye batorwa cyangwa bagenwa ku giti cyabo bidashingiye ku marangamutima kandi hatitawe ku mitwe ya politiki bakomokamo, bafite nâubuhanga buhanitse mu byâubumenyi cyangwa amategeko, ubukungu, politiki, imibanire yâabantu nâumuco cyangwa se baba barakoze imirimo yo mu rwego rwo hejuru muri Leta cyangwa mu bikorera.
Ibisabwa ushaka kuba Umusenateri bigenwa nâitegeko rigenga amatora.
Ingingo ya 84 : Uretse abahoze ari Abakuru bâIgihugu baba abasenateri hakurikijwe ingingo ya 82 yâiri Tegeko Nshinga, abagize Sena bagira manda yâimyaka umunani
Associate Professor, elected by the academic and research staff of such institutions;
5. one (1) lecturer or researcher from private Universities and Institutions of higher learning who has at least the rank of Associate Professor, elected by the academic and research staff of such institutions.
Modalities for the election of Senators are determined by the Law relating to elections.
The organs responsible for the nomination of Senators shall take into account national unity and equal representation of both sexe.
Disputes relating to the application of this Article and Article 83 as amended shall be adjudicated by the Supreme Court in the first and last instance.
Article 83: Requirements for membership of the Senate (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Members of the Senate shall be citizens of impeccable character with experience who shall be elected or appointed objectively on the basis of individual merit without regard to political affiliation. They shall be highly skilled in one or more of the fields of science, law, economics, politics, sociology, culture or persons who have held senior positions in the public or private sector.
The conditions to be fulfilled by candidates for the Senate shall be determined by the Law relating to elections.
Article 84: With the exception of former Heads of State who become members of the Senate in accordance with Article 82 of this Constitution, members of the Senate serve a term of eight years
moins le grade académique de Professeur Associé, élu par le corps académique et de recherche de ces institutions;
5. un (1) membre issu des UniversitĂ©s et Institutions dâenseignement supĂ©rieur privĂ©es ayant au moins le grade acadĂ©mique de Professeur AssociĂ©, Ă©lu par le corps acadĂ©mique et de recherche de ces institutions.
Les modalitĂ©s dâĂ©lection des SĂ©nateurs sont dĂ©terminĂ©es par la loi relative aux Ă©lections.
Les organes chargĂ©s de dĂ©signer les SĂ©nateurs sont tenus de prendre en considĂ©ration lâunitĂ© nationale et la reprĂ©sentation des deux sexes.
Les contestations relatives Ă lâapplication du prĂ©sent article et de lâarticle 83 tel que rĂ©visĂ© sont jugĂ©es en premier et en dernier ressort par la Cour SuprĂȘme.
Article 83: Conditions requises pour ĂȘtre membre du SĂ©nat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les membres du SĂ©nat doivent ĂȘtre des citoyens intĂšgres et dâune grande expĂ©rience Ă©lus ou dĂ©signĂ©s objectivement Ă titre individuel et sans considĂ©ration de leur appartenance politique. Ils doivent possĂ©der des qualifications de haut niveau dans lâun ou lâautre des domaines scientifique, juridique, Ă©conomique, politique, social et culturel ou sont des personnalitĂ©s ayant occupĂ© de hautes fonctions publiques ou privĂ©es.
Les conditions à remplir par les candidats Sénateurs sont déterminées par la loi relative aux élections.
Article 84: ExceptĂ© les anciens Chefs dâEtat qui deviennent SĂ©nateurs en vertu de lâarticle 82 de la prĂ©sente Constitution, les membres du SĂ©nat ont un mandat de huit ans non
- 37 Â
idashobora kongerwa. Ingingo ya 85: Iyemerwa ryâurutonde rwâabakandida rikozwe nâUrukiko rwâIkirenga (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Uburyo Urukiko rwâIkirenga rwemeza urutonde rwâabakandida bâAbasenateri nâitorwa ryabo buteganywa nâitegeko rigenga amatora.
Abasenateri bagenwa na Perezida wa Repubulika ntibemezwa nâUrukiko rwâIkirenga kandi bashyirwaho nyuma yâAbasenateri bashyirwaho nâizindi nzego.
Iyo hari abakandida batemewe nâUrukiko rwâIkirenga, inzego zibashyiraho zigomba kuzuza umubare mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) yâitangazwa ryâurutonde rwâamazina yâabemewe.
Ingingo ya 86: Isimburwa ryâUmusenateri (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Mu gihe Umusenateri watowe yeguye, apfuye, avanwe ku murimo n'icyemezo cy'urukiko cyangwa agize impamvu imubuza burundu kurangiza inshingano ze igihe cya manda gisigaye kingana nibura n'umwaka umwe, harongera hakaba amatora. Iyo ari Umusenateri washyizweho, urwego rwamushyizeho ni na rwo rugena umusimbura.
Umusenateri mushya utowe cyangwa ushyizweho arangiza igice cya manda gisigaye cyâuwo yasimbuye; ntiyongera gutorwa cyangwa gushyirwaho nkâUmusenateri.
Ingingo ya 87 : Sena igenzura byâumwihariko ishyirwa mu bikorwa ryâamahame remezo avugwa mu ngingo ya 9 nâiya 54 zâiri Tegeko Nshinga.
which is not renewable. Article 85: Approval of the list of candidates by the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Modalities by which the Supreme Court approves the list of candidates to the position of Senators and their election shall be determined by the Law relating to elections.
Senators appointed by the President of the Republic shall be nominated after the other Senators have been elected or designated by competent organs and their names shall not be submitted to the Supreme Court for approval.
In the event that some of the candidates are not approved by the Supreme Court, the competent organs shall complete the list within seven days (7) from the date of its publication.
Article 86: Replacement of a Senator (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
In the event of an elected Senatorâs resignation, death, impeachment by a Court of Law or a permanent impediment to accomplish his/her duties when his/her term of office has at least one year to run, fresh elections shall be held. In case of an appointed Senator, the competent organ shall designate his/her replacement.
The newly elected or appointed Senator shall complete the remaining part of the term of office of his/her predecessor; he/she shall be ineligible for future election or appointment as a Senator.
Article 87: The Senate has the specific function to supervise the application of the principles referred to in Articles 9 and 54 of this Constitution.
renouvelable. Article 85: Approbation de la liste des candidats par la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La loi relative aux Ă©lections dĂ©termine les modalitĂ©s selon lesquelles la Cour SuprĂȘme approuve la liste des candidats SĂ©nateurs et celles relatives Ă leur Ă©lection.
Les SĂ©nateurs dĂ©signĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique le sont aprĂšs lâĂ©lection ou la dĂ©signation des autres SĂ©nateurs par les organes habilitĂ©s et leurs noms ne doivent pas ĂȘtre notifiĂ©s Ă la Cour SuprĂȘme pour approbation.
Au cas oĂč certains candidats nâont pas Ă©tĂ© retenus par la Cour SuprĂȘme, les organes habilitĂ©s devront complĂ©ter le nombre autorisĂ© dans le dĂ©lai de sept (7) jours aprĂšs la publication de la liste.
Article 86: Remplacement dâun SĂ©nateur (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Au cas oĂč le SĂ©nateur Ă©lu dĂ©missionne, dĂ©cĂšde, est dĂ©chu de ses fonctions par une dĂ©cision judiciaire ou est dĂ©finitivement empĂȘchĂ© de remplir sa mission un an au moins avant la fin de son mandat, il est procĂ©dĂ© Ă de nouvelles Ă©lections. Sâil sâagit dâun SĂ©nateur nommĂ©, lâorgane compĂ©tent dĂ©signe son remplaçant.
Le SĂ©nateur ainsi Ă©lu ou dĂ©signĂ© termine le reste du mandat de celui quâil remplace; il ne peut plus ĂȘtre Ă©lu ni nommĂ© SĂ©nateur.
Article 87: Le Sénat veille spécialement au respect des principes fondamentaux énoncés aux articles 9 et 54 de la présente Constitution.
- 38 -
Ingingo ya 88: Ububasha bwa Sena (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Mu birebana n'amategeko, Sena ifite ububasha bwo gutora :
1° ivugururwa ry'Itegeko Nshinga ;
2° amategeko ngenga ;
3° amategeko yerekeye ishyirwaho, ihindurwa, imikorere n'ivanwaho ry'inzego za Leta cyangwa zishamikiye kuri Leta n'ayerekeye imiterere y'Igihugu ;
4° amategeko yerekeye ubwisanzure, uburenganzira nâinshingano byâibanze bya Muntu ;
5° amategeko yerekeye imiburanishirize yâimanza zâinshinjabyaha ;
6° amategeko yerekeye kurinda Igihugu n'umutekano ;
7° amategeko areba amatora na referendumu;
8° amategeko yerekeye amasezerano mpuzamahanga.
Sena ifite na none ububasha bwo :
1° kwemeza ishyirwaho rya Perezida, Visi-Perezida nâAbacamanza bâUrukiko rwâIkirenga, ba Perezida na Visi-Perezida bâUrukiko Rukuru nâabâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi, Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije;
2° kwemeza ishyirwaho ryâabayobora nâabagize za Komisiyo zâigihugu, Umuvunyi Mukuru n'Abamwungirije,
Article 88: Powers of the Senate (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
In legislative matters, the Senate shall be competent to vote on the following :
1° amendment of the Constitution;
2° Organic Laws;
3° Laws relating to establishment, modification, functioning and dissolution of public enterprises and parastatal organisations and territorial organisation;
4° Laws relating to fundamental freedoms, rights and duties of the person;
5° Laws relating to the criminal procedure;
6° Laws relating to defence and security;
7° Laws relating to elections and referendum;
8° Laws relating to international agreements and treaties.
The Senate shall also have power to :
1° approve the appointment of the President, the vice President and the judges of the Supreme Court, the President and Vice President of the High Court and of the Commercial High Court, the Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General;
2° approve the appointment of the Chairperson and members of National Commissions, Ombudsman and his/her Deputies, the Auditor General
Article 88: CompĂ©tence du SĂ©nat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
En matiÚre législative, le Sénat est compétent pour voter :
1° la révision de la Constitution ;
2° les lois organiques ;
3° les lois concernant la crĂ©ation, la modification, le fonctionnement et la suppression des institutions Ă©tatiques ou para-Ă©tatiques et lâorganisation du territoire ;
4° les lois relatives aux libertés, aux droits et devoirs fondamentaux de la personne ;
5° les lois relatives à la procédure pénale ;
6° les lois relatives à la défense et à la sécurité nationales;
7° les lois électorales et référendaires ;
8° les lois relatives aux traités et accords internationaux.
Le Sénat est également compétent pour : 1° approuver la nomination du
PrĂ©sident, du Vice-PrĂ©sident et des Juges de la Cour SuprĂȘme, des PrĂ©sidents et Vice- PrĂ©sidents de la Haute Cour et de la Haute Cour de Commerce, du Procureur GĂ©nĂ©ral et du Procureur GĂ©nĂ©ral Adjoint ;
2° approuver la nomination des dirigeants et membres des Commissions Nationales, de lâOmbudsman et de ses adjoints, de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des
- 39 -
Umugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta nâUmwungirije, Abahagarariye u Rwanda mu bihugu byâamahanga no mu miryango mpuzamahanga, ba Guverineri bâIntara, abayobora ibigo bya Leta nâibishamikiye kuri Leta bifite ubuzima gatozi;
3° kwemeza ishyirwaho ryâabandi bakozi ba Leta, igihe bibaye ngombwa, bagenwa nâitegeko ngenga.
Ingingo ya 89 : Perezida wâUmutwe wâAbadepite ahita yoherereza Perezida wa Sena imishinga yâamategeko yatowe nâUmutwe wâabadepite yerekeye ibivugwa mu ngingo ya 88 yâiri Tegeko Nshinga.
Na none Guverinoma ishyikiriza Sena imishinga y'amateka ashyiraho abantu bavugwa mu ngingo ya 88 yâiri Tegeko Nshinga kugira ngo iyemeze mbere yâuko ashyirwaho umukono.
Icyiciro cya itegurwa ryâamategeko
2 : Ibyerekeye nâiyemezwa
Ingingo ya 90 : Gutangiza amategeko no kuyagorora ni uburenganzira bwa buri Mudepite na Guverinoma iteraniye mu Nama yâAbaminisitiri.
Ingingo ya 91 : Iyo gutangiza imishinga yâamategeko nâigorora ryayo bishobora gutubya umutungo wâIgihugu cyangwa kukibera umutwaro, bigomba kwerekana uburyo Leta izinjiza cyangwa izazigama umutungo ungana nâusohoka.
of the State Finances and his/her Deputy, Ambassadors and permanent Representatives to International Organisations, Provincial Governors and Heads of Public Institutions and parastatal organisations which have legal personality;
3° approve the appointment of other public officials as determined by an Organic Law where necessary.
Article 89: The Speaker of the Chamber of Deputies shall, without undue delay, transmit to the President of the Senate bills adopted by the Chamber of Deputies relating to matters provided for in Article 88 of this Constitution.
Similarly, the Government shall submit to the Senate draft Orders relating to the appointment of the public officers referred to in Article 88 of this Constitution for approval prior to signature.
Section 2: Initiation and adoption of Laws
Article 90: The right to initiate and amend legislation shall be concurrently vested in each Deputy and the Executive acting through the Cabinet.
Article 91: Bills and statutory amendments which have the potential to reduce Government revenue or increase State expenditure must indicate proposals for raising the required revenue or making savings equivalent to the anticipated expenditure.
Finances de lâEtat et de son Adjoint, des Ambassadeurs et des ReprĂ©sentants permanents auprĂšs des organisations internationales, des Gouverneurs des Provinces, des Dirigeants des Etablissements Publics et Para-Ă©tatiques dotĂ©s de la personnalitĂ© juridique ;
3° approuver la nomination dâautres agents de lâEtat prĂ©vus par une loi organique en cas de besoin.
Article 89: Les projets et propositions de lois dĂ©finitivement adoptĂ©s par la Chambre des DĂ©putĂ©s dans les matiĂšres Ă©numĂ©rĂ©es Ă lâarticle 88 de la prĂ©sente Constitution sont immĂ©diatement transmis par le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s au PrĂ©sident du SĂ©nat.
De mĂȘme, les projets d'arrĂȘtĂ©s de nomination, des personnes citĂ©es Ă lâarticle 88 de la prĂ©sente Constitution sont transmis par le Gouvernement au SĂ©nat pour approbation avant leur signature.
Section 2: De lâĂ©laboration et de lâadoption des lois
Article 90: Lâinitiative et lâamendement des lois appartiennent concurremment Ă chaque DĂ©putĂ© et au Gouvernement en Conseil des Ministres.
Article 91: Les projets, propositions et amendements des lois dont l'adoption aurait pour consĂ©quence soit une diminution des ressources nationales, soit la crĂ©ation ou lâaggravation dâune charge publique, doivent ĂȘtre assorties dâune proposition dâaugmentation de recettes ou d'Ă©conomies Ă©quivalentes.
- 40 -
Ingingo ya 92: Isuzumwa ryâimishinga yâamategeko muri za Komisiyo (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Imishinga yâamategeko Inteko Rusange yemeje ko ifite ishingiro ibanza koherezwa muri Komisiyo yâUmutwe wâInteko Ishinga Amategeko ibishinzwe kugira ngo iyisuzume mbere yâuko yemezwa mu Nteko Rusange.
Mu gihe cyo gusuzuma ishingiro ryâumushinga wâitegeko, buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ushobora kugena ko uwo mushinga wâitegeko wemezwa mu Nteko Rusange utagombye kunyuzwa muri Komisiyo ibishinzwe.
Ingingo ya 93: Uburyo amategeko atorwamo nâubusumbane bwayo (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Gutora itegeko ryose buri gihe bicishwa mu itora, buri wese ahamagawe mu izina rye, kandi agasubiza mu ijwi riranguruye.
Itegeko ryose risuzumwa kandi rigatorwa mu Kinyarwanda cyangwa mu rurimi ryateguwemo hitawe kuri buri rurimi mu zikoreshwa mu butegetsi. Iyo itegeko ritumvikanye kimwe mu ndimi uko ari eshatu, hitabwa ku rurimi itegeko ryatowemo.
Amategeko asanzwe atorwa ku bwiganze burunduye bw'amajwi y'abagize buri Mutwe bitabiriye inama.
Amategeko ngenga atorwa ku bwiganze bwa bitatu bya gatanu (3/5) by'abagize buri Mutwe bitabiriye inama.
Uburyo bukoreshwa mu itora n'uko itora rikorwa bigenwa n'itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe ugize Inteko Ishinga Amategeko.
Article 92: Examination of draft laws by Committees (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Draft Laws determined by the plenary session to have a sound basis shall first be transmitted to the relevant parliamentary committee of the Chamber of Parliament for examination prior to their consideration and adoption in the plenary session.
During the consideration of the basis of a draft Law, each Chamber of Parliament may decide if the draft Law may be adopted in plenary session without necessarily being sent beforehand to the relevant Committee.
Article 93: Mode of adoption of Laws and their hierarchy (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
A vote on the entire bill shall be conducted by calling each parliamentarian by name and the parliamentarian shall vote by responding in an audible voice.
Each Law shall be considered and adopted in Kinyarwanda or in the language of preparation in respect of any of the official languages. In case of conflict between the three official languages, the prevailing language shall be the language in which the law was adopted.
Ordinary Laws shall be passed by an absolute majority of members of each Chamber present.
Organic Laws shall be passed by a majority vote of three fifths (3/5) of the members of the Chamber present.
The procedure for voting shall be determined by the Organic Law establishing the internal rules of each Chamber.
Article 92 : Examen des projets de loi en Commissions (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les projets ou propositions de loi dont lâopportunitĂ© a Ă©tĂ© adoptĂ©e en sĂ©ance plĂ©niĂšre sont envoyĂ©s pour examen Ă la commission compĂ©tente de la Chambre du Parlement avant leur adoption en sĂ©ance plĂ©niĂšre.
Chaque Chambre du Parlement peut, lors de lâadoption de son opportunitĂ©, dĂ©cider si le projet ou proposition de loi peut ĂȘtre adoptĂ© en sĂ©ance plĂ©niĂšre sans ĂȘtre prĂ©alablement envoyĂ© Ă la Commission compĂ©tente.
Article 93: ModalitĂ©s dâadoption des lois et leur hiĂ©rarchie (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Sur lâensemble dâune loi, il est toujours procĂ©dĂ© Ă un vote par appel nominal et Ă haute voix.
Toute loi est examinĂ©e et adoptĂ©e en Kinyarwanda ou dans lâune des langues officielles dans laquelle ladite loi a Ă©tĂ© initiĂ©e. En cas de contradiction entre les trois langues, la langue dâadoption de la loi prĂ©vaut.
Les lois ordinaires sont votées à la majorité absolue des membres présents de chaque Chambre.
Les lois organiques sont votées à la majorité des trois cinquiÚmes (3/5) des membres présents de chaque Chambre.
Les modalitĂ©s de vote sont dĂ©terminĂ©es par la loi organique portant rĂšglement dâordre intĂ©rieur de chaque Chambre.
- 41 -
Itegeko rigenga byose ku buryo butavuguruzwa.
Amategeko ngenga ni ayo Itegeko Nshinga riteganya nkâamategeko ngenga gusa.
Nta na rimwe itegeko ngenga rivuguruza Itegeko Nshinga; nta n'ubwo itegeko risanzwe cyangwa itegeko-teka rivuguruza itegeko ngenga, cyangwa se ngo iteka cyangwa amabwiriza bivuguruze itegeko.
Ingingo ya 94 : Gusuzuma ku buryo bwihutirwa umushinga wâitegeko cyangwa ikindi kibazo bishobora gusabwa nâuri mu bagize Inteko Ishinga Amategeko cyangwa Guverinoma, bigasabwa Umutwe wâInteko bireba.
Iyo bisabwe nâuri mu bagize Inteko, Umutwe wâInteko bireba ufata icyemezo kuri ubwo bwihutirwe.
Iyo bisabwe na Guverinoma buri gihe biremerwa.
Iyo byemejwe ko umushinga wâitegeko cyangwa ikibazo byihutirwa, bisuzumwa mbere yâibindi biri ku murongo wâibigomba kwigwa.
Ingingo ya 95: Imishinga yâamategeko Sena ifitiye ububasha bwo gusuzuma, iyigezwaho ibanje kwemezwa nâUmutwe wâAbadepite, uretse umushinga wâitegeko ngenga rigena amategeko ngengamikorere ya Sena.
Iyo umushinga wâitegeko utemewe na Sena cyangwa iyo igorora Sena yawukozeho ritemewe nâUmutwe wâAbadepite, Imitwe yombi ishyiraho Komisiyo igizwe nâumubare ungana wâAbadepite nâAbasenateri, igatanga umwanzuro ku ngingo zikomeje kugibwaho impaka.
The Law is sovereign in all matters.
Organic Laws are only those envisaged as such by the Constitution.
An Organic Law shall not be inconsistent with the Constitution. Neither shall an ordinary Law or a decree-law be inconsistent with an Organic Law nor shall an order or regulation be inconsistent with a Law.
Article 94: A petition for consideration of a bill or any other matter on an urgent basis may be made by either a parliamentarian or the Cabinet to the relevant Chamber.
When such a petition is made by a member of Parliament, the relevant Chamber shall decide on the validity of the urgency.
When the petition is made by the Cabinet, the request shall be always granted.
Upon a decision confirming the urgency, the bill or matter shall be considered before any other matters on the agenda.
Article 95: With the exception of the Organic Law on the internal rules of the Senate, bills on matters in respect of which the Senate is competent to legislate shall be transmitted to the Senate after adoption by the Chamber of Deputies.
In the event that the Senate does not approve a bill transmitted to it or amendments proposed by the Senate are not acceptable to the Chamber of Deputies, both Chambers shall set up a commission composed of an equal number of Deputies and Senators which make proposals on matters still being debated.
La loi intervient souverainement en toute matiĂšre.
Les lois organiques sont uniquement celles auxquelles la Constitution confĂšre ce caractĂšre.
Il ne peut ĂȘtre dĂ©rogĂ© par une loi organique Ă la Constitution ni par une loi ordinaire ou un dĂ©cret-loi Ă une loi organique ni par un arrĂȘtĂ© ou un rĂšglement Ă une loi.
Article 94: Lâurgence pour lâexamen dâune proposition ou dâun projet de loi ou de toute autre question, peut ĂȘtre demandĂ©e par un membre du Parlement ou par le Gouvernement Ă la Chambre concernĂ©e.
Lorsque lâurgence est demandĂ©e par un Parlementaire, la Chambre se prononce sur cette urgence.
Lorsque lâurgence est demandĂ©e par le Gouvernement elle est toujours accordĂ©e.
Dans tous les cas oĂč lâurgence est accordĂ©e, lâexamen de la loi ou de la question qui en est lâobjet a prioritĂ© sur lâordre du jour.
Article 95: Dans les domaines de compĂ©tence du SĂ©nat, les projets ou propositions de loi ne sont envoyĂ©s au SĂ©nat quâaprĂšs avoir Ă©tĂ© adoptĂ©s par la Chambre des DĂ©putĂ©s, exception faite de la loi organique portant rĂšglement dâordre intĂ©rieur du SĂ©nat.
Lorsquâun projet ou une proposition de loi nâa pas pu ĂȘtre adoptĂ© par le SĂ©nat ou que celui-ci y a apportĂ© des amendements qui ne sont pas acceptĂ©s par la Chambre des DĂ©putĂ©s, les deux Chambres mettent en place une Commission paritaire mixte chargĂ©e de proposer un texte sur les dispositions restant en discussion.
- 42 -
Imitwe yombi imenyeshwa umwanzuro wumvikanyweho na Komisiyo ikawufataho icyemezo.
Iyo umwanzuro utemewe n'iyo Mitwe yombi, umushinga w'itegeko usubizwa uwawuzanye.
Ingingo ya 96 : Isobanurampamo ryâamategeko rikorwa nâImitwe yombi yâInteko iteraniye hamwe, Urukiko rwâIkirenga rumaze kubitangaho inama; buri Mutwe ufata icyemezo ku bwiganze bwâamajwi buvugwa mu ngingo ya 93 yâiri Tegeko Nshinga.
Iryo sobanurampamo rishobora gusabwa na Guverinoma, umwe mu bagize Umutwe uwo ari wo wose wâInteko Ishinga Amategeko cyangwa Urugaga rwâAbavoka.
Umuntu wese ubifitemo inyungu ashobora gusaba isobanurampamo abinyujije ku bagize Inteko cyangwa ku Rugaga rwâAbavoka.
UMUTWE WA III : IBYEREKEYE UBUTEGETSI NYUBAHIRIZATEGEKO
Ingingo ya 97 : Ubutegetsi Nyubahirizategeko bushinzwe Perezida wa Repubulika na Guverinoma.
Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye Perezida wa Repubulika
Ingingo ya 98: Inshingano za Perezida wa Repubulika (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ni we Mukuru wâIgihugu.
Perezida wa Repubulika ashinzwe kurinda Itegeko Nshinga no kubumbatira ubumwe bwâAbanyarwanda.
Both Chambers shall be notified by the Commission of the compromise reached and the Chambers shall decide on it.
In the event that the compromise decision is not adopted by both Chambers, the bill shall be returned to the initiator.
Article 96: The authentic interpretation of Laws shall be done by both Chambers of Parliament acting jointly after the Supreme Court has given an opinion on the matter; each Chamber shall decide on the basis of the majority referred to in Article 93 of this Constitution.
The authentic interpretation of Laws may be requested by the Government, a member of one of the Chambers of Parliament or by the Bar Association.
Any interested person may request the authentic interpretation of laws through the members of Parliament or the Bar Association.
CHAPTER III: THE EXECUTIVE
Article 97: Executive power shall be vested in the President of the Republic and the Cabinet.
Section One: The President of the Republic
Article 98: Responsibilities of the President of the Republic (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall be the Head of State.
The President of the Republic is the guardian of the Constitution and shall guarantee national unity.
La Commission informe les deux Chambres du texte de compromis pour décision.
A défaut de consensus par les deux Chambres, le projet ou la proposition de loi est renvoyé à l'initiateur.
Article 96: LâinterprĂ©tation authentique des lois appartient aux deux Chambres rĂ©unies du Parlement aprĂšs avis prĂ©alable de la Cour SuprĂȘme; chaque Chambre statuant aux majoritĂ©s fixĂ©es par lâarticle 93 de la prĂ©sente Constitution.
LâinterprĂ©tation authentique peut ĂȘtre demandĂ©e par le Gouvernement, un membre de lâune ou lâautre Chambre du Parlement ou par lâOrdre des Avocats.
Toute personne intĂ©ressĂ©e peut demander lâinterprĂ©tation authentique des lois par lâintermĂ©diaire des membres du Parlement ou de lâOrdre des Avocats.
CHAPITRE III: DU POUVOIR EXECUTIF
Article 97: Le Pouvoir Exécutif est exercé par le Président de la République et le Gouvernement.
Section premiÚre: Du Président de la République
Article 98: Attributions du PrĂ©sident de la RĂ©publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le Chef de lâEtat.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le gardien de la Constitution et le garant de lâUnitĂ© Nationale.
- 43 -
Perezida wa Repubulika yishingira ko Leta ikomeza kubaho, ubwigenge nâubusugire bwâIgihugu no kubahiriza amasezerano mpuzamahanga.
Perezida wa Repubulika, rimwe mu mwaka, ageza ku Banyarwanda ijambo ryâuko Igihugu gihagaze.
Ingingo ya 99: Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika agomba :
1° kuba nyarwanda
afite bwâin
ubwenegihugu komoko;
2° kuba afite;
nta bundi bwenegihugu
3° kuba nibura umwe mu babyeyi be afite ubwenegihugu nyarwanda bw'inkomoko;
4° kuba indakemwa mu myifatire no mu mibanire ye nâabandi;
5° kuba atarigeze akatirwa burundu igihano cy'igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu;
6° kuba atarambuwe nâinkiko uburenganzira mbonezamubano nâubwa politiki;
7° kuba afite nibura imyaka 35 yâamavuko mu gihe cyo kwiyamamariza uwo mwanya;
8° kuba aba mu Rwanda igihe asaba kwiyamamariza uwo mwanya.
Ingingo ya 100: Itorwa rya Perezida wa Repubulika (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika atorwa ku buryo butaziguye kandi mu ibanga. Uba Perezida wa Repubulika ni uwarushije abandi amajwi.
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora itangaza ibyavuye mu itora.
The President of the Republic shall guarantee the continuity of the State, the independence and territorial integrity of the country and respect of international treaties and agreements.
The President of the Republic shall once every year deliver the state of the Nation address.
Article 99: A candidate for the office of the Presidency of the Republic must :
1° be of Rwandan nationality by origin;
2° not hold any other nationality;
3° have at least one parent of the Rwandan nationality by origin;
4° have irreproachable morals and probity;
5° not have been convicted and sentenced to a term of imprisonment of six (6) months or more;
6° not have been deprived of his/her civil and political rights;
7° be at least thirty five (35) years old on the date of submission of his/her candidacy;
8° be resident in Rwanda at the time of submission of his/her candidacy.
Article 100: Election of the President of the Republic (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The election of the President of the Republic shall be by universal suffrage through a direct and secret ballot with a simple majority of the votes cast.
The National Electoral Commission shall proclaim the results of the
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le garant de la continuitĂ© de lâEtat, de lâindĂ©pendance nationale et de lâintĂ©gritĂ© du territoire et du respect des traitĂ©s et accords internationaux.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique adresse une fois par an un message au peuple rwandais sur lâĂ©tat de la Nation.
Article 99: Tout candidat à la Présidence de la République doit :
1° ĂȘtre de nationalitĂ© rwandaise dâorigine;
2° ne pas détenir nationalité;
une autre
3° avoir au moins un de ses parents de nationalité rwandaise d'origine;
4° ĂȘtre de bonne moralitĂ© et dâune grande probitĂ© ;
5° n'avoir pas été condamné définitivement à une peine d'emprisonnement égale ou supérieure à six (6) mois;
6° jouir de tous ses droits civiques et politiques ;
7° ĂȘtre ĂągĂ© de trente cinqu (35) ans au moins Ă la date du dĂ©pĂŽt de sa candidature ;
8° résider sur le territoire du Rwanda au moment du dépÎt de sa candidature.
Article 100: Election du PrĂ©sident de la RĂ©publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Président de la République est élu au suffrage universel direct et au scrutin secret à la majorité relative des suffrages exprimés.
La Commission Nationale Electorale proclame les résultats du scrutin.
Mu gihe habaye impaka, Urukiko rwâIkirenga nirwo rugaragaza ku buryo budasubirwaho ibyavuye mu itora.
Ingingo ya 101: Perezida wa Repubulika atorerwa manda yâimyaka irindwi. Ashobora kongera gutorwa inshuro imwe.
Nta na rimwe umuntu yemererwa gutorerwa manda zirenze ebyiri (2) ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.
Ingingo ya 102: Igihe itora rya Perezida wa Repubulika ribera (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Itora rya Perezida wa Repubulika rikorwa hasigaye nibura iminsi mirongo itatu (30) kandi itarenga mirongo itandatu (60) mbere yâuko manda ya Perezida uriho irangira.
Ingingo ya 103: Imigendekere yâamatora
(Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Itegeko rigenga amatora riteganya uburyo bwo gutanga kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, uko itora rikorwa, ibarura ryâamajwi, uburyo bwo gukemura impaka zivutse, gutangaza ibyavuye mu itora n'igihe ntarengwa cyo kubitangaza. Iryo tegeko riteganya n'ibindi bya ngombwa kugira ngo amatora atungane kandi akorwe mu mucyo.
Ingingo ya 104: Indahiro ya Perezida wa Repubulika (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 kanama 2008) Mbere yo gutangira imirimo, Perezida wa Repubulika arahirira imbere ya Perezida wâUrukiko rwâIkirenga hari n'Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko, muri aya magambo :
« Jyewe, âŠâŠâŠ..........., ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro:
- 44 Â
election.
In case of dispute, the Supreme Court shall settle with regards to the final results of the election.
Article 101: The President of the Republic is elected for a term of seven years renewable only once.
Under no circumstances shall a person hold the office of President of Republic for more than two (2) terms.
Article 102: Period for holding presidential elections (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Presidential elections shall be held not less than thirty (30) days and not more than sixty (60) days before the expiry of the term of office of the incumbent President.
Article 103: Procedure for holding elections (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Law relating to elections shall determine the procedure for submitting presidential candidatures, the conduct of elections, the counting of ballots, modalities of resolving election disputes and declaration of results as well as the time within which the results shall be declared and other necessary matters to ensure that elections are conducted appropriately and held in transparency.
Article 104: Oath of office of the President of the Republic (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Before assuming his/her duties of office, the President of the Republic shall take the oath of office before the President of the Supreme Court in the presence of both Chambers of Parliament in these words:
« I, âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ. solemnly swear to the Nation that I
En cas de contestation, la Cour SuprĂȘme tranche dĂ©finitivement sur les rĂ©sultats du scrutin.
Article 101: Le Président de la République est élu pour un mandat de sept ans renouvelable une seule fois.
En aucun cas, nul ne peut exercer plus de deux (2) mandats présidentiels.
Article 102: PĂ©riode des Ă©lections prĂ©sidentielles (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les Ă©lections prĂ©sidentielles ont lieu trente jours (30) au moins et soixante (60) jours au plus avant lâexpiration du mandat du PrĂ©sident en exercice.
Article 103: ProcĂ©dure des Ă©lections (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La loi relative aux élections détermine la procédure à suivre pour la présentation des candidatures aux élections présidentielles, le déroulement du scrutin, le dépouillement, les modalités de statuer sur les réclamations et les délais limites pour la proclamation des résultats et prévoit toutes les autres dispositions nécessaires au bon déroulement du scrutin et dans la transparence.
Article 104 : Serment du Président de la République (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Avant d'entrer en fonction, le PrĂ©sident de la RĂ©publique prĂȘte serment devant le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme en prĂ©sence des deux Chambres rĂ©unies du Parlement en ces termes :
«Moi, âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ., je jure solennellement Ă la Nation :
1° ko ntazahemukira Repubulika yâu Rwanda;
2° ko nzakurikiza nkanarinda Itegeko Nshinga nâandi mategeko;
3° ko nzakorana umurava imirimo nshinzwe;
4° ko nzaharanira amahoro nâubusugire bwâIgihugu;
5° ko nzashimangira ubumwe bwâAbanyarwanda ;
6° ko ntazigera nkoresha ububasha mpawe mu nyungu zanjye bwite;
7° ko nzaharanira ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro.
Nintatira iyi ndahiro nzabihanirwe nâamategeko.
Imana ibimfashemo.»
Perezida wa Repubulika arahira bitarenze ukwezi kumwe (1) nyuma yâitorwa rye, indahiro ye ikakirwa na Perezida wâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 105: Perezida wa Repubulika uri ku butegetsi akomeza gukora kugeza igihe umusimbura atangiriye imirimo.
Muri icyo gihe ariko, ntiyemerewe gukora ibi bikurikira :
1° gutangiza intambara;
2° kwemeza ibihe bidasanzwe cyangwa byâamage;
3° gukoresha itora rya referendumu.
Nanone muri icyo gihe Itegeko Nshinga ntirishobora kuvugururwa.
Mu gihe Perezida wa Repubulika watowe apfuye, agize impamvu zimubuza burundu gukora imirimo yatorewe cyangwa adashatse kujya ku mwanya yatorewe, hategurwa
- 45 Â
shall: 1° remain loyal to the
Republic of Rwanda; 2° observe and defend the
Constitution and the other Laws;
3° diligently fulfil the responsibilities entrusted in me;
4° preserve peace and territorial integrity;
5° consolidate national unity of Rwandans;
6° never use the powers conferred upon me for personal ends;
7° safeguard the interests of the Rwandan people.
Should I fail to honour this oath, may I face the rigours of the Law.
So help me God. »
The President of the Republic shall be sworn in no later than one (1) month after his/her election. His/her oath of office shall be administered by the President of the Supreme Court.
Article 105: The incumbent President of the Republic shall remain in office until his/her successor assumes office.
However, the incumbent President may not, during this period, exercise the following powers :
1° declaration of war;
2° declaration of a state of emergency or a state of siege;
3° calling a referendum.
In addition, the Constitution shall not be amended during this period.
In the event that the duly elected President of the Republic dies or is on account of any reason permanently unable or otherwise chooses not to assume office, new
1° de garder fidélité à la République du Rwanda ;
2° dâobserver et dĂ©fendre la Constitution et les autres lois ;
3° de remplir loyalement les fonctions qui me sont confiées ;
4° de prĂ©server la paix et lâintĂ©gritĂ© du territoire ;
5° de consolider lâUnitĂ© Nationale ;
6° de ne jamais utiliser les pouvoirs qui me sont dévolus à des fins personnelles ;
7° de veiller aux intĂ©rĂȘts du peuple rwandais.
En cas de parjure, que je subisse les rigueurs de la loi.
Que Dieu m'assiste. »
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique prĂȘte serment dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas un (1) mois Ă compter de la date de son Ă©lection. Son serment est reçu par le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme.
Article 105: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique en exercice reste en fonction jusquâĂ lâinstallation de son successeur.
Toutefois, pendant cette période, le Président sortant ne peut pas exercer les compétences suivantes :
1° déclarer la guerre;
2° dĂ©clarer lâĂ©tat dâurgence ou de siĂšge;
3° initier le référendum.
En outre, pendant cette pĂ©riode, la Constitution ne peut pas ĂȘtre rĂ©visĂ©e.
Au cas oĂč le PrĂ©sident de la RĂ©publique Ă©lu dĂ©cĂšde, se trouve dĂ©finitivement empĂȘchĂ© ou renonce au bĂ©nĂ©fice de son Ă©lection avant son entrĂ©e en fonction, il est procĂ©dĂ© Ă de
- 46 Â
andi matora.
Ingingo ya 106 : Umurimo wa Perezida wa Repubulika ntushobora kubangikanywa nâundi murimo wo mu nzego za Leta zitorerwa, indi mirimo ya Leta, ya gisiviri cyangwa ya gisirikare cyangwa se nâundi murimo wâumwuga.
Ingingo ya 107: Iyo Perezida wa Repubulika apfuye, yeguye cyangwa agize impamvu zimubuza burundu gukomeza imirimo ye, asimburwa byâagateganyo na Perezida wa Sena, ataboneka agasimburwa na Perezida wâUmutwe wâabadepite; iyo abo bombi batabonetse, imirimo ya Perezida wa Repubulika ikorwa byâagateganyo na Minisitiri wâIntebe.
Ariko usimbuye Perezida wa Repubulika uvugwa muri iyi ngingo ntashobora gushyira abakozi mu mirimo, gukoresha itora rya referendumu cyangwa ivugurura ryâItegeko Nshinga, gutanga imbabazi ku baciriwe urubanza nâurukiko, cyangwa gutangiza intambara.
Muri icyo gihe, iyo Perezida wa Repubulika avuyeho mbere yâuko manda ye irangira, itora ryo kumusimbura rikorwa mu minsi itarenze mirongo cyenda (90).
Mu gihe Perezida wa Repubulika atari mu gihugu, arwaye cyangwa adashoboye byâigihe gito gukora imirimo ye, asigarirwaho na Minisitiri wâIntebe.
Ingingo ya 108: Ishyirwa ryâumukono ku mategeko (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mategeko yatowe bitarenze igihe cyâiminsi mirongo itatu (30) uhereye ku munsi ayo
elections shall be held.
Article 106: The office of the President of the Republic is incompatible with the holding of any other elective public office, public function or any other civilian or military employment or professional activities.
Article 107: In the event of the death, resignation or permanent incapacity of the President of the Republic, the President shall be replaced in an acting capacity by the President of the Senate; in the absence of the President of the Senate, by the Speaker of the Chamber of Deputies and in the absence of both, the duties of the President shall be assumed in an acting capacity by the Prime Minister.
The acting President of the Republic referred to in this Article shall not make appointments to public office, call a referendum, initiate an amendment to the Constitution, excercise the prerogative of mercy or make a declaration of war.
In the event that the office of the President of the Republic becomes vacant before the expiry of the Presidentâs term, elections to replace him/her shall be organized within a period not exceeding ninety days (90).
In the case of the President of the Republic being out of the country, sick or temporarily unable to perform his/her duties, his/her duties shall be assumed by the Prime Minister.
Article 108: Promulgation of laws (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall promulgate laws within thirty (30) days after he/she receives them.
nouvelles élections.
Article 106: Les fonctions de PrĂ©sident de la RĂ©publique sont incompatibles avec lâexercice de tout autre mandat Ă©lectif, de tout emploi public, civil ou militaire et de toute autre activitĂ© professionnelle.
Article 107: En cas de vacance de la PrĂ©sidence de la RĂ©publique par dĂ©cĂšs, dĂ©mission ou empĂȘchement dĂ©finitif, lâintĂ©rim des fonctions du PrĂ©sident de la RĂ©publique est exercĂ© par le PrĂ©sident du SĂ©nat et en cas dâempĂȘchement, par le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s ; lorsque les deux derniers ne sont pas disponibles, lâintĂ©rim de la PrĂ©sidence de la RĂ©publique est assurĂ© par le Premier Ministre.
Toutefois, la personne qui exerce les fonctions du Président de la République aux termes du présent article ne peut pas procéder à des nominations, initier un référendum ou la révision de la Constitution, exercer le droit de grùce ou déclarer la guerre.
En cas de vacance de poste du PrĂ©sident de la RĂ©publique avant lâĂ©chĂ©ance du mandat, les Ă©lections doivent ĂȘtre organisĂ©es dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas quatre-vingt dix jours (90).
En cas d'absence du territoire, de maladie ou dâempĂȘchement provisoire, lâintĂ©rim des fonctions du PrĂ©sident de la RĂ©publique est assurĂ© par le Premier Ministre.
Article 108: Promulgation de lois (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Président de la République promulgue les lois dans les trente (30) jours qui suivent la date à laquelle il les a reçues.
mategeko yamugerejweho.
Icyakora, mbere yo kuyashyiraho umukono, Perezida wa Repubulika ashobora gusaba Inteko Ishinga Amategeko kuyasubiramo.
Muri icyo gihe, iyo Inteko Ishinga Amategeko yongeye gutora itegeko ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) ku byerekeye amategeko asanzwe cyangwa bwa bitatu bya kane (3/4) ku byerekeye amategeko ngenga, Perezida wa Repubulika agomba kurishyiraho umukono mu gihe cyavuzwe mu gika cya mbere cyâiyi ngingo.
Minisitiri wâIntebe ashyira umukono wâingereka ku mategeko yemejwe nâInteko Ishinga Amategeko nâamategeko-teka ashyirwaho umukono na Perezida wa Repubulika. Ingingo ya 109: Abisabwe na Guverinoma kandi amaze guhabwa inama nâUrukiko rwâIkirenga, Perezida wa Repubulika ashobora gukoresha referendumu ku bibazo birebana nâinyungu rusange zâIgihugu, ku mushinga wâitegeko risanzwe, ku mushinga wâitegeko ngenga, cyangwa ku mushinga wo gushyira umukono ku masezerano mpuzamahanga atanyuranyije nâItegeko Nshinga ariko afite ingaruka ku mikorere yâinzego za Leta.
Iyo uwo mushinga wemejwe nâitora rya referendumu, Perezida wa Repubulika awushyiraho umukono mu gihe kitarenze iminsi umunani (8) uhereye igihe hatangajwe ibyavuye muri iryo tora.
Ingingo ya 110: Ububasha bwa Perezida wa Repubulika mu byerekeranye nâintambara (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ni Umugaba wâIkirenga wâIngabo zâu Rwanda.
Perezida wa Repubulika atangiza intambara.
- 47 Â
However, before the promulgation of Toutefois, avant leur promulgation, laws, the President of the Republic le Président de la République peut may request the Parliament to demander au Parlement de procéder reconsider them. à une deuxiÚme lecture.
In such a case, should the Parliament Dans ce cas, si le Parlement vote la adopt the law by a majority of two mĂȘme loi Ă la majoritĂ© des deux tiers thirds (2/3) in the case of ordinary (2/3) pour les lois ordinaires et des Laws and by a majority of three- trois quarts (3/4) pour les lois quarters (3/4) in the case of the organiques, le PrĂ©sident de la Organic Laws, the President of the RĂ©publique doit la promulguer dans Republic shall promulgate the Law le dĂ©lai prĂ©vu Ă lâalinĂ©a premier du within the period referred to in prĂ©sent article. paragraph one of this Article.
The Prime Minister shall countersign Le Premier Ministre contresigne les the Laws adopted by the Parliament lois adoptées par le Parlement et les and the Decree-laws promulgated by décrets-lois promulgués par le the President of the Republic. Président de la République.
Article 109: Article 109: Upon the proposal of the Cabinet Le PrĂ©sident de la RĂ©publique peut, and after receiving an advisory sur proposition du Gouvernement et opinion of the Supreme Court, the aprĂšs avis de la Cour SuprĂȘme, President of the Republic may call a soumettre au rĂ©fĂ©rendum toute referendum on issues of general question dâintĂ©rĂȘt national ou tout national interest, on a bill of an projet de loi ordinaire ou organique ordinary Law, on a bill of an Organic ainsi que tout projet de la loi portant Law or Decree relating to the ratification dâun traitĂ© qui, sans ĂȘtre signature of an international treaty or contraire Ă la Constitution, aurait des agreement which is not inconsistent incidences sur le fonctionnement des with the Constitution but has institutions de l'Etat. repercussions on functioning of state institutions.
Should the referendum adopt the Lorsque le projet a été adopté par proposal, the President of the référendum, le Président de la Republic shall promulgate it within République promulgue la loi dans un a period of eight (8) days as from the délai de huit (8) jours à compter de time of proclamation of the results of la proclamation des résultats. the referendum.
Article 110: Powers of the Article 110: Pouvoirs du PrĂ©sident President of the Republic in de la RĂ©publique en matiĂšre de matters concerning war guerre (Amendment nË 04 of 17/06/2010) (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
The President of the Republic is the Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le Commander-in-Chief of the Rwanda Commandant SuprĂȘme des Forces Defence Forces. Rwandaises de DĂ©fense.
The President of the Republic shall Le Président de la République declare war. déclare la guerre.
- 48 -
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku masezerano yo guhagarika no kurangiza intambara.
Perezida wa Repubulika atangaza ibihe byâamage nâibihe byâimidugararo mu buryo buteganywa nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Ingingo ya 111: Perezida wa Repubulika afite ububasha bwo gutanga imbabazi mu buryo buteganywa nâamategeko kandi amaze kubigishamo inama Urukiko rw'Ikirenga.
Afite ububasha bwo gushyiraho ifaranga ryâIgihugu mu buryo buteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 112: Ishyirwa ryâumukono ku mateka ya Perezida (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mateka ya Perezida yemejwe mu Nama yâAbaminisitiri, ayo mateka agashyirwaho umukono na none na Minisitiri wâIntebe.
Ingingo ya 113: Amateka Perezida wa Repubulika ashyiraho umukono (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mateka ya Perezida yemejwe nâInama yâAbaminisitiri yerekeye :
1° gutanga imbabazi ku baciriwe imanza burundu nâurukiko;
2° gushyiraho ifaranga ryâIgihugu ;
3° gutanga imidari nâimpeta byâishimwe;
4° gushyira mu bikorwa amategeko iyo biri mu nshingano ze;
The President of the Republic shall sign both armistice and peace agreements.
The President of the Republic shall declare state of siege and state of emergency in accordance with the provisions of the Constitution and other Laws.
Article 111: The President of the Republic shall have authority to exercise the prerogative of mercy in accordance with the procedure determined by Law and after consulting the Supreme Court on the matter.
He/she shall have authority of issuing national currency in accordance with procedures determined by the Law.
Article 112: Signing Presidential Orders (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall sign Presidential Orders approved by the Cabinet. Such Orders shall be countersigned by the Prime Minister.
Article 113: Orders signed by the President of the Republic (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall sign Presidential Orders approved by Cabinet regarding:
1° the grant of mercy;
2° the issue of national currency;
3° the award of national orders and decoration of honour;
4° the implementation of Laws when it is his/her responsibility;
Le Président de la République signe l'armistice et les accords de paix.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique dĂ©clare lâĂ©tat de siĂšge et lâĂ©tat dâurgence dans les conditions fixĂ©es par la Constitution et dâautres lois.
Article 111: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique exerce le droit de grĂące dans les conditions dĂ©finies par la loi et aprĂšs avis de la Cour SuprĂȘme.
Il a le droit dâĂ©mettre la monnaie nationale dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
Article 112: Signature des arrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique signe les arrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels adoptĂ©s en Conseil des Ministres. Ces arrĂȘtĂ©s sont contresignĂ©s par le Premier Ministre.
Article 113: ArrĂȘtĂ©s signĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique signe les arrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels approuvĂ©s en Conseil des Ministres concernant :
1° le droit de grùce;
2° émission de la monnaie nationale;
3° les décorations dans les Ordres Nationaux et décorations honorifiques ;
4° lâexĂ©cution des lois lorsquâil en est chargĂ© ;
- 49 Â
5° gushyiraho no kugena inshingano byâinzego zâimirimo za Perezidansi ya Repubulika, iza Sena, izâUmutwe wâAbadepite nâizâUrukiko rwâIkirenga;
5° establishment and determination of responsibilities of organs of the Office of the President, the Senate, the Chamber of Deputies as well as of the Supreme Court;
5° la crĂ©ation et la dĂ©termination des attributions des services de la PrĂ©sidence de la RĂ©publique, du SĂ©nat, de la Chambre des DĂ©putĂ©s ainsi que ceux de la Cour SuprĂȘme ;
6° gushyira mu rwego rwâaba Ofisiye abasirikare, abapolisi nâabacungagereza barangije amahugurwa yâibanze abagira aba Ofisiye;
6° promotion to the rank of officers, army officers, police officers and prison wardens who have completed their basic course which promotes them to the rank of officers;
6° la promotion au grade dâofficiers, des militaires, policiers et gardiens des prisons qui terminent la formation de base qui les promeut au grade dâofficiers ;
7° kuzamura mu ntera gushyira mu myanya :
no 7° promotion and appointment of the following officers:
7° la promotion nomination:
et la
a) aba Ofisiye b'Ingabo zâu Rwanda bari ku rwego rwa jenerali;
a) officers of the Rwanda Defence Forces with the rank of General;
a) des officiers généraux des Forces Rwandaises de Défense;
b) aba Ofisiye bakuru b'Ingabo z'u Rwanda;
b) senior officers of the Rwanda Defence Forces;
b) des officiers supérieurs des Forces Rwandaises de Défense;
c) aba Ofisiye bato bâingabo z'u Rwanda;
c) junior officers of the Rwanda Defence Forces;
c) des officiers subalternes des Forces Rwandaises de Défense;
d) aba Komiseri ba Polisi y'u Rwanda;
d) commissioners of the Rwanda National Police;
d) des commissaires de Police Nationale Rwanda;
la du
e) aba Ofisiye bakuru ba Polisi y'u Rwanda.
e) senior officers of the Rwanda National Police;
e) des officiers Supérieurs de la Police Nationale du Rwanda.
f) aba Ofisiye bato Polisi yâu Rwanda;
ba f) junior officers of the Rwanda National Police;
f) des officiers subalternes de la Police Nationale du Rwanda ;
g) aba Ofisiye bakuru bâUrwego rwâIgihugu rushinzwe imicungire ya za Gereza.
g) senior officers of the National Prison Service.
g) les officiers supérieurs du Service National des Prisons.
Abandi basirikare, abapolisi nâabacungagereza bashyirwaho bakanazamurwa mu ntera hakurikijwe amategeko abagenga.
Other military and police officers as well as the prison wardens shall be appointed and promoted in accordance with Laws governing them.
Les autres militaires, policiers et autres agents du Service National des Prisons sont nommés et promus conformément aux lois qui les régissent.
8° gushyira no kuvana ku 8° appointment and removal 8° la nomination et la
- 50 Â
mirimo abacamanza nâabashinjacyaha bakurikira :
from office of the following judges and prosecutors:
révocation des juges et des procureurs suivants:
a) Perezida, Visi Perezida nâabacamanza b'Urukiko rw'Ikirenga ;
a) the President, Vice President and judges of the Supreme Court;
a) le PrĂ©sident, le Vice- PrĂ©sident et les juges de la Cour SuprĂȘme;
b)
c)
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru nâabâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi ; Umushinjacyaha Mukuru n'Umushinjacyaha Mukuru Wungirije.
b)
c)
the President and the Vice President of the High Court and the Commercial High Court;
the Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General.
b)
c)
le Président et le Vice- Président de la Haute Cour et ceux de la Haute Cour de Commerce ;
le Procureur Général et le Procureur Général Adjoint.
9° gushyiraho no kuvanaho abayobozi bakurikira:
9° appointment and removal of the following officials:
9° la nomination et la révocation des autorités suivantes :
a) Umuyobozi w'Ibiro bya Perezida wa Repubulika;
a) the Director of Cabinet in the Office of the President of the Republic;
a) le Directeur de Cabinet du Président de la République ;
b) Abaguverineri bâIntara; b) Governors of Provinces ; b) les gouverneurs de Provinces;
c) Abakomiseri ba za Komisiyo zâIgihugu, abakuru nâababungirije bâinzego zihariye za Leta nâabâibigo bya Leta ndetse nâibishamikiye kuri Leta bifite ubuzima gatozi;
c) Commissioners of National Commissions, heads and their deputies of Government specialized organs, public institutions and parastatal organisations which have legal personality;
c) les commissaires des Commissions Nationales, les responsables et leurs adjoints des Organes spĂ©cialisĂ©s de lâEtat et des Etablissements publics et para-Ă©tatiques dotĂ©s de la personnalitĂ© juridique ;
d) Abayobozi nâAbayobozi bungirije ba za Kaminuza za Leta nâabâibigo byâamashuri makuru ya Leta;
d) Rectors and Vice Rectors of Public Universities and institutions of higher learning;
d) les recteurs et vice-recteurs des UniversitĂ©s et des institutions publiques dâenseignement supĂ©rieur;
e) Umunyamabanga wihariye wa Perezida wa Repubulika;
e) the Principal Private Secretary to the President of the Republic;
e) le secrétaire Particulier du Président de la République ;
f) Abajyanama muri Perezidansi ya Repubulika ;
f) Advisors in the Office of the President;
f) les conseillers à la Présidence de la République ;
g) Abahagarariye u Rwanda mu bihugu by'amahanga no mu miryango mpuzamahanga;
g) Ambassadors and permanent representatives of Rwanda to international organisations;
g) les ambassadeurs et les représentants permanents auprÚs des pays étrangers et des organisations internationales ;
h) Abayobozi bâimirimo muri Perezidansi ya Repubulika;
h) Heads of services in the Office of the President;
h) les chefs de service à la Présidence de la
i) Abanyamabanga Bakuru mu Nteko Ishinga Amategeko nâababungirije, Umunyamabanga Mukuru mu Rukiko rwâIkirenga, Umunyamabanga Mukuru mu Bushinjyacyaha Bukuru, Abanyamabanga Bahoraho muri za Minisiteri nâAbanyamabanga Bakuru bâizindi nzego za Leta;
j) abandi bayobozi bâinzego za Leta bagenwa nâitegeko;
10° Abagize Inama yâUbuyobozi mu bigo bya Leta nâabahagarariye Leta mu bigo ifitemo imigabane.
Ingingo ya 114 : Perezida wa Repubulika ahagararira u Rwanda mu mibanire yarwo nâamahanga; ashobora kandi kugena umuhagararira.
Perezida wa Repubulika aha ububasha abahagararira u Rwanda mu bihugu byâamahanga nâintumwa zidasanzwe muri ibyo bihugu.
Abaje guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda nâintumwa zidasanzwe zâamahanga zimushyikiriza inyandiko zibibahera uburenganzira.
Ingingo ya 115 : Ibigenerwa Perezida wa Repubulika (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Itegeko ngenga riteganya ibigenerwa Perezida wa Repubulika rikanagena ibihabwa Abakuru bâIgihugu bacyuye igihe.
Icyakora, iyo Perezida wa Repubulika yakatiwe igihano nâinkiko kubera kugambanira igihugu cyangwa kwica bikomeye kandi nkana Itegeko Nshinga, ntashobora guhabwa ibigenerwa abacyuye igihe.
- 51 Â
i) Clerks in Parliament and their deputies, Secretary General in Supreme Court, Secretary General in National Public Prosecution Authority, Permanent Secretaries in Ministries and Secretaries General in other public institutions;
j) other Heads of public institutions as the law may determine;
10° members of the Boards of Directors of Public enterprises and Parastatal organizations.
Article 114: The President of the Republic shall represent the State of Rwanda in its relations with foreign countries and may appoint persons to represent him/her.
The President of the Republic shall accredit Ambassadors and Special Envoys to foreign states.
Ambassadors accredited to Rwanda and Special Envoys shall present their Credentials to the President of the Republic.
Article 115 : Benefits entitled to the President of the Republic (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
An Organic Law shall determine the benefits to which the President of the Republic and the former Heads of State are entitled.
However, a President convicted of high treason or grave and intentional breach of the Constitution shall not be entitled to benefits accorded to former Heads of State.
République ;
i) les secrĂ©taires gĂ©nĂ©raux du Parlement et leurs adjoints, le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral de la Cour SuprĂȘme, le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire, les secrĂ©taires permanents des ministĂšres et les secrĂ©taires gĂ©nĂ©raux dâautres institutions de lâEtat ;
j) les autres dirigeants des organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi ;
10° les membres du Conseil d'Administration dans les Ă©tablissements publics et les reprĂ©sentants de lâEtat dans les sociĂ©tĂ©s parastatales.
Article 114: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique reprĂ©sente lâEtat Rwandais dans ses rapports avec lâĂ©tranger et peut se faire reprĂ©senter.
Le Président de la République accrédite les ambassadeurs et les envoyés spéciaux auprÚs des pays étrangers.
Les Ambassadeurs et les envoyés extraordinaires étrangers sont accrédités auprÚs du Président de la Republique.
Article 115 : Avantages alloués au Président de la République (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Une loi organique fixe les avantages accordĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique ainsi que ceux accordĂ©s aux anciens Chefs dâEtat.
Toutefois, le PrĂ©sident de la RĂ©publique qui a Ă©tĂ© condamnĂ© pour haute trahison ou pour violation sĂ©rieuse et dĂ©libĂ©rĂ©e de la Constitution, nâaura droit Ă aucun avantage liĂ© Ă la cessation des fonctions.
- 52 -
Uwahoze ari Perezida wa Repubulika ntashobora gukurikiranwaho ibyaha bivugwa mu gika kibanziriza iki, igihe aba atarabikurikiranyweho akiri ku mirimo ye.
Icyiciro cya 2 : Ibyerekeye Guverinoma
Ingingo ya 116: Abagize Guverinoma nâishyirwaho ryabo (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Guverinoma igizwe na Minisitiri wâIntebe, Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bashobora kugenwa na Perezida wa Repubulika, bibaye ngombwa.
Minisitiri wâIntebe atoranywa, ashyirwaho kandi avanwaho na Perezida wa Repubulika.
Abandi bagize Guverinoma bashyirwaho bakanakurwaho na Perezida wa Repubulika ashyikirijwe amazina yabo na Minisitiri wâIntebe.
Abagize Guverinoma batoranywa mu mitwe ya politiki hakurikijwe imyanya yayo mu Mutwe wâAbadepite ariko bitabujije ko nâabafite ubushobozi batari mu mitwe ya politiki bashyirwa muri Guverinoma.
Icyakora, umutwe wa Politiki wabonye amajwi menshi mu matora yâAbadepite ntushobora kurenza mirongo itanu ku ijana (50%) byâabagize Guverinoma.
Ingingo ya 117: Ishyirwaho nâinshingano bya Guverinoma (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 kanama 2008) Minisitiri wâIntebe ashyirwaho bitarenze iminsi cumi nâitanu (15) nyuma yâirahira rya Perezida wa Repubulika. Abandi bagize Guverinoma bashyirwaho bitarenze
A former Head of State shall not be prosecuted for any of the preceding crimes when no proceedings in respect to such an offence were brought against him/her during his/her presidency.
Section 2: The Cabinet
Article 116: Composition of Cabinet and appointment of its members (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Cabinet shall comprise of the Prime Minister, Ministers, Ministers of State and other members who may be determined, if necessary, by the President of the Republic.
The Prime Minister shall be nominated, appointed and removed from office by the President of the Republic.
Other members of Cabinet shall be appointed and removed from office by the President of the Republic upon proposal by the Prime Minister.
Members of Cabinet shall be selected from political organizations on the basis of the seats those organizations have in the Chamber of Deputies without excluding the possibility of appointing to Cabinet other competent people who do not belong to political organizations.
However, a political organization holding the majority of seats in the Chamber of Deputies shall not exceed fifty per cent (50%) of all the members of the Cabinet.
Article 117: Appointment and responsibilities of the Cabinet (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The Prime Minister shall be appointed within a period not exceeding fifteen (15) days after the oath of the President of the Republic. Other Cabinet members shall be
Un ancien PrĂ©sident de la RĂ©publique ne peut faire lâobjet de poursuite pour les infractions prĂ©vues Ă lâalinĂ©a prĂ©cĂ©dent sâil ne lâa pas Ă©tĂ© en cours de fonction.
Section 2: Du Gouvernement
Article 116: Composition du Gouvernement et nomination de ses membres (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Gouvernement se compose du Premier Ministre, des ministres, des secrĂ©taires d'Etat et dâautres membres que le PrĂ©sident de la RĂ©publique peut dĂ©signer, en cas de nĂ©cessitĂ©.
Le Premier Ministre est choisi, nommé et démis de ses fonctions par le Président de la République.
Les autres membres du Gouvernement sont nommés et démis par le Président de la République sur proposition du Premier Ministre.
Les membres du Gouvernement sont choisis au sein des formations politiques en tenant compte de la rĂ©partition des siĂšges Ă la Chambre des DĂ©putĂ©s sans pour autant exclure la possibilitĂ© de choisir dâautres personnes compĂ©tentes qui ne sont pas membres des formations politiques.
Toutefois, la formation politique majoritaire à la Chambre des Députés ne peut pas avoir plus de cinquante pourcent (50%) de tous les membres du Gouvernement.
Article 117 : Mise en place et mission du Gouvernement (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Le Premier Ministre est nommé dans un délai ne dépassant pas les quinze (15) jours suivant la prestation de serment du Président de la République. Les autres membres du
- 53 Â
iminsi cumi nâitanu (15) nyuma yâishyirwaho rya Minisitiri wâIntebe.
Guverinoma ishyira mu bikorwa politiki yâIgihugu Perezida wa Repubulika yumvikanyeho nâInama yâAbaminisitiri.
Guverinoma ibazwa ibyo ikora na Perezida wa Repubulika n`Inteko Ishinga Amategeko. Uburyo Guverinoma ibazwamo ibyo ikora nâInteko Ishinga Amategeko buteganywa nâItegeko Nshinga.
Ingingo ya 118: Inshingano za Minisitiri wâIntebe (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Minisitiri wâIntebe:
1° ayobora imikorere ya Guverinoma akurikije imirongo mikuru yatanzwe na Perezida wa Repubulika, akanakurikirana iyubahirizwa ryâamategeko;
2° ategura gahunda ya Guverinoma abigiyeho inama nâabandi bagize Guverinoma;
3° ashyikiriza Inteko Ishinga Amategeko gahunda ya Guverinoma bitarenze iminsi mirongo itatu (30) uhereye igihe yatangiriye imirimo ye;
4° agena inshingano zâAbaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma;
5° ahamagaza Inama yâAbaminisitiri, ashyiraho urutonde rwâibyigwa agishije inama abandi bagize Guverinoma, akabishyikiriza Perezida wa Repubulika nâabandi bagize Guverinoma nibura iminsi itatu (3) mbere yâuko inama iba, usibye ibibazo byihutirwa bisuzumwa nâinama zidasanzwe;
appointed within fifteen (15) days after the appointment of the Prime Minister.
The Cabinet shall implement national policy agreed upon by the President of the Republic and the Cabinet.
The Cabinet shall be answerable to the President of the Republic and Parliament. Modalities for exercising the oversight of the Government by the Parliament shall be provided for by the Constitution.
Article 118: Responsibilities of the Prime Minister (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Prime Minister shall:
1° head the operation of Cabinet in accordance with broad guidelines given by the President of the Republic and shall ensure the implementation of Laws ;
2° formulate Government programmes in consultation with other Cabinet members;
3° present to the Parliament Government programmes within a period of thirty (30) days after assuming office;
4° assign duties to Ministers, Ministers of State and other Cabinet members ;
5° convene Cabinet meetings, draw up the agenda of the Cabinet in consultation with other members of the Cabinet and shall communicate it to the President of the Republic and other members of the Cabinet at least three (3) days before the meeting, except in matters of urgency which shall be considered by extraordinary meetings of the Cabinet;
Gouvernement sont nommés dans un délai ne dépassant pas les quinze (15) jours suivant la nomination du Premier Ministre.
Le Gouvernement exĂ©cute la politique nationale arrĂȘtĂ©e de commun accord par le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Conseil des Ministres.
Le Gouvernement est responsable devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Parlement. Les modalitĂ©s de contrĂŽle de lâaction gouvernementale par le Parlement sont dĂ©terminĂ©es par la Constitution.
Article 118: Attributions du Premier Ministre (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Premier Ministre:
1° dirige lâaction du Gouvernement suivant les grandes orientations dĂ©finies par le PrĂ©sident de la RĂ©publique et assure le suivi de lâexĂ©cution des lois;
2° élabore le programme du Gouvernement en concertation avec les autres membres du Gouvernement;
3° présente au Parlement le programme du Gouvernement dans les trente (30) jours de son entrée en fonction;
4° fixe les attributions des ministres, secrĂ©taires dâEtat et autres membres du Gouvernement ;
5° convoque le Conseil des ministres, Ă©tablit son ordre du jour en consultation avec les autres membres du Gouvernement et le communique au PrĂ©sident de la RĂ©publique et aux autres membres du Gouvernement au moins trois jours (3) avant la tenue du Conseil, sauf les cas dâurgence dĂ©volus aux Conseils extraordinaires;
- 54 Â
6° ayobora Inama yâAbaminisitiri; icyakora, iyo Perezida wa Repubulika yayijemo ni we uyiyobora;
7° ashyira umukono ku mateka ashyiraho akanagenga imitunganyirize nâinshingano byâinzego za Leta ziri mu nshingano ze;
8° ashyira umukono ku mateka yerekeye ishyirwa ku mirimo nâivanwaho ryâabakozi bakuru bakurikira:
a) Umuyobozi wâIbiro bya Minisitiri wâIntebe;
b) Abanyamabanga Nshingwabikorwa ba za Komisiyo zâIgihugu ;
c) Abajyanama n'Abakuru b'imirimo mu Biro bya Minisitiri wâIntebe;
d) abandi bakozi bakuru mu bigo bya Leta igihe ntaho biteganyijwe ukundi ;
e) Abayobozi Bakuru nâAbayobozi mu Nteko Ishinga Amategeko, mu Rukiko rwâIkirenga, muri Serivisi za Minisitiri wâIntebe, mu Bushinjacyaha Bukuru, muri Minisiteri no mu zindi nzego za Leta;
f) Abashinjacyaha bo ku rwego rwâIgihugu, Abashinjacyaha bo ku rwego rwisumbuye nâAbashinjacyaha bo ku rwego rwâibanze;
g) Abakozi bashyirwaho mu rwego rumwe nâabavuzwe muri iyi ngingo kimwe nâabandi bayobozi bateganywa nâitegeko iyo bibaye ngombwa.
Abandi bakozi bashyirwaho
6° chair Cabinet meetings; however, when the President of the Republic is in attendance, he/she shall chair;
7° sign Orders establishing and determining the organisation and responsibilities of public services under his/her authority;
8° sign appointment and termination Orders for the following senior officers:
a) Director of Cabinet in the Office of the Prime Minister;
b) Executive Secretaries of National Commissions;
c) Advisors and Heads of Service in the Office of the Prime Minister;
d) Other Senior officers of Public Institutions where it is not provided otherwise;
e) Directors General and Directors within Parliament, Supreme Court, Office of the Prime Minister, National Public Prosecution Authority, Ministries and other public institutions ;
f) National Prosecutors, prosecutors at the intermediate level and prosecutors at the primary level;
g) Public servants appointed at a similar level as those specified in this Article and any others as the law may specify where necessary.
Other public servants shall be
6° préside le Conseil des Ministres ; toutefois, lorsque le Président de la République est présent, celui-ci en assure la présidence;
7° signe les arrĂȘtĂ©s portant crĂ©ation et dĂ©terminant lâorganisation et les attributions des services de lâEtat sous sa supĂ©rvision;
8° signe les arrĂȘtĂ©s de nomination et de cessation de fonction des hauts fonctionnaires suivants:
a) le Directeur de Cabinet du Premier Ministre;
b) les secrétaires exécutifs des Commissions Nationales ;
c) les conseillers et chefs de service dans les services du Premier Ministre;
d) les autres hauts cadres des Ă©tablissements publics sauf sâil en est disposĂ© autrement ;
e) les directeurs gĂ©nĂ©raux et directeurs au sein du Parlement, de la Cour SuprĂȘme, des services du Premier Ministre, de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire, des ministĂšres et autres institutions publiques ;
f) les procureurs nationaux, les officiers de poursuite judiciaire au niveau de grande instance et ceux dâinstance de base;
g) les fonctionnaires nommĂ©s Ă des fonctions de mĂȘme rang que ceux citĂ©s dans le prĂ©sent article et autres dirigeants dĂ©terminĂ©s par la loi si nĂ©cessaire.
Les autres fonctionnaires sont
- 55 Â
hakurikijwe amategeko yihariye.
Ingingo ya 119: Amateka ya Minisitiri wâIntebe ashyirwaho umukono wâingereka nâAbaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma bashinzwe kuyashyira mu bikorwa.
Ingingo ya 120: Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma bashyira mu bikorwa amategeko bakoresheje amateka igihe biri mu nshingano zabo.
Inama y'Abaminisitiri igendera ku ihame ry'uko abayigize bagomba gukorera hamwe.
Iteka rya Perezida rigena imikorere y'Inama y'Abaminisitiri, abayigize n'uburyo ibyemezo byayo bifatwa.
Ingingo ya 121: Ibyigwa nâInama yâAbaminisitiri (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâAbaminisitiri isuzuma:
1° imishinga yâamategeko nâiyâamategeko-teka;
2° imishinga yâamateka ya Perezida, aya Minisitiri wâIntebe, ayâAbaminisitiri, ayâAbanyamabanga ba Leta nâayâabandi bagize Guverinoma;
3° ibindi byose iherwa ububasha nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Iteka rya Perezida rigena Amateka y'Abaminisitiri, ayâAbanyamabanga ba Leta nâayâabandi bagize Guverinoma yemezwa atanyuze mu Nama y'Abaminisitiri.
appointed in accordance with specific Laws.
Article 119: Prime Ministerâs Orders shall be countersigned by the Ministers, Ministers of State and other members of the Cabinet responsible for their implementation.
Article 120: Ministers, Ministers of State and other members of Cabinet shall implement laws relating to matters for which they are responsible by way of orders.
The Cabinet shall function on the basis of collective responsibility.
A Presidential Order shall determine the Cabinetâs functioning, membership and procedures for making decisions.
Article 121: Items deliberated upon by the Cabinet (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Cabinet shall deliberate upon the following:
1° bills and draft decree-laws;
2° drafts of Presidential Orders, Prime Ministerâs Orders, Ministerial Orders, and Orders of Ministers of State and other members of Cabinet;
3° any other matters in respect of which the Constitution and other laws vest responsibility in the Cabinet.
A Presidential Order shall determine Ministerial Orders, Oders of Ministers of State and Orders of other members of Cabinet which shall be adopted without consideration by the Cabinet.
nommés conformément à des lois spécifiques.
Article 119: Les arrĂȘtĂ©s du Premier Ministre sont contresignĂ©s par les ministres, les secrĂ©taires dâEtat et autres membres du Gouvernement chargĂ©s de leur exĂ©cution.
Article 120: Les ministres, les secrĂ©taires d'Etat et les autres membres du Gouvernement exĂ©cutent, les lois par voie dâarrĂȘtĂ©s lorsquâils en sont chargĂ©s.
Le Conseil des Ministres fonctionne sur base du principe de la solidarité gouvernementale.
Un arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel dĂ©termine le fonctionnement, la composition et le mode de prise de dĂ©cision du Conseil des Ministres.
Article 121: Points examinĂ©s par le Conseil des Ministres (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil des Ministres délibÚre sur:
1° les projets de lois et de décrets-lois ;
2° les projets dâarrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels, du Premier Ministre, des ministres, des secrĂ©taires dâEtat et dâautres membres du Gouvernement ;
3° toutes autres questions de sa compĂ©tence en vertu de la Constitution et dâautres lois.
Un arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel dĂ©termine les arrĂȘtĂ©s ministĂ©riels, les arrĂȘtĂ©s des secrĂ©taires dâEtat et ceux des autres membres du Gouvernement qui ne sont pas soumis Ă lâadoption du Conseil des Ministres.
- 56 -
Ingingo ya 122: Ibigenerwa abagize Guverinoma nâibitabangikanwa nâimirimo yabo (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Imirimo yâabagize Guverinoma ntibangikana no kuba mu bagize Inteko Ishinga Amategeko cyangwa gukora undi murimo uhemberwa.
Indi mirimo itabangikanywa no kuba mu bagize Guverinoma igenwa nâitegeko ngenga ryerekeye imyitwarire yâabayobozi.
Itegeko ngenga rigena ibigenerwa abagize Guverinoma.
Ingingo ya 123 : Mbere yo gutangira imirimo, Minisitiri wâIntebe, Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, Inteko Ishinga Amategeko nâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 124 : Iyo Minisitiri wâIntebe yeguye cyangwa avuyeho ku mpamvu iyo ari yo yose, bituma nâabandi bagize Guverinoma begura.
Perezida wa Repubulika yakira ukwegura kwa Guverinoma iyo Minisitiri wâIntebe akumushyikirije.
Muri icyo gihe Guverinoma ikora gusa imirimo ya buri munsi kugeza igihe hashyiriweho indi Guverinoma.
Ingingo ya 125 : Buri Minisitiri, buri Munyamabanga wa Leta cyangwa undi wese mu bagize Guverinoma ashobora kwegura ku bushake bwe abikoze mu nyandiko. Inyandiko yo kwegura ishyikirizwa Perezida wa Repubulika binyujijwe kuri Minisitiri wâIntebe.
Uko kwegura kwemerwa iyo mu
Article 122: Benefits for members of the Cabinet and incompatibilities with their office (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The office of members of Cabinet is incompatible with membership of Parliament or any other remunerated activity.
Other incompatibilities with being a member of Cabinet shall be determined by the Organic Law on leadership code of conduct.
An Organic Law shall determine benefits to which members of the Cabinet are entitled.
Article 123: Before assuming office, the Prime Minister, Ministers, Ministers of State and other members of Cabinet shall take oath before the President of the Republic, Parliament and the Supreme Court.
Article 124: The resignation or vacation of the office of the Prime Minister on account of any reason shall lead to resignation of other members of the Cabinet.
The President of the Republic shall receive the resignation of the Cabinet when it is submitted by the Prime Minister.
During such period, the Cabinet shall only deal with routine business until a new Cabinet is appointed.
Article 125: Each Minister, Minister of State or other member of the Cabinet may individually tender in his/her resignation to the President of the Republic through the Prime Minister.
The resignation shall become
Article 122: Avantages dĂ©volus aux membres du Gouvernement et incompatibilitĂ©s de leurs fonctions (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les fonctions de membre du Gouvernement sont incompatibles avec lâexercice dâun mandat parlementaire ou d'une autre activitĂ© rĂ©munĂ©rĂ©e.
Les autres incompatibilités avec les fonctions de membre du Gouvernement sont déterminées par la loi organique régissant le code de conduite des autorités.
Une loi organique fixe les avantages alloués aux membres du Gouvernement.
Article 123: Avant dâentrer en fonction, le Premier Ministre, les ministres, les secrĂ©taires dâEtat et les autres membres du Gouvernement prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique et en prĂ©sence du Parlement et de la Cour SuprĂȘme.
Article 124: La dĂ©mission ou la cessation de fonctions du Premier Ministre entraĂźne la dĂ©mission de lâensemble des membres du Gouvernement.
Le Président de la République prend acte de la démission du Gouvernement lui présentée par le Premier Ministre.
Dans ce cas, le Gouvernement assure seulement lâexpĂ©dition des affaires courantes jusquâĂ la formation dâun nouveau Gouvernement.
Article 125: Chaque ministre, secrĂ©taire d'Etat ou autre membre du Gouvernement peut, Ă titre personnel, prĂ©senter sa dĂ©mission au PrĂ©sident de la RĂ©publique par lâintermĂ©diaire du Premier Ministre.
Cette dĂ©mission nâest dĂ©finitive que
- 57 Â
gihe cyâiminsi itanu (5) nyirâubwite atisubiyeho kandi na Perezida wa Repubulika akamwemerera.
Icyiciro cya 3 : Ibyerekeye Ubuyobozi bwâibikorwa bya Leta
Ingingo ya 126 : Abakozi ba Leta bahabwa akazi, bashyirwa mu myanya, bazamurwa mu ntera hakurikijwe ihame ryâuko abenegihugu bose bangana, nta kugendera ku marangamutima, nta kubogama kandi binyuze mu mucyo hashingiwe ku bushobozi nâubudakemwa bwâabasaba akazi bâinyangamugayo bâibitsina byombi.
Leta yishingira ukutabogama kwâabayobozi bâibikorwa bya Leta, ukwâIngabo zâu Rwanda, ukwâabapolisi bâu Rwanda nâuko Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâ Umutekano. Bose bagomba buri gihe kutagira aho babogamira no gukorera abaturage nta vangura.
UMUTWE WA IV : IBYEREKEYE IMIKORANIRE YâUBUTEGETSI SHINGAMATEGEKO NâUBUTEGETSI NYUBAHIRIZATEGEKO
Ingingo ya 127 : Perezida wa Repubulika na Minisitiri wâIntebe bagomba kumenyeshwa ibiri ku murongo wâibyigwa mu nama za buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko nâiza Komisiyo zawo.
Minisitiri wâIntebe nâabandi bagize Guverinoma bashobora kujya mu nama za buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko iyo babishatse. Bahabwa ijambo buri gihe iyo barisabye.
Iyo bibaye ngombwa bashobora guherekezwa nâimpuguke bihitiyemo.
Izo mpuguke zishobora gufata ijambo mu nama za Komisiyo Zihoraho gusa.
effective if, within a period of five (5) days, it is not withdrawn by the member of Cabinet concerned and the President of the Republic has consented to it.
Section 3: Public Administration
Article 126: Public servants shall be recruited, posted and promoted in conformity with the principle of equality of citizens, through an objective, impartial and transparent system on the basis of the competence, merit and integrity of applicants of both sexe.
The State shall guarantee the impartiality of the leadership of government departments, the Rwanda Defence Forces, the Rwanda National Police and the National Intelligence and Security Service. They shall all, at all times, ensure impartiality and serve all citizens without discrimination.
CHAPTER IV: RELATIONSHIP BETWEEN THE LEGISLATURE AND EXECUTIVE
Article 127: The President of the Republic and the Prime Minister shall be informed of the agenda of the sessions of each Chamber of Parliament and of its Committees.
The Prime Minister and other members of the Cabinet may attend the sessions of each Chamber of Parliament if they so wish. They take the floor whenever they request to do so.
They may, if need be, be accompanied by technical advisers of their choice.
Such technical advisers may only take part in deliberations in Standing Committees.
si, dans un dĂ©lai de cinq (5) jours, elle nâest pas retirĂ©e par lâintĂ©ressĂ© et que le PrĂ©sident de la RĂ©publique marque son accord.
Section 3: De lâAdministration Publique
Article 126: Les agents de lâEtat sont recrutĂ©s, affectĂ©s et promus conformĂ©ment au principe dâĂ©galitĂ© des citoyens, suivant un systĂšme objectif, impartial et transparent basĂ© sur la compĂ©tence et les capacitĂ©s des candidats intĂšgres des deux sexes.
LâEtat garantit la neutralitĂ© de lâadministration, des Forces Rwandaises de DĂ©fense, de la Police Nationale du Rwanda et du Service National de Renseignements et de SĂ©curitĂ© qui doivent, en toutes circonstances, garder lâimpartialitĂ© et ĂȘtre au service de tous les citoyens.
CHAPITRE IV: DES RAPPORTS ENTRE LE POUVOIR LEGISLATIF ET LE POUVOIR EXECUTIF
Article 127: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Premier Ministre doivent ĂȘtre informĂ©s de lâordre du jour des sĂ©ances de chaque Chambre du Parlement et de ses Commissions.
Le Premier Ministre et les autres membres du Gouvernement peuvent, sâils le dĂ©sirent, assister aux sĂ©ances de chaque Chambre du Parlement. Ils y prennent la parole chaque fois quâils en expriment le dĂ©sir.
Ils peuvent, le cas échéant, se faire accompagner des techniciens de leur choix.
Ces techniciens peuvent prendre la parole seulement dans les Commissions permanentes.
- 58 -
Ingingo ya 128: Uburyo Umutwe wâAbadepite umenya ukanagenzura ibikorwa bya Guverinoma ni ubu bukurikira :
1° kubaza mu magambo ;
2° kubaza mu nyandiko ;
3° kubaza muri Komisiyo ;
4° gushyiraho Komisiyo yâigenzura ;
5° kubarizwa mu ruhame rwâInteko.
Itegeko ngenga rigena ibigomba gukurikizwa mu kumenya no kugenzura ibikorwa bya Guverinoma.
Ingingo ya 129: Mu rwego rwo kumenya no kugenzura imikorere ya Guverinoma, abagize Sena bashobora kubaza Minisitiri wâIntebe mu magambo cyangwa mu nyandiko agasubiza ubwe, iyo ari ibibazo byerekeye Guverinoma yose cyangwa minisiteri nyinshi icyarimwe, cyangwa agasubirizwa nâAbaminisitiri ba za minisiteri bireba.
Sena ishobora na none gushyiraho za komisiyo zishinzwe kugenzura ibikorwa bya Guverinoma.
Icyakora, ntishobora kubariza mu ruhame abagize Guverinoma cyangwa ngo itangize ibyerekeye kubavanaho icyizere.
Ingingo ya 130: Umutwe wâAbadepite ushobora gukemanga imikorere ya Guverinoma, iyâumwe cyangwa benshi mu bagize Guverinoma ukoresheje itora ryâicyemezo cyo kubavanaho icyizere.
Article 128: The Chamber of Deputies shall employ the following methods to obtain information and oversight of activities government:
exercise of the
1° oral questions;
2° written questions;
3° hearings before Committees;
4° Commissions of inquiry;
5° interpellation.
An Organic Law shall determine the procedures by which Parliament obtains information and exercises oversight of government action.
Article 129: In the context of obtaining information and exercising oversight of government action, members of the Senate may address oral or written questions to the Prime Minister to which he/she shall either respond in person if the questions relate to the government as a whole or to many Ministries collectively or through the Ministers responsible for the matters in question.
The Senate may, in addition, set up commissions for oversight of government action.
However, it shall not conduct interpellation or initiate a motion of no confidence.
Article 130: The Chamber of Deputies may put the performance of Cabinet or of one or several members into question through a vote of no confidence.
Article 128: Les moyens dâinformation et de contrĂŽle de la Chambre des DĂ©putĂ©s Ă lâĂ©gard de lâaction gouvernementale sont :
1° la question orale;
2° la question écrite;
3° lâaudition en Commission;
4° la Commission dâenquĂȘte;
5° lâinterpellation.
Une loi organique fixe les conditions et les procĂ©dures relatives aux moyens dâinformation et de contrĂŽle de l'action gouvernementale.
Article 129: Dans le cadre de la procĂ©dure dâinformation et de contrĂŽle de l'action gouvernementale, les membres du SĂ©nat peuvent adresser au Premier Ministre des questions orales ou des questions Ă©crites auxquelles il rĂ©pond soit lui-mĂȘme, sâil sâagit de questions concernant lâensemble du Gouvernement ou plusieurs ministĂšres Ă la fois, soit par lâintermĂ©diaire des Ministres concernĂ©s sâil sâagit de questions concernant leurs dĂ©partements ministĂ©riels.
Le SĂ©nat peut Ă©galement constituer des commissions pour le contrĂŽle de lâaction gouvernementale.
Toutefois, il ne peut procĂ©der Ă lâinterpellation ni initier la procĂ©dure de censure.
Article 130: La Chambre des DĂ©putĂ©s peut mettre en cause la responsabilitĂ© du Gouvernement ou celle dâun ou plusieurs membres du Gouvernement par le vote dâune motion de censure.
- 59 -
Icyifuzo cyo gukuraho icyizere cyakirwa gusa nyuma yo kubarizwa mu ruhame rwâInteko kandi kigashyirwaho umukono nibura na kimwe cya gatanu (1/5) cyâabagize Umutwe wâAbadepite iyo bireba umwe mu bagize Guverinoma, cyangwa kimwe cya gatatu (1/3) nibura iyo bireba Guverinoma yose.
Icyemezo cyo kuvanaho icyizere ntigishobora gutorwa hadashize nibura amasaha mirongo ine nâumunani (48) kuva itora ryâicyo cyemezo risabwe, cyemezwa gusa kandi nâitora ribereye mu ibanga ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize Umutwe wâAbadepite.
Isoza ryâibihembwe bisanzwe cyangwa bidasanzwe rigomba gusubikwa kugira ngo hakorwe ibiteganywa nâiyi ngingo.
Ingingo ya 131: Umwe mu bagize Guverinoma wakuweho icyizere agomba gushyikiriza Perezida wa Repubulika ukwegura kwe abinyujije kuri Minisitiri wâIntebe.
Iyo ari Guverinoma yose yakuweho icyizere, Minisitiri wâIntebe ashyikiriza Perezida wa Repubulika ukwegura kwa Guverinoma.
Iyo gukurwaho icyizere bidatowe, abashyize umukono ku nyandiko ibisaba ntibemerewe kongera kubisaba muri icyo gihembwe.
Ingingo ya 132: Bimaze kwemezwa nâInama yâAbaminisitiri, Minisitiri wâIntebe ashobora gusaba abagize Umutwe wâAbadepite kumugaragariza icyizere haba mu kwemeza gahunda yâibikorwa bya Guverinoma cyangwa mu gutora umushinga wâitegeko.
Impaka ku kibazo cyo kugaragaza
A motion of no confidence shall only be accepted after interpellation and only on condition that the motion is signed by at least a fifth (1/5) of the members of the Chamber of Deputies in the case of a vote of no confidence against one member of the Cabinet, or by at least a third (1/3) of the members of the Chamber of Deputies if it concerns the entire Cabinet.
A motion of no confidence shall not be voted upon prior to the expiry of at least forty-eight (48) hours after its introduction and shall be adopted through a secret ballot by a majority of at least two-thirds (2/3) of the members of the Chamber of Deputies.
The conclusion of ordinary or extraordinary sessions shall be postponed to ensure the application of the provisions of this Article.
Article 131: A member of the Cabinet against whom a vote of no confidence is passed shall tender his/her resignation to the President of the Republic through the Prime Minister.
When the vote of no confidence is passed against the Government, the Prime Minister shall tender the resignation of the Government to the President of the Republic.
Where a motion of no confidence is rejected, signatories to the motion shall not introduce another motion for a vote of no confidence during the same session.
Article 132: The Prime Minister may, upon the proposal by the Cabinet, request the Chamber of Deputies to pass a motion on a vote of confidence either in respect of the Government programme or adoption of a bill.
The debate on the request for a vote
Une motion de censure nâest recevable quâaprĂšs une interpellation et que si elle est signĂ©e par un cinquiĂšme (1/5) au moins des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s pour le cas dâun membre du Gouvernement ou par un tiers (1/5) au moins sâil sâagit de tout le Gouvernement.
Le vote ne peut avoir lieu que quarante huit (48) heures au moins aprĂšs le dĂ©pĂŽt de la motion, et celle ci ne peut ĂȘtre adoptĂ©e quâau scrutin secret et Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s.
La clĂŽture des sessions ordinaires ou extraordinaires est de droit retardĂ©e pour permettre lâapplication des dispositions du prĂ©sent article.
Article 131: Un membre du Gouvernement contre lequel est adoptée une motion de censure est tenu de présenter sa démission au Président de la République par l'intermédiaire du Premier Ministre.
Lorsque la motion de censure est adoptée contre le Gouvernement, le Premier Ministre présente la démission du Gouvernement au Président de la République.
Si la motion de censure est rejetĂ©e, ses signataires ne peuvent en prĂ©senter une nouvelle au cours de la mĂȘme session.
Article 132: Le Premier Ministre peut, aprĂšs dĂ©libĂ©ration du Conseil des Ministres, engager la responsabilitĂ© du Gouvernement devant la Chambre des DĂ©putĂ©s en posant la question de confiance, soit sur lâapprobation du programme du Gouvernement, soit sur le vote dâun texte de loi.
Le débat sur la question de confiance
- 60 Â
icyizere ntizishobora kugibwa mbere yâiminsi itatu (3) yuzuye uhereye igihe icyo kibazo cyabagereyeho.
Kutagaragariza Minisitiri wâIntebe icyizere bikorwa gusa binyuze mu itora rikozwe mu ibanga kandi ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâAbagize Umutwe wâAbadepite.
Iyo minisitiri wâIntebe bamwimye icyizere, agomba gushyikiriza Perezida wa Repubulika ukwegura kwa Guverinoma mu gihe kitarenze amasaha makumyabiri nâane (24).
Ingingo ya 133: Iseswa ryâInteko Ishinga Amategeko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 kanama 2008) Bitabangamiye ibiteganywa mu ngingo ya 76 yâiri Tegeko Nshinga, Perezida wa Repubulika, amaze kugisha inama Minisitiri wâIntebe, ba Perezida bâImitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko na Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, ashobora gusesa Umutwe wâabadepite ku mpamvu zâibibazo bikomereye igihugu.
Itora ryâabadepite rikorwa mu minsi itarenze mirongo icyenda (90) ikurikira iryo seswa.
Perezida wa Repubulika ntashobora gusesa Umutwe wâabadepite inshuro zirenze imwe muri manda ye.
Sena ntishobora guseswa.
Ingingo ya 134: Kumenyesha Inteko Ishinga Amategeko ibikorwa bya Guverinoma (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Rimwe mu gihembwe cyâInteko Ishinga Amategeko, Minisitiri wâIntebe aza gusobanurira Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ibikorwa bya Guverinoma.
of confidence may not take place prior to the expiry of at least three (3) full days from the time the request was submitted.
A vote on the motion of confidence may only be rejected through a secret ballot by a majority of two- thirds (2/3) of the members to the Chamber of Deputies.
In the event that the Prime Minister loses a vote of confidence, he/she shall submit the resignation of the Governement to the President of the Republic, within twenty four (24) hours.
Article 133: Dissolution of Parliament (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Without prejudice to the provisions Article 76 of this Constitution, the President of the Republic after consultation with the Prime Minister, both Presidents of the Chambers of Parliament and the President of the Supreme Court, may dissolve the Chamber of Deputies if there are national interests at stake.
Elections of the Deputies shall take place within a period not exceeding ninety (90) days after dissolution.
The President of the Republic shall not dissolve the Chamber of Deputies more than once during his/her term of office.
The Senate shall not be dissolved.
Article 134: Informing the Parliament of Government activities (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Prime Minister shall, once in a session of the Parliament, inform both Chambers of Parliament in a joint session, of government activities.
ne peut avoir lieu que trois (3) jours francs aprĂšs quâelle ait Ă©tĂ© posĂ©e.
La confiance ne peut ĂȘtre refusĂ©e que par un vote au scrutin secret Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) de membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s.
Si la confiance est refusée, le Premier Ministre doit présenter au Président de la République la démission du Gouvernement, dans un délai ne dépassant pas vingt quatre (24) heures.
Article 133: Dissolution du Parlement (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Sans prĂ©judice aux dispositions de lâarticle 76 de la prĂ©sente Constitution, le PrĂ©sident de la RĂ©publique peut, aprĂšs consultation du Premier Ministre, des PrĂ©sidents des deux Chambres du Parlement et du PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme, prononcer la dissolution de la Chambre des DĂ©putĂ©s pour des motifs importants en rapport avec les intĂ©rĂȘts de la nation.
Les élections des Députés ont lieu dans un délai ne dépassant pas quatre-vingt dix (90) jours qui suivent la dissolution.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique ne peut pas dissoudre la Chambre des DĂ©putĂ©s plus dâune fois au cours de son mandat.
Le SĂ©nat ne peut pas ĂȘtre dissout.
Article 134: Information du Parlement des activitĂ©s du Gouvernement (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Une fois par session parlemementaire, le Premier Ministre informe le Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, de lâaction du Gouvernement.
- 61 -
Minisitiri w'Intebe ashyikiriza Biro ya buri Mutwe w'Inteko Ishinga Amategeko ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri mu gihe kitarenze iminsi umunani (8) nyuma yâuko byemejwe.
Mu gihe cyâibihembwe byâInteko, inama imwe buri cyumweru iharirwa ibibazo abagize Inteko Ishinga Amategeko babaza Guverinoma nâibisubizo ibaha.
Guverinoma igomba guha Imitwe yâInteko Ishinga Amategeko ibisobanuro byose isabwe ku micungire nâibikorwa byayo.
Ingingo ya 135: Perezida wa Repubulika ageza ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko yose cyangwa ku Mutwe umwe yiyiziye ubwe cyangwa ahaye Minisitiri wâIntebe ubutumwa asomera imbere yâInteko. Nta mpaka zigibwa muri icyo gihe.
Iyo atari igihe cyâibihembwe, Inteko Ishinga Amategeko cyangwa umwe mu Mitwe yayo, itumizwa ikanaterana byâumwihariko kubera iyo mpamvu.
Ingingo ya 136: Perezida wa Repubulika afite uburenganzira bwo gutangiza intambara akabimenyesha Inteko Ishinga Amategeko mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7). Inteko Ishinga Amategeko ifata icyemezo ku bwiganze busanzwe bwâabagize buri Mutwe.
Ingingo ya 137: Ibihe byâamage nâibihe byâimidugararo biteganywa nâitegeko kandi bitangazwa na Perezida wa Repubulika bimaze kwemezwa nâInama yâAbaminisitiri.
Kwemeza ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo bigomba gutangirwa impamvu zumvikana bikagaragaza igice cyâIgihugu icyo cyemezo kireba nâingaruka zacyo, bikagaragaza kandi uburenganzira, ubwigenge nâibyo umuntu yemererwa nâamategeko
The Prime Minister shall communicate decisions of the Cabinet to the Bureau of each Chamber of the Parliament within a period not exceeding eight (8) days after their approval.
During the session period, one sitting each week shall be devoted to questions by members of the Parliament addressed to the government and responses thereto.
The government shall provide the Chambers of the Parliament with all necessary explanations required concerning its management and activities.
Article 135: The President of the Republic may address the Chambers of Parliament together or separately, either in person or by a message read on his/her behalf by the Prime Minister. There shall be no debate on such communication.
Should Parliament not be in session, it or one of its Chambers shall be convened specially for the purpose.
Article 136: The President of the Republic shall have the right to declare war and inform the Parliament within seven (7) days. Parliament shall adopt a vote on the matter by a simple majority of the members of each Chamber.
Article 137: A state of emergency and a state of siege shall be governed by the Law and declared by the President of the Republic, following a decision of the Cabinet.
A declaration of a state of siege or state of emergency must give clear reasons which justify it, specify the part of national territory to which it applies and its consequences, indicate the rights, freedoms and guarantees provided by Law which are suspended and the duration of the
Le Premier Ministre transmet au Bureau de chaque Chambre du Parlement les décisions du Conseil des Ministres endéans huit (8) jours de leur adoption.
Durant les sessions, une séance par semaine est réservée aux questions formulées par les membres du Parlement au Gouvernement et aux réponses y relatives.
Le Gouvernement est tenu de fournir aux Chambres du Parlement toutes les explications qui lui sont demandées sur sa gestion et sur ses activités.
Article 135: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique adresse personnellement un message au Parlement devant lâune des Chambres ou les deux Chambres rĂ©unies ou dĂ©lĂšgue le Premier Ministre Ă cet effet. Ce message ne donne lieu Ă aucun dĂ©bat.
Hors session, le Parlement ou l'une de ses Chambres est, selon le cas, convoqué et se réunit spécialement à cet effet.
Article 136: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique a le droit de dĂ©clarer la guerre et dâen informer le Parlement dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas sept (7) jours. Le Parlement statue sur la dĂ©claration de guerre Ă la majoritĂ© simple des membres de chaque Chambre.
Article 137: LâĂ©tat de siĂšge et lâĂ©tat dâurgence sont rĂ©gis par la loi et sont proclamĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique aprĂšs dĂ©cision du Conseil des Ministres.
La dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence doit ĂȘtre dĂ»ment motivĂ©e et spĂ©cifier lâĂ©tendue du territoire concernĂ©, ses effets, les droits, les libertĂ©s et les garanties suspendus de ce fait et sa durĂ©e qui ne peut ĂȘtre supĂ©rieure Ă quinze jours (15).
- 62 Â
bihagarikwa ndetse nâigihe bigomba kumara kidashobora kurenga iminsi cumi nâitanu (15).
Icyo gihe ntigishobora kongerwa birenze iminsi cumi nâitanu (15) keretse iyo bitangiwe uburenganzira nâInteko Ishinga Amategeko ibyemeza ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.
Mu ntambara, iyo ibihe byâamage byatangajwe, itegeko rishobora kugena igihe gisumba igiteganywa mu gika kibanziriza iki.
Ibihe byâamage ntibigomba kurenza igihe cya ngombwa cyo kugira ngo hagaruke ibihe bisanzwe birangwa na demokarasi.
Kwemeza ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo ntibishobora na rimwe kubangamira uburenganzira bwo kubaho, kudahungabanywa ku mubiri, uburenganzira abantu bahabwa nâamategeko ku miterere nâububasha bwabo, ku bwenegihugu, ihame ryâuko itegeko mpanabyaha ridahana icyaha cyakozwe mbere yâuko rijyaho, uburenganzira bwo kwiregura nâubwisanzure ku mitekerereze no ku idini.
Kwemeza ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo ntibishobora na rimwe kubangamira ububasha bwa Perezida wa Repubulika, ubwâInteko Ishinga Amategeko, ubwâUrukiko rwâIkirenga nâubwa Minisitiri wâIntebe cyangwa guhindura amahame yerekeye ibyo Leta nâabakozi bayo bashobora kuryozwa hakurikijwe iri Tegeko Nshinga.
Mu bihe byâamage cyangwa mu bihe byâimidugararo kugeza hashize iminsi mirongo itatu bivanyweho, nta gikorwa na kimwe cyâitora gishobora gukorwa.
Ingingo ya 138: Ibihe byâamage ntibishobora gutangazwa mu gihugu cyose cyangwa mu gice cyacyo, keretse iyo
state of siege or state of emergency which may not exceed a period of fifteen (15) days.
The state of siege or the state of emergency cannot be extended beyond a period of fifteen (15) days without the approval of Parliament, which approval requires a majority of two-thirds (2/3) of the members of each Chamber.
During war time, when a state of siege or a state of emergency has been declared, the duration of the state of siege may by Law be extended beyond the period provided for in the previous paragraph.
The duration of a state of siege must not exceed the period strictly necessary to ensure the return of normal conditions characterised by democracy.
A declaration of a state of siege or state of emergency shall not under any circumstances violate the right to life and physical integrity of the person, the rights accorded to people by Law in relation to their status, capacity and nationality; the principle of non-retroactivity of criminal law, the right to legal defence and freedom of conscience and religion.
A declaration of a state of siege or state of emergency shall not under any circumstance affect the powers of the President of the Republic, Prime Minister, Parliament or Supreme Court nor can it modify the principles relating to the responsibility of the State and public officials provided for in this Constitution.
No elections of any kind may be held during or within a period of less than thirty days after the state of siege or state of emergency.
Article 138: A state of siege cannot be declared on the entire or a part of the national territory unless the country has
Sa prolongation au-delĂ de quinze (15) jours ne peut ĂȘtre autorisĂ©e que par le Parlement statuant Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) de chaque Chambre.
En temps de guerre, si lâĂ©tat de siĂšge a Ă©tĂ© dĂ©clarĂ©, une loi peut fixer la durĂ©e supĂ©rieure Ă celle prĂ©vue Ă l'alinĂ©a prĂ©cĂ©dent.
LâĂ©tat de siĂšge doit se limiter Ă la durĂ©e strictement nĂ©cessaire pour rĂ©tablir rapidement la situation dĂ©mocratique normale.
La dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou de lâĂ©tat dâurgence ne peut en aucun cas porter atteinte au droit Ă la vie, Ă lâintĂ©gritĂ© physique, Ă lâĂ©tat et Ă la capacitĂ© des personnes, Ă la nationalitĂ©, Ă la non rĂ©troactivitĂ© de la loi pĂ©nale, au droit de la dĂ©fense ni Ă la libertĂ© de conscience et de religion.
La dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou de lâĂ©tat dâurgence ne peut en aucun cas affecter les compĂ©tences du PrĂ©sident de la RĂ©publique, du Premier Ministre, du Parlement et de la Cour SuprĂȘme ni modifier les principes de responsabilitĂ© de lâEtat et de ses agents consacrĂ©s par la prĂ©sente Constitution.
Pendant lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence et jusquâau trentiĂšmejour aprĂšs sa levĂ©e, aucune opĂ©ration Ă©lectorale ne peut avoir lieu.
Article 138: LâĂ©tat de siĂšge ne peut ĂȘtre dĂ©clarĂ©, sur la totalitĂ© ou une partie du territoire national, quâen cas
- 63 Â
igihugu cyatewe cyangwa kiri hafi guterwa nâamahanga, cyugarijwe cyangwa se iyo inzego zashyizweho nâItegeko Nshinga zahungabanye.
Ibihe byâimidugararo byemezwa mu gihugu hose cyangwa mu gice cyacyo, iyo Igihugu kiri mu byago cyangwa iyo inzego zashyizweho nâItegeko Nshinga zahungabanye ariko uburemere bwabyo butageze ku rugero rwatuma hatangazwa ibihe byâamage.
Ingingo ya 139: Mu bihe byâamage cyangwa mu bihe byâimidugararo, Umutwe wâAbadepite ntushobora guseswa kandi Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko ihita ihamagazwa iyo itari mu gihembwe gisanzwe.
Iyo ku itariki yatangarijweho ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo, Umutwe wâAbadepite wari warasheshwe cyangwa manda yâabadepite yararangiye, ububasha bwâInteko Ishinga Amategeko bwerekeye ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo bukoreshwa na Sena.
UMUTWE WA V : IBYEREKEYE UBUTEGETSI BWâUBUCAMANZA
Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye ingingo rusange
Ingingo ya 140 : Ubutegetsi bwâUbucamanza bushinzwe Urukiko rwâIkirenga nâizindi nkiko zishyirwaho nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Ubutegetsi bwâUbucamanza burigenga kandi butandukanye nâUbutegetsi Nshingamategeko nâUbutegetsi Nyubahirizategeko.
Bufite ubwigenge mu micungire yâabakozi nâimari.
Imanza zicibwa mu izina ryâabaturage kandi ntawe ushobora kwicira urubanza ubwe.
suffered or is about to suffer aggression by foreign states, faces grave dangers or in the case of destabilisation of the institutions established by this Constitution.
A state of emergency shall be declared on the entirety or part of the national territory when the country faces a public disaster or constitutional crisis whose gravity does not warrant the declaration of a state of siege.
Article 139: During the period of a state of siege or state of emergency, the Chamber of Deputies cannot be dissolved and the Chambers of Parliament shall be recalled immediately if they are in recess.
If at the time of a declaration of a state of siege or state of emergency the Chamber of Deputies has previously been dissolved or its term has expired, the powers of Parliament relating to a state of siege or state of emergency shall be exercised by the Senate.
CHAPTER V: THE JUDICIARY
Section One: General provisions
Article 140: Judiciary shall be exercised by the Supreme Court and other courts established by the Constitution and other Laws.
The Judiciary is independent and separate from the legislative and executive branches of government.
The judiciary shall enjoy financial and administrative autonomy.
Justice is rendered in the name of the people and nobody may be a judge in his or her own cause.
dâagression effective ou imminente du territoire national par des forces Ă©trangĂšres, ou en cas de menace grave ou de trouble de lâordre constitutionnel.
LâĂ©tat dâurgence est dĂ©clarĂ©, sur la totalitĂ© ou une partie du territoire national, en cas de calamitĂ© publique ou de trouble de lâordre constitutionnel dont la gravitĂ© ne justifie pas la dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge.
Article 139: Pendant la durĂ©e de lâĂ©tat de siĂšge ou de lâĂ©tat dâurgence, la Chambre des DĂ©putĂ©s ne peut ĂȘtre dissoute et les Chambres du Parlement sont automatiquement convoquĂ©es si elles ne siĂšgent pas en session ordinaire.
Si Ă la date de la dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence la Chambre des DĂ©putĂ©s avait Ă©tĂ© dissoute ou si la lĂ©gislature avait pris fin, les compĂ©tences du Parlement concernant lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence sont exercĂ©es par le SĂ©nat.
CHAPITRE V: DU POUVOIR JUDICIAIRE
Section PremiÚre: Des dispositions générales
Article 140: Le Pouvoir Judiciaire est exercĂ© par la Cour SuprĂȘme et les autres Cours et Tribunaux instituĂ©s par la Constitution et dâautres lois.
Le Pouvoir Judiciaire est indépendant et séparé du Pouvoir Législatif et du Pouvoir Exécutif.
Le Pouvoir Judiciaire jouit de lâautonomie de gestion administrative et financiĂšre.
La justice est rendue au nom du peuple. Nul ne peut se rendre justice Ă soi-mĂȘme.
- 64 -
Ibyemezo byâubucamanza bigomba gukurikizwa nâabo bireba bose, zaba inzego zâubutegetsi bwa Leta cyangwa abantu ku giti cyabo. Ntibishobora kuvuguruzwa keretse binyuze mu nzira no mu buryo buteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 141: Imikorere yâInkiko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Imanza ziburanishirizwa mu ruhame keretse iyo urukiko rwemeje ko habaho umuhezo mu gihe kuburanishiriza mu ruhame byagira ingaruka mbi ku ituze rusange rya rubanda cyangwa bigatera urukozasoni.
Urubanza rwose rwaciwe rugomba kugaragaza impamvu rushingiyeho kandi rukandikwa mu ngingo zarwo zose; rugomba gusomerwa mu ruhame hamwe nâimpamvu zose uko zakabaye nâicyemezo cyafashwe.
Inkiko zikurikiza gusa amateka cyangwa amabwiriza iyo atanyuranyije nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Bitabangamiye uburenganzira bwâababuranyi bwo kureshya imbere yâubucamanza, Itegeko ngenga rigena imitunganyirize, imikorere nâububasha byâUrukiko rwâIkirenga rigena ishyirwaho ryâumucamanza umwe nâubwoko bwâimanza ashobora kuburanisha muri urwo rukiko.
Itegeko Ngenga rigena imiterere, imikorere nâububasha byâinkiko rigena ishyirwaho ryâumucamanza umwe nâubwoko bwâimanza ashobora kuburanisha mu nkiko zindi zisanzwe nâizâUbucuruzi. Iryo tegeko ngenga rigena uburyo ibikubiye muri iki gika bishyirwa mu bikorwa.
Judicial decisions shall be binding on all parties concerned, be the public authorities or individuals. They shall not be challenged except through ways and procedures determined by law.
Article 141: Functioning of Courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Court proceedings shall be conducted in public unless Court determines that proceedings should be in camera on ground that a public hearing might have an adverse effect on general public order or cause moral embarrassment.
Every court decision shall indicate the grounds of its basis, be written in its entirety, delivered in public together with the reasons and orders taken therein.
Courts shall apply Orders or regulations that are not inconsistent with the Constitution and other Laws.
Without prejudice to equality of litigants before courts of law, the Organic Law establishing the organisation, functioning and jurisdiction of the Supreme Court shall determine the institution of a single judge and his/her jurisdiction in the Supreme Court.
The Organic Law determining the organisation, functioning and jurisdiction of Courts shall determine institution of a single judge and his/her jurisdiction in other ordinary and commercial courts. The same Organic Law shall provide for the application of the above provisions.
Les dĂ©cisions judiciaires sâimposent Ă tous ceux qui y sont parties, que ce soit les pouvoirs publics ou les particuliers. Elles ne peuvent ĂȘtre remises en cause que par les voies et sous les formes prĂ©vues par la loi.
Article 141 : Fonctionnement des juridictions (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les audiences des juridictions sont publiques sauf le huis clos prononcĂ© par une juridiction lorsque cette publicitĂ© est dangereuse pour l'ordre public ou les bonnes mĆurs.
Tout jugement ou arrĂȘt doit ĂȘtre motivĂ© et entiĂšrement rĂ©digĂ© ; il doit ĂȘtre prononcĂ© avec ses motifs et son dispositif en audience publique.
Les juridictions nâappliquent les arrĂȘtĂ©s ou rĂšglements que pour autant quâils sont conformes Ă la Constitution et aux lois.
Sans prĂ©judice de lâĂ©galitĂ© des justiciables devant la justice, la loi organique portant organisation, fonctionnement et compĂ©tence de la Cour SuprĂȘme prĂ©voit l`institution du juge unique et ses compĂ©tences Ă la Cour SuprĂȘme.
La loi organique portant organisation, fonctionnement et compĂ©tence judiciaires prĂ©voit l`institution du juge unique et ses compĂ©tences auprĂšs des autres juridictions ordinaires et des juridictions de commerce. La mĂȘme loi organique prĂ©voit les modalitĂ©s d`application des dispositions du prĂ©sent alinĂ©a.
- 65 -
Ingingo ya 142: Manda yâabayobozi bâinkiko nâumurimo wâubucamanza (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko rwâIkirenga bashyirirwaho igihe cya manda imwe yâimyaka umunani (8).
Perezida wâUrukiko Rukuru, Visi Perezida wâUrukiko Rukuru, Perezida wâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi na Visi Perezida wâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi bashyirirwaho igihe cya manda yâimyaka itanu (5) gishobora kongerwa rimwe gusa.
Mu murimo wabo wâubucamanza, abacamanza bakurikiza itegeko kandi bakawukora mu bwigenge batavugirwamo nâubutegetsi cyangwa ubuyobozi ubwo ari bwo bwose.
Ibyerekeye imyifatire myiza nâubunyangamugayo byâabacamanza biteganywa nâamategeko yihariye abireba.
Itegeko rigena sitati yâabacamanza nâabakozi bâinkiko rinateganya ibirebana na manda yâabayobozi bâizindi nkiko.
Icyiciro cya 2 : Ibyerekeye inkiko
Ingingo ya 143 : Ibyiciro byâInkiko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Hashyizweho inkiko zisanzwe nâinkiko zihariye.
Inkiko zisanzwe ni Urukiko rwâIkirenga, Urukiko Rukuru, Inkiko Zisumbuye nâ Inkiko zâIbanze.
Inkiko zihariye ni inkiko Gacaca, inkiko za gisirikare, inkiko zâubucuruzi nâizindi zashyirwaho nâitegeko Ngenga.
Article 142: Term of office of the heads of Courts and judicial functions (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President and the Vice President of the Supreme Court shall be appointed for an eight (8) year term that is not renewable.
The President of High Court, the Vice President of High Court, the President of the Commercial High Court and the Vice President of the Commercial High Court shall be appointed for a five (5) year term renewable only once.
In the exercise of their judicial functions, judges shall remain subjet to the authority of the Law and remain independent from any other power or authority.
The code of ethics of judges shall be determined by specific Laws.
The Law on the statute of judges and the judicial personnel shall also regulate the term of office of heads of other Courts.
Section 2: Courts
Article 143: Court classification (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
There are hereby established ordinary and specialized courts.
Ordinary Courts include the Supreme Court, the High Court, Intermediate Courts and Primary Courts.
Specialized Courts include Gacaca Courts, Military Courts, Commercial Courts and any other as may be determined by an Organic Law.
Article 142: Mandat des responsables des juridictions et lâoffice du juge (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme sont nommĂ©s pour un mandat unique de huit (8) ans.
Le Président de la Haute Cour, le Vice-Président de la Haute Cour, le Président de la Haute Cour de Commerce et le Vice- Président de la Haute Cour de Commerce sont nommés pour un mandat de cinq (5) ans renouvelable une seule fois.
Dans lâexercice de leurs fonctions judiciaires, les juges doivent sâen tenir Ă la loi et rester indĂ©pendants de tout autre pouvoir ou autoritĂ©.
Le code dâĂ©thique judiciaire est dĂ©terminĂ© par les lois spĂ©cifiques en la matiĂšre.
La loi relative au statut des juges et du personnel judicaire régit également le mandat des responsables des autres juridictions.
Section 2: Des juridictions
Article 143: Différentes sortes de juridictions (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Il est institué des juridictions ordinaires et des juridictions spécialisées.
Les juridictions ordinaires sont la Cour SuprĂȘme, la Haute Cour, les Tribunaux de Grande Instance et les Tribunaux de Base.
Les juridictions spĂ©cialisĂ©es sont les Juridictions Gacaca, les juridictions militaires, les juridictions de commerce et dâautres pouvant ĂȘtre créées par une loi organique.
- 66 -
Itegeko Ngenga rishobora gushyiraho izindi nkiko cyangwa kuzivanaho.
Ibyo ari byo byose ntihashobora gushyirwaho inkiko zidasanzwe.
Uretse Urukiko rwâIkirenga, inkiko zisanzwe zishobora kugira ingereko zihariye cyangwa ingereko zikorera ahandi byemejwe nâiteka rya Perezida wâUrukiko rwâIkirenga abisabwe nâInama Nkuru yâUbucamanza.
Inkiko zishobora gukorera aho ari ho hose mu ifasi yazo iyo bituma imirimo yazo igenda neza, ariko bitabangamiye imanza zicibwa ku cyicaro cyazo gisanzwe.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâinkiko.
Akiciro ka mbere: Ibyerekeye inkiko zisanzwe
A. Ibyerekeye Urukiko rwâIkirenga
Ingingo ya 144: Urukiko rwâIkirenga ni rwo rukiko rukuriye izindi mu Gihugu. Ibyemezo byarwo ntibijuririrwa uretse ibyerekeye imbabazi nâisubirwamo ryâurubanza. Byubahirizwa n'abo bireba bose, zaba inzego za Leta, abayobozi bose bâimirimo ya Leta, aba gisiviri, aba gisirikare, abo mu rwego rwâubucamanza nâabantu ku giti cyabo.
Ingingo ya 145: Ububasha nâinshingano byâUrukiko rwâIkirenga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urukiko rwâIkirenga rushinzwe byâumwihariko ibi bikurikira:
1° kuburanisha mu mizi ibirego birebana nâubujurire bwâimanza zaciwe ku rwego rwa mbere no ku rwego rwa kabiri nâUrukiko Rukuru,
An Organic Law may establish other courts or remove them.
However, special Courts shall not be created.
With the exception of the Supreme Court, ordinary courts may have specialised chambers or branches established by an Order of the President of the Supreme Court upon proposal by the High Council of the Judiciary.
For better administration of justice, Courts may sit in any place within their territorial jurisdiction, but this should not jeopardize cases adjudicated at the usual seat of the Court.
An Organic Law shall determine the organisation, jurisdiction and the functioning of Courts.
Sub-section One: Ordinary Courts
A. Supreme Court
Article 144: The Supreme Court is the highest court in the country. The decision of the Supreme Court shall not be subject to appeal save in terms of petitions for the exercise of the prerogative of mercy or revision of a judicial decision. Its decisions shall be binding on all parties concerned whether organs of the State, public officials, civilians, military, judicial officers or private individuals.
Article 145: Jurisdiction and responsibilities of the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The jurisdiction of the Supreme Court shall include:
1° hearing appeals against decisions of the High Court, Commercial High Court and the Military High Court rendered in their first or appellate
Une loi organique peut instituer d'autres juridictions ou en supprimer.
En aucun cas, il ne peut ĂȘtre créé de juridictions d`exception.
A lâexception de la Cour SuprĂȘme, les juridictions ordinaires peuvent ĂȘtre dotĂ©es de Chambres spĂ©cialisĂ©es ou de Chambres dĂ©tachĂ©es, par ordonnance du PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme sur proposition du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature.
Les juridictions peuvent, sans nuire au jugement des affaires Ă leur siĂšge ordinaire, siĂ©ger en nâimporte quelle localitĂ© de leur ressort si la bonne administration de la justice le requiert.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement judiciaires.
Sous-section premiĂšre: Des juridictions ordinaires
A. Cour SuprĂȘme
Article 144: La Cour SuprĂȘme est la plus haute juridiction du pays. Ses dĂ©cisions ne sont susceptibles dâaucun recours si ce nâest en matiĂšre de grĂące ou de rĂ©vision. Elles sâimposent, Ă tous ceux qui y sont parties, Ă savoir les pouvoirs publics et Ă toutes les autoritĂ©s administratives, civiles, militaires et juridiciaires ainsi quâaux particuliers.
Article 145: CompĂ©tences et responsabilitĂ©s de la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Cour SuprĂȘme est notamment chargĂ©e de:
1° statuer au fond sur les affaires en appel jugées en premier et en deuxiÚme degrés par la Haute Cour, la Haute Cour de Commerce et la Haute
- 67 -
Urukiko Rukuru rwâUbucuruzi ndetse nâUrukiko Rukuru rwa
degrees as provided for by the Law;
Cour Militaire dans les conditions prévues par la loi;
Gisirikare, mu buryo buteganyijwe nâamategeko;
2° gukurikirana ko inkiko zikurikiza amategeko, guhuza no kugenzura ibikorwa byazo;
2° ensuring that courts act in accordance with the Law, coordinating and supervising their activities;
2° veiller Ă lâapplication de la loi par les cours et tribunaux, coordonner et contrĂŽler leurs activitĂ©s ;
3° gufata icyemezo ku birego birebana nâuko amasezerano
3° hearing petitions on the constitutionality of International Treaties and
3° statuer sur les recours en constitutionnalité des traités et accords
4°
mpuzamahanga, amategeko ngenga, amategeko nâamategeko-teka anyuranye nâItegeko Nshinga; gukemura, rubisabwe, impaka zerekeye inshingano zivutse hagati yâinzego za Leta;
4°
agreements, Organic Laws, laws and Decree-laws;
resolving upon request, disputes arising between different State organs, relating to the exercise of power;
4°
internationaux, des lois organiques, des lois, des décrets-lois;
statuer, en cas de demande, sur les conflits dâattributions opposant les diffĂ©rentes institutions de lâEtat ;
5° guca imanza zerekeye amatora ya referendumu, aya Perezida wa Repubulika nâayâabagize Inteko Ishinga Amategeko ;
5° hearing election petitions relating to referendum, presidential and legislative elections;
5° juger du contentieux électoral relatif au référendum, aux élections présidentielles et législatives ;
6° kuburanisha mu manza zâinshinjabyaha mu rwego rwa mbere nâurwa nyuma Perezida wa Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida wâUmutwe wâAbadepite, Perezida wâUrukiko rwâIkirenga na Minisitiri wâIntebe;
6° trying in the first and last instance criminal cases against the President of the Republic, the President of the Senate, the Speaker of the Chamber of Deputies, the President of the Supreme Court and the Prime Minister;
6° juger au pĂ©nal, en premier et dernier ressort, le PrĂ©sident de la RĂ©publique, le PrĂ©sident du SĂ©nat, le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s, le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme et le Premier Ministre;
7° kwakira indahiro ya Perezida wa Repubulika;
7° administering the oath of office of the President of the Republic;
7° recevoir le serment du Président de la République ;
8° kuburanisha Perezida wa Repubulika kubera icyaha cyo kugambanira Igihugu cyangwa kwica Itegeko Nshinga bikomeye kandi nkana. Muri icyo gihe icyemezo cyo kumuregera Urukiko gifatwa nâabagize Umutwe wâAbadepite na Sena bateraniye hamwe binyuze mu matora ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe ;
8° trying the President of the Republic on charge of high treason or grave and deliberate violation of the Constitution. In such a case, the decision to file charges against the President of the Republic in the Supreme Court shall be taken through a vote of both Chambers of Parliament meeting in joint session, by a two-thirds (2/3) majority vote of
8° juger le Président de la République en cas de haute trahison ou de violation grave et délibérée de la Constitution. Dans ce cas, la décision de mise en accusation est votée par les deux Chambres réunies à la majorité des deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre;
9° kwemeza ko umwanya wa Perezida wa Repubulika udafite umuntu uwuriho igihe yapfuye, yeguye, yakatiwe igihano nâurukiko kubera icyaha cyo kugambanira Igihugu cyangwa kwica Itegeko Nshinga bikomeye kandi nkana;
10° ku birebana nâimiterere yâinzego zâubucamanza, Urukiko rwâIkirenga rushobora kugeza kuri Guverinoma umushinga wose wâivugurura rigamije inyungu rusange;
11° kuburanisha ku rwego rwa mbere nâurwa nyuma impaka zishingiye ku cyemezo cyo kwirukana Umudepite cyangwa Umusenateri;
12° gutanga ibisobanuro mpamo ku muco gakondo utanditse mu gihe amategeko yanditse ntacyo abivugaho.
Itegeko ngenga rigena imiterere, imikorere, nâububasha byâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 146: Urukiko rwâIkirenga ruyoborwa na Perezida wungirijwe na Visi- Perezida hamwe nâabandi bacamanza cumi na babiri (12).
Bose ni abacamanza bâumwuga.
Bibaye ngombwa itegeko ngenga rishobora kongera cyangwa kugabanya umubare wâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 147: Ishyirwaho ryâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida, Visi Perezida nâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga bashyirwaho nâIteka rya
- 68 Â
members of each Chamber;
9° declaring vacant the office of the President of the Republic in case of the Presidentâs death, resignation or conviction and sentence for high treason or grave and deliberate violation of the Constitution ;
10° proposing to the Government any reform in the public interest on matters relating to the organisation of the judiciary;
11° trying on first and the last instance disputes relating to the decision to expel a Deputy or a Senator ;
12° providing authentic interpretation of custom which is unwritten where written laws are silent.
An Organic Law shall determine the organisation, functioning and jurisdiction of the Supreme Court.
Article 146: The Supreme Court shall be headed by a President, assisted by a Vice- President and twelve (12) other judges.
They shall all be career judges.
Where necessary, an Organic Law may increase or reduce the number of judges of the Supreme Court.
Article 147: Appointment of judges of the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President, the Vice President and the judges of the Supreme Court shall be appointed by a Presidential
9° constater la vacance du poste de Président de la République en cas de décÚs, de démission, de condamnation pour haute trahison ou de violation grave et délibérée de la Constitution;
10° proposer au Gouvernement tout projet de rĂ©forme qui lui paraĂźt conforme Ă l`intĂ©rĂȘt gĂ©nĂ©ral en matiĂšre dâorganisation du pouvoir judiciaire;
11° juger en premier et en dernier ressort les contestations relatives Ă lâexclusion dâun DĂ©putĂ© ou dâun SĂ©nateur ;
12° donner l'interprétation authentique de la coutume en cas de silence de la loi.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement et les compĂ©tences de la Cour SuprĂȘme.
Article 146 La Cour SuprĂȘme est dirigĂ©e par un PrĂ©sident, assistĂ© dâun Vice- PrĂ©sident et de douze (12) autres juges.
Ils sont tous juges de carriĂšre.
Une loi organique peut, en cas de besoin, augmenter ou rĂ©duire le nombre des juges de la Cour SuprĂȘme.
Article 147: Nomination des juges de la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident, le Vice-PrĂ©sident et les juges de la Cour SuprĂȘme sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs
- 69 -
Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbucamanza.
Perezida, Visi Perezida nâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi bisabwe nâUmutwe wâAbadepite cyangwa Sena ku bwiganze bwâamajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.â
Ingingo ya 148: Urutonde rwâabakandida ku myanya yâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika amaze kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbucamanza ashyikiriza Sena urutonde rwâabakandida bangana nâimyanya yâabacamanza mu Rukiko rwâIkirenga isabirwa kuzuzwa, kugira ngo ibemeze.
B. Urukiko Rukuru
Ingingo ya 149: Urukiko Rukuru (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Urukiko Rukuru; ifasi yarwo ni Igihugu cyose.
Urukiko Rukuru ruyoborwa na Perezida na Visi Perezida, bashyirwaho nâIteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Mu kugena abakandida kuri iyo myanya, Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama y'Abaminisitiri n'Inama Nkuru yâUbucamanza. Urutonde rwâabakandida ashyikiriza Sena rugomba kungana nâimyanya yâabacamanza isabirwa kuzuzwa.
Urukiko Rukuru rufite ububasha
Order after the approval by the Senate. The President of the Republic shall at first consult the Cabinet and the High Council of the Judiciary.
The President, the Vice President and the judges of the Supreme Court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the Chamber of Deputies or the Senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each Chamber of the Parliament, in a joint session.
Article 148: List of candidates as judges of the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic, after consultation with the Cabinet and the High Council of the Judiciary, shall submit to the Senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges of the Supreme Court, for approval.
B. High Court
Article 149: High Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a High Court whose territorial jurisdiction shall be the whole country.
The High Court shall be headed by the President and the Vice President appointed by Presidential Order after their approval by the Senate. The President of the Republic shall submit to the Senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges after consultation with the Cabinet and the High Council of the Judiciary.
The High Court shall have
leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique consulte dâabord le Conseil des Ministres et le Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature.
Le PrĂ©sident, le Vice-PrĂ©sident et les juges de la Cour SuprĂȘme peuvent ĂȘtre relevĂ©s de leurs fonctions pour manque de dignitĂ©, incompĂ©tence ou faute professionnelle grave, Ă lâinitiative des trois cinquiĂšmes (3/5) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou du SĂ©nat ; la dĂ©cision est prise par les deux Chambres du Parlement rĂ©unies en session conjointe Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre.
Article 148: Liste des candidats juges Ă la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs avis du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature, propose, pour approbation, au SĂ©nat une liste des candidats juges dont le nombre Ă©quivaut Ă celui des postes vacants des juges Ă la Cour SuprĂȘme.
B. Haute Cour
Article 149: Haute Cour (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est instituĂ© une Haute Cour dont le ressort correspond Ă toute lâĂ©tendue de la RĂ©publique du Rwanda.
La Haute Cour est dirigĂ©e par le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs consultation du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature, propose au SĂ©nat une liste des candidats dont le nombre Ă©quivaut Ă celui des postes vacants Ă pourvoir.
La Haute Cour est compétente pour
- 70 Â
bwo kuburanisha mu rwego rwa mbere bimwe mu byaha byâubugome, kimwe nâibyaha byo mu rwego mpuzamahanga nâibyambuka imipaka biteganywa nâitegeko.
Ruburanisha mu rwego rwa mbere imanza zerekeye kwica ingingo ya 52, iya 53 nâiya 54 z'Itegeko Nshinga bikozwe n'imitwe ya politiki.
Rushinzwe kandi kuburanisha mu rwego rwa mbere zimwe mu manza zerekeranye nâibyâubutegetsi, imitwe ya politiki, amatora kimwe nâizindi manza ziteganywa nâitegeko.
Ruburanisha mu rwego rwâubujurire kandi bwa nyuma, mu buryo buteganyijwe nâamategeko, imanza zaciwe nâizindi nkiko.
Rufite ingereko zikorera mu mafasi anyuranye yâIgihugu mu buryo buteganyijwe nâamategeko.
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi, bisabwe nâUmutwe wâAbadepite cyangwa Sena ku bwiganze bwâamajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byarwo.
C. Ibyerekeye Urukiko Rwisumbuye (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 150: Ishyirwaho ryâInkiko zisumbuye (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Hashyizweho Inkiko Zisumbuye.
jurisdiction to try in the first instance some types of felonies as well as international or transboundaring offences as may be determined by Law.
It shall in the first instance hear cases for violation of Articles 52, 53 and 54 of the Constitution committed by political organizations.
It shall also hear in the first instance certain administrative cases, cases involving political organisations, election petitions and other cases as the law may determine.
It shall hear appeals from subordinate courts as a last appellate court as the Law may determine.
It shall have branches, which will sit in different parts of the country as the law may determine.
The President and the Vice President of the High Court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the Chamber of Deputies or the Senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each Chamber of the Parliament, in a joint session.
An Organic Law shall determine the organization, jurisdiction and functioning of the High Court.
C. Intermediate Court (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 150: Establishment of the Intermediate Courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
There are hereby established
connaßtre au premier degré de certains crimes et des infractions à caractÚre international ou transfrontaliers définies par la loi.
Elle juge au premier degré les affaires pour violation par les formations politiques des articles 52, 53 et 54 de la Constitution.
Elle est aussi compĂ©tente pour connaĂźtre au premier degrĂ© de certaines affaires administratives, celles relatives aux formations politiques, aux opĂ©rations Ă©lectorales ainsi que dâautres affaires prĂ©vues par la loi.
Elle connaĂźt en appel et en dernier ressort, dans les conditions dĂ©finies par la loi, des affaires jugĂ©es par dâautres juridictions.
Elle est dotée de chambres détachées siégeant dans différents ressorts du pays selon les modalités définies par la loi.
Le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident de la Haute Cour peuvent ĂȘtre relevĂ©s de leurs fonctions pour manque de dignitĂ©, incompĂ©tence ou faute professionnelle grave, Ă lâinitiative des trois cinquiĂšmes (3/5) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou du SĂ©nat ; la dĂ©cision est prise par les deux Chambres du Parlement rĂ©unies en session conjointe Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement de la Haute Court.
C. Tribunal de Grande Instance (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Article 150: Création des Tribunaux de Grande Instance (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Il est institué des Tribunaux de
- 71 -
Itegeko Ngenga rigena imiterere, ububasha, nâimikorere byâUrukiko Rwisumbuye nâifasi ya buri Rukiko Rwisumbuye.
D. Ibyerekeye Urukiko rwâIbanze (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 151: Ishyirwaho ryâInkiko zâIbanze (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Hashyizweho Inkiko zâIbanze.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâUrukiko rwâIbanze nâifasi ya buri Rukiko rwâIbanze.
Akiciro ka 2: Ibyerekeye inkiko zihariye
A. Ibyerekeye Inkiko Gacaca nâUrwego rwâIgihugu rushinzwe gukurikirana ibikorwa byazo
Ingingo ya 152: Inkiko Gacaca (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Inkiko Gacaca zishinzwe gukurikirana no gucira imanza abakoze icyaha cya jenoside yakorewe Abatutsi nâibindi byaha byibasiye inyokomuntu byakozwe hagati yâitariki ya mbere Ukwakira 1990 nâiya 31 Ukuboza 1994, uretse ibyaha amategeko ashinga izindi nkiko.
B. Ibyerekeye Inkiko za Gisirikare
Ingingo ya 153 : Inkiko za Gisirikare zigizwe nâUrukiko rwa Gisirikare nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare.
Itegeko ngenga rigena imiterere, imikorere nâububasha byâInkiko za Gisirikare.
Intermediate Courts.
An Organic Law shall determine the organisation, competence and functioning of the Intermadiate Court and the territorial jurisdiction of each Intermediate Court.
D. Primary Court (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 151: Establishment of Primary Courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
There are hereby established Primary Courts.
An Organic Law shall determine the organisation, competence, functioning of the Primary Court and territorial jurisdiction of each Primary Court.
Sub-section 2: Specialized Courts
A. Gacaca Courts and the National Service for the follow-up of their activities
Article 152: Gacaca Courts (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established Gacaca Courts responsible for prosecuting and trying persons accused of the crime of genocide perpetrated against Tutsi and other crimes against humanity which were committed between October 1st 1990 and December 31st 1994 with the exception of cases jurisdiction in respect of which is vested in other courts.
B. Military Courts
Article 153: Military courts comprise of the Military Tribunal and the Military High Court.
An Organic Law determines the organization, jurisdiction and functioning of Military courts.
Grande Instance.
Une loi organique détermine l'organisation, la compétence et le fonctionnement du Tribunal de Grande Instance, ainsi que le ressort de chaque Tribunal de Grande Instance. D. Tribunal de Base (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Article 151: Création des Tribunaux de Base (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Il est institué des Tribunaux de Base.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement du Tribunal de Base ainsi que le ressort de chaque Tribunal de Base.
Sous-section 2: Des juridictions spécialisées
A. Des Juridictions Gacaca et du Service National de Suivi de leurs activités
Article 152: Juridictions Gacaca (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institutĂ© des juridictions Gacaca chargĂ©es des poursuites et du jugement des personnes accusĂ©es du crime de gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi et dâautres crimes contre
1erlâhumanitĂ© commises entre le octobre 1990 et le 31 dĂ©cembre 1994, exceptĂ© ceux qui relĂšvent de la compĂ©tence dâautres juridictions.
B. Juridictions Militaires
Article 153: Les Juridictions Militaires sont composées du Tribunal Militaire et de la Haute Cour Militaire.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement et la compĂ©tence des juridictions militaires.
- 72 Â
1. Urukiko rwa Gisirikare
Ingingo ya 154 : Haseguriwe ibivugwa mu gika cya mbere cyâingingo ya 155 yâiri Tegeko Nshinga, Urukiko rwa Gisirikare ruburanisha ku rwego rwa mbere ibyaha byose byakozwe nâabasirikare rutitaye ku ipeti ryabo.
2. Urukiko Rukuru rwa Gisirikare
Ingingo ya 155 : Urukiko Rukuru rwa Gisirikare ruburanisha ku rwego rwa mbere ibyaha bihungabanya umutekano wa Leta nâiby'ubuhotozi byakozwe nâabasirikare rutitaye ku ipeti ryabo.
Ruburanisha ku rwego rwâubujurire imanza zose zaciwe nâUrukiko rwa Gisikare.
Urukiko rwâIkirenga ruburanisha ku rwego rwâubujurire kandi bwa nyuma imanza zaciwe nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare mu buryo buteganywa nâitegeko.
C. Ibyerekeye Inkiko zâUbucuruzi (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 155 bis: Inkiko zâUbucuruzi (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho inkiko zâubucuruzi ziburanisha imanza zâubucuruzi. Izo nkiko ni Urukiko Rukuru rwâUbucuruzi nâInkiko zâUbucuruzi.
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi bashyirwaho nâIteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Mu kugena abakandida kuri iyo myanya, Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbucamanza.Urutonde rwâabakandida ashyikiriza Sena rugomba kungana nâimyanya yâabacamanza isabirwa kuzuzwa
1. Military Tribunal
Article 154: Without prejudice to the provisions of Article 155 paragraph one of this Constitution, the Military Court tries in the first instance all offences committed by military personnel irrespective of their rank.
2. Military High Court
Article 155: The Military High Court shall try in the first instance, all offences which constitute a threat to national security and murder committed by soldiers irrespective of rank.
The Military High Court is an appellate court in respect of decisions rendered by the Military Tribunal.
The Supreme Court shall hear on appeal and at the last instance decisions of the Military High Court in accordance with the provisions of the Law.
C. Commercial courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 155 bis: Commercial Courts (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There are hereby established the commercial courts competent to try commercial cases which are the Commercial High Court and the Commercial Courts.
The President and the Vice President of the Commercial High Court shall be appointed by Presidential Order after approval by the Senate. The President of the Republic shall submit to the Senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges after consultation with the Cabinet and the High Council of Judiciary.
1. Tribunal Militaire
Article 154: Sans prĂ©judice des dispositions de lâarticle 155, alinĂ©a premier de la prĂ©sente Constitution, le Tribunal Militaire connaĂźt au premier degrĂ© de toutes les infractions commises par les militaires quel que soit leur grade.
2. Haute Cour Militaire
Article 155: La Haute Cour Militaire connaĂźt au premier degrĂ© de toutes les infractions dâatteinte Ă la sĂ»retĂ© de lâEtat et dâassassinat commises par les militaires quel que soit leur grade.
Elle connaĂźt en appel des jugements rendus par le Tribunal Militaire.
La Cour SuprĂȘme connaĂźt en appel et en dernier ressort des arrĂȘts rendus par la Haute Cour militaire dans les conditions dĂ©finies par la loi.
C. Des juridictions de commerce (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Article 155 bis: Juridictions de Commerce (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué des juridictions de commerce pour juger les affaires commerciales. Ces juridictions sont la Haute Cour de Commerce et les Tribunaux de Commerce.
Le PrĂ©sident et le Vice PrĂ©sident de la Haute Cour de Commerce sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs consultation du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature, propose au SĂ©nat une liste des candidats dont le nombre Ă©quivaut Ă celui des postes vacants Ă pourvoir.
- 73 -
Abandi bacamanza bâinkiko zâubucuruzi bashyirwaho hakurikijwe amategeko abigenga.
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi bisabwe nâUmutwe wâAbadepite cyangwa Sena ku bwiganze bwâamajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.
Itegeko ngenga rigena imiterere, imikorere nâububasha byâinkiko zâubucuruzi.
Akiciro ka 3: Ibyerekeye kurahira kwâabacamanza
Ingingo ya 156: Kurahira kwâabacamanza (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Perezida, Visi-Perezida nâAbacamanza bâUrukiko rwâIkirenga, Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru nâabâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, abagize Inteko Ishinga Amategeko bahari.
Abandi bacamanza barahirira imbere yâabayobozi bavugwa mu itegeko ribagenga.
Icyiciro cya 3 : Ibyerekeye Inama Nkuru yâUbucamanza
Ingingo ya 157: Ishyirwaho nâinshingano byâInama Nkuru yâUbucamanza (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Inama Nkuru yâUbucamanza. Mu byo ishinzwe harimo:
1° kwiga no gutanga inama, ibyibwirije cyangwa ibisabwe,
Other judges of Commercial Courts shall be appointed in accordance with relevant Laws.
The President and the Vice President of the Commercial High Court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the Chamber of Deputies or the Senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each Chamber of the Parliament, in a joint session.
An Organic Law shall determine the organization, functioning and jurisdiction of Commercial Courts.
Sub-section 3: Oath of office of judges
Article 156: Taking Oath for Judges (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The President, Vice President and Judges of the Supreme Court, the Presidents and Vice Presidents of the High Court and Commercial High Court shall take the oath of office before the President of the Republic in the presence of the members of Parliament.
Other Judges shall take oath before authorities as prescribed by the Law governing them.
Section 3: The High Council of the Judiciary
Article 157: Establishment and responsibilities of the High Council of the Judiciary (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a High Council of the Judiciary. Its responsibilities shall include:
1° to examine and, either on its own initiative, or upon request,
Les autres juges des juridictions de commerce sont nommés conformément aux dispositions légales y relatives.
Le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident de la Haute Cour de Commerce peuvent ĂȘtre relevĂ©s de leurs fonctions pour manque de dignitĂ©, incompĂ©tence ou faute professionnelle grave, Ă lâinitiative des trois cinquiĂšmes (3/5) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou du SĂ©nat; la dĂ©cision est prise par les deux Chambres du Parlement rĂ©unies en session conjointe Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement et la compĂ©tence des juridictions de commerce.
Sous-section 3: De la prestation de serment des juges
Article 156 : Prestation de serment des juges (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Le PrĂ©sident, le Vice PrĂ©sident et les Juges de la Cour SuprĂȘme, les PrĂ©sidents et les Vice PrĂ©sidents de la Haute Cour et de la Haute Cour de Commerce prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique en prĂ©sence des membres du Parlement.
Les autres juges prĂȘtent serment devant les autoritĂ©s indiquĂ©es par la loi qui les rĂ©git.
Section 3: Du Conseil Supérieur de la Magistrature
Article 157: Institution et attributions du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué un Conseil Supérieur de la Magistrature chargé notamment de:
1° étudier, et de son initiative ou sur demande, donner des avis,
- 74 Â
ku bibazo byose byerekeye imikorere yâubutabera;
2° gufata ibyemezo ku ishyirwa ku mirimo, izamurwa mu ntera, ivanwa ku mirimo ryâabacamanza, ku migendekere yâumwuga wâabacamanza batari ab'Inkiko za Gisirikare, no gufata ibyemezo nkâurwego rushinzwe imyitwarire yabo uretse abashyirwaho nâizindi nzego;
3° gutanga inama buri gihe ku mushinga uwo ari wo wose wo gushyiraho urukiko rushya cyangwa werekeye amategeko ngengamikorere yâabacamanza cyangwa yâabakozi bâinkiko ishinzwe.
Ingingo ya 158: Abagize Inama Nkuru yâUbucamanza (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Inama Nkuru yâUbucamanza igizwe nâaba bakurikira :
1° Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, ari na we ushinzwe kuyiyobora;
2° Visi-Perezida wâUrukiko rwâIkirenga;
3° Umucamanza umwe (1) mu Rukiko rwâIkirenga utorwa na bagenzi be;
4° Perezida wâUrukiko Rukuru nâuwâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi ;
5° Umucamanza umwe (1) wo mu Rukiko Rukuru nâundi umwe (1) wo mu Rukiko Rukuru rwâUbucuruzi batorwa na bagenzi babo;
6° Umucamanza umwe (1) uhagarariye abo mu nkiko zâubucuruzi utorwa na bagenzi be;
7° Abacamanza bahagarariye abo mu Nkiko Zisumbuye batorwa na bagenzi babo;
8° Abacamanza bahagarariye abo mu Nkiko zâIbanze batorwa na bagenzi babo;
9° Abayobozi babiri (2)
to give advice on matters relating to the functioning of the justice system;
2° to take decisions relating to the appointment, promotion or removal from office of judges and management of the career in general and discipline of judges with the exception of judges of the military courts and act as a body in charge of their discipline save those appointed by other organs;
3° to advise on all proposals relating to the establishment of a new court or bill governing the statute of judges and other judicial personnel for whom it is responsible.
Article 158: Composition of the High Council of the Judiciary (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The High Council of the Judiciary shall be composed of:
1° the President of the Supreme Court, who shall be the Chairperson;
2° the Vice-President of the Supreme Court;
3° one (1) judge from the Supreme Court elected by his/her peers;
4° the Presidents of the High Court and the Commercial High Court;
5° one (1) judge from the High Court and another judge from Commercial High Court elected by their peers;
6° one (1) judge from Commercial Courts elected by his/her peers to represent them;
7° judges from Intermediate Courts elected by their peers to represent them;
8° judges from Primary Courts elected by their peers to represent them;
9° two (2) deans of the
sur toute question intĂ©ressant lâadministration de la justice;
2° dĂ©cider de la nomination, de la promotion et de la rĂ©vocation des juges et en gĂ©nĂ©ral de la gestion de la carriĂšre des juges des juridictions autres que militaires et statuer en tant quâorgane de discipline Ă leur Ă©gard, sauf en ce qui concerne ceux qui sont nommĂ©s par dâautres organes;
3° donner des avis sur tout projet ou toute proposition de crĂ©ation dâune nouvelle juridiction ou relatif au statut des juges ou du personnel judicaire relevant de sa compĂ©tence.
Article 158 : Composition du Conseil Supérieur de la Magistrature (Révision n° 03 du 13/08/2008) Le Conseil Supérieur de la Magistrature est composé des membres suivants :
1° le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme, PrĂ©sident de droit ;
2° le Vice-PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme ;
3° un (1) Juge de la Cour SuprĂȘme Ă©lu par ses pairs ;
4° les Présidents de la Haute Cour et de la Haute Cour de Commerce ;
5° un (1) juge de la Haute Cour et un autre juge de la Haute Cour de Commerce élus par leurs pairs ;
6° un (1) juge représentant ceux des Tribunaux de Commerce élu par ses pairs ;
7° des juges représentant ceux des Tribunaux de Grande Instance élus par leurs pairs ;
8° des juges représentant ceux des Tribunaux de Base élus par leurs pairs ;
9° deux (2) Doyens des
- 75 Â
bâAmashami yâamategeko muri Kaminuza no mu mashuri makuru yemewe batorwa na bagenzi babo;
10° Avoka umwe (1) uhagarariye abagize urugaga rwâabavoka utorwa na bagenzi be;
11° Umuntu umwe (1) uhagarariye Minisiteri yâUbutabera ugenwa na Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze;
12° Perezida wa Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu;
13° Umuvunyi Mukuru; 14° Abandi bagenwa nâItegeko
Ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâInama Nkuru yâUbucamanza.
Itegeko ngenga risobanura imiterere, ububasha nâimikorere byâInama Nkuru yâUbucamanza. Rigena kandi umubare wâabacamanza bavugwa mu gace ka 7° nâaka 8° twâiyi ngingo.
Akiciro ka 4 : Ibyerekeye Abunzi
Ingingo ya 159: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005) Hashyizweho âKomite yâAbunziâ ishinzwe kunga ababuranyi igihe cyose mbere yo gushyikiriza urukiko ruburanisha mu rwego rwa mbere ibirego mu manza zimwe zigenwa nâitegeko.
Komite yâAbunzi igizwe nâabantu bâinyangamugayo kandi bazwiho ubushobozi bwo kunga.
Itegeko Ngenga rigena imiterere, ifasi, ububasha nâimikorere bya Komite yâAbunzi. Rigena kandi umubare wâabayigize nâurwego ruyitora.
Faculties of Law of recognized universities and institutions of higher learning elected by their peers;
10° one (1) member of the Bar Association elected by his/her peers to represent them;
11° one (1) representative of the Ministry of Justice appointed by the Minister in charge of Justice;
12° the President of the National Commission of Human Rights;
13° the Ombudsman; 14° Other officers designated
by the Organic Law determining the organisation, powers and functioning of the High Council of the Judiciary.
An Organic Law shall determine the organisation, powers and functioning of the High Council of the Judiciary. It shall also determine the number of judges mentioned in points 7° and 8° of this Article.
Section 4: The Mediators
Article 159: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
There is hereby established a âMediation Committee" responsible for mediation between parties to certain disputes involving matters determined by Law prior to the filing of a case with the court of first instance.
The Mediation Committee shall comprise of persons of integrity and acknowledged for their mediating skills.
An Organic Law shall determine the organization, the territorial jurisdiction, the competence and the functioning of Mediation Committee. It shall also determine the number that comprise the mediation committee and the organ that elects it
FacultĂ©s de Droit des UniversitĂ©s et institutions dâenseignement supĂ©rieur agréées Ă©lus par leurs pairs ;
10° un reprĂ©sentant des membres de lâordre des avocats Ă©lu pars ses pairs ;
11° un représentant du MinistÚre de la Justice désigné par le Ministre ayant la justice dans ses attributions ;
12° le Président de la Commission Nationale des Droits de la Personne ;
13° lâOmbudsman ; 14° Autres agents dĂ©signĂ©s par
la loi organique portant organisation, compétence et fonctionnement du Conseil Supérieur de la Magistrature
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature ainsi que le nombre des juges indiquĂ©s aux points 7° et 8° du prĂ©sent article.
Section 4: Des Conciliateurs
Article 159: (Revision n° 02 du 08/12/2005)
Il est institué un «Comité de Conciliateurs » destiné à fournir un cadre de conciliation obligatoire préalable à la saisine des juridictions de premier degré siégeant dans certaines affaires définies par la loi.
Le Comité des Conciliateurs est composé de personnes intÚgres et reconnues pour leur aptitude à concilier.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le ressort, la compĂ©tence et le fonctionnement du ComitĂ© des Conciliateurs. Elle prĂ©cise en outre le nombre de ses membres et lâorgane qui lâĂ©lit.
- 76 Â
INTERURO YA V: IBYEREKEYE UBUSHINJACYAHA
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE UBUSHINJACYAHA BUKURU (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 160: Ishyirwaho ryâUrwego rwâUbushinjacyaha Bukuru (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Urwego rwâUbushinjacyaha Bukuru rushinzwe gukora iperereza no gukurikirana ibyaha mu gihugu hose.
Imiterere, imikorere nâububasha byâUbushinjacyaha Bukuru bigenwa nâitegeko ngenga.
Ibyerekeranye na sitati nâimyitwarire yâabashinjacyaha bigengwa nâitegeko.
Ingingo ya 161: Inzego zigize Ubushinjacyaha Bukuru (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ubushinjacyaha Bukuru ni urwego rumwe. Rugizwe nâIbiro byâUmushinjacyaha Mukuru, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye nâUbushinjacyaha ku rwego rwâIbanze.
Urwego rwâIbiro byâUmushinjacyaha Mukuru rugizwe nâUmushinjacyaha Mukuru, Umushinjacyaha Mukuru Wungirije nâAbashinjacyaha ku rwego rwâIgihugu.
Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije bashyirwaho nâIteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Mu kugena umukandida umwe kuri buri mwanya, Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbushinjacyaha.
TITLE V: PUBLIC PROSECUTION
CHAPTER ONE: THE NATIONAL PUBLIC PROSECUTION AUTHORITY (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 160: Establishment of the National Public Prosecution Authority (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a National Public Prosecution Authority charged with the responsibility of prosecuting offences country wide.
The organisation, functioning and competence of the National Public Prosecution Authority shall be determined by an Organic Law.
A Law shall determine the statutes and the code of ethics of the prosecutors.
Article 161: Composition of the National Public Prosecution Authority (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Prosecution Authority is a single institution. It shall comprise of the Office of the Prosecutor General, public prosecution at the Intermediate level and public prosecution at the Primary level.
The Office of the Prosecutor General shall be comprised of the Prosecutor General, the Deputy Prosecutor General and National Prosecutors.
The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall be appointed by Presidential Order upon approval by the Senate. The President of the Republic shall submit one candidate for each position after consultation with the Cabinet and the High Council of the National Public Prosecution Authority.
TITRE V: ORGANE NATIONAL DE POURSUITE
CHAPITRE PREMIER : DE LâORGANE NATIONAL DE POURSUITE JUDICIAIRE (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
Article 160: CrĂ©ation de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est instituĂ© un Organe National de Poursuite Judiciaire chargĂ© de lâinstruction et de la poursuite des infractions sur toute lâĂ©tendue du territoire national.
Lâorganisation, le fonctionnement et la compĂ©tence de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire sont dĂ©terminĂ©s par une loi organique.
Une loi dĂ©termine le statut et le code dâethique des officiers de poursuite judiciaire.
Article 161: Composition de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâOrgane National de Poursuite Judiciaire constitue un organe unique. Il est composĂ© du Bureau du Procureur GĂ©nĂ©ral et un service de poursuite judiciaire au niveau de Grande Instance et de Base.
Le Bureau du Procureur Général est composé du Procureur Général, du Procureur Général Adjoint et des Procureurs nationaux.
Le Procureur GĂ©nĂ©ral et le Procureur GĂ©nĂ©ral Adjoint sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique propose un seul candidat Ă chaque poste aprĂšs consultation du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
- 77 -
Abandi bashinjacyaha bashyirwaho nâIteka rya Minisitiri wâIntebe nyuma yo kwemezwa nâInama Nkuru yâUbushinjacyaha.
Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije bashyirirwaho manda yâimyaka itanu (5) ishobora kongerwa rimwe gusa.
Itegeko ryerekeye sitati yâabashinjacyaha rigena ibirebana na manda yâabashinjacyaha bayobora ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye.
Ingingo ya 162: Imikoranire yâUbushinjacyaha Bukuru na Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze nâizindi nzego (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ubushinjacyaha Bukuru bugengwa mu mirimo yabwo na Minisitiri ufite Ubutabera mu nshingano ze.
Mu byerekeranye no gukurikirana ibyaha, Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze agena politiki rusange kandi ashobora, mu nyungu rusange, guha Umushinjacyaha Mukuru, amabwiriza yanditse amutegeka cyangwa amubuza gukurikirana.
Ashobora kandi, iyo byihutirwa, mu nyungu rusange, guha umushinjacyaha uwo ari we wese amabwiriza yanditse amutegeka cyangwa amubuza gukurikirana akabimenyesha Umushinjacyaha Mukuru.
Abashinjacyaha bafite ubwigenge ku baburanyi no ku bacamanza bâInkiko.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE UBUSHINJACYAHA BWA GISIRIKARE
Ingingo ya 163: Hashyizweho Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bushinzwe gukurikirana
Other prosecutors shall be appointed by a Prime Ministerâs Order upon approval by the High Council of the National Public Prosecution Authority.
The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall be appointed for a five (5) year term renewable only once.
The Law on the statutes of Prosecutors shall determine the term of office of the Chief Intermediate Prosecutors.
Article 162: Relationship between the National Public Prosecution Authority and the Minister in charge of justice and other organs (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The National Public Prosecution Authority shall be under the authority of the Minister in charge of Justice.
In matters relating to prosecution of offences, the Minister in charge of Justice shall determine general policy and may, for public interest, issue written instructions to the Prosecutor General to undertake or refrain from investigating and prosecuting an offence.
He/she may also, in cases of urgency and in public interest, issue written instructions to any Prosecutor to investigate and prosecute or refrain from investigating and prosecuting an offence and inform the Prosecutor General of such instructions.
Prosecutors shall be independent from parties to judicial proceedings and judges.
CHAPTER II: THE MILITARY PROSECUTION DEPARTMENT
Article 163: There is hereby established the Military Prosecution Department
Les autres officiers de poursuite judiciaire sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© du Premier Ministre aprĂšs approbation du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
Le Procureur Général et le Procureur Général Adjoint sont nommés pour un mandat de cinq (5) ans renouvelable une seule fois.
La loi relative au statut des officiers de poursuite judiciaire détermine le mandat des procureurs en chef au niveau de grande instance.
Article 162: Rapport entre lâOrgane National de Poursuite Judiciaire et le Ministre ayant la justice dans ses attributions et les autres institutions (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
LâOrgane National de Poursuite Judiciaire est placĂ© sous lâautoritĂ© du Ministre ayant la justice dans ses attributions.
En matiĂšre de poursuite dâinfractions, le Ministre ayant la justice dans ses attributions dĂ©finit la politique gĂ©nĂ©rale et peut, dans lâintĂ©rĂȘt gĂ©nĂ©ral, donner des injonctions Ă©crites de poursuite ou de non poursuite au Procureur GĂ©nĂ©ral.
Il peut Ă©galement, en cas dâurgence et dans lâintĂ©rĂȘt gĂ©nĂ©ral, donner des injonctions Ă©crites Ă tout procureur lui obligeant de mener ou ne pas mener une action publique et en rĂ©serve copie au Procureur GĂ©nĂ©ral.
Les officiers de poursuite judiciaire sont pleinement indépendants des parties et des juges.
CHAPITRE II: DE LâAUDITORAT MILITAIRE
Article 163: Il est institué un Auditorat Militaire chargé de la poursuite des infractions
- 78 Â
ibyaha bikozwe nâabantu baburanishwa nâinkiko za gisirikare. Bukurikirana ibyaha biburanishwa mu nkiko za Gisirikare.
Ingingo ya 164: Ubushinjacyaha bwa Gisirikare buyoborwa nâUmushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare yunganiwe nâUmushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare wungirije.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere yâUbushinjacyaha bwa gisirikare.
UMUTWE WA III: IBYEREKEYE INAMA NKURU YâUBUSHINJACYAHA
Ingingo ya 165: Ishyirwaho ryâInama Nkuru yâUbushinjacyaha (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Inama Nkuru yâUbushinjacyaha.
Inshingano zayo ni ugutanga imirongo migari ngenderwaho no gutuma habaho imikorere myiza yâubushinjacyaha mu gihugu cyose.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâInama Nkuru yâUbushinjacyaha.
Ingingo ya 166: Indahiro yâabashinjacyaha(Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru wungirije barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, abagize Inteko Ishinga Amategeko bahari.
Abandi Bashinjacyaha barahirira imbere yâabayobozi bavugwa mu
responsible for the prosecution of offences committed by persons subject to the jurisdiction of military courts. It shall investigate and prosecute offences before military courts.
Article 164: The Military Prosecution Department is headed by the Military Prosecutor General assisted by the Deputy Military Prosecutor General.
An Organic Law shall determine the organization, jurisdiction and functioning of the military prosecution department.
CHAPTER III: THE HIGH COUNCIL OF THE NATIONAL PUBLIC PROSECUTION AUTHORITY
Article 165: Establishment of the High Council of the National Public Prosecution Authority (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a High Council of the National Public Prosecution Authority.
Its mission shall be to provide general policy guidelines and to ensure the smooth functioning of the Public Prosecution in the whole country.
An organic law shall determine the organisation, powers and functioning of the High Council of the National Public Prosecution Authority.
Article 166: Oath of office of the Prosecutors (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall take oath of office before the President of the Republic in the presence of the Members of Parliament.
Other Prosecutors shall take oath of office before the authorities specified
commises par les personnes justiciables des juridictions militaires. Il exerce lâaction publique devant les juridictions militaires.
Article 164: LâAuditorat Militaire est dirigĂ© par un Auditeur GĂ©nĂ©ral Militaire assistĂ© dâun Auditeur GĂ©nĂ©ral Militaire Adjoint.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement de lâAuditorat Militaire.
CHAPITRE III: DU CONSEIL SUPERIEUR DE LâORGANE NATIONAL DE POURSUITE JUDICIAIRE
Article 165: Institution du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est instituĂ© un Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
Sa mission est de donner les grandes lignes directrices et dâassurer le bon fonctionnemen de lâOrgane National de Poursuite dans tout le pays.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
Article 166: Prestation de serment des Officiers de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Procureur GĂ©nĂ©ral et le Procureur GĂ©nĂ©ral Adjoint prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique en prĂ©sence des Membres du Parlement.
Les autres officiers de poursuite judiciaire prĂȘtent serment devant les
- 79 Â
itegeko ribagenga.
INTERURO YA VI :IBYEREKEYE UBUTEGETSI BWâIBANZE
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE INGINGO RUSANGE
Ingingo ya 167: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005)
Ubutegetsi bwa Leta bwegerezwa abaturage mu nzego zâibanze hakurikijwe Itegeko. Bukurikiranwa na Minisiteri ifite ubutegetsi bwâIgihugu mu nshingano zayo.
Itegeko rigena inzego zâimitegekere yâIgihugu ku rwego rwâibanze zegereye abaturage zifite ubuzimagatozi nâubwisanzure mu byerekeye ubutegetsi nâimari. Izo nzego ni zo shingiro ryâiterambere ryâabaturage.
Inzego zâibanze zifite ubuzimagatozi zifite uburenganzira bwo kuba abanyamuryango b'ingaga zo mu gihugu cyangwa mpuzamahanga ziharanira guteza imbere ubuyobozi bwegereye abaturage.
Itegeko rigena imitunganyirize, imikorere nâimikoranire yâizo nzego nâizindi nzego zinyuranye zifite uruhare mu miyoberere no mu iterambere ryâIgihugu. Itegeko riteganya kandi uko Guverinoma yegurira izo nzego ububasha, umutungo nâibindi byangombwa.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE INAMA YâIGIHUGU YâUMUSHYIKIRANO
Ingingo ya 168: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005) Hashyizweho âInama yâIgihugu
by the Law governing them.
TITLE VI: THE DECENTRALISED AUTHORITIES
CHAPTER I: GENERAL PROVISIONS
Article 167: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
Public administration shall be decentralized in accordance with the provisions of the Law. Decentralized entities shall fall under the Ministry in charge of local government.
A Law shall determine decentralized local administrative entities with legal personality and administrative and financial autonomy. Such entities shall be basic foundation of community development.
Local administrative entities with legal personality shall be entitled to become members of national and international organisations which promote development through decentralisation.
A Law shall determine the organisation, the functioning and the collaboration between these organs and various other organs which have a role in the administration and development of the country. A Law shall also determine the manner in which the Government transfers powers, property and other resources to decentralized entities.
CHAPTER II: THE NATIONAL DIALOGUE COUNCIL
Article 168: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
There is hereby established a
autorités prévues par la loi qui les régit.
TITRE VI: DES POUVOIRS DECENTRALISES
CHAPITRE PREMIER: DISPOSITIONS GENERALES
Article 167: (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Les pouvoirs de lâEtat sont dĂ©centralisĂ©s au profit des entitĂ©s administratives locales conformĂ©ment Ă une loi. Ces pouvoirs relĂšvent du MinistĂšre ayant l'administration locale dans ses attributions.
Une loi dĂ©termine les entitĂ©s administratives locales dĂ©centralisĂ©es dotĂ©es de la personnalitĂ© juridique et de lâautonomie administrative et financiĂšre. Ces entitĂ©s constituent la base du dĂ©veloppement communautaire.
Les entitĂ©s administratives locales dotĂ©es de la personnalitĂ© juridique peuvent adhĂ©rer Ă des organisations nationales ou internationales Ćuvrant en matiĂšre de dĂ©centralisation.
Une loi dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement de ces entitĂ©s dĂ©centralisĂ©es et leurs relations avec dâautres organes participant Ă lâadministration et au dĂ©veloppement du pays. Une loi organise le transfert de compĂ©tences, de ressources et dâautres moyens du Gouvernement central aux entitĂ©s dĂ©centralisĂ©es.
CHAPITRE II: DU CONSEIL NATIONAL DE DIALOGUE
Article 168: (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Il est institué un « Conseil National
- 80 Â
yâUmushyikiranoâ. Ihuza Perezida wa Repubulika nâabahagarariye Inama Njyanama zâInzego zâIbanze zifite ubuzimagatozi batorwa na bagenzi babo. Iyoborwa na Perezida wa Repubulika ikaba kandi irimo nâabagize Guverinoma, Inteko Ishinga Amategeko nâabandi Perezida wa Repubulika yagena. Umubare wâabahagarariye Inama Njyanama zâInzego zâIbanze zifite ubuzimagatozi mu Nama yâIgihugu yâUmushyikirano ugenwa na Perezida wa Repubulika.
Iyo Nama iterana nibura rimwe (1) mu mwaka. Mu bibazo isuzuma harimo ibyerekeye uko Igihugu nâUbuyobozi bwâibanze bimeze ndetse nâibyerekeye ubumwe bwâAbanyarwanda.
Imyanzuro yâiyo Nama ishyikirizwa inzego zibishinzwe kugira ngo zirusheho gutunganya imirimo zikorera abaturage.
INTERURO YA VII: IBYEREKEYE UMUTEKANO NO KURINDA IGIHUGU
Ingingo ya 169: Inzego zishinzwe umutekano (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Leta ifite inzego zishinzwe umutekano zikurikira:
1° Ingabo z'u Rwanda;
2° Polisi y'u Rwanda;
3° Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano.
Itegeko rishobora kugena izindi nzego z'umutekano.
âNational Dialogue Councilâ. It shall bring together the President of the Republic and representatives of councils of local administrative entities with legal personality elected by their peers. It shall be chaired by the President of the Republic and be attended by members of the Cabinet and Parliament, and such others as may be determined by the President of the Republic. The number of representatives of councils of local administrative entities with legal personality in the National Dialogue Council is determined by the President of the Republic.
The Council shall meet at least once (1) a year. It shall debate, among others, on issues relating to the state of the Nation, the state of local governments and national unity.
Resolutions of the Council shall be submitted to the concerned State institutions to enable them to improve their services to the population.
TITLE VII: NATIONAL DEFENCE AND SECURITY
Article 169: Security organs (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The State shall have the following security organs:
1° the Rwanda Defence Forces;
2° the Rwanda National Police;
3° the National Intelligence and Security Service.
A Law may determine other security organs.
de Dialogue». Il réunit le Président de la République et les représentants des Conseils des entités administratives locales dotées de la personnalité juridique élus par leurs pairs. Il est présidé par le Président de la République en présence des membres du Gouvernement, du Parlement ainsi que d'autres personnes que pourrait désigner le Président de la République. Le nombre des représentants des Conseils des entités administratives locales dotées de la personnalité juridique au sein du Conseil National de Dialogue est déterminé par le Président de la République.
Le Conseil se rĂ©unit au moins une (1) fois par an. Il dĂ©bat entre autres des questions relatives Ă lâĂ©tat de la Nation, lâĂ©tat des pouvoirs locaux et de lâunitĂ© nationale.
Les recommandations issues dudit Conseil sont transmises aux institutions et services concernĂ©s afin dâamĂ©liorer les services rendus Ă la population.
TITRE VII: DE LA SECURITE ET DE LA DEFENSE NATIONALES
Article 169: Organes de sĂ©curitĂ© (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâEtat dispose des organes de sĂ©curitĂ© ci-aprĂšs :
1° les Forces Rwandaises de Défense;
2° la Police Nationale du Rwanda;
3° le Service National de Renseignements et de Sécurité.
Une loi peut déterminer d'autres organes de sécurité.
- 81 Â
UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE POLISI YâURWANDA
Ingingo ya 170: Amahame Polisi yâu Rwanda igenderaho (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Polisi yâu Rwanda ifite ububasha mu gihugu hose.
Igomba gukorera abaturage ishingiye cyane cyane ku mahame akurikira:
1° kubumbatira uburenganzira bwâibanze buteganywa nâItegeko Nshinga nâandi mategeko;
2° kubumbatira umutekano wâabantu nâibintu;
3° kugira imikoranire myiza nâabaturage;
4° kugaragariza abaturage uburyo yuzuza inshingano zayo;
5° kumva ko abaturage bafite uburenganzira bwo kugenzura imikorere yayo.
Itegeko rigena ububasha, inshingano, imitunganyirize nâimikorere bya Polisi yâu Rwanda.
Ingingo 171: Yavanyweho nâIvugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE URWEGO RWâIGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA NâUMUTEKANO
Ingingo ya 172: Ishyirwaho ryâUrwego rwâIgihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Hashyizweho Urwego rwâIgihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano.
CHAPTER I: THE RWANDA NATIONAL POLICE
Article 170: Principles governing the Rwanda National Police (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Rwanda National Police shall exercise its authority over the entire national territory.
It shall serve the people particularly on the basis of the following principles:
1° safeguarding the fundamental rights guaranteed by the Constitution and other laws;
2° protection of the security of people and property;
3° harmonious collaboration with the community;
4° informing the population on how it fulfils its mission;
5° accountability of the Rwanda National Police to the community.
A Law shall determine the powers, mission, organisation and functioning of the Rwanda National Police.
Article 171: Repealed by the Amendment nË 04 of 17/06/2010)
CHAPTER II: THE NATIONAL INTELLIGENCE AND SECURITY SERVICE
Article 172: Establishment of the National Intelligence and Security Service (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a National Intelligence and Security Service.
CHAPITRE PREMIER: DE LA POLICE NATIONALE DU RWANDA
Article 170: Principes rĂ©gissant la Police Nationale du Rwanda (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Police Nationale du Rwanda exerce ses compĂ©tences sur lâensemble du territoire national.
Elle doit servir le peuple notamment sur base des principes suivants:
1° sauvegarder les droits fondamentaux dĂ©finis par la Constitution et par dâautres lois ;
2° assurer la sécurité des biens et des personnes;
3° bien collaborer avec la population;
4° tenir la population informĂ©e de lâexĂ©cution de sa mission;
5° reconnaßtre à la population le droit de contrÎler son fonctionnement.
Une loi dĂ©termine la compĂ©tence, la mission, lâorganisation et le fonctionnement de la Police Nationale du Rwanda.
Article 171: AbrogĂ© par la RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
CHAPITRE II: DU SERVICE NATIONAL DE RENSEIGNEMENT ET DE SECURITE
Article 172: Institution du Service National de Renseignements et de SĂ©curitĂ© (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué un Service National de Renseignements et de Sécurité.
- 82 -
Itegeko rigena ububasha, inshingano, imiterere, imikorere by'Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano.
UMUTWE WA III : IBYEREKEYE INGABO Z'U RWANDA
Ingingo ya 173: Ingabo zâu Rwanda (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Kurinda Igihugu bikorwa nâIngabo zâIgihugu zâumwuga zitwa âIngabo z'u Rwandaâ.
Itegeko rigena inshingano, imiterere n'ububasha by'Ingabo z'u Rwanda.
Ingingo ya 174: Umugaba Mukuru wâIngabo zâIgihugu (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Umugaba Mukuru w'Ingabo z'Igihugu ni we ushinzwe ibikorwa n'ubuyobozi by'Ingabo z'Urwanda muri rusange.
Ingingo ya 175: Igabanywa ryâumubare wâabagize Ingabo zâIgihugu (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Leta yâu Rwanda ishobora kugabanya umubare wâabagize Ingabo zâUrwanda igihe bibaye ngombwa. Ishobora kandi gukura ku murimo, gusubiza mu buzima busanzwe cyangwa kwirukana bamwe mu bagize Ingabo zâUrwanda. Itegeko riteganya uburyo bikorwa.
A Law shall determine the powers, mission, organisation and functioning of the National Intelligence and Security Service.
CHAPTER III: RWANDA DEFENCE FORCES
Article 173: Rwanda Defence Forces (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
National defence is the responsibility of a professional military force known as the "Rwanda Defence Forces".
A Law shall determine the mission, organisation and powers of the Rwanda Defence Forces.
Article 174: Chief of Defence Staff (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The Chief of Defence Staff shall be responsible for operations and general administration of the Rwanda Defence Forces.
Article 175: Downsizing the Rwanda Defence Forces (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The Government of Rwanda can downsize the Rwanda Defence Forces where it is deemed necessary. The Government can also discharge, demobilize or dismiss members of the Rwanda Defence Forces. A Law shall determine procedures for such actions.
Une loi dĂ©termine la compĂ©tence, la mission, lâorganisation et le fonctionnement du Service National de Renseignements et de SĂ©curitĂ©.
CHAPITRE III: DES FORCES RWANDAISES DE DEFENSE
Article 173: Forces Rwandaises de DĂ©fense (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La défense nationale est assurée par une armée nationale de profession dénommée « Forces Rwandaises de Défense».
Une loi détermine la mission, l'organisation et la compétence des Forces Rwandaises de Défense.
Article 174 : Chef dâEtat Major GĂ©nĂ©ral (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
Le Chef d'Etat Major Général est chargé des opérations et de l'administration générale des Forces Rwandaises de Défense.
Article 175 : Réduction des effectifs des Forces Rwandaises de Défense (Révision n° 03 du 13/8/2008)
LâEtat Rwandais peut, en cas de besoin, procĂ©der Ă la rĂ©duction des effectifs des Forces Rwandaises de DĂ©fense. Il peut Ă©galement relever de leurs fonctions, dĂ©mobiliser ou rĂ©voquer les Ă©lĂ©ments des Forces Rwandaises de DĂ©fense. Une loi en dĂ©termine les modalitĂ©s.
- 83 Â
INTERURO YA VIII: KOMISIYO ZâIGIHUGU, INZEGO ZIHARIYE, INAMA ZâIGIHUGU NâIBIGO BYA LETA (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ingingo ya 176: Ishyirwaho rya za Komisiyo zâIgihugu, Inzego Zihariye, Inama zâIgihugu nâIbigo bya Leta (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho za Komisiyo zâIgihugu, Inzego zihariye nâInama zâIgihugu zishinzwe gufasha gukemura ibibazo bikomeye byâIgihugu zikurikira:
1° Komisiyo zâIgihugu:
a) Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu;
b) Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge;
c) Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside;
d) Komisiyo yâIgihugu yâAmatora;
e) Komisiyo yâIgihugu ishinzwe Abakozi ba Leta.
2° Inzego Zihariye:
a) Urwego rwâUmuvunyi;
b) Urwego rwâUbugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta;
c) Urwego rushinzwe Kugenzura Iyubahirizwa ryâUburinganire nâUbwuzuzanye bwâAbagore nâAbagabo mu Iterambere ryâIgihugu;
d) Urwego rushinzwe Intwari zâIgihugu, Imidari
TITLE VIII: NATIONAL COMMISSIONS, SPECIAL ORGANS, NATIONAL COUNCILS AND PUBLIC INSTITUTIONS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
CHAPTER I: GENERAL PROVISIONS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Article 176: Establishment of National Commissions, Specialized Organs, National Councils and Public Institutions (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The following National Commissions, Specialized Organs and National Councils with responsibility of contributing in resolving major issues facing the country are hereby established:
1° National Commissions:
a) National Commission for Human Rights;
b) National Unity and Reconciliation Commission;
c) National Commission to Fight against Genocide;
d) National Electoral Commission;
e) Public Service Commission.
2° Special Organs:
a) Office of the Ombudsman;
b) Office of the Auditor General of State Finances;
c) Gender Monitoring Office;
d) Chancellery for Heroes and National Orders and
TITRE VIII : COMMISSIONS NATIONALES, ORGANES SPECIALISES, CONSEILS NATIONAUX ET ETABLISSEMENTS PUBLICS (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS GENERALES (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Article 176: CrĂ©ation des Commissions Nationales, Organes SpĂ©cialisĂ©s, Conseils Nationaux et Etablissements Publics (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué des Commissions Nationales, des Organes spécialisés et des Conseils Nationaux ci-aprÚs chargés de contribuer à régler des problÚmes majeurs du pays :
1° Les Commissions Nationales:
a) La Commission Nationale des Droits de la Personne;
b) La Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation;
c) La Commission Nationale de Lutte contre le Génocide;
d) La Commission Nationale Electorale;
e) La Commission de la Fonction Publique.
2° Les Organes Spécialisés :
a) LâOffice de lâOmbudsman ;
b) LâOffice de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat ;
c) LâObservatoire du « Gender »
d) La Chancellerie des Héros et des Ordres Nationaux ;
nâImpeta byâishimwe;
3° Inama zâIgihugu :
a) Inama yâIgihugu yâAbagore;
b) Inama yâIgihugu yâUrubyiruko;
c) Inama yâIgihugu yâAbantu bafite ubumuga.
Itegeko rishobora gushyiraho izindi Komisiyo, izindi Nzego Zihariye nâizindi Nama zâIgihugu igihe bibaye ngombwa. Iryo tegeko rinagena inshingano, imiterere nâimikorere byazo.
Itegeko ngenga rishyiraho amategeko rusange agenga ibigo bya Leta.
UMUTWE WA II : KOMISIYO ZâIGIHUGU
Ingingo ya 177: Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu ni Komisiyo yâIgihugu yigenga ishinzwe byâumwihariko guteza imbere uburenganzira bwa Muntu.
Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu ishyikiriza buri mwaka Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, porogaramu na raporo zâibikorwa byayo ikagenera kopi izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 178: Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge ni Komisiyo yâIgihugu yigenga ishinzwe byâumwihariko gushimangira ubumwe nâubwiyunge
- 84 Â
Decorations of Honour;
3° National Councils :
a) National Women Council;
b) National Youth Council;
c) National Council of Persons with Disabilities.
When deemed necessary, a Law may establish other Commissions, Specialized Organs and other National Councils. That Law shall determine their responsibilities, organisation and functioning.
An Organic Law shall establish general provisions governing Public Institutions.
CHAPTER II: NATIONAL COMMISSIONS
Article 177: National Commission for Human Rights (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Commission for Human Rights is an independent national Commission especially in charge of the promotion of human rights.
The National Commission for Human Rights shall submit each year its program and activity report to both Chambers of Parliament in joint session and provide copies thereof to other State Organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 178: National Unity and Reconciliation Commission (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Unity and Reconciliation Commission is an independent national commission responsible in particular for the
3° Les Conseils Nationaux :
a) Le Conseil National des Femmes ;
b) Le Conseil National de la Jeunesse;
c) Le Conseil National des Personnes Handicapées.
En cas de besoin, dâautres Commissions, Organes SpĂ©cialisĂ©s et Conseils Nationaux peuvent ĂȘtre créés par une loi. Cette loi en dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement.
Une loi organique fixe les dispositions générales applicables aux Etablissements Publics.
CHAPITRE II: COMMISSIONS NATIONALES
Article 177: Commission Nationale des Droits de la Personne (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale des Droits de la Personne est une commission nationale indépendante spécialement chargée de la promotion des droits de la personne.
La Commission Nationale des Droits de la Personne adresse chaque annĂ©e son programme et rapport annuel dâactivitĂ©s au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 178: Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation est une commission nationale indĂ©pendante spĂ©cialement chargĂ©e de la
- 85 Â
bwâAbanyarwanda.
Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge ishyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika na Sena porogaramu na raporo zâibikorwa byayo ikagenera kopi izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 179: Komisiyo yâIgihugu yo kurwanya Jenoside (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yo kurwanya Jenoside ni Komisiyo yâIgihugu yigenga ishinzwe byâumwihariko ibyerekeranye no kwibuka no kurinda jenoside no kuvuganira abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi haba mu gihugu cyangwa hanze yacyo.
Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside ishyikiriza buri mwaka Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, na Guverinoma porogaramu na raporo zâibikorwa byayo ikagenera kopi izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 180: Komisiyo yâIgihugu yâAmatora (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora ni Komisiyo yigenga ishinzwe ibyerekeranye nâamatora yâabayobozi bâInzego zâibanze, ayâabagize Inteko Ishinga Amategeko, aya Perezida wa Repubulika, aya referendumu nâayâabandi yagenwa nâitegeko.
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora
promotion of unity and reconciliation of Rwandans.
The National Unity and Reconciliation Commission shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and the Senate and provide copies thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 179: National Commission to Fight against Genocide (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Commission to Fight against Genocide is an independent national commission especially in charge of matters related to commemoration and prevention of genocide and advocacy for the cause of survivors of the genocide against the Tutsi both within and outside the country.
The National Commission to Fight against Genocide shall submit each year its program and activity report to both Chambers of Parliament in joint session and to the Cabinet and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 180: National Electoral Commission (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Electoral Commission is an independent commission responsible for local, legislative, presidential elections, referendum and other elections determined by the Law.
The National Electoral Commission
consolidation de lâUnitĂ© et la rĂ©conciliation des Rwandais.
La Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation adresse chaque annĂ©e son programme et rapport dâactivitĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique et au SĂ©nat et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 179: Commission Nationale de Lutte contre le GĂ©nocide (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale de Lutte contre le GĂ©nocide est une commission nationale indĂ©pendante chargĂ©e spĂ©cialement de la conservation de la mĂ©moire du gĂ©nocide, de la prĂ©vention du gĂ©nocide et du plaidoyer en faveur des rescapĂ©s du gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi Ă lâintĂ©rieur comme Ă lâextĂ©rieur du pays.
La Commission Nationale de Lutte contre le GĂ©nocide adresse chaque annĂ©e son programme et rapport dâactivitĂ©s au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, et au Gouvernement et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi détermine la mission, l'organisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 180: Commission Nationale Electorale (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale Electorale est une Commission indépendante chargée des élections locales, législatives, présidentielles, référendaires et autres élections prévues par la loi.
La Commission Nationale Electorale
- 86 Â
ishyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika porogaramu na raporo zâibikorwa byayo, izindi nzego ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 181: Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta ni Komisiyo yigenga ifite mu nshingano zayo kugenzura uko inzego za Leta zishyira mu bikorwa politiki, amahame nâamategeko ajyanye no gushaka no gucunga Abakozi ba Leta. Komisiyo igeza raporo ku Nteko Ishinga Amategeko na Guverinoma.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
UMUTWE WA III : INZEGO ZIHARIYE (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ingingo ya 182: Urwego rwâUmuvunyi (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rwâUmuvunyi ni urwego rwâIgihugu rwigenga mu mikorere yarwo. Mu byo rushinzwe harimo gukumira no kurwanya akarengane, ruswa n'ibyaha bifitanye isano na yo no kwakira inyandiko zigaragaza imitungo nyakuri yâabantu bagenwa nâitegeko.
Urwego rwâUmuvunyi rushyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, porogaramu na raporo zâibikorwa byayo izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 181: Public Service Commission (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Public Service Commission is an independent commission responsible for ensuring that policies, principles and laws governing Public Service recruitments and administration are adhered to and put into effect by all Government institutions. The Public Service Commission shall submit its activity report to the Parliament and the Cabinet.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
CHAPTER III: SPECIAL ORGANS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Article 182: Office of the Ombudsman (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Office of the Ombudsman is an independent public institution. It shall inter alia be responsible for preventing and fighting against injustice, corruption and other related crimes and receiving true declaration of assets of the persons determined by the law.
The Office of Ombudsman shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and both Chambers of Parliament in joint session and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
adresse chaque annĂ©e le programme et le rapport dâactivitĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 181: Commission de la Fonction Publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission de la Fonction Publique est une commission indĂ©pendante chargĂ©e de superviser la mise en application des politiques, principes et la rĂšglementation relatifs au recrutement et Ă lâadministration des agents de lâEtat. La Commission de la Fonction Publique adresse le rapport dâactivitĂ©s au Parlement et au Gouvernement.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
CHAPITRE III: ORGANES SPECIALISES (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Article 182: Office de lâOmbudsman (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâOffice de lâOmbudsman est une institution publique indĂ©pendante dans lâexercice de ses attributions. Il est chargĂ© notamment de prĂ©venir et combattre lâinjustice, la corruption et les infractions connexes et de recevoir la dĂ©claration sur lâhonneur des biens et patrimoines des personnes dĂ©terminĂ©es par la loi.
LâOffice de lâOmbudsman adresse chaque annĂ©e son programme et rapport dâactivitĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique et au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
- 87 -
Itegeko rigena inshingano, ububasha, imiterere nâimikorere yâurwo rwego.
Ingingo ya 183: Urwego rwâUbugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rwâUbugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta ni urwego rwâIgihugu rwigenga rushinzwe ubugenzuzi bwâimicungire yâimari nâumutungo bya Leta.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâurwo rwego.
Ingingo ya 184 : Raporo yâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya 79 yâItegeko Nshinga, Urwego rwâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta rushyikiriza Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, raporo yuzuye ku ifoto yâumutungo wa Leta irimo imikoreshereze yâimari ya Leta yâumwaka ushize mbere yâitangira ryâigihembwe cyagenewe gusuzuma ingengo yâimari ya Leta yâumwaka ukurikiye. Iyo raporo igomba kugaragaza uburyo imari yakoreshejwe, amafaranga yakoreshejwe bitari ngombwa cyangwa hadakurikijwe amategeko, niba harabaye inyerezwa cyangwa isesagura ryâumutungo rusange.
Kopi yâiyo raporo ishyikirizwa Perezida wa Repubulika, Guverinoma, Perezida wâUrukiko rwâIkirenga nâUmushinjacyaha Mukuru.
Mu gihe kitarenze amezi atandatu (6), Inteko Ishinga Amategeko imaze gushyikirizwa raporo yâUmugenzuzi Mukuru ivugwa muri iyi ngingo, iyijyaho impaka ikanayifataho ibyemezo bikwiye.
Inzego nâabayobozi bagenerwa kopi
A Law shall determine the responsibilities, powers, organization and functioning of this Office.
Article 183: Office of the Auditor General of State Finances (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Office of the Auditor General is an independent public institution responsible for the auditing of state finances and property.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of this Office.
Article 184: Report of Auditor General of State Finances (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Subject to the provisions of Article 79 of the Constitution, the Office of the Auditor General of State Finances shall submit each year to both Chambers of Parliament in joint session prior to the commencement of the session devoted to the examination of the budget of the following year, a complete report on the balance sheet of the State budget of the previous year. This report must indicate the manner in which the budget was utilized, unnecessary expenses which were incurred or expenses which were contrary to the law and whether there was misappropriation or general squandering of public funds.
A copy of the report shall be submitted to the President of the Republic, the Cabinet, the President of Supreme Court and the Prosecutor General.
The Parliament, after receiving the report of the Auditor General referred to in this Article shall examine it and take appropriate decisions within six (6) months.
Institutions and public officials to
Une loi dĂ©termine la mission, la compĂ©tence, lâorganisation et le fonctionnement de cet Office.
Article 183: Office de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâOffice de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat est une institution publique indĂ©pendante chargĂ©e de lâaudit des finances et du patrimoine de lâEtat.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cet Office.
Article 184: Rapport de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Sous rĂ©serve des dispositions de l'article 79 de la Constitution, lâOffice de l'Auditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat soumet chaque annĂ©e, avant lâouverture de la session consacrĂ©e Ă l'examen du budget de l'annĂ©e suivante, au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, le rapport sur le bilan des finances de lâEtat qui comprend lâexĂ©cution du budget de lâEtat de l'exercice Ă©coulĂ©. Ce rapport doit notamment prĂ©ciser la maniĂšre dont les comptes ont Ă©tĂ© gĂ©rĂ©s, les dĂ©penses faites Ă tort ou irrĂ©guliĂšrement ou sâil y a eu dĂ©tournement ou dilapidation des deniers publics.
Une copie de ce rapport est adressĂ©e au PrĂ©sident de la RĂ©publique, au Gouvernement, au PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme et au Procureur GĂ©nĂ©ral.
Dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas six (6) mois, Ă dater de la rĂ©ception du rapport de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral prĂ©vu au prĂ©sent article, le Parlement lâexamine et prend des dĂ©cisions appropriĂ©es.
Les institutions et autorités
- 88 Â
ya raporo yâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta bagomba gushyira mu bikorwa ibiyikubiyemo bafata ibyemezo bikwiye, ku makosa nâibindi bitakurikijwe iyo raporo yerekanye.
Inteko Ishinga Amategeko ishobora gusaba urwo rwego gukora ubugenzuzi bwâimari mu nzego za Leta cyangwa imikoreshereze yâamafaranga yatanzwe na Leta.
Ingingo ya 185: Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry'Uburinganire nâUbwuzuzanye bwâAbagore nâAbagabo mu Iterambere ryâIgihugu (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry'Uburinganire n'Ubwuzuzanye bw'Abagore n'Abagabo mu Iterambere ry'Igihugu ni urwego rwâIgihugu rwigenga mu mikorere yarwo.
Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ryâUburinganire nâUbwuzuzanye bwâAbagore nâAbagabo mu Iterambere ryâIgihugu rushyikiriza buri mwaka Guverinoma porogaramu na raporo zâibikorwa byarwo, izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâurwo rwego.
Ingingo ya 186: Urwego rw'Igihugu rushinzwe Intwari z'Igihugu, Imidari nâImpeta by'ishimwe (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Intwari z'Igihugu, Imidari n`Impeta by'ishimwe ni urwego rwâIgihugu rwigenga mu mikorere yarwo.
Rushinzwe kugaragaza, gushimira no kurata Abanyarwanda cyangwa Abanyamahanga baranzwe nâubutwari nâibindi bikorwa
which a copy of the annual report of the Auditor General is addressed are obliged to implement its recommendations by taking appropriate measures as regards irregularities and other shortcomings which were disclosed.
The Parliament may request this Office to carry out a financial audit of State institutions or with regard to the use of funds provided by the State.
Article 185: Gender Monitoring Office (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Gender Monitoring Office is an independent public institution.
Gender Monitoring Office shall submit each year its program and activity report to the Cabinet and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of this Office.
Article 186: Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour is an independent public institution.
It is responsible for identifying, granting awards, honouring Rwandans and foreigners who were characterized by heroism and other
destinataires de la copie du rapport de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral sont tenues dây donner suite en prenant les mesures qui sâimposent en ce qui concerne notamment les irrĂ©gularitĂ©s et manquements constatĂ©s.
Le Parlement peut charger lâOffice dâeffectuer toute vĂ©rification financiĂšre dans les services de lâEtat ou concernant lâutilisation des fonds allouĂ©s par lâEtat.
Article 185: Observatoire du «Gender» (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâObservatoire du «Gender» est une institution publique indĂ©pendante.
LâObservatoire du « Gender » adresse chaque annĂ©e au Gouvernement son programme et rapport dâactivitĂ©s et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cet Observatoire.
Article 186: Chancellerie des HĂ©ros et des Ordres Nationaux (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Chancellerie des Héros et des Ordres Nationaux est une institution publique indépendante.
Elle est chargĂ©e dâidentifier, rĂ©compenser et honorer les Rwandais ou les Ă©trangers qui se sont illustrĂ©s par lâhĂ©roĂŻsme et autres
- 89 Â
bihebuje byagiriye u Rwanda akamaro ku buryo biba urugero rwiza.
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Intwari z'Igihugu, Imidari nâImpeta by'Ishimwe rushyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika porogaramu na raporo zâibikorwa byarwo izindi nzego ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
Itegeko rigena inshingano, imiterere n'imikorere by'urwo rwego.
UMUTWE WA IV: INAMA ZâIGIHUGU (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ingingo ya 186 bis: Yavanyweho nâIvugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Ingingo ya 187: Inama yâIgihugu yâAbagore (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâIgihugu yâAbagore ni urwego rwigenga mu mikorere yarwo.
Itegeko rigena inshingano imiterere, imikorere, nâimikoranire yayo nâizindi nzego za Leta.
Ingingo ya 188: Inama yâIgihugu yâUrubyiruko (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâIgihugu yâUrubyiruko ni urwego rwigenga mu mikorere yarwo.
Itegeko rigena inshingano, imiterere, imikorere nâimikoranire yayo nâizindi nzego za Leta.
acts of bravery serving as good examples.
The Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of the Chancellery.
CHAPTER IV: NATIONAL COUNCILS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Article 186 bis: Repealed by the Amendment nË 04 of 17/06/2010
Article 187: National Women Council (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Women Council is an independent institution in its management.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of the Council and its relationship with other State organs.
Article 188: National Youth Council (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Youth Council is an independent institution in its management.
A Law shall determine the responsibilities, organisation, and functioning of the Council and its relationship with other State organs.
actes dâĂ©clat en faveur du Rwanda de façon exemplaire.
La Chancellerie des HĂ©ros et des Ordres Nationaux adresse chaque annĂ©e au PrĂ©sident de la RĂ©publique son programme et le rapport dâactivitĂ©s et en rĂ©serve copies aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de la Chancellerie.
CHAPITRE IV : CONSEILS NATIONAUX (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Article 186 bis: AbrogĂ© par la RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010
Article 187: Conseil National des Femmes (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil National des Femmes est un organe dotĂ© dâune autonomie de gestion.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement dudit Conseil ainsi que ses rapports avec les autres organes de lâEtat.
Article 188: Conseil National de la Jeunesse (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil National de la Jeunesse est un organe dotĂ© dâune autonomie de gestion.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement du dit Conseil ainsi que ses rapports avec les autres organes de lâEtat.
- 90 -
Ingingo ya 188 bis: Inama yâIgihugu yâAbantu batite ubumuga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâIgihugu yâAbantu bafite ubumuga ni urwego rwigenga mu mikorere yarwo.
Itegeko rigena inshingano, imiterere, imikorere nâimikoranire yayo nâizindi nzego za Leta.
INTERURO YA IX: Yavanyweho nâivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
INTERURO YA X: IBYEREKEYE AMASEZERANO MPUZAMAHANGA
Ingingo ya 189 : Perezida wa Repubulika ni we ufite ububasha bwo gukora amasezerano mpuzamahanga no kuyemeza. Iyo amaze kwemezwa, ayo masezerano amenyeshwa Inteko Ishinga Amategeko.
Icyakora, amasezerano mpuzamahanga arangiza intambara, ayâubucuruzi, ayerekeye imiryango mpuzamahanga, afite ingaruka ku mari ya Leta, ahindura amategeko yâIgihugu cyangwa yerekeye abantu ku giti cyabo ntashobora kwemezwa burundu atabanje kwemerwa nâInteko Ishinga Amategeko.
Ntibyemewe gutanga cyangwa kugurana igice cyâu Rwanda cyangwa se komeka ku Rwanda igice cyâikindi gihugu abaturage batabyemeye muri referendumu.
Perezida wa Repubulika nâInteko Ishinga Amategeko bamenyeshwa amasezerano mpuzamahanga yose agitegurwa ariko atagomba kwemezwa na Perezida wa Repubulika.
Ingingo ya 190: Iyo amaze gutangazwa mu Igazeti ya Leta, amasezerano mpuzamahanga yemejwe burundu mu buryo
Article 188 bis: National Council of Persons with Disability (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Council of Persons with Disabilities is an independent institution in its management.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of the Council and its relationship with other State organs.
TITRE IX: Repealed by the amendment nË 04 of 17/06/2010)
TITLE X: INTERNATIONAL TREATIES AND AGREEMENTS
Article 189: The President of the Republic shall negotiate international treaties and agreements and ratifie them. The Parliament shall be notified of such treaties and agreements following their conclusion.
However, peace treaties and treaties or agreements relating to commerce and international organizations and those which commit state finances, modify provisions of laws already adopted by Parliament or relate to the status of persons, can only be ratified after authorisation by Parliament.
It shall not be permitted to cede or exchange part of the territory of Rwanda or join to Rwanda part of another country without the consent of the people by referendum.
The President of the Republic and Parliament shall be notified of all negotiations relating to treaties and international agreements which are not subject to ratification by the President of the Republic.
Article 190: Upon their publication in the official gazette, international treaties and agreements which have been
Article 188 bis: Conseil National des Personnes HandicapĂ©es (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil National des Personnes HandicapĂ©es est un organe dotĂ© dâune autonomie de gestion.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement dudit Conseil ainsi que ses rapports avec les autres organes de lâEtat.
TITRE IX : AbrogĂ© par la rĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
TITRE X: DES TRAITES ET ACCORDS INTERNATIONAUX
Article 189: Le Président de la République négocie et ratifie les traités et accords internationaux. Le Parlement en est informé aprÚs leur conclusion.
Toutefois, les traitĂ©s de paix, les traitĂ©s de commerce, les traitĂ©s ou accords relatifs aux organisations internationales, ceux qui engagent les finances de lâEtat, ceux qui modifient des dispositions de nature lĂ©gislative, ceux qui sont relatifs Ă lâĂ©tat des personnes ne peuvent ĂȘtre ratifiĂ©s quâaprĂšs autorisation du Parlement.
Nulle cession, nul Ă©change, nulle adjonction dâun territoire nâest permise sans le consentement du peuple rwandais consultĂ© par referendum.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Parlement sont informĂ©s de toutes les nĂ©gociations dâaccords et traitĂ©s internationaux non soumis Ă la ratification par le PrĂ©sident de la RĂ©publique.
Article 190: Les traités ou accords internationaux réguliÚrement ratifiés ou approuvés ont, dÚs leur publication au journal
- 91 Â
buteganywa nâamategeko, agira agaciro gasumba akâamategeko ngenga nâakâamategeko asanzwe keretse iyo adakurikijwe nâurundi ruhande.
Ingingo ya 191: Birabujijwe gukora amasezerano mpuzamahanga yemera gutuza ingabo zâamahanga mu Gihugu.
Birabujijwe gukora amasezerano mpuzamahanga yemera kunyuza cyangwa kurunda mu Gihugu imyanda ihumanya nâibindi byose byagira ingaruka zikomeye ku buzima bwâabantu no ku bidukikije.
Ingingo ya 192: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 02/12/2003) Iyo amasezerano mpuzamahanga afite ingingo inyuranyije nâItegeko Nshinga, ububasha bwo kuyemeza burundu ntibushobora gutangwa Itegeko Nshinga ritabanje kuvugururwa.
INTERURO YA XI: IBYEREKEYE IVUGURURWA RYâITEGEKO NSHINGA
Ingingo ya 193 : Ububasha bwo gutangiza ivugurura ryâItegeko Nshinga bufitwe na Perezida wa Repubulika bimaze kwemezwa nâInama yâAbaminisitiri; bufitwe kandi na buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko binyuze mu itora ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabawugize.
Ivugururwa ryemezwa ritowe ku bwiganze bwa bitatu bya kane (3/4) by'amajwi y'abagize buri mutwe w'Inteko Ishinga Amategeko.
Ariko iyo iryo vugururwa ryerekeye manda ya Perezida wa Repubulika, ubutegetsi bwa demokarasi ishingiye ku bitekerezo binyuranye cyangwa ku bwoko bw'ubutegetsi buteganyijwe n'iri Tegeko Nshinga cyane cyane ku butegetsi bwa Leta bushingiye kuri Repubulika n'ubusugire bw'Igihugu, rigomba
conclusively adopted in accordance with the provisions of law shall be more binding than organic laws and ordinary laws except in the case of non compliance by one of the parties.
Article 191: It is prohibited to make international agreements permitting foreign military bases on the national territory.
It is prohibited to make international agreements permitting the transit or dumping of toxic waste and other hazardous materials capable of endangering public health and environment.
Article 192: (Amendment n° 02 of 02/12/2003)
Where an international treaty contains provisions which are inconsistent with the Constitution, the authorisation to ratify the treaty or agreement cannot be granted until the Constitution is amended
TITLE XI: AMENDMENT OF THE CONSTITUTION
Article 193: The power to initiate amendment of the Constitution shall be vested concurrently in the President of the Republic upon the proposal of the Cabinet and each Chamber of Parliament upon a resolution passed by a two thirds (2/3) majority vote of its members.
The passage of a constitutional amendment requires a three quarters (3/4) majority vote of the members of each chamber of Parliament.
However, if the constitutional amendment concerns the term of the President of the Republic or the system of democratic government based on political pluralism, or the constitutional regime established by this Constitution especially the republican form of the government or national sovereignty, the
officiel, une autoritĂ© supĂ©rieure Ă celle des lois organiques et des lois ordinaires, sous rĂ©serve, pour chaque accord ou traitĂ©, de son application par lâautre partie.
Article 191: Les accords dâinstallation de bases militaires Ă©trangĂšres sur le territoire national sont interdits.
Les accords autorisant le transit ou le stockage sur le territoire national de dĂ©chets toxiques et autres matiĂšres pouvant porter gravement atteinte Ă la santĂ© et Ă lâenvironnement sont interdits.
Article 192: (Révision du n° 02 of 02/12/2003)
Lorsquâun engagement international comporte une clause contraire Ă la Constitution, lâautorisation de le ratifier ou de lâapprouver ne peut intervenir quâaprĂšs la rĂ©vision de la Constitution.
TITRE XI: DE LA REVISION DE LA CONSTITUTION
Article 193: Lâinitiative de la rĂ©vision de la Constitution appartient concurremment au PrĂ©sident de la RĂ©publique aprĂšs dĂ©libĂ©ration du Conseil des Ministres et Ă chaque Chambre du Parlement sur vote Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) de ses membres.
La rĂ©vision nâest acquise que par un vote Ă la majoritĂ© des trois quarts (3/4) des membres qui composent chaque Chambre du Parlement.
Toutefois, lorsque la rĂ©vision porte sur le mandat du PrĂ©sident de la RĂ©publique, sur la dĂ©mocratie pluraliste ou sur la nature du rĂ©gime constitutionnel notamment la forme rĂ©publicaine de l'Etat et l'intĂ©gritĂ© du territoire national, elle doit ĂȘtre approuvĂ©e par rĂ©fĂ©rendum, aprĂšs son adoption par chaque Chambre du
- 92 Â
kwemezwa na referendumu, rimaze gutorwa na buri Mutwe w'Inteko Ishinga Amategeko.
Nta mushinga w'ivugururwa ry'iyi ngingo ushobora kwakirwa.
INTERURO YA XII: IBYEREKEYE INGINGO ZISOZA
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE INGINGO ZâINZIBACYUHO Wavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 194: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 195: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 196: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 197: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 198: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 199: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE INGINGO ZISOZA
Ingingo ya 200: Itegeko Nshinga ni ryo Tegeko ryâIgihugu risumba ayandi.
Itegeko ryose, icyemezo cyose binyuranyije na ryo nta gaciro na gato bigira.
Ingingo ya 201: Gutangira gukurikizwa kwâamategeko nâamabwiriza rusange (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Amategeko, amateka nâandi mabwiriza rusange areba rubanda ntibishobora gutangira gukurikizwa bitabanje gutangazwa mu buryo buteganywa nâamategeko.
amendment must be passed by referendum, after adoption by each Chamber of Parliament.
No amendment to this Article shall be permitted.
TITRE XII: TRANSITIONAL AND FINAL PROVISIONS
CHAPTER I: TRANSITIONAL PROVISIONS Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 194: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 195: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 196: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 197: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 198: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 199 Repealed by the Amendment of 13/08/2008
CHAPTER II: FINAL PROVISIONS
Article 200: The Constitution is the supreme Law of the State.
Any law, any act which is contrary to this Constitution shall be null and void.
Article 201: Commencement of laws and regulations (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Laws, Orders and other regulations of public interest can only enter into force after they have been duly published in accordance with procedures determined by the law.
Parlement.
Aucun projet de rĂ©vision du prĂ©sent article ne peut ĂȘtre recevable.
TITRE XII: DES DISPOSITIONS TRANSITOIRES ET FINALES
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS TRANSITOIRES Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 194: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 195: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 196: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 197: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 198: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 199: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
CHAPITRE II: DES DISPOSITIONS FINALES
Article 200: La Constitution est la loi suprĂȘme de lâEtat.
Toute loi, tout acte contraire à la présente Constitution est nul et de nul effet.
Article 201 : Entrée en vigueur des lois et rÚglements (Révision n° 03 du 13/8/2008)
Les lois, les arrĂȘtĂ©s et autres rĂšglements de portĂ©e gĂ©nĂ©rale ne peuvent entrer en vigueur sâils nâont pas Ă©tĂ© prĂ©alablement publiĂ©s dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
- 93 -
Ntawe ushobora kwitwaza ko atazi itegeko iyo ryatangajwe mu buryo buteganywa nâamategeko.
Amategeko gakondo atanditse akomeza gukurikizwa gusa iyo atasimbuwe nâamategeko yanditse kandi akaba atanyuranyije nâItegeko Nshinga, amategeko, amateka nâamabwiriza cyangwa ngo abe abangamiye uburenganzira bwa Muntu, ituze rusange rya rubanda cyangwa imyitwarire iboneye.
Ingingo ya 202 : Ingingo zâinzibacyuho (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010) Iri Tegeko Nshinga rivanyeho kandi risimbuye Itegeko Shingiro rya Repubulika yâu Rwanda ryagengaga inzibacyuho, nkâuko ryavuguruwe kugeza ubu.
Mu gihe atarahindurwa, amategeko akurikizwa ubu akomeza kubahirizwa mu ngingo zayo zose nâiri Tegeko Nshinga.
Amategeko ngenga adateganyijwe nâItegeko Nshinga agomba kuba yahinduwe amategeko asanzwe mu gihe kitarenze imyaka itatu (3).
Ingingo ya 203 : Iri Tegeko Nshinga ryatowe muri referendumu yo ku wa 26/05/2003, ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono na Perezida wa Repubulika kandi ritangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda.
Kigali, ku wa 04/06/2003.
Ignorance of the law which has been duly published shall not be a defence.
Unwritten customary law shall remain applicable as long as it has not been replaced by written laws, is not inconsistent with the Constitution, laws, orders and regulations, and does not violate human rights, prejudice public security or good morals.
Article 202: Transitional provisions (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
This Constitution repeals and replaces the Fundamental Law of the Republic of Rwanda governing the transitional period as amended to date.
All laws in force shall remain applicable as long as their provisions are consistent with this Constitution.
Organic laws not provided for in the Constitution as such shall be converted into ordinary laws within a period not exceeding three (3) years.
Article 203: This Constitution, adopted by referendum of 26/05/2003 shall come into force on the date of its promulgation by the President of the Republic and be duly published in the Official Gazette of the Republic of Rwanda.
Kigali, on 04/06/2003.
Nul nâest censĂ© ignorer la loi rĂ©guliĂšrement publiĂ©e.
La coutume ne demeure applicable que pour autant quâelle nâait pas Ă©tĂ© remplacĂ©e par une loi et quâelle nâait rien de contraire Ă la Constitution, aux lois, arrĂȘtĂ©s et aux rĂšglements ou ne porte pas atteinte aux droits de la personne, Ă lâordre public et aux bonnes mĆurs.
Article 202: Dispositions transitoires (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La présente Constitution abroge et remplace la Loi Fondamentale de la République Rwandaise régissant la période de transition telle que révisée à ce jour.
Aussi longtemps quâelles ne sont pas encore modifiĂ©es, les lois en vigueur demeurent applicables dans toutes leurs dispositions qui ne sont pas contraires Ă la prĂ©sente Constitution.
Les lois organiques non prĂ©vues par la Constitution doivent ĂȘtre transformĂ©es en lois ordinaires dans un dĂ©lai nâexcĂ©dant pas trois (3) ans.
Article 203: La présente Constitution, adoptée par référendum du 26/05/2003, entre en vigueur le jour de sa promulgation par le Président de la République et est publiée au Journal Officiel de la République du Rwanda.
Kigali, le 04/06/2003.
- 94 Â
- 1 Â
IJAMBO RYâIBANZE
Itegeko Nshinga rishya rya Repubulika yâu Rwanda ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulika yâu Rwanda yo ku wa 04 Kamena 2003.
Kubera impamvu zâingenzi, ubu iryo Tegeko Nshinga rimaze kuvugururwa inshuro enye: Ivugururwa rya mbere ryabaye ku wa 02 Ukuboza 2003, irya kabiri ku wa 08 Ukuboza 2005, irya gatatu ku wa 13 Kanama 2008 nâirya kane ku wa 17 Kamena 2010.
Ivugururwa rya mbere nâirya kabiri byari bigamije cyane cyane kugaruka ku mitunganyirize yâUbuyobozi nâinshingano zâinzego za Leta cyane cyane izâUbutabera nâurwego rwâUmuvunyi hakurikijwe ibyagaragajwe mu gutangira gushyira mu bikorwa Itegeko Nshinga. Yibanze kandi no guhuza Itegeko Nshinga nâimitegekere mishya yâIgihugu cyâ u Rwanda.
Ivugururwa rya gatatu ryibanze cyane mu gutunganya bimwe mu bibazo bitahise bikemurwa nâayo mavugururwa yombi, cyane cyane ikibazo cya manda zâAbagize
Inzego Nkuru zâIgihugu zari zigejeje igihe cyo kurangira; gukemura ikibazo cyo gutuma Itegeko Nshinga rigira ubwinyagamburiro nâingingo zâinzibacyuho zari zigejeje igihe cyo guhuzwa nâaho Igihugu kigeze.
Ivugururwa rya kane ryibanze cyane cyane gukemura ikibazo cyerekeranye nâuko Itegeko Nshinga ryatowe muri 2003 ryasobanuraga ibintu mu buryo burambuye, bityo uko hagize igihinduka nko mu kunoza imikorere yâUrwego runaka bikaba ngombwa ko rivugururwa. Iri vugururwa kandi ryibanze no guhindura uburyo abayobozi bakuru bâIgihugu bashyirwaho, kugabanya umubare wâamategeko ngenga, gukuraho manda za bamwe mu
INTRODUCTION
The new Constitution of the Republic of Rwanda was published in the Official Gazette of the
4thRepublic of Rwanda on June 2003.
Due to important reasons, the mentioned Constitution has been amended four times: The first
2ndAmendment was published on December 2003, the second one on 8th December 2005, the third one on 13th August 2008 and the fourth one on 17 June 2010.
The first and second amendments concerned essentially the review of the organization and the attributions of State organs especially those in the Justice Sector and the Office of the Ombudsman following loopholes which were noticed in the implementation of the Constitution and its harmonization with the newly created administrative entities of Rwanda.
The third amendment dealt especially with resolving issues that were not immediately solved by the previous amendments especially: issues relating to the terms of office of some senior authorities in the main State organs whose terms had reached their expiry date; Flexibility of the Constitution; and other transition provisions that needed to be updated to the current status of the country.
Finally, the fourth amendment intended especially to avoid that the Constitution goes into details with the consequence that any change in the organization of a given organ would give rise to the amendment of the Constitution. This amendment also changed procedures with regard to modalities of appointing senior officials, to reduce the number of organic laws, to remove terms of office for some judges and prosecutors and to rename some
AVANT PROPOS
La nouvelle Constitution de la République du Rwanda a été publiée au Journal Officiel de la République du Rwanda le 04 juin 2003.
Pour des raisons majeures, ladite Constitution vient de subir quatre révisions respectivement le 02 décembre 2003, le 08 décembre 2005, le 13 août 2008 et le 17 juin 2010.
Les deux premiĂšres rĂ©visions ont portĂ© essentiellement sur lâorganisation et les attributions des organes de lâEtat spĂ©cialement ceux relatifs Ă la justice et Ă lâOffice de lâOmbudsman constatĂ©s dans la mise en application de la Constitution et sur son adaptation aux nouvelles entitĂ©s administratives du territoire national.
La troisiĂšme rĂ©vision a revu des questions non rĂ©solues par les amendements constitutionnels prĂ©cĂ©dents, notamment : le mandat de certaines hautes autoritĂ©s des organes de lâEtat ; la flĂ©xibilitĂ© de la Constitution, et lâadaptation de certaines dispositions transitoires au contexte du moment.
Enfin, la quatriĂšme rĂ©vision a eu pour but de rĂ©soudre la question des dĂ©tails contenus dans la Constitution de 2003 qui exigeaient des amendements chaque fois que survenaient des modifications mineures, notamment dans lâorganisation dâun tel ou tel autre Organe. La prĂ©sente rĂ©vision a Ă©galement revu la procĂ©dure de nomination des hautes autoritĂ©s du pays, le nombre de lois organiques, le mandat de certains juges et
- 2 Â
bacamanza nâabashinjacyaha ndetse no guhindura inyito za zimwe mu nzego za Leta.
Mu rwego rwo korohereza abakoresha Itegeko Nshinga rya Repubulika yâu Rwanda, Minisiteri yâUbutabera yasanze ari ngombwa guhuriza hamwe izi mpinduka zose zabaye ku Itegeko Nshinga ryo ku wa 04 Kamena 2003.
Bityo, uku guhuriza hamwe Itegeko Nshinga nâamavugurura yarikozweho bikaba bifite inyungu yo kugira inyandiko yâItegeko Nshinga ribumbiye hamwe yoroshye gukoresha kurusha kwitabaza Amagazeti ya Leta ya Repubulika yâu Rwanda uko ari atanu.
Ako gatabo ni ako gukoresha umunsi ku wundi. Ntigasimbura Itegeko Nshinga nkâuko ryagiye ritanganzwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika yâu Rwanda.
Tharcisse KARUGARAMA
Minisitiri wâUbutabera / Intumwa Nkuru ya Leta
State organs.
In order to make it easy for the users of the Constitution of the Republic of Rwanda, the Ministry of Justice put special emphasis on consolidating different constitutional provisions into one instrument, which incorporated all changes made to the Constitution of 4th June 2003.
In that regard, this consolidation of the Constitution and its amendments shall have a clear benefit of having one consolidated instrument which is easier to use compared to having the Constitution and its amendments in five separate Official Gazettes of the Republic of Rwanda.
The booklet serves for day to day use. In any way, it shall not replace the Constitution as it has been previously published in Official Gazette of the Republic of Rwanda.
Tharcisse KARUGARAMA
Minister of Justice/Attorney General
officiers de poursuite judiciaire ainsi que lâappellation de certains organes de lâEtat.
Etant donnĂ© que la lecture des dispositions constitutionnelles Ă©parses nâest pas aisĂ©e pour les utilisateurs de ce texte, le MinistĂšre de la Justice a procĂ©dĂ© Ă la coordination de cet important texte en un document unique, en incorporant les derniĂšres rĂ©visions susmentionnĂ©es dans le texte initial de la Constitution du 04 juin 2003.
Ainsi cette coordination de la Constitution et ses rĂ©visions aura le mĂ©rite certain de mettre Ă la disposition des usagers un texte unique dâusage facile au lieu et place de cinq diffĂšrent Journaux Officiels de la RĂ©publique du Rwanda.
Le livret est dâusage courant. Il ne remplace pas la Constitution tel quâelle a Ă©tĂ© auparavant publiĂ©e au Journal Officiel de la RĂ©publique du Rwanda.
Tharcisse KARUGARAMA
Ministre de la Justice / Garde des Sceaux
- 3 Â
Itegeko Nshinga rya Repubulika yâu Rwanda ryo ku wa 04 Kamena 2003 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 4 Kamena 2003)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 01 ryo ku wa 02 Ukuboza 2003 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 2 Ukuboza 2003)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 02 ryo ku wa 08 Ukuboza 2005 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 8 Ukuboza 2005)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 03 ryo ku wa 13 Kanama 2008 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 13 Kanama 2008)
Ivugururwa ryâItegeko Nshinga n° 04 ryo ku wa 17 Kamena 2010 (Igazeti ya Leta n° idasanzwe yo ku wa 17 Kamena 2010)
IRANGASHINGIRO
Twebwe, Abanyarwanda,
1.Nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe ikanashyirishwa mu bikorwa nâabayobozi babi n'abandi bose bayigizemo uruhare, igahitana abana bâu Rwanda barenga miliyoni ;
2.Twiyemeje kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside nâibyo igaragariramo byose, ndetse no kurandura burundu amacakubiri ashingiye ku moko, ku turere n'andi macakubiri ayo ari yo yose;
3.Twiyemeje kurwanya ubutegetsi bwâigitugu dushyiraho inzego za demokarasi nâabayobozi twihitiyemo nta gahato ;
4. Dushimangiye ko ari ngombwa kubumbatira no guharanira ubumwe nâubwiyunge bwâAbanyarwanda bwashegeshwe na jenoside yakorewe Abatutsi nâingaruka zayo ;
5.Tuzirikanye ko amahoro nâubumwe bwâAbanyarwanda ari byo nkingi ikomeye yâamajyambere
Constitution of the Republic of Rwanda of 04 June 2003 (O.G. special number of 4 June 2003)
Constitutional Amendment n° 01 of 2 December 2003 (O.G. special number of 2 December 2003)
Constitutional Amendment n° 02 of 8 December 2005 (O.G special number of 8 December 2005)
Constitutional Amendment n° 03 of 13 August 2008 (O.G. special number of 13 August 2008)
Constitutional Amendment n° 04 of 17 June 2010 (O.G. special of 17 June 2010)
PREAMBLE
We, the People of Rwanda,
1. In the wake of the genocide against the Tutsi that was organised and supervised by unworthy leaders and other perpetrators and that decimated more than a million sons and daughters of Rwanda;
2.Resolved to fight the ideology of genocide and all its manifestations and to eradicate ethnic, regional and any other form of divisions;
3.Determined to fight dictatorship by putting in place democratic institutions and leaders freely elected by ourselves;
4. Emphasizing on the necessity to strengthen and promote national unity and reconciliation which were seriously shaken by the genocide against the Tutsi and its consequences;
5.Conscious that peace and unity of Rwandans constitute the essential basis for national economic
Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 (J.O. n° spécial du 04 juin 2003)
Révision Constitutionnelle n° 01 du 02 décembre 2003 (J.O. n° spécial du 02 décembre 2003)
Révision Constitutionnelle n° 02 du 08 décembre 2005 (J.O. n° spécial du 08 décembre 2005)
Révision Constitutionnelle n° 03 du 13 août 2008 (J.O. n° spécial du 13 août 2008)
Révision constitutionnelle n° 04 du 17 juin 2010 (J.O. n° spécial du 17 juin 2010)
PREAMBULE
Nous, Peuple Rwandais,
1. Au lendemain du gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi, planifiĂ© et supervisĂ© par des dirigeants indignes et autres auteurs, et qui a dĂ©cimĂ© plus dâun million de filles et fils du Rwanda ;
2. RĂ©solus Ă combattre lâidĂ©ologie du gĂ©nocide et toutes ses manifestations ainsi quâĂ Ă©radiquer les divisions ethniques, rĂ©gionales et de toute autre forme;
3.DĂ©cidĂ©s Ă combattre la dictature en mettant en place des institutions dĂ©mocratiques et des autoritĂ©s librement choisies par nous-mĂȘmes;
4.Soulignant la nĂ©cessitĂ© de consolider et promouvoir lâunitĂ© et la rĂ©conciliation nationales durement Ă©branlĂ©es par le gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi et ses consĂ©quences ;
5.Conscients que la paix et lâunitĂ© des Rwandais constituent le fondement essentiel du
- 4 Â
yâIgihugu nâiterambere ryâAbanyarwanda ;
6.Twiyemeje kubaka Leta igendera ku mategeko, ishingiye ku iyubahiriza ryâuburenganzira bwâibanze bwa muntu, demokarasi ishingiye ku bitekerezo bya politiki binyuranye, gusaranganya ubutegetsi nta bwikanyize, ubworoherane no gukemura ibibazo binyuze mu mushyikirano ;
7. Dushingiye ku mahirwe dufite yo kugira Igihugu kimwe, ururimi rumwe, umuco umwe nâamateka maremare dusangiye bigomba gutuma tugira imyumvire imwe yâaho tugana ;
8. Tumaze kubona ko ari ngombwa gushaka mu mateka yacu amaze imyaka amagana imigenzereze myiza yarangaga abakurambere bacu igomba gushingirwaho kugira ngo Igihugu kibashe kubaho no kugira ubwisanzure ;
9. Twongeye guhamya ko twiyemeje gukurikiza amahame yâuburenganzira bwa Muntu nkâuko ateganywa nâAmasezerano yâUmuryango wâAbibumbye yo ku wa 26 Kamena 1945, Amasezerano Mpuzamahanga yo ku wa 9 Ukuboza 1948 yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside, Itangazo Mpuzamahanga ryâUburenganiza bwa Muntu ryo ku wa 10 Ukuboza 1948, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye guca burundu ivanguramoko iryo ari ryo ryose yo ku wa 21 Ukuboza 1965, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye uburenganiza mu byâubukungu, imibereho myiza nâumuco yo ku wa 19 Ukuboza 1966, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye Uburenganzira mu byâimbonezamubano na politiki yo ku wa 19 Ukuboza 1966, Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye guca burundu ivangura iryo ari ryo ryose rikorerwa abagore yo ku wa 1 Gicurasi 1980, Amasezerano Nyafurika yerekeye Uburenganzira bwa Muntu
development and social progress;
6.Resolved to build a State governed by the rule of law, based on respect for fundamental human rights, pluralistic democracy, equitable power sharing, tolerance and resolution of issues through dialogue;
7. Considering that we enjoy the privilege of having one country, a common language, a common culture and a long shared history which ought to lead to a common vision of our destiny;
8. Considering that it is necessary to draw from our centuries-old history the positive values which characterized our ancestors that must be the basis for the existence and flourishing of our Nation ;
9. Reaffirming our adherence to the principles of human rights enshrined in the United Nations Charter of 26 June 1945, the Convention on the Prevention and Punishment of the crime of Genocide of 9 December 1948, the Universal Declaration of Human Rights of 10 December 1948, the International Convention on the Elimination of All forms of Racial Discrimination of 21 December 1965, the International Covenant on Economic, Social and Cultural Rights of 19 December 1966, the International Covenant on Civil and Political Rights of 19 December 1966, the Convention on the Elimination of all Forms of Discrimination against Women of 1 May 1980, the African Charter of Human and Peoplesâ Rights of 27 June 1981 and the Convention on the Rights of the Child of 20 November 1989;
développement économique et du progrÚs social du pays;
6. Résolus à bùtir un Etat de droit fondé sur le respect des libertés et droits fondamentaux de la personne, la démocratie pluraliste, le partage équitable du pouvoir, la tolérance et la résolution des problÚmes par le dialogue;
7. ConsidĂ©rant que nous avons le privilĂšge d'avoir un mĂȘme pays, une mĂȘme langue, une mĂȘme culture et une longue histoire commune qui doivent nous conduire Ă une vision commune de notre destin;
8. ConsidĂ©rant quâil importe de puiser dans notre histoire multisĂ©culaire les valeurs positives qui ont guidĂ© nos ancĂȘtres et indispensables Ă lâexistence et Ă lâĂ©panouissement de notre Nation ;
9. RĂ©affirmant notre attachement aux principes des droits de la personne humaine tels quâils ont Ă©tĂ© dĂ©finis par la Charte des Nations Unies du 26 juin 1945, la Convention des Nations Unies du 9 dĂ©cembre1948 relative Ă la prĂ©vention et Ă la rĂ©pression du crime du gĂ©nocide, la DĂ©claration universelle des droits de lâhomme du 10 dĂ©cembre 1948, la Convention contre toutes formes de discrimination raciale du 21 dĂ©cembre 1965, le Pacte International relatif aux droits Ă©conomiques, sociaux et culturels du 19 dĂ©cembre 1966, le Pacte International relatif aux droits civils et politiques du 19 dĂ©cembre 1966, la Convention sur lâElimination de toute les formes de Discrimination Ă lâĂ©gard des femmes du 1 mai 1980, la Charte africaine de droits de lâhomme et des peuples du 27 juin 1981 et la Convention relative aux droits de lâenfant du 20 novembre 1989 ;
nâubwâAbaturage yo ku wa 27 Kamena 1981 nâAmasezerano Mpuzamahanga yerekeye uburenganzira bwâumwana yo ku wa 20 Ugushyingo 1989;
10. Twiyemeje guharanira ko haba uburenganzira bungana mu Banyarwanda no hagati yâAbagore nâAbagabo bitabangamiye amahame y'uburinganire n'ubwuzuzanye bwabo mu iterambere ry'Igihugu ;
11. Twiyemeje guharanira kongera ubumenyi nâubushobozi bwâabakozi, kurwanya ubujiji, guteza imbere ikoranabuhanga no guharanira amajyambere nâimibereho myiza yâAbanyarwanda;
12. Tumaze kubona ko nyuma yâigihe cyâinzibacyuho, u Rwanda rugomba kugengwa nâItegeko Nshinga rigizwe nâibitekerezo byatanzwe nâAbanyarwanda ubwabo ;
Twemeje muri referendumu iri Tegeko Nshinga kandi ni ryo tegeko risumba ayandi muri Repubulika y'u Rwanda:
INTERURO YA MBERE: IBYEREKEYE LETA NâINKOMOKO YâUBUTEGETSI BWâIGIHUGU
UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE INGINGO RUSANGE
Ingingo ya mbere: Leta yâu Rwanda ni Repubulika yigenga kandi ubutegetsi bwose ni yo buturukaho, ishingiye kuri demokarasi, igamije guteza imbere abaturage, kandi ntishingiye ku idini.
Ishingiro rya Repubulika ni « ubutegetsi bwa rubanda, butangwa na rubanda kandi bukorera rubanda ».
Ingingo ya 2: Ubutegetsi bwose bukomoka ku mbaga yâAbanyarwanda.
Nta gice cyâAbanyarwanda cyangwa se umuntu ku giti cye ushobora kwiha ubutegetsi.
- 5 Â
10. Committed to ensuring equal rights between Rwandans and between women and men without prejudice to the principles of gender equality and complementarity in national development;
11. Determined to develop human resources, to fight ignorance, to promote technological advancement and the social welfare of the people of Rwanda;
12. Considering that after the Transition period, Rwanda shall be governed by a Constitution comprising ideas expressed by Rwandans themselves;
Now hereby adopt, by referendum, this Constitution as the supreme Law of the Republic of Rwanda:
TITLE ONE: THE STATE AND NATIONAL SOVEREIGNTY
CHAPTER ONE: GENERAL PROVISIONS
Article One: The Rwandan State is an independent, sovereign, democratic, social and secular Republic;
The principle governing the Republic is "government of the people, by the people and for the people".
Article 2: All the power derives from the people.
No group of Rwandan people or an individual can vest in themselves the exercise of power.
10. EngagĂ©s Ă assurer lâĂ©galitĂ© des droits entre les Rwandais et entre les hommes et les femmes, sans porter prĂ©judice au principe de lâapproche « gender » et Ă la complĂ©mentaritĂ© pour le dĂ©veloppement national ;
11. DĂ©cidĂ©s Ă assurer le dĂ©veloppement des ressources humaines, Ă lutter contre lâignorance, Ă promouvoir la technologie, le progrĂšs et le bien-ĂȘtre social de la population rwandaise;
12. ConsidĂ©rant quâau terme de la pĂ©riode de transition, le Rwanda doit se doter dâune Constitution issue des choix exprimĂ©s par les Rwandais eux-mĂȘmes;
Adoptons par rĂ©fĂ©rendum la prĂ©sente Constitution qui est la loi suprĂȘme de la RĂ©publique du Rwanda :
TITRE PREMIER: DE LâETAT ET DE LA SOUVERAINETE NATIONALE
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS GENERALES
Article premier: LâEtat Rwandais est une RĂ©publique indĂ©pendante, souveraine, dĂ©mocratique, sociale et laĂŻque.
Le principe de la République est "le gouvernement du peuple, par le peuple et pour le peuple".
Article 2 : Tout pouvoir émane du peuple.
Aucune partie du peuple rwandais ni aucun individu ne peut sâen attribuer lâexercice.
- 6 Â
Ubutegetsi bwâIgihugu ni ubw'imbaga y'Abanyarwanda, bakoresha ubwabo binyuze muri referendumu cyangwa binyuze ku babahagarariye.
Ingingo ya 3 (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005)
Igihugu cyâu Rwanda kigabanyijemo Inzego z`Imitegekere yâIgihugu zigenwa nâitegeko ngenga kandi rikanashyiraho umubare, imbibi nâimiterere yazo.
Itegeko rigena imitunganyirize nâimikorere yâizo nzego.
Ingingo ya 4: Umurwa Mukuru wa Repubulika yâu Rwanda ni Umujyi wa Kigali.
Itegeko rigena, imiterere, imitunganyirize n'imikorere y'Umujyi wa Kigali.
Umurwa Mukuru ushobora kwimurirwa ahandi mu Rwanda byemejwe nâ itegeko.
Ingingo ya 5: Ururimi rwâ Igihugu ni Ikinyarwanda.
Indimi zikoreshwa mu butegetsi ni Ikinyarwanda, Igifaransa nâIcyongereza.
Ingingo ya 6 Ibiranga Igihugu cyâu Rwanda ni ibendera, intego, ikirango cya Repubulika nâindirimbo yâIgihugu.
Ibendera ryâIgihugu rigizwe nâamabara atatu: icyatsi kibisi, umuhondo nâubururu.
Ibendera rigizwe nâamabara akurikira uvuye hasi uzamuka: habanza ibara ryâicyatsi kibisi, rikurikirwa nâibara ryâumuhondo, kandi ayo mabara yombi yihariye icya kabiri cyâibendera ryose. Igice cya kabiri cyo hejuru kigizwe nâibara ryâubururu rishushanyijwemo izuba nâimirasire yaryo yâibara ryâumuhondo wa
National sovereignty belongs to rwandans who shall exercise it directly by way of referendum or through their representatives.
Article 3 (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
The Territory of Rwanda is divided into administrative entities determined by an Organic Law which determines their number, their boundaries and their organisation
A Law shall determine the organisation and the functioning of those entities.
Article 4: The Capital of the Republic of Rwanda is the City of Kigali.
A Law shall determine the organization and functioning of the City of Kigali.
The Capital can, by Law, be transferred elsewhere within Rwanda.
Article 5: The national language is Kinyarwanda.
The official languages are Kinyarwanda, French and English.
Article 6: The national symbols of Rwanda are the flag, the motto, the seal and the national anthem.
The national flag is made up of three colours: green, yellow and blue.
The flag comprises the following colours from the bottom to the top: a green strip, followed by a yellow strip both of which cover half the flag. The upper half is blue and bears on its right hand side the image of the sun with its rays of golden yellow. The sun and its rays are separated by a blue ring.
La souverainetĂ© nationale appartient au peuple rwandais qui lâexerce directement par la voie du rĂ©fĂ©rendum ou par ses reprĂ©sentants.
Article 3 (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Le territoire national est divisé en entités administratives établies par une loi organique qui fixe en outre leur nombre, leurs limites et leurs structures.
Une loi fixe lâorganisation et le fonctionnement de ces EntitĂ©s.
Article 4: La Capitale de la République du Rwanda est la Ville de Kigali.
Une loi détemine l'organisation et le fonctionnement de la Ville de Kigali.
Une loi peut transferer la Capitale ailleurs sur le territoire national.
Article 5: La langue nationale est le Kinyarwanda.
Les langues officielles sont le Kinyarwanda, le Français et lâAnglais.
Article 6: Les symboles nationaux sont le drapeau, la devise, le sceau et lâhymne national.
Le drapeau national est formé de trois couleurs: le vert, le jaune et le bleu.
Le drapeau est constituĂ©, de bas en haut, dâune bande de couleur verte, suivie dâune bande de couleur jaune qui couvrent la moitiĂ© du drapeau. La moitiĂ© supĂ©rieure est de couleur bleue portant dans sa partie droite lâimage du soleil avec ses rayons de couleur jaune dorĂ©e. Le soleil et ses rayons sont sĂ©parĂ©s par un anneau bleu.
zahabu riri ku ruhande rwâiburyo. Iryo zuba nâimirasire yaryo bitandukanyijwe nâuruziga rwâibara ryâubururu.
Itegeko rigena imiterere, ibisobanuro, imikoreshereze n'iyubahirizwa by'ibendera ry'Igihugu.
Intego ya Repubulika ni: UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU.
Ikirango cya Repubulika kigizwe nâuruziga rwâicyatsi kibisi nâipfundo ryâumugozi wâiryo bara upfunditse hasi, ahagana hejuru hakabamo inyandiko « REPUBULIKA YâU RWANDA ». Munsi yâipfundo handitse amagambo agize intego ya Repubulika « UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU ». Izo nyandiko zose zanditse mu nyuguti zâumukara ku ibara ryâumuhondo.
Ikirango cya Repubulika kigizwe kandi nâamashusho akurikira: izuba, imirasire yaryo, ishaka nâikawa, agaseke, uruziga rwâubururu rufite amenyo nâingabo ebyiri, imwe iri iburyo indi iri ibumoso.
Imiterere, ibisobanuro, imikoreshereze nâuburinzi byâibirango bishyirwaho nâitegeko.
Indirimbo yâIgihugu ni:" RWANDA NZIZA".
Imiterere n'iyubahirizwa by'Indirimbo y'Igihugu biteganywa n'Itegeko.
Ingingo ya 7 : Buri muntu afite uburenganzira ku bwenegihugu.
Ubwenegihugu burenze bumwe buremewe.
Ntawe ushobora kwamburwa ubwenegihugu nyarwanda bwâinkomoko.
Ntawe ushobora kuvutswa ubwenegihugu bwe cyangwa
- 7 Â
A Law shall determine the characteristics, significance, usage and ceremonials of the national flag.
The motto of the Republic is: UNITY, WORK, PATRIOTISM.
The Seal of the Republic is made up of a circular green rope with a green knot at the base, bearing on its upper part, the imprints « REPUBULIKA Y'U RWANDA ». At the bottom of the knot is the motto of the Republic: « UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU ». All these inscriptions are in black against a yellow background.
The Seal of the Republic also bears the following ideograms: the sun with its rays, a stem of sorghum and a branch of a coffee tree, a basket, a blue wheel with teeth and two shields one on the right and one on the left.
The characteristics, significance, usage and protection of the Seal shall be determined by a Law.
The national anthem is "RWANDA NZIZA".
The characteristics and ceremonies of the National Anthem shall be determined by a Law.
Article 7: Every person has a right to nationality.
Dual nationality is permitted.
No person may be deprived of Rwandan nationality of origin.
No person shall be arbitrarily deprived of his or her nationality or
Une loi dĂ©finit les caractĂ©ristiques, les significations, lâusage et le cĂ©rĂ©monial du drapeau national.
La devise de la République est: UNITE, TRAVAIL, PATRIOTISME.
Le sceau de la RĂ©publique est formĂ© dâune corde verte en cercle avec un nĆud de mĂȘme couleur vers le bas et portant, Ă sa partie supĂ©rieure, les mentions «REPUBULIKA YâU RWANDA». En bas du nĆud se trouvent les mentions de la devise de la RĂ©publique «UBUMWE, UMURIMO, GUKUNDA IGIHUGU». Toutes ces mentions sont Ă©crites en noir sur un fond jaune.
Le sceau de la RĂ©publique porte Ă©galement les idĂ©ogrammes suivants : le soleil avec ses rayons, une tige de sorgho et une branche de cafĂ©ier, un panier, une roue dentĂ©e de couleur bleue et deux boucliers lâun Ă droite, lâautre Ă gauche.
Les caractéristiques, les significations, l'utilisation et la garde des sceaux sont définies par une loi.
Lâhymne national est: "RWANDA NZIZA".
Les caractéristiques et le cérémonial de l'hymne national sont déterminés par une loi.
Article 7: Toute personne a droit à la nationalité.
La double nationalité est permise.
La nationalitĂ© rwandaise dâorigine ne peut ĂȘtre retirĂ©e.
Nul ne peut ĂȘtre arbitrairement privĂ© de sa nationalitĂ© ni du droit de
- 8 Â
uburenganzira bwo guhindura ubwenegihugu ku buryo bunyuranyije nâamategeko.
Abanyarwanda cyangwa ababakomokaho bavukijwe ubwenegihugu bwâu Rwanda hagati yâitariki ya 1 Ugushyingo 1959 nâiya 31 Ukuboza 1994 kubera guhabwa ubwenegihugu bwâamahanga basubirana batagombye kubisaba ubwenegihugu iyo bagarutse gutura mu Rwanda.
Abantu bose bakomoka mu Rwanda n'ababakomokaho bafite uburenganzira bwo guhabwa ubwenegihugu bwâu Rwanda, iyo babisabye.
Ibigomba gushingirwaho mu guhabwa ubwenegihugu bw'u Rwanda, kubugumana, kubukoresha no kubutakaza bigenwa n'itegeko ngenga.
Ingingo ya 8: Itora ni uburenganzira bwâabenegihugu bose ku buryo bungana.
Itora rikorwa mu buryo butaziguye cyangwa buziguye kandi mu ibanga, keretse iyo Itegeko Nshinga cyangwa irindi tegeko biteganya ubundi buryo.
Abanyarwanda bose, bâibitsina byombi, bujuje ibyangombwa bisabwa nâamategeko bafite uburenganzira bwo gutora no gutorwa.
Itegeko rigena ibigomba kubahirizwa nâuburyo bukoreshwa mu matora.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE AMAHAME REMEZO
Ingingo ya 9: Leta yâ u Rwanda yiyemeje kugendera ku mahame remezo akurikira no gutuma yubahirizwa:
1. kurwanya ingengabitekerezo ya
of the right to change nationality.
Rwandans or their descendants who were deprived of their nationality between 1st November 1959 and 31 December 1994 by reason of acquisition of foreign nationalities automatically reacquire Rwandan nationality if they return to settle in Rwanda.
All persons originating from Rwanda and their descendants shall, upon their request, be entitled to Rwandan nationality.
The conditions of acquisition, retention, enjoyment and deprivation of Rwandan nationality shall be determined by an Organic Law.
Article 8: Suffrage is universal and equal for all citizens.
Suffrage is direct or indirect and secret, unless the Constitution or another Law provides otherwise.
All Rwandan citizens of both sexes who fulfil the requirements provided for by the law have the right to vote and to be elected.
A Law shall determine the conditions and modalities for the conduct of elections.
CHAPTER II : FUNDAMENTAL PRINCIPLES
Article 9: The State of Rwanda commits itself to conform to the following fundamental principles and to promote and enforce the respect thereof:
1. fighting the ideology of
changer de nationalité.
Les Rwandais ou leurs descendants qui, entre le 1er novembre 1959 et le 31 dĂ©cembre 1994, ont perdu la nationalitĂ© rwandaise suite Ă lâacquisition dâune nationalitĂ© Ă©trangĂšre sont dâoffice rĂ©intĂ©grĂ©s dans la nationalitĂ© rwandaise s'ils reviennent s'installer au Rwanda.
Les personnes d'origine rwandaise et leurs descendants ont le droit dâacquĂ©rir la nationalitĂ© rwandaise, s'ils le demandent.
Les conditions dâacquisition, de conservation, de jouissance et de perte de la nationalitĂ© rwandaise sont dĂ©finies par une loi organique.
Article 8: Le suffrage est universel et égal pour tous les citoyens.
Le suffrage est direct ou indirect et secret sauf si la Constitution ou une autre loi en dispose autrement.
Tous les citoyens rwandais des deux sexes qui remplissent les conditions lĂ©gales, ont le droit de voter et dâĂȘtre Ă©lus.
Une loi détermine les conditions et les modalités des consultations électorales.
CHAPITRE II: DES PRINCIPES FONDAMENTAUX
Article 9: LâEtat Rwandais sâengage Ă se conformer aux principes fondamentaux suivants et Ă les faire respecter :
1. lutte contre lâidĂ©ologie du
- 9 Â
jenoside nâibyo igaragariramo byose;
2. kurandurana n'imizi amacakubiri ashingiye ku bwoko, akarere nâibindi no gushyira imbere ubumwe bwâAbanyarwanda;
3. gusaranganya ubutegetsi nta bwikanyize;
4. kubaka Leta igendera ku mategeko nâubutegetsi bwa demokarasi ishingiye ku bitekerezo bya politiki binyuranye, uburinganire bwâAbanyarwanda bose n'ubw'abagore n'abagabo, ibyo bigashimangirwa nâuko abagore bagira nibura mirongo itatu ku ijana byâimyanya mu nzego zifatirwamo ibyemezo;
5. kubaka Leta iharanira imibereho myiza yâabaturage no gushyiraho uburyo bukwiye kugira ngo bagire amahirwe angana mu mibereho yabo;
6. gushaka buri gihe umuti wâibibazo mu nzira yâibiganiro nâubwumvikane busesuye.
INTERURO YA II : IBYEREKEYE UBURENGANZIRA BWâIBANZE BWA MUNTU, UBURENGANZIRA NâINSHINGANO BYâUMWENEGIHUGU
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE UBURENGANZIRA BWâIBANZE BWA MUNTU
Ingingo ya 10 : Umuntu ni umunyagitinyiro kandi ni indahungabanywa.
Leta nâizindi nzego zâubutegetsi zifite inshingano ndakuka zo kumwubaha, kumurinda no kumurengera.
genocide and all its manifestations;
2. eradication of ethnic, regional and other divisions and promotion of national unity;
3. equitable sharing of power;
4. building a state governed by the rule of law, a pluralistic democratic government, equality of all Rwandans and between women and men reflected by ensuring that women are granted at least thirty per cent of posts in decision making organs;
5. building a State committed to promoting social welfare and establishing appropriate mechanisms for ensuring social justice;
6. the constant quest for solutions through dialogue and consensus.
TITLE II: FUNDAMENTAL HUMAN RIGHTS AND RIGHTS AND DUTIES OF THE CITIZEN
CHAPTER ONE : FUNDAMENTAL HUMAN RIGHTS
Article 10: The human person is sacred and inviolable.
The State and all public administration organs have the absolute obligation to respect protect and defend him or her.
génocide et toutes ses manifestations ;
2. Ă©radication des divisions ethniques, rĂ©gionales et autres et la promotion de lâunitĂ© nationale;
3. partage équitable du pouvoir;
4. Ă©dification dâun Etat de droit et du rĂ©gime dĂ©mocratique pluraliste, lâĂ©galitĂ© de tous les Rwandais et l'Ă©galitĂ© entre les femmes et les hommes reflĂ©tĂ©e par l'attribution d'au moins trente pour cent des postes aux femmes dans les instances de prise de dĂ©cision ;
5. Ă©dification dâun Etat vouĂ© au bien-ĂȘtre de la population et Ă la justice sociale ;
6. recherche permanente du dialogue et du consensus.
TITRE II: DES DROITS FONDAMENTAUX DE LA PERSONNE ET DES DROITS ET DEVOIRS DU CITOYEN
CHAPITRE PREMIER: DES DROITS FONDAMENTAUX DE LA PERSONNE
Article 10: La personne humaine est sacrée et inviolable.
LâEtat et tous les pouvoirs publics ont lâobligation absolue de la respecter, de la protĂ©ger et de la dĂ©fendre.
- 10 -
Ingingo ya 11 : Abanyarwanda bose bavukana kandi bagakomeza kugira ubwisanzure, uburenganzira nâinshingano bingana.
Ivangura iryo ari ryo ryose rishingiye nko ku bwoko, ku muryango, ku nzu, ku gisekuru, ku ibara ryâumubiri, ku gitsina, ku karere, ku byiciro byâubukungu, ku idini cyangwa ukwemera, ku bitekerezo, ku mutungo, ku itandukaniro ryâumuco, ku rurimi, ku bukungu, ku bumuga bwâumubiri cyangwa ubwo mu mutwe no ku rindi vangura iryo ari ryo ryose, rirabujijwe kandi rihanwa nâamategeko.
Ingingo ya 12 : Umuntu wese afite uburenganzira bwo kubaho. Ntawe ushobora kuvutswa ubuzima mu buryo bunyuranyije nâamategeko.
Ingingo ya 13 : Icyaha cya jenoside, ibyaha byibasiye inyokomuntu n'ibyaha by'intambara ntibisaza.
Guhakana no gupfobya jenoside bihanwa nâitegeko.
Ingingo ya 14 : Imibereho yâabasizwe iheruheru na jenoside yakorewe Abatutsi nâiyâabandi batishoboye (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Leta, mu bushobozi bwayo, iteganya ibikorwa byihariye bigamije imibereho myiza yâabasizwe iheruheru na jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu Rwanda kuva ku wa 1 Ukwakira 1990 kugeza ku wa 31 Ukuboza 1994, abantu bafite ubumuga, abatindi nyakujya, abageze mu zabukuru nâabandi batagira kivurira.
Ingingo ya 15: Umuntu wese afite uburenganzira bwo kudahungabanywa ku mubiri no mu mutwe.
Ntawe ushobora kwicwa urubozo, gukorerwa ibibabaza umubiri,
Article 11: All Rwandans are born and remain free and equal in rights and duties.
Discrimination of whatever kind based on, inter alia, ethnic origin, tribe, clan, colour, sex, region, social origin, religion or faith, opinion, economic status, culture, language, social status, physical or mental disability or any other form of discrimination is prohibited and punishable by Law.
Article 12: Every person has the right to life. No person shall be arbitrarily deprived of life.
Article 13: The crime of genocide, crimes against humanity and war crimes are not subject to prescriptive period.
Revisionism, negationism and trivialisation of genocide are punishable by the Law.
Article 14: Welfare of victims of genocide against the Tutsi and other needy persons (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The State shall, within the limits of its capacity, take special measures for the welfare of the survivors who were rendered destitute by genocide against the Tutsi committed in Rwanda from October 1st, 1990 to December 31st, 1994, the disabled, the indigent and the elderly as well as other vulnerable groups.
Article 15: Every person has the right to physical and mental integrity.
No one shall be subjected to torture, physical abuse or cruel, inhuman or
Article 11: Tous les Rwandais naissent et demeurent libres et égaux en droits et en devoirs.
Toute discrimination fondĂ©e notamment sur la race, lâethnie, le clan, la tribu, la couleur de la peau, le sexe, la rĂ©gion, lâorigine sociale, la religion ou croyance, lâopinion, la fortune, la diffĂ©rence de cultures, de langue, la situation sociale, la dĂ©ficience physique ou mentale ou sur toute autre forme de discrimination est prohibĂ©e et punie par la loi.
Article 12: Toute personne a droit Ă la vie. Nul ne peut ĂȘtre arbitrairement privĂ© de la vie.
Article 13: Le crime de gĂ©nocide, les crimes contre lâhumanitĂ© et les crimes de guerre sont imprescriptibles.
Le révisionnisme, le négationnisme et la banalisation du génocide sont punis par la loi.
Article 14: Bien-ĂȘtre des victimes du gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi et des autres personnes les plus nĂ©cessiteuses (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
LâEtat, dans les limites de ses capacitĂ©s, prend des mesures spĂ©ciales pour le bien-ĂȘtre des rescapĂ©s dĂ©munis Ă cause du gĂ©nocide perpetrĂ© contre les Tutsi commis au Rwanda du 1er octobre 1990 au 31 dĂ©cembre 1994, des personnes handicapĂ©es, des personnes sans ressources, des personnes ĂągĂ©es ainsi que dâautres personnes vulnĂ©rables.
Article 15: Toute personne a droit à son intégrité physique et mentale.
Nul ne peut faire lâobjet de torture, de sĂ©vices, ou de traitements cruels,
- 11 Â
cyangwa ngo akorerwe ibikorwa byâ ubugome, ibikorwa bidakwiye umuntu cyangwa bimutesha agaciro.
Ntawe ushobora gukorerwaho igerageza atabyiyemereye. Uburyo bwo kubyemera kimwe nâubwâiryo gerageza bugenwa nâitegeko.
Ingingo ya 16 : Abantu bose barangana imbere yâamategeko. Itegeko ribarengera ku buryo bumwe nta vangura iryo ari ryo ryose.
Ingingo ya 17 : Uburyozwacyaha ni gatozi ku wakoze icyaha. Kuryozwa indishyi bigengwa n'itegeko.
Ntawe ushobora gufungirwa kutubahiriza inshingano zishingiye ku mategeko mbonezamubano cyangwa ayâubucuruzi.
Ingingo ya 18 : Ubwisanzure bwa muntu bwubahirizwa na Leta.
Ntawe ushobora gukurikiranwa, gufatwa, gufungwa cyangwa guhanirwa icyaha keretse mu gihe biteganywa nâamategeko akurikizwa mu gihe icyaha akurikiranyweho cyakorewe.
Kumenyeshwa imiterere n'impamvu z'icyaha ukurikiranyweho, kwiregura no kunganirwa ni uburenganzira budahungabanywa mu bihe byose, ahantu hose, mu nzego zose z'ubutegetsi, iz'ubucamanza n'izindi zose zifata ibyemezo.
Ingingo ya 19: Umuntu wese afatwa nkâumwere ku cyaha aregwa igihe cyose kitaramuhama burundu mu buryo bukurikije amategeko, mu rubanza rwabereye mu ruhame kandi ruboneye, yahawe uburyo bwose bwa ngombwa bwo kwiregura.
Ntawe ushobora kuvutswa kuburanira imbere yâumucamanza
degrading treatment.
No one shall be subjected to experimentation without his/her informed consent. The modalities of such consent and experiments are determined by Law.
Article 16: All human beings are equal before the law. They shall enjoy, without any discrimination, equal protection of the Law.
Article 17: Criminal liability is personal. Civil liability is determined by a Law.
No one shall be imprisoned on the ground of inability to fulfil obligations arising from civil or commercial Laws.
Article 18: The person's liberty is guaranteed by the State.
No one shall be subjected to prosecution, arrest, detention or punishment unless provided for by laws into force at the time the offence was committed.
The right to be informed of the nature and cause of charges and the right to defence are absolute at all levels and degrees of proceedings before administrative, judicial and all other decision making organs.
Article 19: Every person accused of a crime shall be presumed innocent until his or her guilt has been conclusively proved in accordance with the law in a public and fair trial in which all the necessary guarantees for defence have been made available.
No one shall be denied the right to appear before a competent judge to
inhumains ou dégradants.
Nul ne peut faire lâobjet dâexpĂ©rimentation sans son consentement. Les modalitĂ©s de ce consentement et de cette expĂ©rimentation sont rĂ©gies par la loi.
Article 16: Tous les ĂȘtres humains sont Ă©gaux devant la loi. Ils ont droit, sans aucune distinction, Ă une Ă©gale protection par la loi.
Article 17: La responsabilité pénale est personnelle. La responsabilité civile est définie par la loi.
Nul ne peut ĂȘtre dĂ©tenu pour non exĂ©cution dâobligations dâordre civil ou commercial.
Article 18: La libertĂ© de la personne est garantie par lâEtat.
Nul ne peut ĂȘtre poursuivi, arrĂȘtĂ©, dĂ©tenu ou condamnĂ© que dans les cas prĂ©vus par la loi en vigueur au moment de la commission de lâacte.
Etre informé de la nature et des motifs de l'accusation, le droit de la défense sont les droits absolus à tous les états et degrés de la procédure devant toutes les instances administratives et judiciaires et devant toutes les autres instances de prise de décision.
Article 19: Toute personne accusĂ©e dâune infraction est prĂ©sumĂ©e innocente jusquâĂ ce que sa culpabilitĂ© soit lĂ©galement et dĂ©finitivement Ă©tablie Ă l'issue d'un procĂšs public et Ă©quitable au cours duquel toutes les garanties nĂ©cessaires Ă sa dĂ©fense lui auront Ă©tĂ© accordĂ©es.
Nul ne peut ĂȘtre distrait, contre son grĂ©, du juge que la loi lui assigne.
- 12 Â
itegeko rimugenera.
Ingingo ya 20: Kudakurikizwa kwâitegeko mpanabyaha ku byaha byakozwe ritarajyaho (Ivugururwa nÂș 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ntawe ushobora gukurikiranwa, gufatwa, gufungwa cyangwa guhanirwa ibyo yakoze cyangwa atakoze, iyo amategeko yâIgihugu cyangwa amategeko mpuzamahanga atabifataga nkâicyaha igihe byakorwaga.
Ntawe ushobora guhanishwa igihano kiruta icyari giteganyijwe n'amategeko mu gihe yakoraga icyaha.
Ibyaha nâibihano bijyanye na byo biteganywa nâitegeko ngenga.
Ingingo ya 21: Ntawe ushobora gukorerwa ubugenzurwe keretse mu bihe no mu buryo buteganyijwe nâitegeko, kubera impamvu zishingiye ku ituze rusange ryâabaturage cyangwa ku mutekano wâIgihugu.
Ingingo ya 22: Imibereho bwite yâumuntu, iyâumuryango we, urugo rwe, ubutumwa yohererezanya nâabandi ntibishobora kuvogerwa mu buryo bunyuranyije nâamategeko; icyubahiro nâagaciro ke mu maso yâabandi bigomba kubahirizwa.
Urugo rwâumuntu ntiruvogerwa. Ntihashobora gukorwa isakwa mu rugo cyangwa kurwinjiramo kubera impamvu z'igenzura nyirarwo atabyemeye, keretse mu bihe no mu buryo biteganyijwe nâamategeko.
Ibanga ryâamabaruwa nâiryâitumanaho ntirishobora kuzitirwa keretse mu bihe no mu buryo biteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 23 : Buri Munyarwanda afite uburenganzira bwo kujya aho ashaka hose no gutura aho ari ho hose mu
hear his/her case.
Article 20: Non retroactivity of criminal law (Amendment nÂș 04 of 17/06/2010)
No one shall be subjected to prosecution, arrest, detention or punishment on account of any act or omission which did not constitute a criminal offence under national or international law at the time it was committed.
No one shall be punished with a heavier penalty than the one that was prescribed under the Law at the time when the offence was committed.
Offences and related penalties shall be determined by an Organic Law.
Article 21: No person shall be subjected to security measures except as provided for by Law, for reasons of public order and State security.
Article 22: The private life, family, home or correspondence of a person shall not be subjected to arbitrary interference; his/her honour and good reputation shall be respected.
A personâs home is inviolable. No search of or entry into a home may be carried out without the consent of the owner, except in circumstances and in accordance with procedures determined by Law.
Confidentiality of correspondence and communication shall not be subject to waiver except in circumstances and in accordance with procedures determined by Law.
Article 23: Every Rwandan has the right to move and to circulate freely and to settle anywhere in Rwanda.
Article 20: Non rĂ©troactivitĂ© de la loi pĂ©nale (RĂ©vision nÂș 04 du 17/06/2010)
Nul ne peut ĂȘtre poursuivi, arrĂȘtĂ©, dĂ©tenu ou condamnĂ© pour des actions ou omissions qui ne constituaient pas une infraction dâaprĂšs le droit national ou international au moment oĂč elles ont Ă©tĂ© commises.
Nul ne peut ĂȘtre infligĂ© dâune peine plus forte que celle qui Ă©tait prĂ©vue par la loi au moment oĂč lâinfraction a Ă©tĂ© commise.
Les infractions et les peines y afférentes sont déterminées par une loi organique.
Article 21: Nul ne peut ĂȘtre soumis Ă des mesures de sĂ»retĂ© que dans les cas et selon les formes prĂ©vus par la loi, pour des raisons dâordre public ou de sĂ©curitĂ© de lâEtat.
Article 22: Nul ne peut faire lâobjet dâimmixtion arbitraire dans sa vie privĂ©e, sa famille, son domicile ou sa correspondance ; son honneur et sa rĂ©putation doivent ĂȘtre respectĂ©s.
Le domicile dâune personne est inviolable. A dĂ©faut de son consentement, nulle perquisition ou visite domiciliaire ne peut ĂȘtre ordonnĂ©e que dans les cas et selon les formes prĂ©vus par la loi.
Le secret de la correspondance et de la communication ne peut faire lâobjet de dĂ©rogation que dans les cas et les formes prĂ©vus par la loi.
Article 23: Tout citoyen rwandais a le droit de se déplacer et de se fixer librement sur le territoire national.
Rwanda.
Buri Munyarwanda afite uburenganzira bwo kuva mu gihugu nâubwo kukigarukamo.
Ubwo burenganzira buzitirwa gusa nâitegeko ku mpamvu zâituze rusange ryâabaturage nâumutekano wâIgihugu, kugira ngo icyahungabanya abaturage gikumirwe cyangwa abari mu kaga barengerwe.
Ingingo ya 24: Buri Munyarwanda afite uburenganzira ku Gihugu cye.
Nta Munyarwanda gucibwa mu Gihugu cye.
ushobora
Ingingo ya 25: Uburenganzira bwo guhabwa ubuhungiro bwemewe mu buryo buteganywa nâamategeko.
Koherereza ikindi gihugu abanyamahanga bakoze ibyaha, byemewe gusa iyo bikurikije amategeko cyangwa amasezerano mpuzamahanga u Rwanda rwemeye.
Ariko nta Munyarwanda ushobora kohererezwa ikindi gihugu kimukurikiranyeho icyaha.
Ingingo ya 26: Ugushyingiranwa (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ugushyingiranwa kâumugabo umwe nâumugore umwe gukorewe mu butegetsi bwa Leta ni ko kwemewe.
Icyakora, ugushyingiranwa kâumugabo umwe nâumugore umwe gukorewe mu mahanga mu buryo bwemewe nâAmategeko yâIgihugu basezeraniyemo kuremewe.
Ntawe ushobora gushyingirwa atabyemeye ku bushake bwe, yaba uw'igitsina gore cyangwa uw'igitsina gabo.
Abashyingiranywe bafite uburenganzira nâinshingano bingana mu gihe cyo gushyingiranywa, igihe
- 13 Â
Every Rwandan has the right to leave and to return to the country.
These rights shall be restricted only by the law for reasons of public order or State security, in order to deal with a public menace or to protect persons in danger.
Article 24: Every Rwandan has the right to his/her country.
No Rwandan shall be banished from the country.
Article 25: The right to asylum is recognized under conditions determined by the Law.
The extradition of foreigners shall be permitted only so far as it is consistent with the Law or international conventions to which Rwanda is a party.
However, no Rwandan shall be extradited.
Article 26 : Marriage (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Civil monogamous marriage between a man and a woman is the only recognized.
However, the monogamous marriage between a man and a woman contracted outside Rwanda in accordance with the Law of the country of celebration of the marriage shall be recognized.
No person may be married without his/her free consent.
Parties to a marriage have equal rights and obligations upon and during the subsistence of their
Tout citoyen rwandais a le droit de quitter librement son pays et dây revenir.
Lâexercice de ce droit ne peut ĂȘtre limitĂ© que par la loi pour des raisons dâordre public ou de sĂ©curitĂ© de lâEtat, pour parer Ă un danger public ou pour protĂ©ger des personnes en pĂ©ril.
Article 24: Tout Rwandais a droit Ă sa Patrie.
Aucun citoyen rwandais ne peut ĂȘtre contraint Ă lâexil.
Article 25: Le droit dâasile est reconnu dans les conditions dĂ©finies par la loi.
Lâextradition des Ă©trangers nâest autorisĂ©e que dans les limites prĂ©vues par la loi ou les conventions internationales auxquelles le Rwanda est partie.
Toutefois, aucun Rwandais ne peut ĂȘtre extradĂ©.
Article 26 : Mariage (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Le seul mariage civil monogamique entre un homme et une femme est reconnu.
Toutefois, le mariage monogamique entre un homme et une femme contractĂ© Ă lâĂ©tranger conformĂ©ment Ă la loi du pays de cĂ©lĂ©bration du mariage est reconnu.
Nul ne peut contracter un mariage que de son libre consentement.
Les Ă©poux ont les mĂȘmes droits et les mĂȘmes devoirs pendant le mariage et lors du divorce.
- 14 Â
babana nâigihe cyo gutandukana.
Itegeko rigena gukurikizwa, uburyo zâubushyingiranwe.
ibigomba nâingaruka
Ingingo ya 27: Umuryango, ari wo shingiro kamere ryâimbaga yâAbanyarwanda, urengerwa na Leta.
Ababyeyi bombi bafite uburenganzira nâinshingano zo kurera abana babo.
Leta ishyiraho amategeko nâinzego bikwiye bishinzwe kurengera umuryango, by'umwihariko umwana na nyina, kugira ngo umuryango ugire ubwisanzure.
Ingingo ya 28: Umwana wese afite uburenganzira bwo kurengerwa ku buryo bwihariye nâumuryango we, abandi banyarwanda na Leta, bitewe n'ikigero n'imibereho arimo nkâuko biteganywa nâamategeko yâu Rwanda ndetse nâamategeko mpuzamahanga.
Ingingo ya 29: Buri muntu afite uburenganzira ku mutungo bwite, waba uwe ku giti cye cyangwa uwo afatanyije nâabandi.
Umutungo bwite, uwâumuntu ku giti cye cyangwa uwo asangiye nâabandi ntuvogerwa.
Ntushobora guhungabanywa keretse ku mpamvu zâinyungu rusange mu bihe no mu buryo buteganywa nâamategeko kandi habanje gutangwa indishyi ikwiye.
Ingingo ya 30 : Umutungo bwite w'ubutaka n'ubundi burenganzira ku butaka bitangwa na Leta.
Itegeko rigena uburyo bwo kubutanga, kubuhererekanya no kubukoresha.
marriage and at the time of divorce.
A Law shall determine the conditions, forms and consequences of marriage.
Article 27: The family, which is the natural foundation of Rwandan society, is protected by the State.
Both parents shall have the right and responsibility to bring up their children.
The State shall put in place appropriate legislation and institutions for the protection of the family, in particular mother and child in order to ensure that the family flourishes.
Article 28: Every child is entitled to special measures of protection by his/her family, society and the State that are necessary, depending on the status of the child, under national and international law.
Article 29: Every person has a right to private property, whether personal or owned in association with others.
Private property, whether individually or collectively owned, is inviolable.
The right to property may not be interfered with except in public interest, in circumstances and procedures determined by Law and subject to fair and prior compensation.
Article 30: Private ownership of land and other rights related to land are granted by the State.
A Law specify the modalities of acquisition, transfer and use of land.
Une loi détermine les conditions, les formes et les effets du mariage.
Article 27: La famille, base naturelle de la sociĂ©tĂ© rwandaise, est protĂ©gĂ©e par lâEtat.
Les deux parents ont le droit et le devoir d'éduquer leurs enfants.
L'Etat met en place une législation et des institutions appropriées pour la protection de la famille, de l'enfant et de la mÚre en particulier, en vue de son épanouissement.
Article 28: Tout enfant a droit, de la part de sa famille, de la sociĂ©tĂ© et de lâEtat, aux mesures spĂ©ciales de protection quâexige sa condition, conformĂ©ment aux droits national et international.
Article 29: Toute personne a droit à la propriété privée, individuelle ou collective.
La propriété privée, individuelle ou collective, est inviolable.
Il ne peut y ĂȘtre portĂ© atteinte que pour cause dâutilitĂ© publique, dans les cas et de la maniĂšre Ă©tablis par la loi, et moyennant une juste et prĂ©alable indemnisation.
Article 30: La propriété privée du sol et d'autres droits réels grevant le sol sont concédés par l'Etat.
Une loi en détermine les modalités d'acquisition, de transfert et d'exploitation.
- 15 -
Ingingo ya 31: Umutungo wa Leta ugizwe nâumutungo rusange nâumutungo bwite wa Leta ndetse nâumutungo rusange n'umutungo bwite wâinzego zâubutegetsi bwâibanze za Leta.
Umutungo rusange wâIgihugu ntushobora gutangwa keretse ubanje gushyirwa mu mutungo bwite wa Leta.
Ingingo ya 32: Buri wese agomba kubaha umutungo wa Leta.
Igikorwa cyose kigamije konona, gusenya, kurigisa, gusesagura no kwangiza uwo mutungo, gihanwa nâamategeko.
Ingingo ya 33: Ubwisanzure mu bitekerezo, mu kubigaragaza, mu mutimanama, mu guhitamo idini, mu gusenga no kubigaragaza mu ruhame burengerwa na Leta mu buryo buteganywa nâamategeko.
Kwamamaza ivangura rishingiye ku isanomuzi, ku karere, ku bwoko cyangwa ku macakubiri ayo ari yo yose bihanwa nâamategeko.
Ingingo ya 34: Ubwisanzure bwâitangazamakuru (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ubwisanzure bwâitangazamakuru nâubwo kumenya amakuru buremewe kandi bwubahirizwa na Leta.
Ubwisanzure bwo kugaragaza ibitekerezo nâubwo kumenya amakuru ntibugomba kubangamira ituze rusange rya rubanda nâimyifatire iboneye, uburenganzira bwâumwenegihugu bwo kugira icyubahiro nâagaciro mu maso yâabandi, ubwo kutagira uwivanga mu mibereho ye bwite nâiyâumuryango we; bwemerwa kandi iyo butabangamiye irengerwa ryâurubyiruko nâabana.
Uko ubwo bwisanzure bukoreshwa
Article 31: The property of the State comprises of public and private property of the central Government as well as the public and private property of decentralized local government organs.
The public property of the State is inalienable unless there has been prior transfer thereof to the private property of the State.
Article 32: Every person shall respect public property.
Any act intended to cause sabotage, vandalism, corruption, embezzlement, squandering or any tampering with public property shall be punishable by Law.
Article 33: Freedom of thought, opinion, conscience, religion, worship and public manifestation thereof is guaranteed by the State in accordance with conditions determined by Law.
Propagation of ethnic, regional, racial or discrimination or any other form of division shall be punishable by Law.
Article 34: Freedom of press and information (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Freedom of press and freedom of information are recognized and guaranteed by the State.
Freedom of speech and freedom of information shall not prejudice public order and good morals, the right of every citizen to honour, good reputation and the privacy of personal and family life. It is also guaranteed so long as it does not prejudice the protection of the youth and minors.
The conditions for exercising such
Article 31: La propriĂ©tĂ© de l'Etat comprend le domaine public et le domaine privĂ© de lâEtat ainsi que le domaine public et le domaine privĂ© des collectivitĂ©s publiques dĂ©centralisĂ©es.
Les biens du domaine public sont inaliĂ©nables sauf leur dĂ©saffectation prĂ©alable en faveur du domaine privĂ© de lâEtat.
Article 32: Toute personne est tenue de respecter les biens publics.
Tout acte de sabotage, de vandalisme, de corruption, de détournement, de dilapidation ou toute atteinte au bien public est réprimé par la loi.
Article 33: La libertĂ© de pensĂ©e, dâopinion, de conscience, de religion, de culte et de leur manifestation publique est garantie par l'Etat dans les conditions dĂ©finies par la loi.
Toute propagande à caractÚre ethnique, régionaliste, raciste ou basée sur toute autre forme de division est punie par la loi.
Article 34 : LibertĂ© de la presse et de lâinformation (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
La libertĂ© de la presse et la libertĂ© de lâinformation sont reconnues et garanties par lâEtat.
La libertĂ© dâexpression et la libertĂ© dâinformation ne doivent pas porter atteinte Ă lâordre public et aux bonnes mĆurs, Ă la protection des jeunes et des enfants ainsi quâau droit dont jouit tout citoyen Ă lâhonneur, Ă la bonne rĂ©putation et Ă la prĂ©servation de lâintimitĂ© de sa vie personnelle et familiale.
Les conditions dâexercice de ces
- 16 Â
biteganywa nâamategeko.
Hashyizweho urwego rwigenga rwitwa «Inama Nkuru yâItangazamakuru». Itegeko riteganya inshingano, imiterere nâimikorere byarwo.
Ingingo ya 35: Uburenganzira bwo kwishyira hamwe buremewe, kandi ntibubanza gusabirwa uruhushya.
Bukoreshwa hakurikijwe ibiteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 36 : Uburenganzira bwo guteranira mu nama zâituze kandi nta ntwaro buremewe iyo bitanyuranyije nâamategeko.
Ntibubanza gusabirwa uruhushya keretse igihe biteganyijwe nâitegeko kandi biteganywa gusa ku byerekeye amakoraniro yo hanze, ahagenewe kugerwa nâabantu bose, nâahateranira abantu benshi na bwo kandi bitewe nâimpamvu zo kurengera umutekano, ituze rusange rya rubanda cyangwa kurinda ubuzima bwâabantu.
Ingingo ya 37 : Umuntu wese afite uburenganzira bwo guhitamo no gukora umurimo umunogeye.
Iyo abantu bakora umurimo umwe kandi bafite ubumenyi nâubushobozi bumwe bagomba guhembwa kimwe nta vangura iryo ari ryo ryose.
Ingingo ya 38 : Uburenganzira bwo gushyiraho ingaga zâabakozi, kurengera no guteza imbere inyungu zâumwuga bafitiye uburenganzira buremewe.
Buri mukozi ashobora kurengera uburenganzira bwe abinyujije mu rugaga rwâabakozi mu buryo buteganywa n'amategeko.
Buri mukoresha afite uburenganzira bwo kwinjira mu muryango wâabakoresha.
freedoms shall be determined by Law.
There is hereby established an independent institution known as the âMedia High Councilââ. A Law shall determine its responsibilities, organization and functioning.
Article 35: Freedom of association is guaranteed and shall not require prior authorization.
Such freedom shall be exercised under conditions determined by Law.
Article 36: Freedom of peaceful assembly without arms is guaranteed if it is not inconsistent with the law.
Prior authorization shall only be necessary if the Law so requires and solely in the case of assembly in the open air, in a public place or on a public road, to the extent that such is necessary in the interests of public safety, public order or public health.
Article 37: Every person has the right to free choice of employment.
Persons with the same competence and ability shall have a right to equal pay for equal work without any discrimination.
Article 38: The right to form trade unions for the defence and the promotion of legitimate professional interests is recognized.
Every worker may defend his/her rights through trade union action under conditions determined by Law.
Every employer has the right to join an employersâ organization.
libertés sont fixées par la loi.
Il est créé un organe indépendant dénommé le « Haut Conseil des Médias ». Une loi détermine ses missions, son organisation et son fonctionnement.
Article 35: La libertĂ© dâassociation est garantie et ne peut ĂȘtre soumise Ă lâautorisation prĂ©alable.
Elle sâexerce dans les conditions prescrites par la loi.
Article 36: La liberté de se rassembler en des réunions pacifiques et sans armes est garantie dans les limites fixées par la loi.
Lâautorisation prĂ©alable nâen est demandĂ©e que dans des cas prĂ©vus par une loi et uniquement pour des rassemblements en plein air, sur la voie publique ou dans des lieux publics, et pour autant que des raisons de sĂ©curitĂ©, de lâordre public ou de salubritĂ© lâexigent.
Article 37: Toute personne a droit au libre choix de son travail.
A compétence et capacité égales, toute personne a droit, sans aucune discrimination, à un salaire égal pour un travail égal.
Article 38: Le droit de former des syndicats pour la dĂ©fense et la promotion des intĂ©rĂȘts professionnels lĂ©gitimes est reconnu.
Tout travailleur peut dĂ©fendre ses droits par lâaction syndicale dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
Tout employeur a droit dâadhĂ©rer Ă une association des employeurs.
- 17 -
Ingaga zâumurimo zâabakozi nâamashyirahamwe yâabakoresha bifite uburenganzira bwo kugirana amasezerano rusange cyangwa yihariye agenga imikoranire yabyo. Uburyo ayo masezerano akorwa bugenwa nâitegeko.
Ingingo ya 39 : Uburenganzira bwâabakozi bwo guhagarika imirimo buremewe kandi bukoreshwa hakurikijwe amategeko abugenga; ariko ubwo burenganzira ntibushobora guhungabanya uburenganzira bwâundi ku murimo kuko bwemerewe buri wese
Ingingo ya 40 : Umuntu wese afite uburenganzira ku burezi.
Ubwisanzure mu kwiga no kwigisha buremewe mu buryo buteganywa nâamategeko.
Kwiga amashuri abanza ni itegeko kandi ni ubuntu mu mashuri ya Leta.
Ku mashuri afashwa na Leta, uburyo bwo kwigira ubuntu mu mashuri abanza buteganywa nâitegeko ngenga.
Leta ifite inshingano yo gushyiraho uburyo bwihariye bworohereza abantu bafite ubumuga kwiga.
Itegeko ngenga rigena imiterere yâ uburezi.
Ingingo ya 41 : Abenegihugu bose bafite uburenganzira n'inshingano ku buzima bwiza. Leta ifite inshingano zo kubakangurira ibikorwa bigamije ubuzima bwiza no kubafasha kubigeraho.
Ingingo ya 42 : Umunyamahanga wese uri muri Repubulika y'u Rwanda mu buryo bwemewe nâamategeko afite uburenganzira bwose uretse umwihariko wâabenegihugu nk'uko
Trade unions and employersâ associations have the right to enter into general or specific agreements regulating their working relations. The modalities for making these agreements shall be determined by a Law.
Article 39: The right of workers' to strike is permitted and shall be exercised within the limits provided for by the Law, but the exercising of this right should not interfere with the freedom to work which is guaranteed for every individual.
Article 40: Every person has the right to education.
Freedom of learning and teaching shall be guaranteed in accordance with conditions determined by law.
Primary education is compulsory. It is free in public schools.
The conditions for free primary education in schools subsidised by the Government shall be determined by an Organic Law.
The State shall have the duty to take special measures to facilitate the education of disabled people.
An Organic Law shall determine the organization of Education.
Article 41: All citizens have the right and duties relating to health. The State shall have the duty of mobilizing the population for activities aimed at promoting good health and to assist in the implementation of these activities.
Article 42: Every foreigner legally residing in the Republic of Rwanda shall enjoy all rights save those reserved for nationals as determined under this Constitution and other laws.
Les syndicats des travailleurs et les associations des employeurs sont libres dâavoir des conventions gĂ©nĂ©rales ou spĂ©cifiques rĂ©gissant leurs relations de travail. Les modalitĂ©s relatives Ă ces conventions sont dĂ©finies par une loi.
Article 39: Le droit de grĂšve des travailleurs est reconnu et sâexerce dans les conditions dĂ©finies par la loi, mais lâexercice de ce droit ne peut porter atteinte Ă la libertĂ© du travail reconnue Ă chacun.
Article 40: Toute personne a droit Ă lâĂ©ducation.
La libertĂ© dâapprentissage et de l'enseignement est garantie dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
L'enseignement primaire est obligatoire. Il est gratuit dans les établissements publics.
Pour les Ă©tablissements subventionnĂ©s par lâEtat, les conditions de gratuitĂ© de lâenseignement primaire sont dĂ©terminĂ©es par une loi organique.
LâEtat a lâobligation de prendre des mesures spĂ©ciales pour faciliter lâenseignement des personnes handicapĂ©es.
Une loi organique dĂ©finit lâorganisation de lâĂ©ducation.
Article 41: Tous les citoyens ont des droits et des devoirs en matiĂšre de santĂ©. L'Etat a le devoir de mobiliser la population pour les activitĂ©s de protection et de promotion dâune bonne santĂ© et de contribuer Ă leur mise en Ćuvre.
Article 42: Tout étranger qui se trouve réguliÚrement sur le territoire de la République du Rwanda jouit de tous les droits à l'exception de ceux réservés aux nationaux tels que
biteganyijwe nâiri Tegeko Nshinga nâandi mategeko.
Ingingo ya 43 : Mu gukoresha uburenganzira nâubwisanzure, buri wese azitirwa gusa nâitegeko rigamije kwemera no kubahiriza uburenganzira nâubwisanzure bwâabandi ndetse nâimyitwarire iboneye, umutuzo rusange nâimibereho myiza muri rusange biranga igihugu kigendera kuri demokarasi.
Ingingo ya 44 : Ubutegetsi bwâUbucamanza, bwo murinzi wâuburenganzira nâubwisanzure bwa rubanda, bwubahiriza iyo nshingano mu buryo buteganywa nâamategeko.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE UBURENGANZIRA NâINSHINGANO BYâUMWENEGIHUGU
Ingingo ya 45 : Abenegihugu bose bafite uburenganzira bwo kujya mu buyobozi bwose bwâIgihugu, baba babukoresheje ubwabo, cyangwa se babinyujije ku babahagarariye bihitiyemo nta gahato, hakurikijwe amategeko.
Abenegihugu bose bafite uburenganzira bungana bwo kujya mu mirimo ya Leta hashingiwe ku bumenyi nâubushobozi bwabo.
Ingingo ya 46: Umwenegihugu wese afite inshingano zo kutagira uwo avangura no kugirana na bagenzi be imibanire igamije kubumbatira, guharanira no gushimangira ubwubahane, ubufatanye nâubworoherane hagati yabo.
Ingingo ya 47: Abenegihugu bose bafite inshingano zo kugira uruhare mu iterambere ryâIgihugu bitabira umurimo no kubumbatira amahoro, demokarasi, ubutabera n'uburinganire mu mibereho yâabaturage no kugira uruhare mu kurengera Igihugu
- 18 Â
Article 43: In the exercise of rights and enjoyment of freedoms, every person shall only be subjected to the limitations set by the Law in order to ensure the recognition and respect of othersâ rights and freedoms, good morals, public order and social welfare which characterize a democratic society.
Article 44: The judiciary as the guardian of rights and freedoms of the public shall ensure respect thereof in accordance with procedures determined by Law.
CHAPTER II : RIGHTS AND DUTIES OF THE CITIZEN
Article 45: All citizens have the right to participate in the government of the country, whether directly or through freely chosen representatives in accordance with the Law.
All citizens have the right of equal access to public service in accordance with their competence and abilities.
Article 46: Every citizen has the duty to relate to other persons without discrimination and to maintain relations conducive to safeguarding, promoting and reinforcing mutual respect, solidarity and tolerance.
Article 47: All citizens have the duty to participate, through work, in the development of the country; to safeguard peace, democracy, social justice and equality and to participate in the defence of the motherland.
prévus par la présente Constitution et d'autres lois.
Article 43: Dans lâexercice de ses droits et dans la jouissance de ses libertĂ©s, chacun nâest soumis quâaux limitations Ă©tablies par la loi en vue dâassurer la reconnaissance et le respect des droits et libertĂ©s dâautrui et de satisfaire aux justes exigences de la morale, de lâordre public et du bien ĂȘtre gĂ©nĂ©ral, dans une sociĂ©tĂ© dĂ©mocratique.
Article 44: Le Pouvoir Judiciaire en tant que gardien des droits et des libertés publiques, en assure le respect dans les conditions définies par la loi.
CHAPITRE II: DES DROITS ET DES DEVOIRS DU CITOYEN
Article 45: Tous les citoyens ont le droit, conformĂ©ment aux rĂšgles Ă©dictĂ©es par la loi, de participer librement Ă la direction des affaires publiques de leur pays, soit directement, soit par lâintermĂ©diaire de reprĂ©sentants librement choisis.
Tous les citoyens ont un droit Ă©gal dâaccĂ©der aux fonctions publiques de leur pays, compte tenu de leurs compĂ©tences et capacitĂ©s.
Article 46: Tout citoyen a le devoir de considĂ©rer son semblable sans discrimination aucune et dâentretenir avec lui les relations qui permettent de sauvegarder, de promouvoir et de renforcer le respect, la solidaritĂ© et la tolĂ©rance rĂ©ciproques.
Article 47: Tous les citoyens ont le devoir de contribuer par leur travail à la prospérité du pays, de sauvegarder la paix, la démocratie, la justice sociale et de participer à la défense de la patrie.
cyabo.
Itegeko rigenga ibyerekeye gukorera Igihugu mu gisiviri cyangwa mu gisirikare.
Ingingo ya 48 : Mu bihe ibyo ari byo byose, umwenegihugu yaba umusiviri cyangwa umusirikare, afite inshingano yo kubaha Itegeko Nshinga, andi mategeko nâamateka yâIgihugu.
Afite uburenganzira bwo kudakurikiza amabwiriza ahawe nâumutegeka mu gihe ayo mabwiriza abangamiye ku buryo bukomeye kandi bugaragara uburenganzira nâubwisanzure bwa muntu.
Ingingo ya 49: Uburenganzira nâinshingano byo kuba ahantu hadafite ingaruka mbi ku buzima nâinshingano yo kurengera ibidukikije (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Umuntu wese afite uburenganzira bwo kuba ahantu hadafite ingaruka mbi ku buzima kandi hatunganye.
Umuntu wese afite inshingano yo kurengera, kubungabunga no guteza imbere ibidukikije. Leta yishingira kurengera ibidukikije.
Itegeko ngenga rigena uburyo bwo kurengera, kubungabunga no guteza imbere ibidukikije.
Ingingo ya 50: Umwenegihugu wese afite uburenganzira ku biteza imbere umuco wâigihugu.
Hashyizweho Inteko nyarwanda y'ururimi nâumuco.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byayo.
- 19 Â
A Law shall organize national service, whether civil or military.
Article 48: In all circumstances, every citizen, whether civilian or military, has the duty to respect the Constitution, other Laws and regulations of the country.
He/she has the right to defy orders received from his/her superior authority if the orders constitute a serious and manifest violation of human rights and public freedoms.
Article 49: Right and duty to a clean and healthy environment and the duty to protect it (Amendment nË 04 of 17/06/2006)
Every person has a right to a clean and healthy environment.
Every person has the duty to protect, safeguard and promote the environment. The State shall ensure the protection of environment.
An Organic Law shall determine the modalities for protecting, safeguarding and promoting the environment.
Article 50: Every citizen has the right to activities that promote national culture.
There is hereby established the Rwanda Academy of Language and Culture.
A Law shall determine its responsibilities, organization and functioning.
Une loi organise le service national, civil ou militaire.
Article 48: Tout citoyen civil ou militaire a, en toute circonstance, le devoir de respecter la Constitution, les autres lois et rĂšglements du pays.
Il est dĂ©liĂ© du devoir dâobĂ©issance, lorsque lâordre reçu de lâautoritĂ© supĂ©rieure constitue une atteinte sĂ©rieuse et manifeste aux droits de la personne et aux libertĂ©s publiques.
Article 49: Droit et devoir Ă un environnement sain et satisfaisant et devoir de le protĂ©ger (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Toute personne a droit Ă un environnement sain et satisfaisant.
Toute personne a le devoir de protĂ©ger, de sauvegarder et de promouvoir lâenvironnement. LâEtat veille Ă la protection de lâenvironnement.
Une loi organique définit les modalités de protéger, de sauvegarder et de promouvoir l'environnement.
Article 50: Tout citoyen a droit aux activités de promotion de la culture nationale.
Il est créé une Académie rwandaise de langue et de culture.
Une loi détermine sa mission, son organisation et son fonctionnement.
- 20 -
Ingingo ya 51: Kurengera imigenzo gakondo, umuco wâIgihugu nâinzibutso za jenoside yakorewe Abatutsi (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Leta ifite inshingano zo kurengera no guteza imbere imigenzo myiza gakondo, ishingiye ku mibereho no ku mitekerereze gakondo ndetse no ku biranga umuco wâIgihugu muri rusange, mu gihe bitabangamiye uburenganzira bwa Muntu, ituze rusange nâimyifatire iboneye. Leta ifite kandi inshingano yo kwita ku mutungo ndangamurage wâIgihugu no ku nzibutso za jenoside yakorewe Abatutsi.
INTERURO YA III: IBYEREKEYE IMITWE YA POLITIKI
Ingingo ya 52: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005)
Imitwe ya politiki myinshi iremewe.
Imitwe ya politiki yujuje ibyangombwa bisabwa nâamategeko, yemerewe gushingwa no gukora mu bwisanzure; igomba kubahiriza Itegeko Nshinga nâandi mategeko ndetse nâamahame ya demokarasi, kandi ntihungabanye ubumwe bwâAbanyarwanda, ubusugire nâumutekano byâIgihugu.
Imitwe ya politiki igira uruhare mu kwigisha abenegihugu gukora politiki igendera kuri demokarasi, gutora no gutorwa, ikanakora ku buryo abagore nâabagabo bagira amahirwe angana mu myanya nâimirimo itorerwa ya Leta.
Inzego zâubuyobozi bwâimitwe ya politiki zigira icyicaro ku rwego rwâIgihugu. Itegeko ngenga rigenga imitwe ya politiki rigena icyicaro cyâubuyobozi bwazo ku zindi nzego zâimitegekere yâigihugu
Ingingo ya 53: Abanyarwanda bafite uburenganzira
Article 51: Safeguarding cultural traditions and memorial sites of genocide against the Tutsi (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The State shall have the responsibilities to safeguard and to promote positive values based on cultural traditions and practices so long as they do not conflict with human rights, public order and good morals. The State shall equally have the responsibilities to preserve national cultural heritage as well as memorials and sites of genocide against the Tutsi.
TITLE III: POLITICAL ORGANIZATIONS
Article 52: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
A multi-party system of government is recognized.
Political organizations fulfilling the conditions required by Law are permitted to be formed and to operate freely; they must abide by the Constitution and other Laws as well as democratic principles and they should not destabilise national unity, territorial integrity and security of the nation.
Political organizations shall participate in the education of citizens on politics based on democracy and elections and operate in such a manner as to ensure that women and men shall have equal access to elective offices.
The leadership organs of political organizations shall have offices at the national level. The Organic Law governing political organizations shall determine their offices at other levels of administrative entities.
Article 53: Rwandans are free to join political
Article 51: Sauvegarde des valeurs traditionnelles, de la culture et des sites mémoriaux du génocide perpetré contre les Tutsi (Révision n° 03 du 13/08/2008)
LâEtat a le devoir de sauvegarder et de promouvoir les valeurs nationales fondĂ©es sur les traditions et la culture dans la mesure oĂč elles ne sont pas contraires aux droits de la personne, Ă lâordre public et aux bonnes mĆurs. LâEtat a Ă©galement le devoir de veiller Ă la conservation du patrimoine culturel national ainsi que des mĂ©moriaux et sites du gĂ©nocide perpetrĂ© contre les Tutsi.
TITRE III: DES FORMATIONS POLITIQUES
Article 52: (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Le multipartisme est reconnu.
Les formations politiques remplissant les conditions lĂ©gales se forment et exercent librement leurs activitĂ©s, Ă condition de respecter la Constitution et les lois ainsi que les principes dĂ©mocratiques et de ne pas porter atteinte Ă lâunitĂ© nationale, Ă lâintĂ©gritĂ© du territoire et Ă la sĂ©curitĂ© de lâEtat.
Les formations politiques concourent Ă lâĂ©ducation politique dĂ©mocratique des citoyens ainsi quâĂ lâexpression du suffrage et prennent les mesures nĂ©cessaires en vue dâassurer lâĂ©gal accĂšs des femmes et des hommes aux mandats Ă©lectoraux et aux fonctions Ă©lectives de lâEtat.
Les structures dirigeantes des formations politiques ont leurs siĂšges au niveau national. La loi organique rĂ©gissant les formations politiques dĂ©finit les siĂšges de leurs structures dirigeantes au niveau dâautres entitĂ©s administratives du pays.
Article 53: Les Rwandais sont libres dâadhĂ©rer
- 21 Â
bwo kujya mu mitwe ya politiki bihitiyemo cyangwa ubwo kutayijyamo.
Nta munyarwanda ushobora gukorerwa ivangura ku mpamvu zâuko ari mu mutwe wa politiki uyu n'uyu cyangwa ko nta mutwe wa politiki arimo.
Ingingo ya 54: Imitwe ya politiki ibujijwe gushingira ku isanomuzi, ku bwoko, ku muryango, ku nzu, ku gisekuru, ku karere, ku gitsina, ku idini, cyangwa ku kindi kintu cyose cyatuma habaho ivangura.
Buri gihe imitwe ya politiki igomba kugaragaramo ubumwe bwâAbanyarwanda, uburinganire nâubwuzuzanye bwâabagore n'abagabo haba mu gushaka abayoboke, gushyiraho inzego zâubuyobozi, mu mikorere no mu bikorwa byayo.
Ingingo ya 55: Sena ishobora kurega umutwe wa politiki wateshutse bikomeye ku nshingano zikubiye mu ngingo ya 52, iya 53 nâiya 54 zâiri Tegeko Nshinga mu Rukiko Rukuru; habaho ubujurire, bukabera mu Rukiko rw'Ikirenga.
Bitewe nâuburemere bwâikosa ryâUmutwe wa politiki ryagaragajwe, urukiko rushobora gufata kimwe mu bihano bikurikira, bitabangamiye izindi ngingo zerekeranye no gukurikiranwa mu bucamanza :
1° kuwihaniza ku mugaragaro ; 2° guhagarika ibikorwa byawo
mu gihe kitarenze imyaka ibiri ;
3° guhagarika ibikorwa byawo mu gihe cya manda yose yâabadepite;
4° kuwusesa.
Igihe icyemezo ndakuka cyafashwe nâurukiko ari icyo gusesa umutwe wa politiki, abagize Umutwe wâAbadepite batowe baturutse mu
organizations of their choice or not to join them.
No Rwandan shall be subjected to discrimination by reason of membership of a given political organization or on account of not belonging to any political organization.
Article 54: Political organizations are prohibited from basing themselves on race, ethnic group, tribe, lineage, region, sex, religion or any other division which may lead to discrimination.
Political organizations must constantly reflect the unity of the people of Rwanda, gender equality and complementality, whether in the recruitment of members, putting in place organs of leadership and in their operations and activities.
Article 55: The Senate may lodge a complaint with the High Court against a political organization which has grossly violated the obligations contained in the provisions of Articles 52, 53 and 54 of this Constitution. In case of appeal, the appeal shall be heard by the Supreme Court.
Depending on the gravity of the violation proved, the Court may, without prejudice to criminal prosecution, impose any of the following sanctions against the political organization found guilty of the violation:
1° formal warning; 2° suspension of activities for a
period not exceeding two years;
3° suspension of activities for the whole Parliamentary term;
4° dissolution.
In the event that the final decision of the Court of last instance is the sanction of dissolution of a political organization, the Members of the
aux formations politiques de leur choix ou de ne pas y adhérer.
Aucun Rwandais ne peut faire lâobjet de discrimination du fait quâil appartient Ă telle ou telle formation politique ou du fait quâil n'a pas d'appartenance politique.
Article 54: Il est interdit aux formations politiques de sâidentifier Ă une race, une ethnie, une tribu, une lignĂ©e, une rĂ©gion, un sexe, une religion ou Ă tout autre Ă©lĂ©ment pouvant servir de base de discrimination.
Les formations politiques doivent constamment reflĂ©ter lâunitĂ© nationale et la promotion du «genre» dans le recrutement de leurs adhĂ©rents, la composition de leurs organes de direction et dans tout leur fonctionnement et leurs activitĂ©s.
Article 55: Tout manquement grave dâune formation politique aux obligations contenues dans les dispositions des articles 52, 53 et 54 de la prĂ©sente Constitution est dĂ©fĂ©rĂ© Ă la Haute Cour par le SĂ©nat ; en cas d'appel, la Cour SuprĂȘme est saisie.
Sans prĂ©judice des autres poursuites Ă©ventuelles, la cour peut prononcer, Ă lâĂ©gard de la formation politique fautive et suivant la gravitĂ© du manquement, lâune des sanctions suivantes :
1° lâavertissement solennel ; 2° la suspension dâactivitĂ©s pour
une durĂ©e nâexcĂ©dant pas deux ans ;
3° la suspension dâactivitĂ©s pour toute la durĂ©e de la lĂ©gislature ;
4° la dissolution.
Lorsque la décision en dernier ressort de la cour consiste en la dissolution de la formation politique, les membres de la Chambre des
- 22 Â
mutwe wa politiki washeshwe bahita bakurwa ku mwanya wâubudepite.
Hakoreshwa itora ryo gushyiraho ababasimbura bagomba kurangiza igice cya manda cyari gisigaye iyo kirenze umwaka umwe.
Ingingo ya 56: Ihuriro ryâIgihugu Nyunguranabitekerezo ryâImitwe ya Politiki
(Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ihuriro ryâIgihugu Nyunguranabitekerezo ryâImitwe ya Politiki rishyizweho ku mpamvu yo gutuma imitwe ya politiki yungurana ibitekerezo, igira uruhare mu kubaka ubwumvikane nâubumwe bwâIgihugu.
Ingingo ya 57: Imitwe ya politiki yemewe ibona inkunga ya Leta.
Itegeko ngenga rigena uburyo imitwe ya politiki ishyirwaho, imikorere yayo, imyitwarire y'abayobozi bayo, uko ibona inkunga ya Leta kimwe nâimiterere nâimikorere yâIhuriro nyunguranabitekerezo ryâimitwe ya politiki.
Ingingo ya 58: Isangira ryâubutegetsi (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika na Perezida wâUmutwe wâAbadepite ntibashobora guturuka mu mutwe umwe wa politiki.
Chamber of Deputies elected on the ticket of the dissolved political organization shall automatically lose their parliamentary seats.
By-elections shall be held to replace Deputies of the dissolved political organization if the remaining period of their mandate is more than one year.
Article 56: National Consultative Forum of Political Organizations
(Amendment nË 04 of 17/06/2010)
A National Consultative Forum of Political Organizations is hereby established for purposes of national political dialogue, consensus building and national cohesion.
Article 57: Political organizations which are duly registered shall be given grants by the State.
An Organic Law shall determine the modalities for the establishment of political organizations, their functioning, the conduct of their leaders, the manner in which they shall receive state grants as well as the organization and functioning of the Forum of Political organizations.
Article 58: Power sharing (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic and the Speaker of the Chamber of Deputies shall not belong to the same political organization.
Députés élus sous le parrainage de la formation politique dont la dissolution est prononcée sont automatiquement déchus de leurs mandats parlementaires.
Des Ă©lections partielles ont lieu afin dâĂ©lire leurs remplaçants qui achĂšvent le terme du mandat restant Ă courir si celui-ci est supĂ©rieur Ă un an.
Article 56: Forum National de Concertation des Formations Politiques
(RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Forum National de Concertation des Formations Politiques est créé en vue de promouvoir un dialogue politique national dans la recherche dâun consensus et la cohĂ©sion nationale.
Article 57: Les formations politiques légalement constituées bénéficient d'une subvention de l'Etat.
Une loi organique dĂ©finit les modalitĂ©s de crĂ©ation des formations politiques, leur organisation et fonctionnement, l'Ă©thique de leurs leaders, les modalitĂ©s dâobtention des subventions de l'Etat et dĂ©termine l'organisation et le fonctionnement du Forum de concertation des formations politiques.
Article 58: Partage du pouvoir (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s ne doivent pas provenir dâune mĂȘme formation politique.
- 23 -
Ingingo ya 59: Imirimo itabangikanywa no kujya mu Mitwe ya Politiki (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Abacamanza, abashinjacyaha, abasirikare, abapolisi n'abakozi bo mu Rwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano ntibemerewe kujya mu mitwe ya politiki.
INTERURO YA IV IBYEREKEYE UBUTEGETSI
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE INGINGO RUSANGE
Ingingo ya 60: Inzego z'Ubutegetsi bwa Leta ni izi zikurikira :
1° Ubutegetsi Nshingamategeko;
2° Ubutegetsi Nyubahirizategeko;
3° Ubutegetsi bwâUbucamanza.
Ubu butegetsi uko ari butatu buratandukanye kandi buri butegetsi burigenga, ariko bwose bukuzuzanya. Inshingano, imiterere nâimikorere yabwo biteganywa nâiri Tegeko Nshinga.
Leta igomba gukora ku buryo imirimo yo mu Butegetsi Nshingamategeko, Nyubahirizategeko nâiyâubwâUbucamanza ikorwa nâabayifitiye ubushobozi nâubunyangamugayo bihagije kugira ngo buri wese ku bimureba abashe kuzuza inshingano zahawe ubwo butegetsi uko ari butatu.
Ingingo ya 61: Indahiro yâabayobozi (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Abayobozi bose Itegeko Nshinga nâandi mategeko biteganya ko barahira mbere yo gutangira imirimo yabo, barahira muri aya magambo:
Article 59: Functions incompatible with the active membership of political organizations (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Judges, prosecutors, members of the Rwanda Defence Force, members of Rwanda National Police and members of National Intelligence and Security Service shall not be members of political organizations.
TITLE IV: BRANCHES OF GOVERNMENT
CHAPTER ONE : GENERAL PROVISIONS
Article 60: The branches of government are the following :
1° the legislature;
2° the executive;
3° the judiciary.
The three branches are separate and independent from one another but are all complementary. Their responsibilities, organization and functioning are defined by this Constitution.
The State shall ensure that the exercise of Legislative, Executive and Judicial power is vested in people who possess the competence and integrity required to fulfil the respective responsibilities accorded to the three branches.
Article 61: Oath of office of authorities (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
All authorities required by Constitution and other Laws to swear before taking office, shall take an oath in the following words:
Article 59: Fonctions incompatibles avec lâadhĂ©sion aux formations politiques (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les juges, les Officiers de Poursuite Judiciaire, les membres des Forces Rwandaises de Défense, les membres de la Police Nationale du Rwanda ainsi que les membres du Service National de Renseignements et de Sécurité ne peuvent adhérer à des formations politiques.
TITRE IV: DES POUVOIRS
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS GENERALES
Article 60: Les Pouvoirs de lâEtat sont les suivants :
1° le Pouvoir Législatif;
2° le Pouvoir Exécutif;
3° le Pouvoir Judiciaire.
Ces trois pouvoirs sont séparés et indépendants l'un de l'autre mais ils sont complémentaires. Leurs attributions, organisation et fonctionnement sont définis dans la présente Constitution.
LâEtat doit veiller Ă ce que les mandats et fonctions au sein des pouvoirs LĂ©gislatif, ExĂ©cutif et Judiciaire soient exercĂ©s par des personnes ayant les capacitĂ©s et lâintĂ©gritĂ© nĂ©cessaires pour sâacquitter, dans leurs domaines respectifs, des missions confĂ©rĂ©es Ă ces trois pouvoirs.
Article 61: Serment des autoritĂ©s (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Toutes les autoritĂ©s auxquelles la Constitution et dâautres lois exigent de prĂȘter serment avant dâentrer en fonction, prĂȘtent serment en ces
âI, âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ.,
solemnly swear to the Nation that I shall:
1° remain loyal to the Republic of Rwanda;
2° uphold the Constitution and other Laws;
3° safeguard the basic individual human rights and the interests of the Rwandan people;
4° work for the consolidation of national unity;
5° diligently fulfil the responsibilities entrusted to me;
6° never use the powers conferred on me for personal ends.
Should I fail to honour this oath, may I face the rigours of the Law.
So help me God ».
CHAPTER II: THE LEGISLATURE
Section One: The Parliament
Sub-section One: General provisions
Article 62: Legislative power is vested in a Parliament consisting of two chambers:
1° the Chamber of Deputies, whose members shall have the title of « Deputies »;
2° the Senate, whose members
«Jyewe ,âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ,
ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro:
1° ko ntazahemukira Repubulika yâu Rwanda ;
2° ko nzubahiriza Itegeko Nshinga nâandi mategeko;
3° ko nzaharanira uburenganzira bw`ibanze bwa muntu n`ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro;
4° ko nzaharanira ubumwe bwâAbanyarwanda;
5° ko nzakorana umurava imirimo nshinzwe;
6° ko ntazakoresha ububasha mpawe mu nyungu zanjye bwite.
Nintatira iyi ndahiro, nzabihanirwe nâamategeko.
Imana ibimfashemo ».
UMUTWE WA II: IBYEREKEYE UBUTEGETSI NSHINGAMATEGEKO
Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye Inteko Ishinga Amategeko
Akiciro ka mbere : Ibyerekeye ingingo rusange
Ingingo ya 62: Ubutegetsi Nshingamategeko bushinzwe Inteko Ishinga Amategeko igizwe nâImitwe ibiri :
1° Umutwe wâAbadepite, abawugize bitwa « Abadepite »;
2° Umutwe wa Sena, abawugize
- 24 Â
termes:
«Moi,âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ.,
je jure solennellement Ă la Nation :
1° de garder fidélité à la République du Rwanda ;
2° dâobserver la Constitution et les autres lois ;
3° de veiller aux droits fondamentaux de la personne et aux intĂ©rĂȘts du peuple rwandais ;
4° dâĆuvrer Ă la consolidation de lâunitĂ© nationale ;
5° de remplir loyalement les fonctions qui me sont confiées;
6° de ne jamais utiliser les pouvoirs qui me sont dévolus à des fins personnelles.
En cas de parjure, que je subisse les rigueurs de la loi.
Que Dieu mây aide ».
CHAPITRE II: DU POUVOIR LEGISLATIF
Section premiĂšre : Du Parlement
Sous-section premiĂšre: Des dispositions communes
Article 62: Le Pouvoir Législatif est exercé par un Parlement composé de deux Chambres :
1° la Chambre des Députés, dont les membres portent le titre de « Députés»;
2° le Sénat, dont les membres
- 25 Â
bitwa « Abasenateri ».
Inteko Ishinga Amategeko ijya impaka ku mategeko ikanayatora. Ishyiraho amategeko ikanagenzura imikorere ya Guverinoma mu buryo buteganywa nâiri Tegeko Nshinga.
Ingingo ya 63: Iyo bidashoboka rwose ko Inteko Ishinga Amategeko iterana, Perezida wa Repubulika ashyiraho muri icyo gihe amategeko-teka yemejwe nâInama yâAbaminisitiri, kandi ayo mategeko-teka agira agaciro kâamategeko asanzwe.
Ayo mategeko-teka ahita ata agaciro iyo atemejwe nâInteko Ishinga Amategeko mu gihe ishoboye kongera guterana mu gihembwe gikurikira.
Ingingo ya 64: Umuntu wese mu bagize Inteko Ishinga Amategeko aba ahagarariye Igihugu cyose; ntabwo aba ahagarariye gusa abamutoye cyangwa abamushyizeho, cyangwa se umutwe wa politiki wamutanzeho umukandida mu matora.
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ntibagendera ku mabwiriza yâuwo ari we wese, igihe batora.
Uburenganzira bwo gutora ni ubw'umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ku giti cye.
Ingingo ya 65: Itangira ryâimirimo yâabagize Inteko Ishinga Amategeko (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Mbere yo gutangira imirimo, abagize Inteko Ishinga Amategeko barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, ataboneka bakarahirira imbere ya Perezida wâUrukiko rwâIkirenga.
Mu ntangiriro ya buri manda yâabagize Inteko Ishinga Amategeko, inama ya mbere ya buri Mutwe iharirwa itora rya Biro
shall have the title of « Senators ».
The Parliament shall deliberate and pass Laws. It shall legislate and oversee action of the Executive in accordance with the procedure determined by this Constitution.
Article 63: In the event of the absolute impossibility of Parliament holding session, the President of the Republic during such period shall promulgate decree-laws adopted by the Cabinet and those decree-laws shall have the same effect as ordinary Laws.
These decree-laws become null and void if they are not adopted by Parliament at its next session.
Article 64: Every Member of Parliament represents the whole nation and not just those who elected or nominated him or her or the political organization on whose ticket he/she stood for election.
Any imperative mandate is null and void.
The right of vote of a member of Parliament is ad personam.
Article 65 : Taking office for members of the Parliament (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Before taking office, members of the Parliament shall take an oath before the President of the Republic and, in case of his/her absence, before the President of the Supreme Court.
On commencement of each term of office for members of the Parliament, the first sitting of each Chamber shall be devoted to the
portent le titre de « Sénateurs ».
Le Parlement Ă©labore et vote la loi. Il lĂ©gifĂšre et contrĂŽle lâaction du Gouvernement dans les conditions dĂ©finies par la prĂ©sente Constitution.
Article 63: Lorsque le Parlement est dans lâimpossibilitĂ© absolue de siĂ©ger, le PrĂ©sident de la RĂ©publique prend des dĂ©crets-lois adoptĂ©s en Conseil des Ministres et ayant valeur de lois ordinaires.
A défaut de confirmation par le Parlement à sa plus prochaine session, les décrets-lois perdent toute force obligatoire.
Article 64: Chaque membre du Parlement reprĂ©sente la Nation et non uniquement ceux qui lâont Ă©lu ou dĂ©signĂ©, ni la formation politique qui lâa parrainĂ© Ă lâĂ©lection.
Tout mandat impératif est nul.
Le droit de vote dâun membre du Parlement est personnel.
Article 65: EntrĂ©e en fonction des membres du Parlement (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Avant dâentrer en fonction, les membres du Parlement prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique et, en son absence, devant le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme.
A lâouverture de chaque lĂ©gislature, la premiĂšre sĂ©ance de chaque Chambre est consacrĂ©e Ă lâĂ©lection de son Bureau composĂ© du PrĂ©sident
- 26 Â
igizwe na Perezida na ba Visi Perezida. Itumizwa kandi ikayoborwa na Perezida wa Repubulika mu gihe cy'iminsi cumi n'itanu (15) nyuma y'itangazwa ry'amajwi.
Mbere yo gutangira imirimo, abagize Biro ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika.
Abagize Biro ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko, inshingano zabo nâuburyo inama zabo ziterana biteganywa mu itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe.
Ingingo ya 66: Kugira ngo buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko uterane ku buryo bwemewe hagomba kuba hari nibura bitatu bya gatanu byâabawugize.
Inama za buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko zibera mu ruhame.
Ariko, buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ushobora kwemeza, ku bwiganze burunduye bwâamajwi y'abawugize bitabiriye inama, ko inama ibera mu muhezo, iyo bisabwe na Perezida wa Repubulika, Perezida wa buri Mutwe cyangwa kimwe cya kane cyâabawugize, cyangwa se na Minisitiri wâIntebe.
Ingingo ya 67: Imitwe yâInteko Ishinga Amategeko iteranira mu Murwa Mukuru wâIgihugu, mu Ngoro zabugenewe, keretse bibujijwe nâinzitizi ntarengwa zemejwe nâUrukiko rwâIkirenga rubisabwe na Perezida wâUmutwe wâInteko bireba. Igihe Urukiko rw'Ikirenga na rwo rudashobora guterana, Perezida wa Repubulika yemeza aho inama iteranira akoresheje itegeko-teka.
Icyemezo cyafatiwe mu nama iteranye itatumijwe, nta murongo wâibyigwa watanzwe, cyangwa
election of the Bureau composed of the Speaker and Deputy Speakers. It shall be convened and presided over by the President of the Republic within fifteen (15) days after the publication of the election results.
Before taking office, members of the Bureau of each Chamber of the Parliament shall take oath before the President of the Republic.
The composition of the Bureau of each Chamber of the Parliament, their responsibilities as well as modalities for holding sessions shall be determined by the Organic Law establishing internal rules of each Chamber.
Article 66: The quorum required for each Chamber of Parliament shall be at least three fifths of its members.
The sittings of each Chamber of Parliament are public.
However, each Chamber of Parliament may decide, by absolute majority of the members present, to sit in camera at the request of either the President of the Republic, the President of Senate or the Speaker of the Chamber of Deputies or a quarter of the members of either Chamber or the Prime Minister.
Article 67: The Chambers of Parliament shall hold their sessions in the Capital City, each at its respective Chambers designated for the purpose except in cases of force majeure confirmed by the Supreme Court upon request by the President of the Chamber concerned. In the event that the Supreme Court itself is unable to hold session, the President of the Republic shall determine by decree- law the place where the Parliament shall hold session.
Decisions taken in sessions in respect of which there has either been no convocation or no agenda
et des Vice-Présidents. Elle est convoquée et présidée par le Président de la République endéans quinze (15) jours de la publication des résultats du scrutin.
Avant dâentrer en fonction, les membres du Bureau de chaque Chambre du Parlement prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique.
La composition du Bureau de chaque Chambre du Parlement, ses attributions et les modalités de siéger sont déterminées par la loi organique portant rÚglement d'ordre intérieur de chaque Chambre.
Article 66: Pour siéger valablement chaque Chambre du Parlement doit compter au moins trois cinquiÚmes de ses membres.
Les séances de chaque Chambre du Parlement sont publiques.
Toutefois, chaque Chambre du Parlement peut, Ă la majoritĂ© absolue de ses membres prĂ©sents, dĂ©cider de siĂ©ger Ă huis clos Ă la demande soit du PrĂ©sident de la RĂ©publique, soit du PrĂ©sident de la Chambre ou dâun quart de ses membres, soit du Premier Ministre.
Article 67: Les Chambres du Parlement siĂšgent dans la Capitale, dans leurs palais respectifs sauf en cas de force majeure constatĂ©e par la Cour SuprĂȘme saisie par le PrĂ©sident de la Chambre concernĂ©e. Si la Cour SuprĂȘme ne peut se rĂ©unir Ă son tour, le PrĂ©sident de la RĂ©publique dĂ©cide du lieu par dĂ©cret-loi.
Est nulle de plein droit, toute délibération prise sans convocation ni ordre du jour ou tenue hors du
- 27 Â
yabaye mu gihe kitari icyâibihembwe, cyangwa se yabereye ahantu hatari mu Ngoro zabugenewe, nta gaciro na kamwe kigira, usibye ibivugwa mu gika kibanziriza iki.
Ingingo ya 68: Imirimo itabangikanywa nâumurimo wâugize Inteko Ishinga Amategeko (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Nta muntu wemerewe kuba icyarimwe mu bagize Umutwe wâAbadepite no mu bagize Sena.
Kuba Umudepite cyangwa Umusenateri ntibishobora kubangikanywa no kuba mu bagize Guverinoma.
Itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko rigena indi mirimo itabangikanywa no kuba umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko.
Itegeko ngenga rigena ibigenerwa abagize Inteko Ishinga Amategeko.
Ingingo ya 69: Ubudahungabanywa bwâabagize Inteko Ishinga Amategeko nâimikurikiranirwe yabo (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Nta nâumwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ushobora gukurikiranwa, gushakishwa, gufatwa, gufungwa cyangwa gucirwa urubanza azira ibitekerezo yagaragaje cyangwa uko yatoye mu gihe akora imirimo ashinzwe.
Nta nâumwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ukekwaho icyaha cyâubugome cyangwa gikomeye ushobora gukurikiranwa cyangwa gufatwa bidatangiwe uburenganzira nâUmutwe wâInteko arimo binyujijwe mu nzira yâamatora ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâabitabiriye inama keretse afatiwe mu cyuho akora icyaha cy'ubugome cyangwa yarakatiwe
has been distributed or which take place during periods outside the approved time of sessions or outside the designated Chambers shall be null and void, save as is provided in the preceding paragraph.
Article 68: Incompatibility with the office of a member of the Parliament (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
No person shall at the same time be a member of the Chamber of Deputies and the Senate.
The office of a Deputy or a Senator is incompatible with the office of a member of the Cabinet.
The Organic Law establishing internal rules of each Chamber of the Parliament shall determine other offices which are incompatible with the office of member of the Parliament.
An Organic Law shall determine the benefits to which members of the Parliament are entitled.
Article 69: Immunity for members of the Parliament and procedures of their prosecution (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
No member of the Parliament shall be prosecuted, pursued, arrested, detained or judged for any opinions expressed or by reason of how he/she votes during the exercise of his/her duties.
No member of the Parliament suspected of a felony or misdemeanour may be prosecuted or arrested without the authorisation of the Chamber to which he/she belongs by voting with a majority of two thirds (2/3) of members present except where a member of the Parliament is caught in flagrante delicto committing a felony or a court of law has passed a final
temps des sessions ou hors des siĂšges des Chambres du Parlement, sauf, dans ce dernier cas ce qui est prĂ©vu Ă lâalinĂ©a prĂ©cĂ©dent.
Article 68: IncompatibilitĂ© avec la fonction de membre du Parlement (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Nul ne peut appartenir à la fois à la Chambre des Députés et au Sénat.
La fonction de Député ou de Sénateur est incompatible avec celle de membre du Gouvernement.
La loi organique portant rÚglement d'ordre intérieur de chaque Chambre du Parlement détermine les autres incompatibilités avec la fonction de membre du Parlement.
Une loi organique fixe les avantages alloués aux membres du Parlement.
Article 69: ImmunitĂ© des membres du Parlement et procĂ©dures de leur poursuite (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Aucun membre du Parlement ne peut ĂȘtre poursuivi, recherchĂ©, arrĂȘtĂ©, dĂ©tenu ou jugĂ© suite aux opinions ou votes Ă©mis par lui dans lâexercice de ses fonctions.
Aucun membre du Parlement suspectĂ© dâavoir commis un crime ou un dĂ©lit ne peut ĂȘtre poursuivi ou arrĂȘtĂ© que sur autorisation de la Chambre dont il est membre procĂ©dant par Ă©lection Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) des membres prĂ©sents sauf en cas de flagrant dĂ©lit dâinfraction de crime ou en cas de condamnation dĂ©finitive.
- 28 Â
igihano ku buryo budasubirwaho.
Iyo atari mu gihembwe, hatumizwa igihembwe kidasanzwe kubera iyo mpamvu.
Umuntu wese mu bagize Inteko Ishinga Amategeko wakatiwe igihano ku buryo budasubirwaho nâurukiko kubera icyaha cyâubugome ahita asezererwa mu Mutwe wâInteko arimo, byemejwe nâUrukiko rwâIkirenga.
Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ushobora guteganya, mu itegeko ngenga rigena imikorere yawo, amakosa akomeye atuma umwe mu bawugize akurwa ku mirimo byemejwe nâabagize uwo Mutwe. Icyo gihe, icyemezo cyo kumukuraho gifatwa ku bwiganze bwa bitatu bya gatanu (3/5) byâabagize Umutwe wâInteko bireba.
Ingingo ya 70: Iterana ryâImitwe yâInteko Ishinga Amategeko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ibihembwe bisanzwe byâImitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko bibera ku matariki amwe.
Nyamara inama za buri Mutwe nâibihembwe bidasanzwe biterana hakurikijwe itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe wâInteko.
Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko ntishobora guteranira hamwe, keretse iyo hari ibibazo Itegeko Nshinga riyitegeka gusuzumira hamwe, cyangwa iyo hari imigenzo iteganywa nâamategeko ihuriraho cyangwa se imihango yâIgihugu igomba kwitabira.
Iyo Inteko Ishinga Amategeko isuzumira hamwe ikibazo Imitwe yombi ihari, Perezida wâUmutwe wâAbadepite ni we uyobora inama, yaba adahari ikayoborwa na Perezida
sentence against him/her.
When it is not in session, an extraordinary session shall be convened for that purpose.
Any member of the Parliament convicted of a felony by a court of law of last instance shall be automatically stripped off his/her parliamentary seat, after confirmation by the Supreme Court.
Each Chamber of the Parliament may, in the Organic Law establishing its internal rules, make provisions for gross misconduct which may lead to the removal from office of a member of that Chamber upon approval of its members. In such a case, the decision to remove the member from office shall be taken by a majority of three-fifths (3/5) of the members of the concerned Chamber.
Article 70: Holding of sessions and meetings of the Chambers of Parliament (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Ordinary sessions of both Chambers of Parliament shall take place on the same dates.
However, meetings and extraordinary sessions of each of the Chambers shall be held according to the Organic Law establishing its internal rule.
The two Chambers of Parliament cannot meet in joint session save in cases of debate on issues in respect of which the Constitution mandates a joint session or formal ceremonies provided for by the Law or other official ceremonies.
When Parliament meets in joint session, the meeting shall be chaired by the Speaker of the Chamber of Deputies and in case of his/her absence, by the President of the
Sâil sâagit de pĂ©riode hors session, une session extraordinaire est convoquĂ©e Ă cet effet.
Tout membre du Parlement condamnĂ© Ă une peine pour infraction de crime par une juridiction statuant en dernier ressort est dâoffice dĂ©chu de son mandat parlementaire, sur confirmation de la Cour SuprĂȘme.
Chaque Chambre du Parlement peut prévoir, dans la loi organique portant son rÚglement d'ordre intérieur, les fautes graves qui entraßnent la déchéance du mandat parlementaire par la Chambre dont le Parlementaire fait partie. Dans ce cas, la décision de déchéance est prise à la majorité des trois cinquiÚmes (3/5) des membres de la Chambre concernée.
Article 70 : Tenue des sessions et séances des Chambres du Parlement (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les sessions ordinaires des Chambres du Parlement ont lieu aux mĂȘmes dates.
Toutefois, les sĂ©ances de chacune des deux Chambres et les sessions extraordinaires sont tenues suivant les dispositions de la loi organique portant son rĂšglement dâordre intĂ©rieur.
Les deux Chambres du Parlement ne se réunissent en séance commune que dans les cas prévus par la Constitution ou pour prendre part ensemble à des formalités prévues par la loi ou à des cérémonies publiques.
Lorsque le Parlement délibÚre les deux Chambres réunies, la présidence est assurée par le Président de la Chambre des Députés et à son absence, par le Président du
- 29 Â
wa Sena.
Perezida wa Repubulika, amaze kugisha inama Biro ya buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko nâUrukiko rwâIkirenga ashobora kugena ibindi bibazo bisuzumirwa hamwe nâImitwe yombi.
Ingingo ya 71: Imitwe yâInteko Ishinga Amategeko iterana mu bihembwe bitatu (3) bisanzwe; buri gihembwe kimara amezi abiri (2): 1° igihembwe cya mbere gitangira
ku itariki ya 5 Gashyantare ;
2° igihembwe cya kabiri gitangira ku itariki ya 5 Kamena ;
3° igihembwe cya gatatu gitangira ku itariki ya 5 Ukwakira .
Iyo umunsi wâitangizwa ryâigihembwe atari uwâakazi, ryimurirwa ku munsi ukurikira, bitashoboka rikimurirwa ku munsi wa mbere wâakazi ukurikira.
Ingingo ya 72 : Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko uterana mu gihembwe kidasanzwe utumijwe na Perezida wawo abyumvikanyeho n'abandi bagize Biro ya buri Mutwe cyangwa abisabwe na Perezida wa Repubulika na we abisabwe na Guverinoma, cyangwa bisabwe na kimwe cya kane cyâabagize uwo mutwe.
Inteko Ishinga Amategeko yose ishobora gutumizwa mu gihembwe kidasanzwe byumvikanyweho na ba Perezida bâImitwe yombi, bisabwe na Perezida wa Repubulika cyangwa na kimwe cya kane (1/4) cyâabagize buri mutwe.
Mu gihembwe kidasanzwe higwa gusa ibibazo byatumye gitumizwa kandi bibanje kumenyeshwa abagize Umutwe cyangwa Inteko yose mbere yâuko icyo gihembwe gitangira.
Senate.
The President of the Republic, after consultation with both Bureaux of the Chambers of Parliament and the Supreme Court, may establish other matters that may be considered jointly by both Chambers.
Article 71: The Chambers of Parliament shall hold three (3) ordinary sessions of two (2) months each:
1° the first session shall commence on February 5th ;
2° the second session shall commence on June 5th ;
3° the third session shall commence on October 5th.
Where the commencement date of a session falls on a non working day, the opening of the session shall be postponed to the following day; or, if the following day is a holiday, to the next working day.
Article 72: Each Chamber of Parliament meets in an extraordinary session upon convocation by its Speaker or President, as the case may be, after consultation with other members of the Bureau or upon the request of the President of the Republic on the Cabinet's proposal or that of a quarter of members of the Chamber.
An extraordinary joint session of Parliament may be convened by common agreement between the Speaker and the President of the Chambers, or at the request of the President of the Republic or that of one quarter (1/4) of members of each Chamber.
The extraordinary session shall handle only the issues for which it has been convened and which have previously been brought to the notice of members of the Chamber or the Parliament before commencement of the session.
Sénat.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs avis du Bureau de chaque Chambre du Parlement et de la Cour SuprĂȘme, peut dĂ©terminer dâautres matiĂšres devant ĂȘtre examinĂ©es conjointement par les deux Chambres.
Article 71: Les Chambres du Parlement se rĂ©unissent en trois (3) sessions ordinaires de deux (2) mois chacune : 1° la premiĂšre session sâouvre le 5
février;
2° la deuxiĂšme session sâouvre le 5 juin;
3° la troisiĂšme session sâouvre le 5 octobre.
Au cas oĂč le jour de lâouverture de la session est fĂ©riĂ©, lâouverture est reportĂ©e au lendemain ou, le cas Ă©chĂ©ant, au premier jour ouvrable qui suit.
Article 72: Chaque Chambre du Parlement se rĂ©unit en session extraordinaire sur convocation de son PrĂ©sident aprĂšs consultation des autres membres du Bureau ou Ă la demande soit du PrĂ©sident de la RĂ©publique sur proposition du Gouvernement, soit dâun quart de ses membres.
La session extraordinaire du Parlement peut ĂȘtre convoquĂ©e dâun commun accord des PrĂ©sidents des deux Chambres, Ă la demande du PrĂ©sident de la RĂ©publique ou du quart (1/4) des membres de chaque Chambre.
La session extraordinaire traite uniquement des questions qui ont motivé sa convocation et qui ont été portées préalablement à la connaissance des membres de la Chambre ou du Parlement avant la session.
- 30 -
Icyo gihembwe gisozwa iyo Inteko cyangwa umutwe byarangije gusuzuma ibyari ku murongo wâibyigwa cyatumirijwe.
Igihembwe kidasanzwe ntigishobora kurenza iminsi cumi nâitanu (15).
Ingingo ya 73 : Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko utora itegeko ngenga rigena imikorere yawo.
Mu byo iryo tegeko ngenga riteganya hari : 1° ububasha bwa Biro ya buri
Mutwe wâInteko; 2° umubare, inshingano, ububasha
nâuburyo bwo gushyiraho za komisiyo zihoraho bitabangamiye uburenganzira bwa buri Mutwe bwo gushyiraho za komisiyo zihariye zâigihe gito;
3° imiterere yâinzego zâimirimo ziyoborwa na Perezida wa buri Mutwe wâInteko abifashijwemo na ba Visi-Perezida babiri nâUmunyamabanga Mukuru;
4° amategeko agenga imyitwarire yâabagize buri Mutwe;
5° uburyo bwose bwâamatora bukoreshwa mu gufata icyemezo, usibye ubuteganywa nâItegeko Nshinga.
Ingingo ya 74: Buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ugira ingengo yâimari yawo kandi ukagira ubwigenge mu micungire yâimari nâabakozi byawo.
The session shall close upon conclusion of consideration of matters on the agenda for which the session was convened.
An extraordinary session shall not exceed fifteen (15) days.
Article 73: Each Chamber of Parliament shall adopt an Organic Law establishing its internal rules.
Such Organic Law shall determine inter alia: 1° the powers of the Bureau of
each Chamber; 2° the number, duties, powers and
procedure of appointment of standing committees, without prejudice to the right of each Chamber to establish ad hoc committees;
3° the organisation of departments of each Chamber managed by the Speaker or the President assisted by two Vice-Speakers and two Vice-Presidents as the case may be and the Clerk;
4° the code governing the conduct of members of each Chamber;
5° the different modes of voting, with the exception of those expressly provided for by the Constitution.
Article 74: Each Chamber of Parliament shall have its own budget and shall enjoy financial and administrative autonomy.
La clĂŽture de cette session intervient dĂšs que le Parlement ou la Chambre a Ă©puisĂ© lâordre du jour qui a motivĂ© sa convocation.
La session extraordinaire ne peut dépasser une durée de quinze (15) jours.
Article 73: Chaque Chambre du Parlement vote une loi organique portant son rĂšglement dâordre intĂ©rieur.
Cette loi organique détermine notamment : 1° les pouvoirs du Bureau de
chaque Chambre ; 2° le nombre, les attributions, les
compétences et le mode de désignation de ses commissions permanentes, sans préjudice du droit, pour la Chambre, de créer des commissions spéciales temporaires;
3° lâorganisation des services de chaque Chambre placĂ©s sous lâautoritĂ© dâun PrĂ©sident, assistĂ© de deux Vice-PrĂ©sidents et dâun SecrĂ©taire GĂ©nĂ©ral ;
4° le régime disciplinaire de ses membres ;
5° les différents modes de scrutin pour sa délibération, qui ne sont pas expressément prévus par la Constitution.
Article 74: Chaque Chambre du Parlement dispose de son propre budget et jouit de lâautonomie de gestion administrative et financiĂšre.
- 31 -
Ingingo ya 75: Yavanyweho nâIvugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Akiciro ka 2: Ibyerekeye Umutwe wâAbadepite
Ingingo ya 76: Abagize Umutwe wâAbadepite, manda yabo nâuko batorwa (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Umutwe wâAbadepite ugizwe nâAbadepite mirongo inani (80) bakurikira:
1° mirongo itanu na batatu (53) batowe nkâuko biteganywa nâingingo ya 77 yâiri Tegeko Nshinga;
2° makumyabiri na bane (24) bâabagore batorwa nâinzego zihariye hakurikijwe inzego zâimitegekere yâIgihugu ;
3° babiri (2) batorwa nâInama yâIgihugu y'Urubyiruko;
4° umwe (1) utorwa nâInama yâIgihugu yâabantu bafite ubumuga.
Abagize Umutwe wâAbadepite batorerwa manda yâimyaka itanu (5).
Icyakora, kubera impamvu zâamatora, Perezida wa Repubulika asesa Umutwe wâAbadepite hasigaye nibura iminsi mirongo itatu (30) kandi itarenga iminsi mirongo itandatu (60) ngo manda yâabawugize irangire.
Itorwa ryâabagize Umutwe wâAbadepite rikorwa mu gihe kivugwa mu gika kibanziriza iki, mbere yâuko manda yabo irangira.
Itegeko rigenga amatora rigena uko amatora yâabagize Umutwe wâAbadepite mu Nteko Ishinga Amategeko akorwa.
Article 75: Repealing by the Amendment nË 04 of 17/06/2010
Sub-section 2: The Chamber of Deputies
Article 76: Composition of the Chamber of Deputies, term of office and modalities for their election (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Chamber of Deputies shall be composed of eighty (80) Deputies who shall include the following:
1° fifty-three (53) Deputies elected in accordance with the provisions of Article 77of this Constitution;
2° twenty- four (24) women elected by specific councils in accordance with the State administrative entities;
3° two (2) Deputies elected by the National Youth Council;
4° one (1) Deputy elected by the National Council of Persons with Disabilities.
Members of the Chamber of Deputies shall be elected for a five- year (5) term.
However, in order to organize elections, the President of the Republic shall dissolve the Chamber of Deputies at least thirty (30) days and not more than sixty (60) days before the expiry of its current membersâ term of office.
Elections of members of the Chamber of Deputies shall be held in the period set out in the preceding paragraph, before the expiration of their term of office.
Modalities for the election of the members of the Chamber of Deputies shall be determined by the Law relating to elections.
Article 75: AbrogĂ© par la RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010
Sous-section 2: De la Chambre des Députés
Article 76: Composition de la Chambre des DĂ©putĂ©s, mandat des DĂ©putĂ©s et mode de leur Ă©lection (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Chambre des Députés est composée de quatre-vingts (80) Députés, à savoir :
1° cinquante-trois (53) DĂ©putĂ©s Ă©lus conformĂ©ment Ă lâarticle 77 de la prĂ©sente Constitution ;
2° vingt- quatre (24) Députés de sexe féminin élus par des organes spécifiques en fonction des entités administratives du pays ;
3° deux (2) Députés élus par le Conseil National de la Jeunesse ;
4° un (1) Député élu par le Conseil National des Personnes Handicapées.
Les membres de la Chambre des Députés sont élus pour un mandat de cinq (5) ans.
Toutefois, pour des raisons électorales, le Président de la République dissout la Chambre des Députés dans une période située entre trente (30) jours minimum et soixante (60) jours maximum avant la fin du mandat de ses membres.
Les Ă©lections des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ont lieu pendant la pĂ©riode prĂ©vue Ă lâalinĂ©a prĂ©cĂ©dent, avant lâexpiration de leur mandat.
Les modalitĂ©s dâĂ©lection des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s sont dĂ©terminĂ©es par la loi relative aux Ă©lections.
- 32 -
Ingingo ya 77: Abagize Umutwe wâAbadepite batorwa kuri lisiti yâamazina ndakuka (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Abagize umutwe wâAbadepite bavugwa mu gice cya 1° cyâigika cya mbere cyâingingo ya 76 batorwa mu matora rusange ataziguye kandi mu ibanga, bagatorerwa kuri lisiti yâamazina ndakuka, mu buryo busaranganya imyanya.
Imyanya isigaye idatanzwe nyuma yo kugabanya amajwi nâumubare fatizo wâitora isaranganywa amalisiti hakurikijwe uko umubare wâamajwi asaguka ugenda urutana.
Ilisiti ikorwa hubahirizwa ihame ryâubumwe bwâAbanyarwanda ryavuzwe mu ngingo ya 9 n'iya 54 zâItegeko Nshinga nâihame ryo guha abagore nâabagabo amahirwe angana ku myanya nâimirimo ya Leta itorerwa nkâuko bivugwa mu ngingo ya 54 yâiri Tegeko Nshinga.
Abakandida bashobora gutangwa nâUmutwe wa Politiki cyangwa bakiyamamaza ku giti cyabo.
Umutwe wa Politiki cyangwa ilisiti yâabantu ku giti cyabo itashoboye kubona nibura gatanu ku ijana (5 %) byâamajwi yâabatoye mu matora yâAbadepite ntibishobora kugira umwanya mu Mutwe wâAbadepite no guhabwa inkunga ya Leta igenewe Imitwe ya Politiki.
Ingingo ya 78: Isimburwa ryâUmudepite (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Umudepite ava mu mwanya wâUbudepite ku mpamvu zikurikira :
1° yeguye mu wâAbadepite;
Mutwe
2° yirukanywe mu wâAbadepite;
Mutwe
Article 77: Members of the Chamber of Deputies elected by ballot from a final list of names (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Members of the Chamber of Deputies specified in point 1° of the Paragraph One of article 76 shall be elected by direct universal suffrage through a secret ballot from a final list of names using the system of proportional representation.
The seats which remain after allocation of seats by dividing votes received by the electoral quotient shall be distributed to political organizations according to the system of the highest surplus.
The list shall be compiled with due respect of the principle of national unity as stipulated in Articles 9 and 54 of this Constitution and the principle of gender equality in matters relating to elective offices as stipulated in Article 54 of this Constitution.
Candidates may be nominated by a political organization or may stand independently.
A political organization or list of independent candidates which fails to attain at least five per cent (5 %) of the votes cast at the national level during legislative elections cannot be represented in the Chamber of Deputies or benefit from grants given to political organizations by the State.
Article 78: Replacement of a Deputy (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
A Deputy shall lose his/her seat in the following cases :
1° resignation from Chamber of Deputies;
the
2° Having been expelled from the Chamber of Deputies;
Article 77 : Membres de la Chambre des Députés élus au scrutin de liste bloquée (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s spĂ©cifiĂ©s au point 1° de lâalinĂ©a 1 de lâarticle 76 sont Ă©lus au suffrage universel direct et secret au scrutin de liste bloquĂ©e, Ă la reprĂ©sentation proportionnelle.
Les siÚges restant non attribués aprÚs division par le quotient électoral sont répartis entre les listes suivant le «systÚme du plus fort reste ».
La liste est composĂ©e dans le respect du principe dâunitĂ© nationale Ă©noncĂ© aux articles 9 et 54 de la Constitution et du principe dâĂ©gal accĂšs des femmes et des hommes aux mandats Ă©lectoraux et fonctions Ă©lectives dont il est question Ă lâarticle 54 de la prĂ©sente Constitution .
Les candidats peuvent se prĂ©senter sous le parrainage dâune formation politique ou Ă titre indĂ©pendant.
Toute formation politique ou liste individuelle qui nâa pas pu rassembler cinq pour cent (5 %) au moins des suffrages exprimĂ©s Ă lâĂ©chelle nationale lors des Ă©lections lĂ©gislatives ne peut ni avoir de siĂšge Ă la Chambre des DĂ©putĂ©s ni bĂ©nĂ©ficier des subventions de l'Etat destinĂ©es aux formations politiques.
Article 78: Remplacement dâun DĂ©putĂ© (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Un Député perd son siÚge dans les cas suivants :
1° sa démission de Chambre des Députés ;
la
2° son exclusion de Chambre des Députés ;
la
- 33 Â
3° asezeye mu mutwe wa politiki yatorewemo;
4° yirukanywe mu mutwe wa politiki yatorewemo mu buryo buteganywa n'itegeko ngenga ryerekeye imitwe ya politiki;
5° agiye mu wundi mutwe wa politiki;
6° apfuye.
Impaka zishingiye ku cyemezo cyo kwirukana Umudepite mu Mutwe wâAbadepite cyangwa mu Mutwe wa Politiki ziburanishwa ku rwego rwa mbere nâurwa nyuma nâUrukiko rwâIkirenga.
Iyo Umudepite atakaje cyangwa akuwe mu murimo we wâubudepite, umwanya uhabwa ukurikiraho ku rutonde rwâabakandida yatoreweho akarangiza igihe cya manda gisigaye iyo kirenze umwaka umwe.
Abandi batowe bitanyuze mu buryo bwâurutonde rwâabakandida iyo batakaje cyangwa bakuwe ku murimo wâubudepite amatora asubirwamo.
Uburyo abavuye ku mwanya wâUbudepite ku mpamvu iyo ari yo yose basimburwa bugenwa nâitegeko rigenga amatora.
Ingingo ya 79: Itegeko ryâingengo yâimari ya Leta (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Buri mwaka wâingengo yâimari ya Leta, Umutwe wâAbadepite utora itegeko ryâingengo yâimari ya Leta.
Buri mwaka wâingengo yâimari ya Leta kandi mbere yâitangira ryâigihembwe kigenewe kwiga ingengo yâimari, Guverinoma ishyikiriza Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko, umushinga wâitegeko ryâingengo yâimari yâumwaka w`ingengo y`imari
3° resignation from his/her political organization ;
4° having been expelled from the political organization to which he/she belongs in accordance with provisions of the Organic Law governing political organizations;
5° Having joined another political organization;
6° Upon death.
Disputes relating to the decision to expel a Deputy from the Chamber of Deputies or from a political organisation are adjudicated by the Supreme Court in the first and last instance.
In the event that a Deputy loses or is removed from office when his/her term still has more than one year, the seat vacated shall devolve upon the person who was next on the list on which he/she was elected.
Deputies who were elected by means other than through lists of political organizations who lose or are removed from office shall be replaced through new elections.
The Law relating to elections provides for modalities of replacing a Deputy who leaves his/her position for whatever reason.
Article 79: State Finance law (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Every financial year, the Chamber of Deputies shall adopt the State finance Law.
Every State financial year and before the commencement of the session devoted to the examination of the Budget, the Cabinet shall submit to both Chambers of the Parliament the finance bill for the next financial year.
3° sa dĂ©mission de la formation politique qui lâa parrainĂ© dans les Ă©lections ;
4° son exclusion de sa formation politique conformément à la loi organique régissant les formations politiques;
5° changement de formation politique;
6° décÚs.
Les contestations relatives Ă la dĂ©cision dâexclure un DĂ©putĂ© de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou de sa formation politique sont jugĂ©es en premier et dernier ressort par la Cour SuprĂȘme.
En cas de perte ou de dĂ©chĂ©ance du mandat de DĂ©putĂ©, le siĂšge vacant est dĂ©volu Ă la personne qui suit sur la liste des candidats qui achĂšve le terme restant sâil est supĂ©rieur Ă un an.
Lorsque les DĂ©putĂ©s qui nâont pas Ă©tĂ© Ă©lus sur les listes des formations politiques perdent leurs siĂšges, il est procĂ©dĂ© Ă de nouvelles Ă©lections.
La loi relative aux Ă©lections dĂ©termine les modalitĂ©s de remplacement dâun DĂ©putĂ© qui nâexerce plus ses fonctions pour une raison quelconque.
Article 79 : Loi budgétaire (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Pour chaque exercice budgĂ©taire, la Chambre des DĂ©putĂ©s vote la loi des finances de lâEtat.
Pour chaque exercice budgĂ©taire, et ce avant lâouverture de la session consacrĂ©e Ă lâexamen du budget, le Gouvernement soumet aux deux Chambres du Parlement un projet de loi des finances de lâexercice suivant.
ukurikira.
Icyakora, gusuzuma ishingiro ryâumushinga wâingengo yâimari ya Leta bikorwa nâUmutwe wâAbadepite.
Inteko Ishinga Amategeko ishyikirizwa na Guverinoma raporo yâimikoreshereze yâingengo yâimari yâamezi atandatu (6) ya mbere yâumwaka w`ingengo y`imari urangira mbere yo gusuzuma ingengo yâimari yâumwaka w`ingengo y`imari ukurikira.
Buri mwaka wâingengo yâimari kandi mbere yâitangira ryâigihembwe kigenewe kwiga ingengo yâimari, Umugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta ashyikiriza Inteko Ishinga Amategeko raporo yâigenzura ku ibaruramari rya Leta ryâumwaka ushize.
Mbere yâuko ingengo yâimari ya Leta yemezwa burundu, Sena igomba gushyikiriza Umutwe wâAbadepite icyo ivuga ku mushinga wâingengo yâimari ya Leta.
Itegeko ryâingengo yâimari ya Leta rigena umutungo Leta izinjiza nâuzakoreshwa mu buryo buteganywa nâitegeko ngenga. Iryo tegeko ngenga rinagena umunsi ingengo yâimari yâumwaka w`ingengo y`imari izasomwaho imbere yâImitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko.
Ingingo ya 80: Iyo umushinga wâingengo yâimari yâumwaka utatowe kandi ngo ushyirweho umukono mbere yâintangiriro yâumwaka izakoreshwamo, Minisitiri wâIntebe, akoresheje iteka, yemera ko hakoreshwa byâagateganyo buri kwezi kimwe cya cumi na kabiri (1/12) cyâingengo yâimari, ashingiye ku yâumwaka urangiye.
Ingingo ya 81: Nta musoro ushobora gushyirwaho, guhindurwa cyangwa gukurwaho bidakozwe nâitegeko.
- 34 Â
However, the examination of the relevance of the State finance bill shall be carried out by the Chamber of Deputies.
The Parliament shall receive the Budget implementation report for the first semester of the current financial year presented to it by the Cabinet before examining the budget of the next financial year.
Every financial year and before the commencement of the session devoted to the examination of the Budget, the Auditor General of State Finances shall submit to the Parliament the audited State consolidated financial statements of the previous financial year.
Before the final adoption of the Budget, the Senate must provide the Chamber of Deputies with its opinion on the State finance bill.
The State finance Law shall determine the revenue and expenditure of the State in accordance with conditions provided for by an Organic Law. That Organic Law shall also determine the date of the presentation of the annual budget before both Chambers of Parliament.
Article 80: In the event that the Finance bill is not voted and promulgated before the commencement of a financial year, the Prime Minister shall authorise by an Order a monthly expenditure on a provisional basis of an amount equal to one-twelfth (1/12) of the budget of the preceding year.
Article 81: No taxation can be imposed, modified or removed except by Law.
Toutefois lâopportunitĂ© du projet de loi des finances de lâEtat est examinĂ©e par la Chambre des DĂ©putĂ©s.
Le Parlement reçoit le rapport de lâexĂ©cution du budget du premier semestre de lâexercice en cours lui soumis par le Gouvernement avant dâexaminer le budget de lâexercice suivant.
Pour chaque exercice budgĂ©taire et avant lâouverture de la session consacrĂ©e au budget, lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat prĂ©sente au Parlement les Ă©tats financiers consolidĂ©s de lâEtat tels quâauditĂ©s par lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat pour lâexercice prĂ©cĂ©dent.
Avant lâadoption dĂ©finitive du budget, le SĂ©nat doit donner Ă la Chambre des DĂ©putĂ©s son avis sur le projet de loi des finances de lâEtat.
La loi des finances dĂ©termine les ressources et les charges de lâEtat dans les conditions prĂ©vues par une loi organique. Cette loi organique fixe Ă©galement la date de prĂ©sentation du budget annuel aux deux Chambres du Parlement.
Article 80: Si le projet de budget nâa pas Ă©tĂ© votĂ© et promulguĂ© avant le dĂ©but de cet exercice, le Premier Ministre, autorise par arrĂȘtĂ©, lâouverture des douziĂšmes (1/12) provisoires sur base du Budget de lâexercice Ă©coulĂ©.
Article 81: Aucune imposition ne peut ĂȘtre Ă©tablie, modifiĂ©e ou supprimĂ©e que par une loi.
- 35 -
Nta sonerwa cyangwa igabanywa ryâumusoro rishobora gukorwa mu gihe bidateganywa nâitegeko.
Ubisabwe na Guverinoma, Umutwe wâAbadepite ushobora, umaze gutora itegeko ryerekeranye nâibipimo by'imisoro n'amahoro bimwe na bimwe biteganywa n'itegeko ngenga, gutanga uburenganzira ko rihita rikurikizwa.
Akiciro ka 3 : Ibyerekeye Sena
Ingingo ya 82: Abagize Sena (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Sena igizwe nâAbasenateri makumyabiri na batandatu (26) bafite manda yâimyaka umunani (8) muri bo nibura mirongo itatu ku ijana (30%) bakaba ari abagore. Abo Basenateri biyongeraho abahoze ari Abakuru bâIgihugu babisabye Urukiko rwâIkirenga, ariko bagomba kuba bararangije neza manda yabo cyangwa barasezeye ku bushake bwabo.
Abo Basenateri makumyabiri na batandatu (26) batorwa cyangwa bashyirwaho ku buryo bukurikira:
1. cumi na babiri (12) batorwa nâinzego zihariye, hakurikijwe inzego zâimitegekere yâIgihugu;
2. umunani (8) bashyirwaho na Perezida wa Repubulika, byâumwihariko akita ku bumwe bwâAbanyarwanda, ku ihagararirwa ryâigice cyâAbanyarwanda amateka agaragaza ko basigaye inyuma no ku zindi nyungu rusange zâIgihugu;
3. Bane (4) bashyirwaho nâIhuriro ryâIgihugu Nyunguranabitekerezo ryâImitwe ya Politiki ;
4. Umwarimu umwe (1) cyangwa umushakashatsi umwe (1) wo muri Kaminuza no mu Mashuri Makuru bya Leta uri ku rwego
No exemption from or reduction of tax may be granted unless authorised by Law.
The Chamber of Deputies may upon request by the Cabinet and after adoption of a Law relating to certain rates of taxes and duties by an Organic Law, authorise its immediate application.
Sub-section 3: The Senate
Article 82: Composition of the Senate (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Senate shall be composed of twenty-six (26) Senators serving for a term of eight (8) years and at least thirty per cent (30 %) of them shall be women. In addition, former Heads of State become members of the Senate upon their request to the Supreme Court but they must have honourably completed their terms of office or voluntarily resigned from office.
The twenty-six (26) Senators shall be elected or appointed as follows:
1. twelve (12) Senators elected by specific organs in accordance with the administrative entities;
2. eight (8) Senators appointed by the President of the Republic, who shall particulary consider the principle of national unity among Rwandans, the representation of historically marginalized communities and other national public interests;
3. four (4) Senators designated by the National Consultative Forum of Political Organisations;
4. one (1) lecturer or researcher from public Universities and Institutions of higher learning who has at least the rank of
Nulle exemption ou modĂ©ration dâimpĂŽt ne peut ĂȘtre accordĂ©e que dans les cas prĂ©vus par la loi.
La Chambre des DĂ©putĂ©s, sur demande du Gouvernement peut, aprĂšs adoption dâune loi relative Ă certains taux d'imposition des taxes et impĂŽts prĂ©vus par une loi organique, autoriser son application immĂ©diate.
Sous-section 3 : Du Sénat
Article 82: Composition du SĂ©nat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le SĂ©nat est composĂ© de vingt-six (26) SĂ©nateurs dont le mandat est de huit (8) ans et dont trente pour cent (30 %) au moins sont de sexe fĂ©minin. A ces membres sâajoutent des anciens Chefs dâEtat qui en font la demande Ă la Cour SuprĂȘme, et qui doivent avoir normalement terminĂ© ou volontairement rĂ©signĂ© leur mandat.
Ces vingt-six (26) Sénateurs sont élus ou désignés comme suit :
1. douze (12) Sénateurs élus par des organes spécifiques, en fonction des entités administratives du pays;
2. huit (8) SĂ©nateurs nommĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique, qui veille particuliĂšrement Ă lâunitĂ© entre les Rwandais, Ă la reprĂ©sentation de la communautĂ© nationale historiquement la plus dĂ©favorisĂ©e et aux autres intĂ©rĂȘts nationaux;
3. quatre (4) Sénateurs nommés par le Forum National de Concertation des Formations Politiques ;
4. un (1) enseignant ou chercheur issu des UniversitĂ©s et Institutions dâenseignement supĂ©rieur publiques ayant au
- 36 Â
nibura rwâumwarimu wungirije utorwa nâabarimu nâabashakashatsi bo muri ibyo bigo;
5. Umwarimu umwe (1) cyangwa umushakashatsi umwe (1) wo muri Kaminuza no mu Mashuri Makuru byigenga nibura uri ku rwego rwâumwarimu wungirije utorwa nâabarimu nâabashakashatsi bo muri ibyo bigo.
Uko Abasenateri batorwa bigenwa nâitegeko rigenga amatora.
Inzego zishinzwe kugena abagomba kujya muri Sena zigomba kwita ku bumwe bwâAbanyarwanda nâihagararirwa ryâibitsina byombi.
Impaka zivutse zerekeye ishyirwa mu bikorwa ryâiyi ngingo nâiryâiya 83 nkâuko yavuguruwe zikemurwa nâUrukiko rwâIkirenga ku rwego rwa mbere nâurwa nyuma.
Ingingo ya 83: Ibisabwa ugize Sena (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Abagize Sena ni abenegihugu bâindakemwa kandi bâinararibonye batorwa cyangwa bagenwa ku giti cyabo bidashingiye ku marangamutima kandi hatitawe ku mitwe ya politiki bakomokamo, bafite nâubuhanga buhanitse mu byâubumenyi cyangwa amategeko, ubukungu, politiki, imibanire yâabantu nâumuco cyangwa se baba barakoze imirimo yo mu rwego rwo hejuru muri Leta cyangwa mu bikorera.
Ibisabwa ushaka kuba Umusenateri bigenwa nâitegeko rigenga amatora.
Ingingo ya 84 : Uretse abahoze ari Abakuru bâIgihugu baba abasenateri hakurikijwe ingingo ya 82 yâiri Tegeko Nshinga, abagize Sena bagira manda yâimyaka umunani
Associate Professor, elected by the academic and research staff of such institutions;
5. one (1) lecturer or researcher from private Universities and Institutions of higher learning who has at least the rank of Associate Professor, elected by the academic and research staff of such institutions.
Modalities for the election of Senators are determined by the Law relating to elections.
The organs responsible for the nomination of Senators shall take into account national unity and equal representation of both sexe.
Disputes relating to the application of this Article and Article 83 as amended shall be adjudicated by the Supreme Court in the first and last instance.
Article 83: Requirements for membership of the Senate (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Members of the Senate shall be citizens of impeccable character with experience who shall be elected or appointed objectively on the basis of individual merit without regard to political affiliation. They shall be highly skilled in one or more of the fields of science, law, economics, politics, sociology, culture or persons who have held senior positions in the public or private sector.
The conditions to be fulfilled by candidates for the Senate shall be determined by the Law relating to elections.
Article 84: With the exception of former Heads of State who become members of the Senate in accordance with Article 82 of this Constitution, members of the Senate serve a term of eight years
moins le grade académique de Professeur Associé, élu par le corps académique et de recherche de ces institutions;
5. un (1) membre issu des UniversitĂ©s et Institutions dâenseignement supĂ©rieur privĂ©es ayant au moins le grade acadĂ©mique de Professeur AssociĂ©, Ă©lu par le corps acadĂ©mique et de recherche de ces institutions.
Les modalitĂ©s dâĂ©lection des SĂ©nateurs sont dĂ©terminĂ©es par la loi relative aux Ă©lections.
Les organes chargĂ©s de dĂ©signer les SĂ©nateurs sont tenus de prendre en considĂ©ration lâunitĂ© nationale et la reprĂ©sentation des deux sexes.
Les contestations relatives Ă lâapplication du prĂ©sent article et de lâarticle 83 tel que rĂ©visĂ© sont jugĂ©es en premier et en dernier ressort par la Cour SuprĂȘme.
Article 83: Conditions requises pour ĂȘtre membre du SĂ©nat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les membres du SĂ©nat doivent ĂȘtre des citoyens intĂšgres et dâune grande expĂ©rience Ă©lus ou dĂ©signĂ©s objectivement Ă titre individuel et sans considĂ©ration de leur appartenance politique. Ils doivent possĂ©der des qualifications de haut niveau dans lâun ou lâautre des domaines scientifique, juridique, Ă©conomique, politique, social et culturel ou sont des personnalitĂ©s ayant occupĂ© de hautes fonctions publiques ou privĂ©es.
Les conditions à remplir par les candidats Sénateurs sont déterminées par la loi relative aux élections.
Article 84: ExceptĂ© les anciens Chefs dâEtat qui deviennent SĂ©nateurs en vertu de lâarticle 82 de la prĂ©sente Constitution, les membres du SĂ©nat ont un mandat de huit ans non
- 37 Â
idashobora kongerwa. Ingingo ya 85: Iyemerwa ryâurutonde rwâabakandida rikozwe nâUrukiko rwâIkirenga (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Uburyo Urukiko rwâIkirenga rwemeza urutonde rwâabakandida bâAbasenateri nâitorwa ryabo buteganywa nâitegeko rigenga amatora.
Abasenateri bagenwa na Perezida wa Repubulika ntibemezwa nâUrukiko rwâIkirenga kandi bashyirwaho nyuma yâAbasenateri bashyirwaho nâizindi nzego.
Iyo hari abakandida batemewe nâUrukiko rwâIkirenga, inzego zibashyiraho zigomba kuzuza umubare mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) yâitangazwa ryâurutonde rwâamazina yâabemewe.
Ingingo ya 86: Isimburwa ryâUmusenateri (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Mu gihe Umusenateri watowe yeguye, apfuye, avanwe ku murimo n'icyemezo cy'urukiko cyangwa agize impamvu imubuza burundu kurangiza inshingano ze igihe cya manda gisigaye kingana nibura n'umwaka umwe, harongera hakaba amatora. Iyo ari Umusenateri washyizweho, urwego rwamushyizeho ni na rwo rugena umusimbura.
Umusenateri mushya utowe cyangwa ushyizweho arangiza igice cya manda gisigaye cyâuwo yasimbuye; ntiyongera gutorwa cyangwa gushyirwaho nkâUmusenateri.
Ingingo ya 87 : Sena igenzura byâumwihariko ishyirwa mu bikorwa ryâamahame remezo avugwa mu ngingo ya 9 nâiya 54 zâiri Tegeko Nshinga.
which is not renewable. Article 85: Approval of the list of candidates by the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Modalities by which the Supreme Court approves the list of candidates to the position of Senators and their election shall be determined by the Law relating to elections.
Senators appointed by the President of the Republic shall be nominated after the other Senators have been elected or designated by competent organs and their names shall not be submitted to the Supreme Court for approval.
In the event that some of the candidates are not approved by the Supreme Court, the competent organs shall complete the list within seven days (7) from the date of its publication.
Article 86: Replacement of a Senator (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
In the event of an elected Senatorâs resignation, death, impeachment by a Court of Law or a permanent impediment to accomplish his/her duties when his/her term of office has at least one year to run, fresh elections shall be held. In case of an appointed Senator, the competent organ shall designate his/her replacement.
The newly elected or appointed Senator shall complete the remaining part of the term of office of his/her predecessor; he/she shall be ineligible for future election or appointment as a Senator.
Article 87: The Senate has the specific function to supervise the application of the principles referred to in Articles 9 and 54 of this Constitution.
renouvelable. Article 85: Approbation de la liste des candidats par la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La loi relative aux Ă©lections dĂ©termine les modalitĂ©s selon lesquelles la Cour SuprĂȘme approuve la liste des candidats SĂ©nateurs et celles relatives Ă leur Ă©lection.
Les SĂ©nateurs dĂ©signĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique le sont aprĂšs lâĂ©lection ou la dĂ©signation des autres SĂ©nateurs par les organes habilitĂ©s et leurs noms ne doivent pas ĂȘtre notifiĂ©s Ă la Cour SuprĂȘme pour approbation.
Au cas oĂč certains candidats nâont pas Ă©tĂ© retenus par la Cour SuprĂȘme, les organes habilitĂ©s devront complĂ©ter le nombre autorisĂ© dans le dĂ©lai de sept (7) jours aprĂšs la publication de la liste.
Article 86: Remplacement dâun SĂ©nateur (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Au cas oĂč le SĂ©nateur Ă©lu dĂ©missionne, dĂ©cĂšde, est dĂ©chu de ses fonctions par une dĂ©cision judiciaire ou est dĂ©finitivement empĂȘchĂ© de remplir sa mission un an au moins avant la fin de son mandat, il est procĂ©dĂ© Ă de nouvelles Ă©lections. Sâil sâagit dâun SĂ©nateur nommĂ©, lâorgane compĂ©tent dĂ©signe son remplaçant.
Le SĂ©nateur ainsi Ă©lu ou dĂ©signĂ© termine le reste du mandat de celui quâil remplace; il ne peut plus ĂȘtre Ă©lu ni nommĂ© SĂ©nateur.
Article 87: Le Sénat veille spécialement au respect des principes fondamentaux énoncés aux articles 9 et 54 de la présente Constitution.
- 38 -
Ingingo ya 88: Ububasha bwa Sena (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Mu birebana n'amategeko, Sena ifite ububasha bwo gutora :
1° ivugururwa ry'Itegeko Nshinga ;
2° amategeko ngenga ;
3° amategeko yerekeye ishyirwaho, ihindurwa, imikorere n'ivanwaho ry'inzego za Leta cyangwa zishamikiye kuri Leta n'ayerekeye imiterere y'Igihugu ;
4° amategeko yerekeye ubwisanzure, uburenganzira nâinshingano byâibanze bya Muntu ;
5° amategeko yerekeye imiburanishirize yâimanza zâinshinjabyaha ;
6° amategeko yerekeye kurinda Igihugu n'umutekano ;
7° amategeko areba amatora na referendumu;
8° amategeko yerekeye amasezerano mpuzamahanga.
Sena ifite na none ububasha bwo :
1° kwemeza ishyirwaho rya Perezida, Visi-Perezida nâAbacamanza bâUrukiko rwâIkirenga, ba Perezida na Visi-Perezida bâUrukiko Rukuru nâabâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi, Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije;
2° kwemeza ishyirwaho ryâabayobora nâabagize za Komisiyo zâigihugu, Umuvunyi Mukuru n'Abamwungirije,
Article 88: Powers of the Senate (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
In legislative matters, the Senate shall be competent to vote on the following :
1° amendment of the Constitution;
2° Organic Laws;
3° Laws relating to establishment, modification, functioning and dissolution of public enterprises and parastatal organisations and territorial organisation;
4° Laws relating to fundamental freedoms, rights and duties of the person;
5° Laws relating to the criminal procedure;
6° Laws relating to defence and security;
7° Laws relating to elections and referendum;
8° Laws relating to international agreements and treaties.
The Senate shall also have power to :
1° approve the appointment of the President, the vice President and the judges of the Supreme Court, the President and Vice President of the High Court and of the Commercial High Court, the Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General;
2° approve the appointment of the Chairperson and members of National Commissions, Ombudsman and his/her Deputies, the Auditor General
Article 88: CompĂ©tence du SĂ©nat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
En matiÚre législative, le Sénat est compétent pour voter :
1° la révision de la Constitution ;
2° les lois organiques ;
3° les lois concernant la crĂ©ation, la modification, le fonctionnement et la suppression des institutions Ă©tatiques ou para-Ă©tatiques et lâorganisation du territoire ;
4° les lois relatives aux libertés, aux droits et devoirs fondamentaux de la personne ;
5° les lois relatives à la procédure pénale ;
6° les lois relatives à la défense et à la sécurité nationales;
7° les lois électorales et référendaires ;
8° les lois relatives aux traités et accords internationaux.
Le Sénat est également compétent pour : 1° approuver la nomination du
PrĂ©sident, du Vice-PrĂ©sident et des Juges de la Cour SuprĂȘme, des PrĂ©sidents et Vice- PrĂ©sidents de la Haute Cour et de la Haute Cour de Commerce, du Procureur GĂ©nĂ©ral et du Procureur GĂ©nĂ©ral Adjoint ;
2° approuver la nomination des dirigeants et membres des Commissions Nationales, de lâOmbudsman et de ses adjoints, de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des
- 39 -
Umugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta nâUmwungirije, Abahagarariye u Rwanda mu bihugu byâamahanga no mu miryango mpuzamahanga, ba Guverineri bâIntara, abayobora ibigo bya Leta nâibishamikiye kuri Leta bifite ubuzima gatozi;
3° kwemeza ishyirwaho ryâabandi bakozi ba Leta, igihe bibaye ngombwa, bagenwa nâitegeko ngenga.
Ingingo ya 89 : Perezida wâUmutwe wâAbadepite ahita yoherereza Perezida wa Sena imishinga yâamategeko yatowe nâUmutwe wâabadepite yerekeye ibivugwa mu ngingo ya 88 yâiri Tegeko Nshinga.
Na none Guverinoma ishyikiriza Sena imishinga y'amateka ashyiraho abantu bavugwa mu ngingo ya 88 yâiri Tegeko Nshinga kugira ngo iyemeze mbere yâuko ashyirwaho umukono.
Icyiciro cya itegurwa ryâamategeko
2 : Ibyerekeye nâiyemezwa
Ingingo ya 90 : Gutangiza amategeko no kuyagorora ni uburenganzira bwa buri Mudepite na Guverinoma iteraniye mu Nama yâAbaminisitiri.
Ingingo ya 91 : Iyo gutangiza imishinga yâamategeko nâigorora ryayo bishobora gutubya umutungo wâIgihugu cyangwa kukibera umutwaro, bigomba kwerekana uburyo Leta izinjiza cyangwa izazigama umutungo ungana nâusohoka.
of the State Finances and his/her Deputy, Ambassadors and permanent Representatives to International Organisations, Provincial Governors and Heads of Public Institutions and parastatal organisations which have legal personality;
3° approve the appointment of other public officials as determined by an Organic Law where necessary.
Article 89: The Speaker of the Chamber of Deputies shall, without undue delay, transmit to the President of the Senate bills adopted by the Chamber of Deputies relating to matters provided for in Article 88 of this Constitution.
Similarly, the Government shall submit to the Senate draft Orders relating to the appointment of the public officers referred to in Article 88 of this Constitution for approval prior to signature.
Section 2: Initiation and adoption of Laws
Article 90: The right to initiate and amend legislation shall be concurrently vested in each Deputy and the Executive acting through the Cabinet.
Article 91: Bills and statutory amendments which have the potential to reduce Government revenue or increase State expenditure must indicate proposals for raising the required revenue or making savings equivalent to the anticipated expenditure.
Finances de lâEtat et de son Adjoint, des Ambassadeurs et des ReprĂ©sentants permanents auprĂšs des organisations internationales, des Gouverneurs des Provinces, des Dirigeants des Etablissements Publics et Para-Ă©tatiques dotĂ©s de la personnalitĂ© juridique ;
3° approuver la nomination dâautres agents de lâEtat prĂ©vus par une loi organique en cas de besoin.
Article 89: Les projets et propositions de lois dĂ©finitivement adoptĂ©s par la Chambre des DĂ©putĂ©s dans les matiĂšres Ă©numĂ©rĂ©es Ă lâarticle 88 de la prĂ©sente Constitution sont immĂ©diatement transmis par le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s au PrĂ©sident du SĂ©nat.
De mĂȘme, les projets d'arrĂȘtĂ©s de nomination, des personnes citĂ©es Ă lâarticle 88 de la prĂ©sente Constitution sont transmis par le Gouvernement au SĂ©nat pour approbation avant leur signature.
Section 2: De lâĂ©laboration et de lâadoption des lois
Article 90: Lâinitiative et lâamendement des lois appartiennent concurremment Ă chaque DĂ©putĂ© et au Gouvernement en Conseil des Ministres.
Article 91: Les projets, propositions et amendements des lois dont l'adoption aurait pour consĂ©quence soit une diminution des ressources nationales, soit la crĂ©ation ou lâaggravation dâune charge publique, doivent ĂȘtre assorties dâune proposition dâaugmentation de recettes ou d'Ă©conomies Ă©quivalentes.
- 40 -
Ingingo ya 92: Isuzumwa ryâimishinga yâamategeko muri za Komisiyo (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Imishinga yâamategeko Inteko Rusange yemeje ko ifite ishingiro ibanza koherezwa muri Komisiyo yâUmutwe wâInteko Ishinga Amategeko ibishinzwe kugira ngo iyisuzume mbere yâuko yemezwa mu Nteko Rusange.
Mu gihe cyo gusuzuma ishingiro ryâumushinga wâitegeko, buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko ushobora kugena ko uwo mushinga wâitegeko wemezwa mu Nteko Rusange utagombye kunyuzwa muri Komisiyo ibishinzwe.
Ingingo ya 93: Uburyo amategeko atorwamo nâubusumbane bwayo (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Gutora itegeko ryose buri gihe bicishwa mu itora, buri wese ahamagawe mu izina rye, kandi agasubiza mu ijwi riranguruye.
Itegeko ryose risuzumwa kandi rigatorwa mu Kinyarwanda cyangwa mu rurimi ryateguwemo hitawe kuri buri rurimi mu zikoreshwa mu butegetsi. Iyo itegeko ritumvikanye kimwe mu ndimi uko ari eshatu, hitabwa ku rurimi itegeko ryatowemo.
Amategeko asanzwe atorwa ku bwiganze burunduye bw'amajwi y'abagize buri Mutwe bitabiriye inama.
Amategeko ngenga atorwa ku bwiganze bwa bitatu bya gatanu (3/5) by'abagize buri Mutwe bitabiriye inama.
Uburyo bukoreshwa mu itora n'uko itora rikorwa bigenwa n'itegeko ngenga rigena imikorere ya buri Mutwe ugize Inteko Ishinga Amategeko.
Article 92: Examination of draft laws by Committees (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Draft Laws determined by the plenary session to have a sound basis shall first be transmitted to the relevant parliamentary committee of the Chamber of Parliament for examination prior to their consideration and adoption in the plenary session.
During the consideration of the basis of a draft Law, each Chamber of Parliament may decide if the draft Law may be adopted in plenary session without necessarily being sent beforehand to the relevant Committee.
Article 93: Mode of adoption of Laws and their hierarchy (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
A vote on the entire bill shall be conducted by calling each parliamentarian by name and the parliamentarian shall vote by responding in an audible voice.
Each Law shall be considered and adopted in Kinyarwanda or in the language of preparation in respect of any of the official languages. In case of conflict between the three official languages, the prevailing language shall be the language in which the law was adopted.
Ordinary Laws shall be passed by an absolute majority of members of each Chamber present.
Organic Laws shall be passed by a majority vote of three fifths (3/5) of the members of the Chamber present.
The procedure for voting shall be determined by the Organic Law establishing the internal rules of each Chamber.
Article 92 : Examen des projets de loi en Commissions (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les projets ou propositions de loi dont lâopportunitĂ© a Ă©tĂ© adoptĂ©e en sĂ©ance plĂ©niĂšre sont envoyĂ©s pour examen Ă la commission compĂ©tente de la Chambre du Parlement avant leur adoption en sĂ©ance plĂ©niĂšre.
Chaque Chambre du Parlement peut, lors de lâadoption de son opportunitĂ©, dĂ©cider si le projet ou proposition de loi peut ĂȘtre adoptĂ© en sĂ©ance plĂ©niĂšre sans ĂȘtre prĂ©alablement envoyĂ© Ă la Commission compĂ©tente.
Article 93: ModalitĂ©s dâadoption des lois et leur hiĂ©rarchie (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Sur lâensemble dâune loi, il est toujours procĂ©dĂ© Ă un vote par appel nominal et Ă haute voix.
Toute loi est examinĂ©e et adoptĂ©e en Kinyarwanda ou dans lâune des langues officielles dans laquelle ladite loi a Ă©tĂ© initiĂ©e. En cas de contradiction entre les trois langues, la langue dâadoption de la loi prĂ©vaut.
Les lois ordinaires sont votées à la majorité absolue des membres présents de chaque Chambre.
Les lois organiques sont votées à la majorité des trois cinquiÚmes (3/5) des membres présents de chaque Chambre.
Les modalitĂ©s de vote sont dĂ©terminĂ©es par la loi organique portant rĂšglement dâordre intĂ©rieur de chaque Chambre.
- 41 -
Itegeko rigenga byose ku buryo butavuguruzwa.
Amategeko ngenga ni ayo Itegeko Nshinga riteganya nkâamategeko ngenga gusa.
Nta na rimwe itegeko ngenga rivuguruza Itegeko Nshinga; nta n'ubwo itegeko risanzwe cyangwa itegeko-teka rivuguruza itegeko ngenga, cyangwa se ngo iteka cyangwa amabwiriza bivuguruze itegeko.
Ingingo ya 94 : Gusuzuma ku buryo bwihutirwa umushinga wâitegeko cyangwa ikindi kibazo bishobora gusabwa nâuri mu bagize Inteko Ishinga Amategeko cyangwa Guverinoma, bigasabwa Umutwe wâInteko bireba.
Iyo bisabwe nâuri mu bagize Inteko, Umutwe wâInteko bireba ufata icyemezo kuri ubwo bwihutirwe.
Iyo bisabwe na Guverinoma buri gihe biremerwa.
Iyo byemejwe ko umushinga wâitegeko cyangwa ikibazo byihutirwa, bisuzumwa mbere yâibindi biri ku murongo wâibigomba kwigwa.
Ingingo ya 95: Imishinga yâamategeko Sena ifitiye ububasha bwo gusuzuma, iyigezwaho ibanje kwemezwa nâUmutwe wâAbadepite, uretse umushinga wâitegeko ngenga rigena amategeko ngengamikorere ya Sena.
Iyo umushinga wâitegeko utemewe na Sena cyangwa iyo igorora Sena yawukozeho ritemewe nâUmutwe wâAbadepite, Imitwe yombi ishyiraho Komisiyo igizwe nâumubare ungana wâAbadepite nâAbasenateri, igatanga umwanzuro ku ngingo zikomeje kugibwaho impaka.
The Law is sovereign in all matters.
Organic Laws are only those envisaged as such by the Constitution.
An Organic Law shall not be inconsistent with the Constitution. Neither shall an ordinary Law or a decree-law be inconsistent with an Organic Law nor shall an order or regulation be inconsistent with a Law.
Article 94: A petition for consideration of a bill or any other matter on an urgent basis may be made by either a parliamentarian or the Cabinet to the relevant Chamber.
When such a petition is made by a member of Parliament, the relevant Chamber shall decide on the validity of the urgency.
When the petition is made by the Cabinet, the request shall be always granted.
Upon a decision confirming the urgency, the bill or matter shall be considered before any other matters on the agenda.
Article 95: With the exception of the Organic Law on the internal rules of the Senate, bills on matters in respect of which the Senate is competent to legislate shall be transmitted to the Senate after adoption by the Chamber of Deputies.
In the event that the Senate does not approve a bill transmitted to it or amendments proposed by the Senate are not acceptable to the Chamber of Deputies, both Chambers shall set up a commission composed of an equal number of Deputies and Senators which make proposals on matters still being debated.
La loi intervient souverainement en toute matiĂšre.
Les lois organiques sont uniquement celles auxquelles la Constitution confĂšre ce caractĂšre.
Il ne peut ĂȘtre dĂ©rogĂ© par une loi organique Ă la Constitution ni par une loi ordinaire ou un dĂ©cret-loi Ă une loi organique ni par un arrĂȘtĂ© ou un rĂšglement Ă une loi.
Article 94: Lâurgence pour lâexamen dâune proposition ou dâun projet de loi ou de toute autre question, peut ĂȘtre demandĂ©e par un membre du Parlement ou par le Gouvernement Ă la Chambre concernĂ©e.
Lorsque lâurgence est demandĂ©e par un Parlementaire, la Chambre se prononce sur cette urgence.
Lorsque lâurgence est demandĂ©e par le Gouvernement elle est toujours accordĂ©e.
Dans tous les cas oĂč lâurgence est accordĂ©e, lâexamen de la loi ou de la question qui en est lâobjet a prioritĂ© sur lâordre du jour.
Article 95: Dans les domaines de compĂ©tence du SĂ©nat, les projets ou propositions de loi ne sont envoyĂ©s au SĂ©nat quâaprĂšs avoir Ă©tĂ© adoptĂ©s par la Chambre des DĂ©putĂ©s, exception faite de la loi organique portant rĂšglement dâordre intĂ©rieur du SĂ©nat.
Lorsquâun projet ou une proposition de loi nâa pas pu ĂȘtre adoptĂ© par le SĂ©nat ou que celui-ci y a apportĂ© des amendements qui ne sont pas acceptĂ©s par la Chambre des DĂ©putĂ©s, les deux Chambres mettent en place une Commission paritaire mixte chargĂ©e de proposer un texte sur les dispositions restant en discussion.
- 42 -
Imitwe yombi imenyeshwa umwanzuro wumvikanyweho na Komisiyo ikawufataho icyemezo.
Iyo umwanzuro utemewe n'iyo Mitwe yombi, umushinga w'itegeko usubizwa uwawuzanye.
Ingingo ya 96 : Isobanurampamo ryâamategeko rikorwa nâImitwe yombi yâInteko iteraniye hamwe, Urukiko rwâIkirenga rumaze kubitangaho inama; buri Mutwe ufata icyemezo ku bwiganze bwâamajwi buvugwa mu ngingo ya 93 yâiri Tegeko Nshinga.
Iryo sobanurampamo rishobora gusabwa na Guverinoma, umwe mu bagize Umutwe uwo ari wo wose wâInteko Ishinga Amategeko cyangwa Urugaga rwâAbavoka.
Umuntu wese ubifitemo inyungu ashobora gusaba isobanurampamo abinyujije ku bagize Inteko cyangwa ku Rugaga rwâAbavoka.
UMUTWE WA III : IBYEREKEYE UBUTEGETSI NYUBAHIRIZATEGEKO
Ingingo ya 97 : Ubutegetsi Nyubahirizategeko bushinzwe Perezida wa Repubulika na Guverinoma.
Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye Perezida wa Repubulika
Ingingo ya 98: Inshingano za Perezida wa Repubulika (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ni we Mukuru wâIgihugu.
Perezida wa Repubulika ashinzwe kurinda Itegeko Nshinga no kubumbatira ubumwe bwâAbanyarwanda.
Both Chambers shall be notified by the Commission of the compromise reached and the Chambers shall decide on it.
In the event that the compromise decision is not adopted by both Chambers, the bill shall be returned to the initiator.
Article 96: The authentic interpretation of Laws shall be done by both Chambers of Parliament acting jointly after the Supreme Court has given an opinion on the matter; each Chamber shall decide on the basis of the majority referred to in Article 93 of this Constitution.
The authentic interpretation of Laws may be requested by the Government, a member of one of the Chambers of Parliament or by the Bar Association.
Any interested person may request the authentic interpretation of laws through the members of Parliament or the Bar Association.
CHAPTER III: THE EXECUTIVE
Article 97: Executive power shall be vested in the President of the Republic and the Cabinet.
Section One: The President of the Republic
Article 98: Responsibilities of the President of the Republic (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall be the Head of State.
The President of the Republic is the guardian of the Constitution and shall guarantee national unity.
La Commission informe les deux Chambres du texte de compromis pour décision.
A défaut de consensus par les deux Chambres, le projet ou la proposition de loi est renvoyé à l'initiateur.
Article 96: LâinterprĂ©tation authentique des lois appartient aux deux Chambres rĂ©unies du Parlement aprĂšs avis prĂ©alable de la Cour SuprĂȘme; chaque Chambre statuant aux majoritĂ©s fixĂ©es par lâarticle 93 de la prĂ©sente Constitution.
LâinterprĂ©tation authentique peut ĂȘtre demandĂ©e par le Gouvernement, un membre de lâune ou lâautre Chambre du Parlement ou par lâOrdre des Avocats.
Toute personne intĂ©ressĂ©e peut demander lâinterprĂ©tation authentique des lois par lâintermĂ©diaire des membres du Parlement ou de lâOrdre des Avocats.
CHAPITRE III: DU POUVOIR EXECUTIF
Article 97: Le Pouvoir Exécutif est exercé par le Président de la République et le Gouvernement.
Section premiÚre: Du Président de la République
Article 98: Attributions du PrĂ©sident de la RĂ©publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le Chef de lâEtat.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le gardien de la Constitution et le garant de lâUnitĂ© Nationale.
- 43 -
Perezida wa Repubulika yishingira ko Leta ikomeza kubaho, ubwigenge nâubusugire bwâIgihugu no kubahiriza amasezerano mpuzamahanga.
Perezida wa Repubulika, rimwe mu mwaka, ageza ku Banyarwanda ijambo ryâuko Igihugu gihagaze.
Ingingo ya 99: Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika agomba :
1° kuba nyarwanda
afite bwâin
ubwenegihugu komoko;
2° kuba afite;
nta bundi bwenegihugu
3° kuba nibura umwe mu babyeyi be afite ubwenegihugu nyarwanda bw'inkomoko;
4° kuba indakemwa mu myifatire no mu mibanire ye nâabandi;
5° kuba atarigeze akatirwa burundu igihano cy'igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu;
6° kuba atarambuwe nâinkiko uburenganzira mbonezamubano nâubwa politiki;
7° kuba afite nibura imyaka 35 yâamavuko mu gihe cyo kwiyamamariza uwo mwanya;
8° kuba aba mu Rwanda igihe asaba kwiyamamariza uwo mwanya.
Ingingo ya 100: Itorwa rya Perezida wa Repubulika (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika atorwa ku buryo butaziguye kandi mu ibanga. Uba Perezida wa Repubulika ni uwarushije abandi amajwi.
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora itangaza ibyavuye mu itora.
The President of the Republic shall guarantee the continuity of the State, the independence and territorial integrity of the country and respect of international treaties and agreements.
The President of the Republic shall once every year deliver the state of the Nation address.
Article 99: A candidate for the office of the Presidency of the Republic must :
1° be of Rwandan nationality by origin;
2° not hold any other nationality;
3° have at least one parent of the Rwandan nationality by origin;
4° have irreproachable morals and probity;
5° not have been convicted and sentenced to a term of imprisonment of six (6) months or more;
6° not have been deprived of his/her civil and political rights;
7° be at least thirty five (35) years old on the date of submission of his/her candidacy;
8° be resident in Rwanda at the time of submission of his/her candidacy.
Article 100: Election of the President of the Republic (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The election of the President of the Republic shall be by universal suffrage through a direct and secret ballot with a simple majority of the votes cast.
The National Electoral Commission shall proclaim the results of the
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le garant de la continuitĂ© de lâEtat, de lâindĂ©pendance nationale et de lâintĂ©gritĂ© du territoire et du respect des traitĂ©s et accords internationaux.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique adresse une fois par an un message au peuple rwandais sur lâĂ©tat de la Nation.
Article 99: Tout candidat à la Présidence de la République doit :
1° ĂȘtre de nationalitĂ© rwandaise dâorigine;
2° ne pas détenir nationalité;
une autre
3° avoir au moins un de ses parents de nationalité rwandaise d'origine;
4° ĂȘtre de bonne moralitĂ© et dâune grande probitĂ© ;
5° n'avoir pas été condamné définitivement à une peine d'emprisonnement égale ou supérieure à six (6) mois;
6° jouir de tous ses droits civiques et politiques ;
7° ĂȘtre ĂągĂ© de trente cinqu (35) ans au moins Ă la date du dĂ©pĂŽt de sa candidature ;
8° résider sur le territoire du Rwanda au moment du dépÎt de sa candidature.
Article 100: Election du PrĂ©sident de la RĂ©publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Président de la République est élu au suffrage universel direct et au scrutin secret à la majorité relative des suffrages exprimés.
La Commission Nationale Electorale proclame les résultats du scrutin.
Mu gihe habaye impaka, Urukiko rwâIkirenga nirwo rugaragaza ku buryo budasubirwaho ibyavuye mu itora.
Ingingo ya 101: Perezida wa Repubulika atorerwa manda yâimyaka irindwi. Ashobora kongera gutorwa inshuro imwe.
Nta na rimwe umuntu yemererwa gutorerwa manda zirenze ebyiri (2) ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.
Ingingo ya 102: Igihe itora rya Perezida wa Repubulika ribera (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Itora rya Perezida wa Repubulika rikorwa hasigaye nibura iminsi mirongo itatu (30) kandi itarenga mirongo itandatu (60) mbere yâuko manda ya Perezida uriho irangira.
Ingingo ya 103: Imigendekere yâamatora
(Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Itegeko rigenga amatora riteganya uburyo bwo gutanga kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, uko itora rikorwa, ibarura ryâamajwi, uburyo bwo gukemura impaka zivutse, gutangaza ibyavuye mu itora n'igihe ntarengwa cyo kubitangaza. Iryo tegeko riteganya n'ibindi bya ngombwa kugira ngo amatora atungane kandi akorwe mu mucyo.
Ingingo ya 104: Indahiro ya Perezida wa Repubulika (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 kanama 2008) Mbere yo gutangira imirimo, Perezida wa Repubulika arahirira imbere ya Perezida wâUrukiko rwâIkirenga hari n'Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko, muri aya magambo :
« Jyewe, âŠâŠâŠ..........., ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro:
- 44 Â
election.
In case of dispute, the Supreme Court shall settle with regards to the final results of the election.
Article 101: The President of the Republic is elected for a term of seven years renewable only once.
Under no circumstances shall a person hold the office of President of Republic for more than two (2) terms.
Article 102: Period for holding presidential elections (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Presidential elections shall be held not less than thirty (30) days and not more than sixty (60) days before the expiry of the term of office of the incumbent President.
Article 103: Procedure for holding elections (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Law relating to elections shall determine the procedure for submitting presidential candidatures, the conduct of elections, the counting of ballots, modalities of resolving election disputes and declaration of results as well as the time within which the results shall be declared and other necessary matters to ensure that elections are conducted appropriately and held in transparency.
Article 104: Oath of office of the President of the Republic (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Before assuming his/her duties of office, the President of the Republic shall take the oath of office before the President of the Supreme Court in the presence of both Chambers of Parliament in these words:
« I, âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ. solemnly swear to the Nation that I
En cas de contestation, la Cour SuprĂȘme tranche dĂ©finitivement sur les rĂ©sultats du scrutin.
Article 101: Le Président de la République est élu pour un mandat de sept ans renouvelable une seule fois.
En aucun cas, nul ne peut exercer plus de deux (2) mandats présidentiels.
Article 102: PĂ©riode des Ă©lections prĂ©sidentielles (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les Ă©lections prĂ©sidentielles ont lieu trente jours (30) au moins et soixante (60) jours au plus avant lâexpiration du mandat du PrĂ©sident en exercice.
Article 103: ProcĂ©dure des Ă©lections (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La loi relative aux élections détermine la procédure à suivre pour la présentation des candidatures aux élections présidentielles, le déroulement du scrutin, le dépouillement, les modalités de statuer sur les réclamations et les délais limites pour la proclamation des résultats et prévoit toutes les autres dispositions nécessaires au bon déroulement du scrutin et dans la transparence.
Article 104 : Serment du Président de la République (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Avant d'entrer en fonction, le PrĂ©sident de la RĂ©publique prĂȘte serment devant le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme en prĂ©sence des deux Chambres rĂ©unies du Parlement en ces termes :
«Moi, âŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠâŠ., je jure solennellement Ă la Nation :
1° ko ntazahemukira Repubulika yâu Rwanda;
2° ko nzakurikiza nkanarinda Itegeko Nshinga nâandi mategeko;
3° ko nzakorana umurava imirimo nshinzwe;
4° ko nzaharanira amahoro nâubusugire bwâIgihugu;
5° ko nzashimangira ubumwe bwâAbanyarwanda ;
6° ko ntazigera nkoresha ububasha mpawe mu nyungu zanjye bwite;
7° ko nzaharanira ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro.
Nintatira iyi ndahiro nzabihanirwe nâamategeko.
Imana ibimfashemo.»
Perezida wa Repubulika arahira bitarenze ukwezi kumwe (1) nyuma yâitorwa rye, indahiro ye ikakirwa na Perezida wâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 105: Perezida wa Repubulika uri ku butegetsi akomeza gukora kugeza igihe umusimbura atangiriye imirimo.
Muri icyo gihe ariko, ntiyemerewe gukora ibi bikurikira :
1° gutangiza intambara;
2° kwemeza ibihe bidasanzwe cyangwa byâamage;
3° gukoresha itora rya referendumu.
Nanone muri icyo gihe Itegeko Nshinga ntirishobora kuvugururwa.
Mu gihe Perezida wa Repubulika watowe apfuye, agize impamvu zimubuza burundu gukora imirimo yatorewe cyangwa adashatse kujya ku mwanya yatorewe, hategurwa
- 45 Â
shall: 1° remain loyal to the
Republic of Rwanda; 2° observe and defend the
Constitution and the other Laws;
3° diligently fulfil the responsibilities entrusted in me;
4° preserve peace and territorial integrity;
5° consolidate national unity of Rwandans;
6° never use the powers conferred upon me for personal ends;
7° safeguard the interests of the Rwandan people.
Should I fail to honour this oath, may I face the rigours of the Law.
So help me God. »
The President of the Republic shall be sworn in no later than one (1) month after his/her election. His/her oath of office shall be administered by the President of the Supreme Court.
Article 105: The incumbent President of the Republic shall remain in office until his/her successor assumes office.
However, the incumbent President may not, during this period, exercise the following powers :
1° declaration of war;
2° declaration of a state of emergency or a state of siege;
3° calling a referendum.
In addition, the Constitution shall not be amended during this period.
In the event that the duly elected President of the Republic dies or is on account of any reason permanently unable or otherwise chooses not to assume office, new
1° de garder fidélité à la République du Rwanda ;
2° dâobserver et dĂ©fendre la Constitution et les autres lois ;
3° de remplir loyalement les fonctions qui me sont confiées ;
4° de prĂ©server la paix et lâintĂ©gritĂ© du territoire ;
5° de consolider lâUnitĂ© Nationale ;
6° de ne jamais utiliser les pouvoirs qui me sont dévolus à des fins personnelles ;
7° de veiller aux intĂ©rĂȘts du peuple rwandais.
En cas de parjure, que je subisse les rigueurs de la loi.
Que Dieu m'assiste. »
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique prĂȘte serment dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas un (1) mois Ă compter de la date de son Ă©lection. Son serment est reçu par le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme.
Article 105: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique en exercice reste en fonction jusquâĂ lâinstallation de son successeur.
Toutefois, pendant cette période, le Président sortant ne peut pas exercer les compétences suivantes :
1° déclarer la guerre;
2° dĂ©clarer lâĂ©tat dâurgence ou de siĂšge;
3° initier le référendum.
En outre, pendant cette pĂ©riode, la Constitution ne peut pas ĂȘtre rĂ©visĂ©e.
Au cas oĂč le PrĂ©sident de la RĂ©publique Ă©lu dĂ©cĂšde, se trouve dĂ©finitivement empĂȘchĂ© ou renonce au bĂ©nĂ©fice de son Ă©lection avant son entrĂ©e en fonction, il est procĂ©dĂ© Ă de
- 46 Â
andi matora.
Ingingo ya 106 : Umurimo wa Perezida wa Repubulika ntushobora kubangikanywa nâundi murimo wo mu nzego za Leta zitorerwa, indi mirimo ya Leta, ya gisiviri cyangwa ya gisirikare cyangwa se nâundi murimo wâumwuga.
Ingingo ya 107: Iyo Perezida wa Repubulika apfuye, yeguye cyangwa agize impamvu zimubuza burundu gukomeza imirimo ye, asimburwa byâagateganyo na Perezida wa Sena, ataboneka agasimburwa na Perezida wâUmutwe wâabadepite; iyo abo bombi batabonetse, imirimo ya Perezida wa Repubulika ikorwa byâagateganyo na Minisitiri wâIntebe.
Ariko usimbuye Perezida wa Repubulika uvugwa muri iyi ngingo ntashobora gushyira abakozi mu mirimo, gukoresha itora rya referendumu cyangwa ivugurura ryâItegeko Nshinga, gutanga imbabazi ku baciriwe urubanza nâurukiko, cyangwa gutangiza intambara.
Muri icyo gihe, iyo Perezida wa Repubulika avuyeho mbere yâuko manda ye irangira, itora ryo kumusimbura rikorwa mu minsi itarenze mirongo cyenda (90).
Mu gihe Perezida wa Repubulika atari mu gihugu, arwaye cyangwa adashoboye byâigihe gito gukora imirimo ye, asigarirwaho na Minisitiri wâIntebe.
Ingingo ya 108: Ishyirwa ryâumukono ku mategeko (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mategeko yatowe bitarenze igihe cyâiminsi mirongo itatu (30) uhereye ku munsi ayo
elections shall be held.
Article 106: The office of the President of the Republic is incompatible with the holding of any other elective public office, public function or any other civilian or military employment or professional activities.
Article 107: In the event of the death, resignation or permanent incapacity of the President of the Republic, the President shall be replaced in an acting capacity by the President of the Senate; in the absence of the President of the Senate, by the Speaker of the Chamber of Deputies and in the absence of both, the duties of the President shall be assumed in an acting capacity by the Prime Minister.
The acting President of the Republic referred to in this Article shall not make appointments to public office, call a referendum, initiate an amendment to the Constitution, excercise the prerogative of mercy or make a declaration of war.
In the event that the office of the President of the Republic becomes vacant before the expiry of the Presidentâs term, elections to replace him/her shall be organized within a period not exceeding ninety days (90).
In the case of the President of the Republic being out of the country, sick or temporarily unable to perform his/her duties, his/her duties shall be assumed by the Prime Minister.
Article 108: Promulgation of laws (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall promulgate laws within thirty (30) days after he/she receives them.
nouvelles élections.
Article 106: Les fonctions de PrĂ©sident de la RĂ©publique sont incompatibles avec lâexercice de tout autre mandat Ă©lectif, de tout emploi public, civil ou militaire et de toute autre activitĂ© professionnelle.
Article 107: En cas de vacance de la PrĂ©sidence de la RĂ©publique par dĂ©cĂšs, dĂ©mission ou empĂȘchement dĂ©finitif, lâintĂ©rim des fonctions du PrĂ©sident de la RĂ©publique est exercĂ© par le PrĂ©sident du SĂ©nat et en cas dâempĂȘchement, par le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s ; lorsque les deux derniers ne sont pas disponibles, lâintĂ©rim de la PrĂ©sidence de la RĂ©publique est assurĂ© par le Premier Ministre.
Toutefois, la personne qui exerce les fonctions du Président de la République aux termes du présent article ne peut pas procéder à des nominations, initier un référendum ou la révision de la Constitution, exercer le droit de grùce ou déclarer la guerre.
En cas de vacance de poste du PrĂ©sident de la RĂ©publique avant lâĂ©chĂ©ance du mandat, les Ă©lections doivent ĂȘtre organisĂ©es dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas quatre-vingt dix jours (90).
En cas d'absence du territoire, de maladie ou dâempĂȘchement provisoire, lâintĂ©rim des fonctions du PrĂ©sident de la RĂ©publique est assurĂ© par le Premier Ministre.
Article 108: Promulgation de lois (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Président de la République promulgue les lois dans les trente (30) jours qui suivent la date à laquelle il les a reçues.
mategeko yamugerejweho.
Icyakora, mbere yo kuyashyiraho umukono, Perezida wa Repubulika ashobora gusaba Inteko Ishinga Amategeko kuyasubiramo.
Muri icyo gihe, iyo Inteko Ishinga Amategeko yongeye gutora itegeko ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) ku byerekeye amategeko asanzwe cyangwa bwa bitatu bya kane (3/4) ku byerekeye amategeko ngenga, Perezida wa Repubulika agomba kurishyiraho umukono mu gihe cyavuzwe mu gika cya mbere cyâiyi ngingo.
Minisitiri wâIntebe ashyira umukono wâingereka ku mategeko yemejwe nâInteko Ishinga Amategeko nâamategeko-teka ashyirwaho umukono na Perezida wa Repubulika. Ingingo ya 109: Abisabwe na Guverinoma kandi amaze guhabwa inama nâUrukiko rwâIkirenga, Perezida wa Repubulika ashobora gukoresha referendumu ku bibazo birebana nâinyungu rusange zâIgihugu, ku mushinga wâitegeko risanzwe, ku mushinga wâitegeko ngenga, cyangwa ku mushinga wo gushyira umukono ku masezerano mpuzamahanga atanyuranyije nâItegeko Nshinga ariko afite ingaruka ku mikorere yâinzego za Leta.
Iyo uwo mushinga wemejwe nâitora rya referendumu, Perezida wa Repubulika awushyiraho umukono mu gihe kitarenze iminsi umunani (8) uhereye igihe hatangajwe ibyavuye muri iryo tora.
Ingingo ya 110: Ububasha bwa Perezida wa Repubulika mu byerekeranye nâintambara (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ni Umugaba wâIkirenga wâIngabo zâu Rwanda.
Perezida wa Repubulika atangiza intambara.
- 47 Â
However, before the promulgation of Toutefois, avant leur promulgation, laws, the President of the Republic le Président de la République peut may request the Parliament to demander au Parlement de procéder reconsider them. à une deuxiÚme lecture.
In such a case, should the Parliament Dans ce cas, si le Parlement vote la adopt the law by a majority of two mĂȘme loi Ă la majoritĂ© des deux tiers thirds (2/3) in the case of ordinary (2/3) pour les lois ordinaires et des Laws and by a majority of three- trois quarts (3/4) pour les lois quarters (3/4) in the case of the organiques, le PrĂ©sident de la Organic Laws, the President of the RĂ©publique doit la promulguer dans Republic shall promulgate the Law le dĂ©lai prĂ©vu Ă lâalinĂ©a premier du within the period referred to in prĂ©sent article. paragraph one of this Article.
The Prime Minister shall countersign Le Premier Ministre contresigne les the Laws adopted by the Parliament lois adoptées par le Parlement et les and the Decree-laws promulgated by décrets-lois promulgués par le the President of the Republic. Président de la République.
Article 109: Article 109: Upon the proposal of the Cabinet Le PrĂ©sident de la RĂ©publique peut, and after receiving an advisory sur proposition du Gouvernement et opinion of the Supreme Court, the aprĂšs avis de la Cour SuprĂȘme, President of the Republic may call a soumettre au rĂ©fĂ©rendum toute referendum on issues of general question dâintĂ©rĂȘt national ou tout national interest, on a bill of an projet de loi ordinaire ou organique ordinary Law, on a bill of an Organic ainsi que tout projet de la loi portant Law or Decree relating to the ratification dâun traitĂ© qui, sans ĂȘtre signature of an international treaty or contraire Ă la Constitution, aurait des agreement which is not inconsistent incidences sur le fonctionnement des with the Constitution but has institutions de l'Etat. repercussions on functioning of state institutions.
Should the referendum adopt the Lorsque le projet a été adopté par proposal, the President of the référendum, le Président de la Republic shall promulgate it within République promulgue la loi dans un a period of eight (8) days as from the délai de huit (8) jours à compter de time of proclamation of the results of la proclamation des résultats. the referendum.
Article 110: Powers of the Article 110: Pouvoirs du PrĂ©sident President of the Republic in de la RĂ©publique en matiĂšre de matters concerning war guerre (Amendment nË 04 of 17/06/2010) (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
The President of the Republic is the Le PrĂ©sident de la RĂ©publique est le Commander-in-Chief of the Rwanda Commandant SuprĂȘme des Forces Defence Forces. Rwandaises de DĂ©fense.
The President of the Republic shall Le Président de la République declare war. déclare la guerre.
- 48 -
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku masezerano yo guhagarika no kurangiza intambara.
Perezida wa Repubulika atangaza ibihe byâamage nâibihe byâimidugararo mu buryo buteganywa nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Ingingo ya 111: Perezida wa Repubulika afite ububasha bwo gutanga imbabazi mu buryo buteganywa nâamategeko kandi amaze kubigishamo inama Urukiko rw'Ikirenga.
Afite ububasha bwo gushyiraho ifaranga ryâIgihugu mu buryo buteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 112: Ishyirwa ryâumukono ku mateka ya Perezida (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mateka ya Perezida yemejwe mu Nama yâAbaminisitiri, ayo mateka agashyirwaho umukono na none na Minisitiri wâIntebe.
Ingingo ya 113: Amateka Perezida wa Repubulika ashyiraho umukono (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mateka ya Perezida yemejwe nâInama yâAbaminisitiri yerekeye :
1° gutanga imbabazi ku baciriwe imanza burundu nâurukiko;
2° gushyiraho ifaranga ryâIgihugu ;
3° gutanga imidari nâimpeta byâishimwe;
4° gushyira mu bikorwa amategeko iyo biri mu nshingano ze;
The President of the Republic shall sign both armistice and peace agreements.
The President of the Republic shall declare state of siege and state of emergency in accordance with the provisions of the Constitution and other Laws.
Article 111: The President of the Republic shall have authority to exercise the prerogative of mercy in accordance with the procedure determined by Law and after consulting the Supreme Court on the matter.
He/she shall have authority of issuing national currency in accordance with procedures determined by the Law.
Article 112: Signing Presidential Orders (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall sign Presidential Orders approved by the Cabinet. Such Orders shall be countersigned by the Prime Minister.
Article 113: Orders signed by the President of the Republic (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic shall sign Presidential Orders approved by Cabinet regarding:
1° the grant of mercy;
2° the issue of national currency;
3° the award of national orders and decoration of honour;
4° the implementation of Laws when it is his/her responsibility;
Le Président de la République signe l'armistice et les accords de paix.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique dĂ©clare lâĂ©tat de siĂšge et lâĂ©tat dâurgence dans les conditions fixĂ©es par la Constitution et dâautres lois.
Article 111: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique exerce le droit de grĂące dans les conditions dĂ©finies par la loi et aprĂšs avis de la Cour SuprĂȘme.
Il a le droit dâĂ©mettre la monnaie nationale dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
Article 112: Signature des arrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique signe les arrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels adoptĂ©s en Conseil des Ministres. Ces arrĂȘtĂ©s sont contresignĂ©s par le Premier Ministre.
Article 113: ArrĂȘtĂ©s signĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique signe les arrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels approuvĂ©s en Conseil des Ministres concernant :
1° le droit de grùce;
2° émission de la monnaie nationale;
3° les décorations dans les Ordres Nationaux et décorations honorifiques ;
4° lâexĂ©cution des lois lorsquâil en est chargĂ© ;
- 49 Â
5° gushyiraho no kugena inshingano byâinzego zâimirimo za Perezidansi ya Repubulika, iza Sena, izâUmutwe wâAbadepite nâizâUrukiko rwâIkirenga;
5° establishment and determination of responsibilities of organs of the Office of the President, the Senate, the Chamber of Deputies as well as of the Supreme Court;
5° la crĂ©ation et la dĂ©termination des attributions des services de la PrĂ©sidence de la RĂ©publique, du SĂ©nat, de la Chambre des DĂ©putĂ©s ainsi que ceux de la Cour SuprĂȘme ;
6° gushyira mu rwego rwâaba Ofisiye abasirikare, abapolisi nâabacungagereza barangije amahugurwa yâibanze abagira aba Ofisiye;
6° promotion to the rank of officers, army officers, police officers and prison wardens who have completed their basic course which promotes them to the rank of officers;
6° la promotion au grade dâofficiers, des militaires, policiers et gardiens des prisons qui terminent la formation de base qui les promeut au grade dâofficiers ;
7° kuzamura mu ntera gushyira mu myanya :
no 7° promotion and appointment of the following officers:
7° la promotion nomination:
et la
a) aba Ofisiye b'Ingabo zâu Rwanda bari ku rwego rwa jenerali;
a) officers of the Rwanda Defence Forces with the rank of General;
a) des officiers généraux des Forces Rwandaises de Défense;
b) aba Ofisiye bakuru b'Ingabo z'u Rwanda;
b) senior officers of the Rwanda Defence Forces;
b) des officiers supérieurs des Forces Rwandaises de Défense;
c) aba Ofisiye bato bâingabo z'u Rwanda;
c) junior officers of the Rwanda Defence Forces;
c) des officiers subalternes des Forces Rwandaises de Défense;
d) aba Komiseri ba Polisi y'u Rwanda;
d) commissioners of the Rwanda National Police;
d) des commissaires de Police Nationale Rwanda;
la du
e) aba Ofisiye bakuru ba Polisi y'u Rwanda.
e) senior officers of the Rwanda National Police;
e) des officiers Supérieurs de la Police Nationale du Rwanda.
f) aba Ofisiye bato Polisi yâu Rwanda;
ba f) junior officers of the Rwanda National Police;
f) des officiers subalternes de la Police Nationale du Rwanda ;
g) aba Ofisiye bakuru bâUrwego rwâIgihugu rushinzwe imicungire ya za Gereza.
g) senior officers of the National Prison Service.
g) les officiers supérieurs du Service National des Prisons.
Abandi basirikare, abapolisi nâabacungagereza bashyirwaho bakanazamurwa mu ntera hakurikijwe amategeko abagenga.
Other military and police officers as well as the prison wardens shall be appointed and promoted in accordance with Laws governing them.
Les autres militaires, policiers et autres agents du Service National des Prisons sont nommés et promus conformément aux lois qui les régissent.
8° gushyira no kuvana ku 8° appointment and removal 8° la nomination et la
- 50 Â
mirimo abacamanza nâabashinjacyaha bakurikira :
from office of the following judges and prosecutors:
révocation des juges et des procureurs suivants:
a) Perezida, Visi Perezida nâabacamanza b'Urukiko rw'Ikirenga ;
a) the President, Vice President and judges of the Supreme Court;
a) le PrĂ©sident, le Vice- PrĂ©sident et les juges de la Cour SuprĂȘme;
b)
c)
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru nâabâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi ; Umushinjacyaha Mukuru n'Umushinjacyaha Mukuru Wungirije.
b)
c)
the President and the Vice President of the High Court and the Commercial High Court;
the Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General.
b)
c)
le Président et le Vice- Président de la Haute Cour et ceux de la Haute Cour de Commerce ;
le Procureur Général et le Procureur Général Adjoint.
9° gushyiraho no kuvanaho abayobozi bakurikira:
9° appointment and removal of the following officials:
9° la nomination et la révocation des autorités suivantes :
a) Umuyobozi w'Ibiro bya Perezida wa Repubulika;
a) the Director of Cabinet in the Office of the President of the Republic;
a) le Directeur de Cabinet du Président de la République ;
b) Abaguverineri bâIntara; b) Governors of Provinces ; b) les gouverneurs de Provinces;
c) Abakomiseri ba za Komisiyo zâIgihugu, abakuru nâababungirije bâinzego zihariye za Leta nâabâibigo bya Leta ndetse nâibishamikiye kuri Leta bifite ubuzima gatozi;
c) Commissioners of National Commissions, heads and their deputies of Government specialized organs, public institutions and parastatal organisations which have legal personality;
c) les commissaires des Commissions Nationales, les responsables et leurs adjoints des Organes spĂ©cialisĂ©s de lâEtat et des Etablissements publics et para-Ă©tatiques dotĂ©s de la personnalitĂ© juridique ;
d) Abayobozi nâAbayobozi bungirije ba za Kaminuza za Leta nâabâibigo byâamashuri makuru ya Leta;
d) Rectors and Vice Rectors of Public Universities and institutions of higher learning;
d) les recteurs et vice-recteurs des UniversitĂ©s et des institutions publiques dâenseignement supĂ©rieur;
e) Umunyamabanga wihariye wa Perezida wa Repubulika;
e) the Principal Private Secretary to the President of the Republic;
e) le secrétaire Particulier du Président de la République ;
f) Abajyanama muri Perezidansi ya Repubulika ;
f) Advisors in the Office of the President;
f) les conseillers à la Présidence de la République ;
g) Abahagarariye u Rwanda mu bihugu by'amahanga no mu miryango mpuzamahanga;
g) Ambassadors and permanent representatives of Rwanda to international organisations;
g) les ambassadeurs et les représentants permanents auprÚs des pays étrangers et des organisations internationales ;
h) Abayobozi bâimirimo muri Perezidansi ya Repubulika;
h) Heads of services in the Office of the President;
h) les chefs de service à la Présidence de la
i) Abanyamabanga Bakuru mu Nteko Ishinga Amategeko nâababungirije, Umunyamabanga Mukuru mu Rukiko rwâIkirenga, Umunyamabanga Mukuru mu Bushinjyacyaha Bukuru, Abanyamabanga Bahoraho muri za Minisiteri nâAbanyamabanga Bakuru bâizindi nzego za Leta;
j) abandi bayobozi bâinzego za Leta bagenwa nâitegeko;
10° Abagize Inama yâUbuyobozi mu bigo bya Leta nâabahagarariye Leta mu bigo ifitemo imigabane.
Ingingo ya 114 : Perezida wa Repubulika ahagararira u Rwanda mu mibanire yarwo nâamahanga; ashobora kandi kugena umuhagararira.
Perezida wa Repubulika aha ububasha abahagararira u Rwanda mu bihugu byâamahanga nâintumwa zidasanzwe muri ibyo bihugu.
Abaje guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda nâintumwa zidasanzwe zâamahanga zimushyikiriza inyandiko zibibahera uburenganzira.
Ingingo ya 115 : Ibigenerwa Perezida wa Repubulika (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Itegeko ngenga riteganya ibigenerwa Perezida wa Repubulika rikanagena ibihabwa Abakuru bâIgihugu bacyuye igihe.
Icyakora, iyo Perezida wa Repubulika yakatiwe igihano nâinkiko kubera kugambanira igihugu cyangwa kwica bikomeye kandi nkana Itegeko Nshinga, ntashobora guhabwa ibigenerwa abacyuye igihe.
- 51 Â
i) Clerks in Parliament and their deputies, Secretary General in Supreme Court, Secretary General in National Public Prosecution Authority, Permanent Secretaries in Ministries and Secretaries General in other public institutions;
j) other Heads of public institutions as the law may determine;
10° members of the Boards of Directors of Public enterprises and Parastatal organizations.
Article 114: The President of the Republic shall represent the State of Rwanda in its relations with foreign countries and may appoint persons to represent him/her.
The President of the Republic shall accredit Ambassadors and Special Envoys to foreign states.
Ambassadors accredited to Rwanda and Special Envoys shall present their Credentials to the President of the Republic.
Article 115 : Benefits entitled to the President of the Republic (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
An Organic Law shall determine the benefits to which the President of the Republic and the former Heads of State are entitled.
However, a President convicted of high treason or grave and intentional breach of the Constitution shall not be entitled to benefits accorded to former Heads of State.
République ;
i) les secrĂ©taires gĂ©nĂ©raux du Parlement et leurs adjoints, le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral de la Cour SuprĂȘme, le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire, les secrĂ©taires permanents des ministĂšres et les secrĂ©taires gĂ©nĂ©raux dâautres institutions de lâEtat ;
j) les autres dirigeants des organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi ;
10° les membres du Conseil d'Administration dans les Ă©tablissements publics et les reprĂ©sentants de lâEtat dans les sociĂ©tĂ©s parastatales.
Article 114: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique reprĂ©sente lâEtat Rwandais dans ses rapports avec lâĂ©tranger et peut se faire reprĂ©senter.
Le Président de la République accrédite les ambassadeurs et les envoyés spéciaux auprÚs des pays étrangers.
Les Ambassadeurs et les envoyés extraordinaires étrangers sont accrédités auprÚs du Président de la Republique.
Article 115 : Avantages alloués au Président de la République (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Une loi organique fixe les avantages accordĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique ainsi que ceux accordĂ©s aux anciens Chefs dâEtat.
Toutefois, le PrĂ©sident de la RĂ©publique qui a Ă©tĂ© condamnĂ© pour haute trahison ou pour violation sĂ©rieuse et dĂ©libĂ©rĂ©e de la Constitution, nâaura droit Ă aucun avantage liĂ© Ă la cessation des fonctions.
- 52 -
Uwahoze ari Perezida wa Repubulika ntashobora gukurikiranwaho ibyaha bivugwa mu gika kibanziriza iki, igihe aba atarabikurikiranyweho akiri ku mirimo ye.
Icyiciro cya 2 : Ibyerekeye Guverinoma
Ingingo ya 116: Abagize Guverinoma nâishyirwaho ryabo (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Guverinoma igizwe na Minisitiri wâIntebe, Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bashobora kugenwa na Perezida wa Repubulika, bibaye ngombwa.
Minisitiri wâIntebe atoranywa, ashyirwaho kandi avanwaho na Perezida wa Repubulika.
Abandi bagize Guverinoma bashyirwaho bakanakurwaho na Perezida wa Repubulika ashyikirijwe amazina yabo na Minisitiri wâIntebe.
Abagize Guverinoma batoranywa mu mitwe ya politiki hakurikijwe imyanya yayo mu Mutwe wâAbadepite ariko bitabujije ko nâabafite ubushobozi batari mu mitwe ya politiki bashyirwa muri Guverinoma.
Icyakora, umutwe wa Politiki wabonye amajwi menshi mu matora yâAbadepite ntushobora kurenza mirongo itanu ku ijana (50%) byâabagize Guverinoma.
Ingingo ya 117: Ishyirwaho nâinshingano bya Guverinoma (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 kanama 2008) Minisitiri wâIntebe ashyirwaho bitarenze iminsi cumi nâitanu (15) nyuma yâirahira rya Perezida wa Repubulika. Abandi bagize Guverinoma bashyirwaho bitarenze
A former Head of State shall not be prosecuted for any of the preceding crimes when no proceedings in respect to such an offence were brought against him/her during his/her presidency.
Section 2: The Cabinet
Article 116: Composition of Cabinet and appointment of its members (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Cabinet shall comprise of the Prime Minister, Ministers, Ministers of State and other members who may be determined, if necessary, by the President of the Republic.
The Prime Minister shall be nominated, appointed and removed from office by the President of the Republic.
Other members of Cabinet shall be appointed and removed from office by the President of the Republic upon proposal by the Prime Minister.
Members of Cabinet shall be selected from political organizations on the basis of the seats those organizations have in the Chamber of Deputies without excluding the possibility of appointing to Cabinet other competent people who do not belong to political organizations.
However, a political organization holding the majority of seats in the Chamber of Deputies shall not exceed fifty per cent (50%) of all the members of the Cabinet.
Article 117: Appointment and responsibilities of the Cabinet (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The Prime Minister shall be appointed within a period not exceeding fifteen (15) days after the oath of the President of the Republic. Other Cabinet members shall be
Un ancien PrĂ©sident de la RĂ©publique ne peut faire lâobjet de poursuite pour les infractions prĂ©vues Ă lâalinĂ©a prĂ©cĂ©dent sâil ne lâa pas Ă©tĂ© en cours de fonction.
Section 2: Du Gouvernement
Article 116: Composition du Gouvernement et nomination de ses membres (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Gouvernement se compose du Premier Ministre, des ministres, des secrĂ©taires d'Etat et dâautres membres que le PrĂ©sident de la RĂ©publique peut dĂ©signer, en cas de nĂ©cessitĂ©.
Le Premier Ministre est choisi, nommé et démis de ses fonctions par le Président de la République.
Les autres membres du Gouvernement sont nommés et démis par le Président de la République sur proposition du Premier Ministre.
Les membres du Gouvernement sont choisis au sein des formations politiques en tenant compte de la rĂ©partition des siĂšges Ă la Chambre des DĂ©putĂ©s sans pour autant exclure la possibilitĂ© de choisir dâautres personnes compĂ©tentes qui ne sont pas membres des formations politiques.
Toutefois, la formation politique majoritaire à la Chambre des Députés ne peut pas avoir plus de cinquante pourcent (50%) de tous les membres du Gouvernement.
Article 117 : Mise en place et mission du Gouvernement (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Le Premier Ministre est nommé dans un délai ne dépassant pas les quinze (15) jours suivant la prestation de serment du Président de la République. Les autres membres du
- 53 Â
iminsi cumi nâitanu (15) nyuma yâishyirwaho rya Minisitiri wâIntebe.
Guverinoma ishyira mu bikorwa politiki yâIgihugu Perezida wa Repubulika yumvikanyeho nâInama yâAbaminisitiri.
Guverinoma ibazwa ibyo ikora na Perezida wa Repubulika n`Inteko Ishinga Amategeko. Uburyo Guverinoma ibazwamo ibyo ikora nâInteko Ishinga Amategeko buteganywa nâItegeko Nshinga.
Ingingo ya 118: Inshingano za Minisitiri wâIntebe (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Minisitiri wâIntebe:
1° ayobora imikorere ya Guverinoma akurikije imirongo mikuru yatanzwe na Perezida wa Repubulika, akanakurikirana iyubahirizwa ryâamategeko;
2° ategura gahunda ya Guverinoma abigiyeho inama nâabandi bagize Guverinoma;
3° ashyikiriza Inteko Ishinga Amategeko gahunda ya Guverinoma bitarenze iminsi mirongo itatu (30) uhereye igihe yatangiriye imirimo ye;
4° agena inshingano zâAbaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma;
5° ahamagaza Inama yâAbaminisitiri, ashyiraho urutonde rwâibyigwa agishije inama abandi bagize Guverinoma, akabishyikiriza Perezida wa Repubulika nâabandi bagize Guverinoma nibura iminsi itatu (3) mbere yâuko inama iba, usibye ibibazo byihutirwa bisuzumwa nâinama zidasanzwe;
appointed within fifteen (15) days after the appointment of the Prime Minister.
The Cabinet shall implement national policy agreed upon by the President of the Republic and the Cabinet.
The Cabinet shall be answerable to the President of the Republic and Parliament. Modalities for exercising the oversight of the Government by the Parliament shall be provided for by the Constitution.
Article 118: Responsibilities of the Prime Minister (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Prime Minister shall:
1° head the operation of Cabinet in accordance with broad guidelines given by the President of the Republic and shall ensure the implementation of Laws ;
2° formulate Government programmes in consultation with other Cabinet members;
3° present to the Parliament Government programmes within a period of thirty (30) days after assuming office;
4° assign duties to Ministers, Ministers of State and other Cabinet members ;
5° convene Cabinet meetings, draw up the agenda of the Cabinet in consultation with other members of the Cabinet and shall communicate it to the President of the Republic and other members of the Cabinet at least three (3) days before the meeting, except in matters of urgency which shall be considered by extraordinary meetings of the Cabinet;
Gouvernement sont nommés dans un délai ne dépassant pas les quinze (15) jours suivant la nomination du Premier Ministre.
Le Gouvernement exĂ©cute la politique nationale arrĂȘtĂ©e de commun accord par le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Conseil des Ministres.
Le Gouvernement est responsable devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Parlement. Les modalitĂ©s de contrĂŽle de lâaction gouvernementale par le Parlement sont dĂ©terminĂ©es par la Constitution.
Article 118: Attributions du Premier Ministre (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Premier Ministre:
1° dirige lâaction du Gouvernement suivant les grandes orientations dĂ©finies par le PrĂ©sident de la RĂ©publique et assure le suivi de lâexĂ©cution des lois;
2° élabore le programme du Gouvernement en concertation avec les autres membres du Gouvernement;
3° présente au Parlement le programme du Gouvernement dans les trente (30) jours de son entrée en fonction;
4° fixe les attributions des ministres, secrĂ©taires dâEtat et autres membres du Gouvernement ;
5° convoque le Conseil des ministres, Ă©tablit son ordre du jour en consultation avec les autres membres du Gouvernement et le communique au PrĂ©sident de la RĂ©publique et aux autres membres du Gouvernement au moins trois jours (3) avant la tenue du Conseil, sauf les cas dâurgence dĂ©volus aux Conseils extraordinaires;
- 54 Â
6° ayobora Inama yâAbaminisitiri; icyakora, iyo Perezida wa Repubulika yayijemo ni we uyiyobora;
7° ashyira umukono ku mateka ashyiraho akanagenga imitunganyirize nâinshingano byâinzego za Leta ziri mu nshingano ze;
8° ashyira umukono ku mateka yerekeye ishyirwa ku mirimo nâivanwaho ryâabakozi bakuru bakurikira:
a) Umuyobozi wâIbiro bya Minisitiri wâIntebe;
b) Abanyamabanga Nshingwabikorwa ba za Komisiyo zâIgihugu ;
c) Abajyanama n'Abakuru b'imirimo mu Biro bya Minisitiri wâIntebe;
d) abandi bakozi bakuru mu bigo bya Leta igihe ntaho biteganyijwe ukundi ;
e) Abayobozi Bakuru nâAbayobozi mu Nteko Ishinga Amategeko, mu Rukiko rwâIkirenga, muri Serivisi za Minisitiri wâIntebe, mu Bushinjacyaha Bukuru, muri Minisiteri no mu zindi nzego za Leta;
f) Abashinjacyaha bo ku rwego rwâIgihugu, Abashinjacyaha bo ku rwego rwisumbuye nâAbashinjacyaha bo ku rwego rwâibanze;
g) Abakozi bashyirwaho mu rwego rumwe nâabavuzwe muri iyi ngingo kimwe nâabandi bayobozi bateganywa nâitegeko iyo bibaye ngombwa.
Abandi bakozi bashyirwaho
6° chair Cabinet meetings; however, when the President of the Republic is in attendance, he/she shall chair;
7° sign Orders establishing and determining the organisation and responsibilities of public services under his/her authority;
8° sign appointment and termination Orders for the following senior officers:
a) Director of Cabinet in the Office of the Prime Minister;
b) Executive Secretaries of National Commissions;
c) Advisors and Heads of Service in the Office of the Prime Minister;
d) Other Senior officers of Public Institutions where it is not provided otherwise;
e) Directors General and Directors within Parliament, Supreme Court, Office of the Prime Minister, National Public Prosecution Authority, Ministries and other public institutions ;
f) National Prosecutors, prosecutors at the intermediate level and prosecutors at the primary level;
g) Public servants appointed at a similar level as those specified in this Article and any others as the law may specify where necessary.
Other public servants shall be
6° préside le Conseil des Ministres ; toutefois, lorsque le Président de la République est présent, celui-ci en assure la présidence;
7° signe les arrĂȘtĂ©s portant crĂ©ation et dĂ©terminant lâorganisation et les attributions des services de lâEtat sous sa supĂ©rvision;
8° signe les arrĂȘtĂ©s de nomination et de cessation de fonction des hauts fonctionnaires suivants:
a) le Directeur de Cabinet du Premier Ministre;
b) les secrétaires exécutifs des Commissions Nationales ;
c) les conseillers et chefs de service dans les services du Premier Ministre;
d) les autres hauts cadres des Ă©tablissements publics sauf sâil en est disposĂ© autrement ;
e) les directeurs gĂ©nĂ©raux et directeurs au sein du Parlement, de la Cour SuprĂȘme, des services du Premier Ministre, de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire, des ministĂšres et autres institutions publiques ;
f) les procureurs nationaux, les officiers de poursuite judiciaire au niveau de grande instance et ceux dâinstance de base;
g) les fonctionnaires nommĂ©s Ă des fonctions de mĂȘme rang que ceux citĂ©s dans le prĂ©sent article et autres dirigeants dĂ©terminĂ©s par la loi si nĂ©cessaire.
Les autres fonctionnaires sont
- 55 Â
hakurikijwe amategeko yihariye.
Ingingo ya 119: Amateka ya Minisitiri wâIntebe ashyirwaho umukono wâingereka nâAbaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma bashinzwe kuyashyira mu bikorwa.
Ingingo ya 120: Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma bashyira mu bikorwa amategeko bakoresheje amateka igihe biri mu nshingano zabo.
Inama y'Abaminisitiri igendera ku ihame ry'uko abayigize bagomba gukorera hamwe.
Iteka rya Perezida rigena imikorere y'Inama y'Abaminisitiri, abayigize n'uburyo ibyemezo byayo bifatwa.
Ingingo ya 121: Ibyigwa nâInama yâAbaminisitiri (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâAbaminisitiri isuzuma:
1° imishinga yâamategeko nâiyâamategeko-teka;
2° imishinga yâamateka ya Perezida, aya Minisitiri wâIntebe, ayâAbaminisitiri, ayâAbanyamabanga ba Leta nâayâabandi bagize Guverinoma;
3° ibindi byose iherwa ububasha nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Iteka rya Perezida rigena Amateka y'Abaminisitiri, ayâAbanyamabanga ba Leta nâayâabandi bagize Guverinoma yemezwa atanyuze mu Nama y'Abaminisitiri.
appointed in accordance with specific Laws.
Article 119: Prime Ministerâs Orders shall be countersigned by the Ministers, Ministers of State and other members of the Cabinet responsible for their implementation.
Article 120: Ministers, Ministers of State and other members of Cabinet shall implement laws relating to matters for which they are responsible by way of orders.
The Cabinet shall function on the basis of collective responsibility.
A Presidential Order shall determine the Cabinetâs functioning, membership and procedures for making decisions.
Article 121: Items deliberated upon by the Cabinet (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Cabinet shall deliberate upon the following:
1° bills and draft decree-laws;
2° drafts of Presidential Orders, Prime Ministerâs Orders, Ministerial Orders, and Orders of Ministers of State and other members of Cabinet;
3° any other matters in respect of which the Constitution and other laws vest responsibility in the Cabinet.
A Presidential Order shall determine Ministerial Orders, Oders of Ministers of State and Orders of other members of Cabinet which shall be adopted without consideration by the Cabinet.
nommés conformément à des lois spécifiques.
Article 119: Les arrĂȘtĂ©s du Premier Ministre sont contresignĂ©s par les ministres, les secrĂ©taires dâEtat et autres membres du Gouvernement chargĂ©s de leur exĂ©cution.
Article 120: Les ministres, les secrĂ©taires d'Etat et les autres membres du Gouvernement exĂ©cutent, les lois par voie dâarrĂȘtĂ©s lorsquâils en sont chargĂ©s.
Le Conseil des Ministres fonctionne sur base du principe de la solidarité gouvernementale.
Un arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel dĂ©termine le fonctionnement, la composition et le mode de prise de dĂ©cision du Conseil des Ministres.
Article 121: Points examinĂ©s par le Conseil des Ministres (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil des Ministres délibÚre sur:
1° les projets de lois et de décrets-lois ;
2° les projets dâarrĂȘtĂ©s prĂ©sidentiels, du Premier Ministre, des ministres, des secrĂ©taires dâEtat et dâautres membres du Gouvernement ;
3° toutes autres questions de sa compĂ©tence en vertu de la Constitution et dâautres lois.
Un arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel dĂ©termine les arrĂȘtĂ©s ministĂ©riels, les arrĂȘtĂ©s des secrĂ©taires dâEtat et ceux des autres membres du Gouvernement qui ne sont pas soumis Ă lâadoption du Conseil des Ministres.
- 56 -
Ingingo ya 122: Ibigenerwa abagize Guverinoma nâibitabangikanwa nâimirimo yabo (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Imirimo yâabagize Guverinoma ntibangikana no kuba mu bagize Inteko Ishinga Amategeko cyangwa gukora undi murimo uhemberwa.
Indi mirimo itabangikanywa no kuba mu bagize Guverinoma igenwa nâitegeko ngenga ryerekeye imyitwarire yâabayobozi.
Itegeko ngenga rigena ibigenerwa abagize Guverinoma.
Ingingo ya 123 : Mbere yo gutangira imirimo, Minisitiri wâIntebe, Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta nâabandi bagize Guverinoma barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, Inteko Ishinga Amategeko nâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 124 : Iyo Minisitiri wâIntebe yeguye cyangwa avuyeho ku mpamvu iyo ari yo yose, bituma nâabandi bagize Guverinoma begura.
Perezida wa Repubulika yakira ukwegura kwa Guverinoma iyo Minisitiri wâIntebe akumushyikirije.
Muri icyo gihe Guverinoma ikora gusa imirimo ya buri munsi kugeza igihe hashyiriweho indi Guverinoma.
Ingingo ya 125 : Buri Minisitiri, buri Munyamabanga wa Leta cyangwa undi wese mu bagize Guverinoma ashobora kwegura ku bushake bwe abikoze mu nyandiko. Inyandiko yo kwegura ishyikirizwa Perezida wa Repubulika binyujijwe kuri Minisitiri wâIntebe.
Uko kwegura kwemerwa iyo mu
Article 122: Benefits for members of the Cabinet and incompatibilities with their office (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The office of members of Cabinet is incompatible with membership of Parliament or any other remunerated activity.
Other incompatibilities with being a member of Cabinet shall be determined by the Organic Law on leadership code of conduct.
An Organic Law shall determine benefits to which members of the Cabinet are entitled.
Article 123: Before assuming office, the Prime Minister, Ministers, Ministers of State and other members of Cabinet shall take oath before the President of the Republic, Parliament and the Supreme Court.
Article 124: The resignation or vacation of the office of the Prime Minister on account of any reason shall lead to resignation of other members of the Cabinet.
The President of the Republic shall receive the resignation of the Cabinet when it is submitted by the Prime Minister.
During such period, the Cabinet shall only deal with routine business until a new Cabinet is appointed.
Article 125: Each Minister, Minister of State or other member of the Cabinet may individually tender in his/her resignation to the President of the Republic through the Prime Minister.
The resignation shall become
Article 122: Avantages dĂ©volus aux membres du Gouvernement et incompatibilitĂ©s de leurs fonctions (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Les fonctions de membre du Gouvernement sont incompatibles avec lâexercice dâun mandat parlementaire ou d'une autre activitĂ© rĂ©munĂ©rĂ©e.
Les autres incompatibilités avec les fonctions de membre du Gouvernement sont déterminées par la loi organique régissant le code de conduite des autorités.
Une loi organique fixe les avantages alloués aux membres du Gouvernement.
Article 123: Avant dâentrer en fonction, le Premier Ministre, les ministres, les secrĂ©taires dâEtat et les autres membres du Gouvernement prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique et en prĂ©sence du Parlement et de la Cour SuprĂȘme.
Article 124: La dĂ©mission ou la cessation de fonctions du Premier Ministre entraĂźne la dĂ©mission de lâensemble des membres du Gouvernement.
Le Président de la République prend acte de la démission du Gouvernement lui présentée par le Premier Ministre.
Dans ce cas, le Gouvernement assure seulement lâexpĂ©dition des affaires courantes jusquâĂ la formation dâun nouveau Gouvernement.
Article 125: Chaque ministre, secrĂ©taire d'Etat ou autre membre du Gouvernement peut, Ă titre personnel, prĂ©senter sa dĂ©mission au PrĂ©sident de la RĂ©publique par lâintermĂ©diaire du Premier Ministre.
Cette dĂ©mission nâest dĂ©finitive que
- 57 Â
gihe cyâiminsi itanu (5) nyirâubwite atisubiyeho kandi na Perezida wa Repubulika akamwemerera.
Icyiciro cya 3 : Ibyerekeye Ubuyobozi bwâibikorwa bya Leta
Ingingo ya 126 : Abakozi ba Leta bahabwa akazi, bashyirwa mu myanya, bazamurwa mu ntera hakurikijwe ihame ryâuko abenegihugu bose bangana, nta kugendera ku marangamutima, nta kubogama kandi binyuze mu mucyo hashingiwe ku bushobozi nâubudakemwa bwâabasaba akazi bâinyangamugayo bâibitsina byombi.
Leta yishingira ukutabogama kwâabayobozi bâibikorwa bya Leta, ukwâIngabo zâu Rwanda, ukwâabapolisi bâu Rwanda nâuko Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâ Umutekano. Bose bagomba buri gihe kutagira aho babogamira no gukorera abaturage nta vangura.
UMUTWE WA IV : IBYEREKEYE IMIKORANIRE YâUBUTEGETSI SHINGAMATEGEKO NâUBUTEGETSI NYUBAHIRIZATEGEKO
Ingingo ya 127 : Perezida wa Repubulika na Minisitiri wâIntebe bagomba kumenyeshwa ibiri ku murongo wâibyigwa mu nama za buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko nâiza Komisiyo zawo.
Minisitiri wâIntebe nâabandi bagize Guverinoma bashobora kujya mu nama za buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko iyo babishatse. Bahabwa ijambo buri gihe iyo barisabye.
Iyo bibaye ngombwa bashobora guherekezwa nâimpuguke bihitiyemo.
Izo mpuguke zishobora gufata ijambo mu nama za Komisiyo Zihoraho gusa.
effective if, within a period of five (5) days, it is not withdrawn by the member of Cabinet concerned and the President of the Republic has consented to it.
Section 3: Public Administration
Article 126: Public servants shall be recruited, posted and promoted in conformity with the principle of equality of citizens, through an objective, impartial and transparent system on the basis of the competence, merit and integrity of applicants of both sexe.
The State shall guarantee the impartiality of the leadership of government departments, the Rwanda Defence Forces, the Rwanda National Police and the National Intelligence and Security Service. They shall all, at all times, ensure impartiality and serve all citizens without discrimination.
CHAPTER IV: RELATIONSHIP BETWEEN THE LEGISLATURE AND EXECUTIVE
Article 127: The President of the Republic and the Prime Minister shall be informed of the agenda of the sessions of each Chamber of Parliament and of its Committees.
The Prime Minister and other members of the Cabinet may attend the sessions of each Chamber of Parliament if they so wish. They take the floor whenever they request to do so.
They may, if need be, be accompanied by technical advisers of their choice.
Such technical advisers may only take part in deliberations in Standing Committees.
si, dans un dĂ©lai de cinq (5) jours, elle nâest pas retirĂ©e par lâintĂ©ressĂ© et que le PrĂ©sident de la RĂ©publique marque son accord.
Section 3: De lâAdministration Publique
Article 126: Les agents de lâEtat sont recrutĂ©s, affectĂ©s et promus conformĂ©ment au principe dâĂ©galitĂ© des citoyens, suivant un systĂšme objectif, impartial et transparent basĂ© sur la compĂ©tence et les capacitĂ©s des candidats intĂšgres des deux sexes.
LâEtat garantit la neutralitĂ© de lâadministration, des Forces Rwandaises de DĂ©fense, de la Police Nationale du Rwanda et du Service National de Renseignements et de SĂ©curitĂ© qui doivent, en toutes circonstances, garder lâimpartialitĂ© et ĂȘtre au service de tous les citoyens.
CHAPITRE IV: DES RAPPORTS ENTRE LE POUVOIR LEGISLATIF ET LE POUVOIR EXECUTIF
Article 127: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Premier Ministre doivent ĂȘtre informĂ©s de lâordre du jour des sĂ©ances de chaque Chambre du Parlement et de ses Commissions.
Le Premier Ministre et les autres membres du Gouvernement peuvent, sâils le dĂ©sirent, assister aux sĂ©ances de chaque Chambre du Parlement. Ils y prennent la parole chaque fois quâils en expriment le dĂ©sir.
Ils peuvent, le cas échéant, se faire accompagner des techniciens de leur choix.
Ces techniciens peuvent prendre la parole seulement dans les Commissions permanentes.
- 58 -
Ingingo ya 128: Uburyo Umutwe wâAbadepite umenya ukanagenzura ibikorwa bya Guverinoma ni ubu bukurikira :
1° kubaza mu magambo ;
2° kubaza mu nyandiko ;
3° kubaza muri Komisiyo ;
4° gushyiraho Komisiyo yâigenzura ;
5° kubarizwa mu ruhame rwâInteko.
Itegeko ngenga rigena ibigomba gukurikizwa mu kumenya no kugenzura ibikorwa bya Guverinoma.
Ingingo ya 129: Mu rwego rwo kumenya no kugenzura imikorere ya Guverinoma, abagize Sena bashobora kubaza Minisitiri wâIntebe mu magambo cyangwa mu nyandiko agasubiza ubwe, iyo ari ibibazo byerekeye Guverinoma yose cyangwa minisiteri nyinshi icyarimwe, cyangwa agasubirizwa nâAbaminisitiri ba za minisiteri bireba.
Sena ishobora na none gushyiraho za komisiyo zishinzwe kugenzura ibikorwa bya Guverinoma.
Icyakora, ntishobora kubariza mu ruhame abagize Guverinoma cyangwa ngo itangize ibyerekeye kubavanaho icyizere.
Ingingo ya 130: Umutwe wâAbadepite ushobora gukemanga imikorere ya Guverinoma, iyâumwe cyangwa benshi mu bagize Guverinoma ukoresheje itora ryâicyemezo cyo kubavanaho icyizere.
Article 128: The Chamber of Deputies shall employ the following methods to obtain information and oversight of activities government:
exercise of the
1° oral questions;
2° written questions;
3° hearings before Committees;
4° Commissions of inquiry;
5° interpellation.
An Organic Law shall determine the procedures by which Parliament obtains information and exercises oversight of government action.
Article 129: In the context of obtaining information and exercising oversight of government action, members of the Senate may address oral or written questions to the Prime Minister to which he/she shall either respond in person if the questions relate to the government as a whole or to many Ministries collectively or through the Ministers responsible for the matters in question.
The Senate may, in addition, set up commissions for oversight of government action.
However, it shall not conduct interpellation or initiate a motion of no confidence.
Article 130: The Chamber of Deputies may put the performance of Cabinet or of one or several members into question through a vote of no confidence.
Article 128: Les moyens dâinformation et de contrĂŽle de la Chambre des DĂ©putĂ©s Ă lâĂ©gard de lâaction gouvernementale sont :
1° la question orale;
2° la question écrite;
3° lâaudition en Commission;
4° la Commission dâenquĂȘte;
5° lâinterpellation.
Une loi organique fixe les conditions et les procĂ©dures relatives aux moyens dâinformation et de contrĂŽle de l'action gouvernementale.
Article 129: Dans le cadre de la procĂ©dure dâinformation et de contrĂŽle de l'action gouvernementale, les membres du SĂ©nat peuvent adresser au Premier Ministre des questions orales ou des questions Ă©crites auxquelles il rĂ©pond soit lui-mĂȘme, sâil sâagit de questions concernant lâensemble du Gouvernement ou plusieurs ministĂšres Ă la fois, soit par lâintermĂ©diaire des Ministres concernĂ©s sâil sâagit de questions concernant leurs dĂ©partements ministĂ©riels.
Le SĂ©nat peut Ă©galement constituer des commissions pour le contrĂŽle de lâaction gouvernementale.
Toutefois, il ne peut procĂ©der Ă lâinterpellation ni initier la procĂ©dure de censure.
Article 130: La Chambre des DĂ©putĂ©s peut mettre en cause la responsabilitĂ© du Gouvernement ou celle dâun ou plusieurs membres du Gouvernement par le vote dâune motion de censure.
- 59 -
Icyifuzo cyo gukuraho icyizere cyakirwa gusa nyuma yo kubarizwa mu ruhame rwâInteko kandi kigashyirwaho umukono nibura na kimwe cya gatanu (1/5) cyâabagize Umutwe wâAbadepite iyo bireba umwe mu bagize Guverinoma, cyangwa kimwe cya gatatu (1/3) nibura iyo bireba Guverinoma yose.
Icyemezo cyo kuvanaho icyizere ntigishobora gutorwa hadashize nibura amasaha mirongo ine nâumunani (48) kuva itora ryâicyo cyemezo risabwe, cyemezwa gusa kandi nâitora ribereye mu ibanga ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize Umutwe wâAbadepite.
Isoza ryâibihembwe bisanzwe cyangwa bidasanzwe rigomba gusubikwa kugira ngo hakorwe ibiteganywa nâiyi ngingo.
Ingingo ya 131: Umwe mu bagize Guverinoma wakuweho icyizere agomba gushyikiriza Perezida wa Repubulika ukwegura kwe abinyujije kuri Minisitiri wâIntebe.
Iyo ari Guverinoma yose yakuweho icyizere, Minisitiri wâIntebe ashyikiriza Perezida wa Repubulika ukwegura kwa Guverinoma.
Iyo gukurwaho icyizere bidatowe, abashyize umukono ku nyandiko ibisaba ntibemerewe kongera kubisaba muri icyo gihembwe.
Ingingo ya 132: Bimaze kwemezwa nâInama yâAbaminisitiri, Minisitiri wâIntebe ashobora gusaba abagize Umutwe wâAbadepite kumugaragariza icyizere haba mu kwemeza gahunda yâibikorwa bya Guverinoma cyangwa mu gutora umushinga wâitegeko.
Impaka ku kibazo cyo kugaragaza
A motion of no confidence shall only be accepted after interpellation and only on condition that the motion is signed by at least a fifth (1/5) of the members of the Chamber of Deputies in the case of a vote of no confidence against one member of the Cabinet, or by at least a third (1/3) of the members of the Chamber of Deputies if it concerns the entire Cabinet.
A motion of no confidence shall not be voted upon prior to the expiry of at least forty-eight (48) hours after its introduction and shall be adopted through a secret ballot by a majority of at least two-thirds (2/3) of the members of the Chamber of Deputies.
The conclusion of ordinary or extraordinary sessions shall be postponed to ensure the application of the provisions of this Article.
Article 131: A member of the Cabinet against whom a vote of no confidence is passed shall tender his/her resignation to the President of the Republic through the Prime Minister.
When the vote of no confidence is passed against the Government, the Prime Minister shall tender the resignation of the Government to the President of the Republic.
Where a motion of no confidence is rejected, signatories to the motion shall not introduce another motion for a vote of no confidence during the same session.
Article 132: The Prime Minister may, upon the proposal by the Cabinet, request the Chamber of Deputies to pass a motion on a vote of confidence either in respect of the Government programme or adoption of a bill.
The debate on the request for a vote
Une motion de censure nâest recevable quâaprĂšs une interpellation et que si elle est signĂ©e par un cinquiĂšme (1/5) au moins des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s pour le cas dâun membre du Gouvernement ou par un tiers (1/5) au moins sâil sâagit de tout le Gouvernement.
Le vote ne peut avoir lieu que quarante huit (48) heures au moins aprĂšs le dĂ©pĂŽt de la motion, et celle ci ne peut ĂȘtre adoptĂ©e quâau scrutin secret et Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s.
La clĂŽture des sessions ordinaires ou extraordinaires est de droit retardĂ©e pour permettre lâapplication des dispositions du prĂ©sent article.
Article 131: Un membre du Gouvernement contre lequel est adoptée une motion de censure est tenu de présenter sa démission au Président de la République par l'intermédiaire du Premier Ministre.
Lorsque la motion de censure est adoptée contre le Gouvernement, le Premier Ministre présente la démission du Gouvernement au Président de la République.
Si la motion de censure est rejetĂ©e, ses signataires ne peuvent en prĂ©senter une nouvelle au cours de la mĂȘme session.
Article 132: Le Premier Ministre peut, aprĂšs dĂ©libĂ©ration du Conseil des Ministres, engager la responsabilitĂ© du Gouvernement devant la Chambre des DĂ©putĂ©s en posant la question de confiance, soit sur lâapprobation du programme du Gouvernement, soit sur le vote dâun texte de loi.
Le débat sur la question de confiance
- 60 Â
icyizere ntizishobora kugibwa mbere yâiminsi itatu (3) yuzuye uhereye igihe icyo kibazo cyabagereyeho.
Kutagaragariza Minisitiri wâIntebe icyizere bikorwa gusa binyuze mu itora rikozwe mu ibanga kandi ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâAbagize Umutwe wâAbadepite.
Iyo minisitiri wâIntebe bamwimye icyizere, agomba gushyikiriza Perezida wa Repubulika ukwegura kwa Guverinoma mu gihe kitarenze amasaha makumyabiri nâane (24).
Ingingo ya 133: Iseswa ryâInteko Ishinga Amategeko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13 kanama 2008) Bitabangamiye ibiteganywa mu ngingo ya 76 yâiri Tegeko Nshinga, Perezida wa Repubulika, amaze kugisha inama Minisitiri wâIntebe, ba Perezida bâImitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko na Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, ashobora gusesa Umutwe wâabadepite ku mpamvu zâibibazo bikomereye igihugu.
Itora ryâabadepite rikorwa mu minsi itarenze mirongo icyenda (90) ikurikira iryo seswa.
Perezida wa Repubulika ntashobora gusesa Umutwe wâabadepite inshuro zirenze imwe muri manda ye.
Sena ntishobora guseswa.
Ingingo ya 134: Kumenyesha Inteko Ishinga Amategeko ibikorwa bya Guverinoma (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Rimwe mu gihembwe cyâInteko Ishinga Amategeko, Minisitiri wâIntebe aza gusobanurira Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ibikorwa bya Guverinoma.
of confidence may not take place prior to the expiry of at least three (3) full days from the time the request was submitted.
A vote on the motion of confidence may only be rejected through a secret ballot by a majority of two- thirds (2/3) of the members to the Chamber of Deputies.
In the event that the Prime Minister loses a vote of confidence, he/she shall submit the resignation of the Governement to the President of the Republic, within twenty four (24) hours.
Article 133: Dissolution of Parliament (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Without prejudice to the provisions Article 76 of this Constitution, the President of the Republic after consultation with the Prime Minister, both Presidents of the Chambers of Parliament and the President of the Supreme Court, may dissolve the Chamber of Deputies if there are national interests at stake.
Elections of the Deputies shall take place within a period not exceeding ninety (90) days after dissolution.
The President of the Republic shall not dissolve the Chamber of Deputies more than once during his/her term of office.
The Senate shall not be dissolved.
Article 134: Informing the Parliament of Government activities (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Prime Minister shall, once in a session of the Parliament, inform both Chambers of Parliament in a joint session, of government activities.
ne peut avoir lieu que trois (3) jours francs aprĂšs quâelle ait Ă©tĂ© posĂ©e.
La confiance ne peut ĂȘtre refusĂ©e que par un vote au scrutin secret Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) de membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s.
Si la confiance est refusée, le Premier Ministre doit présenter au Président de la République la démission du Gouvernement, dans un délai ne dépassant pas vingt quatre (24) heures.
Article 133: Dissolution du Parlement (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Sans prĂ©judice aux dispositions de lâarticle 76 de la prĂ©sente Constitution, le PrĂ©sident de la RĂ©publique peut, aprĂšs consultation du Premier Ministre, des PrĂ©sidents des deux Chambres du Parlement et du PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme, prononcer la dissolution de la Chambre des DĂ©putĂ©s pour des motifs importants en rapport avec les intĂ©rĂȘts de la nation.
Les élections des Députés ont lieu dans un délai ne dépassant pas quatre-vingt dix (90) jours qui suivent la dissolution.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique ne peut pas dissoudre la Chambre des DĂ©putĂ©s plus dâune fois au cours de son mandat.
Le SĂ©nat ne peut pas ĂȘtre dissout.
Article 134: Information du Parlement des activitĂ©s du Gouvernement (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Une fois par session parlemementaire, le Premier Ministre informe le Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, de lâaction du Gouvernement.
- 61 -
Minisitiri w'Intebe ashyikiriza Biro ya buri Mutwe w'Inteko Ishinga Amategeko ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri mu gihe kitarenze iminsi umunani (8) nyuma yâuko byemejwe.
Mu gihe cyâibihembwe byâInteko, inama imwe buri cyumweru iharirwa ibibazo abagize Inteko Ishinga Amategeko babaza Guverinoma nâibisubizo ibaha.
Guverinoma igomba guha Imitwe yâInteko Ishinga Amategeko ibisobanuro byose isabwe ku micungire nâibikorwa byayo.
Ingingo ya 135: Perezida wa Repubulika ageza ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko yose cyangwa ku Mutwe umwe yiyiziye ubwe cyangwa ahaye Minisitiri wâIntebe ubutumwa asomera imbere yâInteko. Nta mpaka zigibwa muri icyo gihe.
Iyo atari igihe cyâibihembwe, Inteko Ishinga Amategeko cyangwa umwe mu Mitwe yayo, itumizwa ikanaterana byâumwihariko kubera iyo mpamvu.
Ingingo ya 136: Perezida wa Repubulika afite uburenganzira bwo gutangiza intambara akabimenyesha Inteko Ishinga Amategeko mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7). Inteko Ishinga Amategeko ifata icyemezo ku bwiganze busanzwe bwâabagize buri Mutwe.
Ingingo ya 137: Ibihe byâamage nâibihe byâimidugararo biteganywa nâitegeko kandi bitangazwa na Perezida wa Repubulika bimaze kwemezwa nâInama yâAbaminisitiri.
Kwemeza ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo bigomba gutangirwa impamvu zumvikana bikagaragaza igice cyâIgihugu icyo cyemezo kireba nâingaruka zacyo, bikagaragaza kandi uburenganzira, ubwigenge nâibyo umuntu yemererwa nâamategeko
The Prime Minister shall communicate decisions of the Cabinet to the Bureau of each Chamber of the Parliament within a period not exceeding eight (8) days after their approval.
During the session period, one sitting each week shall be devoted to questions by members of the Parliament addressed to the government and responses thereto.
The government shall provide the Chambers of the Parliament with all necessary explanations required concerning its management and activities.
Article 135: The President of the Republic may address the Chambers of Parliament together or separately, either in person or by a message read on his/her behalf by the Prime Minister. There shall be no debate on such communication.
Should Parliament not be in session, it or one of its Chambers shall be convened specially for the purpose.
Article 136: The President of the Republic shall have the right to declare war and inform the Parliament within seven (7) days. Parliament shall adopt a vote on the matter by a simple majority of the members of each Chamber.
Article 137: A state of emergency and a state of siege shall be governed by the Law and declared by the President of the Republic, following a decision of the Cabinet.
A declaration of a state of siege or state of emergency must give clear reasons which justify it, specify the part of national territory to which it applies and its consequences, indicate the rights, freedoms and guarantees provided by Law which are suspended and the duration of the
Le Premier Ministre transmet au Bureau de chaque Chambre du Parlement les décisions du Conseil des Ministres endéans huit (8) jours de leur adoption.
Durant les sessions, une séance par semaine est réservée aux questions formulées par les membres du Parlement au Gouvernement et aux réponses y relatives.
Le Gouvernement est tenu de fournir aux Chambres du Parlement toutes les explications qui lui sont demandées sur sa gestion et sur ses activités.
Article 135: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique adresse personnellement un message au Parlement devant lâune des Chambres ou les deux Chambres rĂ©unies ou dĂ©lĂšgue le Premier Ministre Ă cet effet. Ce message ne donne lieu Ă aucun dĂ©bat.
Hors session, le Parlement ou l'une de ses Chambres est, selon le cas, convoqué et se réunit spécialement à cet effet.
Article 136: Le PrĂ©sident de la RĂ©publique a le droit de dĂ©clarer la guerre et dâen informer le Parlement dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas sept (7) jours. Le Parlement statue sur la dĂ©claration de guerre Ă la majoritĂ© simple des membres de chaque Chambre.
Article 137: LâĂ©tat de siĂšge et lâĂ©tat dâurgence sont rĂ©gis par la loi et sont proclamĂ©s par le PrĂ©sident de la RĂ©publique aprĂšs dĂ©cision du Conseil des Ministres.
La dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence doit ĂȘtre dĂ»ment motivĂ©e et spĂ©cifier lâĂ©tendue du territoire concernĂ©, ses effets, les droits, les libertĂ©s et les garanties suspendus de ce fait et sa durĂ©e qui ne peut ĂȘtre supĂ©rieure Ă quinze jours (15).
- 62 Â
bihagarikwa ndetse nâigihe bigomba kumara kidashobora kurenga iminsi cumi nâitanu (15).
Icyo gihe ntigishobora kongerwa birenze iminsi cumi nâitanu (15) keretse iyo bitangiwe uburenganzira nâInteko Ishinga Amategeko ibyemeza ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.
Mu ntambara, iyo ibihe byâamage byatangajwe, itegeko rishobora kugena igihe gisumba igiteganywa mu gika kibanziriza iki.
Ibihe byâamage ntibigomba kurenza igihe cya ngombwa cyo kugira ngo hagaruke ibihe bisanzwe birangwa na demokarasi.
Kwemeza ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo ntibishobora na rimwe kubangamira uburenganzira bwo kubaho, kudahungabanywa ku mubiri, uburenganzira abantu bahabwa nâamategeko ku miterere nâububasha bwabo, ku bwenegihugu, ihame ryâuko itegeko mpanabyaha ridahana icyaha cyakozwe mbere yâuko rijyaho, uburenganzira bwo kwiregura nâubwisanzure ku mitekerereze no ku idini.
Kwemeza ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo ntibishobora na rimwe kubangamira ububasha bwa Perezida wa Repubulika, ubwâInteko Ishinga Amategeko, ubwâUrukiko rwâIkirenga nâubwa Minisitiri wâIntebe cyangwa guhindura amahame yerekeye ibyo Leta nâabakozi bayo bashobora kuryozwa hakurikijwe iri Tegeko Nshinga.
Mu bihe byâamage cyangwa mu bihe byâimidugararo kugeza hashize iminsi mirongo itatu bivanyweho, nta gikorwa na kimwe cyâitora gishobora gukorwa.
Ingingo ya 138: Ibihe byâamage ntibishobora gutangazwa mu gihugu cyose cyangwa mu gice cyacyo, keretse iyo
state of siege or state of emergency which may not exceed a period of fifteen (15) days.
The state of siege or the state of emergency cannot be extended beyond a period of fifteen (15) days without the approval of Parliament, which approval requires a majority of two-thirds (2/3) of the members of each Chamber.
During war time, when a state of siege or a state of emergency has been declared, the duration of the state of siege may by Law be extended beyond the period provided for in the previous paragraph.
The duration of a state of siege must not exceed the period strictly necessary to ensure the return of normal conditions characterised by democracy.
A declaration of a state of siege or state of emergency shall not under any circumstances violate the right to life and physical integrity of the person, the rights accorded to people by Law in relation to their status, capacity and nationality; the principle of non-retroactivity of criminal law, the right to legal defence and freedom of conscience and religion.
A declaration of a state of siege or state of emergency shall not under any circumstance affect the powers of the President of the Republic, Prime Minister, Parliament or Supreme Court nor can it modify the principles relating to the responsibility of the State and public officials provided for in this Constitution.
No elections of any kind may be held during or within a period of less than thirty days after the state of siege or state of emergency.
Article 138: A state of siege cannot be declared on the entire or a part of the national territory unless the country has
Sa prolongation au-delĂ de quinze (15) jours ne peut ĂȘtre autorisĂ©e que par le Parlement statuant Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) de chaque Chambre.
En temps de guerre, si lâĂ©tat de siĂšge a Ă©tĂ© dĂ©clarĂ©, une loi peut fixer la durĂ©e supĂ©rieure Ă celle prĂ©vue Ă l'alinĂ©a prĂ©cĂ©dent.
LâĂ©tat de siĂšge doit se limiter Ă la durĂ©e strictement nĂ©cessaire pour rĂ©tablir rapidement la situation dĂ©mocratique normale.
La dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou de lâĂ©tat dâurgence ne peut en aucun cas porter atteinte au droit Ă la vie, Ă lâintĂ©gritĂ© physique, Ă lâĂ©tat et Ă la capacitĂ© des personnes, Ă la nationalitĂ©, Ă la non rĂ©troactivitĂ© de la loi pĂ©nale, au droit de la dĂ©fense ni Ă la libertĂ© de conscience et de religion.
La dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou de lâĂ©tat dâurgence ne peut en aucun cas affecter les compĂ©tences du PrĂ©sident de la RĂ©publique, du Premier Ministre, du Parlement et de la Cour SuprĂȘme ni modifier les principes de responsabilitĂ© de lâEtat et de ses agents consacrĂ©s par la prĂ©sente Constitution.
Pendant lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence et jusquâau trentiĂšmejour aprĂšs sa levĂ©e, aucune opĂ©ration Ă©lectorale ne peut avoir lieu.
Article 138: LâĂ©tat de siĂšge ne peut ĂȘtre dĂ©clarĂ©, sur la totalitĂ© ou une partie du territoire national, quâen cas
- 63 Â
igihugu cyatewe cyangwa kiri hafi guterwa nâamahanga, cyugarijwe cyangwa se iyo inzego zashyizweho nâItegeko Nshinga zahungabanye.
Ibihe byâimidugararo byemezwa mu gihugu hose cyangwa mu gice cyacyo, iyo Igihugu kiri mu byago cyangwa iyo inzego zashyizweho nâItegeko Nshinga zahungabanye ariko uburemere bwabyo butageze ku rugero rwatuma hatangazwa ibihe byâamage.
Ingingo ya 139: Mu bihe byâamage cyangwa mu bihe byâimidugararo, Umutwe wâAbadepite ntushobora guseswa kandi Imitwe yombi yâInteko Ishinga Amategeko ihita ihamagazwa iyo itari mu gihembwe gisanzwe.
Iyo ku itariki yatangarijweho ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo, Umutwe wâAbadepite wari warasheshwe cyangwa manda yâabadepite yararangiye, ububasha bwâInteko Ishinga Amategeko bwerekeye ibihe byâamage cyangwa ibihe byâimidugararo bukoreshwa na Sena.
UMUTWE WA V : IBYEREKEYE UBUTEGETSI BWâUBUCAMANZA
Icyiciro cya mbere : Ibyerekeye ingingo rusange
Ingingo ya 140 : Ubutegetsi bwâUbucamanza bushinzwe Urukiko rwâIkirenga nâizindi nkiko zishyirwaho nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Ubutegetsi bwâUbucamanza burigenga kandi butandukanye nâUbutegetsi Nshingamategeko nâUbutegetsi Nyubahirizategeko.
Bufite ubwigenge mu micungire yâabakozi nâimari.
Imanza zicibwa mu izina ryâabaturage kandi ntawe ushobora kwicira urubanza ubwe.
suffered or is about to suffer aggression by foreign states, faces grave dangers or in the case of destabilisation of the institutions established by this Constitution.
A state of emergency shall be declared on the entirety or part of the national territory when the country faces a public disaster or constitutional crisis whose gravity does not warrant the declaration of a state of siege.
Article 139: During the period of a state of siege or state of emergency, the Chamber of Deputies cannot be dissolved and the Chambers of Parliament shall be recalled immediately if they are in recess.
If at the time of a declaration of a state of siege or state of emergency the Chamber of Deputies has previously been dissolved or its term has expired, the powers of Parliament relating to a state of siege or state of emergency shall be exercised by the Senate.
CHAPTER V: THE JUDICIARY
Section One: General provisions
Article 140: Judiciary shall be exercised by the Supreme Court and other courts established by the Constitution and other Laws.
The Judiciary is independent and separate from the legislative and executive branches of government.
The judiciary shall enjoy financial and administrative autonomy.
Justice is rendered in the name of the people and nobody may be a judge in his or her own cause.
dâagression effective ou imminente du territoire national par des forces Ă©trangĂšres, ou en cas de menace grave ou de trouble de lâordre constitutionnel.
LâĂ©tat dâurgence est dĂ©clarĂ©, sur la totalitĂ© ou une partie du territoire national, en cas de calamitĂ© publique ou de trouble de lâordre constitutionnel dont la gravitĂ© ne justifie pas la dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge.
Article 139: Pendant la durĂ©e de lâĂ©tat de siĂšge ou de lâĂ©tat dâurgence, la Chambre des DĂ©putĂ©s ne peut ĂȘtre dissoute et les Chambres du Parlement sont automatiquement convoquĂ©es si elles ne siĂšgent pas en session ordinaire.
Si Ă la date de la dĂ©claration de lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence la Chambre des DĂ©putĂ©s avait Ă©tĂ© dissoute ou si la lĂ©gislature avait pris fin, les compĂ©tences du Parlement concernant lâĂ©tat de siĂšge ou dâurgence sont exercĂ©es par le SĂ©nat.
CHAPITRE V: DU POUVOIR JUDICIAIRE
Section PremiÚre: Des dispositions générales
Article 140: Le Pouvoir Judiciaire est exercĂ© par la Cour SuprĂȘme et les autres Cours et Tribunaux instituĂ©s par la Constitution et dâautres lois.
Le Pouvoir Judiciaire est indépendant et séparé du Pouvoir Législatif et du Pouvoir Exécutif.
Le Pouvoir Judiciaire jouit de lâautonomie de gestion administrative et financiĂšre.
La justice est rendue au nom du peuple. Nul ne peut se rendre justice Ă soi-mĂȘme.
- 64 -
Ibyemezo byâubucamanza bigomba gukurikizwa nâabo bireba bose, zaba inzego zâubutegetsi bwa Leta cyangwa abantu ku giti cyabo. Ntibishobora kuvuguruzwa keretse binyuze mu nzira no mu buryo buteganywa nâamategeko.
Ingingo ya 141: Imikorere yâInkiko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Imanza ziburanishirizwa mu ruhame keretse iyo urukiko rwemeje ko habaho umuhezo mu gihe kuburanishiriza mu ruhame byagira ingaruka mbi ku ituze rusange rya rubanda cyangwa bigatera urukozasoni.
Urubanza rwose rwaciwe rugomba kugaragaza impamvu rushingiyeho kandi rukandikwa mu ngingo zarwo zose; rugomba gusomerwa mu ruhame hamwe nâimpamvu zose uko zakabaye nâicyemezo cyafashwe.
Inkiko zikurikiza gusa amateka cyangwa amabwiriza iyo atanyuranyije nâItegeko Nshinga nâandi mategeko.
Bitabangamiye uburenganzira bwâababuranyi bwo kureshya imbere yâubucamanza, Itegeko ngenga rigena imitunganyirize, imikorere nâububasha byâUrukiko rwâIkirenga rigena ishyirwaho ryâumucamanza umwe nâubwoko bwâimanza ashobora kuburanisha muri urwo rukiko.
Itegeko Ngenga rigena imiterere, imikorere nâububasha byâinkiko rigena ishyirwaho ryâumucamanza umwe nâubwoko bwâimanza ashobora kuburanisha mu nkiko zindi zisanzwe nâizâUbucuruzi. Iryo tegeko ngenga rigena uburyo ibikubiye muri iki gika bishyirwa mu bikorwa.
Judicial decisions shall be binding on all parties concerned, be the public authorities or individuals. They shall not be challenged except through ways and procedures determined by law.
Article 141: Functioning of Courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Court proceedings shall be conducted in public unless Court determines that proceedings should be in camera on ground that a public hearing might have an adverse effect on general public order or cause moral embarrassment.
Every court decision shall indicate the grounds of its basis, be written in its entirety, delivered in public together with the reasons and orders taken therein.
Courts shall apply Orders or regulations that are not inconsistent with the Constitution and other Laws.
Without prejudice to equality of litigants before courts of law, the Organic Law establishing the organisation, functioning and jurisdiction of the Supreme Court shall determine the institution of a single judge and his/her jurisdiction in the Supreme Court.
The Organic Law determining the organisation, functioning and jurisdiction of Courts shall determine institution of a single judge and his/her jurisdiction in other ordinary and commercial courts. The same Organic Law shall provide for the application of the above provisions.
Les dĂ©cisions judiciaires sâimposent Ă tous ceux qui y sont parties, que ce soit les pouvoirs publics ou les particuliers. Elles ne peuvent ĂȘtre remises en cause que par les voies et sous les formes prĂ©vues par la loi.
Article 141 : Fonctionnement des juridictions (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Les audiences des juridictions sont publiques sauf le huis clos prononcĂ© par une juridiction lorsque cette publicitĂ© est dangereuse pour l'ordre public ou les bonnes mĆurs.
Tout jugement ou arrĂȘt doit ĂȘtre motivĂ© et entiĂšrement rĂ©digĂ© ; il doit ĂȘtre prononcĂ© avec ses motifs et son dispositif en audience publique.
Les juridictions nâappliquent les arrĂȘtĂ©s ou rĂšglements que pour autant quâils sont conformes Ă la Constitution et aux lois.
Sans prĂ©judice de lâĂ©galitĂ© des justiciables devant la justice, la loi organique portant organisation, fonctionnement et compĂ©tence de la Cour SuprĂȘme prĂ©voit l`institution du juge unique et ses compĂ©tences Ă la Cour SuprĂȘme.
La loi organique portant organisation, fonctionnement et compĂ©tence judiciaires prĂ©voit l`institution du juge unique et ses compĂ©tences auprĂšs des autres juridictions ordinaires et des juridictions de commerce. La mĂȘme loi organique prĂ©voit les modalitĂ©s d`application des dispositions du prĂ©sent alinĂ©a.
- 65 -
Ingingo ya 142: Manda yâabayobozi bâinkiko nâumurimo wâubucamanza (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko rwâIkirenga bashyirirwaho igihe cya manda imwe yâimyaka umunani (8).
Perezida wâUrukiko Rukuru, Visi Perezida wâUrukiko Rukuru, Perezida wâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi na Visi Perezida wâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi bashyirirwaho igihe cya manda yâimyaka itanu (5) gishobora kongerwa rimwe gusa.
Mu murimo wabo wâubucamanza, abacamanza bakurikiza itegeko kandi bakawukora mu bwigenge batavugirwamo nâubutegetsi cyangwa ubuyobozi ubwo ari bwo bwose.
Ibyerekeye imyifatire myiza nâubunyangamugayo byâabacamanza biteganywa nâamategeko yihariye abireba.
Itegeko rigena sitati yâabacamanza nâabakozi bâinkiko rinateganya ibirebana na manda yâabayobozi bâizindi nkiko.
Icyiciro cya 2 : Ibyerekeye inkiko
Ingingo ya 143 : Ibyiciro byâInkiko (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Hashyizweho inkiko zisanzwe nâinkiko zihariye.
Inkiko zisanzwe ni Urukiko rwâIkirenga, Urukiko Rukuru, Inkiko Zisumbuye nâ Inkiko zâIbanze.
Inkiko zihariye ni inkiko Gacaca, inkiko za gisirikare, inkiko zâubucuruzi nâizindi zashyirwaho nâitegeko Ngenga.
Article 142: Term of office of the heads of Courts and judicial functions (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President and the Vice President of the Supreme Court shall be appointed for an eight (8) year term that is not renewable.
The President of High Court, the Vice President of High Court, the President of the Commercial High Court and the Vice President of the Commercial High Court shall be appointed for a five (5) year term renewable only once.
In the exercise of their judicial functions, judges shall remain subjet to the authority of the Law and remain independent from any other power or authority.
The code of ethics of judges shall be determined by specific Laws.
The Law on the statute of judges and the judicial personnel shall also regulate the term of office of heads of other Courts.
Section 2: Courts
Article 143: Court classification (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
There are hereby established ordinary and specialized courts.
Ordinary Courts include the Supreme Court, the High Court, Intermediate Courts and Primary Courts.
Specialized Courts include Gacaca Courts, Military Courts, Commercial Courts and any other as may be determined by an Organic Law.
Article 142: Mandat des responsables des juridictions et lâoffice du juge (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme sont nommĂ©s pour un mandat unique de huit (8) ans.
Le Président de la Haute Cour, le Vice-Président de la Haute Cour, le Président de la Haute Cour de Commerce et le Vice- Président de la Haute Cour de Commerce sont nommés pour un mandat de cinq (5) ans renouvelable une seule fois.
Dans lâexercice de leurs fonctions judiciaires, les juges doivent sâen tenir Ă la loi et rester indĂ©pendants de tout autre pouvoir ou autoritĂ©.
Le code dâĂ©thique judiciaire est dĂ©terminĂ© par les lois spĂ©cifiques en la matiĂšre.
La loi relative au statut des juges et du personnel judicaire régit également le mandat des responsables des autres juridictions.
Section 2: Des juridictions
Article 143: Différentes sortes de juridictions (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Il est institué des juridictions ordinaires et des juridictions spécialisées.
Les juridictions ordinaires sont la Cour SuprĂȘme, la Haute Cour, les Tribunaux de Grande Instance et les Tribunaux de Base.
Les juridictions spĂ©cialisĂ©es sont les Juridictions Gacaca, les juridictions militaires, les juridictions de commerce et dâautres pouvant ĂȘtre créées par une loi organique.
- 66 -
Itegeko Ngenga rishobora gushyiraho izindi nkiko cyangwa kuzivanaho.
Ibyo ari byo byose ntihashobora gushyirwaho inkiko zidasanzwe.
Uretse Urukiko rwâIkirenga, inkiko zisanzwe zishobora kugira ingereko zihariye cyangwa ingereko zikorera ahandi byemejwe nâiteka rya Perezida wâUrukiko rwâIkirenga abisabwe nâInama Nkuru yâUbucamanza.
Inkiko zishobora gukorera aho ari ho hose mu ifasi yazo iyo bituma imirimo yazo igenda neza, ariko bitabangamiye imanza zicibwa ku cyicaro cyazo gisanzwe.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâinkiko.
Akiciro ka mbere: Ibyerekeye inkiko zisanzwe
A. Ibyerekeye Urukiko rwâIkirenga
Ingingo ya 144: Urukiko rwâIkirenga ni rwo rukiko rukuriye izindi mu Gihugu. Ibyemezo byarwo ntibijuririrwa uretse ibyerekeye imbabazi nâisubirwamo ryâurubanza. Byubahirizwa n'abo bireba bose, zaba inzego za Leta, abayobozi bose bâimirimo ya Leta, aba gisiviri, aba gisirikare, abo mu rwego rwâubucamanza nâabantu ku giti cyabo.
Ingingo ya 145: Ububasha nâinshingano byâUrukiko rwâIkirenga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urukiko rwâIkirenga rushinzwe byâumwihariko ibi bikurikira:
1° kuburanisha mu mizi ibirego birebana nâubujurire bwâimanza zaciwe ku rwego rwa mbere no ku rwego rwa kabiri nâUrukiko Rukuru,
An Organic Law may establish other courts or remove them.
However, special Courts shall not be created.
With the exception of the Supreme Court, ordinary courts may have specialised chambers or branches established by an Order of the President of the Supreme Court upon proposal by the High Council of the Judiciary.
For better administration of justice, Courts may sit in any place within their territorial jurisdiction, but this should not jeopardize cases adjudicated at the usual seat of the Court.
An Organic Law shall determine the organisation, jurisdiction and the functioning of Courts.
Sub-section One: Ordinary Courts
A. Supreme Court
Article 144: The Supreme Court is the highest court in the country. The decision of the Supreme Court shall not be subject to appeal save in terms of petitions for the exercise of the prerogative of mercy or revision of a judicial decision. Its decisions shall be binding on all parties concerned whether organs of the State, public officials, civilians, military, judicial officers or private individuals.
Article 145: Jurisdiction and responsibilities of the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The jurisdiction of the Supreme Court shall include:
1° hearing appeals against decisions of the High Court, Commercial High Court and the Military High Court rendered in their first or appellate
Une loi organique peut instituer d'autres juridictions ou en supprimer.
En aucun cas, il ne peut ĂȘtre créé de juridictions d`exception.
A lâexception de la Cour SuprĂȘme, les juridictions ordinaires peuvent ĂȘtre dotĂ©es de Chambres spĂ©cialisĂ©es ou de Chambres dĂ©tachĂ©es, par ordonnance du PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme sur proposition du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature.
Les juridictions peuvent, sans nuire au jugement des affaires Ă leur siĂšge ordinaire, siĂ©ger en nâimporte quelle localitĂ© de leur ressort si la bonne administration de la justice le requiert.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement judiciaires.
Sous-section premiĂšre: Des juridictions ordinaires
A. Cour SuprĂȘme
Article 144: La Cour SuprĂȘme est la plus haute juridiction du pays. Ses dĂ©cisions ne sont susceptibles dâaucun recours si ce nâest en matiĂšre de grĂące ou de rĂ©vision. Elles sâimposent, Ă tous ceux qui y sont parties, Ă savoir les pouvoirs publics et Ă toutes les autoritĂ©s administratives, civiles, militaires et juridiciaires ainsi quâaux particuliers.
Article 145: CompĂ©tences et responsabilitĂ©s de la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Cour SuprĂȘme est notamment chargĂ©e de:
1° statuer au fond sur les affaires en appel jugées en premier et en deuxiÚme degrés par la Haute Cour, la Haute Cour de Commerce et la Haute
- 67 -
Urukiko Rukuru rwâUbucuruzi ndetse nâUrukiko Rukuru rwa
degrees as provided for by the Law;
Cour Militaire dans les conditions prévues par la loi;
Gisirikare, mu buryo buteganyijwe nâamategeko;
2° gukurikirana ko inkiko zikurikiza amategeko, guhuza no kugenzura ibikorwa byazo;
2° ensuring that courts act in accordance with the Law, coordinating and supervising their activities;
2° veiller Ă lâapplication de la loi par les cours et tribunaux, coordonner et contrĂŽler leurs activitĂ©s ;
3° gufata icyemezo ku birego birebana nâuko amasezerano
3° hearing petitions on the constitutionality of International Treaties and
3° statuer sur les recours en constitutionnalité des traités et accords
4°
mpuzamahanga, amategeko ngenga, amategeko nâamategeko-teka anyuranye nâItegeko Nshinga; gukemura, rubisabwe, impaka zerekeye inshingano zivutse hagati yâinzego za Leta;
4°
agreements, Organic Laws, laws and Decree-laws;
resolving upon request, disputes arising between different State organs, relating to the exercise of power;
4°
internationaux, des lois organiques, des lois, des décrets-lois;
statuer, en cas de demande, sur les conflits dâattributions opposant les diffĂ©rentes institutions de lâEtat ;
5° guca imanza zerekeye amatora ya referendumu, aya Perezida wa Repubulika nâayâabagize Inteko Ishinga Amategeko ;
5° hearing election petitions relating to referendum, presidential and legislative elections;
5° juger du contentieux électoral relatif au référendum, aux élections présidentielles et législatives ;
6° kuburanisha mu manza zâinshinjabyaha mu rwego rwa mbere nâurwa nyuma Perezida wa Repubulika, Perezida wa Sena, Perezida wâUmutwe wâAbadepite, Perezida wâUrukiko rwâIkirenga na Minisitiri wâIntebe;
6° trying in the first and last instance criminal cases against the President of the Republic, the President of the Senate, the Speaker of the Chamber of Deputies, the President of the Supreme Court and the Prime Minister;
6° juger au pĂ©nal, en premier et dernier ressort, le PrĂ©sident de la RĂ©publique, le PrĂ©sident du SĂ©nat, le PrĂ©sident de la Chambre des DĂ©putĂ©s, le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme et le Premier Ministre;
7° kwakira indahiro ya Perezida wa Repubulika;
7° administering the oath of office of the President of the Republic;
7° recevoir le serment du Président de la République ;
8° kuburanisha Perezida wa Repubulika kubera icyaha cyo kugambanira Igihugu cyangwa kwica Itegeko Nshinga bikomeye kandi nkana. Muri icyo gihe icyemezo cyo kumuregera Urukiko gifatwa nâabagize Umutwe wâAbadepite na Sena bateraniye hamwe binyuze mu matora ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe ;
8° trying the President of the Republic on charge of high treason or grave and deliberate violation of the Constitution. In such a case, the decision to file charges against the President of the Republic in the Supreme Court shall be taken through a vote of both Chambers of Parliament meeting in joint session, by a two-thirds (2/3) majority vote of
8° juger le Président de la République en cas de haute trahison ou de violation grave et délibérée de la Constitution. Dans ce cas, la décision de mise en accusation est votée par les deux Chambres réunies à la majorité des deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre;
9° kwemeza ko umwanya wa Perezida wa Repubulika udafite umuntu uwuriho igihe yapfuye, yeguye, yakatiwe igihano nâurukiko kubera icyaha cyo kugambanira Igihugu cyangwa kwica Itegeko Nshinga bikomeye kandi nkana;
10° ku birebana nâimiterere yâinzego zâubucamanza, Urukiko rwâIkirenga rushobora kugeza kuri Guverinoma umushinga wose wâivugurura rigamije inyungu rusange;
11° kuburanisha ku rwego rwa mbere nâurwa nyuma impaka zishingiye ku cyemezo cyo kwirukana Umudepite cyangwa Umusenateri;
12° gutanga ibisobanuro mpamo ku muco gakondo utanditse mu gihe amategeko yanditse ntacyo abivugaho.
Itegeko ngenga rigena imiterere, imikorere, nâububasha byâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 146: Urukiko rwâIkirenga ruyoborwa na Perezida wungirijwe na Visi- Perezida hamwe nâabandi bacamanza cumi na babiri (12).
Bose ni abacamanza bâumwuga.
Bibaye ngombwa itegeko ngenga rishobora kongera cyangwa kugabanya umubare wâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga.
Ingingo ya 147: Ishyirwaho ryâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida, Visi Perezida nâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga bashyirwaho nâIteka rya
- 68 Â
members of each Chamber;
9° declaring vacant the office of the President of the Republic in case of the Presidentâs death, resignation or conviction and sentence for high treason or grave and deliberate violation of the Constitution ;
10° proposing to the Government any reform in the public interest on matters relating to the organisation of the judiciary;
11° trying on first and the last instance disputes relating to the decision to expel a Deputy or a Senator ;
12° providing authentic interpretation of custom which is unwritten where written laws are silent.
An Organic Law shall determine the organisation, functioning and jurisdiction of the Supreme Court.
Article 146: The Supreme Court shall be headed by a President, assisted by a Vice- President and twelve (12) other judges.
They shall all be career judges.
Where necessary, an Organic Law may increase or reduce the number of judges of the Supreme Court.
Article 147: Appointment of judges of the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President, the Vice President and the judges of the Supreme Court shall be appointed by a Presidential
9° constater la vacance du poste de Président de la République en cas de décÚs, de démission, de condamnation pour haute trahison ou de violation grave et délibérée de la Constitution;
10° proposer au Gouvernement tout projet de rĂ©forme qui lui paraĂźt conforme Ă l`intĂ©rĂȘt gĂ©nĂ©ral en matiĂšre dâorganisation du pouvoir judiciaire;
11° juger en premier et en dernier ressort les contestations relatives Ă lâexclusion dâun DĂ©putĂ© ou dâun SĂ©nateur ;
12° donner l'interprétation authentique de la coutume en cas de silence de la loi.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement et les compĂ©tences de la Cour SuprĂȘme.
Article 146 La Cour SuprĂȘme est dirigĂ©e par un PrĂ©sident, assistĂ© dâun Vice- PrĂ©sident et de douze (12) autres juges.
Ils sont tous juges de carriĂšre.
Une loi organique peut, en cas de besoin, augmenter ou rĂ©duire le nombre des juges de la Cour SuprĂȘme.
Article 147: Nomination des juges de la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident, le Vice-PrĂ©sident et les juges de la Cour SuprĂȘme sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs
- 69 -
Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbucamanza.
Perezida, Visi Perezida nâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi bisabwe nâUmutwe wâAbadepite cyangwa Sena ku bwiganze bwâamajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.â
Ingingo ya 148: Urutonde rwâabakandida ku myanya yâabacamanza bâUrukiko rwâIkirenga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Perezida wa Repubulika amaze kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbucamanza ashyikiriza Sena urutonde rwâabakandida bangana nâimyanya yâabacamanza mu Rukiko rwâIkirenga isabirwa kuzuzwa, kugira ngo ibemeze.
B. Urukiko Rukuru
Ingingo ya 149: Urukiko Rukuru (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Urukiko Rukuru; ifasi yarwo ni Igihugu cyose.
Urukiko Rukuru ruyoborwa na Perezida na Visi Perezida, bashyirwaho nâIteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Mu kugena abakandida kuri iyo myanya, Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama y'Abaminisitiri n'Inama Nkuru yâUbucamanza. Urutonde rwâabakandida ashyikiriza Sena rugomba kungana nâimyanya yâabacamanza isabirwa kuzuzwa.
Urukiko Rukuru rufite ububasha
Order after the approval by the Senate. The President of the Republic shall at first consult the Cabinet and the High Council of the Judiciary.
The President, the Vice President and the judges of the Supreme Court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the Chamber of Deputies or the Senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each Chamber of the Parliament, in a joint session.
Article 148: List of candidates as judges of the Supreme Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The President of the Republic, after consultation with the Cabinet and the High Council of the Judiciary, shall submit to the Senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges of the Supreme Court, for approval.
B. High Court
Article 149: High Court (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a High Court whose territorial jurisdiction shall be the whole country.
The High Court shall be headed by the President and the Vice President appointed by Presidential Order after their approval by the Senate. The President of the Republic shall submit to the Senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges after consultation with the Cabinet and the High Council of the Judiciary.
The High Court shall have
leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique consulte dâabord le Conseil des Ministres et le Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature.
Le PrĂ©sident, le Vice-PrĂ©sident et les juges de la Cour SuprĂȘme peuvent ĂȘtre relevĂ©s de leurs fonctions pour manque de dignitĂ©, incompĂ©tence ou faute professionnelle grave, Ă lâinitiative des trois cinquiĂšmes (3/5) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou du SĂ©nat ; la dĂ©cision est prise par les deux Chambres du Parlement rĂ©unies en session conjointe Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre.
Article 148: Liste des candidats juges Ă la Cour SuprĂȘme (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs avis du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature, propose, pour approbation, au SĂ©nat une liste des candidats juges dont le nombre Ă©quivaut Ă celui des postes vacants des juges Ă la Cour SuprĂȘme.
B. Haute Cour
Article 149: Haute Cour (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est instituĂ© une Haute Cour dont le ressort correspond Ă toute lâĂ©tendue de la RĂ©publique du Rwanda.
La Haute Cour est dirigĂ©e par le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs consultation du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature, propose au SĂ©nat une liste des candidats dont le nombre Ă©quivaut Ă celui des postes vacants Ă pourvoir.
La Haute Cour est compétente pour
- 70 Â
bwo kuburanisha mu rwego rwa mbere bimwe mu byaha byâubugome, kimwe nâibyaha byo mu rwego mpuzamahanga nâibyambuka imipaka biteganywa nâitegeko.
Ruburanisha mu rwego rwa mbere imanza zerekeye kwica ingingo ya 52, iya 53 nâiya 54 z'Itegeko Nshinga bikozwe n'imitwe ya politiki.
Rushinzwe kandi kuburanisha mu rwego rwa mbere zimwe mu manza zerekeranye nâibyâubutegetsi, imitwe ya politiki, amatora kimwe nâizindi manza ziteganywa nâitegeko.
Ruburanisha mu rwego rwâubujurire kandi bwa nyuma, mu buryo buteganyijwe nâamategeko, imanza zaciwe nâizindi nkiko.
Rufite ingereko zikorera mu mafasi anyuranye yâIgihugu mu buryo buteganyijwe nâamategeko.
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi, bisabwe nâUmutwe wâAbadepite cyangwa Sena ku bwiganze bwâamajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byarwo.
C. Ibyerekeye Urukiko Rwisumbuye (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 150: Ishyirwaho ryâInkiko zisumbuye (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Hashyizweho Inkiko Zisumbuye.
jurisdiction to try in the first instance some types of felonies as well as international or transboundaring offences as may be determined by Law.
It shall in the first instance hear cases for violation of Articles 52, 53 and 54 of the Constitution committed by political organizations.
It shall also hear in the first instance certain administrative cases, cases involving political organisations, election petitions and other cases as the law may determine.
It shall hear appeals from subordinate courts as a last appellate court as the Law may determine.
It shall have branches, which will sit in different parts of the country as the law may determine.
The President and the Vice President of the High Court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the Chamber of Deputies or the Senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each Chamber of the Parliament, in a joint session.
An Organic Law shall determine the organization, jurisdiction and functioning of the High Court.
C. Intermediate Court (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 150: Establishment of the Intermediate Courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
There are hereby established
connaßtre au premier degré de certains crimes et des infractions à caractÚre international ou transfrontaliers définies par la loi.
Elle juge au premier degré les affaires pour violation par les formations politiques des articles 52, 53 et 54 de la Constitution.
Elle est aussi compĂ©tente pour connaĂźtre au premier degrĂ© de certaines affaires administratives, celles relatives aux formations politiques, aux opĂ©rations Ă©lectorales ainsi que dâautres affaires prĂ©vues par la loi.
Elle connaĂźt en appel et en dernier ressort, dans les conditions dĂ©finies par la loi, des affaires jugĂ©es par dâautres juridictions.
Elle est dotée de chambres détachées siégeant dans différents ressorts du pays selon les modalités définies par la loi.
Le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident de la Haute Cour peuvent ĂȘtre relevĂ©s de leurs fonctions pour manque de dignitĂ©, incompĂ©tence ou faute professionnelle grave, Ă lâinitiative des trois cinquiĂšmes (3/5) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou du SĂ©nat ; la dĂ©cision est prise par les deux Chambres du Parlement rĂ©unies en session conjointe Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement de la Haute Court.
C. Tribunal de Grande Instance (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Article 150: Création des Tribunaux de Grande Instance (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Il est institué des Tribunaux de
- 71 -
Itegeko Ngenga rigena imiterere, ububasha, nâimikorere byâUrukiko Rwisumbuye nâifasi ya buri Rukiko Rwisumbuye.
D. Ibyerekeye Urukiko rwâIbanze (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 151: Ishyirwaho ryâInkiko zâIbanze (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Hashyizweho Inkiko zâIbanze.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâUrukiko rwâIbanze nâifasi ya buri Rukiko rwâIbanze.
Akiciro ka 2: Ibyerekeye inkiko zihariye
A. Ibyerekeye Inkiko Gacaca nâUrwego rwâIgihugu rushinzwe gukurikirana ibikorwa byazo
Ingingo ya 152: Inkiko Gacaca (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Inkiko Gacaca zishinzwe gukurikirana no gucira imanza abakoze icyaha cya jenoside yakorewe Abatutsi nâibindi byaha byibasiye inyokomuntu byakozwe hagati yâitariki ya mbere Ukwakira 1990 nâiya 31 Ukuboza 1994, uretse ibyaha amategeko ashinga izindi nkiko.
B. Ibyerekeye Inkiko za Gisirikare
Ingingo ya 153 : Inkiko za Gisirikare zigizwe nâUrukiko rwa Gisirikare nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare.
Itegeko ngenga rigena imiterere, imikorere nâububasha byâInkiko za Gisirikare.
Intermediate Courts.
An Organic Law shall determine the organisation, competence and functioning of the Intermadiate Court and the territorial jurisdiction of each Intermediate Court.
D. Primary Court (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 151: Establishment of Primary Courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
There are hereby established Primary Courts.
An Organic Law shall determine the organisation, competence, functioning of the Primary Court and territorial jurisdiction of each Primary Court.
Sub-section 2: Specialized Courts
A. Gacaca Courts and the National Service for the follow-up of their activities
Article 152: Gacaca Courts (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established Gacaca Courts responsible for prosecuting and trying persons accused of the crime of genocide perpetrated against Tutsi and other crimes against humanity which were committed between October 1st 1990 and December 31st 1994 with the exception of cases jurisdiction in respect of which is vested in other courts.
B. Military Courts
Article 153: Military courts comprise of the Military Tribunal and the Military High Court.
An Organic Law determines the organization, jurisdiction and functioning of Military courts.
Grande Instance.
Une loi organique détermine l'organisation, la compétence et le fonctionnement du Tribunal de Grande Instance, ainsi que le ressort de chaque Tribunal de Grande Instance. D. Tribunal de Base (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Article 151: Création des Tribunaux de Base (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Il est institué des Tribunaux de Base.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement du Tribunal de Base ainsi que le ressort de chaque Tribunal de Base.
Sous-section 2: Des juridictions spécialisées
A. Des Juridictions Gacaca et du Service National de Suivi de leurs activités
Article 152: Juridictions Gacaca (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institutĂ© des juridictions Gacaca chargĂ©es des poursuites et du jugement des personnes accusĂ©es du crime de gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi et dâautres crimes contre
1erlâhumanitĂ© commises entre le octobre 1990 et le 31 dĂ©cembre 1994, exceptĂ© ceux qui relĂšvent de la compĂ©tence dâautres juridictions.
B. Juridictions Militaires
Article 153: Les Juridictions Militaires sont composées du Tribunal Militaire et de la Haute Cour Militaire.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement et la compĂ©tence des juridictions militaires.
- 72 Â
1. Urukiko rwa Gisirikare
Ingingo ya 154 : Haseguriwe ibivugwa mu gika cya mbere cyâingingo ya 155 yâiri Tegeko Nshinga, Urukiko rwa Gisirikare ruburanisha ku rwego rwa mbere ibyaha byose byakozwe nâabasirikare rutitaye ku ipeti ryabo.
2. Urukiko Rukuru rwa Gisirikare
Ingingo ya 155 : Urukiko Rukuru rwa Gisirikare ruburanisha ku rwego rwa mbere ibyaha bihungabanya umutekano wa Leta nâiby'ubuhotozi byakozwe nâabasirikare rutitaye ku ipeti ryabo.
Ruburanisha ku rwego rwâubujurire imanza zose zaciwe nâUrukiko rwa Gisikare.
Urukiko rwâIkirenga ruburanisha ku rwego rwâubujurire kandi bwa nyuma imanza zaciwe nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare mu buryo buteganywa nâitegeko.
C. Ibyerekeye Inkiko zâUbucuruzi (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 155 bis: Inkiko zâUbucuruzi (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho inkiko zâubucuruzi ziburanisha imanza zâubucuruzi. Izo nkiko ni Urukiko Rukuru rwâUbucuruzi nâInkiko zâUbucuruzi.
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi bashyirwaho nâIteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Mu kugena abakandida kuri iyo myanya, Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbucamanza.Urutonde rwâabakandida ashyikiriza Sena rugomba kungana nâimyanya yâabacamanza isabirwa kuzuzwa
1. Military Tribunal
Article 154: Without prejudice to the provisions of Article 155 paragraph one of this Constitution, the Military Court tries in the first instance all offences committed by military personnel irrespective of their rank.
2. Military High Court
Article 155: The Military High Court shall try in the first instance, all offences which constitute a threat to national security and murder committed by soldiers irrespective of rank.
The Military High Court is an appellate court in respect of decisions rendered by the Military Tribunal.
The Supreme Court shall hear on appeal and at the last instance decisions of the Military High Court in accordance with the provisions of the Law.
C. Commercial courts (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 155 bis: Commercial Courts (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There are hereby established the commercial courts competent to try commercial cases which are the Commercial High Court and the Commercial Courts.
The President and the Vice President of the Commercial High Court shall be appointed by Presidential Order after approval by the Senate. The President of the Republic shall submit to the Senate a list of candidates whose number equals that of vacant posts of judges after consultation with the Cabinet and the High Council of Judiciary.
1. Tribunal Militaire
Article 154: Sans prĂ©judice des dispositions de lâarticle 155, alinĂ©a premier de la prĂ©sente Constitution, le Tribunal Militaire connaĂźt au premier degrĂ© de toutes les infractions commises par les militaires quel que soit leur grade.
2. Haute Cour Militaire
Article 155: La Haute Cour Militaire connaĂźt au premier degrĂ© de toutes les infractions dâatteinte Ă la sĂ»retĂ© de lâEtat et dâassassinat commises par les militaires quel que soit leur grade.
Elle connaĂźt en appel des jugements rendus par le Tribunal Militaire.
La Cour SuprĂȘme connaĂźt en appel et en dernier ressort des arrĂȘts rendus par la Haute Cour militaire dans les conditions dĂ©finies par la loi.
C. Des juridictions de commerce (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Article 155 bis: Juridictions de Commerce (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué des juridictions de commerce pour juger les affaires commerciales. Ces juridictions sont la Haute Cour de Commerce et les Tribunaux de Commerce.
Le PrĂ©sident et le Vice PrĂ©sident de la Haute Cour de Commerce sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique, aprĂšs consultation du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature, propose au SĂ©nat une liste des candidats dont le nombre Ă©quivaut Ă celui des postes vacants Ă pourvoir.
- 73 -
Abandi bacamanza bâinkiko zâubucuruzi bashyirwaho hakurikijwe amategeko abigenga.
Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi bashobora kuvanwa ku mirimo yabo kubera kwitwara nabi, kudashobora akazi cyangwa gukora ikosa rikomeye ku kazi bisabwe nâUmutwe wâAbadepite cyangwa Sena ku bwiganze bwâamajwi bwa bitatu bya gatanu (3/5), bakavanwaho nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi iteranye, ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabagize buri Mutwe.
Itegeko ngenga rigena imiterere, imikorere nâububasha byâinkiko zâubucuruzi.
Akiciro ka 3: Ibyerekeye kurahira kwâabacamanza
Ingingo ya 156: Kurahira kwâabacamanza (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Perezida, Visi-Perezida nâAbacamanza bâUrukiko rwâIkirenga, Perezida na Visi Perezida bâUrukiko Rukuru nâabâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, abagize Inteko Ishinga Amategeko bahari.
Abandi bacamanza barahirira imbere yâabayobozi bavugwa mu itegeko ribagenga.
Icyiciro cya 3 : Ibyerekeye Inama Nkuru yâUbucamanza
Ingingo ya 157: Ishyirwaho nâinshingano byâInama Nkuru yâUbucamanza (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Inama Nkuru yâUbucamanza. Mu byo ishinzwe harimo:
1° kwiga no gutanga inama, ibyibwirije cyangwa ibisabwe,
Other judges of Commercial Courts shall be appointed in accordance with relevant Laws.
The President and the Vice President of the Commercial High Court may be removed from office on account of serious misconduct, incompetence or serious professional misconduct upon request by three fifths (3/5) of either the Chamber of Deputies or the Senate and shall be removed by a two thirds (2/3) majority votes of each Chamber of the Parliament, in a joint session.
An Organic Law shall determine the organization, functioning and jurisdiction of Commercial Courts.
Sub-section 3: Oath of office of judges
Article 156: Taking Oath for Judges (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The President, Vice President and Judges of the Supreme Court, the Presidents and Vice Presidents of the High Court and Commercial High Court shall take the oath of office before the President of the Republic in the presence of the members of Parliament.
Other Judges shall take oath before authorities as prescribed by the Law governing them.
Section 3: The High Council of the Judiciary
Article 157: Establishment and responsibilities of the High Council of the Judiciary (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a High Council of the Judiciary. Its responsibilities shall include:
1° to examine and, either on its own initiative, or upon request,
Les autres juges des juridictions de commerce sont nommés conformément aux dispositions légales y relatives.
Le PrĂ©sident et le Vice-PrĂ©sident de la Haute Cour de Commerce peuvent ĂȘtre relevĂ©s de leurs fonctions pour manque de dignitĂ©, incompĂ©tence ou faute professionnelle grave, Ă lâinitiative des trois cinquiĂšmes (3/5) des membres de la Chambre des DĂ©putĂ©s ou du SĂ©nat; la dĂ©cision est prise par les deux Chambres du Parlement rĂ©unies en session conjointe Ă la majoritĂ© de deux tiers (2/3) des membres de chaque Chambre.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement et la compĂ©tence des juridictions de commerce.
Sous-section 3: De la prestation de serment des juges
Article 156 : Prestation de serment des juges (Révision n° 03 du 13/08/2008)
Le PrĂ©sident, le Vice PrĂ©sident et les Juges de la Cour SuprĂȘme, les PrĂ©sidents et les Vice PrĂ©sidents de la Haute Cour et de la Haute Cour de Commerce prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique en prĂ©sence des membres du Parlement.
Les autres juges prĂȘtent serment devant les autoritĂ©s indiquĂ©es par la loi qui les rĂ©git.
Section 3: Du Conseil Supérieur de la Magistrature
Article 157: Institution et attributions du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué un Conseil Supérieur de la Magistrature chargé notamment de:
1° étudier, et de son initiative ou sur demande, donner des avis,
- 74 Â
ku bibazo byose byerekeye imikorere yâubutabera;
2° gufata ibyemezo ku ishyirwa ku mirimo, izamurwa mu ntera, ivanwa ku mirimo ryâabacamanza, ku migendekere yâumwuga wâabacamanza batari ab'Inkiko za Gisirikare, no gufata ibyemezo nkâurwego rushinzwe imyitwarire yabo uretse abashyirwaho nâizindi nzego;
3° gutanga inama buri gihe ku mushinga uwo ari wo wose wo gushyiraho urukiko rushya cyangwa werekeye amategeko ngengamikorere yâabacamanza cyangwa yâabakozi bâinkiko ishinzwe.
Ingingo ya 158: Abagize Inama Nkuru yâUbucamanza (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Inama Nkuru yâUbucamanza igizwe nâaba bakurikira :
1° Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, ari na we ushinzwe kuyiyobora;
2° Visi-Perezida wâUrukiko rwâIkirenga;
3° Umucamanza umwe (1) mu Rukiko rwâIkirenga utorwa na bagenzi be;
4° Perezida wâUrukiko Rukuru nâuwâUrukiko Rukuru rwâUbucuruzi ;
5° Umucamanza umwe (1) wo mu Rukiko Rukuru nâundi umwe (1) wo mu Rukiko Rukuru rwâUbucuruzi batorwa na bagenzi babo;
6° Umucamanza umwe (1) uhagarariye abo mu nkiko zâubucuruzi utorwa na bagenzi be;
7° Abacamanza bahagarariye abo mu Nkiko Zisumbuye batorwa na bagenzi babo;
8° Abacamanza bahagarariye abo mu Nkiko zâIbanze batorwa na bagenzi babo;
9° Abayobozi babiri (2)
to give advice on matters relating to the functioning of the justice system;
2° to take decisions relating to the appointment, promotion or removal from office of judges and management of the career in general and discipline of judges with the exception of judges of the military courts and act as a body in charge of their discipline save those appointed by other organs;
3° to advise on all proposals relating to the establishment of a new court or bill governing the statute of judges and other judicial personnel for whom it is responsible.
Article 158: Composition of the High Council of the Judiciary (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The High Council of the Judiciary shall be composed of:
1° the President of the Supreme Court, who shall be the Chairperson;
2° the Vice-President of the Supreme Court;
3° one (1) judge from the Supreme Court elected by his/her peers;
4° the Presidents of the High Court and the Commercial High Court;
5° one (1) judge from the High Court and another judge from Commercial High Court elected by their peers;
6° one (1) judge from Commercial Courts elected by his/her peers to represent them;
7° judges from Intermediate Courts elected by their peers to represent them;
8° judges from Primary Courts elected by their peers to represent them;
9° two (2) deans of the
sur toute question intĂ©ressant lâadministration de la justice;
2° dĂ©cider de la nomination, de la promotion et de la rĂ©vocation des juges et en gĂ©nĂ©ral de la gestion de la carriĂšre des juges des juridictions autres que militaires et statuer en tant quâorgane de discipline Ă leur Ă©gard, sauf en ce qui concerne ceux qui sont nommĂ©s par dâautres organes;
3° donner des avis sur tout projet ou toute proposition de crĂ©ation dâune nouvelle juridiction ou relatif au statut des juges ou du personnel judicaire relevant de sa compĂ©tence.
Article 158 : Composition du Conseil Supérieur de la Magistrature (Révision n° 03 du 13/08/2008) Le Conseil Supérieur de la Magistrature est composé des membres suivants :
1° le PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme, PrĂ©sident de droit ;
2° le Vice-PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme ;
3° un (1) Juge de la Cour SuprĂȘme Ă©lu par ses pairs ;
4° les Présidents de la Haute Cour et de la Haute Cour de Commerce ;
5° un (1) juge de la Haute Cour et un autre juge de la Haute Cour de Commerce élus par leurs pairs ;
6° un (1) juge représentant ceux des Tribunaux de Commerce élu par ses pairs ;
7° des juges représentant ceux des Tribunaux de Grande Instance élus par leurs pairs ;
8° des juges représentant ceux des Tribunaux de Base élus par leurs pairs ;
9° deux (2) Doyens des
- 75 Â
bâAmashami yâamategeko muri Kaminuza no mu mashuri makuru yemewe batorwa na bagenzi babo;
10° Avoka umwe (1) uhagarariye abagize urugaga rwâabavoka utorwa na bagenzi be;
11° Umuntu umwe (1) uhagarariye Minisiteri yâUbutabera ugenwa na Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze;
12° Perezida wa Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu;
13° Umuvunyi Mukuru; 14° Abandi bagenwa nâItegeko
Ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâInama Nkuru yâUbucamanza.
Itegeko ngenga risobanura imiterere, ububasha nâimikorere byâInama Nkuru yâUbucamanza. Rigena kandi umubare wâabacamanza bavugwa mu gace ka 7° nâaka 8° twâiyi ngingo.
Akiciro ka 4 : Ibyerekeye Abunzi
Ingingo ya 159: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005) Hashyizweho âKomite yâAbunziâ ishinzwe kunga ababuranyi igihe cyose mbere yo gushyikiriza urukiko ruburanisha mu rwego rwa mbere ibirego mu manza zimwe zigenwa nâitegeko.
Komite yâAbunzi igizwe nâabantu bâinyangamugayo kandi bazwiho ubushobozi bwo kunga.
Itegeko Ngenga rigena imiterere, ifasi, ububasha nâimikorere bya Komite yâAbunzi. Rigena kandi umubare wâabayigize nâurwego ruyitora.
Faculties of Law of recognized universities and institutions of higher learning elected by their peers;
10° one (1) member of the Bar Association elected by his/her peers to represent them;
11° one (1) representative of the Ministry of Justice appointed by the Minister in charge of Justice;
12° the President of the National Commission of Human Rights;
13° the Ombudsman; 14° Other officers designated
by the Organic Law determining the organisation, powers and functioning of the High Council of the Judiciary.
An Organic Law shall determine the organisation, powers and functioning of the High Council of the Judiciary. It shall also determine the number of judges mentioned in points 7° and 8° of this Article.
Section 4: The Mediators
Article 159: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
There is hereby established a âMediation Committee" responsible for mediation between parties to certain disputes involving matters determined by Law prior to the filing of a case with the court of first instance.
The Mediation Committee shall comprise of persons of integrity and acknowledged for their mediating skills.
An Organic Law shall determine the organization, the territorial jurisdiction, the competence and the functioning of Mediation Committee. It shall also determine the number that comprise the mediation committee and the organ that elects it
FacultĂ©s de Droit des UniversitĂ©s et institutions dâenseignement supĂ©rieur agréées Ă©lus par leurs pairs ;
10° un reprĂ©sentant des membres de lâordre des avocats Ă©lu pars ses pairs ;
11° un représentant du MinistÚre de la Justice désigné par le Ministre ayant la justice dans ses attributions ;
12° le Président de la Commission Nationale des Droits de la Personne ;
13° lâOmbudsman ; 14° Autres agents dĂ©signĂ©s par
la loi organique portant organisation, compétence et fonctionnement du Conseil Supérieur de la Magistrature
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement du Conseil SupĂ©rieur de la Magistrature ainsi que le nombre des juges indiquĂ©s aux points 7° et 8° du prĂ©sent article.
Section 4: Des Conciliateurs
Article 159: (Revision n° 02 du 08/12/2005)
Il est institué un «Comité de Conciliateurs » destiné à fournir un cadre de conciliation obligatoire préalable à la saisine des juridictions de premier degré siégeant dans certaines affaires définies par la loi.
Le Comité des Conciliateurs est composé de personnes intÚgres et reconnues pour leur aptitude à concilier.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, le ressort, la compĂ©tence et le fonctionnement du ComitĂ© des Conciliateurs. Elle prĂ©cise en outre le nombre de ses membres et lâorgane qui lâĂ©lit.
- 76 Â
INTERURO YA V: IBYEREKEYE UBUSHINJACYAHA
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE UBUSHINJACYAHA BUKURU (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ingingo ya 160: Ishyirwaho ryâUrwego rwâUbushinjacyaha Bukuru (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Urwego rwâUbushinjacyaha Bukuru rushinzwe gukora iperereza no gukurikirana ibyaha mu gihugu hose.
Imiterere, imikorere nâububasha byâUbushinjacyaha Bukuru bigenwa nâitegeko ngenga.
Ibyerekeranye na sitati nâimyitwarire yâabashinjacyaha bigengwa nâitegeko.
Ingingo ya 161: Inzego zigize Ubushinjacyaha Bukuru (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ubushinjacyaha Bukuru ni urwego rumwe. Rugizwe nâIbiro byâUmushinjacyaha Mukuru, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye nâUbushinjacyaha ku rwego rwâIbanze.
Urwego rwâIbiro byâUmushinjacyaha Mukuru rugizwe nâUmushinjacyaha Mukuru, Umushinjacyaha Mukuru Wungirije nâAbashinjacyaha ku rwego rwâIgihugu.
Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije bashyirwaho nâIteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena. Mu kugena umukandida umwe kuri buri mwanya, Perezida wa Repubulika abanza kugisha inama Inama yâAbaminisitiri nâInama Nkuru yâUbushinjacyaha.
TITLE V: PUBLIC PROSECUTION
CHAPTER ONE: THE NATIONAL PUBLIC PROSECUTION AUTHORITY (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Article 160: Establishment of the National Public Prosecution Authority (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a National Public Prosecution Authority charged with the responsibility of prosecuting offences country wide.
The organisation, functioning and competence of the National Public Prosecution Authority shall be determined by an Organic Law.
A Law shall determine the statutes and the code of ethics of the prosecutors.
Article 161: Composition of the National Public Prosecution Authority (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Prosecution Authority is a single institution. It shall comprise of the Office of the Prosecutor General, public prosecution at the Intermediate level and public prosecution at the Primary level.
The Office of the Prosecutor General shall be comprised of the Prosecutor General, the Deputy Prosecutor General and National Prosecutors.
The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall be appointed by Presidential Order upon approval by the Senate. The President of the Republic shall submit one candidate for each position after consultation with the Cabinet and the High Council of the National Public Prosecution Authority.
TITRE V: ORGANE NATIONAL DE POURSUITE
CHAPITRE PREMIER : DE LâORGANE NATIONAL DE POURSUITE JUDICIAIRE (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
Article 160: CrĂ©ation de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est instituĂ© un Organe National de Poursuite Judiciaire chargĂ© de lâinstruction et de la poursuite des infractions sur toute lâĂ©tendue du territoire national.
Lâorganisation, le fonctionnement et la compĂ©tence de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire sont dĂ©terminĂ©s par une loi organique.
Une loi dĂ©termine le statut et le code dâethique des officiers de poursuite judiciaire.
Article 161: Composition de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâOrgane National de Poursuite Judiciaire constitue un organe unique. Il est composĂ© du Bureau du Procureur GĂ©nĂ©ral et un service de poursuite judiciaire au niveau de Grande Instance et de Base.
Le Bureau du Procureur Général est composé du Procureur Général, du Procureur Général Adjoint et des Procureurs nationaux.
Le Procureur GĂ©nĂ©ral et le Procureur GĂ©nĂ©ral Adjoint sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© prĂ©sidentiel aprĂšs leur approbation par le SĂ©nat. Le PrĂ©sident de la RĂ©publique propose un seul candidat Ă chaque poste aprĂšs consultation du Conseil des Ministres et du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
- 77 -
Abandi bashinjacyaha bashyirwaho nâIteka rya Minisitiri wâIntebe nyuma yo kwemezwa nâInama Nkuru yâUbushinjacyaha.
Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije bashyirirwaho manda yâimyaka itanu (5) ishobora kongerwa rimwe gusa.
Itegeko ryerekeye sitati yâabashinjacyaha rigena ibirebana na manda yâabashinjacyaha bayobora ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye.
Ingingo ya 162: Imikoranire yâUbushinjacyaha Bukuru na Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze nâizindi nzego (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008)
Ubushinjacyaha Bukuru bugengwa mu mirimo yabwo na Minisitiri ufite Ubutabera mu nshingano ze.
Mu byerekeranye no gukurikirana ibyaha, Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze agena politiki rusange kandi ashobora, mu nyungu rusange, guha Umushinjacyaha Mukuru, amabwiriza yanditse amutegeka cyangwa amubuza gukurikirana.
Ashobora kandi, iyo byihutirwa, mu nyungu rusange, guha umushinjacyaha uwo ari we wese amabwiriza yanditse amutegeka cyangwa amubuza gukurikirana akabimenyesha Umushinjacyaha Mukuru.
Abashinjacyaha bafite ubwigenge ku baburanyi no ku bacamanza bâInkiko.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE UBUSHINJACYAHA BWA GISIRIKARE
Ingingo ya 163: Hashyizweho Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bushinzwe gukurikirana
Other prosecutors shall be appointed by a Prime Ministerâs Order upon approval by the High Council of the National Public Prosecution Authority.
The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall be appointed for a five (5) year term renewable only once.
The Law on the statutes of Prosecutors shall determine the term of office of the Chief Intermediate Prosecutors.
Article 162: Relationship between the National Public Prosecution Authority and the Minister in charge of justice and other organs (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The National Public Prosecution Authority shall be under the authority of the Minister in charge of Justice.
In matters relating to prosecution of offences, the Minister in charge of Justice shall determine general policy and may, for public interest, issue written instructions to the Prosecutor General to undertake or refrain from investigating and prosecuting an offence.
He/she may also, in cases of urgency and in public interest, issue written instructions to any Prosecutor to investigate and prosecute or refrain from investigating and prosecuting an offence and inform the Prosecutor General of such instructions.
Prosecutors shall be independent from parties to judicial proceedings and judges.
CHAPTER II: THE MILITARY PROSECUTION DEPARTMENT
Article 163: There is hereby established the Military Prosecution Department
Les autres officiers de poursuite judiciaire sont nommĂ©s par arrĂȘtĂ© du Premier Ministre aprĂšs approbation du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
Le Procureur Général et le Procureur Général Adjoint sont nommés pour un mandat de cinq (5) ans renouvelable une seule fois.
La loi relative au statut des officiers de poursuite judiciaire détermine le mandat des procureurs en chef au niveau de grande instance.
Article 162: Rapport entre lâOrgane National de Poursuite Judiciaire et le Ministre ayant la justice dans ses attributions et les autres institutions (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
LâOrgane National de Poursuite Judiciaire est placĂ© sous lâautoritĂ© du Ministre ayant la justice dans ses attributions.
En matiĂšre de poursuite dâinfractions, le Ministre ayant la justice dans ses attributions dĂ©finit la politique gĂ©nĂ©rale et peut, dans lâintĂ©rĂȘt gĂ©nĂ©ral, donner des injonctions Ă©crites de poursuite ou de non poursuite au Procureur GĂ©nĂ©ral.
Il peut Ă©galement, en cas dâurgence et dans lâintĂ©rĂȘt gĂ©nĂ©ral, donner des injonctions Ă©crites Ă tout procureur lui obligeant de mener ou ne pas mener une action publique et en rĂ©serve copie au Procureur GĂ©nĂ©ral.
Les officiers de poursuite judiciaire sont pleinement indépendants des parties et des juges.
CHAPITRE II: DE LâAUDITORAT MILITAIRE
Article 163: Il est institué un Auditorat Militaire chargé de la poursuite des infractions
- 78 Â
ibyaha bikozwe nâabantu baburanishwa nâinkiko za gisirikare. Bukurikirana ibyaha biburanishwa mu nkiko za Gisirikare.
Ingingo ya 164: Ubushinjacyaha bwa Gisirikare buyoborwa nâUmushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare yunganiwe nâUmushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare wungirije.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere yâUbushinjacyaha bwa gisirikare.
UMUTWE WA III: IBYEREKEYE INAMA NKURU YâUBUSHINJACYAHA
Ingingo ya 165: Ishyirwaho ryâInama Nkuru yâUbushinjacyaha (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho Inama Nkuru yâUbushinjacyaha.
Inshingano zayo ni ugutanga imirongo migari ngenderwaho no gutuma habaho imikorere myiza yâubushinjacyaha mu gihugu cyose.
Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha nâimikorere byâInama Nkuru yâUbushinjacyaha.
Ingingo ya 166: Indahiro yâabashinjacyaha(Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Umushinjacyaha Mukuru nâUmushinjacyaha Mukuru wungirije barahirira imbere ya Perezida wa Repubulika, abagize Inteko Ishinga Amategeko bahari.
Abandi Bashinjacyaha barahirira imbere yâabayobozi bavugwa mu
responsible for the prosecution of offences committed by persons subject to the jurisdiction of military courts. It shall investigate and prosecute offences before military courts.
Article 164: The Military Prosecution Department is headed by the Military Prosecutor General assisted by the Deputy Military Prosecutor General.
An Organic Law shall determine the organization, jurisdiction and functioning of the military prosecution department.
CHAPTER III: THE HIGH COUNCIL OF THE NATIONAL PUBLIC PROSECUTION AUTHORITY
Article 165: Establishment of the High Council of the National Public Prosecution Authority (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a High Council of the National Public Prosecution Authority.
Its mission shall be to provide general policy guidelines and to ensure the smooth functioning of the Public Prosecution in the whole country.
An organic law shall determine the organisation, powers and functioning of the High Council of the National Public Prosecution Authority.
Article 166: Oath of office of the Prosecutors (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall take oath of office before the President of the Republic in the presence of the Members of Parliament.
Other Prosecutors shall take oath of office before the authorities specified
commises par les personnes justiciables des juridictions militaires. Il exerce lâaction publique devant les juridictions militaires.
Article 164: LâAuditorat Militaire est dirigĂ© par un Auditeur GĂ©nĂ©ral Militaire assistĂ© dâun Auditeur GĂ©nĂ©ral Militaire Adjoint.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement de lâAuditorat Militaire.
CHAPITRE III: DU CONSEIL SUPERIEUR DE LâORGANE NATIONAL DE POURSUITE JUDICIAIRE
Article 165: Institution du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est instituĂ© un Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
Sa mission est de donner les grandes lignes directrices et dâassurer le bon fonctionnemen de lâOrgane National de Poursuite dans tout le pays.
Une loi organique dĂ©termine lâorganisation, la compĂ©tence et le fonctionnement du Conseil SupĂ©rieur de lâOrgane National de Poursuite Judiciaire.
Article 166: Prestation de serment des Officiers de Poursuite Judiciaire (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Procureur GĂ©nĂ©ral et le Procureur GĂ©nĂ©ral Adjoint prĂȘtent serment devant le PrĂ©sident de la RĂ©publique en prĂ©sence des Membres du Parlement.
Les autres officiers de poursuite judiciaire prĂȘtent serment devant les
- 79 Â
itegeko ribagenga.
INTERURO YA VI :IBYEREKEYE UBUTEGETSI BWâIBANZE
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE INGINGO RUSANGE
Ingingo ya 167: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005)
Ubutegetsi bwa Leta bwegerezwa abaturage mu nzego zâibanze hakurikijwe Itegeko. Bukurikiranwa na Minisiteri ifite ubutegetsi bwâIgihugu mu nshingano zayo.
Itegeko rigena inzego zâimitegekere yâIgihugu ku rwego rwâibanze zegereye abaturage zifite ubuzimagatozi nâubwisanzure mu byerekeye ubutegetsi nâimari. Izo nzego ni zo shingiro ryâiterambere ryâabaturage.
Inzego zâibanze zifite ubuzimagatozi zifite uburenganzira bwo kuba abanyamuryango b'ingaga zo mu gihugu cyangwa mpuzamahanga ziharanira guteza imbere ubuyobozi bwegereye abaturage.
Itegeko rigena imitunganyirize, imikorere nâimikoranire yâizo nzego nâizindi nzego zinyuranye zifite uruhare mu miyoberere no mu iterambere ryâIgihugu. Itegeko riteganya kandi uko Guverinoma yegurira izo nzego ububasha, umutungo nâibindi byangombwa.
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE INAMA YâIGIHUGU YâUMUSHYIKIRANO
Ingingo ya 168: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 08/12/2005) Hashyizweho âInama yâIgihugu
by the Law governing them.
TITLE VI: THE DECENTRALISED AUTHORITIES
CHAPTER I: GENERAL PROVISIONS
Article 167: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
Public administration shall be decentralized in accordance with the provisions of the Law. Decentralized entities shall fall under the Ministry in charge of local government.
A Law shall determine decentralized local administrative entities with legal personality and administrative and financial autonomy. Such entities shall be basic foundation of community development.
Local administrative entities with legal personality shall be entitled to become members of national and international organisations which promote development through decentralisation.
A Law shall determine the organisation, the functioning and the collaboration between these organs and various other organs which have a role in the administration and development of the country. A Law shall also determine the manner in which the Government transfers powers, property and other resources to decentralized entities.
CHAPTER II: THE NATIONAL DIALOGUE COUNCIL
Article 168: (Amendment n° 02 of 08/12/2005)
There is hereby established a
autorités prévues par la loi qui les régit.
TITRE VI: DES POUVOIRS DECENTRALISES
CHAPITRE PREMIER: DISPOSITIONS GENERALES
Article 167: (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Les pouvoirs de lâEtat sont dĂ©centralisĂ©s au profit des entitĂ©s administratives locales conformĂ©ment Ă une loi. Ces pouvoirs relĂšvent du MinistĂšre ayant l'administration locale dans ses attributions.
Une loi dĂ©termine les entitĂ©s administratives locales dĂ©centralisĂ©es dotĂ©es de la personnalitĂ© juridique et de lâautonomie administrative et financiĂšre. Ces entitĂ©s constituent la base du dĂ©veloppement communautaire.
Les entitĂ©s administratives locales dotĂ©es de la personnalitĂ© juridique peuvent adhĂ©rer Ă des organisations nationales ou internationales Ćuvrant en matiĂšre de dĂ©centralisation.
Une loi dĂ©termine lâorganisation, le fonctionnement de ces entitĂ©s dĂ©centralisĂ©es et leurs relations avec dâautres organes participant Ă lâadministration et au dĂ©veloppement du pays. Une loi organise le transfert de compĂ©tences, de ressources et dâautres moyens du Gouvernement central aux entitĂ©s dĂ©centralisĂ©es.
CHAPITRE II: DU CONSEIL NATIONAL DE DIALOGUE
Article 168: (Révision n° 02 du 08/12/2005)
Il est institué un « Conseil National
- 80 Â
yâUmushyikiranoâ. Ihuza Perezida wa Repubulika nâabahagarariye Inama Njyanama zâInzego zâIbanze zifite ubuzimagatozi batorwa na bagenzi babo. Iyoborwa na Perezida wa Repubulika ikaba kandi irimo nâabagize Guverinoma, Inteko Ishinga Amategeko nâabandi Perezida wa Repubulika yagena. Umubare wâabahagarariye Inama Njyanama zâInzego zâIbanze zifite ubuzimagatozi mu Nama yâIgihugu yâUmushyikirano ugenwa na Perezida wa Repubulika.
Iyo Nama iterana nibura rimwe (1) mu mwaka. Mu bibazo isuzuma harimo ibyerekeye uko Igihugu nâUbuyobozi bwâibanze bimeze ndetse nâibyerekeye ubumwe bwâAbanyarwanda.
Imyanzuro yâiyo Nama ishyikirizwa inzego zibishinzwe kugira ngo zirusheho gutunganya imirimo zikorera abaturage.
INTERURO YA VII: IBYEREKEYE UMUTEKANO NO KURINDA IGIHUGU
Ingingo ya 169: Inzego zishinzwe umutekano (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Leta ifite inzego zishinzwe umutekano zikurikira:
1° Ingabo z'u Rwanda;
2° Polisi y'u Rwanda;
3° Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano.
Itegeko rishobora kugena izindi nzego z'umutekano.
âNational Dialogue Councilâ. It shall bring together the President of the Republic and representatives of councils of local administrative entities with legal personality elected by their peers. It shall be chaired by the President of the Republic and be attended by members of the Cabinet and Parliament, and such others as may be determined by the President of the Republic. The number of representatives of councils of local administrative entities with legal personality in the National Dialogue Council is determined by the President of the Republic.
The Council shall meet at least once (1) a year. It shall debate, among others, on issues relating to the state of the Nation, the state of local governments and national unity.
Resolutions of the Council shall be submitted to the concerned State institutions to enable them to improve their services to the population.
TITLE VII: NATIONAL DEFENCE AND SECURITY
Article 169: Security organs (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The State shall have the following security organs:
1° the Rwanda Defence Forces;
2° the Rwanda National Police;
3° the National Intelligence and Security Service.
A Law may determine other security organs.
de Dialogue». Il réunit le Président de la République et les représentants des Conseils des entités administratives locales dotées de la personnalité juridique élus par leurs pairs. Il est présidé par le Président de la République en présence des membres du Gouvernement, du Parlement ainsi que d'autres personnes que pourrait désigner le Président de la République. Le nombre des représentants des Conseils des entités administratives locales dotées de la personnalité juridique au sein du Conseil National de Dialogue est déterminé par le Président de la République.
Le Conseil se rĂ©unit au moins une (1) fois par an. Il dĂ©bat entre autres des questions relatives Ă lâĂ©tat de la Nation, lâĂ©tat des pouvoirs locaux et de lâunitĂ© nationale.
Les recommandations issues dudit Conseil sont transmises aux institutions et services concernĂ©s afin dâamĂ©liorer les services rendus Ă la population.
TITRE VII: DE LA SECURITE ET DE LA DEFENSE NATIONALES
Article 169: Organes de sĂ©curitĂ© (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâEtat dispose des organes de sĂ©curitĂ© ci-aprĂšs :
1° les Forces Rwandaises de Défense;
2° la Police Nationale du Rwanda;
3° le Service National de Renseignements et de Sécurité.
Une loi peut déterminer d'autres organes de sécurité.
- 81 Â
UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE POLISI YâURWANDA
Ingingo ya 170: Amahame Polisi yâu Rwanda igenderaho (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Polisi yâu Rwanda ifite ububasha mu gihugu hose.
Igomba gukorera abaturage ishingiye cyane cyane ku mahame akurikira:
1° kubumbatira uburenganzira bwâibanze buteganywa nâItegeko Nshinga nâandi mategeko;
2° kubumbatira umutekano wâabantu nâibintu;
3° kugira imikoranire myiza nâabaturage;
4° kugaragariza abaturage uburyo yuzuza inshingano zayo;
5° kumva ko abaturage bafite uburenganzira bwo kugenzura imikorere yayo.
Itegeko rigena ububasha, inshingano, imitunganyirize nâimikorere bya Polisi yâu Rwanda.
Ingingo 171: Yavanyweho nâIvugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE URWEGO RWâIGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA NâUMUTEKANO
Ingingo ya 172: Ishyirwaho ryâUrwego rwâIgihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Hashyizweho Urwego rwâIgihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano.
CHAPTER I: THE RWANDA NATIONAL POLICE
Article 170: Principles governing the Rwanda National Police (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Rwanda National Police shall exercise its authority over the entire national territory.
It shall serve the people particularly on the basis of the following principles:
1° safeguarding the fundamental rights guaranteed by the Constitution and other laws;
2° protection of the security of people and property;
3° harmonious collaboration with the community;
4° informing the population on how it fulfils its mission;
5° accountability of the Rwanda National Police to the community.
A Law shall determine the powers, mission, organisation and functioning of the Rwanda National Police.
Article 171: Repealed by the Amendment nË 04 of 17/06/2010)
CHAPTER II: THE NATIONAL INTELLIGENCE AND SECURITY SERVICE
Article 172: Establishment of the National Intelligence and Security Service (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
There is hereby established a National Intelligence and Security Service.
CHAPITRE PREMIER: DE LA POLICE NATIONALE DU RWANDA
Article 170: Principes rĂ©gissant la Police Nationale du Rwanda (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Police Nationale du Rwanda exerce ses compĂ©tences sur lâensemble du territoire national.
Elle doit servir le peuple notamment sur base des principes suivants:
1° sauvegarder les droits fondamentaux dĂ©finis par la Constitution et par dâautres lois ;
2° assurer la sécurité des biens et des personnes;
3° bien collaborer avec la population;
4° tenir la population informĂ©e de lâexĂ©cution de sa mission;
5° reconnaßtre à la population le droit de contrÎler son fonctionnement.
Une loi dĂ©termine la compĂ©tence, la mission, lâorganisation et le fonctionnement de la Police Nationale du Rwanda.
Article 171: AbrogĂ© par la RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
CHAPITRE II: DU SERVICE NATIONAL DE RENSEIGNEMENT ET DE SECURITE
Article 172: Institution du Service National de Renseignements et de SĂ©curitĂ© (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué un Service National de Renseignements et de Sécurité.
- 82 -
Itegeko rigena ububasha, inshingano, imiterere, imikorere by'Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iperereza nâUmutekano.
UMUTWE WA III : IBYEREKEYE INGABO Z'U RWANDA
Ingingo ya 173: Ingabo zâu Rwanda (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Kurinda Igihugu bikorwa nâIngabo zâIgihugu zâumwuga zitwa âIngabo z'u Rwandaâ.
Itegeko rigena inshingano, imiterere n'ububasha by'Ingabo z'u Rwanda.
Ingingo ya 174: Umugaba Mukuru wâIngabo zâIgihugu (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Umugaba Mukuru w'Ingabo z'Igihugu ni we ushinzwe ibikorwa n'ubuyobozi by'Ingabo z'Urwanda muri rusange.
Ingingo ya 175: Igabanywa ryâumubare wâabagize Ingabo zâIgihugu (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Leta yâu Rwanda ishobora kugabanya umubare wâabagize Ingabo zâUrwanda igihe bibaye ngombwa. Ishobora kandi gukura ku murimo, gusubiza mu buzima busanzwe cyangwa kwirukana bamwe mu bagize Ingabo zâUrwanda. Itegeko riteganya uburyo bikorwa.
A Law shall determine the powers, mission, organisation and functioning of the National Intelligence and Security Service.
CHAPTER III: RWANDA DEFENCE FORCES
Article 173: Rwanda Defence Forces (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
National defence is the responsibility of a professional military force known as the "Rwanda Defence Forces".
A Law shall determine the mission, organisation and powers of the Rwanda Defence Forces.
Article 174: Chief of Defence Staff (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The Chief of Defence Staff shall be responsible for operations and general administration of the Rwanda Defence Forces.
Article 175: Downsizing the Rwanda Defence Forces (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
The Government of Rwanda can downsize the Rwanda Defence Forces where it is deemed necessary. The Government can also discharge, demobilize or dismiss members of the Rwanda Defence Forces. A Law shall determine procedures for such actions.
Une loi dĂ©termine la compĂ©tence, la mission, lâorganisation et le fonctionnement du Service National de Renseignements et de SĂ©curitĂ©.
CHAPITRE III: DES FORCES RWANDAISES DE DEFENSE
Article 173: Forces Rwandaises de DĂ©fense (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La défense nationale est assurée par une armée nationale de profession dénommée « Forces Rwandaises de Défense».
Une loi détermine la mission, l'organisation et la compétence des Forces Rwandaises de Défense.
Article 174 : Chef dâEtat Major GĂ©nĂ©ral (RĂ©vision n° 03 du 13/08/2008)
Le Chef d'Etat Major Général est chargé des opérations et de l'administration générale des Forces Rwandaises de Défense.
Article 175 : Réduction des effectifs des Forces Rwandaises de Défense (Révision n° 03 du 13/8/2008)
LâEtat Rwandais peut, en cas de besoin, procĂ©der Ă la rĂ©duction des effectifs des Forces Rwandaises de DĂ©fense. Il peut Ă©galement relever de leurs fonctions, dĂ©mobiliser ou rĂ©voquer les Ă©lĂ©ments des Forces Rwandaises de DĂ©fense. Une loi en dĂ©termine les modalitĂ©s.
- 83 Â
INTERURO YA VIII: KOMISIYO ZâIGIHUGU, INZEGO ZIHARIYE, INAMA ZâIGIHUGU NâIBIGO BYA LETA (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ingingo ya 176: Ishyirwaho rya za Komisiyo zâIgihugu, Inzego Zihariye, Inama zâIgihugu nâIbigo bya Leta (Ivugurura nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Hashyizweho za Komisiyo zâIgihugu, Inzego zihariye nâInama zâIgihugu zishinzwe gufasha gukemura ibibazo bikomeye byâIgihugu zikurikira:
1° Komisiyo zâIgihugu:
a) Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu;
b) Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge;
c) Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside;
d) Komisiyo yâIgihugu yâAmatora;
e) Komisiyo yâIgihugu ishinzwe Abakozi ba Leta.
2° Inzego Zihariye:
a) Urwego rwâUmuvunyi;
b) Urwego rwâUbugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta;
c) Urwego rushinzwe Kugenzura Iyubahirizwa ryâUburinganire nâUbwuzuzanye bwâAbagore nâAbagabo mu Iterambere ryâIgihugu;
d) Urwego rushinzwe Intwari zâIgihugu, Imidari
TITLE VIII: NATIONAL COMMISSIONS, SPECIAL ORGANS, NATIONAL COUNCILS AND PUBLIC INSTITUTIONS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
CHAPTER I: GENERAL PROVISIONS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Article 176: Establishment of National Commissions, Specialized Organs, National Councils and Public Institutions (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The following National Commissions, Specialized Organs and National Councils with responsibility of contributing in resolving major issues facing the country are hereby established:
1° National Commissions:
a) National Commission for Human Rights;
b) National Unity and Reconciliation Commission;
c) National Commission to Fight against Genocide;
d) National Electoral Commission;
e) Public Service Commission.
2° Special Organs:
a) Office of the Ombudsman;
b) Office of the Auditor General of State Finances;
c) Gender Monitoring Office;
d) Chancellery for Heroes and National Orders and
TITRE VIII : COMMISSIONS NATIONALES, ORGANES SPECIALISES, CONSEILS NATIONAUX ET ETABLISSEMENTS PUBLICS (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS GENERALES (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Article 176: CrĂ©ation des Commissions Nationales, Organes SpĂ©cialisĂ©s, Conseils Nationaux et Etablissements Publics (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Il est institué des Commissions Nationales, des Organes spécialisés et des Conseils Nationaux ci-aprÚs chargés de contribuer à régler des problÚmes majeurs du pays :
1° Les Commissions Nationales:
a) La Commission Nationale des Droits de la Personne;
b) La Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation;
c) La Commission Nationale de Lutte contre le Génocide;
d) La Commission Nationale Electorale;
e) La Commission de la Fonction Publique.
2° Les Organes Spécialisés :
a) LâOffice de lâOmbudsman ;
b) LâOffice de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat ;
c) LâObservatoire du « Gender »
d) La Chancellerie des Héros et des Ordres Nationaux ;
nâImpeta byâishimwe;
3° Inama zâIgihugu :
a) Inama yâIgihugu yâAbagore;
b) Inama yâIgihugu yâUrubyiruko;
c) Inama yâIgihugu yâAbantu bafite ubumuga.
Itegeko rishobora gushyiraho izindi Komisiyo, izindi Nzego Zihariye nâizindi Nama zâIgihugu igihe bibaye ngombwa. Iryo tegeko rinagena inshingano, imiterere nâimikorere byazo.
Itegeko ngenga rishyiraho amategeko rusange agenga ibigo bya Leta.
UMUTWE WA II : KOMISIYO ZâIGIHUGU
Ingingo ya 177: Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu ni Komisiyo yâIgihugu yigenga ishinzwe byâumwihariko guteza imbere uburenganzira bwa Muntu.
Komisiyo yâIgihugu yâUburenganzira bwa Muntu ishyikiriza buri mwaka Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, porogaramu na raporo zâibikorwa byayo ikagenera kopi izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 178: Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge ni Komisiyo yâIgihugu yigenga ishinzwe byâumwihariko gushimangira ubumwe nâubwiyunge
- 84 Â
Decorations of Honour;
3° National Councils :
a) National Women Council;
b) National Youth Council;
c) National Council of Persons with Disabilities.
When deemed necessary, a Law may establish other Commissions, Specialized Organs and other National Councils. That Law shall determine their responsibilities, organisation and functioning.
An Organic Law shall establish general provisions governing Public Institutions.
CHAPTER II: NATIONAL COMMISSIONS
Article 177: National Commission for Human Rights (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Commission for Human Rights is an independent national Commission especially in charge of the promotion of human rights.
The National Commission for Human Rights shall submit each year its program and activity report to both Chambers of Parliament in joint session and provide copies thereof to other State Organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 178: National Unity and Reconciliation Commission (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Unity and Reconciliation Commission is an independent national commission responsible in particular for the
3° Les Conseils Nationaux :
a) Le Conseil National des Femmes ;
b) Le Conseil National de la Jeunesse;
c) Le Conseil National des Personnes Handicapées.
En cas de besoin, dâautres Commissions, Organes SpĂ©cialisĂ©s et Conseils Nationaux peuvent ĂȘtre créés par une loi. Cette loi en dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement.
Une loi organique fixe les dispositions générales applicables aux Etablissements Publics.
CHAPITRE II: COMMISSIONS NATIONALES
Article 177: Commission Nationale des Droits de la Personne (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale des Droits de la Personne est une commission nationale indépendante spécialement chargée de la promotion des droits de la personne.
La Commission Nationale des Droits de la Personne adresse chaque annĂ©e son programme et rapport annuel dâactivitĂ©s au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 178: Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation est une commission nationale indĂ©pendante spĂ©cialement chargĂ©e de la
- 85 Â
bwâAbanyarwanda.
Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge ishyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika na Sena porogaramu na raporo zâibikorwa byayo ikagenera kopi izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 179: Komisiyo yâIgihugu yo kurwanya Jenoside (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yo kurwanya Jenoside ni Komisiyo yâIgihugu yigenga ishinzwe byâumwihariko ibyerekeranye no kwibuka no kurinda jenoside no kuvuganira abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi haba mu gihugu cyangwa hanze yacyo.
Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside ishyikiriza buri mwaka Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, na Guverinoma porogaramu na raporo zâibikorwa byayo ikagenera kopi izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 180: Komisiyo yâIgihugu yâAmatora (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora ni Komisiyo yigenga ishinzwe ibyerekeranye nâamatora yâabayobozi bâInzego zâibanze, ayâabagize Inteko Ishinga Amategeko, aya Perezida wa Repubulika, aya referendumu nâayâabandi yagenwa nâitegeko.
Komisiyo yâIgihugu yâAmatora
promotion of unity and reconciliation of Rwandans.
The National Unity and Reconciliation Commission shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and the Senate and provide copies thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 179: National Commission to Fight against Genocide (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Commission to Fight against Genocide is an independent national commission especially in charge of matters related to commemoration and prevention of genocide and advocacy for the cause of survivors of the genocide against the Tutsi both within and outside the country.
The National Commission to Fight against Genocide shall submit each year its program and activity report to both Chambers of Parliament in joint session and to the Cabinet and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 180: National Electoral Commission (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Electoral Commission is an independent commission responsible for local, legislative, presidential elections, referendum and other elections determined by the Law.
The National Electoral Commission
consolidation de lâUnitĂ© et la rĂ©conciliation des Rwandais.
La Commission Nationale de lâUnitĂ© et la RĂ©conciliation adresse chaque annĂ©e son programme et rapport dâactivitĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique et au SĂ©nat et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 179: Commission Nationale de Lutte contre le GĂ©nocide (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale de Lutte contre le GĂ©nocide est une commission nationale indĂ©pendante chargĂ©e spĂ©cialement de la conservation de la mĂ©moire du gĂ©nocide, de la prĂ©vention du gĂ©nocide et du plaidoyer en faveur des rescapĂ©s du gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi Ă lâintĂ©rieur comme Ă lâextĂ©rieur du pays.
La Commission Nationale de Lutte contre le GĂ©nocide adresse chaque annĂ©e son programme et rapport dâactivitĂ©s au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, et au Gouvernement et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi détermine la mission, l'organisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 180: Commission Nationale Electorale (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission Nationale Electorale est une Commission indépendante chargée des élections locales, législatives, présidentielles, référendaires et autres élections prévues par la loi.
La Commission Nationale Electorale
- 86 Â
ishyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika porogaramu na raporo zâibikorwa byayo, izindi nzego ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
Ingingo ya 181: Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta ni Komisiyo yigenga ifite mu nshingano zayo kugenzura uko inzego za Leta zishyira mu bikorwa politiki, amahame nâamategeko ajyanye no gushaka no gucunga Abakozi ba Leta. Komisiyo igeza raporo ku Nteko Ishinga Amategeko na Guverinoma.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâiyo Komisiyo.
UMUTWE WA III : INZEGO ZIHARIYE (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ingingo ya 182: Urwego rwâUmuvunyi (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rwâUmuvunyi ni urwego rwâIgihugu rwigenga mu mikorere yarwo. Mu byo rushinzwe harimo gukumira no kurwanya akarengane, ruswa n'ibyaha bifitanye isano na yo no kwakira inyandiko zigaragaza imitungo nyakuri yâabantu bagenwa nâitegeko.
Urwego rwâUmuvunyi rushyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika nâInteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, porogaramu na raporo zâibikorwa byayo izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
Article 181: Public Service Commission (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Public Service Commission is an independent commission responsible for ensuring that policies, principles and laws governing Public Service recruitments and administration are adhered to and put into effect by all Government institutions. The Public Service Commission shall submit its activity report to the Parliament and the Cabinet.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of this Commission.
CHAPTER III: SPECIAL ORGANS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Article 182: Office of the Ombudsman (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Office of the Ombudsman is an independent public institution. It shall inter alia be responsible for preventing and fighting against injustice, corruption and other related crimes and receiving true declaration of assets of the persons determined by the law.
The Office of Ombudsman shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and both Chambers of Parliament in joint session and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
adresse chaque annĂ©e le programme et le rapport dâactivitĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
Article 181: Commission de la Fonction Publique (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Commission de la Fonction Publique est une commission indĂ©pendante chargĂ©e de superviser la mise en application des politiques, principes et la rĂšglementation relatifs au recrutement et Ă lâadministration des agents de lâEtat. La Commission de la Fonction Publique adresse le rapport dâactivitĂ©s au Parlement et au Gouvernement.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cette Commission.
CHAPITRE III: ORGANES SPECIALISES (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Article 182: Office de lâOmbudsman (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâOffice de lâOmbudsman est une institution publique indĂ©pendante dans lâexercice de ses attributions. Il est chargĂ© notamment de prĂ©venir et combattre lâinjustice, la corruption et les infractions connexes et de recevoir la dĂ©claration sur lâhonneur des biens et patrimoines des personnes dĂ©terminĂ©es par la loi.
LâOffice de lâOmbudsman adresse chaque annĂ©e son programme et rapport dâactivitĂ©s au PrĂ©sident de la RĂ©publique et au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
- 87 -
Itegeko rigena inshingano, ububasha, imiterere nâimikorere yâurwo rwego.
Ingingo ya 183: Urwego rwâUbugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rwâUbugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta ni urwego rwâIgihugu rwigenga rushinzwe ubugenzuzi bwâimicungire yâimari nâumutungo bya Leta.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâurwo rwego.
Ingingo ya 184 : Raporo yâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya 79 yâItegeko Nshinga, Urwego rwâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta rushyikiriza Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, raporo yuzuye ku ifoto yâumutungo wa Leta irimo imikoreshereze yâimari ya Leta yâumwaka ushize mbere yâitangira ryâigihembwe cyagenewe gusuzuma ingengo yâimari ya Leta yâumwaka ukurikiye. Iyo raporo igomba kugaragaza uburyo imari yakoreshejwe, amafaranga yakoreshejwe bitari ngombwa cyangwa hadakurikijwe amategeko, niba harabaye inyerezwa cyangwa isesagura ryâumutungo rusange.
Kopi yâiyo raporo ishyikirizwa Perezida wa Repubulika, Guverinoma, Perezida wâUrukiko rwâIkirenga nâUmushinjacyaha Mukuru.
Mu gihe kitarenze amezi atandatu (6), Inteko Ishinga Amategeko imaze gushyikirizwa raporo yâUmugenzuzi Mukuru ivugwa muri iyi ngingo, iyijyaho impaka ikanayifataho ibyemezo bikwiye.
Inzego nâabayobozi bagenerwa kopi
A Law shall determine the responsibilities, powers, organization and functioning of this Office.
Article 183: Office of the Auditor General of State Finances (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Office of the Auditor General is an independent public institution responsible for the auditing of state finances and property.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of this Office.
Article 184: Report of Auditor General of State Finances (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Subject to the provisions of Article 79 of the Constitution, the Office of the Auditor General of State Finances shall submit each year to both Chambers of Parliament in joint session prior to the commencement of the session devoted to the examination of the budget of the following year, a complete report on the balance sheet of the State budget of the previous year. This report must indicate the manner in which the budget was utilized, unnecessary expenses which were incurred or expenses which were contrary to the law and whether there was misappropriation or general squandering of public funds.
A copy of the report shall be submitted to the President of the Republic, the Cabinet, the President of Supreme Court and the Prosecutor General.
The Parliament, after receiving the report of the Auditor General referred to in this Article shall examine it and take appropriate decisions within six (6) months.
Institutions and public officials to
Une loi dĂ©termine la mission, la compĂ©tence, lâorganisation et le fonctionnement de cet Office.
Article 183: Office de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâOffice de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat est une institution publique indĂ©pendante chargĂ©e de lâaudit des finances et du patrimoine de lâEtat.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cet Office.
Article 184: Rapport de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Sous rĂ©serve des dispositions de l'article 79 de la Constitution, lâOffice de l'Auditeur GĂ©nĂ©ral des Finances de lâEtat soumet chaque annĂ©e, avant lâouverture de la session consacrĂ©e Ă l'examen du budget de l'annĂ©e suivante, au Parlement, les deux Chambres rĂ©unies, le rapport sur le bilan des finances de lâEtat qui comprend lâexĂ©cution du budget de lâEtat de l'exercice Ă©coulĂ©. Ce rapport doit notamment prĂ©ciser la maniĂšre dont les comptes ont Ă©tĂ© gĂ©rĂ©s, les dĂ©penses faites Ă tort ou irrĂ©guliĂšrement ou sâil y a eu dĂ©tournement ou dilapidation des deniers publics.
Une copie de ce rapport est adressĂ©e au PrĂ©sident de la RĂ©publique, au Gouvernement, au PrĂ©sident de la Cour SuprĂȘme et au Procureur GĂ©nĂ©ral.
Dans un dĂ©lai ne dĂ©passant pas six (6) mois, Ă dater de la rĂ©ception du rapport de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral prĂ©vu au prĂ©sent article, le Parlement lâexamine et prend des dĂ©cisions appropriĂ©es.
Les institutions et autorités
- 88 Â
ya raporo yâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta bagomba gushyira mu bikorwa ibiyikubiyemo bafata ibyemezo bikwiye, ku makosa nâibindi bitakurikijwe iyo raporo yerekanye.
Inteko Ishinga Amategeko ishobora gusaba urwo rwego gukora ubugenzuzi bwâimari mu nzego za Leta cyangwa imikoreshereze yâamafaranga yatanzwe na Leta.
Ingingo ya 185: Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry'Uburinganire nâUbwuzuzanye bwâAbagore nâAbagabo mu Iterambere ryâIgihugu (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry'Uburinganire n'Ubwuzuzanye bw'Abagore n'Abagabo mu Iterambere ry'Igihugu ni urwego rwâIgihugu rwigenga mu mikorere yarwo.
Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ryâUburinganire nâUbwuzuzanye bwâAbagore nâAbagabo mu Iterambere ryâIgihugu rushyikiriza buri mwaka Guverinoma porogaramu na raporo zâibikorwa byarwo, izindi nzego za Leta ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
Itegeko rigena inshingano, imiterere nâimikorere byâurwo rwego.
Ingingo ya 186: Urwego rw'Igihugu rushinzwe Intwari z'Igihugu, Imidari nâImpeta by'ishimwe (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Intwari z'Igihugu, Imidari n`Impeta by'ishimwe ni urwego rwâIgihugu rwigenga mu mikorere yarwo.
Rushinzwe kugaragaza, gushimira no kurata Abanyarwanda cyangwa Abanyamahanga baranzwe nâubutwari nâibindi bikorwa
which a copy of the annual report of the Auditor General is addressed are obliged to implement its recommendations by taking appropriate measures as regards irregularities and other shortcomings which were disclosed.
The Parliament may request this Office to carry out a financial audit of State institutions or with regard to the use of funds provided by the State.
Article 185: Gender Monitoring Office (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Gender Monitoring Office is an independent public institution.
Gender Monitoring Office shall submit each year its program and activity report to the Cabinet and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of this Office.
Article 186: Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour is an independent public institution.
It is responsible for identifying, granting awards, honouring Rwandans and foreigners who were characterized by heroism and other
destinataires de la copie du rapport de lâAuditeur GĂ©nĂ©ral sont tenues dây donner suite en prenant les mesures qui sâimposent en ce qui concerne notamment les irrĂ©gularitĂ©s et manquements constatĂ©s.
Le Parlement peut charger lâOffice dâeffectuer toute vĂ©rification financiĂšre dans les services de lâEtat ou concernant lâutilisation des fonds allouĂ©s par lâEtat.
Article 185: Observatoire du «Gender» (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
LâObservatoire du «Gender» est une institution publique indĂ©pendante.
LâObservatoire du « Gender » adresse chaque annĂ©e au Gouvernement son programme et rapport dâactivitĂ©s et en rĂ©serve copie aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de cet Observatoire.
Article 186: Chancellerie des HĂ©ros et des Ordres Nationaux (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La Chancellerie des Héros et des Ordres Nationaux est une institution publique indépendante.
Elle est chargĂ©e dâidentifier, rĂ©compenser et honorer les Rwandais ou les Ă©trangers qui se sont illustrĂ©s par lâhĂ©roĂŻsme et autres
- 89 Â
bihebuje byagiriye u Rwanda akamaro ku buryo biba urugero rwiza.
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Intwari z'Igihugu, Imidari nâImpeta by'Ishimwe rushyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika porogaramu na raporo zâibikorwa byarwo izindi nzego ziteganywa nâitegeko zikagenerwa kopi.
Itegeko rigena inshingano, imiterere n'imikorere by'urwo rwego.
UMUTWE WA IV: INAMA ZâIGIHUGU (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Ingingo ya 186 bis: Yavanyweho nâIvugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010
Ingingo ya 187: Inama yâIgihugu yâAbagore (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâIgihugu yâAbagore ni urwego rwigenga mu mikorere yarwo.
Itegeko rigena inshingano imiterere, imikorere, nâimikoranire yayo nâizindi nzego za Leta.
Ingingo ya 188: Inama yâIgihugu yâUrubyiruko (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâIgihugu yâUrubyiruko ni urwego rwigenga mu mikorere yarwo.
Itegeko rigena inshingano, imiterere, imikorere nâimikoranire yayo nâizindi nzego za Leta.
acts of bravery serving as good examples.
The Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honour shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and provide a copy thereof to other State organs as may be determined by the Law.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of the Chancellery.
CHAPTER IV: NATIONAL COUNCILS (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
Article 186 bis: Repealed by the Amendment nË 04 of 17/06/2010
Article 187: National Women Council (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Women Council is an independent institution in its management.
A Law shall determine the responsibilities, organization and functioning of the Council and its relationship with other State organs.
Article 188: National Youth Council (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Youth Council is an independent institution in its management.
A Law shall determine the responsibilities, organisation, and functioning of the Council and its relationship with other State organs.
actes dâĂ©clat en faveur du Rwanda de façon exemplaire.
La Chancellerie des HĂ©ros et des Ordres Nationaux adresse chaque annĂ©e au PrĂ©sident de la RĂ©publique son programme et le rapport dâactivitĂ©s et en rĂ©serve copies aux autres organes de lâEtat dĂ©terminĂ©s par la loi.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement de la Chancellerie.
CHAPITRE IV : CONSEILS NATIONAUX (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Article 186 bis: AbrogĂ© par la RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010
Article 187: Conseil National des Femmes (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil National des Femmes est un organe dotĂ© dâune autonomie de gestion.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement dudit Conseil ainsi que ses rapports avec les autres organes de lâEtat.
Article 188: Conseil National de la Jeunesse (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil National de la Jeunesse est un organe dotĂ© dâune autonomie de gestion.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement du dit Conseil ainsi que ses rapports avec les autres organes de lâEtat.
- 90 -
Ingingo ya 188 bis: Inama yâIgihugu yâAbantu batite ubumuga (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
Inama yâIgihugu yâAbantu bafite ubumuga ni urwego rwigenga mu mikorere yarwo.
Itegeko rigena inshingano, imiterere, imikorere nâimikoranire yayo nâizindi nzego za Leta.
INTERURO YA IX: Yavanyweho nâivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010)
INTERURO YA X: IBYEREKEYE AMASEZERANO MPUZAMAHANGA
Ingingo ya 189 : Perezida wa Repubulika ni we ufite ububasha bwo gukora amasezerano mpuzamahanga no kuyemeza. Iyo amaze kwemezwa, ayo masezerano amenyeshwa Inteko Ishinga Amategeko.
Icyakora, amasezerano mpuzamahanga arangiza intambara, ayâubucuruzi, ayerekeye imiryango mpuzamahanga, afite ingaruka ku mari ya Leta, ahindura amategeko yâIgihugu cyangwa yerekeye abantu ku giti cyabo ntashobora kwemezwa burundu atabanje kwemerwa nâInteko Ishinga Amategeko.
Ntibyemewe gutanga cyangwa kugurana igice cyâu Rwanda cyangwa se komeka ku Rwanda igice cyâikindi gihugu abaturage batabyemeye muri referendumu.
Perezida wa Repubulika nâInteko Ishinga Amategeko bamenyeshwa amasezerano mpuzamahanga yose agitegurwa ariko atagomba kwemezwa na Perezida wa Repubulika.
Ingingo ya 190: Iyo amaze gutangazwa mu Igazeti ya Leta, amasezerano mpuzamahanga yemejwe burundu mu buryo
Article 188 bis: National Council of Persons with Disability (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
The National Council of Persons with Disabilities is an independent institution in its management.
A Law shall determine the responsibilities, organisation and functioning of the Council and its relationship with other State organs.
TITRE IX: Repealed by the amendment nË 04 of 17/06/2010)
TITLE X: INTERNATIONAL TREATIES AND AGREEMENTS
Article 189: The President of the Republic shall negotiate international treaties and agreements and ratifie them. The Parliament shall be notified of such treaties and agreements following their conclusion.
However, peace treaties and treaties or agreements relating to commerce and international organizations and those which commit state finances, modify provisions of laws already adopted by Parliament or relate to the status of persons, can only be ratified after authorisation by Parliament.
It shall not be permitted to cede or exchange part of the territory of Rwanda or join to Rwanda part of another country without the consent of the people by referendum.
The President of the Republic and Parliament shall be notified of all negotiations relating to treaties and international agreements which are not subject to ratification by the President of the Republic.
Article 190: Upon their publication in the official gazette, international treaties and agreements which have been
Article 188 bis: Conseil National des Personnes HandicapĂ©es (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
Le Conseil National des Personnes HandicapĂ©es est un organe dotĂ© dâune autonomie de gestion.
Une loi dĂ©termine la mission, lâorganisation et le fonctionnement dudit Conseil ainsi que ses rapports avec les autres organes de lâEtat.
TITRE IX : AbrogĂ© par la rĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
TITRE X: DES TRAITES ET ACCORDS INTERNATIONAUX
Article 189: Le Président de la République négocie et ratifie les traités et accords internationaux. Le Parlement en est informé aprÚs leur conclusion.
Toutefois, les traitĂ©s de paix, les traitĂ©s de commerce, les traitĂ©s ou accords relatifs aux organisations internationales, ceux qui engagent les finances de lâEtat, ceux qui modifient des dispositions de nature lĂ©gislative, ceux qui sont relatifs Ă lâĂ©tat des personnes ne peuvent ĂȘtre ratifiĂ©s quâaprĂšs autorisation du Parlement.
Nulle cession, nul Ă©change, nulle adjonction dâun territoire nâest permise sans le consentement du peuple rwandais consultĂ© par referendum.
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique et le Parlement sont informĂ©s de toutes les nĂ©gociations dâaccords et traitĂ©s internationaux non soumis Ă la ratification par le PrĂ©sident de la RĂ©publique.
Article 190: Les traités ou accords internationaux réguliÚrement ratifiés ou approuvés ont, dÚs leur publication au journal
- 91 Â
buteganywa nâamategeko, agira agaciro gasumba akâamategeko ngenga nâakâamategeko asanzwe keretse iyo adakurikijwe nâurundi ruhande.
Ingingo ya 191: Birabujijwe gukora amasezerano mpuzamahanga yemera gutuza ingabo zâamahanga mu Gihugu.
Birabujijwe gukora amasezerano mpuzamahanga yemera kunyuza cyangwa kurunda mu Gihugu imyanda ihumanya nâibindi byose byagira ingaruka zikomeye ku buzima bwâabantu no ku bidukikije.
Ingingo ya 192: (Ivugururwa n° 02 ryo ku wa 02/12/2003) Iyo amasezerano mpuzamahanga afite ingingo inyuranyije nâItegeko Nshinga, ububasha bwo kuyemeza burundu ntibushobora gutangwa Itegeko Nshinga ritabanje kuvugururwa.
INTERURO YA XI: IBYEREKEYE IVUGURURWA RYâITEGEKO NSHINGA
Ingingo ya 193 : Ububasha bwo gutangiza ivugurura ryâItegeko Nshinga bufitwe na Perezida wa Repubulika bimaze kwemezwa nâInama yâAbaminisitiri; bufitwe kandi na buri Mutwe wâInteko Ishinga Amategeko binyuze mu itora ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu (2/3) byâamajwi yâabawugize.
Ivugururwa ryemezwa ritowe ku bwiganze bwa bitatu bya kane (3/4) by'amajwi y'abagize buri mutwe w'Inteko Ishinga Amategeko.
Ariko iyo iryo vugururwa ryerekeye manda ya Perezida wa Repubulika, ubutegetsi bwa demokarasi ishingiye ku bitekerezo binyuranye cyangwa ku bwoko bw'ubutegetsi buteganyijwe n'iri Tegeko Nshinga cyane cyane ku butegetsi bwa Leta bushingiye kuri Repubulika n'ubusugire bw'Igihugu, rigomba
conclusively adopted in accordance with the provisions of law shall be more binding than organic laws and ordinary laws except in the case of non compliance by one of the parties.
Article 191: It is prohibited to make international agreements permitting foreign military bases on the national territory.
It is prohibited to make international agreements permitting the transit or dumping of toxic waste and other hazardous materials capable of endangering public health and environment.
Article 192: (Amendment n° 02 of 02/12/2003)
Where an international treaty contains provisions which are inconsistent with the Constitution, the authorisation to ratify the treaty or agreement cannot be granted until the Constitution is amended
TITLE XI: AMENDMENT OF THE CONSTITUTION
Article 193: The power to initiate amendment of the Constitution shall be vested concurrently in the President of the Republic upon the proposal of the Cabinet and each Chamber of Parliament upon a resolution passed by a two thirds (2/3) majority vote of its members.
The passage of a constitutional amendment requires a three quarters (3/4) majority vote of the members of each chamber of Parliament.
However, if the constitutional amendment concerns the term of the President of the Republic or the system of democratic government based on political pluralism, or the constitutional regime established by this Constitution especially the republican form of the government or national sovereignty, the
officiel, une autoritĂ© supĂ©rieure Ă celle des lois organiques et des lois ordinaires, sous rĂ©serve, pour chaque accord ou traitĂ©, de son application par lâautre partie.
Article 191: Les accords dâinstallation de bases militaires Ă©trangĂšres sur le territoire national sont interdits.
Les accords autorisant le transit ou le stockage sur le territoire national de dĂ©chets toxiques et autres matiĂšres pouvant porter gravement atteinte Ă la santĂ© et Ă lâenvironnement sont interdits.
Article 192: (Révision du n° 02 of 02/12/2003)
Lorsquâun engagement international comporte une clause contraire Ă la Constitution, lâautorisation de le ratifier ou de lâapprouver ne peut intervenir quâaprĂšs la rĂ©vision de la Constitution.
TITRE XI: DE LA REVISION DE LA CONSTITUTION
Article 193: Lâinitiative de la rĂ©vision de la Constitution appartient concurremment au PrĂ©sident de la RĂ©publique aprĂšs dĂ©libĂ©ration du Conseil des Ministres et Ă chaque Chambre du Parlement sur vote Ă la majoritĂ© des deux tiers (2/3) de ses membres.
La rĂ©vision nâest acquise que par un vote Ă la majoritĂ© des trois quarts (3/4) des membres qui composent chaque Chambre du Parlement.
Toutefois, lorsque la rĂ©vision porte sur le mandat du PrĂ©sident de la RĂ©publique, sur la dĂ©mocratie pluraliste ou sur la nature du rĂ©gime constitutionnel notamment la forme rĂ©publicaine de l'Etat et l'intĂ©gritĂ© du territoire national, elle doit ĂȘtre approuvĂ©e par rĂ©fĂ©rendum, aprĂšs son adoption par chaque Chambre du
- 92 Â
kwemezwa na referendumu, rimaze gutorwa na buri Mutwe w'Inteko Ishinga Amategeko.
Nta mushinga w'ivugururwa ry'iyi ngingo ushobora kwakirwa.
INTERURO YA XII: IBYEREKEYE INGINGO ZISOZA
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE INGINGO ZâINZIBACYUHO Wavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 194: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 195: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 196: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 197: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 198: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
Ingingo ya 199: Yavanyweho nâIvugururwa ryo ku wa 13/08/2008
UMUTWE WA II : IBYEREKEYE INGINGO ZISOZA
Ingingo ya 200: Itegeko Nshinga ni ryo Tegeko ryâIgihugu risumba ayandi.
Itegeko ryose, icyemezo cyose binyuranyije na ryo nta gaciro na gato bigira.
Ingingo ya 201: Gutangira gukurikizwa kwâamategeko nâamabwiriza rusange (Ivugururwa n° 03 ryo ku wa 13/08/2008) Amategeko, amateka nâandi mabwiriza rusange areba rubanda ntibishobora gutangira gukurikizwa bitabanje gutangazwa mu buryo buteganywa nâamategeko.
amendment must be passed by referendum, after adoption by each Chamber of Parliament.
No amendment to this Article shall be permitted.
TITRE XII: TRANSITIONAL AND FINAL PROVISIONS
CHAPTER I: TRANSITIONAL PROVISIONS Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 194: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 195: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 196: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 197: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 198: Repealed by the Amendment of 13/08/2008
Article 199 Repealed by the Amendment of 13/08/2008
CHAPTER II: FINAL PROVISIONS
Article 200: The Constitution is the supreme Law of the State.
Any law, any act which is contrary to this Constitution shall be null and void.
Article 201: Commencement of laws and regulations (Amendment n° 03 of 13/08/2008)
Laws, Orders and other regulations of public interest can only enter into force after they have been duly published in accordance with procedures determined by the law.
Parlement.
Aucun projet de rĂ©vision du prĂ©sent article ne peut ĂȘtre recevable.
TITRE XII: DES DISPOSITIONS TRANSITOIRES ET FINALES
CHAPITRE PREMIER: DES DISPOSITIONS TRANSITOIRES Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 194: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 195: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 196: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 197: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 198: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
Article 199: Abrogé par la Révision du 13/08/2008
CHAPITRE II: DES DISPOSITIONS FINALES
Article 200: La Constitution est la loi suprĂȘme de lâEtat.
Toute loi, tout acte contraire à la présente Constitution est nul et de nul effet.
Article 201 : Entrée en vigueur des lois et rÚglements (Révision n° 03 du 13/8/2008)
Les lois, les arrĂȘtĂ©s et autres rĂšglements de portĂ©e gĂ©nĂ©rale ne peuvent entrer en vigueur sâils nâont pas Ă©tĂ© prĂ©alablement publiĂ©s dans les conditions dĂ©terminĂ©es par la loi.
- 93 -
Ntawe ushobora kwitwaza ko atazi itegeko iyo ryatangajwe mu buryo buteganywa nâamategeko.
Amategeko gakondo atanditse akomeza gukurikizwa gusa iyo atasimbuwe nâamategeko yanditse kandi akaba atanyuranyije nâItegeko Nshinga, amategeko, amateka nâamabwiriza cyangwa ngo abe abangamiye uburenganzira bwa Muntu, ituze rusange rya rubanda cyangwa imyitwarire iboneye.
Ingingo ya 202 : Ingingo zâinzibacyuho (Ivugururwa nË 04 ryo ku wa 17/06/2010) Iri Tegeko Nshinga rivanyeho kandi risimbuye Itegeko Shingiro rya Repubulika yâu Rwanda ryagengaga inzibacyuho, nkâuko ryavuguruwe kugeza ubu.
Mu gihe atarahindurwa, amategeko akurikizwa ubu akomeza kubahirizwa mu ngingo zayo zose nâiri Tegeko Nshinga.
Amategeko ngenga adateganyijwe nâItegeko Nshinga agomba kuba yahinduwe amategeko asanzwe mu gihe kitarenze imyaka itatu (3).
Ingingo ya 203 : Iri Tegeko Nshinga ryatowe muri referendumu yo ku wa 26/05/2003, ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono na Perezida wa Repubulika kandi ritangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda.
Kigali, ku wa 04/06/2003.
Ignorance of the law which has been duly published shall not be a defence.
Unwritten customary law shall remain applicable as long as it has not been replaced by written laws, is not inconsistent with the Constitution, laws, orders and regulations, and does not violate human rights, prejudice public security or good morals.
Article 202: Transitional provisions (Amendment nË 04 of 17/06/2010)
This Constitution repeals and replaces the Fundamental Law of the Republic of Rwanda governing the transitional period as amended to date.
All laws in force shall remain applicable as long as their provisions are consistent with this Constitution.
Organic laws not provided for in the Constitution as such shall be converted into ordinary laws within a period not exceeding three (3) years.
Article 203: This Constitution, adopted by referendum of 26/05/2003 shall come into force on the date of its promulgation by the President of the Republic and be duly published in the Official Gazette of the Republic of Rwanda.
Kigali, on 04/06/2003.
Nul nâest censĂ© ignorer la loi rĂ©guliĂšrement publiĂ©e.
La coutume ne demeure applicable que pour autant quâelle nâait pas Ă©tĂ© remplacĂ©e par une loi et quâelle nâait rien de contraire Ă la Constitution, aux lois, arrĂȘtĂ©s et aux rĂšglements ou ne porte pas atteinte aux droits de la personne, Ă lâordre public et aux bonnes mĆurs.
Article 202: Dispositions transitoires (RĂ©vision nË 04 du 17/06/2010)
La présente Constitution abroge et remplace la Loi Fondamentale de la République Rwandaise régissant la période de transition telle que révisée à ce jour.
Aussi longtemps quâelles ne sont pas encore modifiĂ©es, les lois en vigueur demeurent applicables dans toutes leurs dispositions qui ne sont pas contraires Ă la prĂ©sente Constitution.
Les lois organiques non prĂ©vues par la Constitution doivent ĂȘtre transformĂ©es en lois ordinaires dans un dĂ©lai nâexcĂ©dant pas trois (3) ans.
Article 203: La présente Constitution, adoptée par référendum du 26/05/2003, entre en vigueur le jour de sa promulgation par le Président de la République et est publiée au Journal Officiel de la République du Rwanda.
Kigali, le 04/06/2003.
- 94 Â